RDC: M23 yongeye kugaragara mu gace ka Kibirizi yari yaravuyemo

Sosiyete sivile ya Kibirizi muri Sheferi ya Bwito muri Teritwari ya Rutshuru iravuga ko itewe inkeke n’urujya n’uruza rw’inyeshyamba za M23 zongeye kugaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki ya 23 Werurwe, mu duce twa Kirima, Kibingu, Kabanda na Kibirizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru . Uyu muryango uravuga ko abantu bari bagiye […]

AU irasabira ATMIS inkunga ya miliyoni 90$ yo gukoresha muri Somalia

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wasabye inkunga ingana na miliyoni 90 z’amadolari yo gutera inkunga ubutumwa bw’amahoro muri Somaliya . Mu ijambo rye, Bankole Adeoye, komiseri wa AU ushinzwe ibibazo bya politiki n’amahoro wasabye inkunga, yavuze ko AMISOM itanga inkunga ikomeye ku gisirikare cya Somaliya mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa al-Shabaab. Adeoye yagize ati: […]

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Belize (FFB) ryatumiye Perezida Kagame

ffb-president-sergio-chuc-02252023-ffb.webp

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu gihugu cya Belize (FFB), ??rg?? ?hu?, yatumiye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, mu gihugu cye ubwo yari yitabiriye Kongere ya 73 ya FIFA yateraniye i Kigali kuwa Kane ushize . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, FFB yavuze ko Chuc yatumiye Perezida Kagamemuri Belize abisabwe na Minisitiri w’Intebe, ??hn ?r???ñ?. FFB iti […]

RDC: Urukiko rwasubije Ngwabidje ku mwanya we wa Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatatu rwafashe icyemezo cyo gushyigikira ThĂ©o Kasi Ngwabidje warwitabaje ashinja Inteko Ishinga Amategeko y’intara “kutubahiriza amategeko” mu gufata icyemezo cyo kumuhagarika ku mirimo ye nka Guverineri wa Kivu y’Amajyepfo . Ni ku nshuro ya kane ThĂ©o Kasi Ngwabidje yirukanwe ku mirimo […]

ICC ihangayikishijwe n’iterabwoba ry’u Burusiya ryo kuyirasaho misile

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rwagaragaje ko ruhangayikishijwe n’iterabwoba ryaturutse mu Burusiya nyuma yo gusohora impapuro zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin . Kuri uyu wa Gatatu, ICC yatangaje impungenge zayo nyuma y’uko uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, akangishije kuzakubitisha misile za hypersonic uru rukiko, rukurikirana ibyaha by’intambara rufite icyicaro i La Haye. […]

U Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira icyorezo cya Marburg kishe abantu muri Tanzania

Nyuma y’ahoTanzaniya yemeje bwa mbere ko icyorezo cya Marburg cyinjiye mu gihugu ndetse kuri uyu wa Gatatu ikaba yari imaze guhitana abantu batanu mu munani bayanduye, u Rwanda rwizeye ko iki cyorezo kitazapfa kwinjira mu gihugu kuko aho cyagaragaye mu baturanyi ari kure y’u Rwanda nubwo rwafashe ingamba zo kugikumira . Iki cyorezo cyamenyekanye nyuma […]

Tume ya Pamoja ya Kudumu ya Rwanda na Uganda yakutana Kigali

Mkutano wa siku tatu wa Tume ya Pamoja ya Kudumu (JPC) kati ya Rwanda na Uganda ulianza mjini Kigali Jumatano, Machi 22, ukilenga kujadili maeneo ya biashara na ushirikiano na hasa kufufua Miradi ya Kuunganisha Ukanda wa Kaskazini . Tume inakutana kwa mara ya kwanza baada ya zaidi ya miaka 10. Nchi hizo mbili zilikubaliana […]

