Le chef de l’armĂ©e kenyane reà§u par son homologue rwandais

22179.jpg

Le chef des forces de dĂ©fense du Kenya, le gĂ©nĂ©ral Francis Ogolla, a rendu visite aux Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF) et a eu des entretiens bilatĂ©raux avec les dirigeants de l’armĂ©e rwandaise . Les pourparlers visaient à  approfondir les relations existantes entre les deux armĂ©es. A son arrivĂ©e, il a Ă©tĂ© reà§u par […]

Sierra Leone: Perezida Julius Maada Biyo yatorewe manda ya kabiri

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Kamena, komisiyo ishinzwe amatora muri Sierra Leone, yatangaje ko Perezida Julius Maada Bio, uri ku butegetsi kuva mu 2018, yatsindiye manda ya kabiri ku majwi arenga 56% . Komiseri mukuru wa Komisiyo y’Amatora, Mohamed Kenewui Konneh, yabwiye abanyamakuru mu murwa mukuru Freetown ati: “Nshingiye ku bubasha nahawe, ndemeza ko […]

Ubutumwa bwo kubungabunga amahoro muri Mali (MINUSMA) burarangirana n’uku kwezi

Inshingano z’imyaka icumi z’ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Mali zizarangira ku itariki ya 30 Kamena, nk’uko abadipolomate babitangaje kuri uyu wa Kabiri ushize, mbere y’uko Akanama k’Umutekano gatora umushinga w’uyu mwanzuro, wabonywe na Reuters, uzaha abasirikare ibihumbi 13 amezi atandatu yo kuhava . Iherezo riteganyijwe ry’ubutumwa bwa MINUSMA rije nyuma y’umwuka mubi umaze […]

TotalEnergies yongeye kujyanwa mu rukiko kubera imishinga yayo muri Uganda

Amatsinda atanu y’impirimbanyi yongeye gutanga ikirego mu rukiko rw’imbonezamubano rwa Paris kirega sosiyete y’Abafaransa yitwa TotalEnergies (TTEF.PA) ku nshuro yayo ya kabiri kubera imishinga y’iki kigo muri Uganda na Tanzania , nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko igerageza rya mbere muri Gashyantare ryari ryatewe utwatsi . Amatsinda y’Abafaransa n’Abagande, ayobowe n’Umuryango “Inshuti z’Isi” […]

Abayoboye Amerika bakiriho usibye Trump bakomoka mu miryango yakoresheje abacakara – Ubushakashatsi

Mu gukora ubushakashatsi ku bisekuruza by’abanyapolitiki bo muri Amerika, isuzuma ryakozwe na Reuters ryerekanye ko kimwe cya gatanu cy’abagize kongere y’igihugu, ababaye perezida bakiriho, abacamanza bo mu rukiko rw’ikirenga na ba guverineri bakomoka mu buryo butaziguye ku bakurambere bagize Abirabura abacakara babo . Mu bantu 536 baheruka babaye muri Kongere, Reuters, yemeje ko nibura 100 […]

Intwaro zakoreshwaga n’abarwanyi ba Wagner zigiye guhabwa Ingabo z’u Burusiya

Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ko ibikoresho bikomeye bya gisirikare byari bifitwe n’abacanshuro ba Wagner bizoherezwa mu ngabo z’u Burusiya, mu gihe Moscou ishaka kugenzura umutwe w’abacancuro bigometse. Umuyobozi yivumbuye nyuma yo gushinja minisiteri y’ingabo y’u Burusiya ubugambanyi no kumwicira abarwanyi. Kuri uyu wa Kabiri, minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yagize ati: “Imyiteguro irakomeje yo kohereza […]

Nyarugenge: Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bw’uwari umuyobozi muri RGB

