Umusirikare wa UPDF arashinjwa gusambanya no gutera inda umwana yibyariye
Igipolisi cya Uganda muri Njeru, mu Karere ka Buikwe, cyataye muri yombi umusirikare wa UPDF ushinjwa gusambanya kenshi umukobwa we w’imyaka 15 akanamutera inda . Uyu mwana w’umukobwa yiga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza muri Njeru nk’uko iyi nkuru dukesha Daily Monitor ivuga. Umuvugizi wa polisi muri Ssezibwa, Hellen Butoto, yavuze ko ukekwa yatawe […]
RDC: Uwiyita pasiteri asanga bakwiye gucura intwaro za kirimbuzi bagasenya Kigali
Umupasiteri wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri iki Cyumweru ubwo yari imbere y’abagize itorero rye, mu byo yabwirije yazanyemo n’igitekerezo cy’uko Kinshasa yakora intwaro za kirimbuzi maze ikazazitera i Kigali, aho avuga ko ari igisubizo ku cyo yita ubushotoranyi u Rwanda rukomeje gukorera igihugu cye . Uyu wiyita umupasiteri witwa Masambukidi avuga ko […]
Perezida Zelensky yateguje ko intambara igiye gusubira ku butaka bw’u Burusiya
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yateguje ko intambara irimo gusubira mu Burusiya nyuma y’igitero cy’indege zitagira abapilote ku murwa mukuru Moscow. Zelensky yavuze ko ibitero ku butaka bw’u Burusiya ari “inzira utakwirinda, karemano kandi ifite impamvu rwose” y’intambara hagati y’ibihugu byombi. Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ku Cyumweru, ko indege zitagira abaderevu eshatu zo muri […]
Pakistan: Nibura abantu 44 bishwe n’igisasu cyaturikiye ahaberaga mitingi y’ishyaka
Nibura abantu 44 bapfiriye mu iturika ry’igisasu cyaturikiye muri Pakistan muri mitingi yari yateguwe n’ishyaka rya kisilamu . Abantu barenga 100 na bo bakomerekeye muri iryo turika ryabereye mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’akarere ka Bajaur, aho ishyaka Jamiat Ulema-e-Islam-Fazl (JUI-F) ryakoreraga mitingi. Polisi yabwiye BBC ko babonye ibimenyetso byerekana ko iturika rishobora kuba ari igitero cy’ubwiyahuzi. […]
Bukavu: Ibikoresho birimo imashini z’itora 900 byakongokeye mu nkongi yibasiye ububiko bwa CENI
Imashini 900 zirimo imashini zikoreshwa mu matora zakongokeye mu nkongi y’umuriro yo kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 29 Nyakanga 2023, yibasiye ububiko bwa Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI) buherereye mu nyubako za sosiyete y’igihugu ishinzwe imihanda ya gari ya moshi (SNCC) i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo . Nk’uko byatangajwe na Gaudens Maheshe, umunyamabanga nshingwabikorwa wa […]
Congo-Brazzaville denies allegations of destabilization of the DRC
Brazzaville denied, Saturday, July 29, its possible involvement in the destabilization of power in Kinshasa . The spokesperson for the Government of Congo-Brazzaville, Thierry Moungala has thus reframed the opinion which spreads the idea that his country maintains relations with Rwanda likely to cause destabilization of the DRC. “We support the need to find all […]
Igitero cya drone i Moscou cyafunze gato ikibuga cy’indege cya Vnukovo
U Burusiya bwashinje Ukraine igitero cy’indege zitagira abapilote kuri Moscou, kuri iki Cyumweru, cyangije inyubako ebyiri kandi gifunga gato ikibuga cy’indege cy’umujyi . Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya ivuga ko drone yarasiwe hejuru y’akarere ka Odintsovo, mu burengerazuba bw’umujyi rwagati, izindi ebyiri zirahagarikwa ariko zigwa mu nyubako z’ibiro. Ibiro ntaramakuru by’u Burusiya, TASS, bitangaza ko umuntu […]
Congo-Brazzaville inakanusha madai ya kuvuruga utulivu wa DRC
