Burundi: Gen. Bunyoni ubu arabarizwa muri Gereza Nkuru ya Gitega avuye mu ya Ngozi
Nyuma y’amezi atatu abarizwa mu buroko, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Gen. Alain Guillaume Bunyoni yongeye kwimurirwa mu yindi gereza mu yindi ntara . Biravugwa ko Bunyoni yaraye ijoro rye rya mbere muri Gereza Nkuru ya Gitega, nyuma y’aho yari amaze amezi hafi abiri muri Gereza Nkuru ya Ngozi, aho yoherejwe avuye muri kasho […]
Kenya: Abigaragambya bongeye guhangana n’igipolisi bakoresheje amabuye
Kuri uyu wa Gatatu, abigaragambya bagera ku 100 bateye amabuye abapolisi mu gace gakennye ka Nairobi mu gihe iminsi itatu y’imyigaragambyo karundura yamaganaga ubuzima buhenze ndetse n’izamuka ry’imisoro yatangiriye muri Kenya . Abigaragambya batwitse amapine mu gace ka Kibera, gakunze kuberamo guhangana kw’abaturage n’abagize inzego z’umutekano, polisi nayo ikoresha ibyuka biryana mu maso mu kubaca […]
Rwanda inahitaji Rwf518bn ili kupata nafuu kutokana na hasara iliyosababishwa na mafuriko
Serikali inatafuta Rwf 518.58 bilioni (takriban Dola za Kimarekani milioni 415) kuwezesha uokoaji kutoka kwa hasara kubwa za kiuchumi na kiuchumi zilizosababishwa na mafuriko na maporomoko ya ardhi hivi karibuni, kulingana na tathmini ya kina ya uharibifu wa ardhi na mafuriko iliyofanywa na Wizara ya Fedha na Mipango ya Uchumi . Hapo awali, makadirio ya […]
Umushinga w’itegeko rireba abimukira mu Bwongereza ugiye kuba itegeko
Umugambi wa Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, wakomeje guhura n’inzitizi cyane wo kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda, biteganijwe ko ushobora kuba itegeko nyuma y’uko guverinoma iteye utwatsi icyifuzo cy’inteko ishinga amategeko cyo guhindura itegeko rigenga abinjira n’abasohoka . Umushinga w’itegeko rishinzwe gukumira abinjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko wari ukomeje kutavugwaho rumwe hagati […]
Congo: Minisitiri Nguesso yasabwe ibisobanuro ku masezerano yasinyanye n’u Rwanda
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Nyakanga 2023, Denis Christel Sassou Nguesso, umuhungu wa Perezida wa Congo-Brazzaville akaba na minisitiri ushinzwe ubutwererane mpuzamahanga w’iki gihugu, yitabye inteko ishinga amategeko imitwe yombi kugirango atange ibisobanuro ku masezerano baheruka kugirana n’u Rwanda . Denis yumviswe na komite zishinzwe ububanyi n’amahanga z’imitwe yombi y’inteko ishinga amategeko mbere y’uko […]
Francophonie Games in Kinshasa: The accommodation conditions are not good according to the participants
Ten days before the start of the IX Games of La Francophonie, delegations from several countries have already arrived in Kinshasa. These include Togo, Niger, Burkina-Faso, the Republic of Congo, Benin and Chad. The athletes were on Monday, July 17 at the Stade des martyrs for a first training session. But the accommodation conditions are […]
Imikino ya Francophonie: Abayitabiriye binubiye uko ibikorwa remezo bihagaze i Kinshasa
Ibihugu byitabiriye imikino ya La Francophonie muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye kwinubira ahantu byakiriwe ndetse n’imyiteguro yakozwe n’iki gihugu kugirango izagende neza, nyuma y’aho ibihugu bimwe byanze kuyitabira ibindi bikagabanya umubare w’abagombaga kubihagararira . Umwe mu bayoboye abakinnyi baturutse muri Burkina Faso, Coach Seydou Yacknaba, yabwiye itangazamakuru ko bakiriwe neza ariko bageze aho […]
Dix enfants se sont noyés à  Nyabarongo, un homme en garde à  vue