SPLM-N yarekuye abasirikare 11 ba Sudani yari imaze umwaka urenga yarafashe

Umutwe wa SPLM-N (Sudan People’s Liberation Movement-North) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu warekuye kuri uyu wa Kabiri ushize abasirikare 11 bo mu Ngabo za Sudani bari bafungiye mu gace kagenzurwa n’uyu mutwe muri Kordofan y’Amajyepfo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri nk’uko tubikesha Sudantribune, uyu mutwe wavuze ko abasirikare barekuwe hari hashize umwaka […]

OIF: Louise Mushikiwabo chooses her number two

The Secretary General of La Francophonie has appointed Caroline St-Hilaire from QuĂ©bec as administrator. This appointment is expected to be confirmed on March 21 . This appointment was announced by the Canadian press on the night of March 19 and has yet to be confirmed by the Permanent Council of La Francophonie, which will meet […]

Umubano wa Algeria na Maroc ugeze ahantu hadafite igaruriro – Perezida Abdelmadjid Tebboune

Umubano wa Algeria na Maroc wageze “ahantu hadafite igaruriro”, nk’uko byatangajwe na Perezida Abdelmadjid Tebboune, nk’ikimenyetso giheruka cyerekana ko umubano mubi ukomeje gufata intera hagati y’ibihugu byombi, byahagaritse umubano ushingiye kuri dipolomasi mu 2021 . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Tebboune aganira na Al Jazeera mu kiganiro, yavuze ko mu gihe yicuza ko umubano wifashe […]

Umutangabuhamya yavuze uko Rutunga yahembaga abashyinguraga imirambo y’Abatutsi

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, Umucamanza mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru mu Rwanda ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’ibyambuka imipaka yumvise abatangabuhamya bashinja Venant Rutunga ukurikiranweho uruhare muri jenosde . Uwitwa Edouard Burimwinyundo uvuga ko Rutunga yazanye abajandarume mu kigo yayoboraga bakica abatutsi niwe wabimburiye aba batangabuhamya. Burimwinyundo yari umuzamu mu kigo […]

La Tanzanie confirme l’Ă©pidĂ©mie de maladie Ă  virus de Marburg, 5 morts

Cinq personnes sont mortes en Tanzanie de la maladie Ă  virus de Marburg Ă  la suite d’une Ă©pidĂ©mie dans la rĂ©gion de Kagera, dans le nord-ouest du pays, a annoncĂ© mardi l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS) . Les tout premiers cas de maladie Ă  virus de Marburg dans le pays ont Ă©tĂ© confirmĂ©s après […]

Tchad: Abasaga 400 bakatiwe gufungwa burundu bazira uruhare mu iyicwa rya Perezida Idriss Deby

Urukiko rwo muri Tchad kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, rwakatiye igihano cyo gufungwa burundu inyeshyamba zirenga 400 zifite aho zihuriye n’urupfu rw’uwahoze ari Perezida Idriss Deby Itno . Ibihano ku bagize umutwe w’inyeshyamba wa FACT (Front pour le changement et la concorde au Tchad) byatanzwe n’Urugereko rw’inshinjabyaha rwihariye rw’urukiko rw’ubujurire rwa N’Djamena. Ibiro […]

Virusi ya Marburg yadutse muri Tanzaniya imaze guhitana abantu batanu mu bayanduye

Kuri uyu wa Kabiri, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko abantu batanu bapfiriye muri Tanzaniya bazize icyorezo cya virusi ya Marburg nyuma yo kwaduka mu karere ka Kagera mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu . Abantu ba mbere banduye virusi ya Marburg bemejwe muri iki gihugu nyuma y’uko abayobozi mu nzego z’ubuzima muri […]

Burundi: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bahunze bagiye gushinga leta mu buhungiro