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 26 Kamena, Urukiko Rukuru i Nyamirambo rwanze ubujurire bwa Emmanuel Nibishaka wahoze ari umuyobozi mukuru wungirije w’ikigo gishinzwe imiyoborere mu Rwanda (RGB), kandi rugumishaho igifungo cy’imyaka itanu yakatiwe. Usibye iki gihano, Nibishaka yaciwe kandi ihazabu ya miliyoni 3 z’amafaranga y’u Rwanda . Ku itariki ya 14 Ukuboza, umwaka ushize, […]

Waendesha mashtaka wa Ufaransa wanataka kifungo cha maisha kwa Hategekimana

Waendesha mashtaka wa Ufaransa wameiomba ‘Cour d’Assises de Paris’ kutoa kifungo cha maisha jela kwa mshukiwa Philippe Hategekimana, anayejulikana kama ‘Biguma,’ kwa jukumu lake katika Mauaji ya Kimbari ya 1994 dhidi ya Watutsi . Hategekimana, aliyekuwa naibu kamanda wa jeshi la polisi nchini Gendarmerie (polisi), anatuhumiwa kupanga mauaji ya Watutsi na kuweka vizuizi barabarani ili […]

Nyamagabe: Umugabo arakekwaho kwica umugore

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umugabo ukekwaho icyaha cyo kwica umugore we bivugwa ko bari bafitanye amakimbirane ashingiye ku kuba umugore yari yarabyaranye n’abandi bagabo igihe umugabo we yari afunzwe . Ubu bwicanyi bukaba bwarabaye tariki ya 16/06/2023 saa 17h00 z’umugoroba mu Mudugudu wa Murangara, Akagari ka Gasarenda, Umurenge wa Tare, Akarere ka […]

Zambia: Igipolisi cyataye muri yombi umuhungu wa Edgar Lungu wahoze ari perezida

Polisi ya Zambia kuri uyu wa Mbere, itariki 26 Kamena 2023, yataye muri yombi umuhungu w’uwahoze ari Perezida, Edgar Lungu, imushinja gutunga umutungo ukekwaho kuba waravuye mu byaha . Daliso Lungu w’imyaka 36, ​​umucuruzi, yashinjwaga hamwe n’umugore we Matildah Milinga, na we ufite imyaka 36, ​​nk’abayobozi b’ikigo cyitwa Saloid Traders Limited. Mu itangazo ryatangiwe mu […]

Musanze: Batatu bakurikiranweho kwica umuntu bakamuca umutwe

Ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye rwa Musanze bwashyikirijwe dosiye y’abantu batatu, harimo abagabo babiri n’umugore umwe bakurikirinyweho icyaha cyo kwica umusaza w’imyaka 64 bakamukata umutwe . Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko iki cyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Kinonko, Akagari ka Gatwa, Umurenge wa Janja, Akarere ka Gakenke ku italiki 16 Kamena 2023 ahagana saa […]

Brussels: Pierre Basabose accuses judge of bias

The defense of Pierre Basabose, a 76-year-old Rwandan prosecuted before the Brussels Assize Court for his role in the Rwandan genocide of 1994, has filed a motion to challenge the president of the court, announced on Saturday, Me Jean Flamme, the defendant’s lawyer . The lawyer criticizes the president for having shown herself to be […]

Serikali ya Rwanda inapanga kutambulisha mabasi 200 ya umeme katika mji mkuu Kigali

Serikali ya Rwanda inapanga kutambulisha mabasi 200 ya umeme katika mji mkuu Kigali. Kampuni ya Vivo Energy na Bodi ya Hifadhi ya Jamii ya Rwanda (RSSB) ndizo zinazosimamia manunuzi . Pamoja na Wizara ya Miundombinu na Jiji la Kigali, Vivo Energy ilikamilisha upembuzi yakinifu kuhusu uwekaji umeme wa meli za mabasi ya umma mjini Kigali. […]

Impuguke za Loni zagaragaje kwiyongera kwa magendu ya zahabu iva muri RDC ijya mu Burundi

Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ryerekanye kwiyongera kw’ibikorwa by’umutwe w’abagizi ba nabi ugizwe n’abasivili , abacuruzi n’abakomisiyoneri b’Abarundi n’Abanyekongo ndetse na bamwe mu basirikare bakuru b’u Burundi hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi mu bikorwa by’ubucuruzi butemewe bwa zahabu . Amasoko menshi yamenyesheje itsinda ry’impuguke ko amakimbirane akomeje kuba hagati ya Repubulika ya […]

Perezida Kagame ategerejwe nk’umushyitsi w’imena muri Seychelles

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, azaba umushyitsi mukuru mu birori byo kwizihiza umunsi w’igihugu wa Seychelles mu ruzinduko rwe rw’akazi, nk’uko byatangajwe na perezidansi y’iki gihugu ku wa Gatanu . Uruzinduko rw’akazi rwa Perezida Kagame ruzatangira kuva ku itariki ya 28 Kamena kugeza ku ya 2 Nyakanga ruzaba ku butumire bwa Perezida Wavel Ramkalawan nk’uko […]

Le Rwanda va introduire des bus électriques dans la capitale

Le gouvernement rwandais a annoncĂ© avoir signĂ© un accord avec le distributeur africain de carburants et lubrifiants, Vivo Energy, pour la fourniture de plus de 200 bus Ă©lectriques à  Kigali, la capitale du Rwanda . L’accord fait suite à  la rĂ©alisation d’une Ă©tude de faisabilitĂ© par Vivo Energy, en collaboration avec le ministère des Infrastructures […]

U Rwanda rugiye gufasha Guinea kwinjiza serivisi za leta mu ikoranabuhanga

Ikigo cy’ikoranabuhanga gishinzwe kunoza imitangire ya serivisi za Leta gifasha guverinoma n’ubucuruzi mu kujyana n’ikoranabuhanga, Irembo Ltd, kigiye gukorana n’igihugu cya Guinea mu gushyira serivisi za leta mu ikoranabuhanga nk’uko amakuru agera ku Biro Ntaramakuru bya Afurika (APA) yavuye ku isoko yizewe i Kigali avuga . Ibihugu byombi byifuza gushimangira ubufatanye mu rwego rw’ikoranabuhanga rishya […]

U Bushinwa nibwo butunze amato menshi y’intambara agendera munsi y’amazi (Submarines)

Igihugu cy’u Bushinwa kugeza ubu nicyo gitunze amato y’intambara menshi agendera munsi y’amazi (Submarines) kurusha ibindi, aho gikurikiwe n’igihugu cy’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe ibihugu nk’u Bwongereza n’u Bufaransa birushwa aya mato y’ingenzi mu ntambara yo mu mazi n’ibihugu nk’u Buhinde, Koreya y’Epfo na Iran nk’uko tubikesha The World Ranking […]

Abakozi ba Loni bafatiwe ku mupaka bashaka kwinjiza ibiyobyabwenge

6498d0342030275d9e105d88.jpg

Abakozi batatu b’Umuryango w’Abibumbye batawe muri yombi bakekwaho gushaka kunyuza magendu y’ikiyobyabwenge cya Cocaine ku mupaka wa Yorodani ijyanwa muri Israel, aho bari bayigize amazi babeshya ko ari umubavu wo kwitera . Abakekwa, bakorera Umuryango w’Abibumbye muri Syria, bafatiwe ku Cyumweru hafi ya Beit She’an ubwo bageragezaga kwinjira muri Israel banyuze ku mupaka wa Yorodani […]

Kenya: Batanu baguye mu gitero cy’abitwaje intwaro mu ntara ya Lamu

Kuri iki Cyumweru abantu batanu bishwe ubwo abantu bitwaje imbunda bateraga imidugudu ibiri yo mu ntara ya Lamu mu majyepfo ashyira uburasiraziba bwa Kenya nk’uko byatangajwe na polisi . Abagabye igitero kandi batwitse amazu kandi basenya imitungo y’abaturage nk’uko tubikesha Reuters. Polisi yavuze ko ibyabaye ari “igitero cy’iterabwoba”, imvugo bakunze gukoresha yerekeza ku bitero by’umutwe […]

