U Burusiya bwasabye Ukraine kubushyikiriza ukuriye urwego rw’umutekano ruzwi nka SBU
Ku Cyumweru itariki 31 Werurwe, Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga yâu Burusiya yasabye ko Kyiv igomba gutanga abantu bose bafite uruhare mu bikorwa byâiterabwoba byakorewe mu Burusiya, barimo Vasyl Maliuk, umuyobozi wâurwego rwâumutekano. SBU, yateye utwatsi icyo cyifuzo ivuga ko “nta kamaro”, nk’uko bitangazwa na Reuters , yibukije minisiteri y’ u Burusiya ko ahubwo Perezida w’iki gihugu, […]
Rubavu: Ubushomeri buratuma bamwe bisanga mu mitwe yitwaje intwaro
Urubyiruko ruturiye umupaka w’u Rwanda na Repubuka ya Demokarasi ya Congo rurasaba ko rwahangirwa imirimo bikarinda bamwe bari kwishora muri Congo bashukishijwe imirimo. Abatuye muri ibi bice bitandukanye bihana imbibi n’iki gihugu cyane cyane urubyiruko bavuga ko aha iwabo nta mirimo ibateza imbere ikihagaragara, kandi ngo bisaba umusore wihuse iminota 5 akaba ageze muri Repubulika […]
Nyarugenge: Babiri bafatanywe amacupa arenga 900 yâamavuta yo kwisiga yangiza uruhu

Polisi yâu Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu nâibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Nyarugenge, abantu babiri bakurikiranyweho kwinjiza mu gihugu no gukwirakwiza amavuta yo kwisiga yangiza uruhu azwi nka âmukologoâ ubwo bari batwaye mu modoka amacupa y’ayo mavuta 924. Abafashwe ni umugabo wâimyaka 41 yâamavuko, wari utwaye imodoka irimo amavuta na mugenzi we wâimyaka […]
Igisirikare cya Israel cyemeye ko kishe Abanyepalestina muri Gaza
Igisirikare cya Israel cyemeye ko ingabo zacyo zarashe zikica Abanyepalestina babiri zigakomeretsa uwa gatatu ku nkengero yâinyanja mu ntara ya Gaza. Zabyemeje ku wa Gatandatu nyuma yâuko amashusho ya videwo yagiye ahagaragara yerekana umugabo umwe yitura hasi bisa nkaho arasiwe ahantu hatari abantu. Ayo mashusho kandi yerekana ibimodoka bya tingatinga bisunikira imirambo ibiri mu musenyi […]
MONUSCO ihangayikishijwe nâumuvuduko wa M23
Ingabo zose zâamahanga zigomba kuva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ibi byatangajwe na Bintou Keita, uhagarariye umunyamabanga mukuru wâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa Gatatu ushize, itariki ya 27 Werurwe, ubwo yari mu Nama idasanzwe yâAkanama gashinzwe Umutekano ku kibazo cyâumutekano mu burasirazuba bwa DRC. Mu ijambo rye, Bintou Keita, […]
Karidinali Ambongo yifashishije misa ya Pasika mu kunegura abayobozi ba RDC na FARDC
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Karidinali Fridolin Ambongo yatanze ubutumwa butangaje, bwa politiki kandi bunenga guverinoma muri misa ya Pasika. Arkiyepiskopi wa Kinshasa yamaganye uburangare bw’abayobozi imbere yâibikorwa by’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bw’igihugu biturutse ku makuru avuga ko bica intege igihugu. Abakirisitu bari babukereye bose bagiye gutega amatwi musenyeri mukuru, kuva yatangira […]
Syria: Nibura 7 biciwe mu gitero cyâimodoka itezemo igisasu mu isoko
Nibura abantu barindwi baguye mu gitero cyâimoddoka itezemo gisasu cyibasiye isoko rikunze kuba ryuzuye mu majyaruguru ya Syria. Amakuru aravuga ko abandi benshi bakomerekeye mu gitero cyagabwe mu mujyi wa Azaz mu ntara ya Aleppo, hafi y’umupaka wa Turkiya kuri uyu wwa Gatandatu ushize. Ntiharamenyekana uwagabye igitero muri uyu mujyi uyobowe nâimitwe yitwara gisirikare ishyigikiwe […]
