Abanzi 2 b’ingenzi u Rwanda rufite mu mboni za Gen. James Kabarebe

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bijyanye n’umutekano, General James Kabarebe yagaragaje abanzi babiri bakomeye kurusha abandi bose u Rwanda rufite bakaba ari na bo batuma rugikomeje kugorwa no kugera ku iterambere rirambye. Ibi yabigaragaje ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye muri gahunda yiswe ‘Meet The Elders’ ku nsanganyamatsiko igira […]
Dore amakosa akunze gukorwa n’abakobwa bigatuma batakaza abakunzi babo mu gihe gito
Hari abakobwa benshi bataramba mu bukundo kandi biyiziho ubwiza, buri musore wese babashije gukundana ntibamarane kabiri kubera amakosa atandukanye bakora batabizi. Ese waba wibaza ayo makosa akunze gukorwa n’abakobwa bigatuma batakaza abakunzi babo mu gihe gito? Twifashishije Relrules.com, dore ayo makosa: 1. Kwihagararaho mu makosa Iki ni ikintu gikomeye cyane umuhungu w’incuti yawe areberaho niba […]
Umupasiteri yanze kugendesha amaguru avuga ko Isi yuzuye ibyaha
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakomeje kuzenguruka inkuru y’umupasiteri wo muri Kenya wanze kugendera ku butaka ngo kubera ko bukorerwaho ibyaha byinshi. Uyu mu Pasiteri witwa John Mwangi wo mu itorero rya Revival ribarizwa mu gace ka Githurai muri Kenya yavuze ko umugaragu w’Imana adakwiye kugendesha ibirenge bye ku butaka bwuzuye ibyaha. John Mwangi avuga ko […]
Me Mhayimana yatsindiye Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda mu Rukiko rw’Ikirenga

Umunyamategeko Me Mhayimana IsaĂŻe yatsindiye Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda mu Rukiko rw’Ikirenga, mu rubanza rwasubirishwagamo ku mpamvu z’akarengane. Uru rubanza rukomoka ku gihano yahawe n’umwanditsi w’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, Nkundimpaye IsmaĂ«l, cy’amande amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 200, amushinja kutaboneka mu nama nteguzarubanza, kandi ari we wahujwe na sisiteme, bityo ngo ibyo byari ugutinza urubanza. Bivugwa […]
Maj. Willy Ngoma yavuze Impamvu Amnesty International yashinje M23 ubwicanyi no gufata ku ngufu
Umuryango mpuzamahanga ushinzwe guharanira Uburenganzira bwa Muntu, Amnesty International, washinje umutwe wa M23 ibyaha birimo ubwicanyi no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa; ibyo uyu mutwe wanyomoje. Amnesty International muri raporo iheruka gusohora, yavuze ko mu Ugushyingo umwaka ushize M23 yafashe ku ngufu abagore 66 mu duce twa Kishishe na Bambo mu Burasirazuba bwa RDC. Uyu […]
Isomwa ry’urubanza rw’ubujurire rwa Ntaganzwa ryimuriwe mu kwezi gutaha
Urukiko rw’ubujurire rwasubitse umwanzuro warwo mu rubanza rw’ubujurire rwa Ladislas Ntaganzwa kugeza ku itariki ya 3 Werurwe mu gihe byari biteganyijwe ko utangwa kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 17 Gashyantare . Ntaganzwa, w’imyaka 60, yari Burugumesitiri w’iyahoze ari Komini ya Nyakizu (mu karere ka Nyuguru). Yakatiwe igifungo cya burundu n’Urugereko rw’Urukiko Rukuru rushinzwe ibyaha […]
Patoranking yishimiye gushyikiriza umukinnyi wa Arsenal igihembo
Umuhanzi Patrick Nnaemeka Okorie wamamaye nka Patoranking mu muziki wa Nigeria no ku Isi muri rusange, yishimiye gutanga igihembo cy’umukinnyi mwiza w’ukwezi mu Bwongereza. Mu ijoro ryo ku wa 15 Gashyantare 2023 ni bwo Patoranking yari ari muri Emirates Stadium aho yari yagiye kwihera ijisho umukino wahuje Arsenal na Manchester City. Mbere y’uyu mukino, Arsenal […]
Rusizi: Umugore w’imyaka 50 yatabawe agerageza kwiyahura ku nshuro ya 3
Mukamushobozi Epiphanie w’imyaka 50, wo mu mudugudu wa Karume, akagari ka Mpinga, umurenge wa Gikundamvura mu karere ka Rusizi, yagerageje kwiyahura akoresheje umugozi bifashisha boga, ukurwa ku mitego y’uburobyi yashaje, ku bw’amahirwe aratabarwa awukurwamo, ikaba yari ibaye inshuro ya 3 abigerageza. Nk’uko umunyamakuru wa Bwiza.com yabitangarijwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Gikundamvura, Baziki Yussuf, ngo uyu […]