La Police nationale du Rwanda (RNP) est actuellement engagĂ©e dans une recherche continue de dix enfants qui se sont tragiquement noyĂ©s dans la rivière Nyabarongo le lundi 17 juillet . Dans une interview ce matin, John Bosco Kabera, le porte-parole du RNP, a fourni des dĂ©tails sur le malheureux incident survenu Ă Â 17 heures dans […]
Ibura rya Minisitiri w’intebe wa Jersey uri mu Rwanda n’umwungirije ryateje urunturuntu
Minisitiri w’intebe wa Jersey Kristina Moore n’umwungirije, Kirsten Morel, bombi babuze mu nama ya nyuma y’abagize guverinoma mbere y’ikiruhuko, bituma bibasirwa cyane n’abanyapolitiki bagenzi babo . Kristina Moore arabarizwa mu Rwanda aho yitabiriye inama ku buringanire n’uburenganzira bw’abagore izwi nka “Women Deliver”, mu gihe umwungirije, Kirsten Morel yagiye mu biruhuko by’umuryango mu Bugereki. Mu ibaruwa […]
Polisi y’u Rwanda n’iya Singapore birakataje mu gushimangira ubufatanye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Nyakanga, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, habereye inama yahuje Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye n’abayobozi bakuru bo muri Polisi y’u Rwanda . Ni inama igamije gushimangira ubufatanye, yayobowe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP) Felix Namuhoranye na mugenzi […]
Nyarugusu (Tanzaniya): Impunzi y’Umunyamulenge yishwe izira M23
Impunzi y’Umunyekongo ikomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge yari iherutse kugera mu nkambi y’impunzi ya Nyarugusu, yo mu gihugu cya Tanzania, mu gitondo cyo kuwa Kane ushize yiciwe muri iyi nkambi n’abantu bitwaje imbunda bambaye imyambaro y’igipolisi n’iya gisivili bamushinja gushyigikira M23 . Amakuru agera ku rubuga SOSMediaBurundi dukesha iyi nkuru, avuga ko yakekwagaho kuba umusirikare wa […]
Israel yemeye ko Sahara y’Iburengerazuba ari ubutaka bwa Maroc
Israel yemeye ubusugire bwa Maroc ku butaka butavugwaho rumwe bwa Sahara y’Iburengerazuba, nk’uko Guverinoma ya Maroc ndetse n’itangazo ry’ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Israel bivuga . Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Nyakanga, Rabat yavuze ko Israel itekereza gufungura ambasade i Dakhla. Itangazo ry’ingoro ya cyami ya Maroc rivuga ko aho Israel ihagaze yabigaragaje […]
Ukraine: Ibitero bya drones na misile ballistique byibasiye amajyepfo n’uburasirazuba
Mu ijoro ryakeye U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere mu majyepfo ya Ukraine no mu burasirazuba hakoreshejwe drone ndetse na misile zishobora kuba ari izo mu bwoko bwa ballistique, nk’uko byatangajwe n’ingabo zirwanira mu kirere muri Ukraine mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri. Umuyobozi w’umujyi yavuze ko inkongi y’umuriro yibasiye imwe mu “nyubako” […]
Rwanda kufungua ujumbe wa kidiplomasia nchini Hungary
Rwanda inatazamiwa kufungua ujumbe wake wa kwanza wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, “hivi karibuni” ikiwa ni sehemu ya mipango ya nchi hiyo kuimarisha ushirikiano na nchi hiyo ya Ulaya, Rais Paul Kagame amesema . “Rwanda inakusudia kufungua uwepo wa kidiplomasia huko Budapest, Hungary, hivi karibuni kwani kuunda nafasi za kazi kwa nchi zetu na kukuza […]
Kanyabayonga: Civil society denounces harassment by Wazalendo militiamen
The inhabitants of the rural commune of Kanyabayonga, in the chiefdom of Bwito, territory of Rutshuru (North Kivu) complained, Sunday, July 16, of the harassment of the “Wazalendo” militiamen . For their survival, these local fighters have protected illegal barriers and are charging exorbitant taxes to travelers, under the gaze of the authorities, reported local […]