Abatavuga rumwe na Leta y’u Burundi bari mu buhungiro batangaje ko bagiye gushinga guverinoma izakorera hanze y’igihugu izibanda ku gushakira ibisubizo byihuse ibibazo bihanze igihugu. Aba babitangaje mu itangazo bashyize ahagaragra bavuga ko bagiye kubikora kuko Leta iyobowe na CNDD-FDD yanze kugirana ibiganiro n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi . Itangazo bashyize ahagaragara ryashyizweho umukono na JĂ©rĂ©mie […]

Mashauriano kuhusu Shirikisho la Kisiasa la EAC yataanza tena mwezi Mei

Mashauriano ya kitaifa kwa ajili ya kutunga Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC yanatarajiwa kuanza tena katika Nchi Wanachama wa EAC; huku Jamhuri ya Kenya ikitarajiwa kufanya vikao hivyo Mei 2023 . Wataalamu wa kikatiba wa kikanda wanaotayarisha Katiba ya Shirikisho la Kisiasa la EAC, wanatarajia kufanya mashauriano na wadau mbalimbali miongoni mwao; asasi […]

WFP yahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera gukomeza kwibasirwa

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (WFP) ryahagaritse ibikorwa by’ubutabazi muri Sudani y’Epfo kubera igitero giherutse kugabwa ku bakozi b’ubutabazi . WFP yagize ati: “Nyuma y’igitero giheruka, WFP yahatiwe guhagarika by’agateganyo ingendo zayo ziva muri Bor, muri Leta ya Jonglei ku nshuro ya kabiri mu byumweru byinshi kugira ngo yongere gusuzuma ingamba zo kugabanya amakimbirane.” […]

Les consultations sur la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC reprendront en mai

Les consultations nationales pour la rĂ©daction de la Constitution de la ConfĂ©dĂ©ration politique de l’EAC devraient reprendre dans les États partenaires de l’EAC ; la RĂ©publique du Kenya devant tenir les sessions en mai 2023 . Les experts constitutionnels rĂ©gionaux qui rĂ©digent la Constitution de la FĂ©dĂ©ration politique de l’EAC doivent tenir des consultations avec diverses […]

Kenya: Umunyeshuri yiciwe mu myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi

Kuri uyu wa Mbere, itariki 20 werurwe, umunyeshuri yiciwe muri Kenya ubwo imirwano hagati y’inzego zishinzwe umutekano n’abigaragambyaga barwanya leta yafataga intera nyuma y’aho umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi Raila Odinga ahamagaje imyigaragambyo ya buri cyumweru kubera igiciro cy’imibereho gikomeje kuzamuka . Igipolisi gishinzwe kurwanya imyigaragambyo cyarashe imyuka iryana mu maso kinatera amazi abigaragambyaga mu […]

Missile nyinshi z’u Burusiya zasenyewe mu gitero cya drones cyagabwe muri Crimea

Minisiteri y’ingabo y’igihugu cya Ukraine yavuze ko guturika kwabereye mu majyaruguru ya CrimĂ©e yigaruriwe kwasenye misile z’u Burusiya zari zitwawe muri gari ya moshi . Umuyobozi w’umujyi wa Dzhankoi washyizweho n’u Burusiya yavuze ko ako gace katewe n’indege zitagira abaderevu. Ukraine yatangaje iturika ariko, nk’uko bisanzwe, ntabwo yavuze yeruye ko ari yo yari inyuma y’icyo […]

DRC: Islamic State claims responsibility for attack that killed 9 in Lubero

The Islamic State group (Daesh) claimed responsibility on Sunday March 19 for an attack by Ugandan terrorists from the Allied Democratic Forces (ADF) that left at least ten (10) dead in Nguli, a town located in the territory of Lubero, in the North -Kivu. This attack is the first in Lubero territory . “On Saturday, […]

Wachina tisa wauawa katika shambulizi Afrika ya Kati

Wachina tisa waliuawa katika eneo la uchimbaji madini katika Jamhuri ya Afrika ya Kati, shambulio lililolaaniwa na Rais wa China Xi Jinping ambaye alitoa wito Jumatatu “kuwaadhibu vikali” wahalifu . Shambulio hilo lilitokea Jumapili mwendo wa saa 5 asubuhi kwa saa za huko (0400 GMT) katika eneo la Bambari, katikati mwa nchi hiyo ya Kiafrika, […]

