Le chef de l’armĂ©e kenyane reà §u par son homologue rwandais

Le chef des forces de dĂ©fense du Kenya, le gĂ©nĂ©ral Francis Ogolla, a rendu visite aux Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF) et a eu des entretiens bilatĂ©raux avec les dirigeants de l’armĂ©e rwandaise . Les pourparlers visaient Ă Â approfondir les relations existantes entre les deux armĂ©es. A son arrivĂ©e, il a Ă©tĂ© reà §u par […]
Sierra Leone: Perezida Julius Maada Biyo yatorewe manda ya kabiri
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Kamena, komisiyo ishinzwe amatora muri Sierra Leone, yatangaje ko Perezida Julius Maada Bio, uri ku butegetsi kuva mu 2018, yatsindiye manda ya kabiri ku majwi arenga 56% . Komiseri mukuru wa Komisiyo y’Amatora, Mohamed Kenewui Konneh, yabwiye abanyamakuru mu murwa mukuru Freetown ati: “Nshingiye ku bubasha nahawe, ndemeza ko […]
Ubutumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) burarangirana n’uku kwezi
Inshingano z’imyaka icumi z’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Mali zizarangira ku itariki ya 30 Kamena, nk’uko abadipolomate babitangaje kuri uyu wa Kabiri ushize, mbere y’uko Akanama k’Umutekano gatora umushinga w’uyu mwanzuro, wabonywe na Reuters, uzaha abasirikare ibihumbi 13 amezi atandatu yo kuhava . Iherezo riteganyijwe ry’ubutumwa bwa MINUSMA rije nyuma y’umwuka mubi umaze […]
TotalEnergies yongeye kujyanwa mu rukiko kubera imishinga yayo muri Uganda
Amatsinda atanu y’impirimbanyi yongeye gutanga ikirego mu rukiko rw’imbonezamubano rwa Paris kirega sosiyete y’Abafaransa yitwa TotalEnergies (TTEF.PA) ku nshuro yayo ya kabiri kubera imishinga y’iki kigo muri Uganda na Tanzania , nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko igerageza rya mbere muri Gashyantare ryari ryatewe utwatsi . Amatsinda y’Abafaransa n’Abagande, ayobowe n’Umuryango “Inshuti z’Isi” […]
Abayoboye Amerika bakiriho usibye Trump bakomoka mu miryango yakoresheje abacakara – Ubushakashatsi
Mu gukora ubushakashatsi ku bisekuruza by’abanyapolitiki bo muri Amerika, isuzuma ryakozwe na Reuters ryerekanye ko kimwe cya gatanu cy’abagize kongere y’igihugu, ababaye perezida bakiriho, abacamanza bo mu rukiko rw’ikirenga na ba guverineri bakomoka mu buryo butaziguye ku bakurambere bagize Abirabura abacakara babo . Mu bantu 536 baheruka babaye muri Kongere, Reuters, yemeje ko nibura 100 […]
Intwaro zakoreshwaga n’abarwanyi ba Wagner zigiye guhabwa Ingabo z’u Burusiya
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ko ibikoresho bikomeye bya gisirikare byari bifitwe n’abacanshuro ba Wagner bizoherezwa mu ngabo z’u Burusiya, mu gihe Moscou ishaka kugenzura umutwe w’abacancuro bigometse. Umuyobozi yivumbuye nyuma yo gushinja minisiteri y’ingabo y’u Burusiya ubugambanyi no kumwicira abarwanyi. Kuri uyu wa Kabiri, minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yagize ati: “Imyiteguro irakomeje yo kohereza […]
Le Rwanda a exprimĂ© sa dĂ©ception face Ă Â l’omission des FDLR dans un rapport de l’ONU
Le Rwanda a exprimĂ© sa dĂ©ception face Ă Â l’omission des FDLR, une force gĂ©nocidaire, dans un rapport de l’ONU nommant les groupes violents qui commettent les actes les plus atroces dans l’est de la RD Congo . C’Ă©tait lors d’un briefing du Conseil de sĂ©curitĂ© de l’ONU sur la situation en RD Congo, oĂ Âą un […]
Nyarugenge: Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bw’uwari umuyobozi muri RGB
Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 26 Kamena, Urukiko Rukuru i Nyamirambo rwanze ubujurire bwa Emmanuel Nibishaka wahoze ari umuyobozi mukuru wungirije w’ikigo gishinzwe imiyoborere mu Rwanda (RGB), kandi rugumishaho igifungo cy’imyaka itanu yakatiwe. Usibye iki gihano, Nibishaka yaciwe kandi ihazabu ya miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda . Ku itariki ya 14 Ukuboza, umwaka ushize, […]
Waendesha mashtaka wa Ufaransa wanataka kifungo cha maisha kwa Hategekimana
Waendesha mashtaka wa Ufaransa wameiomba ‘Cour d’Assises de Paris’ kutoa kifungo cha maisha jela kwa mshukiwa Philippe Hategekimana, anayejulikana kama ‘Biguma,’ kwa jukumu lake katika Mauaji ya Kimbari ya 1994 dhidi ya Watutsi . Hategekimana, aliyekuwa naibu kamanda wa jeshi la polisi nchini Gendarmerie (polisi), anatuhumiwa kupanga mauaji ya Watutsi na kuweka vizuizi barabarani ili […]
Nyamagabe: Umugabo arakekwaho kwica umugore
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umugabo ukekwaho icyaha cyo kwica umugore we bivugwa ko bari bafitanye amakimbirane ashingiye ku kuba umugore yari yarabyaranye n’abandi bagabo igihe umugabo we yari afunzwe . Ubu bwicanyi bukaba bwarabaye tariki ya 16/06/2023 saa 17h00 z’umugoroba mu Mudugudu wa Murangara, Akagari ka Gasarenda, Umurenge wa Tare, Akarere ka […]
Luanda: Harateranira inama y’imiryango nka SADC na EAC ku kibazo cy’umutekano muri RDC
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 27 Kamena, i Luanda, umurwa mukuru wa Angola, harabera inama ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ihuza EAC, ECCAS, CIRGL na SADC . Ibihugu umunani birimo Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Gabon, Afurika y’Epfo, Kenya, n’u Burundi biritabira iyi nama. Kuri uyu wa Mbere […]
Zambia: Igipolisi cyataye muri yombi umuhungu wa Edgar Lungu wahoze ari perezida
Polisi ya Zambia kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Kamena 2023, yataye muri yombi umuhungu w’uwahoze ari Perezida, Edgar Lungu, imushinja gutunga umutungo ukekwaho kuba waravuye mu byaha . Daliso Lungu w’imyaka 36, ​​umucuruzi, yashinjwaga hamwe n’umugore we Matildah Milinga, na we ufite imyaka 36, ​​nk’abayobozi b’ikigo cyitwa Saloid Traders Limited. Mu itangazo ryatangiwe mu […]
Musanze: Batatu bakurikiranweho kwica umuntu bakamuca umutwe
Ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirijwe dosiye y’abantu batatu, harimo abagabo babiri n’umugore umwe bakurikirinyweho icyaha cyo kwica umusaza w’imyaka 64 bakamukata umutwe . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko iki cyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Kinonko, Akagari ka Gatwa, Umurenge wa Janja, Akarere ka Gakenke ku italiki 16 Kamena 2023 ahagana saa […]
Brussels: Pierre Basabose accuses judge of bias
The defense of Pierre Basabose, a 76-year-old Rwandan prosecuted before the Brussels Assize Court for his role in the Rwandan genocide of 1994, has filed a motion to challenge the president of the court, announced on Saturday, Me Jean Flamme, the defendant’s lawyer . The lawyer criticizes the president for having shown herself to be […]
Serikali ya Rwanda inapanga kutambulisha mabasi 200 ya umeme katika mji mkuu Kigali
Serikali ya Rwanda inapanga kutambulisha mabasi 200 ya umeme katika mji mkuu Kigali. Kampuni ya Vivo Energy na Bodi ya Hifadhi ya Jamii ya Rwanda (RSSB) ndizo zinazosimamia manunuzi . Pamoja na Wizara ya Miundombinu na Jiji la Kigali, Vivo Energy ilikamilisha upembuzi yakinifu kuhusu uwekaji umeme wa meli za mabasi ya umma mjini Kigali. […]
Impuguke za Loni zagaragaje kwiyongera kwa magendu ya zahabu iva muri RDC ijya mu Burundi
Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ryerekanye kwiyongera kw’ibikorwa by’umutwe w’abagizi ba nabi ugizwe n’abasivili , abacuruzi n’abakomisiyoneri b’Abarundi n’Abanyekongo ndetse na bamwe mu basirikare bakuru b’u Burundi hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi mu bikorwa by’ubucuruzi butemewe bwa zahabu . Amasoko menshi yamenyesheje itsinda ry’impuguke ko amakimbirane akomeje kuba hagati ya Repubulika ya […]
Perezida Kagame ategerejwe nk’umushyitsi w’imena muri Seychelles
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azaba umushyitsi mukuru mu birori byo kwizihiza umunsi w’igihugu wa Seychelles mu ruzinduko rwe rw’akazi, nk’uko byatangajwe na perezidansi y’iki gihugu ku wa Gatanu . Uruzinduko rw’akazi rwa Perezida Kagame ruzatangira kuva ku itariki ya 28 Kamena kugeza ku ya 2 Nyakanga ruzaba ku butumire bwa Perezida Wavel Ramkalawan nk’uko […]
Le Rwanda va introduire des bus électriques dans la capitale
Le gouvernement rwandais a annoncĂ© avoir signĂ© un accord avec le distributeur africain de carburants et lubrifiants, Vivo Energy, pour la fourniture de plus de 200 bus Ă©lectriques Ă Â Kigali, la capitale du Rwanda . L’accord fait suite Ă Â la rĂ©alisation d’une Ă©tude de faisabilitĂ© par Vivo Energy, en collaboration avec le ministère des Infrastructures […]
U Rwanda rugiye gufasha Guinea kwinjiza serivisi za leta mu ikoranabuhanga
Ikigo cy’ikoranabuhanga gishinzwe kunoza imitangire ya serivisi za Leta gifasha guverinoma n’ubucuruzi mu kujyana n’ikoranabuhanga, Irembo Ltd, kigiye gukorana n’igihugu cya Guinea mu gushyira serivisi za leta mu ikoranabuhanga nk’uko amakuru agera ku Biro Ntaramakuru bya Afurika (APA) yavuye ku isoko yizewe i Kigali avuga . Ibihugu byombi byifuza gushimangira ubufatanye mu rwego rw’ikoranabuhanga rishya […]
U Bushinwa nibwo butunze amato menshi y’intambara agendera munsi y’amazi (Submarines)
Igihugu cy’u Bushinwa kugeza ubu nicyo gitunze amato y’intambara menshi agendera munsi y’amazi (Submarines) kurusha ibindi, aho gikurikiwe n’igihugu cy’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ibihugu nk’u Bwongereza n’u Bufaransa birushwa aya mato y’ingenzi mu ntambara yo mu mazi n’ibihugu nk’u Buhinde, Koreya y’Epfo na Iran nk’uko tubikesha The World Ranking […]
Abakozi ba Loni bafatiwe ku mupaka bashaka kwinjiza ibiyobyabwenge

Abakozi batatu b’Umuryango w’Abibumbye batawe muri yombi bakekwaho gushaka kunyuza magendu y’ikiyobyabwenge cya Cocaine ku mupaka wa Yorodani ijyanwa muri Israel, aho bari bayigize amazi babeshya ko ari umubavu wo kwitera . Abakekwa, bakorera Umuryango w’Abibumbye muri Syria, bafatiwe ku Cyumweru hafi ya Beit She’an ubwo bageragezaga kwinjira muri Israel banyuze ku mupaka wa Yorodani […]
Kenya: Batanu baguye mu gitero cy’abitwaje intwaro mu ntara ya Lamu
Kuri iki Cyumweru abantu batanu bishwe ubwo abantu bitwaje imbunda bateraga imidugudu ibiri yo mu ntara ya Lamu mu majyepfo ashyira uburasiraziba bwa Kenya nk’uko byatangajwe na polisi . Abagabye igitero kandi batwitse amazu kandi basenya imitungo y’abaturage nk’uko tubikesha Reuters. Polisi yavuze ko ibyabaye ari “igitero cy’iterabwoba”, imvugo bakunze gukoresha yerekeza ku bitero by’umutwe […]
Amerika yari izi umugambi wa Wagner wo kwigomeka kuri Leta y’u Burusiya
Inzego z’ubutasi zo muri Amerika zakekaga cyane ko Evgeny Prigozhin ategura umugambi ukomeye wo kurwanya Guverinoma y’u Burusiya, iminsi mike mbere y’uko uyu muyobozi wa Wagner ategeka ingabo ze kwerekeza i Moscou, nk’uko ikinyamakuru New York Times cyabitangaje kuri uyu wa Gatandatu . Nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’Abanyamerika batavuzwe amazina babajijwe n’iki kinyamakuru, ubuyobozi bwa Perezida […]