Rutshuru: Abatuye Kanyabayonga baramagana ihohoterwa bakorerwa na Wazalendo
Abaturage bo muri komini yo mu cyaro ya Kanyabayonga, muri Sheferi ya Bwito, Teritwari ya Rutshuru ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Nyakanga, binubiye ihohoterwa bakorerwa n’inyeshyamba za “Wazalendo” . Sosiyete sivile yo muri ako gace yatangaje ko kugira ngo zibeho, inyeshyamba zaho zashinze bariyeri zitemewe kandi zikishyuza imisoro irenze urugero […]
Le Rwanda construit des installations de stockage de gaz de pétrole liquéfié
Le Rwanda a commencĂ© la construction d’installations de stockage de gaz de pĂ©trole liquĂ©fiĂ© (GPL) dans la capitale Kigali afin d’assurer un approvisionnement stable en gaz pour sa population croissante dans le cadre des efforts visant Ă Â rĂ©duire l’utilisation du bois pour la cuisine, a dĂ©clarĂ© samedi un responsable . Le projet d’une valeur de […]
Hongria igiye guhugura Abanyarwanda mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za nikeleyeri
U Rwanda rwagiranye amasezerano na Hongria yo guhugura no kwigisha Abanyarwanda mu nzego zitandukanye harimo no gukoresha neza ingufu za nikeleyeri. Aya masezerano ni amwe mu masezerano atatu yasinywe hagati y’ibihugu byombi ku itariki ya 16 Nyakanga, mu ruzinduko rwa Perezida wa Hongria, Katalin Novà ¡k, mu Rwanda aho yakiriwe na Perezida Paul Kagame. Abakuru b’ibihugu […]
U Bwongereza: Minisitiri w’Ingabo Ben Wallace arateganya kwegura ku mirimo ye
Ben Wallace yatangaje ko azava ku mirimo ye ya Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza mu ivugurura rya guverinoma ritaha nyuma y’imyaka ine kuri uyu mwanya . Yabitangarije Sunday Times ko atazitabira amatora rusange ataha, ariko yanga kuva ku mirimo ye “imburagihe” no guteza amatora y’inzibacyuho. Bwana Wallace yabaye minisitiri w’ingabo mu buyobozi bw’abaminisitiri b’intebe batatu kandi […]
Rutshuru: Imirambo 11 yagaragaye ahabereye imirwano hagati ya M23 na Wazalendo
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Nyakanga, nibura imirambo 11 yabonetse ku musozi wa Rubona, muri Sheferi ya Bwito, muri Teritwari ya Rutshuru, nyuma y’imirwano hagati ya M23 na Mai-Mai Wazalendo . Nyuma y’uko inyeshyamba zimaze kuva mu mujyi wa Bukombo, ngo nibwo hagenzuwe ibyangiritse nyuma y’iyi mirwano iheruka, ari nabwo mu gitondo cyo ku […]
Ubutasi bw’u Burusiya bwaburijemo umugambi wo kwica abanyamakuru 2 bazwi cyane

Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, byatangaje ko urukiko rwa Moscou rwatangiye gukurikirana abarindwi ku byaha bijyanye n’umugambi “ushingiye ku kwanga igihugu” wo kwica abanyamakuru babiri bakomeye b’Abarusiya . Ku wa Gatandatu, urukiko rwategetse ifungwa ry’abana batanu bavutse hagati ya 2005 na 2006, n’abagabo babiri ruvuga ko bagize itsinda ryateguwe. Nk’uko TASS ibitangaza, Urwego rushinzwe ubutasi […]
Gen. Ntaganda yategetswe kwishyura miliyari 31 Frw abahohotewe n’inyeshyamba ze
Uwahoze ari umuyobozi w’inyeshyamba, akorera mu Ntara ya Ituri, mu burasirazuba bwa Congo, Bosco Ntaganda, n’itsinda rye bategetswe kwishyura amadolari arenga miliyoni 30 (31.300.000$) kugira ngo bishyure abagizweho ingaruka n’ibyaha byakozwe hagati ya 2002 na 2003 muri Ituri. Aya mafaranga yategetswe ku wa Gatanu n’Urugereko rwa Mbere rw’Iremezo rw’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) mu gihe cy’iburanisha […]
Ishyaka PPRD ryasubije Perezida Museveni uherutse kwibasira Joseph Kabila