Abashinwa icyenda biciwe muri Centrafrica

Abashinwa icyenda biciwe ahacukurwa amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Centrafrica, mu gihe cy’intambara y’abenegihugu, igitero cyamaganwe na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, wasabye kuri uyu wa Mbere “guhana bikomeye” abakoze ubu bwicanyi . Iki gitero cyabaye ahagana saa kumi n’imwe kuri iki Cyumweru mu Karere ka Bambari. Umuyobozi w’akarere, Abel Matchipata, yabwiye Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa […]

Indege z’intambara z’u Bwongereza n’iz’u Budage zitambitse iz’u Burusiya hafi ya Estonia

cfef15c1-85cd-4d72-805bd538055d1812-unclassified_ascr_eeei_tu-134_1.png.jpg

Indege y’indwanyi y’u Bwongereza yo mu bwoko bwa Typhoon n’indi y’Igisirikare cy’u Budage mu mpera z’icyumweru gishize zahagurukijwe igitaraganya ku birindo bya gisirikare bya Ă„mari muri Estonia zigiye guhagarika indege itwara abagenzi yari iherekejwe n’indege z’indwanyi z’u Burusiya . Mu rwego rwo gukomeza kurinda umutekano mu kirere muri aka karere, indege zombi za NATO zahagurukijwe […]

Kabale: Umupolisikazi yishwe arashwe n’umukunzi we w’umusivili

Abapolisi bo mu Karere ka Kabale mu gihugu cya Uganda barimo gukora iperereza ku rupfu rw’umupolisi w’umugore w’imyaka 23 bivugwa ko yarashwe n’inshuti ye y’umusivili . Nk’uko abapolisi babitangaza, PC Caroline Komuhangi wakoreraga ku ishami ry’igipolisi cya Kabale yiciwe, mu gitondo cyo ku Cyumweru, aho yari atuye mu kigo. Umuvugizi wa polisi mu Karere ka […]

Paris: Louise Mushikiwabo aragirana ibiganiro na Perezida Macron

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Werurwe, Perezida Emmanuel Macron agomba guhura n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wa La Francophonie . Nk’uko Perezidansi y’u Bufaransa (ElysĂ©e) yabitangaje, ikiganiro hagati yabo “kiribanda ku ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga ihuriweho na Francophonie nka moteri yo […]

Kenya: Habaye gukozanyaho hagati y’abashyigikiye imyigaragambyo ya Odinga n’abatayishyigikiye

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 19 Werurwe, habaye gukozanyaho hagati y’amatsinda abiri mu karere k’ubucuruzi ka Kisumu mu gihugu cya Kenya ubwo amatsinda yombi yagonganaga mu mihanda . Itsinda rimwe riyobowe na Senateri wa Kisumu, Tom Ojienda, ryagiye mu mihanda ryamagana imyigaragambyo iteganijwe yo kurwanya leta. Irindi tsinda ry’abigaragambyaga bari mu rugendo rwo gushyigikira imyigaragambyo […]

Gwiji wa Nigeria Okocha anaita tukio nchini Rwanda ‘tangazo kubwa’ kwa Afrika

postmediaimg_29_2.jpg

Ingawa Afrika tayari imefanya Kongamano tatu za Fifa, Alhamisi ilikuwa Kongamano la kwanza la uchaguzi barani na ilianza kwa Infantino kueleza jinsi mauaji ya halaiki ya Rwanda kwa kiasi fulani yalivyochochea jitihada zake za awali za uongozi wa Fifa. . Akikumbuka jinsi alivyoambiwa wakati akihudhuria fainali ya Ubingwa wa Mataifa ya Afrika Februari 2016, mwezi […]