Ukuriye Wagner yemeye kujya muri Belarus, Moscow yemera kutazamukurikirana
Yevgeny Prigozhin, umuyobozi w’itsinda ry’abacanshuro rya Wagner, yemeye kuva mu Burusiya akerekeza muri Belarus nyuma yo guhagarika ubwigomeke bw’ingabo ze . Abarwanyi ba Wagner bafashwe amashusho bava mu majyepfo ya Rostov-on-Don, umujyi wo mu Burusiya bari bigaruriye, mu bwigomeke bwabo. Perezidansi y’u Burusiya (Kremlin) ivuga ko Prigozhin n’ingabo ze batazakurikiranwa nubwo bashinjwa kwigomeka kwitwaje intwaro […]
RDC: Kiliziya Gaturika iremeza ko guverinoma itarimo gutegura amatora
Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntabwo iri mu myiteguro y’amatora, nk’uko byatangajwe n’Inama y’igihugu y’abepiskopi ya Congo (CENCO) ku wa Gatanu mu gihe hategerejwe amatora ya perezida n’abagize inteko ishinga amategeko mu mpera z’uyu mwaka . Kiliziya Gatolika ifite amateka maremare yo guteza imbere demokarasi muri iki gihugu kinini cya Afurika aho imyiteguro […]
Kagame anaipongeza Msumbiji kwa kuwajumuisha wapiganaji wa zamani
Rais Paul Kagame siku ya Ijumaa Juni 23 alimpongeza Rais Filipe Nyusi na wananchi wa Msumbiji kwa kufanikisha utekelezaji wa kuwapokonya silaha na kuwajumuisha tena wapiganaji wa zamani wa Renamo . Mamia ya wapiganaji wa zamani wa Renamo, chama kikuu cha upinzani nchini Msumbiji, wamefukuzwa na kurejea katika maisha ya kiraia nchini Msumbiji. Kagame alitweet: […]
ATMIS yatangiye kugabanya ingabo zayo muri Somalia
Ubutumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somalia (ATMIS) bwatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko bwatangiye kugabanya umubare w’abasirikare bijyanye na gahunda yo gushyira ikibazo cy’umutekano w’iki gihugu mu biganza by’ingabo zacyo . Itangazo ryasohowe ryagize riti: “ATMIS yatangiye kuvayo yubahiriza (Imyanzuro y’Umuryango w’Abibumbye) itegeka ATMIS kuba yakuyemo ingabo 2000 mu mpera za Kamena […]
Le célèbre pasteur Theogene Niyonshuti décède dans un accident de voiture
Le cĂ©lèbre pasteur de l’ADEPR (Association des Eglises de Pentecote au Rwanda), Theogene Niyonshuti, est mort jeudi soir dans un accident de voiture en Ouganda . Les informations sur son dĂ©cès Ă©taient encore rares au moment de la presse, mais le responsable des relations publiques de l’ADEPR, Emmanuel Ntakirutimana, a dĂ©clarĂ© au New Times avoir […]
Uganda: Minisitiri w’ingabo yasebeye mu nteko ubwo yatangaga ibisobanuro ku gitero cyahitanye abanyeshuri 37
Kuri uyu wa Kane mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda, minisitiri w’ingabo yari yivuganwe n’abadepite, nyuma y’ibyo yatangaje ku gitero cya ADF giherutse guhitana abana b’Abanyeshuri 37 mu bantu 41 bakiciwemo kuwa Gatanu ushize, aho bemeza ko abasirikare n’abapolisi bari bazi neza ko igitero kiri kuba ariko bagatinda gutabara ku bwende . Iyi nkuru dukesha […]
Zimbabwe: Abakandida 10 biteguye guhangana na Mnangagwa mu matora yo muri Kanama
Abakandida 11 biteguye guhatanira umwanya wa Perezida wa Zimbabwe mu matora yo muri Kanama, nk’uko byatangajwe na komisiyo y’amatora nyuma y’uko benshi babyifuzaga batemerewe kubera ko batigeze bakusanya amadorari 20.000 yari akenewe kugira ngo bagaragare ku rutonde . Biteganijwe ko amatora azahuriramo Emmerson Mnangagwa uri ku butegetsi, wo mu ishyaka rya ZANU-PF, na Pasiteri n’umunyamategeko, […]