Brazzaville ilikanusha, Jumamosi, Julai 29, kuhusika kwake katika uwezekano wa kuvuruga mamlaka huko Kinshasa . Msemaji wa Serikali ya Kongo-Brazzaville, Thierry Moungala kwa hivyo amebadilisha maoni ambayo yanaeneza wazo kwamba nchi yake inadumisha uhusiano na Rwanda uwezekano wa kusababisha kuyumba kwa DRC. “Tunaunga mkono haja ya kutafuta suluhu zote za amani kwa kila aina ya […]
Sudani: RSF yasabye ikintu gikomeye kugirango yemere imishyikirano y’amahoro
Kuri iki Cyumweru, umuyobozi w’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF), Mohammed Hamdan Dagalo, uhanganye n’Igisirikare cya Sudani kuva muri Mata, yatangaje ko uyu mutwe witeguye kugera ku masezerano mu masaha 72 mu gihe haba hakozwe impinduka mu buyobozi bw’ingabo . Dagalo yabitangaje mu mashusho yashyizwe ku rubuga nkoranyambaga rwa RSF avuga ko yiteguye kumvikana niba […]
RDC: Minisitiri w’ubutabera arashinja E.U kuvugira Abatutsi itita ku bandi Banyekongo
Nyuma y’iminsi itari mike Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi umusabye kugira icyo akora ku magambo y’amacakubiri ya Justin Bitakwira yibasira Abatutsi / Abanyamulenge, Minisitiri w’ubutabera, Rose Mutombo, yaje kugira icyo avuga nawe anenga uyu muryango awushinja kubogama . Mu ibaruwa yandikiwe Ambasaderi w’intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Rose Mutombo, bigaragara […]
Brazzaville yasubije abayishinja gufatanya n’u Rwanda mu gushaka guhungabanya RDC
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 29 Nyakanga, Congo-Brazzaville yahakanye ibirego bikomeje kuyishinja ko ishobora kuba yinjiye mu bikorwa byo guhungabanya ubutegetsi bwa Kinshasa . Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo-Brazzaville, Thierry Moungala, rero yongeye kugaruka ku bitekerezo bikomeje gukwirakwizwa by’uko igihugu cye cyaba gifitanye umubano n’u Rwanda ugamije guteza umutekano muke muri Repubulika ya Demokarasi […]
Umuyobozi wa Wagner yakeje abahiritse ubutegetsi muri Niger abizeza ubufasha
Umuyobozi mukuru w’abacanshuro ba Wagner, Yevgeny Prigozhin, ukomeje ibikorwa bye nubwo yayoboye imyivumbagatanyo yananiwe gukuraho ubuyobozi bw’ingabo z’u Burusiya mu kwezi gushize, yashimye ihirika ry’ubutegetsi rya gisirikare muri Niger avuga ko ari inkuru nziza kandi yizeza serivisi z’abarwanyi be kugarura umutekano . Ubutumwa bw’ijwi bivugwa ko ari irya Prigozhin bwatambutse ku miyoboro ya porogaramu ya […]
Rwanda yatupilia mbali madai ya kuvuka mpaka na kuingia Kivu Kaskazini
Jeshi la Ulinzi la Rwanda (RDF) lilikanusha shutuma za vikosi vya jeshi la DR Congo (FARDC) kwamba wanajeshi wa Rwanda mnamo Alhamisi, Julai 27, walivuka mpaka na kuingia jimbo la Kivu Kaskazini. RDF imesema jeshi la Kongo limeendelea kushirikiana na FDLR, kundi la Umoja wa Mataifa lililowekewa vikwazo vya mauaji ya halaiki lenye makao yake […]
Rutshuru: Imirwano hagati ya M23 na Wazalendo yaguyemo umuntu abandi barakomereka
Amakuru aturuka muri Teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aravuga ko kuri uyu wa gatanu, itariki 28 Nyakanga, mu gace ka Rugarama muri Gurupoma ya Busanza, habereye imirwano hagati ya M23 na Wazalendo . Nk’uko bigaragara ku nkuta z’ibinyamakuru n’abanyamakuru batandukanye bo muri Congo kuri […]
Kevin Hart partage son expérience au Rwanda

Le comĂ©dien et acteur de cinĂ©ma populaire Kevin Hart a dĂ©clarĂ© qu’il chĂ©rirait Ă Â jamais l’accueil chaleureux et l’amour qu’il a reà §us lors de sa rĂ©cente visite au Rwanda . Kevin Hart, aux cĂ´tĂ©s de sa femme Eniko Hart et de ses enfants, a Ă©tĂ© aperà §u pour la première fois Ă Â Kigali le mardi 18 […]
