Ishusho rusange y’isoko ry’abakinnyi mu Rwanda
Igihe cyahariwe igura n’igurisha ry’abakinnyi mu Rwanda rirafunga kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Mutarama 2023 ku isaha y’isaa tanu n’iminota 59 za nijoro. Muri rusange amakipe 15 muri 16 yongeyemo nibura umukinnyi umwe. APR FC yonyine ni yo kipe itarongeyemo umukinnyi n’umwe mu gihe Rwamagana FC ari yo yongeyemo benshi (5). Dore uko […]
RRA yorohereje abasabwa kumenyekanisha no kwishyura umusoro wa PAYE na VAT
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro, RRA, cyorohereje abari babagamiwe no kumenyekanisha hamwe no kwishyura umusoro ku bihembo (PAYE) no ku nyongeragaciro (VAT) hashyingiwe ku bihembwe bishya. RRA isobanura ko nyuma y’aho Komiseri Mukuru wayo ashyizeho ibi bihembwe bishya bya PAYE na TVA, abasora banyuranye bagaragaje ko babangamiwe no guhita babishyira mu bikorwa, bitewe n’uruhurirane rw’indi misoro […]
Papa Francis yamaganye imyumvire ya gikoloni yiganje mu bihugu byo mu burengerazuba bw’Isi
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yamaganye imyumvire ya gikoloni ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi bifite ku mugabane wa Afurika. Uku kwamagana gukubiye mu butumwa yatangiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Associated Press i Vatican, cyari cyerekeye ku ruzinduko ateganya kugirira ku mugabane wa Afurika ku mpera y’uku kwezi. Yagize ati: “Mu Gitaliyani turavuga […]
Amerika yafatiye ibihano Wagner iri gufasha FARDC kurwanya M23
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kane zafatiye ibihano Wagner, umutwe w’abacancuro wo mu Burusiya bivugwa ko uri gufasha Ingabo za Congo Kinshasa (FARDC) mu mirwano zihanganyemo n’umutwe wa M23. Amerika yafatiye ibihano Wagner Group biciye mu biro bishinzwe kugenzura imitungo mpuzamahanga muri Minisiteri yayo y’Ububanyi n’Amahanga. Ni ibihano uriya mutwe w’abacanshuro wafatiwe uzira […]
Copenhague a suspendu les pourparlers avec le Rwanda sur son plan d’asile controversé
Copenhague a interrompu les pourparlers avec le Rwanda sur son plan d’asile controversé car il appelle à un soutien européen pour la création d’un centre d’accueil des migrants en dehors de l’UE où il peut transférer les personnes demandant l’asile . Le Danemark a déclaré qu’il souhaitait que les personnes demandant l’asile dans le pays […]
Ese koko Sukhoi-25 ya FARDC yarasiwe mu kirere cya RDC cyangwa cy’u Rwanda? Dore uko byagenze

Mu gihe Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’iy’u Rwanda bitavuga rumwe ku hantu indege y’intambara ya Sukhoi y’Igisirikare cya FARDC yarasiwe, amakuru yisumbuyeho akomeje kugaragara ashobora kugaragaza ufite ukuri . Hari ku isaha ya saa kumi n’imwe n’iminota itatu, ku itariki ya 25 Mutarama 2023, ubwo Igisirikare cy’u Rwanda cyarasaga iyi ndege y’intambara […]
Abakinnyi bagize umusaruro mubi w’umukino mu mateka ya ruhago

