Uwari Ambasaderi w’u Burundi mu Misiri yapfuye urupfu rutunguranye
Uwari Ambasaderi w’u Burundi mu gihugu cya Misiri, Sheikh Rachid Malachie Niragira, yapfuye urupfu rutunguranye kuri uyu wa Gatanu ushize apfiriye mu rugo rwe . Umukozi wa Ambasaderi Rachid niwe watanze aya makuru avuga ko mu ijoro ryo kuwa Gatanu yagiye kuryama ari muzima akomeye ndetse anamusezerana ko nibucya bajyana ku isoko guhaha. Mu gitondo […]
Lt Col. Ndjike aremeza ko abashaka gufata Goma barota kandi bagiye kwisubiza n’ahandi hafashwe

Umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru, Col. Guillaume Ndjike, aravuga ko Umujyi wa Goma urinzwe aburira abo avuga ko bashaka kuwufata (M23) ababwira ko naho bafashe bagiye kuhamburwa vuba . “Umujyi wa Goma urarinzwe neza, ni inzozi gusa ku ruhande rw’umwanzi kandi umwanzi nawe azi ko adashobora gufata Goma kandi twiteguye, bitari ukurinda umujyi gusa, […]
Nyanza: Ibigo nderabuzima 17 bikoresha imbangukiragutabara 2 mu gihe 9 zapfuye ziparitse
Mu Karere ka Nyanza imbangukiragutabara 2 zikoreshwa n’ibigo nderabuzima 17 mu bikorwa by’ubutabazi mu gihe hari izigera ku 9 zapfuye ziparitse zatejwe cyamunara n’abaziguze ntibajye kuzitwara . Zone y’ibitaro by’Akarere bya Nyanza yose igizwe n’ibigo nderabuzima 17 hakiyongeraho ibitaro bya Nyanza, ifite imbangukiragutabara 5 gusa kandi 3 zikorera ku rwego rw’ibitaro mu gihe izindi 2 […]
Umuti w’inkorora wa NATURCOLD uvugwaho kwica abana muri Cameroun ntiwageze mu Rwanda
Imiti ifitanye isano n’impfu z’abana muri Cameroun ntabwo yigeze yinjira ku isoko ry’u Rwanda, nk’uko byatangajwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (FDA) kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 8 Nyakanga . Itangazo ryasohowe rivuga kuri raporo zivuga ku muti w’inkorora banywa witwa NATURCOLD, wakozwe na Fraken mu Buhinde, ukekwaho kuba warateje impfu z’abana 12 […]
RDC: Umunyapolitiki Diongo utavuga rumwe n’ubutegetsi yoherejwe muri gereza ya gisirikare
Nyuma y’ibyumweru bibiri afunzwe n’ubutasi bwa gisirikare, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Franck Diongo, yaje kwimurirwa muri gereza ya gisirikare ya Ndolo kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 8 Nyakanga 2023 . Mbere y’uko yimurwa, perezida w’umutwe wa politiki, Mouvement Lumumbiste Progressiste, yabanje guhatwa ibibazo n’ubushinjacyaha bwa gisirikare i Kinshasa. […]
Zelensky yacyuye abayobozi be b’ingabo bagereranywa n’intare bari baraciriwe muri Turkiya
Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Volodymyr Zelenskiy yacyuye imuhira avuye muri Turkiya batanu bahoze ari abayobozi b’ingabo z’igihugu cya Ukraine i Mariupol, ibyo bikaba ari ibintu u Burusiya bwavuze ko binyuranyije n’amasezerano yo kugurana imfungwa yasinywe mu mwaka ushize . U Burusiya bwahise bwamagana iryo rekurwa. Umuvugizi wa Kremlin, Dmitry Peskov, yatangaje ko Ankara yari […]
Rwanda iko tayari kusaidia Haiti kuhusu suala la usalama
Katika Mkutano wa 45 wa Mwaka wa Wakuu wa Nchi na Serikali wa CARICOM huko Trinidad na Tobago, sanjari na maadhimisho ya miaka 50 ya shirika hili la kikanda, Waziri Mkuu Ariel Henry alikutana na Rais wa Rwanda Paul Kagame Jumatano Julai 5, ambapo viongozi hao wawili walijadili suala la kukithiri kwa ukosefu wa usalama […]
Igihano cya burundu gishobora kuzajya kigabanywa kikagera ku myaka 15