Ishyaka PPRD rya Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ryasubije Perezida Yoweri Museveni wa Uganda nyuma y’ibyo aherutse gutangaza ashinja Kabila kuba ari we watumye ADF igira imbaraga ifite ubu . Mu kiganiro aheruka kugirana n’Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yagize ati: “Guverinoma ya Joseph Kabila, […]
Abacanshuro ba Wagner batangiye kugaragara batoza ingabo za Beralus

Serivisi ishinzwe kurinda imipaka ya Ukraine (DPSU)yemeje ko abacanshuro ba Wagner ubu bageze muri Beralus baturutse mu Burusiya, ndetse amafoto amwe akaba yatangiye kugaragara aba bacanshuro batoza ingabo za Ukraine . DPSU ivuga ko irimo gusuzuma umubare w’abarwanyi bari muri Beralus, ikindi gihugu gihana imbibi na Ukraine, ndetse n’aho baherereye n’intego yabo. Amakuru amwe ataremezwa […]
Usikilizaji wa rufaa ya Prince Kid uliahirishwa hadi Septemba
Mahakama kuu ya Nyamirambo imeahirisha kusikilizwa kwa kesi ya Dieudonne Ishimwe, maarufu Prince Kid hadi Septemba 15 . Wakati wa kusikilizwa kwa kesi hiyo Ijumaa, Julai 14, jaji kiongozi alisema kuahirishwa kunalenga kuwapa upande wa utetezi muda wa kutosha wa kutathmini na kuchunguza ripoti kutoka kwa Maabara ya Uchunguzi wa Uchunguzi wa Rwanda kuhusu ushahidi […]
Bwito: Barasaba ingabo za EAC kujya guhosha imirwano ikomeje guhuza M23 na Wazalendo
Abaturage bo muri Bwito, Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) basabye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, ko ingabo za EAC zoherezwa mu karere kabo gutandukanya inyeshyamba za M23 n’inyeshyamba za Wazalendo zimaze iminsi mu mirwano . Izi ngabo zombi zimaze iminsi itatu zirwana n’intwaro zikomeye, cyane cyane mu gace ka Bukombo (Kivu y’Amajyaruguru) […]
U Bwongereza: Amb. Busingye yasubije abavuga ko u Rwanda rudatekanye ku mpunzi
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yasubije ibaruwa iheruka kuvuga ko igihugu cye kidatekanye ku basaba ubuhungiro nk’uko tubikesha ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza . “Ibaruwa iheruka ivuga ngo “U Rwanda ntabwo ari igihugu gitekanye ku mpunzi” (Amabaruwa, yo kuwa 6 Nyakanga) ni urundi rugero rw’uburyo bushaje bwo kubona Afurika nk’ubutaka bw’umwijima n’akaga. […]
Kirehe: Le secrétaire exécutif arrà ªté pour détournement de fonds
Le Bureau d’enquĂ ÂŞte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© jeudi 13 juillet l’arrestation d’Olivier Mwenedata, le secrĂ©taire exĂ©cutif du secteur de Gahara, dans le district de Kirehe, pour dĂ©tournement de fonds. Mwenedata a Ă©tĂ© arrĂ ÂŞtĂ© le 12 juillet . Selon Thierry Murangira, le porte-parole de RIB, le suspect a Ă©tĂ© pris en flagrant dĂ©lit après avoir […]
RDC: Uwatabarije ChĂ©rubin asanze yapfuye niwe wafashwe nk’ukekwa wa mbere
Nyuma y’iyicwa ry’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri RD Congo, ChĂ©rubin Okende Senga i Kinshasa, ukekwaho icyaha wa mbere ari mu maboko y’ubutabera nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, n’umushinjacyaha mukuru mu rukiko rw’iremezo. Yatawe muri yombi ku wa Kane afatiwe ahavumbuwe umurambo w’umudepite. Abayobozi bakomeje iperereza ry’ubucamanza . Nk’uko byatangajwe n’umushinjacyaha […]
Afurika y’Epfo: Urukiko Rukuru rwemeje ko Jacob Zuma agomba gusubira muri gereza
Kuri uyu wa Kane, Urukiko Rukuru rwa Afurika y’Epfo rwanze guhindura icyemezo cy’urukiko cyari gisanzwe cyemeza ko Jacob Zuma wahoze aroi perezida agomba gusubira muri gereza nyuma yo kurekurwa by’agateganyo hakiri kare kubera impamvu z’uburwayi . Icyemezo cy’Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga gishobora gusubiza Zuma muri gereza, nyuma y’imyaka ibiri atawe muri yombi bwa […]