Umuvugizi wa Ndayishimiye yemeje ko gufungura imipaka nâu Rwanda atari ibya vuba
Kuri uyu wa Gatanu ushize, Rosine GuilĂšne Gatoni, Umuvugizi wa Perezida Ă â°variste Ndayishimiye mu kiganiro yatangiye mu ntara ya Karusi (mu burasirazuba bwo hagati mu Burundi) ari kumwe n’abavugizi b’ibigo bya Leta, yemeje ko gufungura imipaka nâu Rwanda atari ibya vuba. Umuvugizi wa Perezida wâu Burundi yashimangiye icyifuzo cyâubuyobozi bwâu Burundi, nkâimpamvu rukumbi yatuma imipaka […]
U Bwongereza: Hatangiye gutegurwa âOperation Menai Bridgeâ ijyanye no gutabariza Charles III
Umwami Charles III amaze amezi 18 gusa ari umwami mu Bwongereza, nyamara gahunda yâuko azatabarizwa yatangiye gutegurwa mu gihe ahanganye na kanseri iri ku cyiciro cya nyuma. Iyiswe âOperation Menai Bridge,â imihango yo gutabariza Umwami Charles III, izaba imeze nk’imihango y’itabarizwa ryâUmwamikazi Elizabeth wa II, yiswe âOperation London Bridge.â Mu gihe kanseri ye igenda itera […]
Centrafrique: Abapolisi bâu Rwanda bari mu butumwa bazindukiye mu muganda rusange

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Werurwe, abapolisi bâu Rwanda bagize itsinda RWAFPU I-9 riri mu butumwa bwâumuryango wâabibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), bafatanyije nâabaturage umuganda rusange wo gusukura isoko rya Sica II, riherereye i Bangui mu murwa mukuru wâicyo gihugu. Ni umuganda wakozwe mu rwego rwo […]
Ukraine: Zelenskyy akomeje gucisha umweyo mu bamwegereye
Kuri uyu wa Gatandatu Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yirukanye icyegera cye bamaranye igihe kirekire na bamwe mu bajyanama be. Ni muri gahunda ikomeje yo kuvugurura ubuyobozi bwe mu gihe u Burusiya bukomeje kugaba ibitero bundi bushya, harimo nâibyo mu ijoro ryp kuwa Gatanu. Zelenskyy yasezereye ku mirimo Serhiy Shefir wari ku isonga mu bashinzwe […]
RDC: Amerika ngo ivugana kenshi na GECAMINES ishakisha cobalt na copper
Umwe mu bayobozi bakuru muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga yabwiye Ibiro Ntaramakuru Reuters, ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivugana buri gihe nâIkigo cyâigihugu cyâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (GECAMINES), mu gihe Washington ishaka kurushaho kunoza umubano nâiki gihugu kiri mu bivamo ubutare bwa cobalt nâumuringa kurusha ibindi ku Isi. KUKI ARI […]
Uganda: IGP Katsigazi aravuga ko hari abapolisi bari gutoroka akazi kubera inguzanyo
Umuyobozi mukuru w’agateganyo wa Polisi ya Uganda, Maj Gen Tumusiime Katsigazi, aravuga ko afite abapolisi bamwe bataye akazi kubera inguzanyo. Katsigazi watangiye imirimo ye nka IGP ku itariki ya 4 Werurwe, nyuma yâuko amasezerano yâakazi ya Martin Ochola arangiye, avuga ko gutoroka kubera inguzanyo bituruka ku kuguza bitatekerejweho neza. Ku wa Gatatu, Katsigazi yabitangaje ubwo […]
Ishyaka PPRD rya Kabila ryitandukanyije n’abayoboke baryo bagiye muri AFC/M23
Batatu bahoze ari abakada ba PPRD, Henry Magie, Yannick Tshisola na Adam Chalwe bifatanije n’ihuriro AFC (Alliance Fleuve Congo) rya Corneille Nangaa. Amashusho aberekana yambaye imyenda ya gisirikare yateje kwibaza isano iri hagati yâihuriro rya Nangaa, inyeshyamba za M23 nâishyaka PPRD ryâuwahoze ari perezida, Joseph Kabila. Aba bayoboke bashya bamurikiwe rubanda ku wa Kane, itariki […]
Walungu: Ubushyamirane hagati ya FARDC na Wazalendo bwaguyemo batatu