Igihano cya burundu mu Rwanda gishobora kugabanywa kikagera ku myaka 15 mu gihe haboneka inyoroshyacyaha hashingiwe ku ngingo z’amategeko agize itegeko nshinga ziri kwigwaho n’abagize Inteko Ishinga Amategeko . Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubutabera ushinzwe ibyerekeye itegeko nshinga n’andi mategeko, Ambasaderi Solina Nyirahabimana, aherekejwe n’abakozi bo mu nzego zitandukanye z’ubutabera mu Rwanda zirimo ubugenzacyaha, […]
Senegal: Umunyapolitiki Sonko yiteguye kuburizamo amatora mu gihe atakwemererwa kwiyamamaza
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Senegal, Ousmane Sonko, nta gahunda afite yo kugirana amahoro na Perezida Macky Sall ndetse yatangaje ku mugaragaro ko ashobora kugerageza guhungabanya amatora y’umwaka utaha naramuka atemerewe kwiyamamaza, nk’uko yabitangarije televiziyo yo mu Bufaransa, France 24, kuri uyu wa Kane . Sonko yagize ati: “Nta matora azaba muri iki gihugu niba […]
Neuf nouveaux pays africains recevront des millions de vaccins contre le paludisme
L’alliance mondiale pour les vaccins GAVI a dĂ©clarĂ© mercredi que 12 pays d’Afrique recevraient 18 millions de doses de vaccin contre le paludisme au cours des deux prochaines annĂ©es, Ă©largissant l’accès aux vaccins Ă Â neuf nouveaux pays de la rĂ©gion. Le paludisme reste l’une des maladies les plus meurtrières du continent, tuant chaque annĂ©e près […]
Twitter ishaka kurega Meta kubw’urubuga rushya yazanye rushaka kuyikura ku isoko
Twitter yavuze ko izarega Meta Platforms (META.O) kubera urubuga nkoranyambaga rwayo rushya yise Threads nk’uko bigaragara mu ibaruwa yohererejwe umuyobozi mukuru wa Facebook, Mark Zuckerberg, binyuze ku munyamategeko wa Twitter, Alex Spiro . Meta, yatangije ku mugaragaro Threads kuri uyu wa Gatatu ikaba imaze kugira abantu miliyoni 30 bayikoresha, aho uru rubuga rwaje rusa nk’urushaka […]
Senegal: An opponent in custody after remarks targeting Presidents Macky Sall and Alassane Ouattara
In Senegal, the executives of the presidential party were gathered last night, Wednesday July 5, after the announcement Monday July 3 of Macky Sall not to stand for the election of February 2024. In a statement this night, they let the leader of the State “the task of proposing their candidate to the party and […]
Perezida Lukashenko aremeza ko umuyobozi wa Wagner ari mu Burusiya kandi yidegembya
Umuyobozi w’abacanshuro ba Wagner, Yevgeny Prigozhin, wayoboye ubwigomeke bw’igihe gito mu Burusiya mu kwezi gushize ari mu Burusiya aho kuba muri Belarus nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’iki gihugu . Aho Prigozhin aherereye habaye amayobera kuva yigomeka kuri Leta y’u Burusiya ndetse bikavugwa ko yashatse no guhirika Putin. Mu masezerano yo guhagarika uko kwigomeka, ibirego yashinjwaga byakuweho […]
Afurika y’Epfo: Byibuze abantu 16 bapfuye bishwe na gaz
Byibuze abantu 16 bapfuye bahitanwe na gaz nyuma y’aho icupa ryayo riyihitishije mu nkengero z’Umujyi wa Johannesburg nk’uko iyi nkuru dukesha Anadolu Agency ivuga . Umuvugizi w’ibikorwa by’ubutabazi muri Ekurhuleni, William Ntladi, yabwiye abanyamakuru mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, icupa ryarimo nitrate oxide gas ryasanzwe mu gace ka Angelo […]
Uganda: Uwahoze ayobora ISO yategetswe kwishyura akayabo kubera iyicarubozo
Urukiko rwo muri Uganda rwategetse uwahoze akuriye Urwego rushinzwe Umutekano w’Imbere mu gihugu (ISO), Col Kaka Bagyenda n’abandi kwishyura asaga miliyoni 175 z’Amashilingi kubera amakosa yo gufunga binyuranyije n’amategeko n’ubundi bugizi bwa nabi . Col. Bagyenda, Umushinjacyaha Mukuru (AG) n’abandi bantu 14 bahoze bakorera ISO bategetswe kwishyura indishyi umugabo bivugwa ko bafunze binyuranyije n’amategeko. Umucamanza […]