Le Vatican dévoile une nouvelle présentation ethnographique des écrans du Rwanda

Les musĂ©es du Vatican ont officiellement rouvert jeudi leurs collections ethnographiques africaines et amĂ©ricaines en prĂ©sentant des paravents en raphia rwandais minutieusement restaurĂ©s qui ont Ă©tĂ© envoyĂ©s par des missionnaires catholiques au Vatican pour une exposition de 1925 . L’exposition au musĂ©e ethnologique Anima Mundi comprenait une prĂ©sentation scientifique du processus de restauration ainsi que […]

Col. Mambweni wa FARDC yiyongereye mu bashinjwa kwica impuguke 2 za Loni

michael-sharp-et-zaida-catalan-au-conseil-de-securite.jpg

Impinduka nshya zagaragaye mu rubanza rw’iyicwa ry’impuguke ebyiri z’Umuryango w’Abibumbye ziciwe ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo muri Werurwe 2017, aho Urwego rw’ubushinjacyaha rwashinje ku wa Kane, itariki ya 16 Werurwe 2023, Col. Jean de Dieu Mambweni nk’uwakoze ubwo bwicanyi bwakorewe ZaĂŻda Catalan na Michael Sharp . Nyuma yo gusuzuma ibimenyetso bishya, mu […]

Trump witeguye gutabwa muri yombi kuwa Kabiri yahamagaje imyigaragambyo

Donald Trump aravuga ko yiteze gutabwa muri yombi kuwa Kabiri kandi yasabye abamushyigikiye gutangiza imyigaragambyo karundura . Icyakora umwunganizi we mu mategeko yavuze ko ntarwego rushinzwe kubahiriza amategeko rwigeze rutangaza ibi kandi ko uwahoze ari perezida ibi yabivuze ashingiye ku makuru yatangajwe mu bitangazamakuru. Abashinjacyaha bamaze iminsi basuzuma ibirego bishoboka barega Trump. Amakuru akaba avuga […]

Uwari Umuvugizi wa TPLF yatorewe kuba umukandida uzasimbura Umuyobozi wa Tigray

Ishyaka ryiganje mu Ntara ya Tigray iherereye mu majyaruguru ya Ethiopia ryatoye umuvugizi waryo, Getachew Reda, ngo azabe perezida w’ubuyobozi bw’agateganyo bw’intara bwasabwe mu masezerano y’amahoro yarangije intambara y’imyaka ibiri muri kariya karere, nkuko byatangajwe n’ibitangazamakuru bikoreshwa n’iri shyaka kuri uyu wa Gatandatu . Tigray People Liberation Front (TPLF) yarwanye n’ingabo za Ethiopia n’abafatanyabikorwa babo […]

Morocco’s strategy for the fight against terrorism and violent extremism

The Kingdom of Morocco has been proactive and anticipatory in measuring the danger of violent extremism. It has implemented a multidimensional and integrated strategy, the most important axis of which is prevention in strict compliance with the rule of law and human rights . This comprehensive strategy, which consists of combining five essential pillars, includes […]

La CPI Ă©met un mandat d’arrĂŞt contre Poutine

La Cour pĂ©nale internationale a dĂ©livrĂ© vendredi un mandat d’arrĂŞt contre le prĂ©sident russe Vladimir Poutine, l’accusant d’ĂŞtre responsable de crimes de guerre commis en Ukraine . Poutine serait responsable du “crime de guerre” d’expulsion illĂ©gale d’enfants et du transfert illĂ©gal d’enfants d’Ukraine vers la Russie, a dĂ©clarĂ© le tribunal – qui est basĂ© Ă  […]

Minisitiri Suella Braverman wo mu Bwongereza ategerejwe mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu w’u Bwongereza, Suella Braverman, ategerejwe mu Rwanda, nk’uko amakuru agera kuri Sky News dukesha iyi nkuru avuga, mu gihe ashaka gushimangira gahunda ya guverinoma yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu cyo mu Burayi bahageze mu buryo bunyuranyije n’amategeko . Iyi gahunda itavugwaho rumwe […]