Kuri uyu wa Gatatu ushize, ubushyamirane hagati yâabasirikare ba leta, FARDC, n’inyeshyamba zibashyigikiye zizwi nka Wazalendo i Nyangezi muri Teritwari ya Walungu, mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwaguyemo abantu batatu. Amakuru ava muri Gurupoma ya Karhongo yemeza ko amakimbirane yaturutse ku mbunda ba Wazalendo bambuye umusirikare wa […]
Centrafrique: Abapolisi bâu Rwanda 320 bari mu butumwa bambitswe imidali yâishimwe

Kuri uyu wa Kane, iitariki ya 28 Werurwe 2024, abapolisi bâu Rwanda 320 bari mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) bambitswe imidali yâishimwe. Mu bambitswe imidali yâishimwe harimo abapolisi 279 bagize amatsinda abiri ari yo; RWAFPU I-9 na RWAPSU I-8 nâabagera kuri 41 badakorera mu matsinda (IPOs), mu muhango […]
Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine ziravuga ko zahanuye drones 26 zâu Burusiya
Kuri uyu wa Kane, ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zavuze ko zahanuye indege zitagira abadereva 26 zoherejwe nâu Burusiya mu bice byâiburasirazuba, amajyepfo nâamajyepfo yâuburasirazuba. Ingabo zirwanira mu kirere zavuze ko u Burusiya bwohereje indege 28 zitagira abaderava, zakozwe na Iran hejuru ya Odesa, Kharkiv, Dnipropetrovsk na Zaporizhzhia. Guverineri w’akarere ka Zaporizhzhia yavuze ko […]
Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique yasuye icyicaro cya RDF muri Mocimboa da Praia

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 27 Werurwe 2024, Ambasaderi wâu Rwanda muri Mozambique, HE Donath Ndamage yasuye mu ruzinduko rw’umunsi umwe icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda n’abapolisi mu Karere ka Mocimboa da Praia. Icyari kigamijwe muri urwo ruzinduko kwari ugusabana n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda no kubona amakuru afatika ku bijyanye nâibibazo by’umutekano mu Ntara ya Cabo […]
Fizi: Imirwano ihuje Mai Mai Biloze Bishambuke na Red-Tabara kuva ku wa Mbere imaze kugwamo 11
Nibura inyeshyamba 11 zishwe abandi benshi barakomereka mu mirwano ihuje kuva ku wa Mbere, itariki ya 25 Werurwe, inyeshyamba za Mai Mai Biloze Bishambuke nâabarwanyi bo muri Red-Tabara (umutwe witwaje intwaro ukomoka mu Burundi), nk’uko bivugwa na sosiyete sivili yo muri ako gace, bafatanije na irindi tsinda rya Mai Mai Ngomanzito. Iyi mirwano ibera ahitwa […]
Sudani: Indege zahaye isomo inyeshyamba za RSF zashakaga guhagarika imfashanyo ijya i Darfur
Ku uyu wa Gatatu, itariki 27 Werurwe 2024, indege zâintambara zagabye igitero ku murongo wâimodoka zâinyeshyamba za RSF hafi yâumujyi wa Mellit mu majyaruguru ya Darfur, nk’uko byatangajwe nâumuyobozi mu ngabo zihuriweho zâabashyize umukono ku Masezerano yâamahoro ya Juba. Inyeshyamba za RSF ngo zageragezaga guhagarika imodoka zitwaye imfashanyo muri El Fasher. Ibi ngo byerekana intera […]
Ba Defence Attachés muri za ambasade bakorera mu Rwanda bakiriwe ku cyicaro cya RDF

Abashinzwe ibijyanye n’igisirikare (Defence AttachĂ©s) 30 bakorera muri za ambasade zitandukanye mu Rwanda hamwe nâintumwa zâabashyitsi kuwa Gatatu bakiriwe ku cyicaro gikuru cya RDF ku Kimihurura mu nama yâumutekano yâigihembwe. Abitabiriye amahugurwa bahagarariye ibihugu makumyabiri na bine aribyo; Algeria, u Bubiligi, Canada, u Bushinwa, Repubulika ya Czech, Danemark, Misiri, u Bufaransa, u Budage, u Buyapani, […]
Gitega: No mu buroko ngo Gen. Bunyoni aracyabatera ubwoba