Les Rwandais envisagent des opportunités commerciales à  la Barbade
Les acteurs commerciaux rwandais se prĂ©parent Ă Â explorer et Ă Â tirer parti des opportunitĂ©s de commerce et d’investissement dans la nation caribĂ©enne de la Barbade, en s’appuyant sur les solides relations bilatĂ©rales entre les deux pays . Dans le cadre d’un forum d’investissement intitulĂ© “Renforcement des liens Ă©conomiques et culturels” organisĂ© par le Conseil de […]
Masisi: M23 yaba yirukanwe muri Kausa mu gihe ishobora gufata Mushaki vuba
Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko nyuma y’umunsi wose w’imirwano ikaze kuri uyu wa Gatatu ushize, inyeshyamba za Wazalendo zabashije gusubiza inyuma inyeshyamba za M23 zikazirukana mu gace ka Kausa . Ni mu gihe aya makuru akomeza avuga ko ku rundi ruhande inyeshyamba za M23 zikigenzura imidugudu ya Nyakariba, […]
Perezida Ramaphosa i Kinshasa nyuma y’uruzinduko rwa minisitiri w’ingabo wa Afurika y’Epfo

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yageze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 5 Nyakanga, i Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, rwibanda ku bufatanye mu by’ubukungu hagati y’ibihugu byombi. Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo avuga ko hagomba gushyirwaho umukono ku masezerano menshi y’ubwumvikane. Kuri […]
RDC: Minisitiri yagize icyo avuga ku kuba M23 yaba yarageze muri Kivu y’Amajyepfo
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu ku rwego rw’intara muri Kivu y’Amajyepfo, Albert Labani yahakanye amakuru yavugaga guhera kuri uyu wa mbere ushize ko inyeshyamba za M23 zaba zarageze no muri iyi ntara ahazwi nka Ngoma, muri Teritwari ya Walungu ihana imbibi n’u Rwanda. Yabivuze mu ruzinduko yagiriye mu mujyi wa Uvira mu rwego rw’imihango yo kwambika imidari […]
Kagame aliwasili Trinidad na Tobago kuhudhuria Mkutano wa 45 wa CARICOM

Rais Paul Kagame Julai 5, aliwasili Trinidad na Tobago kuhudhuria Mkutano wa 45 wa Wakuu wa Serikali wa Jumuiya ya Karibea na Soko la Pamoja (CARICOM) . Mkutano wa mwaka huu wa CARICOM, unaofanyika kuanzia Julai 3 hadi 5, unaitishwa chini ya uenyekiti wa Roosevelt Skerrit, Waziri Mkuu wa Dominika. Kagame anahudhuria mkutano huo pamoja […]
Sake: Abaturage bitambitse Ingabo z’Abarundi, zo zivuga ko zatewe na Nyatura
Mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu, biravugwa ko hari abaturage bakomeretse nyuma yo kurwaswaho n’ingabo z’u Burundi zoherejwe mu butumwa bwa EAC mu burasirazuba bwa Congo, ubwo aba baturage ngo bageragezaga kuzitambika mu nzira zijya i Kilolirwe. Umwe mu ngabo z’u Burundi we avuga ko bitambitswe n’abantu bitwaje intwaro bo mu […]
Rutshuru-Masisi: Amasasu aravuza ubuhuha hagati y’inyeshyamba za M23 na Nyatura

Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 5 Nyakanga, imirwano ikaze hagati ya M23 na Wazalendo iravugwa ahantu hatandukanye muri Rutshuru na Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko bigaragara kuri twitter zikoreshwa n’abanyamakuru bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo ku muhanda Kilolirwe-Kausa, guhera saa kumi n’imwe z’igitondo inyeshyamba za M23 zihanganye […]
France: Guillaume Soro agiye gukurikiranwa ku ruhare rwe mu iyicwa rya Ibrahim Coulibaly
Mu Bufaransa hashyizweho umucamanza w’iperereza kugira ngo akore iperereza ku byerekeranye n’urupfu, rwo muri Mata 2011 i Abidjan, rw’uwari umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba witwa ” commando invisible “, Ibrahim Coulibaly, wishwe n’abasirikare ba Cote d’Ivoire. Muri uru rubanza, Guillaume Soro wahoze ari Minisitiri w’intebe aregwa ikirego cy’iyicarubozo n’ubwicanyi cyatanzwe muri Gicurasi 2020 . Ni gute Ibrahim […]