Perezida w’u Bushinwa agiye gusura Putin

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, azerekeza i Moscou mu cyumweru gitaha, aho azaba agiye kugirana ibiganiro na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin nk’uko byatangajwe n’abayobozi. Perezidansi y’u Burusiya (Kremlin) yavuze ko bazaganira ku “butwererane bushingiye ku mikoranire n’ingamba byumvikanweho “. Uru ruzinduko ruje mu gihe Beijing, inshuti y’u Burusiya, yatanze ibyifuzo byo guhagarika intambara yo […]

Uganda: Abasivili bigabije inzu ya Major wa UPDF barayisenya

Igipolisi cya Uganda muri Mukono cyafashe abantu 40 bazira gusenya mu buryo butemewe inzu ya Maj. Mark Wanyama wa UPDF ahitwa Nalubaale mu Murenge wa Mpunge, mu Karere ka Mukono . Nk’uko iperereza ryibanze ry’abapolisi ribigaragaza, ibyabaye byabaye ku manywa y’ihangu ku wa Gatatu, ubwo itsinda ry’abasore bitwaje imipanga n’inyundo ryagabye igitero muri ako gace […]

Amafoto: Menya imiterere y’amapeti ya ba ofisiye ba FARDC

fmnaintxwaa0ofp.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’igihugu cyashinzwe nyuma yo kubona ubwigenge mu 1961, ubu kibarizwamo abasirikare byibuze 144,000, kikaba kiyobowe na Lt. Gen. Christian Tshiwewe Songesha w’imyaka 55 kuva ku itariki ya 4 Ukwakira 2022, aho yagiyeho asimbuye Lt Gen. Celestin Mbala. Kuri iyi nshuro Bwiza yifuje kwereka abakunzi ba yo imiterere y’amapeti […]

Jenerali Muhoozi alisema ananuia kugombea urais mwaka 2026

Mtoto wa kiongozi wa Uganda, Yoweri Museveni, amesema ananuia kugombea urais mwaka 2026, ikiwa ni mara ya kwanza kwa jenerali huyo kutoa ratiba ya kuchukua nafasi ya babake ambaye ameiongoza nchi hiyo ya Afrika Mashariki kwa miaka 37 . Upinzani nchini Uganda kwa muda mrefu umekuwa ukimshutumu Museveni kwa kutaka kuweka utawala wa kifalme nchini […]

Tani za Uranium zilitoweka kwenye tovuti ya Libya

Wakala wa Kimataifa wa Nishati ya Atomiki (IAEA) umetangaza kuwa wakaguzi wake wamegundua kuwa takriban tani 2.5 za urani asilia zimetoweka kwenye eneo la Libya . Mkurugenzi Mkuu wa IAEA, Rafael Grossi alisema katika taarifa yake kwamba wakaguzi wa Shirika hilo Jumanne “waligundua kuwa ngoma 10 zenye takriban tani 2.5 za urani asilia katika mfumo […]

Libya: Toni 2,5 z’ubutare bwa uranium bukorwamo intwaro za kirimbuzi zaburiwe irengero

Kuva mu 2003 ni bwo Libya yahagaritse gahunda yayo yo gukora intwaro za kirimbuzi. Nyamara, Ikigo mpuzamahanga gishinzwe kugenzura ingufu za kirimbuzi (IAEA) cyatangaje kuri uyu wa Gatatu ushize ko toni 2,5 z’ubutare bwa Uranium zaburiye muri Libya, gisobanura ko kigiye kubikoraho iperereza . Mu ruzinduko rwabaye ku wa Kabiri, abagenzuzi bo mu Muryango w’Abibumbye […]

Lt. Gen. Constant Ndima rehabilitated as commander of military operations in North Kivu