Amerika yari izi umugambi wa Wagner wo kwigomeka kuri Leta y’u Burusiya

Inzego z’ubutasi zo muri Amerika zakekaga cyane ko Evgeny Prigozhin ategura umugambi ukomeye wo kurwanya Guverinoma y’u Burusiya, iminsi mike mbere y’uko uyu muyobozi wa Wagner ategeka ingabo ze kwerekeza i Moscou, nk’uko ikinyamakuru New York Times cyabitangaje kuri uyu wa Gatandatu . Nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’Abanyamerika batavuzwe amazina babajijwe n’iki kinyamakuru, ubuyobozi bwa Perezida […]

Ukuriye Wagner yemeye kujya muri Belarus, Moscow yemera kutazamukurikirana

Yevgeny Prigozhin, umuyobozi w’itsinda ry’abacanshuro rya Wagner, yemeye kuva mu Burusiya akerekeza muri Belarus nyuma yo guhagarika ubwigomeke bw’ingabo ze . Abarwanyi ba Wagner bafashwe amashusho bava mu majyepfo ya Rostov-on-Don, umujyi wo mu Burusiya bari bigaruriye, mu bwigomeke bwabo. Perezidansi y’u Burusiya (Kremlin) ivuga ko Prigozhin n’ingabo ze batazakurikiranwa nubwo bashinjwa kwigomeka kwitwaje intwaro […]

RDC: Kiliziya Gaturika iremeza ko guverinoma itarimo gutegura amatora

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ntabwo iri mu myiteguro y’amatora, nk’uko byatangajwe n’Inama y’igihugu y’abepiskopi ya Congo (CENCO) ku wa Gatanu mu gihe hategerejwe amatora ya perezida n’abagize inteko ishinga amategeko mu mpera z’uyu mwaka . Kiliziya Gatolika ifite amateka maremare yo guteza imbere demokarasi muri iki gihugu kinini cya Afurika aho imyiteguro […]

Kagame anaipongeza Msumbiji kwa kuwajumuisha wapiganaji wa zamani

Rais Paul Kagame siku ya Ijumaa Juni 23 alimpongeza Rais Filipe Nyusi na wananchi wa Msumbiji kwa kufanikisha utekelezaji wa kuwapokonya silaha na kuwajumuisha tena wapiganaji wa zamani wa Renamo . Mamia ya wapiganaji wa zamani wa Renamo, chama kikuu cha upinzani nchini Msumbiji, wamefukuzwa na kurejea katika maisha ya kiraia nchini Msumbiji. Kagame alitweet: […]

ATMIS yatangiye kugabanya ingabo zayo muri Somalia

Ubutumwa bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe muri Somalia (ATMIS) bwatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko bwatangiye kugabanya umubare w’abasirikare bijyanye na gahunda yo gushyira ikibazo cy’umutekano w’iki gihugu mu biganza by’ingabo zacyo . Itangazo ryasohowe ryagize riti: “ATMIS yatangiye kuvayo yubahiriza (Imyanzuro y’Umuryango w’Abibumbye) itegeka ATMIS kuba yakuyemo ingabo 2000 mu mpera za Kamena […]

Le célèbre pasteur Theogene Niyonshuti décède dans un accident de voiture

Le cĂ©lèbre pasteur de l’ADEPR (Association des Eglises de Pentecote au Rwanda), Theogene Niyonshuti, est mort jeudi soir dans un accident de voiture en Ouganda . Les informations sur son dĂ©cès Ă©taient encore rares au moment de la presse, mais le responsable des relations publiques de l’ADEPR, Emmanuel Ntakirutimana, a dĂ©clarĂ© au New Times avoir […]