Mu ntangiriro zâiki cyumweru, imfungwa yo muri gereza nkuru ya Gitega, Chartier Irankunda, uzwi ku izina rya Mvugusi, yahaswe ibibazo no OPJ (officier de police judiciaire)ku bijyanye na simcard bivugwa ko yahaye Gen. Alain Guillaume Bunyoni ufungiye muri iyi gereza. Ibazwa ryabereye muri Gereza Nkuru ya Gitega mu murwa mukuru wa politiki. Yabajijwe ibijyanye n’ikarita […]
IGP Namuhoranye yakiriye intumwa zâumutwe wa EASF

Umuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda (IGP) CG Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Werurwe, yakiriye Umuyobozi wâubunyamabanga bwâUmutwe wâingabo zihora ziteguye gutabara mu Karere kâAfurika yâIburasirazuba (EASF), Brig. Gen (Rtd) Paul Kahuria Njema nâintumwa yari ayoboye, ku Cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru. IGP Namuhoranye na Brig. Gen (Rtd) Kahuria baganiriye […]
Venant Rutunga ukurikiranweho ibyaha bya jenoside yasabiwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Gatatu ubushinjacyaha bwasabiye Venant Rutunga ukurikiranweho ibyaha bya jenoside igifungo cya burundu. Uyu ashinjwa ko yagiye kuzana abajandarume kuri Perefegitura ya Butare bakica Abatutsi bari bahungiye mu kigo cya ISAR Rubona yari akuriye. Ubushinjacyaha bwasabye abacamanza kuzamuhamya ibyaha bya jenoside, ubufatanyacyaha mu cyaha cya jenoside no kurimbura imbaga. Uyu wahoze ayobora ikigo […]
Taiwan yagerageje ibisasu byagenewe gusenya ibindi
Igisirikare cya Taiwan kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Werurwe 2024, cyakoze igerageza ryâibisasu byagenewe gushwanyuriza ibindi mu kirere byo mu bwoko bwa misile ziswe Patriot zakorewe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Taiwan iravuga ko iryo gerageza rirushaho gukaza imyiteguro yâingabo zayo mu gihe u Bushinwa bukomeje icyo yise âubushotoranyiâ kuri icyo kirwa buvuga […]
Burundi: Dr Bitangumutwenzi yatawe muri yombi nâinzego zâubutasi
Amakuru ava mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko Dr. Patrick Bitangumutwenzi yatawe muri yombi ku wa gatatu ushize nâabakozi bâikigo cyâigihugu gishinzwe iperereza (SNR) afatiwe i Bujumbura. Arashinjwa kunenga mu itsinda rya WhatsApp gutaburura kwa komisiyo ishinzwe ukuri n’ubwiyunge (CVR) kwâamagufa y’abahohotewe mu bibazo u Burundi bwanyuzemo. Dr. Patrick Bitangumutwenzi ni umuganga wâabana muri Polyclinique […]
USA: Ikiraro kinini muri Bartimore cyaguye nyuma yo kugongwa nâubwato
Ikiraro kinini mu mujyi wa Baltimore wo muri Amerika cyaguye mu ruzi rwa Patapsco nyuma yâuko ubwato bwikoreye kontineri bukigonze. Ikiraro cyashwanyutse kandi kiroha mu mazi ahagana saa 01:30 ET (05:30 GMT) hamwe n’imodoka n’abantu bari bakiriho. Ubuyobozi buvuga ko hakomeje gukorwa igikorwa kinini cyo gushakisha byibuze abantu barindwi, mu gihe abantu babiri bavanywe mu […]
Goma: Abasirikare babiri bakuru ba FARDC bakurikiranweho kunyereza imishahara
Kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Werurwe , Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Goma muri Kivu yâAmajyaruguru rwatangiye iperereza ku rubanza rwa kabiri ku bijyanye no kunyereza amafaranga yari agenewe guhemba abasirikare no kugerageza guha ruswa komisiyo yâubugenzuzi bukuru bwâimari (IGF) kw’abasirikare babiri bakuru babarizwa mu Karere ka 34 ka gisirikare. Aba basirikare bakuru bombi […]
Kagame yemeje ko nta wundi ambasaderi uzoherezwa i Buruseli utari Karega u Bubiligi bwanze
