Ibyo wamenya ku ndwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B, mu bantu batatu umwe ari mu kaga
Ubusanzwe indwara z’umwijima ziterwa n’udukoko turimo amoko atanu ari yo A,B,C,D na E. Ni indwara zituma inyama y’umwijima ubyimba ahanini ibyo bikaba biterwa no kwinjirwa na kamwe muri turiya dukoko. By’umwihariko muri iyi nkuru turibanda ku ndwara y’umwijima wo mu bwoko bwa B nk’ikomeje kwibasira abatari bake. Niyo iza imbere mu ndwara zibasira umwijima aho […]
Ba Ofisiye bakuru ba FARDC barimo Colonel biyunze kuri M23
Umutwe wa M23 watangaje ko abasirikare bakuru bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bamaze kuwiyungaho. Uyu mutwe wemeje aya makuru biciye muri Major Willy Ngoma uvugira igisirikare cyawo. Mu basirikare biyunze kuri M23 nk’uko Major Ngoma yabyanditse ku rubuga rwe rwa X barimo Colonel witwa Biyoyo [JosuĂ©]. Yagize ati: “Ba Ofisiye […]
Maroc yatsinze Afurika y’Epfo mu matora yo kuyobora Akanama ka Loni k’Uburenganzira bwa Muntu
Kuri uyu wa Gatatu, Maroc yatsinze Afurika y’Epfo mu matora yo kuyobora Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu nyuma yo guterana amagambo Afurika y’Epfo, amateka y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Maroc atemerera iki gihugu kuyobora uru rwego. Umukandida wa Maroc, Ambasaderi Omar Zniber, yabonye amajwi 30, naho uwo bahanganye muri Afurika y’Epfo, Ambasaderi Mxolisi Nkosi, abona […]
Urubanza rwa Cyuma Hassan rwasubitswe
Kuri uyu wa Gatatu taliki 10 Mutarama 2023, nibwo umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan yongeye kugaruka imbere y’urukiko birangira hanzuwe ko rusubikwa. Ni urubanza rwaranzwe n’impaka nyinshi,nyuma yo kubwira urukiko ko atiteguye kuburana kuko atabonye umwanya wo gusoma ibikubiye muri Dosiye.Yavuze ko impamvu atabonye umwanya, ari uko ngo gereza imukorera iyicarubozo, ikindi kandi […]
Umukinnyi wa film, Adan Canto, yapfuye ku myaka 42

Umukinnyi wa film, Adan Canto, wamenyekanye cyane muri film y’uruhererekane ya Designated Survivor na film zirangira nka X-Men: Days of Future Past, yapfuye ku myaka 42 azize kanseri. Umumenyekanishabikorwa we ni we watangaje ko uyu mukinnyi wa film ukomoka muri Mexique yazize appendiceal cancer. Canto akina ari umujyanama wa perezida mu by’umutekano muri Designated Survivor […]
Urimo urikoza ubusa: Museveni abwira Biden
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yishongoye kuri mugenzi we Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, amubwira ko Uganda nta ngaruka yigeze igirwaho n’ibihano bya Amerika byo kuyivana muri gahunda ya AGOA. Museveni yishongoye kuri Biden ku wa Kabiri tariki ya 9 Mutarama, ubwo yagezaga ijambo ku banya-Uganda. Mu kwezi gushize ni bwo […]
Guinea: Mushikiwabo reaffirms the OIF’s commitment to continuing to support the transition until its completion
At the invitation of the President of the Republic, Head of State, Supreme Chief of the Armed Forces, Colonel Mamadi Doumbouya, the Secretary General, of La Francophonie, Louise Mushikiwabo made her first visit to the Republic of Guinea on January 7 to 8, 2024 to discuss progress towards ending the transition. Accompanied by a delegation […]
Rubavu injecte 600 millions Frw supplémentaires pour terminer le marché tant attendu de Gisenyi

Le district de Rubavu a rĂ©servĂ© 600 millions de Frw supplĂ©mentaires pour achever le marchĂ© tant attendu de Gisenyi. La dĂ©cision fait suite Ă Â l’approbation du conseil consultatif du district pour garantir que le marchĂ© soit entièrement achevĂ©. Les fonds devraient provenir des revenus du district. Dans une interview accordĂ©e au New Times, le maire […]