Mu gihe habura imyaka 2 yo kugera ku ntego za EAC zo kurandura inzara ikomeje kwiyongera
Mu gihe hasigaye imyaka ibiri gusa kugeza igihe ntarengwa cyagenwe n’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) cyo guhagarika inzara muri gahunda y’iterambere ry’ubuhinzi ku mugabane wa Afurika, inzara n’imirire mibi biriyongera, nk’uko abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Afurika y’uyu muryango (EALA) babitangaza . Mu nama rusange yabereye muri Arusha kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki […]
Rwanda inaanza kufanya biashara chini ya mfumo wa ushuru wa chini wa Uingereza
Rwanda imeanza biashara chini ya mpango wa ushuru wa chini wa Uingereza ambao ulianza kutumika Jumatano, Juni 21 . Mpango wa Biashara wa Nchi Zinazoendelea (DCTS) ulitangazwa mwaka wa 2022 kupunguza ushuru kwa bidhaa zinazoingia Uingereza kutoka nchi 65 zinazoendelea, ikiwa ni pamoja na Rwanda, na kurahisisha sheria za biashara ili bidhaa nyingi zifuzu. Mjini […]
Le Royaume-Uni préoccupé par les violations des droits humains commises par des groupes armés comme les FDLR
L’envoyĂ©e spĂ©ciale du Royaume-Uni pour les Grands Lacs africains, Alison Thorpe, a publiĂ© une dĂ©claration Ă Â la suite du rapport du Groupe d’experts des Nations Unies sur la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo . L’EnvoyĂ© spĂ©cial du Royaume-Uni pour les Grands Lacs remercie le Groupe d’experts des Nations Unies sur la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) […]
U Burusiya buravuga Ukraine yarashe ikiraro cya Chonhar cyo muri Crimea
Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko Ukraine yibasiye ikiraro gihuza amajyepfo ya Ukraine na CrimĂ©e ikoresheje misile ziraswa mu ntera ndende zo mu Bwongereza . Ibiraro bibiri biteganye bya Chonhar byombi byangiritse ariko nta muntu wakomeretse, nk’uko byatangajwe na guverineri washyizweho n’u Burusiya muri Kherson, Vladimir Saldo. Yavuze ko bishoboka ko misile zakorewe mu Bwongereza, Storm […]
French justice cancels the dismissal of the investigation into the Bisesero massacres
New twist in one of the most sensitive legal cases linked to the genocide in Rwanda: the Paris Court of Appeal canceled on Wednesday June 21 the order of dismissal issued in the investigation into the alleged inaction of the French army during the Bisesero massacres at the end of June 1994 . Will the […]
Raporo y’impuguke za Loni yashinje imitwe ya Twirwaneho na Gumino gukoresha abana
Raporo itavugwaho rumwe y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yo ku itariki 13 Kamena 2023, iravuga imitwe yitwaje intwaro hafi ya yose ikorera muri Kivu y’Amajyepfo irimo Twirwaneho na Gumino, yagiye ikoresha abana bari munsi y’imyaka 18 mu mirwano cyangwa mu yindi mirimo . Izi mpuguke zivuga ko zakusanyije ibimenyetso byemeza ikoreshwa ry’abana mu mitwe itandukanye ya Mai-Mai, […]
Abagize ubuyobozi bwa M23, politiki n’igisirikare, mu mboni z’impuguke za Loni
Muri raporo ya nyuma y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasohowe ku itariki 13 Kamena, haravugwamo ko izi mpuguke zakomeje kubona amakuru ku bantu bazwiho kuba mu buyobozi bwa M23 haba ku rwego rwa politiki n’igisirikare, aho zagaragaje amazina ndetse n’inshingano za buri muntu muri uyu mutwe nubwo hari aho zigera zigashidikanya […]
Rwanda, Zambia zinatazamia kuimarisha ushirikiano wa kusini na kusini