The Chief of Staff of the Armed Forces of the Democratic Republic of Congo, Lieutenant-General Christian Tshiwewe Songesa notified Wednesday, March 15, the military governor of North Kivu, Lieutenant-General Constant Ndima, of his rehabilitation as commander of military operations in this province, in accordance with the provisions of the state of siege . “I inform […]

Le 73e Congrès de la FIFA: Infantino réélu pour un nouveau mandat de quatre ans

fru3bk7xgaas9rm.jpg

Le prĂ©sident de la FIFA, Gianni Infantino, a Ă©tĂ© réélu pour un nouveau mandat de quatre ans Ă  la tĂŞte de l’instance dirigeante du football mondial lors d’une Ă©lection tenue Ă  Kigali . Près de 2 000 dĂ©lĂ©guĂ©s, dont les plus hauts dirigeants du football de l’instance dirigeante du football mondial (FIFA), se rĂ©unissent Ă  […]

Gen. Kainerugaba yatangaje ku mugaragaro ko azahatana mu matora yo mu 2026

Gen. Muhoozi Kainerugaba yamaganye igisekuru cy’abayobozi , se, Yoweri Museveni na se wabo, Gen Salim Saleh babarizwamo, avuga ko gikomeje kwiganza mu buyobozi kurusha urubyiruko ubwo yongeraga kugaragaza inyota afitiye ubutegetsi . Uyu musirikare mukuru wa UPDF w’imyaka 48 usanzwe ari n’umujyanama wa perezida mu bikorwa bidasanzwe, yatangaje ko yategereje bihagije igihe cye cyo kuyobora […]

Inkubi y’umuyaga yiswe Freddy imaze guhitana abasaga 300 mu gihe Mozambique ikomeje kubara

Umubare w’abantu bamaze gupfa bazize inkubi y’umuyaga yiswe Freddy umaze kurenga abantu 300 mu gihe kubara imirambo bikomeje kwiyongera, abayobozi bo muri Mozambike bo bakaba bihaye iminsi itari mike kugira ngo basuzume urugero rw’ibyangiritse ndetse n’abapfuye . Iyi nkubi y’umuyaga ikabije yanyuze muri Afurika y’amajyepfo muri weekend ku nshuro ya kabiri nyuma y’inshuro ya mbere […]

Kenya: Raia wa Ujerumani mwenye umri wa miaka 80 aliuawa nyumbani kwake

Raia wa Ujerumani alipatikana ameuawa nyumbani kwake Olodokilani Kajiado Magharibi nchini kenya . Mwili wa Wilko Milicinovic, 80, ulipatikana kwenye dimbwi la damu Jumanne na mfanyakazi wake, polisi walisema. Mwili ulikuwa umefungwa kwenye kitanda chake. Jicho lake la kushoto lilikuwa limeng’olewa na alikuwa na majeraha makubwa kichwani. Polisi walisema wauaji hao walivamia nyumba yake na […]

RDC: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Depite Mwangachuchu

Depite Edouard Mwangachuchu ukurikiranweho kwigomeka ku butegetsi no gutunga ibikoresho bya gisirikare binyuranyije n’amategeko, ubusabe bwe bwo gufungirwa mu rugo kugirango abone uko yivuza bikwiye, bwatewe utwatsi n’urukiko Rukuru rwa Gisirikare ubwo yarwitabaga kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Werurwe . Ubwunganizi bwashakaga kubona iki cyemezo cyo kurekura umukiriya wabwo by’agateganyo, ariko umucamanza wa gisirikare […]

Ubushobozi bucye bwa FARDC, ingaruka z’inzego z’ubutasi za cyabakanga

img-20211210-wa0089.jpg

Ubushobozi bucye bw’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ngo buterwa n’ubushobozi bucye bw’inzego z’ubutasi, haba ku ruhande rwa gisirikare (Icyahoze ari DĂ©tection militaire des activitĂ©s anti-patrie, DEMIAP) n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR), kimwe n’Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka (DGM) . Nk’uko bitangazwa n’urubuga Africaintelligence, abayobozi b’izi serivisi, nka Jean-Claude Bukasa uyobora Inama y’Igihugu y’Umutekano (CNS), […]