RDC: Depite Kiove yitandukanyije n’ishyaka rya Kamerhe yari abereye umunyamabanga
Depite à ‰douard Kiove Kola yitandukanyije n’ishyaka Union pour la Nation Congolaise (UNC), rya Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ubukungu, Vital Kamerhe, mu gihe habura amezi make ngo habe amatora rusange muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Mu nyandiko yashyizwe ahagaragara kandi igenewe Perezida wa UNC, Vital Kamerhe, uyu mudepite uhagarariye Lubero , intara […]
Kagame demande aux jeunes d’honorer les sacrifices faits lors de la libĂ©ration
Le prĂ©sident Paul Kagame a soulignĂ© l’importance d’honorer les sacrifices consentis par ceux qui ont libĂ©rĂ© le pays et a exhortĂ© les jeunes Ă Â continuer de s’appuyer sur les progrès rĂ©alisĂ©s jusqu’Ă Â prĂ©sent. Dans un tweet publiĂ© le 4 juillet, alors que le Rwanda cĂ©lĂ©brait le 29e jour de la libĂ©ration, le prĂ©sident Kagame a […]
Saluni za nywele na urembo nchini Afghanistan zimeagizwa kufungwa
Kundi la Taliban limeamuru saluni za nywele na urembo nchini Afghanistan kufungwa katika kizuizi cha hivi punde zaidi wanachokabiliana nacho wanawake . Makamu na msemaji wa Wizara ya Uadilifu aliambia wafanyabiashara wa BBC walikuwa na mwezi mmoja kutekeleza, kuanzia tarehe 2 Julai walipofahamishwa kwa mara ya kwanza kuhusu hatua hiyo. Uhuru wa wanawake umepungua kwa […]
La Zambie cherche Ă Â attirer des agriculteurs rwandais pour renforcer l’agriculture
Le prĂ©sident zambien Hakainde Hichilema cherche Ă Â inciter les agriculteurs rwandais Ă Â investir dans les blocs agricoles stagnants de la Zambie pour renforcer la production . à € peine trois mois après avoir provisoirement convenu d’un accord visant Ă Â fournir aux agriculteurs commerciaux kenyans des terres pour cultiver du maĂ ÂŻs, le prĂ©sident Hakainde Hichilema cherche Ă Â […]
Igitero cya drones za Ukraine i Moscow cyahungabanyije ingendo z’indege
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya iravuga ko Ukraine yagabye igitero cy’indege zitagira abadereva i Moscou, bituma indege ziva ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Vnukovo zihagarikwa . Indege zitagira abaderevu eshanu zakoreshejwe mu gitero cyo kuri uyu wa Kabiri, cyibasiye ahantu mu karere kanini gakikije umurwa mukuru. Minisiteri y’ingabo yavuze ko indege zitagira abapilote zose zarashwe kandi […]
RDC: Muzito aremeza ko atazitabira amatora atarimo Kwamouth, Masisi na Rutshuru
Perezida wa Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI), Denis Kadima yunguranye ibitekerezo ku ya inzira y’amatora kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Nyakanga, n’umunyapolitiki Adolphe Muzito, perezida w’ishyaka “Nouvel à ‰lan”, uzaba ari umukandida mu matora ya Perezida yo mu Kuboza 2023 . Kuri uyu wahoze ari Minisitiri w’intebe, ngo nta […]
RDC yakiriye drones za mbere z’indwanyi za CH-4 zo mu Bushinwa mu gihe itegereje izindi

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikomeje gufata ingamba zikaze zo kurwanya inyeshyamba za M23 igura drones 9 zo kugaba ibitero zakorewe mu Bushinwa zo mu bwoko bwa CH-4. Iki cyemezo ni intambwe igaragara yo kongera ubushobozi bw’igisirikare cya Congo mu guhashya inyeshyamba zikomeje gusaba guverinoma kugirana nazo ibiganiro . Muri Gashyantare 2023 nk’uko […]