A Rwandan living in France indicted and imprisoned in Paris for genocide
A 58-year-old Rwandan living in France was indicted in early July in Paris, in particular for crimes against humanity, suspected of having participated in the executions of Tutsi civilians during the 1994 genocide, which he disputes . Madjaliwa Safari, domiciled near Tours, “firmly disputes all of the facts with which he is accused”, reacted to […]
DRC: Mpinzani na naibu Chérubin Okende alipatikana amefariki
Miezi saba baada ya kujiuzulu kutoka kwa serikali, ChĂ©rubin Okende, ambaye alikua mpinzani pamoja na MoĂ ÂŻse Katumbi, alipatikana amekufa Alhamisi Julai 13 kwenye gari lake kwenye barabara ya Heavy Weight huko Kinshasa, mji mkuu wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC) . Waziri wa zamani wa Uchukuzi ambaye aliahidi kufanyia kazi ushindi wa MoĂ ÂŻse Katumbi […]
Quatre enseignants arrà ªtés pour avoir prétendument aidé une étudiante à  avorter
Les forces de l’ordre ont arrĂ ÂŞtĂ© mercredi 12 juillet quatre enseignants de l’Ă©cole d’enseignement et la formation techniques et professionnels Sainte TrinitĂ© de Nyanza, dans le district de Nyanza, pour une affaire liĂ©e Ă Â un avortement illĂ©gal . L’opĂ©ration Ă©tait un effort conjoint du Bureau d’enquĂ ÂŞte rwandais (RIB) en collaboration avec la Police nationale du […]
France: Hubert Védrine yahagaritse ikirego yaregaga uwamushinje uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Hubert VĂ©drine wahoze ari umuyobozi w’abasosiyaliste akaba n’umunyamabanga mukuru muri perezidansi ku butegetsi bwa Mitterrand, yahagaritse ikirego yaregaga Annie Faure, wari umuganga w’ubutabazi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. VĂ©drine yaregaga uyu muganga kumusebya kubera ko yatangaje mu kiganiro yagiranye na France Inter ati “Ni we wari umuhuza hagati ya Mitterrand, Ingabo z’u Bufaransa n’Ingabo […]
Umujenerali w’Umurusiya yashinje ubuyobozi bw’ingabo ubugambanyi
Umujenerali w’Umurusiya yavuze ko yirukanwe nk’umuyobozi nyuma yo kubwira ubuyobozi bw’ingabo ko ibintu bimeze nabi ku rugamba muri Ukraine aho yavuze ko abasirikare b’u Burusiya bagambaniwe kubera kunanirwa kw’abari hejuru mu buyobozi bw’ingabo . Nyuma yo kwigomeka ko kuwa 24 Kamena kw’abacanshuro ba Wagner, ikibazo gikomeye cyari kibaye mu gihugu imbere mu myaka ibarirwa muri […]
Paris: Umunyarwanda Safari ushinjwa uruhare muri jenoside afunzwe by’agateganyo
Guhera mu ntangiriro za Nyakanga, Umunyarwanda uba mu Bufaransa arimo gukorwaho iperereza i Paris, cyane cyane ku byaha byibasiye inyokomuntu, akaba kuri ubu afunzwe by’agateganyo mbere y’iburanisha nk’uko amakuru aturuka mu butabera yabyemeje kuri uyu wa Gatatu ushize. Uyu akekwaho kuba yaragize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 . Madjaliwa Safari, ufite imyaka 58, […]
Uwari minisitiri w’imari wa Mozambique yoherejwe kuburanishwa n’ubutabera bwa Amerika
Minisiteri y’ubutabera muri Afurika y’Epfo yavuze ko uwahoze ari minisitiri w’imari wa Mozambique, Manuel Chang, yoherejwe muri Amerika avuye muri iki gihugu kuri uyu wa Gatatu ushize kugira ngo ajye kuburanishwa ku ruhare akekwaho mu kibazo cy’inyerezwa ry’inguzanyo ya miliyari 2 z’amadolari . Chang, wahakanye amakosa, yari afungiye muri Afurika y’Epfo kuva mu 2018, ubwo […]
Kenya: Imyigaragambyo yamagana izamuka ry’imisoro yaguyemo abantu batandatu