Abanyeshuri mu ishuri rikuru rya gisirikare muri Kenya bari mu rugendoshuri mu Rwanda

2-22.jpg

Itsinda ry’abanyeshuri, abarimu n’abakozi bo mu ishuri rikuru rya gisirikare ryo muri Kenya rizwi nka Kenya Defence Forces Joint Command and Staff College ryakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura ku cyicaro gikuru cya RDF, Kimihurura . Umuyobozi w’iryo tsinda, Brig Gen Joakim Ngure Mwamburi, yavuze ko uru ruzinduko rugamije kongera imyumvire […]

Somalia: Igitero cy’ubwiyahuzi cyahitanye 5 abandi barimo guverineri barakomereka

Kuri uyu wa Kabiri, byibuze abantu 5 bapfuye abandi 11 barakomereka, barimo na guverineri, mu gitero cy’ubwiyahuzi mu majyepfo y’uburengerazuba bwa Somalia . Nta ruhande rwahise rwigamba iki gitero, ariko amaso ari ku mutwe wa Al Shabaab, ukorana n’umutwe wa al-Qaeda, uhora ugaba ibitero by’ubwiyahuzi muri iki gihugu gikennye cyo mu ihembe rya Afurika. Umuyobozi […]

Rurageretse hagati ya Air Tanzania n’uruganda rwa Airbus

Ikibazo cy’indege ebyiri za Airbus A220 za Air Tanzania zahagaritswe cyafashe indi ntera nyuma y’uko iyi sosiyte y’ubwikorezi bwo mu kirere ya Tanzania ijyanye iki kibazo mu Ishyirahamwe ry’amasosiyete y’indege nyafurika (AFRAA) aho ndi masosiyete ane yo muri Afurika ahatira uruganda rwa Airbus rwazikoze gushaka igisubizo . Izi ndege zombi kuva mu Kwakira 2022 ntawo […]

Visi Perezida wa Amerika agiye gusura ibihugu byo muri Afurika birimo ik’igituranyi

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris, agiye gusura ibihugu bitatu bya Afurika, nk’uko byatangajwe ku wa Mbere, mu gihe Washington ishaka gushimangira umubano w’ububanyi n’amahanga kuri uyu mugabane . Urugendo muri Ghana, Tanzania na Zambia kuva ku itariki ya 25 Werurwe kugeza ku ya 2 Mata ruje nyuma y’inama yo mu […]

Nyagatare: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza guha ruswa umupolisi

Ku Cyumweru tariki ya 12 Werurwe, Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ryafatiye mu Karere ka Nyagatare umusore w’imyaka 25 y’amavuko, agerageza guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 11 ya ruswa ngo asubizwe moto ye yari yafashwe . Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana yavuze […]

Jeshi la Angola haliji kushambulia wala kupigana – Lutundula

Ni kwa maneno ya wazi na ya uhakika kwamba Naibu Waziri Mkuu na Waziri wa Mambo ya Nje wa DRC alitaka kufafanua mambo kuhusu kutumwa kwa jeshi la Angola katika ardhi ya Kongo . Christophe Lutundula ambaye alishiriki mkutano na mwenzake kutoka mawasiliano na vyombo vya habari, alisema kuwa mambo ya jeshi la Angola hayana […]

The Angolan army does not come to attack or fight – Lutundula

It is in clear and precise terms that the Deputy Prime Minister and Minister of Foreign Affairs of DRC wanted to clarify things regarding the deployment of the Angolan army on Congolese soil. Without going by the back of the spoon, Christophe Lutundula who co-hosted a briefing with his colleague from communication and media, said […]