Urutonde rwa Coup d’etat ziheruka gukorwa muri Afurika y’iburengerazuba no hagati
Ku wa Gatatu, itariki 26 Nyakanga 2023, abarinzi b’umukuru w’igihugu muri Niger bafatiye Perezida Mohamed Bazoum mu ngoro ye mu murwa mukuru Niamey, aho Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’iburengerazuba (ECOWAS) n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bita kugerageza guhirika ubutegetsi . Ni ihirikwa ry’ubutegetsi rya cyenda cyangwa kugerageza gufata ubutegetsi mu myaka irenga itatu gusa […]
Niger: Mushikiwabo yasabye abahiritse ubutegetsi kurekura Perezida Bazoum nta mananiza
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie, Louise Mushikiwabo, yamaganye ihirikwa ry’ubutegetsi ryo mu gihugu cya Niger ndetse asaba ko Perezida Mohamed Bazoum arekurwa nta mananiza . “Ibikorwa nk’ibi byo gushyira mu bibazo ubudasiba ibyagezweho na demokarasi binyuranye n’indangagaciro za La Francophonie, ndetse n’ibyemezo Leta zacu na guverinoma byiyemeje binyuze mu itangazo rya Bamako ryo ku […]
Uganda: Umunyarwanda w’imyaka 18 yiciwe mu Karere ka Kisoro arashwe
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kisoro kiri gukora iperereza ku rupfu rw’Umunyarwanda bivugwa ko yari afite magendu y’amabuye y’agaciro ya tin warashwe n’abantu bitwaje intwaro batamenyekanye . Umuyobozi mu Karere ka Kisoro, Shafiq Ssekandi, avuga ko uyu witwa Pascal Dushimimana w’imyaka 18 yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize nk’uko iyi nkuru […]
Harigwa uko abatishoboye bunganirwa mu mategeko ku buntu bakwiyongera
Mu rwego rwo kugirango ubutabera bugere kuri bose, amahuriro y’abunganira abantu mu by’amategeko aravuga ko hakenewe gukusanya imbaraga n’ubushobozi buhagije, kugirango hongerwe umubare w’abatishoboye, bashobora kunganirwa mu mategeko ku buntu . Ubusanzwe amategeko ateganya ko buri muntu wese ugiye kuburana mu nkiko agomba kuba afite umuburanira, ariko byagaragaye ko hari bamwe mu baturage batishoboye batabasha […]
Les exportations de minerais du Rwanda ont rapporté 362,3 M$ entre avril et juin 2023
L’Office rwandais des mines, du pĂ©trole et du gaz (RMB) a annoncĂ© un revenu de 362 368 845 dollars provenant de 6 638 538 kilogrammes de minerais qui ont Ă©tĂ© exportĂ©s au cours du deuxième trimestre de l’annĂ©e, avril-juin 2023 . Selon RMB, les principales exportations comprenaient la cassitĂ©rite, le coltan, le wolfram, l’or, pour […]
USA: Uwahoze mu butasi yahamirije Sena ko leta izi neza ko Aliens zibaho

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Nyakanga, David Grusch wahoze ari umuyobozi mu butasi bwa gisirikare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatanze ubuhamya nyuma yo kurahirira kuvugisha ukuri imbere komite ishinzwe iperereza muri Sena, aho yemeje ko guverinoma itazi gusa ko hari ibindi binyabuzima bitari abantu bifite ubwenge mu isanzure (Aliens), ko ahubwo yanakuye […]
Putin yasabye abayobozi ba Afurika gutangira gutekereza kwigisha Ikirusiya mu mashuri
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yasabye ibihugu by’Afurika gutekereza gutangira kwigisha ururimi rw’Ikirusiya mu mashuri . Mu ijambo rye mu muhango wo gutangiza inama ya kabiri y’u Burusiya na Afurika yabereye i St. Petersburg, Putin yavuze ko igihugu cye cyiteguye gufatanya cyane na Afurika mu rwego rw’uburezi. Ati: “Turabasaba gutekereza ku kwinjiza ururimi rw’Ikirusiya mu […]
Kim Jong un yamurikiye minisitiri w’ingabo w’u Burusiya intwaro zihambaye bamaze gukora

