Amafoto: Muhozi Fred yahishuye inkumi yamutwaye umutima

Umukinnyi w’ikipe ya Kiyovu Sports n’iy’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Muhozi Fred yatunguranye agaragaza inkumi yamutwaye uruhu n’uruhande mu mafoto yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram. Mu gihe umunsi mpuzamahanga w’abakundana ‘Saint Valentine’ wabaye ejo tariki ya 14 Gashyantare, ibisigisigi byawo biracyakomeje. Kuri uyu wa 15 Gashyantare abinyujije kuri Instagram, Muhozi Fred w’imyaka 24 ukina asatira […]
Uburyo 5 umugore, umukobwa yakwifashisha arwanya impumuro mbi mu gitsina
Impumuro mbi mu gitsina cy’umukobwa cyangwa umugore ni imwe mu nenge ishobora gutuma ahezwa mu mu ruhame rw’abantu kuko batashobora kutihanganira kumarana na we umwanya. Iyi mpumuro kandi ishobora guterwa na zimwe mu mpamvu zigiye zitandukanye harimo nka Kanseri y’unkondo y’umura, kwambara umwenda w’imbere igihe kinini, indwara ya Tirikomonasi ndetse n’izindi nyinshi nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru […]
Abapolisi kabuhariwe b’u Rwanda bagiye kwitabira irushanwa ridasanzwe i Dubai
Abapolisi b’u Rwanda bo mu mutwe udasanzwe ushinzwe gutabara aho rukomeye (Special Intervention Force), bategerejwe i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu aho bagomba kwitabira irushanwa bazahuriramo na bagenzi babo bo hirya no hino ku Isi. Ni ku nshuro ya mbere u Rwanda ruzaba rwitabiriye ririya rushanwa rizwi nka UAE Special Weapons and Tactics (SWAT). […]
Ykee Benda yahawe inkwenene nyuma yo kwerakana impano yahawe kuri St Valentin
Umuhanzi Wycliff Tugume wamamaye nka Ykee Benda yahawe inkwenene ku rubuga rwa Twitter nyuma yo kwerekana impano y’isaha yahawe n’umukunzi we ku munsi w’abakundana, St Valentin. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, uyu muhanzi wamenyekanye mu ndirimbo nka Muna Kampala yasohoye amafoto y’isaha nshya iri mu ibara ry’umukara, aho yavuze ko ari impano kuva ku […]
RDC yatangaje ko nta basirikare bayo barashe ku mupaka w’u Rwanda muri Rusizi
Repubulika ya demukarasi ya Congo yatangaje ko nta basirikare bayo barashe ku mupaka w’u Rwanda wa Rusizi II, mu karere ka Rusizi, intara y’Uburengerazuba. Ni amakuru yatangajwe na Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo, Theo Ngwabidje Kasi, anyuranya n’ayatangajwe n’igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ku gicamunsi cy’uyu wa 15 Gashyantare 2023. RDF yatangaje ko mu masaa kumi […]
USA irateganya koherereza Ukraine ‘ibihumbi’ by’intwaro yafashe zivuye muri Iran
Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zirateganya koherereza ingabo za Ukraine ibihumbi by’intwaro zaturutse muri Iran zafatiwe mu bihe bitandukanye mu bwato bwari buzitwaye mu buryo butemewe n’amategeko (forode). Ikinyamakuru Wall Street Journal kivuga ko zirimo imbunda nto 5000 n’amasasu miliyoni 1.6. Byafatiwe mu bwato bwari buvuye muri Iran bikekwa ko zari zohererejwe umutwe witwaje […]
Décès du député Fidel Rwigamba à 73 ans
Fidel Rwigamba, dĂ©putĂ© reprĂ©sentant le FPR-Inkotanyi Ă la Chambre des dĂ©putĂ©s, est dĂ©cĂ©dĂ© mercredi 15 fĂ©vrier des suites d’une maladie Ă l’âge de 73 ans Ă l’hĂ´pital King Faisal oĂą il recevait des soins . Son frère Camille Karamaga a confirmĂ© la nouvelle, ajoutant que le dĂ©funt est dĂ©cĂ©dĂ© Ă 9h30 mais n’a pu fournir […]
Ibihugu byiganjemo abantu batizera Imana