Senegal: Perezida Macky Sall yemeje ko ataziyamamariza manda ya gatatu
Perezida wa Senegal, Macky Sall, yatangaje ko ataziyamamariza manda ya gatatu mu matora y’umwaka utaha, birangiza imyaka yo gushidikanya ku bijyanye n’ahazaza he muri politiki kwateje imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi mu kwezi gushize . Mu ijambo rye ryatambutse ku rubuga rwe rwa Facebook, Macky Sall kuri uyu wa Mbere ushize yashimangiye ariko ko itegeko nshinga […]
Masisi: Biravugwa ko abagera ku 10 baguye mu mirwano yahuje M23 na Wazalendo
Abantu icumi bapfuye abandi barakomereka mu mirwano bivugwa ko yabaye ku Cyumweru, itariki ya 2 Nyakanga, hagati y’inyeshyamba za M23 n’inyeshyamba za Wazalendo, mu Mudugudu Nturo, muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko sosiyete sivile ibivuga, ibintu byakomeje kuba bibi kugeza muri iki gitondo cyo kuwa Mbere muri kariya gace ka Kivu y’Amajyaruguru, […]
FSB iravuga ko yaburijemo umugambi wo kwivugana Guverineri wa Crimea
Urwego rushinzwe ubutasi rw’u Burusiya (FSB) rwatangaje ko umugabo witeguraga kwica Guverineri wa Crimea yafatiwe mu Burusiya kuri uyu wa Mbere. Urwego rwatangaje ko uyu yahawe akazi na Ukraine kandi akahatorezwa ibyo gutega ibisasu . FSB ivuga ko uyu mugambi waburijwemo ubwo uwo muntu ufite ubwenegihugu bw’u uri mu mpera z’imyaka 30, yakusanyaga ibikoresho bikora […]
La construction du port de Rusizi en cours
La construction du port de Rusizi, visant Ă Â faciliter le transport des personnes et des marchandises sur le lac Kivu, a repris. Le port de Rusizi fait partie d’une initiative plus large visant Ă Â amĂ©liorer le transport par voie d’eau et Ă Â renforcer le commerce entre le Rwanda et la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo. Le […]
Mu 2050 ibihugu 3 bya Afurika bizaba biri mu bikize cyane ku Isi

Itsinda ry’ubugenzuzi n’ubujyanama, PricewaterhouseCoopers (PwC) muri raporo yaryo y’ubukungu bw’Isi yo mu 2016 ryagaragaje kandi rikora urutonde rw’ibihugu 32 bizaba moteri y’ubukungu bw’Isi mu 2050. Ukurikije uru rutonde, ibihugu bitatu byo muri Afurika, Nigeria izaba, mu 2050, iri ku mwanya wa 14 mu bihugu bifite ubukungu bukomeye ku Isi. aho izaba ikurikiwe na Misiri ku […]
Civil society in North Kivu wants to participate in the Rwanda-DRC-HCR tripartite
The provincial coordination of civil society in North Kivu published, on Saturday July 1 in Goma, a declaration entitled: “No to the tripartite on Congolese refugees without the participation of the representatives of the people” . In this declaration, this structure says that it does not give a tripartite without the representatives of the people […]
Abantu batatu bishwe nyuma y’igitero cya drone za Israel muri West Bank
Ingabo za Israel zagabye ibitero by’indege zitagira abapilote mu mujyi wa Jenin wo muri West Bank ku nshuro ya kabiri mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere , mu gikorwa cyatumye habaho kurasana n’imbunda kwagejeje mu gitondo hagapfa byibuze abantu batatu . Kubera urusaku rw’amasasu n’ibiturika byumvikanye mu mujyi nyuma […]
Senateri wa RDC yashinje Umuryango Mpuzamahanga kuba icyitso cy’u Rwanda mu Nteko ya EU
Muri iki cyumweru gishize impaka zabaye nyinshi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Burayi, i Buruseli, umurwa mukuru w’U Bubiligi, ahari bamwe mu senateri bavuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, barimo Senateri Laddy Yangotikala, watowe mu Ntara ya Tshopo, washinje Umuryango Mpuzamahanga gufatanya n’u Rwanda mu guhungabanya umutekano mu burasirazuba bwa Congo . Mu gutangira […]