Mu Rwanda, Paul Kagame, Mu kiganiro na Jeune Afrique cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere ushize, Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rutazohereza undi ambasaderi i Buruseli utari Vincent Karega, u Bubiligi bwanze ntibutange âibisobanuro byumvikanaâ. Perezida kagame yabwiye Jeune Afrique ati “Ubwo byari bigeze guhindura ambasaderi I Buruseli, twahisemo koherezayo Vincent Karega. Cyane […]
Minisitiri wâingabo nâumugaba wazo bakiriye Brig Gen (Rtd) Kahuria ukuriye ubunyamabanga bwa EASF

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 25 Werurwe 24, Minisitiri wâIngabo, Juvenal Marizamunda ari kumwe nâUmugaba Mukuru wâingabo za RDF, Gen. Mubarakh Muganga, bakiriye Brig Gen (Rtd) Paul Kahuria Njema, umuyobozi wâubunyamabanga bwa Eastern Africa Standby Force (EASF), aherekejwe na Col Jens Lindvig, Chairman w’Inshuti za EASF. Uru ruzinduko rwari rugamije kumenyesha Minisitiri wâIngabo nâUmugaba […]
M23 irashinja FARDC nâabafatanyabikorwa kubyuka batera ahantu hatuwe cyane
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Werurwe 2024, Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo nâabafatanyabikorwa bacyo baravugwaho kubyuka bagaba ibitero ahantu hatuwe cyane. Ibi ni ibitangazwa na M23 ibinyujije ku Muvugizi wa yo, Laurence Kanyuka, mu butumwa yacishije kuri X muri iki gitondo. Kanyuka avuga ko « guhera muri iki […]
London: Amafaranga azagenda ku bimukira bazoherezwa mu Rwanda akomeje guteza impaka
Umushinga wâitegeko ryerekeranye no kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro warenze ikindi cyiciro mu nteko nshingamategeko yâu Bwongereza, ariko ntiwitezweho kurangira mbere yo mu kwezi gutaha kwa Kane hagati. Ku itariki 18 yâuku kwezi kwa Gatatu, abadepite banze impinduka icumi zose zari zakozwe nâurwego rwa sena kuri uwo mushinga mu ntangiriro zâuku kwezi. Raporo iheruka yâibiro […]
Centrafrica: Uwahoze ari umurwanyi yahishuye uko Ingabo za MINUSCA zakoranaga nâinyeshyamba

Bamwe mu bagize Ingabo zâUmuryango wâAbibumbye zoherejwe muri Centrafrica (MINUSCA) kuva kera byashinjwe gufasha no gutera inkunga inyeshyamba zo muri iki gihugu, ariko ubuhamya bwinshi bwâabaturage nâabahoze ari inyeshyamba bwerekana isano iri hagati yâingabo za Loni nâimitwe yitwaje intwaro. Nkâuko aya makuru abigaragaza, ingabo za Loni zahaye inyeshyamba intwaro, amasasu, ibyo kurya nâimiti, kandi zitanga […]
Kuki intwaro zitumizwa muri Afurika zagabanyutseho kimwe cya kabiri muri iyi myaka ishize ?
Mu myaka icumi ishize, gutumiza intwaro mu mahanga ku bihugu bya Afurika byagabanutseho kimwe cya kabiri, bitewe ahanini nâigabanuka rikomeye mu gutumiza izi ntwaro kwa Algeria na Maroc nkâibihugu bisanzwe biza imbere ku mugabane mu kugura intwaro, mu gihe u Bushinwa bwafashe igice kinini cyâisoko ryâumugabane buryambuye u Burusiya. Ibi ni ibyatangajwe n’ikigo mpuzamahanga gishinzwe […]
Ukraine irigamba gusenya amato 2 yâingenzi yâIngabo zâu Burusiya muri Crimea
Ukraine iravuga ko yarashe amato abiri akoreshwa mu kujyana ku nkombe ingabo nâibikoresho, ikigo cyâitumanaho nâibindi bikorwa remezo bikoreshwa nâamato yâu Burusiya mu ntaraya CrimĂ©a yigaruriwe. Itangazo ryasohowe nâabakozi bakuru bâigisirikare cya Ukraine rivuga ko amato ya Yamal na Azov yangiritse. Guverineri washyizweho n’u Burusiya ku cyambu cya Sevastopol yavuze ko misile 10 za Ukraine […]