Zimbabwe: Abakandida 10 biteguye guhangana na Mnangagwa mu matora yo muri Kanama

Abakandida 11 biteguye guhatanira umwanya wa Perezida wa Zimbabwe mu matora yo muri Kanama, nk’uko byatangajwe na komisiyo y’amatora nyuma y’uko benshi babyifuzaga batemerewe kubera ko batigeze bakusanya amadorari 20.000 yari akenewe kugira ngo bagaragare ku rutonde . Biteganijwe ko amatora azahuriramo Emmerson Mnangagwa uri ku butegetsi, wo mu ishyaka rya ZANU-PF, na Pasiteri n’umunyamategeko, […]

Mu gihe habura imyaka 2 yo kugera ku ntego za EAC zo kurandura inzara ikomeje kwiyongera

Mu gihe hasigaye imyaka ibiri gusa kugeza igihe ntarengwa cyagenwe n’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba (EAC) cyo guhagarika inzara muri gahunda y’iterambere ry’ubuhinzi ku mugabane wa Afurika, inzara n’imirire mibi biriyongera, nk’uko abagize Inteko Ishinga Amategeko y’Afurika y’uyu muryango (EALA) babitangaza . Mu nama rusange yabereye muri Arusha kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki […]

Rwanda inaanza kufanya biashara chini ya mfumo wa ushuru wa chini wa Uingereza

Rwanda imeanza biashara chini ya mpango wa ushuru wa chini wa Uingereza ambao ulianza kutumika Jumatano, Juni 21 . Mpango wa Biashara wa Nchi Zinazoendelea (DCTS) ulitangazwa mwaka wa 2022 kupunguza ushuru kwa bidhaa zinazoingia Uingereza kutoka nchi 65 zinazoendelea, ikiwa ni pamoja na Rwanda, na kurahisisha sheria za biashara ili bidhaa nyingi zifuzu. Mjini […]

Le Royaume-Uni préoccupé par les violations des droits humains commises par des groupes armés comme les FDLR

L’envoyĂ©e spĂ©ciale du Royaume-Uni pour les Grands Lacs africains, Alison Thorpe, a publiĂ© une dĂ©claration à  la suite du rapport du Groupe d’experts des Nations Unies sur la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo . L’EnvoyĂ© spĂ©cial du Royaume-Uni pour les Grands Lacs remercie le Groupe d’experts des Nations Unies sur la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) […]

U Burusiya buravuga Ukraine yarashe ikiraro cya Chonhar cyo muri Crimea

Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko Ukraine yibasiye ikiraro gihuza amajyepfo ya Ukraine na CrimĂ©e ikoresheje misile ziraswa mu ntera ndende zo mu Bwongereza . Ibiraro bibiri biteganye bya Chonhar byombi byangiritse ariko nta muntu wakomeretse, nk’uko byatangajwe na guverineri washyizweho n’u Burusiya muri Kherson, Vladimir Saldo. Yavuze ko bishoboka ko misile zakorewe mu Bwongereza, Storm […]

Raporo y’impuguke za Loni yashinje imitwe ya Twirwaneho na Gumino gukoresha abana

Raporo itavugwaho rumwe y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yo ku itariki 13 Kamena 2023, iravuga imitwe yitwaje intwaro hafi ya yose ikorera muri Kivu y’Amajyepfo irimo Twirwaneho na Gumino, yagiye ikoresha abana bari munsi y’imyaka 18 mu mirwano cyangwa mu yindi mirimo . Izi mpuguke zivuga ko zakusanyije ibimenyetso byemeza ikoreshwa ry’abana mu mitwe itandukanye ya Mai-Mai, […]

Abagize ubuyobozi bwa M23, politiki n’igisirikare, mu mboni z’impuguke za Loni

Muri raporo ya nyuma y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasohowe ku itariki 13 Kamena, haravugwamo ko izi mpuguke zakomeje kubona amakuru ku bantu bazwiho kuba mu buyobozi bwa M23 haba ku rwego rwa politiki n’igisirikare, aho zagaragaje amazina ndetse n’inshingano za buri muntu muri uyu mutwe nubwo hari aho zigera zigashidikanya […]