Nyagatare: Urugendo rwo Kwibohora rwitabiriwe n’abarimo Guverineri Gasana

Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare biganjemo urubyiruko, kuri iki Cyumweru bitabiriye urugendo rwo kwibohora (Liberation Walk) rubanziriza kwizihiza Umunsi wo Kwibohora wizihizwa buri mwaka ku itariki 4 Nyakanga . Ni urugendo rwahereye kuri Stade y’Akarere ka Nyagatare, rusorezwa ahitwa Gikoba mu Murenge wa Tabagwe ahabitse amateka akomeye y’urugamba rwo kubohora igihugu, kuko ari ho […]
U Bwongereza bwaburiye Uganda ko ishobora kwibasirwa n’ibitero by’iterabwoba
U Bwongereza bwaburiye Uganda ko ibyihebe bishobora kuyigabaho ibitero by’iterabwoba nubwo butasobanuye urwego bizaba biriho nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga . Muri uyu muburo w’u Bwongereza, bwavuze ko ibitero “bishobora kutarobanura cyangwa bikibasira abanyamahanga cyangwa ahantu hagendwa cyane n’abanyamahanga,” “Mugomba kuba maso igihe cyose, by’umwihariko ahantu haba hari abantu benshi n’ahantu rusange nk’amahoteli, […]
Tshisekedi yabaye Umunyekongo wa mbere uhawe indangamuntu nyuma y’imyaka 40
Nyuma y’igihe kirekire nta ndangamuntu y’igihugu, Abanyekongo ubu nabo batangiye kuzihabwa nyuma y’igikorwa cyatangijwe kuwa Gatanu, itariki ya 30 Kamena 2023, Perezida wa Repubulika FĂ©lix Tshisekedi akaba ari we wayihawe bwa mbere . Mu muhango wabereye kuri Minisiteri y’umutekano , Perezida Felix Tshisekedi niwe muturage wa mbere wakiriye ikarita y’indangamuntu ku biro by’igihugu bishinzwe kumenyekanisha […]
Paris: Urugo rwa meya rwatewe n’abigaragambya abasaga 700 batabwa muri yombi
U Bufaransa bwabonye ijoro rya gatanu ry’imvururu, ubwo habaga imirwano ikomeye hagati y’abapolisi n’abigaragambyaga mu mujyi wa Marseille wo mu majyepfo y’igihugu . Abantu bagera kuri 719 batawe muri yombi ijoro ryose, nyuma y’abasaga 1000 bafashwe mu ijoro ryabanje nk’uko tubikesha BBC. Polisi ivuga ko abigaragambyaga mu majyepfo y’umujyi wa Paris bateye inzu y’umuyobozi w’akarere […]
Boris Johnson asanga atari aha “abacamanza i Londres” kwemeza umutekano w’u Rwanda
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, yasabye Rishi Sunak kurenga inkiko nyuma yo kwemeza ko gahunda yo kohereza impunzi mu Rwanda itemewe n’amategeko . Boris yakoresheje umwanya wo kunyuzamo ibitekerezo bye yahawe na Daily Mail kugira ngo ashyigikire gahunda yo kujuririra iki cyemezo cy’abacamanza – ariko anavuga ko igihe kigeze ngo “duhindure amategeko” […]
Ukraine: Kiev yongeye kugabwaho igitero cya za drones nyuma y’ikiruhuko
Kuri iki Cyumweru, u Burusiya bwagabye igitero cy’indege zitagira abapilote kuri Kyiv nyuma y’ikiruhuko cy’iminsi 12, nkuko byatangajwe n’umuyobozi w’igisirikare cya Ukraine,wemeje ko uburyo bwo kwirinda ibitero byo mu kirere bwangije drones zose zabusatiraga . Mu nyandiko yanditse ku rubuga rwa Telegram, Colonel General Serhiy Popko, ukuriye ubuyobozi bwa gisirikare muri Kyiv, yagize ati: “Ikindi […]
Beni: The president of the Association of people living with disabilities assassinated
The president of people living with disabilities in Beni (North Kivu) was shot dead this Friday, June 30, in his house by armed bandits . Sources on site reported that this tragedy took place in Mulekera district. According to the same sources, these thugs raided the parcel of the illustrious disappeared around 3 a.m. local […]
Kocha wa PSG akamatwa katika uchunguzi wa ubaguzi