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Nyakanga, Kim Jong Un yeretse Minisitiri w’ingabo w’u Burusiya, Serge Shoigu, intwaro Koreya ya Ruguru iheruka gukora. Pyongyang yatumiye intumwa z’u Burusiya ziyobowe na Minisitiri w’Ingabo, Gen. Shoigu, ndetse n’abayobozi b’Abashinwa. Baritabira ibirori bya Pyongyang byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 70 y’amasezerano y’amahoro yarangije Intambara ya Koreya, birangwa n’akarasisi k’igisirikare […]
It is a diplomatic mistake for the DRC not to send a formal invitation to Ms. Mushikiwabo – Sen. Muyumba
“It is a diplomatic error for the DRC not to send an invitation in good and due form to Ms. Mushikiwabo, SG of the International Organization of La Francophonie,” said DRC Senetor, Francine Muyumba . “While opposing the Rwandan aggression, I disapprove of this approach which demeans the DRC because Ms. Mushikiwabo is SG of […]
Kudatumira Mushikiwabo ni ikosa rikomeye rya dipolomasi kuri RDC – Sen. Muyumba
“Ni ikosa rikomeye rya dipolomasi kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kutoherereza ubutumire madamu Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie,” uyu ni Senateri Francine Muyumba anenga ukuntu Guverinoma y’igihugu cye yirengagije gutumira Mushikiwabo, igikorwa abona nko kuba abana muri dipolomasi . Nyuma y’aho kuri uyu wa Kabiri ushize, Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Patrick […]
Le Rwanda remet en question la décision de la Belgique sur Ambassadeur Karéga
La dĂ©cision du gouvernement belge de rejeter la nomination de Vincent Karega comme ambassadeur dĂ©signĂ© auprès du Royaume est regrettable et n’augure rien de bon pour les relations bilatĂ©rales entre le Rwanda et la Belgique, a dĂ©clarĂ© Yolande Makolo, porte-parole du gouvernement . “Il est regrettable que le gouvernement belge semble avoir capitulĂ© face aux […]
Mbelgiji kuzaliwa Rwanda alipatikana na hatia katika kesi ya ugaidi nchini Ubelgiji
HervĂ© Bayingana Muhirwa, ambaye alikuwa ameweka magaidi wawili walioteuliwa kama washambuliaji wa kujitoa mhanga katika nyumba yake kabla na baada ya mashambulizi, hakushiriki katika mashambulizi ya Machi 22, 2016 yaliyotekelezwa huko Zaventem na Maelbeek, mahakama ya Brussels ilihitimisha Jumanne . Kwa upande mwingine, majaji hao 12 walimkuta raia huyo Mbelgiji kuzaliwa Rwanda mwenye umri wa […]
Buruseli: Umubiligi ukomoka mu Rwanda akurikiranweho uruhare mu bitero by’iterabwoba
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Nyakanga, Urukiko rw’i Buruseli rwasanze HervĂ© Bayingana Muhirwa, umuturage w’Umubiligi w’imyaka 38 ukomoka mu Rwanda, ahamwa n’icyaha cyo kugira uruhare mu bikorwa by’umutwe w’iterabwoba. Nk’uko byatangajwe na Radiyo na Televiziyo by’u Bubiligi, RTBF, Urukiko rw’i Buruseli rwasanze batandatu mu 10 bakekwaho icyaha cy’ubwicanyi bw’iterabwoba mu bitero by’i Buruseli […]
North Kivu: The president of civil society escapes assassination
Armed and unidentified bandits have just killed a civilian this evening of July 25, 2023 in the city of Goma. According to tazamardc.net, the event happened on national road number two, in the western part of the tourist town. The president of civil society in North Kivu escaped this despicable act. “It seems that the […]
Perezida wa Sosiyete Sivile ya Kivu y’Amajyaruguru yarusimbutse
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2023, ibisambo byitwaje intwaro kandi bitamenyekanye byishe umusivili mu Mujyi wa Goma. Nkuko amakuru agera ku rubuga Tazama RDC abitangaza, ibi byabereye ku muhanda nimero ya kabiri, mu burengerazuba bw’umujyi. Perezida wa Sosiyete Sivile muri Kivu y’Amajyaruguru we yarusimbutse . Umuturage wo mu gace kabereyemo ibi yagize […]
Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abantu 34 barimo abasirikare 7 ba Nigeria
Umuyobozi w’umutwe wo kwirwanaho ndetse n’abaturage baravuga ko byibuze abantu 34, barimo n’abasirikare barindwi, baguye mu gitero cyagabwe n’agatsiko k’abantu bitwaje intwaro mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Nigeria . Igitero cyabereye mu karere kitaruye ka Dan Gulbi gaherereye mu butegetsi bwa Maru muri Leta ya Zamfara ku gicamunsi cyo kuwa Mbere ushize, nk’uko Ismail Magaji, ukuriye […]
Mu mezi 3 amabuye y’agaciro u Rwanda rwohereje hanze yinjije miliyari zisaga 400 Frw
Ikigo cy’amabuye y’agaciro, peteroli na gaz mu Rwanda (RMB) kiratangaza ko amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga hagati ya Mata na Kamena 2023 yinjije miliyoni zisaga 362 z’amadolari ya Amerika (hafi miliyari 426 z’amafaranga y’u Rwanda) . Zahabu yoherejwe mu mahanga yonyine yinjije miliyoni zisaga 302 z’amadolari (hafi miliyari 356 z’amafaranga y’u Rwanda), bigaragara ko ari […]
Uyu mwaka urarangira Umujyi wa Kigali ubonye bus 100 zo gutwara abagenzi – Min. Nsabimana
Umujyi wa Kigali urateganya kwakira bisi 100 mu mpera z’Ukuboza 2023, muri bisi 305 zasezeranijwe na guverinoma zo gukemura ikibazo cy’ibura ry’imodoka zitwara abagenzi, nk’uko Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Ernest Nsabimana, yabitangaje . Yabitangarije Abasenateri kuri uyu wa 25 Nyakanga, aho yatanze amakuru mashya ku ngamba zo guhangana n’impanuka zo mu muhanda kandi yizeza abasenateri ko […]
RDC: U Bubiligi bwemeye gutanga ubufasha mu iperereza ku iyicwa rya Depite Okende
Iyicwa rya Depite ChĂ©rubin Okende ku wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga i Kinshasa, ryarushijeho gukaza umwuka mubi mu rwego rwa politiki rusanzwe rutorohewe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho ku busabe bw’ubufasha bwa guverinoma n’ishyaka rya nyakwigendera, u Bubiligi bwamaze kwemera gufasha mu iperereza . ChĂ©rubin Okende, wari umuvugizi w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe […]
Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo
U Burusiya nicyo gihugu kinini kuruta ibindi ku Isi, gifite ubuso bwa 17.098.300km². Ni hafi inshuro ebyiri Canada iza ku mwanya wa kabiri mu gihe hakurikiraho Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa. Igihugu cya Algeria nicyo gihugu cyo muri Afurika kinini kurusha ibindi kiza ku mwanya wa 10. gikurikiwe na Repubulika ya Demokarasi ya […]
WASAC yasabwe ibisobanuro na Sena ku bibazo byagaragajwe n’Umugenzuzi w’imari

Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari batumiye Umuyobozi w’agateganyo wa WASAC, Gisele Umuhumuza ngo atange ibisobauro ku bibazo binyuranye byagaragaye muri WASAC biri muri raporo y’Urwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2021/2022. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye italiki 30 Kamena 2022 yerekana ko kuva mu kwezi kwa Mutarama 2021,WASAC yari […]
Mali yakuye Igifaransa mu ndimi zikoreshwa mu buyobozi nyuma y’imyaka isaga 60
Mu Itegeko nshinga ryayo rishya, Mali yitandukanyije n’Igifaransa, cyari rwo rurimi rukoreshwa mu buyobozi muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba kuva mu 1960 . Mu itegeko nshinga rishya ryemejwe cyane ku majwi 96,91% mu matora yo ku wa 18 Kamena, Igifaransa ntikiri ururimi rukoreshwa n’ubuyobozi. Igifaransa kizaba ururimi rukoreshwa mu kazi guhera ubu, kandi indimi […]
Mwendesha mashtaka Brammertz yuko katika ziara ya kikazi nchini Rwanda