Ibihugu mu Isi muri uyu mwaka w’2023, bifite abaturage benshi batagira imyizerere n’imwe ishingiye ku Mana runaka ibarizwa ahantu runaka Kuva kera ibihugu n’imuco y’abantu mu Isi, byagiye bihuzwa n’Imana bavuga ko iba ahantu runaka bise mu ijuru, abandi na bo bakagira Imana bishushanyirije bakazisenga ngo zigire ibyo zibafasha. Uko imyaka igenda ishira, umubare w’abantu […]
U Buholandi na Danemark byanze kohereza muri Ukraine ibifaru bya Leopard 2

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Gashyantare, ikinyamakuru Die Welt cyatangaje ko u Buholandi na Danemark bitazohereza muri Ukraine ibifaru by’intambara byakozwe n’u Budage byo mu bwoko bwa Leopard 2, nk’uko byatangajwe n’abayobozi ba leta mu bihugu byombi. Aya makuru aje mu gihe abashyigikiye Kiev bagerageje gushinga ihuriro ry’ibihugu byaha Ukraine ibifaru bihagije byo kurwanya […]
Rusizi: RDF yarasanye na FARDC nyuma yo kuyishotora
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Gashyantare abasirikare bacyo barasanye n’abo mu ngabo za Congo Kinshasa (FARDC). RDF mu itangazo yasohoye yavuze ko saa kumi n’igice z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu itsinda ry’abasirikare ba FARDC bari hagati ya 12 na 14 binjiye mu butaka […]
RDC: Ingabo z’u Burundi zirashinjwa kugota uruganda rwa zahabu
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho kugota uruganda rutunganya zahabu ruherereye mu ntara ya Kivu y’amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uruganda bivugwa ko izi ngabo zagose kuva ku wa Kabiri tariki ya 14 Gashyantare, ni urwa Twangiza ruherereye muri Teritwari ya Mwenga ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Amakuru aturuka muri ako gace […]
Depite Rwigamba Fidel yapfuye
Umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda watangaje ko Depite Rwigamba Fidel yapfuye azize uburwayi mu gitondo cy’uyu wa 15 Gashyantare 2023. Umukuru w’abadepite, Mukabalisa Donatille yatangaje ko Depite Rwigamba yapfiriye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal biherereye mu karere ka Gasabo, mu mujyi wa Kigali. Depite Rwigamba wavutse tariki ya 17 Kanama 1950 yari […]
Abaguye mu mpanuka y’ubwato mu Kiyaga cya Kivu bamaze kugera ku 10
Imibare y’abaguye mu mpanuka y’ubwato yabereye mu Kiyaga cya Kivu kuwa Gatandatu, itariki 11 Gashyantare 2023 ku cyambu cya Chasi, mu Mujyi wa Bukavu yarushijeho kuzamuka . Iyi mibare rero yavuye ku bantu 2 bagera ku bantu 10 kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Gashyantare, nyuma yo kubona indi mirambo 8 yarerembaga ku mazi y’Ikiyaga […]
General waherukaga kwirukanwa na Putin yasanzwe iwe yapfuye
Umujenerali w’Umurusiya waherukaga kwirukanwa mu mirimo na Perezida Vladimir Putin yasanzwe yapfuye, bigakekwa ko yaba yiyahuye. Major General Vladimir Makarov yabonetse mu gitondo cyo ku wa Mbere w’iki cyumweru bigaragara ko yarashwe. Uyu musirikare wari ufite imyaka 67 y’amavuko, yahoze ashinzwe ‘kurwanya iterabwoba mu Burusiya’, akaba by’umwihariko yarakunze gushyirwa mu majwi ashinjwa guhiga bukware no […]
M23 yemeje ko yimye Top Congo FM uburenganzira bwo gukorera muri Rutshuru
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wemeje ko wimye radiyo Top Congo FM yo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) uburenganzira bwo gukorera muri teritwari ya Rutshuru kubera ko itangaza amakuru abogamye kandi ikaba ikwirakwiza urwango. Iyi radiyo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2023 yaraye itangaje ko ubuyobozi bwa M23 bwayihagaritse gukorera mu iyi teritwari […]
Nyamagabe: Hafashwe umukozi wo mu rugo ucyekwaho kwiba shebuja ibihumbi 400Frw na telefone
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Gashyantare, yafashe umusore w’imyaka 20 ukurikiranyweho kwiba umukoresha we mu mujyi wa Kigali, amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 400 na telefone igezweho (smart phone) . Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Habiyaremye, yavuze ko yafatiwe aho […]
Umuhanzi Mbosso yakoreye impanuka muri USA
Umuhanzi Mbwana Yusuf Kilungi wamamaye nka Mbosso mu muziki wa Tanzania yakoreye impanuka y’imodoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye gutaramira abatuyeyo. Mu mashusho uyu muhanzi uririmba indirimbo z’urukundo yasangije abamukurikira kuri Instagram, yerekanye imodoka yo mu bwoko bwa Honda yangiritse ku kizuru cyayo mu gihe hari indi yari yagonzwe mu rubavu. Imodoka […]
Rusizi: Mu nzu y’umuntu ufunzwe hasanzwe imbunda, amasasu yayo na gerenade 6