Hatowe gukomeza kugira ibanga ibikubiye mu masezerano y’u Bwongereza n’u Rwanda
Mu gihugu cy’u Bwongereza kuri uyu wa Kabiri ushize batoye kugira ibanga ikiguzi cya gahunda yo kohereza abimukira nyuma y’uko ishyaka ry’Abakozi ryari ryagerageje guhatira leta gushyira ahagaragara ibikubiye mu masezerano yakozwe hagati y’u Bwongereza n’u Rwanda. Yvette Cooper, wo mu ishyaka ry’Abakozi ryasabaga gushyira ahagaragara ibyemeranyijwe muri iyi gahunda, gusobanura ukuntu u Bwongereza bwijeje […]
Kinigi:Babura aho biherera bakituma mu mashyamba bahurirayo na ba nyirayo bakabavudukana
Bamwe mu barema isoko rya Kinigi riherereye mu Karere ka Musanze, baratabaza abo bireba kubarenganura nyuma y’uko babura ubwiherero muri iri soko bakajya kwituma mu mashyamba rimwe na rimwe bigateza intambara hagati yabo na banyiri ubutaka. Aba baturage bavuga ko babangamiwe n’umwanda kubera kutagira ubwiherero rusange, aho bamwe babura uko babigenza bakajya kwiherera mu mugezi […]
APR FC yarahiriye kutongera kuzitabira Mapinduzi Cup nyuma yo ‘kwibwa’
Ikipe ya APR FC yarahiriye kutazongera kwitabira irushanwa rya Mapinduzi Cup, nyuma y’ubujura ivuga ko yakorewe n’abasifuzi ubwo yakinaga na Mlandege FC yo muri Zanzibar. Mu ijoro ryakeye ni bwo APR FC yasezerewe muri Mapinduzi, nyuma yo gutsindwa na Mlandege kuri penaliti 4-2. Ni nyuma y’uko iminota isanzwe y’umukino yari yarangiye amakipe yombi anganya 0-0. […]
Afurika y’Epfo: Urukiko rwategetse guha status y’impunzi uvuga ko yahoze mu Gisirikare cy’u Rwanda
Urwego rushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu (Department of Home Affairs) muri Afurika y’Epfo rwategetswe n’urukiko guha ubuhungiro Umunyarwanda uvuga ko yahoze mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) n’umugore we nyuma y’uko uru rwego rwari rwaranze kubumuha kubera kutizera impamvu yatangaga zatumye ahunga u Rwanda. Uwasabaga ubuhungiro, bise izina rya Bwana R (Mr R), yari yitabaje urukiko […]
Guverineri wa Kinshasa yasabwe kwegura no kwishyikiriza ubushinjacyaha kubera ubujura
Guverineri Gentiny Ngobila, usanzwe ayobora Intara ya Kinshasa, yasabwe kwegura akanishyikiriza ubutabera nyuma yo gushinjwa ubujura bw’amajwi no kwiba ibikoresho byari kwifashishwa mu matora aherutse kuba mu Kuboza 2023 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ni amakuru yatangajwe kuri uyu wa kabiri, aho inteko ishingamategeko y’intara y’umurwa mukuru wa DR Congo, Kinshasa, yakuye ubudahangarwa kuri […]
Kamonyi :Hari abatacyorora ihene n’ingurube kubera ‘Ibihazi’
Mu karere ka Kamonyi murenge wa Ngamba mu Ntara y’Amajyepfo haravugwa abasore biyise ibihazi birara mu ngo z’abantu bagasahura amatungo n’ibindi babonye hafi. Abaturage bavuga ko nta muntu ucyorora ihene cyangwa ingurube kuko bahita baziba kandi ku munsi ukurikiyeho bagahura nabo bibye ntibagire icyo babatwara kuko ari ibihazi batagira icyo batinya.Aba baturage bavuga ko ibyo […]
M23 yashyize mu gatebo kamwe Radio Okapi na RTLM
Umutwe wa M23 wagereranyije Radio Okapi y’Umuryango w’Abibumbye na Radiyo Rutwitsi ya RTLM, nyuma y’inkuru iheruka gutangaza iwushinja kubuza abatuye muri Rutshuru gusarura imyaka yabo. Ni inkuru Radio Okapi yatangaje Ku wa Mbere tariki ya 8 Mutarama, nyuma yo guhabwa amakuru na Jean-Claude Mbabaze ukuriye Sosiyete sivile yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi wa […]