Uko Nshimiye yageze muri Amerika, uko abaturanyi bamufataga nâimpamvu yatangiye gukurikiranwa
Umunyarwanda Eric Tabaro Nshimiye w’imyaka 52 ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yari abayeho neza kandi atuje mumajyaruguru yâuburasirazuba bwa Ohio mu myaka irenga 20 ishize, kugeza ubwo ubutabera butangiye kumukurikirana, aho tugiye kugaruka ku byo ashinjwa, uko yageze muri Amerika nâimpamvu atangiye gukurikiranwa ubu. Yakoze nka injeniyeri muri Goodyear Tire & Rubber Co […]
Senegal: Umukandida Faye utavuga rumwe nâubutegetsi ari imbere mu matora ya perezida
Ibya mbere byavuye mu matora ya perezida wa Senegal bishyira imbere umukandida utavuga rumwe nâubutegetsi Bassirou Diomaye Faye, byatumye abamushyigikiye bigabiza imihanda batangira ibirori, nubwo uwo bahanganye cyane wo mu ihuriro riri ku butegetsi yavuze ko hazakenerwa icyiciro cya kabiri kugira ngo hamenyekane uwatsinze. Nibura batanu mu bakandida 19 bari mu irushanwa basohoye itangazo nyuma […]
Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye kubura mu nkengero za Sake na Rubaya
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Werurwe 2024, imirwano yongeye kubura hagati yâigisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, ndetse nâinyeshyamba za M23 mu nkengero za Sake no mu bindi bice. Urubuga Kivu Morning Post rubinyujije kuri X rwavuze ko imirwano yubuye muri iki gitondo yahuje Ingabo za FARDC zifatanyije na […]
Nyarugenge: Polisi yafatiye mu cyuho uwageragezaga kwiba atoboye iduka
Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâubuyobozi bwâinzego zâibanze nâabaturage mu Karere ka Nyarugenge, yafashe umugabo wâimyaka 53 yâamavuko, wageragezaga kwiba mu iduka ricururizwamo ibikoresho byâubwubatsi yari yinjiyemo atoboye urukuta. Yafashwe ku isaha ya saa cyenda nâigice zo mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki ya 23 rishyira ku Cyumweru tariki ya 24 Werurwe 2024, mu […]
U Burusiya buravugwaho kuvogera ikirere cya Pologne mu kugaba ibitero muri Ukraine
Umurwa mukuru wa Ukraine ndetse n’akarere ka Lviv mu burengerazuba byagabweho igitero cyâindege cyâu Burusiya âkininiâ, mu gihe Pologne yavuze ko imwe muri misile z’u Burusiya yanyuze mu kirere cyayo. U Burusiya na Ukraine byagiye bigabanaho ibitero byâindege byica, ibitero byo kuri iki Cyumweru nabyo bije nyuma y’umunsi umwe ingabo zâu Burusiya zivuze ko zafashe […]
Nigeria: Abanyeshuri basaga 280 bari bashimuswe barekuwe nta nkomyi
Abanyeshuri barenga 280 bo muri Nigeria bari barashimuswe mu mujyi wa Kuriga uherereye mu majyaruguru yâiburengerazuba, bararekuwe “nta nkomyi” nkâuko byatangajwe nâabayobozi. Guverineri wa Leta ya Kaduna, Uba Sani, ntabwo yatanze ibisobanuro birambuye ku irekurwa ryabo, hasigaye iminsi mike ngo igihe ntarengwa cyo gutanga ingurane yasabwe na ba rushimusi kirangire. Ku itariki ya 7 Werurwe, […]
U Burusiya buremeza ko bwafashe bamwe mu bagabye igitero cyahitanye 133 i Moscow
Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ubutegetsi bwe bwafashe abantu bane bakekwaho kugira uruhare mu gitero cyagabwe mu nzu ikorerwamo ibitaramo i Moscow mu murwa mukuru kigahitana abantu 133. Kuri uyu wa Gatandatu ushize, mu ijambo yagejeje ku baturage, Perezida Putin yavuze ko abo batawe muri yombi berekezaga muri Ukraine. Yavuze ko igihugu cye […]
Amafoto: Ishyaka PSD ryiyemeje kuzashyigikira Perezida Kagame mu matora ataha