Hari abakinnyi bavugwa ko bagize umukino mubi mu mateka y’umupira wabo. Ni kwa kundi babyuka nabi, umukino umwe ukababera icyago kandi bari basanzwe ari abakinnyi beza. Abakinnyi bamwe bageze mu kibuga, umupira barawubura burundu, abandi bakora amakosa yagambaniye amakipe yabo akabura amanota. Bwiza yabateguriye urutonde rw’abakinnyi ba vuba aha baba baragize umukino mubi. 5. Romelu […]
Iran: Umuntu witwaje intwaro yagabye igitero kuri Ambasade ya Azerbaijan i Tehran
Umuntu witwaje imbunda yarashe ku biro by’abashinzwe umutekano kuri Ambasade ya Azerbaijan i Tehran muri Iran nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga i Baku (umurwa mukuru wa Azerbaijan). Umuyobozi w’abashinzwe umutekano kuri ambasade yishwe mu gihe abashinzwe umutekano babiri bakomerekeye muri icyo gitero cyagabwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu . Minisiteri yavuze ko […]
Trump avuga ko iyo aba akiri Perezida, yari gukemura ikibazo cyo muri Ukraine mu masaha 24
Donald Trump wayoboye Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), avuga ko iyo aba akiyobora iki gihugu yari gukemura ikibazo cy’intambara imaze amezi 11 hagati ya Ukraine n’u Burusiya. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwe ‘Truth Social’ kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, Trump yagize ati: “N’ubu mbaye ndi Perezida, nashobora kujya mu mishyikirano, nkarangiza iyi […]
Umudepite aribaza niba nta kuntu u Rwanda rwasubirana ubutaka rwambuwe n’abakoloni
Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Nizeyimana Pie, aribaza niba nta kuntu iki gihugu cyasubirana ubutaka cyambuwe buri muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) no mu bindi by’abaturanyi. Kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yagejeje ku Nteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite uko umubano w’u Rwanda n’ibihugu byo […]
Denmark yahagaritse ibiganiro yagiranaga n’u Rwanda ku kibazo cy’abahasaba ubuhungiro
Igihugu cya Denmark cyabaye gihagaritse ibiganiro cyagiranaga n’u Rwanda kuri gahunda yo gutanga ubuhungiro itavugwaho rumwe mu gihe gisaba inkunga y’u Burayi mu gushinga ikigo cyakira abimukira hanze y’ibihugu bigize Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi aho bashobora kohereza abasaba ubuhungiro . Denmark yavuze ko ishaka ko abantu bashaka ubuhungiro muri iki gihugu bimurirwa mu bigo byakira […]
Cristiano Ronaldo yongeye gutaba mu nama ikipe ye, irasezererwa
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yongeye kunanirwa gufasha Al-Nassr akinira kubona intsinzi, mu mukino we wa Kabiri yakiniraga iyi kipe. Uyu munya-Portugal na bagenzi be bakinana mu ijoro ryakeye bari bahuye na Al-Ittihad, mu mukino wa ½ cy’irangiza cya Super Coupe ya Arabie Saoudite warangiye batsinzwe ibitego 3-1. Ni umukino wa kabiri Ronaldo utarabasha gutsindira Al-Nassr igitego […]
Abiy Ahmed yasuye bwa mbere Sudani nyuma y’igihe ibihugu byombi birebana ay’ingwe
Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yageze mu murwa mukuru wa Sudani, Khartoum, aho yahuye na Gen. Abdel Fattah al-Burhan uri ku butegetsi nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara . Perezidansi ya Sudani mu itangazo yagejeje kuri Anadolu Agency, yagize ati: “Uyu munsi abayobozi bombi bakoze inama, baganira ku bibazo by’ibihugu […]
Igisubizo cy’u Rwanda ku banye-Congo bivovotera kuzarutera bagafata Kigali
Guverinoma y’u Rwanda yasubije abanye-Congo bamaze igihe bikomanga ku gatuza bavuga ko bagomba kurutera bakagarukira i Kigali, ibabwira ko uko bazaza ari ko bazakirwa. Abanye-Congo kuva umwuka mubi watangira kuza hagati y’igihugu cyabo n’u Rwanda, bakunze kugaragaza ko bifuza ko Congo yatera u Rwanda; ibyo banamaze igihe bashishikariza Ingabo z’Igihugu cyabo. Ni umugambi warushijeho gufata […]
Musanze: Umuturage yateze mudugudu aramuhondagura, kugeza amukomerekeje
Inzego z’umutekano mu karere ka Musanze ziri gushakisha umugabo witwa Bahati Faustin, nyuma yo gutega ico Kayiranga Jean Damascène uyobora w’umudugudu atuyemo akamuhondagura kugeza amukomerekeje. Kayiranga w’imyaka 46 y’amavuko asanzwe ari Umukuru w’umudugudu wa Kabushanda, mu kagari ka Kabirizi ho mu murenge wa Gacaca w’akarere ka Musanze. Raporo y’ubuyobozi ivuga ko uriya muyobozi avuga ko […]
Sgt Robert ntakibana n’umugore we batorokanye igihugu
Sergeant Major Kabera Robert uzwi cyane nka ‘Sergeant Robert’ yemeje ko atakibana n’umugore we Muhorakeye Jane batorokanye igihugu ubwo ubutabera bwamushakishaga bumukekaho icyaha gusambanya ku gahato umukobwa we. Uyu musirikare na Muhorakeye bahungiye muri Uganda banyuze Kagitumba mu karere ka Nyagatare, bambuka amazi menshi ku buryo ngo bitashobokaga ko bajyana uruhinja rwabo rw’amezi 7, barusigira […]
Polisi y’u Rwanda yasinye amasezerano y’ubufatanye na Kaminuza ya Kent State

Polisi y’u Rwanda na Kaminuza ya Kent State yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu by’uburezi n’ubushakashatsi . Ni amasezerano yashyizweho umukono kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Mutarama, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hagati y’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza na Marcello Fantoni, […]
Abarwanyi ba M23 bagaragaye bivuga imyato nyuma yo gufata Kitshanga

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bagaragaye bivuga imyato nyuma yo gufata agace ka Kitshanga gaherereye muri teritwari ya Masisi, intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, RDC. Amakuru y’ifatwa rya Kitshanga yakwirakwiye kuri uyu wa 26 Mutarama 2023 nyuma y’imirwano ikomeye imaze iminsi hagati y’abarwanyi ba M23 n’ingabo za RDC zifatanya […]