Rusizi: Inzego z’umutekano zirashakisha umugore ukekwaho kwica umusore

Muri ibi bitara by'isoko ni ho umurambo wabonetse

Nyagato Juliette w’imyaka 49, wo mu kagari ka Karangiro,umurenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi, arashakishwa n’inzego z’umutekano n’ubuyobozi akekwaho urupfu rwa Ishimwe Jean Claude w’imyaka 23, bivugwa ko ngo yaba yaramuteye urw’ingusho aje kumwivuzaho indwara y’imitezi, dore ko uyu mugore yari asanzwe ahazwi nk’umuvuzi wa magendu. Saa mbiri n’iminota 15 z’umugoroba wo ku wa 16 […]

Amakipe y’umupira w’amaguru 20 ya mbere yinjije amafaranga menshi mu mwaka ushize

Urutonde rw’umwaka w’2022 rw’amakipe yinjije aamafaranga menshi ruyobowe na Manchester City, Real Madrid na Liverpool. Ni urutonde rusanzwe rutangazwa na ‘The Deloitte Football Money League’ hashingiwe ku kigero cy’uko amakipe yagiye yinjiza umutungo uvuye mu bikorwa by’umupira w’amaguru. Uru rutonde rusanzwe rutangazwa muri Gashyantare ariko muri uyu mwaka rwatangajwe ku ya 19 Mutarama. Agashya kabayemo […]

Imiryango y’ibanga iyoboye Isi

screenshot_20230119-180611_1-2.jpg

Kuva kera mu mateka y’abantu hakomeje kugenda hagarukwa ku matsinda y’ubwiru cyangwa imiryango y’ibanga ndeste abandi bajya kure bakavuga ko ari amatsinda y’ubugambanyi kuko imigambi icurirwa muri ayo matsinda, Isi yose iba igomba kuyubahiriza. Igitabo Encyclopedia Britannica kivuga ko amatsinda y’ibanga yabayeho kuva kera mu Bwami bwa Roma, Abagereki, Abanyamisiri n’abandi. Ayi miryango ikaba igizwe […]

L’Ă©conomie du Rwanda devrait croĂźtre de 7,8 % en 2023 – BAD

L’Ă©conomie rwandaise devrait croĂźtre de 7,8 % en 2023 et de 8,1 % en 2024, selon la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) . Le ministĂšre des Finances a laissĂ© entendre que l’Ă©conomie a augmentĂ© de 6,8 % en 2022. Dans un rapport sur les performances et les perspectives macroĂ©conomiques de l’Afrique publiĂ© le 19 janvier, […]

RDC: Inzego z’umutekano zaburijemo igitero cy’ubwiyahuzi cyari kwibasira umuyobozi wa Beni

Igitero cyari kigamije kwibasira umuyobozi wa Teritwari ya Beni cyaburijwemo n’inzego zishinzwe umutekano za Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa Mbere ushize, itariki 16 Mutarama mu Mujyi wa Kasindi-Luburiha, Umurenge wa Ruwenzori, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko amakuru ava mu gisirikare agera ku Biro Ntaramakuru bya Congo (ACP) avuga . “Ndashimira inzego z’umutekano […]

Abarimo Hakizimana Muhadjiri bafashije Police FC gutangirana intsinzi imikino yo kwishyura

Ikipe ya Police FC yatsinze bigoranye Gorilla FC ibitego 3-2, mu mukino rutahizamu Muhadjiri Hakizimana iheruka kwisubiza yatsinzemo igitego. Iyi kipe ya Polisi y’Igihugu yari yasuye Gorilla FC kuri Stade y’i Bugesera, mu mukino ubimburira umunsi wa 16 wa shampiyona. Ni umukino amakipe yombi yahuye akurikirana ku rutonde rwa shampiyona, dore ko yombi yari yarasoje […]