Rwanda, Zambia zinatazamia kuimarisha ushirikiano wa kusini na kusini

Rwanda na Zambia zimekuza ushirikiano thabiti kwa miaka mingi, na kufanya maendeleo makubwa katika kutekeleza mikataba mbalimbali ya ushirikiano. Licha ya misukosuko ya hivi majuzi ya kimataifa ambayo imeathiri uchumi wa Afrika, mataifa yote mawili yamevumilia, yakilenga kuendeleza mafanikio yao huku yakitafuta kuimarisha ushirikiano kati ya changamoto zinazoendelea za kiuchumi, Rais Paul Kagame amesema . […]

Umusenateri arashinja u Rwanda gushaka kubuza SADC kohereza ingabo muri RDC

Senateri Francine Muyumba wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo arashinja u Rwanda gukora ibishoboka ngo ruburizemo umugambi w’Umuryango wa SADC wo kohereza ingabo mu burasirazuba bw’igihugu bukomeje kuvugwamo imirwano ya hato na hato hagati y’umutwe wa M23 ndetse n’igisirikare cya FARDC n’imitwe y’inyeshyamba ikorana nacyo . Uyu musenateri abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter […]

Aba ni bo bantu basigaye muri 27 batangije urugamba rwo kubohora Uganda

102b9521-e44b-4d01-bda0-ae04c084a1f6.jpg

Mu bantu 27 bagabye igitero ku Kigo cya Gisirikare cya Kabamba cyatangije urugamba rwo kubohoza Uganda mu 1981, hasigayemo 7 bakiri bazima nyuma y’urupfu ruheruka rwa Elly Tumwiine ndetse na Col. (Rtd) Jack Mucunguzi watabarutse ku Cyumweru gishize azize indwara ya cancer . Jack Mucunguzi yari umwe mu bantu bari mu buyobozi bw’inyeshyamba za NRA […]

Le suspect de gĂ©nocide Kayishema demande l’asile en Afrique du Sud

Fulgence Kayishema, un suspect de gĂ©nocide accusĂ© d’avoir ordonnĂ© la mort brutale de 2 000 personnes lors du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi au Rwanda, a comparu devant le tribunal d’instance du Cap le mardi 20 juin. Son avocat a rĂ©vĂ©lĂ© que Kayishema avait l’intention de demander l’asile en Afrique du Sud pendant son […]

Taiwan iremeza ko u Bushinwa bufite umugambi wo kwivanga mu matora yabo

Raporo y’umutekano w’imbere mu gihugu yasuzumwe na Reuters, iravuga ko Guverinoma ya Taiwan ivuga ko u Bushinwa buzagerageza kwivanga mu matora y’ingenzi yo muri Mutarama butera inkunga mu buryo butemewe abakandida b’inshuti za Beijing bakoresheje porogaramu z’itumanaho cyangwa ingendo mu matsinda . Guverinoma ya Perezida Tsai Ing-wen yaburiye kenshi ko u Bushinwa buzagerageza guhindura ibitekerezo […]

DRC: Mpinzani Franck Diongo akamatwa na vikosi vya usalama

Mpinzani wa Kongo, Franck Diongo, alikamatwa Jumanne Juni 20, 2023 huko Kinshasa, mji mkuu wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo . Hakika, rais wa chama cha siasa cha Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP) alikamatwa na watu wenye silaha katika makutano ya njia za Kabinda na Huilerie. Kabla ya kukamatwa, Franck Diongo alikuwa katika maombolezo katika Hospitali […]

RDC: Umunyapotiki Franck Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi yatawe muri yombi

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Franck Diongo, perezida w’ishyaka rya politiki, Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), yatawe muri yombi kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Kamena 2023 n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye, kuri avenue des Huileries, ku masangano na Kabinda, abamurindaga babura icyo bakora . Impamvu z’ifatwa rye ntiziramenyekana nk’uko iyi […]