Le verdict d’appel de Ntaganzwa repoussĂ© Ă mars
La Cour d’appel a reportĂ© le verdict dans l’affaire Ladislas Ntaganzwa au 3 mars. Initialement, le verdict devait ĂŞtre rendu ce vendredi 17 fĂ©vrier . Ntaganzwa, 60 ans, Ă©tait bourgmestre (maire) de l’ancienne commune de Nyakizu (dans le district de Nyaruguru). Il a Ă©tĂ© condamnĂ© Ă la rĂ©clusion Ă perpĂ©tuitĂ© par la Chambre de la […]
Ntabwo tuzakurikira abantu bazimiye. Aba Banyaburayi ntabwo ari bazima, ntibumva – Museveni
Perezida Museveni yavuze ko Uganda itazigera ishyigikira kuryamana kw’abahuje igitsina kandi Uburengerazuba bugomba guhagarika gushaka guhatira ibihugu bitemera ibyo yise “gutandukira” . Museveni yatangaje ibi kuri uyu wa Kane, itariki 16 Gashyantare, ubwo yatangizaga ibirori byo kwizihiza Umunsi wa Janani Luwum (Hibukwa Luwum wahoze ayobora Itorero rya Uganda) mu mudugudu wa Wii-Gweng mu murenge wa […]
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza amaze iminsi aburiwe irengero
Umuryango w’umunyamakuru Jean Paul Nkundineza uvuga ko kuva tariki ya 13 Gashyantare 2023 utazi aho aherereye, ukaba ukomeje kumushakisha. Mukuru wa Nkundineza witwa Rutagengwa Jean LĂ©on yatangaje ko umuryango wabo uheruka amakuru ye ahagana saa saba z’amanywa, ubwo yari mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali. Rutagengwa asobanura ko umuryango wegereye urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha […]
Perezida Kagame na Mnangagwa bazayobora inama ya Transform Africa izabera hanze y’u Rwanda bwa mbere
Perezida Emmerson Mnangagwa wa Zimbabwe na mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, biteganijwe ko bazayobora inama yo ku rwego rwo hejuru y’iminsi itatu igamije guhindura Afurika mu bijyanye n’ikoranabuhanga izwi nka Transform Africa Summit (TAS), yateguwe na Smart Africa izabera muri Victoria Falls muri Mata . Iyi nama ya Transform Africa izaba iterana ku nshuro […]
Perezida Kagame na Tshisekedi bahuriye mu nama yiga ku bibazo bya RDC i Addis-Abeba
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Gashyantare, yitabiriye inama yiga ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri kubera i Addis-Abeba muri Ethiopie. I Addis-Abeba abakuru b’ibihugu bya EAC bahitabiriye inama isanzwe ya 36 y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) izaba kuva kuri uyu […]
Umuhanzi Chloe ufashwa na Beyoncé yanenzwe bikomeye nyuma yo gukorana indirimbo na Chris Brown
Umuhanzikazi Chloe Elizabeth Bailey wamamaye nka Chlöe mu muziki muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yanenzwe bikomeye ku cyemezo yafashe cyo gukorana indirimbo na Chris Brown utorohewe muri iyi minsi kubera ibyaha byamuvuzweho byo gufata ku ngufu no guhohotera abagore. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Chlöe yatangaje ko agiye gusohora indirimbo ye ya kabiri ku […]
Imwe mu myitwarire y’abagabo ikurura igitsina gore
Imiterere y’umuntu ni yo ntandaro y’ibituma tuba abo turi bo, kandi ku bagabo bigira uruhare runini mu kureshya abagore. Nk’uko bitangazwa na My Fit Brain dukesha iyi nkuru, dore imwe mu myitwarire y’umugabo ikundwa n’igitsina gore: 1. Icyizere Icyizere ni ingenzi cyane mu bice byinshi by’ubuzima. Umugabo wigirira icyizere cyinshi ashobora gukora ikintu icyo ari […]
Turkiya yahaye Sudani y’Epfo inkunga y’impuzankano za gisirikare 75,000
Kuri uyu wa Kane, itariki 16 Gashyntare, Guverinoma ya Turkiya yatanze inkunga y’impuzankano za gisirikare zigera ku 75.000 zizajya zikoreshwa n’Igisirikare cya Sudani y’Epfo . Minisitiri w’ingabo n’abavuye ku rugerero muri Sudani y’Epfo, Angelina Teny, yavuze ko iyi nkunga izafasha mu guteza imbere umutekano mu gihugu. Mu muhango wo gushyikirizwa iyo nkunga, Teny yagize ati: […]