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Nyakanga, imyigaragambyo yadutse muri Kenya ubwo abaturage bajyaga mu mihanda mu mijyi bamagana izamuka ry’imisoro yahitanye abantu batandatu . Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, igipolisi cyemeje umubare w’abapfuye, kivuga ko imyigaragambyo yahinduye isura, abantu bagasahura kandi bakangiza ibikorwa remezo. Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Raila Odinga, ukuriye ishyaka rya Azimio la […]
Rutshuru: Imirwano yakomeje nyuma y’aho M23 ifashe Gurupoma ya Bukombo
Kuri uyu wa Gatatu, imirwano yongeye kuba hagati y’inyeshyamba za M23 n’uinyeshyamba Nyatura ahitwa Katwiyovu, nyuma y’indi mirwano ikaze yabereye muri Gurupoma ya Bukombo-centre, yarangiye M23 ihafashe . Amakuru ahabera imirwano muri iki gice cya Teritwari ya Rutshuru avuga ko igice kinini cy’abaturage bahungiye i Nyanzale, Katsiru na Mashango. Hagati aho, Centre ya Bukombo ikomeje […]
Rutshuru: M23 imechukua eneo la Bukombo tangu Jumanne
Tangu Jumanne, Julai 11, waasi wa M23 wamekalia eneo la Bukombo-kati, mji mkuu wa kundi lenye jina moja, eneo la Rutshuru (Kivu Kaskazini) . Wapiganaji hawa wanauzingira mkoa huu baada ya mapigano yaliyowakutanisha na vikundi vya wenyeji wenye silaha katika mkoa wa Bwito, haswa huko Bukombo. Vyanzo vya habari katika ukanda huo vinasema kuwa sehemu […]
Sudani: Abasivili bagera kuri 34 biciwe mu gitero cya bombe mu isoko
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje kuri uyu wa Gatatu, ko byibuze abasivili 34 bahitanwe n’ibisasu byarashwe nta kurobanura mu isoko ryo mu mujyi wa Omdurman, mu burengerazuba bw’umurwa mukuru Khartoum . Minisiteri mu itangazo rigufi yavuze ko abana benshi bari mu bahohotewe. Ababibonye bavuga ko igitero cyabaye ku isaha ya saa mbiri za mu gitondo […]
L’ONU condamne l’attaque qui a tuĂ© un casque bleu rwandais
Le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral des Nations unies, Antonio Guterres, a condamnĂ© une attaque contre la mission de l’ONU en RĂ©publique centrafricaine (MINUSCA) le lundi 10 juillet, au cours de laquelle un casque bleu rwandais a Ă©tĂ© tuĂ© . Une patrouille de la MINUSCA sur l’axe Sam-Ouandja-Ouadda, prĂ©fecture de la Haute-Kotto dans le nord-est de la RĂ©publique […]
Perezida wa Iran ari muri Kenya mu ruzinduko rwa mbere mu myaka 10 ishize ku mugabane
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Iran, Ebrahim Raisi, yakiriwe na mugenzi we wa Kenya, William Ruto, ubwo yatangiraga kuzenguruka ibihugu bitatu byo muri Afurika Tehran ivuga ko ari “intangiriro nshya” mu mibanire n’umugabane . Urugendo rwa Raisi muri Afurika, ruzanamujyana muri Uganda na Zimbabwe, ni urwa mbere rwa perezida wa Iran mu myaka irenga […]
Igisasu cyambukiranya imigabane cya Koreya ya Ruguru cyaguye hafi y’u Buyapani
Abayobozi b’u Buyapani na Koreya y’Epfo baravuga ko Koreya ya Ruguru yarashe misile bikekwa ko ari yo mu bwoko bwa misile zambukiranya imigabane, intercontinental ballistic missile (ICBM) ikagwa hafi y’u Buyapani . Iki gisasu kiraswa mu ntera ndende cyane cyagurutse mu gihe kirenga isaha imwe mbere yo kugwa mu mazi y’u Buyapani mu gitondo cyo […]
Katumbi’s party explains why Rwandan officer’s contact ended up in Salomon Kalonda’s phone
More than a month after his arrest at N’djili airport, the special adviser to MoĂ ÂŻse Katumbi has still not been tried. According to the first elements of instruction communicated by military intelligence, Salomon Idi Kalonda would be in collusion with the leaders of the M23 but also with some Rwandan officers to try to destabilize […]