Mu nzu ya Musabyimana Evariste, mu mudugudu wa Burunga, akagari ka Gihundwe, umurenge wa Kamembe, akarere ka Rusizi, ufungiye muri gereza ya Nyakiriba mu karere ka Rubavu akekwaho kwicisha umugore we Mukashema Odette bari bafitanye abana 2, hasanzwe imbunda yo mu bwoko bwa Oz-Gun, amasasu yayo na gerenade 6, iperereza rikaba rikomeje ngo hamenyekane uburyo […]
Minisitiri Gisaro arashinja u Rwanda gushoza intambara kuri RDC inshuro 5
Minisitiri w’ibikorwaremezo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Alexis Gisaro Muvunyi, arashinja u Rwanda gushoza intambara ku gihugu cyabo inshuro eshanu mu myaka 25 ishize. Kuri uyu wa 14 Gashyantare 2023, ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru bakorera i Kinshasa ari kumwe na Minisitiri Patrick Muyaya ushinzwe itumanaho akaba n’Umuvugizi wa guverinoma, Gisaro yavuze ko u […]
U Burayi bwasabye u Rwanda gukoresha ubushobozi bwose rukotsa igitutu M23
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wasabye u Rwanda guhagarika icyo wise ubufasha ruha umutwe wa M23, hanyuma rugakoresha ubushobozi bwose rufite mu kotsa igitutu uyu mutwe kugira ngo uve mu bice bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wigaruriye. Ni ibyasabwe na Josep Borrell uhagarariye uriya muryango muri Congo Kinshasa, nyuma y’uko ibintu bikomeje kuba bibi mu […]
Champions League: Kingsley Coman yasubiye mu rugo atsinda Paris Saint Germain yamureze

FC Bayern Munich yatsindiye Paris Saint Germain iwayo mu mukino w’ishiraniro ubanza wa ? cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League, biyongerera amahirwe yo gukomeza. Wari umukino wayobowe n’umusifuzi mpuzamahanga Michael Oliver kuri ‘Stade Parc des Princes’ , ukaba n’umukino wa mbere wa ? cy’irangiza ukinwe nyuma yo kuva mu matsinda mbere y’igikombe cy’Isi. Uyu […]