Kocha wa Paris Saint Germain, Christophe Galtier, alishikiliwa kwa mahojiano pamoja na mwanawe kama sehemu ya uchunguzi wa madai ya ubaguzi, mwendesha mashtaka wa Nice aliambia AFP siku ya Ijumaa . Hatua hiyo inafuatia uchunguzi ulioanzishwa mwezi Aprili, kufuatia madai kwamba alitoa matamshi ya ubaguzi wa rangi na chuki dhidi ya Uislamu kuhusu wachezaji alipokuwa […]
FARDC na UPDF byishe umuyobozi muri ADF ukomoka muri Tanzania n’umugore we
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) gifatanyije n’icya Uganda (UPDF), kiratangaza ko kivuganye undi muyobozi wa ADF mu murenge wa Ruwenzori muri Teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Aya makuru yatangarijwe abanyamakuru muri Teritwari ya Beni kuri uyu wa Gatanu, itariki 30 Kamena 2023, nk’uko iyi nkuru dukesha 7sur7.cd ivuga. […]
Urubanza rwa Mwangachuchu: Ubushinjacyaha bukomeje kumushinja kuba Umunyarwanda
Depite à ‰douard Mwangachuchu, uri mu butabera, mu iburanisha ryo ku wa Gatanu ushize, yatanze inyandiko yo gupimwa covid yakoreye i Kigali na Gisenyi mu Rwanda. Abamwunganira, bavuga ko icyemezo “cy’umwimerere” cyatanzwe na Mwangachuchu, kigaragaza ko yigaragaje ku mupaka nk’Umunyekongo, kandi ko atari Umunyarwanda nk’uko ubushinjacyaha bukomeza bubivuga, bushaka kwerekana ko uyu mudepite yegereye u Rwanda […]
Taiwan iravuga ko indege z’intambara z’u Bushinwa zongeye kuyivogera
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yavuze ko indege 11 z’igisirikare cy’u Bushinwa zambutse umurongo ugabanya impande zombi mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu mu gihe u Bushinwa bukomeje gutoteza iki kirwa kiyobowe muri demokarasi bukoresheje ingufu zabwo za gisirikare . Taiwan, u Bushinwa buvuga ko ari intara yabwo bwite nubwo iki kirwa cyabyanze, mu myaka […]
HRW irashinja igisirikare cya Ukraine gukoresha ibisasu byaciwe ku ngabo z’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatanu, Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu (HRW) wavuze ko wavumbuye ibimenyetso bishya byerekana ko ingabo za Ukraine zikoresha mu buryo butavangura ibisasu bya mine byaciwe ku ngabo z’u Burusiya zateye Ukraine mu 2022 . Uyu muryango wahamagariye Guverinoma ya Ukraine kubahiriza amasezerano yiyemeje mu ntangiriro z’uku kwezi yo kudakoresha izo ntwaro, gukora […]
Serikali ya Uingereza kukata rufaa dhidi ya uamuzi wa mahakama kuhusu Rwanda
Serikali ya Uingereza itataka kukata rufaa dhidi ya uamuzi wa mahakama kwamba mpango wake wa kuwafukuza makumi ya maelfu ya watu wanaotafuta hifadhi nchini Rwanda ulikuwa kinyume cha sheria, Waziri Mkuu Rishi Sunak alisema Alhamisi . Mahakama ya Rufaa ilihitimisha kwamba Rwanda isingeweza kuchukuliwa kama nchi ya tatu salama. “Ingawa ninaheshimu mahakama kimsingi sikubaliani na […]
U Burusiya burigamba guhitana abajenerali 2 ba Ukraine mu gitero muri Kramatorsk
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya iravuga ko abajenerali babiri ba Ukraine n’abandi basirikare bakuru ba Ukraine bagera muri 50 biciwe mu gitero cya missile muri Kramatorsk kuwa kabiri ushize nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya, RIA . Ku ruhande rwabo, abayobozi ba Ukraine batangaje ko abantu 12 bishwe abandi 60 bagakomereka nyuma y’igitero cya missile cy’u […]
Musenyeri mukuru wa Lubumbashi asanga Tshisekedi akwiye kwikiza abantu bamukikije
Mu gihe umubano ukomeje kuzamo igitotsi hagati y’abategetsi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kiliziya Gatolika, Arkiyepiskopi wa Lubumbashi, Fulgence Muteba Mugalu, yashinje ubuyobozi gushakisha uwo bugerekaho amakosa y’ibibazo biri mu gihugu. Muri kiganiro yagiranye na Jeune Afrique ku itariki ya 20 Kamena, Musenyeri Fulgence Muteba Mugalu yashimangiye ko : kiliziya atari “umufatanyabikorwa w’abatavuga […]