Rwanda na Zambia zimekuza ushirikiano thabiti kwa miaka mingi, na kufanya maendeleo makubwa katika kutekeleza mikataba mbalimbali ya ushirikiano. Licha ya misukosuko ya hivi majuzi ya kimataifa ambayo imeathiri uchumi wa Afrika, mataifa yote mawili yamevumilia, yakilenga kuendeleza mafanikio yao huku yakitafuta kuimarisha ushirikiano kati ya changamoto zinazoendelea za kiuchumi, Rais Paul Kagame amesema . […]
Umusenateri arashinja u Rwanda gushaka kubuza SADC kohereza ingabo muri RDC
Senateri Francine Muyumba wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo arashinja u Rwanda gukora ibishoboka ngo ruburizemo umugambi w’Umuryango wa SADC wo kohereza ingabo mu burasirazuba bw’igihugu bukomeje kuvugwamo imirwano ya hato na hato hagati y’umutwe wa M23 ndetse n’igisirikare cya FARDC n’imitwe y’inyeshyamba ikorana nacyo . Uyu musenateri abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter […]
Aba ni bo bantu basigaye muri 27 batangije urugamba rwo kubohora Uganda

Mu bantu 27 bagabye igitero ku Kigo cya Gisirikare cya Kabamba cyatangije urugamba rwo kubohoza Uganda mu 1981, hasigayemo 7 bakiri bazima nyuma y’urupfu ruheruka rwa Elly Tumwiine ndetse na Col. (Rtd) Jack Mucunguzi watabarutse ku Cyumweru gishize azize indwara ya cancer . Jack Mucunguzi yari umwe mu bantu bari mu buyobozi bw’inyeshyamba za NRA […]
The OIF to decide whether or not to maintain the Games of La Francophonie scheduled in the DRC
The Secretary General of the International Organization of La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo, will hold a meeting with delegates from member countries to decide whether or not to maintain the Games of La Francophonie scheduled for July 28 to August 6. It will mainly be a question of postponing them again or canceling them . […]
Le suspect de gĂ©nocide Kayishema demande l’asile en Afrique du Sud
Fulgence Kayishema, un suspect de gĂ©nocide accusĂ© d’avoir ordonnĂ© la mort brutale de 2 000 personnes lors du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi au Rwanda, a comparu devant le tribunal d’instance du Cap le mardi 20 juin. Son avocat a rĂ©vĂ©lĂ© que Kayishema avait l’intention de demander l’asile en Afrique du Sud pendant son […]
Taiwan iremeza ko u Bushinwa bufite umugambi wo kwivanga mu matora yabo
Raporo y’umutekano w’imbere mu gihugu yasuzumwe na Reuters, iravuga ko Guverinoma ya Taiwan ivuga ko u Bushinwa buzagerageza kwivanga mu matora y’ingenzi yo muri Mutarama butera inkunga mu buryo butemewe abakandida b’inshuti za Beijing bakoresheje porogaramu z’itumanaho cyangwa ingendo mu matsinda . Guverinoma ya Perezida Tsai Ing-wen yaburiye kenshi ko u Bushinwa buzagerageza guhindura ibitekerezo […]
DRC: Mpinzani Franck Diongo akamatwa na vikosi vya usalama
Mpinzani wa Kongo, Franck Diongo, alikamatwa Jumanne Juni 20, 2023 huko Kinshasa, mji mkuu wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo . Hakika, rais wa chama cha siasa cha Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP) alikamatwa na watu wenye silaha katika makutano ya njia za Kabinda na Huilerie. Kabla ya kukamatwa, Franck Diongo alikuwa katika maombolezo katika Hospitali […]
L’Ă©conomie rwandaise croà ®t de 9,2% malgrĂ© la baisse de la production vivrière
L’Ă©conomie rwandaise a connu une croissance robuste de 9,2 % au premier trimestre 2023 par rapport Ă Â la mĂ ÂŞme pĂ©riode en 2022, comme l’a rĂ©vĂ©lĂ© un rapport de l’Institut national de la statistique du lundi 19 juin 2023 . Cette croissance est particulièrement notable compte tenu d’une baisse de 3 pour cent de la production […]