Mwendesha Mashtaka Mkuu Serge Brammertz yuko kazini rasmi nchini Rwanda kuanzia tarehe 24 hadi 28 Julai 2023 . Kufuatia kukamatwa kwa Fulgence Kayishema tarehe 24 Mei huko Paarl, Afrika Kusini, Mwendesha Mashtaka Brammertz atatembelea Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Parokia ya Nyange kukutana na walionusurika na waathiriwa na watu mashuhuri wa eneo hilo. Mwendesha […]
Les problèmes qui pourraient empĂ ÂŞcher les forces de la SADC d’arriver Ă Â temps en RDC
L’armĂ©e sud-africaine en difficultĂ© aura du mal Ă Â apporter une contribution significative Ă Â une nouvelle force rĂ©gionale prĂ©vue censĂ©e apporter la paix en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) . Avec seulement une fraction des hĂ©licoptères de l’armĂ©e de l’air encore en mesure de voler et quelque 2600 soldats sud-africains dĂ©jĂ Â dĂ©ployĂ©s en RDC et au […]
Ibibazo by’uruhuri bishobora kubuza Ingabo za SADC kugera muri RDC mu gihe cyagenwe
Igisirikare cya Afurika y’Epfo bivugwa ko kiri mu bibazo by’ingutu muri iki gihe, gishobora kugorwa no gutanga umusanzu ugaragara mu mutwe mushya w’ingabo za SADC zigomba kujya kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Umushakashatsi mukuru mu Kigo cya Afurika y’Epfo cyita ku Bibazo Mpuzamahanga, Stephanie Wolters, avuga ko mu gihe […]
Burundi: Ubuzima bw’umunyamakuru Floriane wafunzwe avuye mu Rwanda buri hagati y’urupfu n’umupfumu
Amakuru aturuka mu begereye Gereza ya Muyinga agera kuri Bwiza.com kandi yemejwe n’umuryango, aravuga ko ubuzima bw’umunyamakuru Floriane Irangabiye bwari bwifashe nabi mu ijoro ryose ryo kuri uyu wa Mbere rishyira kuri uyu wa Kabiri. Mu minsi itari mike ishize, uyu munyamakuru yari yamenyesheje ubuyobozi bwa gereza ko ubuzima bwe bukomeje kumererwa nabi . Uyu […]
Umusirikare wa Uganda wabarizwaga muri Operation Shujaa muri RDC yiciwe mu kabari
Polisi ya Uganda mu Karere ka Budaka irimo gukora iperereza nyuma y’urupfu rw’umusirikare wa UPDF bivugwa ko yiciwe mu kabari atewe icyuma. Umusirikare wapfuye, wari ufite uruhushya ruzwi nk’ikibari, akomoka mu Mudugudu wa Bulomi, ahitwa Kameruka mu Karere ka Budaka. Umuvugizi wa Polisi muri Bukedi y’Amajyaruguru, SP Immaculate Alaso Emily, avuga ko ku itariki ya […]
Minisitiri w’Intebe wa Israel akomeje kujyanwa mu bitaro bya hato na hato
Kuri iki Cyumweru, Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yari mu bitaro nyuma yo gushyirwaho akuma gafasha umutima gukora neza (pacemaker) mu gihe abantu ibihumbi n’ibihumbi bahuriye i Yeruzalemu mu myigaragambyo yamagana igikorwa cyo gusuzuma ivugurura ry’urukiko rw’ikirenga riganirwaho mu nteko . Mu gihe Israel ikomeje kuvugwamo ibibazo bya politiki bikomeye itigeze igira mu myaka […]
Crimea: Ukraine yagabye igitero ku bubiko bw’amasasu bw’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, Guverineri washyizweho na Moscou yavuze ko igitero cy’indege zitagira abapilote ku bubiko bw’amasasu muri Crimea cyatumye abayobozi bahungisha abantu mu bilometero 5 kandi bafunga by’agateganyo ikiraro gihuza uyu mujyi n’u Burusiya. Ukraine yavuze ko igisirikare cyayo cyasenye ububiko bw’ibikomoka kuri peteroli hamwe n’ububiko bw’igisirikare cy’u Burusiya mu cyo ivuga ko […]
Amafoto: Urugendo rwo gukanga umwanzi rwa FARDC rwitabiriwe n’abakomando bateye ubwoba

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 22 Nyakanga 2023, Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi yakiriye neza urugendo rwo gukanga umwanzi rwateguwe n’umutwe w’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, mu ntara zimwe na zimwe za Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Binyuze mu ishami ry’itumanaho rya perezidansi, FĂ©lix Tshisekedi yishimiye iki gikorwa cyiza n’inzego z’ingabo n’umutekano. Mu magambo […]