Ishyaka rya Katumbi ryasobanuye uko umujyanama we yabonye nimero y’umujenerali wa RDF
Nyuma y’ukwezi kurenga afatiwe ku kibuga cy’indege cya N’djili, umujyanama wihariye wa MoĂ ÂŻse Katumbi ntaraburanishwa. Hakurikijwe ibyavuye mu iperereza ry’ibanze ubutasi bwa gisirikare bwashyize ahagaragara, Salomon Idi Kalonda ngo yaba afatanya n’abayobozi ba M23 ndetse n’abasirikare bamwe bo mu Rwanda kugira ngo bagerageze guhungabanya igihugu no gushyira ku buyobozi bwacyo umuyobozi ukomoka muri Katanga . […]
Uganda irateganya kubaka umuyoboro wa peteroli uzagera mu Rwanda
Umuyobozi w’inama y’ubuyobozi bwa Mahathi Infra Uganda Ltd, Steve Omenge Mainda, yahishuye imigambi ya Uganda yo kubaka umuyoboro (Pipeline) uzajya unyuzwamo peteroli uzava Bukasa, ugakomeza Bwerenga muri Kawuku ukagera mu Rwanda, mu rwego rwo gukiza imihanda kunyuzwamo ibikomoka kuri peteroli . ” Twerekanye ko dushobora kandi twizera ko niturangiza uyu mushinga dushobora guhabwa uruhushya rwo […]
London: Uwari minisitiri wakunze gushyigikira abimukira ashyigikiye ko boherezwa mu Rwanda
Uwahoze ari minisitiri w’umutekano w’imbere Bwongereza, Ken Clarke, kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda igomba ‘guhabwa amahirwe’ yo guca ubwato bwambukiranya imipaka y’u Bwongereza . Uyu muyoboke w’igihe kirekire w’ishyaka riri ku butegetsi, umaze igihe kinini ugaragara nk’uri muri oposition, yashimangiye ko ashyigikiye gahunda mu gihe guverinoma yitegura kujuririra […]
RDC: Ubushinjacyaha bukomeje kugenda kuri Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’Intebe
Umushinjacyaha mukuru mu rukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahamagaje Senateri Matata Ponyo wahoze ari Minisitiri w’intebe, aho agomba kwitaba kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Nyakanga, nk’uko bigaragara mu ibaruwa imuhamagaza yashyizweho umukono kuwa 10 Nyakanga 2023. Uku guhamagazwa kuje nyuma y’ukundi ko kuwa 26 Kamena, Matata Ponyo yanze […]
Ethiopia: Sudani yanze kwitabira ibiganiro biyishakira amahoro ishinja Kenya kubogama
Abayobozi bo mu bihugu bigize umuryango wa IGAD (Djibouti, Ethiopia, Kenya, Sudani) bahuriye i Addis Abeba kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Nyakanga, baganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’inzira y’amahoro muri Sudani. Iyi nama yari iyobowe na Perezida wa Kenya, yari irimo na Komiseri wa A.U ushinzwe ibibazo bya politiki, amahoro n’umutekano, hamwe n’abashyitsi mpuzamahanga […]
Kimironko: L’incendie a dĂ©vorĂ© tous les ateliers de menuiserie Ă Â Zindiro
Un incendie s’est dĂ©clarĂ© dans les ateliers de menuiserie situĂ©s Ă Â Zindiro, Kimironko dans le district de Gasabo aux premières heures du mardi 11 juillet. La cause de l’incendie n’a pas encore Ă©tĂ© confirmĂ©e. Cependant, les pompiers et les autoritĂ©s seraient arrivĂ©s sur les lieux. Selon les premiers rapports, l’incendie a dĂ©vorĂ© tous les ateliers […]
Another ADF commander killed by the FARDC-UPDF coalition in Beni
The coalition of Congolese and Ugandan armed forces announces that it has killed another commander of the ADF rebels in the territory of Beni (North Kivu) in the east of the Democratic Republic of Congo . The news was relayed to the Beni press by the spokesperson for the said coalition in an information note […]
Vifo vya Shakahola: Makaburi mapya 40 yagunduliwa