RDC: Umunyapotiki Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Franck Diongo, perezida w’ishyaka rya politiki, Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), yatawe muri yombi kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Kamena 2023 n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye, kuri avenue des Huileries, ku masangano na Kabinda, abamurindaga babura icyo bakora . Impamvu z’ifatwa rye ntiziramenyekana nk’uko iyi […]
Somalia: Uwari umugaba mukuru w’Ingabo yirukanwe ku mirimo ye

Kuri uyu wa Mbere, Somalia yirukanye umugaba mukuru w’ingabo, Major Gen. Odawaa Yusuf Rageh, mu gihe hari amakimbirane ya politiki mu karere ka Hiran rwagati muri iki gihugu, ari naho higanje ibikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Icyemezo cyo kwirukana Rageh cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yabereye i Mogadishu iyobowe na Minisitiri w’intebe, Hamza Abdi […]
USA: Ubwato bwaburiye mu bushakashatsi ku bisigazwa bya Titanic bukomeje gushakishwa
Igikorwa kinini cyo gushakisha no gutabara kirimo gukorwa mu majyaruguru ya Atalantika nyuma y’aho ubwato bugendera munsi y’amazi bwari mu bushakashatsi ku bisigazwa bya Titanic buburiwe irengero ku Cyumweru. Ubwato bw’ubushakashatsi, Polar Prince, bwabuze nyuma y’isaha n’iminota 45 bwibiye mu mazi. Igisirikare cya Amerika kigereranya ko ubu bwato bwabuze bwari busigaranye umwuka wa oxygene wamara […]
EU yakuye ku rutonde rw’ibihano uwari minisitiri n’uwari ukuriye urwego rw’ubutasi muri RDC
Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatangaje kuri uyu wa Mbere, itariki ya 19 Kamena 2023 ko yakuye ku rutonde rw’ibihano Abanyekongo babiri begereye uwahoze ari umukuru w’igihugu, Joseph Kabila. Abo ni Kalev Mutond wahoze ari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi (ANR) na Emmanuel Ramazani Shadary wahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu . Aba bantu bombi bafatiwe ibihano n’Umuryango […]
Nigeria: Perezida Tinubu yasezereye imburagihe abayobozi bose b’inzego z’umutekano
Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yakoze impinduka zikomeye mu ngabo z’igihugu, no mu nzego z’umutekano yirukana umuyobozi wa polisi mu gihe kitarenze ukwezi atangiye imirimo ye . Tinubu warahiriye imirimo ye kuwa 29 Gicurasi 2023, yashyizeho abayobozi bashya b’ingabo, ingabo, mu ngabo zirwanira ku butaka, mu mazi ndetse n’ingabo zirwanira mu kirere bihita bitangira kubahirizwa, […]
Inyeshyamba za Wazalendo zaba zambuye M23 ibice yari iherutse kwigarurira
Imirwano yahuje kuri uyu wa Gatandatu ushize inyeshyamba za Wazalendo n’umutwe wa M23 biravugwa ko yarangiye izi nyeshyamba zishyigikiwe na Leta ya Kinshasa zigaruriye imidugudu ya Kahira na Butale yari yigaruriwe na M23 kuwa Gatanu, aho sosiyete sivile yemeza ko izi nyeshyamba zatatanyije abarwanyi b’uyu mutwe . Imirwano yabaye kuri uyu wa Gatandatu, itariki 17 […]
Abayobozi ba Afurika batashye amara masa mu rugendo rwari rugamije kunga Ukraine n’u Burusiya
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa Gatandatu ushize yahaye abayobozi ba Afurika bashaka kunga abahanganye mu ntambara yo muri Ukraine urutonde rw’impamvu zatumye yemera ko ibyifuzo byabo byinshi atari byo, asuka amazi akonje kuri gahunda n’ubundi yari yatewe utwatsi bikomeye na Kyiv . Abayobozi bo muri Afurika bashakaga ubwumvikane ku ngamba zo “kubaka […]
Gasabo: Ubushinjacyaha bukurikiranye abagabo 2 bashinjwa kwica umwana
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo hagati muri iki cyumweru bwakiriye dosiye y’abagabo babiri bakekwaho kwica umwana muto nyuma bakamuta mu mazi . Ni icyaha ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko cyakorewe mu Mudugudu wa Nyakabingo, Akagali ka Bweramvura, Umurenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, Intara y’Umujyi wa Kigali, ku itariki ya 01 Kamena […]