Dr Habineza yemeje ko ashobora guhara umwanya w’ubudepite
Dr Frank Habineza uyobora ishyaka DGPR riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije yemeje ko ashobora guhara kandidatire ye ya manda ya kabiri ku mwanya w’umudepite, agahitamo kwiyamamariza uwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda. Umuyobozi mushya wa komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC), Oda Gasinzigwa, aherutse gutangaza ko yifuza ihuzwa ry’amatora y’abadepite n’ay’Umukuru w’Igihugu mu mwaka w’2024, mu rwego […]
Ibyiza byo gukora imibonano mpuzabitsina mu gitondo
Abashakanye bakunze kugirwa inama z’uko bakora imibonano mpuzabitsina mu gitondo kubera ko ubushakashatsi butandukanye buvuga ko ari byiza ku mibiri yabo. Nk’uko Healthline ibitangaza, gukora imibonano mpuzabitsina ya mu gitondo bigira ingaruka nziza ku buzima bw’ababikora. Bimwe muri ibyo byiza ni ibi bikurikira: 1. Umubiri wawe urashishwa kandi ukitegura gukora neza Mu gitondo ni igihe […]
Abakinnyi b’abashotoranyi babayeho mu mateka y’Isi

Nubwo umupira w’amaguru ari umwe mu mikino utanga akanyamuneza ugashimisha abawureba, hari aho ugera ukaba nk’umukino njyarugamba. Muri rusange, ruhago igira uburyo bwihariye ikinwamo ari na byo bituma ari wo mukino ukunzwe cyane ku Isi. Gusa hari bamwe mu bakinnyi bakina mu buryo bukakaye bigatuma benshi babita abashotoranyi, abandi ngo ni ‘Bad Boys’. Bagiye barangwa […]
U Bushinwa bwacukuye amabuye y’agaciro ya Miliyari hafi 10$ muri RDC buhubaka ibikorwaremezo bidatwaye na miliyari – IGF
Ubugenzuzi Bukuru bw’Imari (IGF) bwakoze raporo iteye impungenge ku masezerano y’ubufatanye yo muri Mata 2008 hagati ya Repbulika ya Demokarasi yaa Congo n’itsinda ry’amasosiyete y’Abashinwa (GEC) nyuma yo kugenzura ubwo bufatanye . Muri iyi raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki ya 16 Gashyantare, urubuga POLITICO.CD rwabonye kopi yayo, IGF yanditse ibintu byinshi by’ingenzi […]
RDC: Abo bivugwa ko ari Abanyarwanda bafunzwe bazira kwiyandikisha mu bazatora
Abo bivugwa ko ari Abanyarwanda babiri, bafungiwe i Lubumbashi bazira kwiyandikisha mu bazitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Aba bivugwa ko ari Abanyarwanda barimo uwitwa Joshua Risham w’imyaka 23 y’amavuko na murumuna we w’imyaka 20 witwa Kelly Sharif. 7Sur7.CD ivuga ko ku wa Kane tariki ya 16 Gashyantare ari bwo beretswe […]
Umudepite wo mu Bubiligi arasabira u Rwanda ibihano bikomeye
Umudepite Mark Botenga uhagarariye u Bubiligi mu nteko ishinga amategeko y’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) arasabira u Rwanda ibihano bikomeye mu rwego rw’ubukungu. Botenga, imbere ya bagenzi be, yashinje u Rwanda gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 uri mu ntambara n’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, aho arugereranya na Ukraine iri kugabwaho ibitero n’u Burusiya. […]
Zabyaye amahari hagati ya M23 na RED-Tabara y’i Burundi
Umutwe wa RED-Tabara wo mu gihugu cy’u Burundi, wikomye uwa M23 nyuma y’uko uyu wa kabiri uwushyize ku rutonde rw’imitwe yitwaje intwaro ihohotera Abatutsi b’abanye-Congo M23 yahagurukiye kurwanya. M23 ngo iheruka ku byigamba mu kiganiro umuvugizi wayo wungirije, Canisius Munyarugerero aheruka kugirana na Radiyo Ijwi rya Amerika. Umuvugizi w’Igisirikare cya RED-Tabara, Nahimana Patrick, mu itangazo […]
Rubavu: Gitifu wigeze kweguzwa akabyanga yongeye guhanwa
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyakiliba mu karere ka Rubavu, Nyiransengiyumva Monique, nyuma y’imyaka hafi ibiri yegujwe ku mirimo akabyanga, yongeye gufatirwa ibihano. Inkuru yabaye kimomo mu karere ka Rubavu muri Mata 2021 ubwo Gitifu Nyiransengiyumva na mugenzi we wa Nyamyumba, Kazendebe Heritier beguzwaga, bashinjwa kugenda gake mu kuvuza inshingano zabo. Icyo gihe, Kazendebe yeguye “ku […]