Somalia: Uwari umugaba mukuru w’Ingabo yirukanwe ku mirimo ye

2023620638228172643686579.jpg

Kuri uyu wa Mbere, Somalia yirukanye umugaba mukuru w’ingabo, Major Gen. Odawaa Yusuf Rageh, mu gihe hari amakimbirane ya politiki mu karere ka Hiran rwagati muri iki gihugu, ari naho higanje ibikorwa byo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Icyemezo cyo kwirukana Rageh cyafatiwe mu nama y’abaminisitiri yabereye i Mogadishu iyobowe na Minisitiri w’intebe, Hamza Abdi […]

USA: Ubwato bwaburiye mu bushakashatsi ku bisigazwa bya Titanic bukomeje gushakishwa

Igikorwa kinini cyo gushakisha no gutabara kirimo gukorwa mu majyaruguru ya Atalantika nyuma y’aho ubwato bugendera munsi y’amazi bwari mu bushakashatsi ku bisigazwa bya Titanic buburiwe irengero ku Cyumweru. Ubwato bw’ubushakashatsi, Polar Prince, bwabuze nyuma y’isaha n’iminota 45 bwibiye mu mazi. Igisirikare cya Amerika kigereranya ko ubu bwato bwabuze bwari busigaranye umwuka wa oxygene wamara […]

EU yakuye ku rutonde rw’ibihano uwari minisitiri n’uwari ukuriye urwego rw’ubutasi muri RDC

Inama y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatangaje kuri uyu wa Mbere, itariki ya 19 Kamena 2023 ko yakuye ku rutonde rw’ibihano Abanyekongo babiri begereye uwahoze ari umukuru w’igihugu, Joseph Kabila. Abo ni Kalev Mutond wahoze ari umuyobozi w’urwego rw’ubutasi (ANR) na Emmanuel Ramazani Shadary wahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu . Aba bantu bombi bafatiwe ibihano n’Umuryango […]

Nigeria: Perezida Tinubu yasezereye imburagihe abayobozi bose b’inzego z’umutekano

Perezida wa Nigeria, Bola Tinubu, yakoze impinduka zikomeye mu ngabo z’igihugu, no mu nzego z’umutekano yirukana umuyobozi wa polisi mu gihe kitarenze ukwezi atangiye imirimo ye . Tinubu warahiriye imirimo ye kuwa 29 Gicurasi 2023, yashyizeho abayobozi bashya b’ingabo, ingabo, mu ngabo zirwanira ku butaka, mu mazi ndetse n’ingabo zirwanira mu kirere bihita bitangira kubahirizwa, […]

Inyeshyamba za Wazalendo zaba zambuye M23 ibice yari iherutse kwigarurira

Imirwano yahuje kuri uyu wa Gatandatu ushize inyeshyamba za Wazalendo n’umutwe wa M23 biravugwa ko yarangiye izi nyeshyamba zishyigikiwe na Leta ya Kinshasa zigaruriye imidugudu ya Kahira na Butale yari yigaruriwe na M23 kuwa Gatanu, aho sosiyete sivile yemeza ko izi nyeshyamba zatatanyije abarwanyi b’uyu mutwe . Imirwano yabaye kuri uyu wa Gatandatu, itariki 17 […]

Abayobozi ba Afurika batashye amara masa mu rugendo rwari rugamije kunga Ukraine n’u Burusiya

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, kuri uyu wa Gatandatu ushize yahaye abayobozi ba Afurika bashaka kunga abahanganye mu ntambara yo muri Ukraine urutonde rw’impamvu zatumye yemera ko ibyifuzo byabo byinshi atari byo, asuka amazi akonje kuri gahunda n’ubundi yari yatewe utwatsi bikomeye na Kyiv . Abayobozi bo muri Afurika bashakaga ubwumvikane ku ngamba zo “kubaka […]