Le président Denis Sassou Nguesso en visite au Rwanda
Le prĂ©sident de la RĂ©publique du Congo (Congo-Brazzaville), Denis Sassou Nguesso, est arrivĂ© au Rwanda ce vendredi 21 juillet, oĂ Âą il devrait s’adresser Ă Â une session conjointe du Parlement dans l’après-midi, entre autres activitĂ©s, a appris The New Times . La prĂ©sidence de la RĂ©publique du Congo a publiĂ© sur sa page Twitter qu’Ă Â l’invitation […]
Ngira isoni iyo ndi imbere y’abakobwa benshi – Visi Perezida wa Kenya
Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yahishuye ko ubusanzwe agira isoni iyo ari imbere y’abakobwa benshi . Kuri uyu wa Gatanu, ibi Gachagua yabivugiye ku ishuri Our Lady of Consolata Mugoiri Girls High School, riherereye ahitwa Kiharu mu Ntara ya Murang’a. Yavuze ko ataza kuvuga byinshi kubera abakobwa bose bamurebaga. Gachagua ati: “Ndi muri situation […]
The FARDC organize a dissuasive march on Saturday in Kinshasa and Lubumbashi
The FARDC announce the organization of a dissuasion march for this Saturday, July 22 in the city-province of Kinshasa . Major General and commander of Republican Guard/FARDC, Gabi Kiriza Ephraim indicates, in his telegram, that the march in which six thousand five hundred (6500) soldiers will participate, will have as a meeting point the place […]
Yasabye umushinjacyaha gusoma Charles Onana mbere yo kumubaza iby’imvugo zibasira Abatutsi ashinjwa
Depite Justin Bitakwira wari watumijwe n’ubushinjacyaha ngo yisobanure ku mvugo zibiba inzango n’amacakubiri zibasira ubwoko bw’Abatutsi amaze iminsi yumvikana avuga mu mbwirwaruhame n’ibiganiro mu itangazamakuru, kuri uyu wa Kane yanze kugira byinshi atangariza umushinjacyaha amubwira ko ntacyo bavugana atarasoma igitabo Holocauste au Congo cya Charles Onana, avuga ko ibyo yavuze ari ho yabikuye . Nyuma […]
Masisi: Bwa mbere hatangajwe abaguye mu mirwano ya M23 na Wazalendo ku mpande zombi
Ku nshuro ya mbere kuva intambara hagati ya M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yubura, hatangajwe umubare w’abarwanyi ba M23 biciwe mu mirwano no ku ruhande rw’inyeshyamba za Wazalendo zifatanyije na leta . Nk’uko bitangazwa n’urubuga TazamaRDC, ngo imirwano yabereye kuri uyu wa Kane ushize, itariki 20 Nyakanga, ku dusozi twa Kavumu […]
Umuyobozi wa CIA aremeza ko Putin arimo gushakira ibirungo umuyobozi wa Wagner
Umuyobozi wa CIA aravuga ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, arimo kugerageza kugura igihe mu gihe arimo kwiga uko yakwihorera kuri Yevgeny Prighozin . Prigozhin ni umuyobozi w’ikigo cy’abacanshuro cya Wagner wayoboye imyivumbagatanyo y’abarwanyi be mu Burusiya mu kwezi gushize. Umuyobozi wa CIA, William Burns, yatangaje ko iyo myivumbagatanyo yerekanye intege nke zikomeye muri sisitemu […]
Kivu y’Amajyepfo: Inkongi y’umuriro yishe abantu 3 ikongora inzu zisaga 100
Inkongi y’umuriro yibasiye agace ka Lugushwa, gaherereye muri Teritwari ya Mwanga, muri Kivu y’Amajyepfo kuwa Kabiri ushize, itariki 18 Nyakanga, ihitana abantu batatu inasenya inzu zisaga 100 . Nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane ushize n’Ibiro Ntaramakuru bya Congo, ACP, byavuganye na Mubirimbo Birimu, Perezida wa sosiyete sivile yaho, ngo icyateje iyi nkongi ntikirasobanuka neza. […]
Irak yahambirije Ambasaderi wa Suede nyuma yo gutwika ambasade i Bagdad
