Mukamasabo wari Meya wa Nyamasheke yirukanwe
Inama njyanama y’akarere ka Nyamasheke, yirukanye ku mirimo uwari umuyobozi wako, Mukamasabo Appolonie ku bw’imyitwarire idahwitse. Mukamasabo yari Meya wa Nyamasheke kuva muri Nzeri 2019. Perezida w’Inama Njyanama y’aka karere, Hategekimana Jules CĂ©sar, yatangaje ko Meya Mukamasabo yirukanwe mu nshingano “kubera imyitwarire n’imikorere idahwitse mu kazi ashinzwe.” Njyanama ya Nyamasheke ntiyigeze itangaza birambuye ibikubiye muri […]
Tugomba kotsa igitutu M23: Tshisekedi nyuma yo guhura na Ndayishimiye
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko agomba kotsa igitutu umutwe wa M23 kugira ngo ubashe kubahiriza ibyo wasabwe na gahunda y’ibiganiro bya Luanda. Tshisekedi yabitangaje kuri uyu wa Mbere nyuma y’uko yari amaze kubonana na mugenzi we Evariste Ndayishimiye w’u Burundi. Perezida Ndayishimiye kuri ubu uyoboye Umuryango wa Afurika […]
Perezida Kagame yirukanye abarimo Habitegeko wari Guverineri w’Uburengerazuba
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Kanama, yavanye mu mirimo abayobozi barimo Habitegeko Franà §ois wari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba. Habitegeko yari Guverineri w’Intara y’Uburengerazuba kuva muri Werurwe 2021 ubwo yahabwaga izo nshingano asimbuye Munyantwali Alphonse. Iyirukanwa rye ryemejwe na Minisitiri w’Intebe, Dr à ‰douard Ngirente, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa […]
Shaiboub yahesheje APR FC amanota 3 ya mbere itsinze Police FC
Ikipe ya APR FC yegukanye amanota atatu ya mbere muri shampiyona ya 2023/24, nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa derby y’umutekano wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo. Ni umukino by’umwihariko APR FC na Police FC yahuriyemo, nyuma y’imyaka irenga 10 yararetse gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga. Igitego cyo […]
Makubaliano ya kijeshi kati ya Burundi na DRC yatiwa saini mbele ya Tshisekedi na Ndayishimiye
Alain Tribert Mutabazi, Waziri wa Ulinzi wa Kitaifa na Masuala ya Maveterani wa Burundi, na Jean-Pierre Bemba wa DRC walihitimisha rasmi hati ya makubaliano ya utetezi Jumatatu huko Kinshasa. Hafla hiyo ilifanyika mbele ya Marais Evariste Ndayishimiye na FĂ©lix Tshisekedi. Wakati huo huo, mkutano kati ya Ndayishimiye na Tshisekedi ulifanyika katika Palais de la Nation […]
Minisitiri Braverman yijunditse urukiko rw’i Burayi rwahagaritse indege yari kuzana abimukira
Umunyamabanga wa Leta y’u Bwongereza ushinzwe umutekano w’imbere, Suella Braverman, yijunditse urukiko rw’i Burayi ruharanira uburenganzira rw’ikiremwamuntu (ECHR), rwahagaritse indege yiteguraga kuzana abimukira mu Rwanda mu mwaka ushize. Mu kiganiro uyu muyobozi yagiriye kuri BBC, yasobanuye ko uru rukiko ruherereye mu mujyi wa Strasbourg mu Bufaransa rukorera mu nyungu za politiki. Ati: “Uko mbyumva kurasobanutse. […]
Leta kugeza ku Banyarwanda bose amashanyarazi n’amazi meza biracyari kure nk’ukwezi
Muri 2017 ni bwo Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho gahunda y’igihugu y’imyaka irindwi igamije kwihutisha Iterambere (NST1). Ni gahunda igomba kurangirana n’umwaka utaha wa 2024. Muri gahunda biteganyijwe ko mu mwaka utaha wa 2024, Abanyarwanda bazaba bagerwaho n’ibikorwa remezo birimo amazi meza ndetse n’amashanyarazi ku kigero cya 100%. Mu gihe habura amezi atatu yonyine ngo Abanyarwanda […]
Libya: Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yirukanwe ashinjwa guhura n’uwa Israel mu ibanga