Nkuranga wayoboye AMIR yafunguwe by’agateganyo, Bagire akomeza gufungwa

Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Nkuranga Aimable wayoboye ihuriro ry’ibigo by’imari iciriritse AMIR afungurwa by’agateganyo, Bagire EugĂšne uvugwaho kuba nyir’ikigo cya BITSEC gicuruza ifaranga ry’ikoranabuhanga (cryptocurrency) gukomeza gufungwa by’agateganyo. Ni umwanzuro wafashwe kuri uyu wa 20 Mutarama 2023 ku rubanza rw’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rwabaye tariki ya 17 Mutarama. Nkuranga na Bagire bashinjwa ibyaha birimo […]

Al Shabaab yongeye kwivugana abasirikare ba Somalia mu gitero ku kigo cyabo

Kuri uyu wa Gatanu, abarwanyi ba al Shabaab bishe abasirikare batanu mu kigo cya gisirikare cya Somalia mu mujyi uherutse kongera gufatwa na guverinoma, nk’uko abasirikare n’abaturage babyemeza . Igitero cyaje guhagarikwa, nk’uko umusirikare uri mu birindiro biri mu mujyi wa Galcad rwagati muri Somalia yabitangarije Reuters. Yavuze ko abapfuye barimo umuyobozi wungirije w’ikigo, wari […]

U Burusiya bwahaye Mali izindi ndege z’intambara zirimo Sukhoi-25

Leta y’u Burusiya yahaye igisirikare cya Mali izindi ndege z’intambara zo mu bwoko butandukanye nka Sukhoi-25 zitezweho kugifasha guhangana n’imitwe y’iterabwoba. Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byatangaje ko igisirikare cya Mali cyakiriye indege zirimo Sukhoi-25, Albatros L-39 ndetse na za kajugujugu za Mi-8 kuri uyu wa 19 Mutarama 2023. Ikinyamakuru Africa News gisobanura ko Sukhoi-25 na […]

Mubazi ibihumbi 52 zihombya WASAC n’abafatabuguzi

Abadepite mu nteko rusange bumva ibikubiye muri raporo ya Komisiyo ishinzwe ubukungu n'ubucuruzi

Komisiyo y’ubukungu n’ubucuruzi mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, yagaragaje ko hari mubazi z’amazi ibihumbi 52 zihombya ikigo cy’igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) n’abafatabuguzi. Iyi komisiyo ubwo kuri uyu wa 19 Mutarama 2023 yagezaga ku Nteko Rusange y’umutwe w’abadepite raporo y’ubusesenguzi bwayo kuri raporo yakozwe n’Umugenzuzi Mukuru wa Leta ku ikoranabuhanga rikoreshwa muri WASAC. […]

M23 yasubije Lutundula wayishinje kuyobya uburari, ivuga ko iri guterwa n’abarimo abacancuro

Umutwe wa M23 wasubije Minisitiri Christophe Lutundula w’Ububanyi n’Amahanga muri Congo Kinshasa wavuze ko utigeze uva mu birindiro byawo bya Kibumba na Rumangabo, uvuga ko yabeshye. Ku wa Gatatu tariki ya 18 Mutarama Minisitiri Lutundula yasohoye itangazo ashinja M23 kutubahiriza ibikubiye mu masezerano ya Nairobi na Luanda agamije gushakira umuti ibibazo by’umutekano muke uri muri […]

RDC yashyizeho uburyo bwo kurunguruka mu Rwanda

Uru muri aka kazu aba areba neza umujyi wa Rubavu na hakurya ku musozi wa Gisenyi

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) bwashyizeho uburyo bwo kurunguruka ibibera ku hakurya y’imbibi zitandukanya iki gihugu n’u Rwanda. Ubu buryo ni utuzu two mu kirere tuzwi nka ‘mirador’ ingabo za RDC zizajya zirindiramo umutekano wo ku mbibi, tukaba twafunguwe ku mugaragaro kuri uyu wa 19 Mutarama 2023. Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru […]

Icyifuzo cyose cyo kurimbura u Burusiya gisobanuye imperuka y’Isi – Umukuru w’Aba-Orthodoxe

“Bamwe mu ‘basazi’ bemeza ko u Burusiya bushobora gutsindwa, ariko ibi bishobora gutuma Isi irangira,” ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki 19 Mutarama 2023, n’umukuru w’idini ry’Aba-Orthodoxe mu Burusiya, Vladimir Mikhailovich Gundyayev uzwi nka Kirill wemeza ko kugerageza gusenya u Burusiya bizateza akaga Isi yose. Nyuma y’igikorwa cya misa cyo kwizihizaga umunsi mukuru w’Abakirisitu […]