Irak yahambirije Ambasaderi wa Suede nyuma y’amasaha make abigaragambya b’Abanya-Irak barakajwe no gutwika amakopi ya Koran muri Suede, bateye ambasade y’iki gihugu i Bagdad bakurira inkuta z’urupangu maze bakayitwika . Iraki yakoze ibi mu rwego rwo kugaragaza uburakari yari ifitiye igikorwa cyari giteganyijwe i Stockholm cyo kongera gutwika Koran kuri uyu wa Kane. Kuri uyu […]
The African Union reaction to Russia’s exit from the grain agreement
The African Union on Tuesday “regretted” Russia’s decision to suspend the agreement that allowed Ukrainian grain exports through the Black Sea despite the war in Ukraine . “I regret the suspension of the Black Sea Grain Initiative, which the African Union had supported very early on,” AU Commission Chairperson Moussa Faki Mahamat said on his […]
Abadepite baremeza imishinga y’amategeko yiganjemo areba imisoro
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite kuri uyu wa Kane, itariki 20 Nyakanga, nyuma ya saa sita guhera saa cyenda, iremeza imishinga ine y’amategeko yerekeranye ahanini n’imisoro. Imishinga y’amategeko yemezwa irimo: -Umushinga w’itegeko rishyiraho umusoro ku nyongeragaciro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No027/2022 ryo kuwa 20/10/2022 rishyiraho imisoro ku musaruro; -Umushinga w’itegeko rihindura Itegeko No025/2019 ryo kuwa 13/09/2019 […]
Abarwanyi 100 ba Al Shabab biciwe mu gikorwa cy’Ingabo za Somalia na Amerika
Minisiteri y’itangazamakuru muri Somalia yatangaje ko mu gikorwa igisirikare cyafatanyijemo n’ingabo za Amerika bishe abaterabwoba bagera ku 100 ba al-Shabaab kuri uyu wa Gatatu ushize mu gihugu rwagati, barimo abayobozi barindwi bo mu rwego rwo hejuru . Igisirikare cya Somalia (SNA) ku nkunga y’ingabo za Amerika zagabye ibitero by’indege no ku butaka hafi y’imidugudu ya […]
Le célèbre comédien americain Kevin Hart en visite au Rwanda
L’humoriste et acteur de cinĂ©ma amĂ©ricain Kevin Hart est Ă Â Kigali, a appris Bwiza.com. Le comedien de renom a Ă©tĂ© ce mardi repĂ©rĂ© Ă Â Haute Baso avec sa famille . La boutique Made in Rwanda s’est adressĂ©e Ă Â Twitter pour remercier la famille Hart d’avoir fait du shopping avec eux. “Quel honneur d’accueillir la famille […]
Uganda: Museveni yashyikirijwe ubutumwa bwa Tshisekedi bwajyanwe na Mbusa Nyamwisi

Umunyamabanga wa Leta ya Congo ushinzwe ibikorwa byo kwishyira hamwe mu karere, Antipas Mbusa Nyamwisi hamwe n’intumwa nkuru y’umukuru w’igihugu Tony Kanku, kuva ku wa Gatatu, itariki 19 Nyakanga bari i Kampala, muri Uganda, aho bagiye bajyanye ubutumwa bwa Perezida Tshisekedi bugenewe mugenzi we wa Uganda, Yoweri Museveni. Kuri uyu wa gatatu saa cyenda z’amanywa, […]
Depite Bitakwira yatumijwe n’umushinjacyaha nyuma y’imvugo zibasira Abatutsi zamaganwe na E.U
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 20 Nyakanga saa yine za mu gitondo, Depite Justin Bitakwira agomba kwitaba umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza nyuma y’aho Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi usabiye minisitiri w’ubutabera wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukumira uyu munyapolitiki ukomeje gukoresha imvugo zibiba urwango zibasira Abatutsi . Ibaruwa imuhamagaza ariko ntabwo igaragaramo […]
Games of La Francophonie: The Guinean football team withdraws
The Guinean Football Federation announced on Tuesday, July 18, the withdrawal of the U20 men’s national team from the football tournament as part of the IX Francophonie Games to be held from July 28 to August 6, 2023 in Kinshasa . The federation meant that “this decision is taken after a request from the Ministry […]