Makaburi 40 mapya ya halaiki yamegunduliwa katika msitu mkubwa wa Shakahola, nchini kenya, huku awamu ya nne ya zoezi la uchimbaji ikirejea Jumatatu . Waziri wa Usalama wa Ndani Kithire Kindiki alisema makaburi 40 ambayo bado hayajafukuliwa yanashukiwa kuwa na miili mingi. Kindiki aliendelea kusisitiza dhamira ya serikali ya kukabiliana na wahubiri wahuni. Akizungumza wakati […]
Pologne yakajije umutekano ku mupaka na Belarus itinya Wagner

Abacanshuro b’Abarusiya bo mu kigo cya Wagner bimukiye muri Belarus mu rwego rw’amasezerano yakozwe kugira ngo bahagarike imyivumbagatanyo yabo batumye Pologne irushaho kwikanga cyane umuturanyi wayo, aho kuri ubu abashinzwe kurinda umupaka baryamiye amajanja . Umupaka wigeze kurangwa n’inkingi nkeya hamwe n’utuzu tw’imbaho ​​zo gucungiramo umutekano zamaze guhindurwa hakorwa uruzitiro rurerure rw’ibyuma, za kamera hamwe […]
Mukansanga et 10 autres se préparent pour la Coupe du Monde Féminine de la FIFA
Au moins onze arbitres africaines, dont la rwandaise Salima Mukansanga, serviront d’arbitres lors de la Coupe du monde de football 2023 qui se dĂ©roulera en Australie et en Nouvelle-ZĂ©lande du 20 juillet au 20 aoà »t . La cĂ©lèbre Mukansanga fait partie des arbitres centraux convoquĂ©s pour le tournoi. Mukansanga est la première femme arbitre Ă Â […]
Umushinga wa Total Energies muri Uganda uzagira ingaruka ku rusobe rw’ibinyabuzima mu karere – HRW
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW) wasabye guhagarika umushinga ukomeye wa peteroli wo muri Afurika y’Iburasirazuba uyobowe n’igihangange cy’Abafaransa, TotalEnergies, uburira ingaruka mbi zawo ku bidukikije ndetse n’abaturage . Umwaka ushize, TotalEnergies na sosiyete yo mu Bushinwa, China National Offshore Oil Corporation, bashyize umukono ku masezerano y’amadolari miliyari 10 yo gutunganya amariba ya peteroli […]
Kuki u Rwanda rutari mu bihugu byasabye urukingo rwa mbere rwa malaria rubayeho?
U Rwanda ntabwo ruri mu bihugu 12 byo muri Afurika, birimo iby’ibituranyi, biri ku rutonde rw’ibigomba kwakira urukingo rwa mbere rwa malaria rubayeho kuko iyi ndwara mu Rwanda yagabanutse cyane mu buryo bufatika, aho imibare iheruka igaragaza ko abicwa na malaria bavuye kuri 700 mu 2016 bagera kuri 69 mu 2021 . Ku itariki ya […]
Gabon: Bongo yiyemeje guhatanira manda ya gatatu mu matora yo muri Kanama
Perezida wa Gabon, Ali Bongo Ondimba, kuri iki Cyumweru, itariki 09 Nyakanga yatangaje ko afite intego yo guhatanira manda ya gatatu ku butegetsi . “Uyu munsi ntangaje ku mugaragaro ko ndi umukandida,” uyu ni Bongo ubwo yabwiraga abamushyigikiye mu Cyanya cyahariwe ishoramari giherereye mu birometero 20 uvuye mu murwa mukuru, Libreville. Mu ijambo rye ryanyuze […]
Abimukira 300 bageragezaga kujya muri Espagne baburiwe irengero
Kuri iki Cyumweru, itariki 09 Nyakanga, itsinda ry’abatabazi ryitwa Walking Borders ryatangaje ko byibuze abantu 300 bari mu bwato butatu bw’abimukira bavaga muri Senegali berekeza mu birwa bya Canary bya Espagne, baburiwe irengero . Helena Maleno wo muri Walking Borders yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, ko amato abiri, bumwe bwari butwaye abantu bagera kuri 65 […]
Centrafrica: Guverinoma yavuze ku bacanshuro ba Wagner baherutse gutaha ku bwinshi
Kugenda kw’abasirikare babarirwa mu magana b’Abarusiya b’ikigo cy’abacanshuro cya Wagner bava muri Repubulika ya Centrafrique biri mu rwego rwo gusimburana aho kuhava burundu, nk’uko umuvugizi wa perezidansi i Bangui yabitangaje ku wa Gatandatu . Imyivumbagatanyo yamaze igihe gito iyobowe n’umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin mu Burusiya muri Kamena, yateje kwibaza ku bijyanye n’ibizakurikira ku bakozi […]