U Rwanda rwihanganishije u Buyapani nyuma y’umutingito wahitanye abasaga 200
U Rwanda rwihanganishije igihugu cy’ u Buyapani nyuma y’umutingito ukomeye wabaye ku Bunani muri Perefegitura ya Ishikawa, ugahitana ubuzima bw’abatari bake abandi bakaba baraburiwe irengero. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 9 Mutarama 2024 abayobozi b’u Buyapani bagaragaje ko uwo mutingito wahitanye abantu barenga 200. Ni mu gihe ababuriwe irengero barenga nabo 100, abarenga ibihumbi 28 […]
Equateur: Abantu bitwaje imbunda binjiye muri studio ya televiziyo iri Live
Abantu bitwaje imbunda bipfutse mu maso binjiye muri studio ya televiziyo iri Live muri Equateur, igihugu kiri muri Amerika y’amajyepfo, bakangaranya abakozi. Abakozi bahatiwe kuryama hasi igihe televiziyo ya leta, TC, mu mujyi wa Guayaquil, yatambutsa ikiganiro mbere yuko bakuraho live. Polisi ivuga ko nyuma yabohoje abakozi bose maze ifata 13, yerekana intwaro zafashwe nk’uko […]
Perezida Ndayishimiye yabyiniye ku rukoma nyuma y’uko Urukiko rwatangaje bidasubirwaho intsinzi ya Tshisekedi
Perezida Ndayishimiye Evaliste w’u Burundi yongeye kugaragaza amarangamutima ye yishimira intsinzi yatangajwe kuri Perezida Tshisekedi nyuma y’amatora aherutse kuba muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X) , Ndayishimiye yatangaje ko yishimiye ibyo Urukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga muri DR.Congo rwatangaje ku muvandimwe we Thsisekedi. Ati” Gutangaza ibyavuye mu matora […]
Niger: Umuhungu wa perezida wahiritswe wari ufunganwe n’ababyeyi be yararekuwe
Urukiko rwa gisirikare rwa Niger rwemeje irekurwa rya Mohamed Bazoum Salem, umuhungu w’imyaka 23 y’amavuko wa perezida wavanwe ku butegetsi, Mohamed Bazoum, wafatiwe mu rugo mu murwa mukuru Niamey. Urukiko rwafashe iki cyemezo ku wa Mbere, nk’uko byavuzwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuwa Kabiri. Salem yari afungiwe mu rugo rwa perezida hamwe n’ababyeyi be kuva […]
Nyanza: Umutangabuhamya yavuze ko ubwe atigeze abona Micomyiza yica umuntu
Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga rukorera i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, rwumvise abatangabuhamya babiri mu rubanza ruregwamo Micomyiza Jean Paul, bavuze ko yagize uruhare muri jenoside mu 1994. Uyu yoherejwe mu Rwanda n’igihugu cya Suède (Sweden) mu mwaka wa 2022 ngo akurikiranwe ku byaha bya jenoside: Ibyaha ubushinjacyaha buvuga ko yakoreye […]
APR FC yatsindiwe mu maso ya Gen (Rtd) Kabarebe, inzozi zo gutwara Mapinduzi Cup zirarangira
Ikipe ya APR FC yasezerewe mu irushanwa rya Mapinduzi Cup rikomeje kubera mu birwa bya Zanzibar, nyuma yo gutsindwa na Mlandege FC kuri penaliti. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa ½ cy’irangiza wabereye kuri Amani Stadium. APR FC yari yasezereye Young Africans muri ¼ cy’irangiza yaremye uburyo bwinshi bw’ibitego, gusa iminota 90 y’umukino irinda […]
RDC:Urukiko rurinda Itegekonshinga rwemeje ko Tshisekedi ari we Perezida bidasubirwaho
Bidasubirwaho muri DR.Congo, Urukiko rushinzwe kurengera Itegekonshinga rwatangaje ko Felix Tshisekedi ariwe Perezida w’iki gihugu. Ni amakuru yatangajwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 09 Mutarama 2024.Ni mu gihe abari bahatanye na Tshisekedi basabaga ko amatora yasubirwamo kuko ngo amajwi yibwe. Tariki ya 31, Komisiyo yigenga yari yatangaje amajwi y’amatora ya gateganyo maze […]