U Rwanda na Tanzania biri kureba uko byakomeza gushimangira no kunoza ubufatanye mu bya gisirikare

fmrupnuxoaao8ny.jpg

Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, Maj Gen Charles Karamba, aravuga ko ibihugu byombi biri kureba uko byakomeza gushimangira no kunoza ubufatanye mu bijyanye n’ubwirinzi . Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Ambasaderi Karamba yabonanye na Minisitiri w’ingabo w’igihugu cya Tanzania, Innocent Bashungwa i Dar es Salaam, maze baganira ku mubano w’ibihugu byombi n’isano y’amateka hagati y’ibihugu byombi, […]

MINEDUC yabeshyuje Minisitiri Twagirayezu watangaje ko abanyeshuri bagiye kujya bakorera ibizamini muri ‘Groupe’

screenshot_20230120-094848_1.jpg

Minisiteri y’Uburezi yabeshyuje Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, nyuma yo gutangaza ko abanyeshuri bagiye kujya bakorera ibizamini birimo n’icya Leta mu matsinda. Minisitiri Twagirayezu aheruka gutangaza ko iyi gahunda iri mu masuzuma MINEDUC iri gukora igomba gutangira kubahirizwa guhera mu mwaka utaha. Ati: “Abanyeshuri hari amasuzuma bakoreshwa n’ishuri ryabo, […]

Uko byagenze ngo urupfu rw’umunyamakuru Ntwali Williams rumenyekane bitinze

Kuri uyu wa 19 Mutarama 2023 ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye inkuru y’urupfu rw’umunyamakuru Ntwali John Williams wakoreye ibinyamakuru bitandukanye mu Rwanda, akaba yari anafite umuyoboro wa YouTube witwa Pax TV Ireme News. Amakuru ya mbere yagiye hanze yavugaga ko Ntwali yapfiriye mu mpanuka yabereye kuri Rwandex mu karere ka Kicukiro, ku wa Kabiri […]

Igisirikare cya Kenya kishe abarwanyi 10 ba Al Shabaab mu burasirazuba bw’igihugu

Kuri uyu wa Kane, umuyobozi wa leta yavuze ko abashinzwe umutekano muri Kenya bishe abarwanyi 10 bo mu mutwe wa kisilamu wo muri Somalia wa al Shabaab mu burasirazuba bwa Kenya . Komiseri wungirije w’akarere Bura y’Iburasirazuba, Thomas Bett, yavuze ko bavumbuye kandi ibisasu bya grenade biterwa n’imbunda zirasa roketi ndetse n’ibikoresho biturika nyuma yo […]

Impamvu 5 zerekana ko RDC ishyize imbere umugambi wo kujya mu ntambara n’u Rwanda

Leta y’u Rwanda ku wa Kane tariki ya 19 Mutarama 2023, yagaragaje impungenge z’uko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guca amarenga y’uko Ingabo zayo zaba zitegura kugaba ibitero ku Rwanda. U Rwanda rwavuze ibi nyuma y’igihe uwo muturanyi warwo agaragaza ibimenyetso by’uko koko intambara ishoboka hagati y’impande zombi. Ni ibimenyetso byatangiye kugaragara mu mezi […]

Ishyaka rya Katumbi ribona Leta ya RDC ari umufatanyacyaha w’abakwirakwiza imvugo z’urwango n’urugomo

Ishyaka ‘Ensemble pour la RĂ©publique’ riyobowe na MoĂŻse Katumbi ribona ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwitwara nk’umufatanyacyaha w’abakwirakwiza imvugo z’urwango n’urugomo. Mu itangazo ryashyizwe hanze nyuma y’inama y’iminsi ibiri y’abayobozi baryo yayobowe na Katumbi, kuri uyu wa 19 Mutarama 2023 ryatangaje ko rihangayikishijwe n’uburyo Leta idahana abatangaza, bakanakwirakwiza izi mvugo, biyo ngo hakaba […]