Isoko rya Gisenyi rimaze imyaka n’imyaka ritegerejwe ryubakwaga nta byangombwa
Isoko rya Gisenyi ryari rimaze imyaka 12 ryubakwa ritaruzura hamenyekanye ko muri icyo gihe cyose ryubakwaga nta byangombwa byo kubaka rifite, ndetse kuri ubu imirimo ikaba yarahagaze bigashyira mu gihirahiro abikorera barihawe ngo barirangize, bari bijeje umukuru w’igihugu kuzaritaha mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa karindwi . Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire (Rwanda Housing Authority) kivuga ko […]
FIFA yasabye ko imikino izajya igaragaramo ivanguraruhu izajya ihita ihagarikwa
Umuyobozi wa FIFA, Gianni Infantino, aravuga ko hagomba gufatwa icyemezo cyo kutihanganira na gato ‘zero tolerance’ igihe ivanguraruhu rigaragaye mu mikino mu nzego zose . Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yatangaje ko hagomba gufatwa ingamba zo “kutihanganira na gato” ivanguramoko mu mupira w’amaguru kandi abasifuzi mu nzego zose bagomba guhagarika imikino mu gihe ibintu nk’ibi […]
DRC yaitaka ICC kuanzisha uchunguzi kuhusu uhalifu uliofanyika Kivu Kaskazini kuanzia Januari 1, 2022
Serikali ya Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) imewasilisha rufaa mpya kwa Ofisi ya Mwendesha Mashtaka (OTP) wa Mahakama ya Kimataifa ya Uhalifu (ICC), ikitumia haki yake, kama Mshirika wa Serikali, chini ya kifungu cha 14(1) ya Mkataba wa Roma. Katika rufaa yake, Serikali ya DRC inaomba Mahakama ianzishe uchunguzi wa madai ya uhalifu chini […]
ICC igiye gusuzuma ibirego by’ibyaha by’intambara byakozwe n’inyeshyamba muri RDC
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha kuri uyu wa Kane, itariki 15 Kamena, rwatangaje ko rugiye gusuzuma ibirego by’ibyaha by’intambara byaba byarakozwe n’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’aho Kinshasa igejeje ubusabe bushya muri uru rukiko . Leta ya Kinshasa ishinja umutwe wa M23 kugaba ibitero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, […]
Igihangange McGregor arashinjwa gushaka gufatira ku ngufu ahaberaga umukino wa NBA

Igihangange mu mikino njyarugamba ivanze mu irushanwa rya UFC (Ultimate Fighting Championship), Conor McGregor, arashinjwa kugerageza gusambanya ku ngufu umugore nyuma y’umukino wa Basketball wa NBA wabereye i Miami mu ntangiriro z’uku kwezi . Ibaruwa yemewe igaragaza ibirego, yohererejwe McGregor kandi ikabonwa na BBC, ivuga ko iri hohotera rishingiye ku gitsina ryakorewe mu bwiherero bwo […]
Taxe Ă Â l’importation sur l’huile, le riz, le sucre et le poisson rĂ©duite
Le ministre des Finances et de la Planification Ă©conomique, Uzziel Ndagijimana, a annoncĂ© que les droits d’importation sur l’huile de cuisson ont Ă©tĂ© rĂ©duits de 35 % Ă Â 25 % . Il s’exprimait lors de la prĂ©sentation du projet de budget national pour l’exercice 2023/2024 devant le parlement le jeudi après-midi 15 juin 2023. Il […]
U Burusiya bwiyemeje gusenya imiyoboro y’itumanaho y’ibihugu by’iburengerazuba iri mu nyanja
U Burusiya bwakangishije gusenya imiyoboro y’itumanaho y’abanzi yo mu mazi nyuma y’amakuru aherutse gushinja ibihugu byo mu burengerazuba kugira uruhare mu gitero cyagabwe ku miyoboro ya Nord Stream 1,2 yavanaga gaz mu Burusiya ijya mu Budage . Ku munsi w’ejo kuwa Gatatu, uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, ubu akaba yungirije umuyobozi w’akanama gashinzwe […]