Gasabo: Ubushinjacyaha bukurikiranye abagabo 2 bashinjwa kwica umwana

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo hagati muri iki cyumweru bwakiriye dosiye y’abagabo babiri bakekwaho kwica umwana muto nyuma bakamuta mu mazi . Ni icyaha ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko cyakorewe mu Mudugudu wa Nyakabingo, Akagali ka Bweramvura, Umurenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, Intara y’Umujyi wa Kigali, ku itariki ya 01 Kamena […]

Isoko rya Gisenyi rimaze imyaka n’imyaka ritegerejwe ryubakwaga nta byangombwa

Isoko rya Gisenyi ryari rimaze imyaka 12 ryubakwa ritaruzura hamenyekanye ko muri icyo gihe cyose ryubakwaga nta byangombwa byo kubaka rifite, ndetse kuri ubu imirimo ikaba yarahagaze bigashyira mu gihirahiro abikorera barihawe ngo barirangize, bari bijeje umukuru w’igihugu kuzaritaha mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa karindwi . Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire (Rwanda Housing Authority) kivuga ko […]

FIFA yasabye ko imikino izajya igaragaramo ivanguraruhu izajya ihita ihagarikwa

Umuyobozi wa FIFA, Gianni Infantino, aravuga ko hagomba gufatwa icyemezo cyo kutihanganira na gato ‘zero tolerance’ igihe ivanguraruhu rigaragaye mu mikino mu nzego zose . Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yatangaje ko hagomba gufatwa ingamba zo “kutihanganira na gato” ivanguramoko mu mupira w’amaguru kandi abasifuzi mu nzego zose bagomba guhagarika imikino mu gihe ibintu nk’ibi […]

ICC igiye gusuzuma ibirego by’ibyaha by’intambara byakozwe n’inyeshyamba muri RDC

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha kuri uyu wa Kane, itariki 15 Kamena, rwatangaje ko rugiye gusuzuma ibirego by’ibyaha by’intambara byaba byarakozwe n’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’aho Kinshasa igejeje ubusabe bushya muri uru rukiko . Leta ya Kinshasa ishinja umutwe wa M23 kugaba ibitero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, […]

Igihangange McGregor arashinjwa gushaka gufatira ku ngufu ahaberaga umukino wa NBA

16495083426532.jpg

Igihangange mu mikino njyarugamba ivanze mu irushanwa rya UFC (Ultimate Fighting Championship), Conor McGregor, arashinjwa kugerageza gusambanya ku ngufu umugore nyuma y’umukino wa Basketball wa NBA wabereye i Miami mu ntangiriro z’uku kwezi . Ibaruwa yemewe igaragaza ibirego, yohererejwe McGregor kandi ikabonwa na BBC, ivuga ko iri hohotera rishingiye ku gitsina ryakorewe mu bwiherero bwo […]

Taxe à  l’importation sur l’huile, le riz, le sucre et le poisson rĂ©duite

Le ministre des Finances et de la Planification Ă©conomique, Uzziel Ndagijimana, a annoncĂ© que les droits d’importation sur l’huile de cuisson ont Ă©tĂ© rĂ©duits de 35 % à  25 % . Il s’exprimait lors de la prĂ©sentation du projet de budget national pour l’exercice 2023/2024 devant le parlement le jeudi après-midi 15 juin 2023. Il […]

U Burusiya bwiyemeje gusenya imiyoboro y’itumanaho y’ibihugu by’iburengerazuba iri mu nyanja

U Burusiya bwakangishije gusenya imiyoboro y’itumanaho y’abanzi yo mu mazi nyuma y’amakuru aherutse gushinja ibihugu byo mu burengerazuba kugira uruhare mu gitero cyagabwe ku miyoboro ya Nord Stream 1,2 yavanaga gaz mu Burusiya ijya mu Budage . Ku munsi w’ejo kuwa Gatatu, uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, ubu akaba yungirije umuyobozi w’akanama gashinzwe […]