London: Urukiko rwatesheje agaciro icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda
Icyemezo cy’Urukiko Rukuru cyateshejwe agaciro hemezwa ko kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda bitemewe kugeza igihe hazaba impinduka kuri gahunda y’ubuhunzi mu Rwanda, nk’uko Urukiko rw’Ubujurire rwanzuye kuri uyu wa Kane, itariki 29 Kamena 2023 . Lord Burnett, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, yabwiye urukiko ko babiri mu bacamanza batatu banzuye ko ibitagenda neza muri gahunda yo gusaba […]
Le projet d’envoi de demandeurs d’asile au Rwanda jugĂ© illĂ©gal
La dĂ©cision de la Haute Cour est annulĂ©e et le renvoi des demandeurs d’asile vers le Rwanda est illĂ©gal jusqu’Ă Â ce que des changements soient apportĂ©s au système d’asile lĂ Â -bas, selon la Cour d’appel . La Cour d’appel de Londres devrait statuĂ© ce jeudi sur la lĂ©galitĂ© d’un plan britannique d’expulsion des demandeurs d’asile vers […]
London: Urukiko rw’ubujurire ruranzura niba kohereza abimukira mu Rwanda byemewe
Kuri uyu wa Kane, itariki 29 Kamena 2023, Urukiko rw’Ubujurire rwa Londres ruranzura niba umugambi w’u Bwongereza wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda wemewe n’amategeko, mu cyemezo gishobora gutuma umuhigo wa Minisitiri w’intebe Rishi Sunak wo guhagarika abimukira ku bwato ugerwaho cyangwa ukangizwa . Mu masezerano yabaye mu mwaka ushize, Guverinoma y’u Bwongereza irateganya kohereza […]
RIB ishobora guhabwa ububasha bwo gufunga amadosiye amwe atageze mu bushinjacyaha
Umushinga w’itegeko rishya urashaka guha ububasha Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyahamu (RIB) bwo gufunga amadosiye amwe n’amwe atabanje koherezwa mu bashinjacyaha . Dukurikije itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha ririho, abashinzwe ubugenzacyaha ntibafite ububasha bwo gufunga amadosiye kabone niyo baba babona ari ngombwa. Basabwa gushyikiriza dosiye z’imanza mu bushinjacyaha bukuru (NPPA) kugirango hafatwe icyemezo. NPPA ifite ububasha bwo […]
Perezida wa Koreya y’Epfo yoherereje uw’u Rwanda ubutumwa bwihariye
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Kamena, Minisitiri w’intebe, Edouard Ngirente, yakiriye Sung Min Jang, intumwa idasanzwe ya Perezida wa Repubulika ya Koreya, waje azanye ubutumwa bwihariye bwa Perezida Yoon Suk Yeol bugenewe Perezida Paul Kagame . Ibiganiro byabo byibanze ku gushimangira ubufatanye hagati y’ibihugu byombi nk’uko iyi nkuru dukesha The New Times ivuga […]
The DRC will coordinate the actions of the various forces deployed in the east
The SADC, EAC, CIRGL and AU Quadripartite Summit ended on Tuesday, June 27 in Luanda with the establishment of a framework for coordinating the actions of various forces deployed in eastern DRC. The leadership of this framework has been entrusted to the DRC. Congolese Minister of Foreign Affairs, Christophe Lutundula Apala, welcomed the decision during […]
RDC yahawe guhuza ibikorwa by’ingabo z’amahanga zoherejwe mu burasirazuba
Inama ya SADC, EAC, CIRGL, CEEAC hiyongereyeho na AU, yarangiye kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 27 Kamena i Luanda hashyizweho urwego rwo guhuza ibikorwa by’ingabo zinyuranye zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Congo, Christophe Lutundula Apala, mu kiganiro na Radio Okapi, yishimiye ko ubuyobozi bw’uru rwego bwahawe […]