Kuri iki Cyumweru gishize, Minisitiri w’Intebe wa Libya, Abdel Hamid Dbeibeh, yahagaritse ku mirimo ye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Najla al-Mangoush nyuma yo guhurira rwihishwa i Roma na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Israel, Eli Cohen. Iteka ryashyizwe ahagaragara na guverinoma y’ubumwe bw’igihugu ryagize riti: “Hafashwe umwanzuro wo guhagarika minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Libya, Najla al-Mangoush no […]
Kinshasa: Nkunda, Ntaganda na Mwangachuchu biswe Abanyarwanda
Mu rukiko rukuru rwa gisirikare rwa Ndolo ruherereye i Kinshasa, umusirikare General Laurent Nkundabatware, Bosco Ntaganda ufungiwe muri gereza mu Buholandi na Edouard Mwangachuchu usanzwe ari umudepite muri Repubulika ya demukarasi ya Congo biswe Abanyarwanda. Uwabise Abanyarwanda ni umwunganizi w’Abanyekongo bavuga ko bagizweho ingaruka n’ibyaha bishinjwa Mwangachuchu, baregera indishyi. Uyu ni Me Yodi Mpungu. Uyu […]
Umutoza wa Gorilla ashavujwe n’ibitutsi Zelfani wa Rayon Sports yamucucumuriyeho
Gatera Moussa usanzwe utoza ikipe ya Gorilla atewe ishavu no kwandagazwa n’umutoza wa Rayon Sports Yamen Zelfani wamucuncumuriyeho imvura y’ibitutsi ku mukino wahuje aya makipe yombi kuri iki Cyumweru taliki 27 Kanama 2023. Gatera ahamya ko we ubwe yiyumviye Zelfani amutuka mu rurimi rw’icyarabu atazi ko ngo uyu mutoza abyumva gusa igitangaje n’uko ngo hari […]
Sarkozy praises Kagame, Mohamed VI and criticizes Tebboune and Kais Saied
In his memoirs published last Tuesday, Nicolas Sarkozy praised several African leaders. He also criticized others that he didn’t like. Among the leaders of the continent that the former French president likes, there is the Ivorian Alassane Ouattara, the Rwandan Paul Kagame and the King of Morocco Mohamed VI. Sarkozy presents the latter as “a […]
Irari rikomeje kuganisha Eddy Kenzo mu manga y’ubushurashuzi
Umuhanzi Eddy Kenzo, uzwi ku mazina nyakuri y’ababyeyi Edirisa Musuuza, yatangaje ibintu bikomeye ku buzima bwe bw’urukundo aho yavuze ko kugeza ubu ari mu rukundo cyangwa se akaba aterereta abakobwa bagera kuri batandatu. Uyu muhanzikazi yasobanuye ko kuri ubu adakundana n’umukobwa umwe gusa, ahubwo ko urukundo rwe rusaranganyijwe mu bagore barenga batandatu. Aya magambo avugishije […]
Niger: Ambasade y’u Bufaransa yakupiwe amazi, umuriro n’ibyo kurya
Kuri iki Cyumweru, amakuru menshi yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko ubuyobozi bwa gisirikare bwa Niger bwakupiye amazi n’amashanyarazi Ambasade y’u Bufaransa mu murwa mukuru Niamey, ndetse buhagarika uburenganzira bwo kuygemurira ibyo kurya. Amakuru avuga ko ubuyobozi bw’iki gihugu bwanafashe ingamba nk’izo ku biro bihagarariye inyungu z’u Bufaransa mu karere ka Zinder, mu mujyi wa […]
Uko ikinyotera cy’urukundo cyatumye Sadate Munyakazi yandika ’Ku Ndunduro’ ya Social Mula

Munyakazi Sadate wamamaye mu mpera z’umwaka wa 2019 na 2020, ubwo yari amaze guhabwa inshingano zo kuba Perezida w’ikipe ya Rayon Sports. Icyo gihe hagati muri uwo mwaka wa 2019 , nibwo umuhanzi Social Mula wari mu babica bigacika mu muziki ,icyo gihe yasohoye indirimbo yise ‘Ku ndunduro’ yakunzwe n’abatari bacye ndetse yatumye atumirwa mu […]
Mukuralinda yashyize amakosa kuri ba rwiyemezamirimo ku idindira mu gutwara abantu
Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda yagaragaje ko amakosa yakozwe na ba rwiyemezamirimo ari yo yatumye gutwara abantu mu mujyi wa Kigali bidindira. Ibi yabitangarije mu kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru kuri uyu wa 27 Kanama 2023, ubwo we hamwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo batanga ibisobanuro ku idindira ry’iyi serivisi. Mukuralinda yavuze ko mu rwego […]
Sarkozy yatatse abarimo Kagame anenga ba Kais Saied mu gitabo cye
Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicholas Sarkozy yasingije abayobozi ba Afurika barimo Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’Umwami wa Maroc, Mohamed VI ariko anenga bikomeye Perezida Tebboune wa Algeria ndetse n’uwa Tunisia, Kais Saied. Mu gitabo cye « Le temps des combats  » cyasohotse kuri uyu wa Kabiri ushize, Nicolas Sarkozy yavuze ku mubano we […]
Amafoto: Perezida Kagame yakiriye ku meza abaguverineri bo muri Nigeria

Ku mugoroba wo kuwa Gatandatu Perezida Paul Kagame yakiriye ku meza abaguverineri bo muri Nigeria, barimo uwa Leta ya Zamfara, Dauda Lawal, basoje umwiherero w’iminsi itatu bagiriraga mu Rwanda kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 kanama 2023. Ba Guverineri bari muri iki gihugu mu minsi itatu y’Umwiherero w’Abayobozi watewe inkunga n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere […]
Bite bya Kitoko Bibarwa?

Mu muziki nyarwanda by’umwihariko uwo kuva mu myaka ya 2007-2012 no kurenzaho gato , uramutse uvuze izina Patrick Bibarwa Alias Kitoko abenshi bumva indirimbo zaryoheye amatwi nka Ikiragi, agakecuru kanjye, Rurabo, Rurashonga n’izindi. Uyu musore wakunzwe n’ubu indirimbo ze zikaba ziri mu mitima ya benshi, muri iyi minsi ntabwo abamukundi n’abandi bakurikirana iby’imyidagadura bakimubona cyangwa […]
Uwiba igihugu akwiye kunyagwa ku buryo ananirwa kwitegera igare: ApĂ´tre Mutabazi
ApĂ´tre Mutabazi Kabarira Maurice arabona ko abantu bose biba umutungo w’igihugu badakwiye gufungwa gusa, ahubwo ko bakwiye no kunyagwa ku buryo batazajya bashobora kwitegera igare. Uyu muvugabutumwa ukunze kumvikana mu busesenguzi muri politiki, mu kiganiro yagiriye ku muyoboro wa Megapex, yavuze ko yakoze ubushakashatsi, asanga abantu nk’aba biba igihugu baba bakwiye guhabwa ibihano biteye ubwoba […]
Le FC Bayern et Visit Rwanda annoncent un partenariat de 5 ans
Le club de football allemand Bayern Munich a annoncĂ© aujourd’hui un partenariat de cinq ans pour le dĂ©veloppement du football et la promotion du tourisme avec le Rwanda. Le partenariat, dĂ©voilĂ© lors du premier match Ă Â domicile du FC Bayern de la saison, verra le club travailler spĂ©cifiquement avec le ministère rwandais des Sports pour […]
RDC: Abashinwa 13 batawe muri yombi n’ubuyobozi bwa Malemba Nkulu
Abayobozi ba Teritwari ya Malemba Nkulu, kuri iki Cyumweru, itariki ya 27 Kanama, bataye muri yombi Abashinwa 13 bashinjwa gukora ubucukuzi bwa lithium mu buryo butemewe. Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa teritwari, Joel Kayemba, ngo abaregwa baba mu kigo kinini kirimo ububiko butatu bwuzuye amabuye y’agaciro. Yabyise guhungabanya ubukungu bwa repubulika ya Demokarasi ya Congo na […]
Abateganya gushyingirwa barasabwa kwirinda amadeni yo gukoresha ubukwe
Umukobwa n’umuhungu bateganya gushyingirwa, haba imbere y’amategeko no mu rusengero, barasabwa kwirinda gufata amadeni yo gukoresha ubukwe bwabo mu gihe babona bazagorwa no kuyishyura. Iyi mpanuro ikubiye mu mfashanyigisho ifasha abitegura gushyingirwa no guherekeza abantu bana nk’umugabo n’umugore yashyizwe hanze n’iyi Minisiteri tariki ya 25 Kanama 2023. Igira iti: “Mu gukora ubukwe, hagomba kwirindwa gusesagura […]