Ishyaka PSD ryemeje ku mugaragaro ko rizashyigikira Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu matora ateganyijwe muri Nyakanga kubera impamvu zasobanuwe na Perezida wâiri shyaka muri kongere yaryo. Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Werurwe 2024, nibwo Abayoboke b’Ishyaka PSD bateraniye muri Kongere ya 2 yâigihugu idasanzwe y’Ishyaka. Perezida w’Ishyaka PSD, Dr Vincent Biruta yagaragaje ko […]
Abanyakigali basabwe kubanza kugana abunzi mbere yo kugana inkiko
Abaturage bo mu Mujyi wa Kigali barasabwa n’Umuvunyi Mukuru kuba baretse kugana inkiko mbere yo kwiyunga ubwabo, kuko zibahenda mu gihe ibibazpo bafitanye byari kubona ubutabera busesuye bitabaye ngombwa ko batakaza igihe nâubutunzi bakururana mu nkiko. Ibi byabigarutsweho n’Umuvunyi Mukuru Nirere Madeleine muri iki cyumweru, ubwo yasuraga abaturage bo mu Mirenge itandukanye yâAkarere ka Gasabo […]
Somalia: Igitero cya Al-Shabaab ku birindiro bya gisirikare cyaguyemo byibuze 17
Byibuze abantu 17 biciwe muri Somalia nyuma yâigitero cyâumutwe wa al Shabaab ku kigo cya gisirikare kuri uyu wa Gatandatu ushize. Abashinzwe umutekano bavuga ko ibirindiro bya Busley, mu karere ka Lower Shabelle gaherereye mu majyepfo yâiburengerazuba bwâigihugu, byigaruriwe nâabagabye igitero akanya gato. Umusirikare mukuru wa Somalia yatangarije Reuters ko abarwanyi bitwaje intwaro bo muri […]
Senegal: Babyukiye mu matora yo gutora perezida wa gatanu wâigihugu
Kuri iki Cyumweru, Senegal yagiye mu matora yo gutora perezida wa gatanu wayo mu matora yatinze kubera ibibazo bya politiki byavuyemo imivurungano yateje imyigaragambyo ikaze yâabatavuga rumwe nâubutegetsi kandi yongera gushyigikira abatavuga rumwe nâubutegetsi. Igishobora kuba ni iherezo ryâubutegetsi bwakomeje politiki yorohereza abashoramari mu gihugu cyenda kuba muri bimwe mu bicuruza peteroli na gaze vuba, […]
U Rwanda rurateganya kubona miliyoni 165.5$ nyuma yo gusoza neza isuzuma rya gatatu rya IMF
U Rwanda rurateganya kwakira miliyoni 76.6 zâamadolari yâAmerika binyuze mu kigega Resilience and Sustainability Facility (RSF) na miliyoni 88.9 US $ binyuze muri gahunda ya (SCF). Ibi bije nyuma yo gusoza neza amasezerano yo ku rwego rwâabakozi hagati yâabayobozi ba Leta nâitsinda ryâubutumwa bwâIkigega Mpuzamahanga cyâImari (IMF) kuri politiki yâubukungu nâimari ikenewe kugira ngo hasozwe […]
Abasirikare basaga 20 ba Niger bishwe nâinyeshyamba abandi barakomereka
Minisiteri yâingabo muri Niger yavuze ko abarwanyi bishe byibuze abasirikare 23 abandi 17 barakomereka mu gitero cyagabwe ku mutwe wâabasirikare ba leta mu majyaruguru yâiburengerazuba bwâigihugu. Abantu barenga 100 bitwaje imbunda bari kuri moto no mu modoka bakoresheje ibikoresho biturika ndetse na bombe biyahura kugira ngo bagabe igitero ku mutwe wa gisirikare ubwo bari barimo […]
Abagura ibikoresho byakoreshejwe basabwe ubufasha mu kurwanya ubujura bwâibikorwaremezo
Abacuruza insinga zâamashanyarazi, ibyuma bishaje nâibindi bikoresho byakoreshejwe basabwe kugira uruhare mu guhagurukira ikibazo cyâubujura bwâibikorwaremezo byifashishwa mu gukwirakwiza umuriro nâamazi. Babisabwe kuri uyu wa Kane tariki 21 Werurwe 2024, mu nama yabereye mu cyumba cyâinama cyâakarere ka Gasabo, yahuje abahagarariye Minisiteri yâubucuruzi nâinganda, Minisiteri yâibikorwaremezo, Ikigo cyâigihugu gishinzwe ingufu (REG), Ikigo cyâigihugu gishinzwe gukwirakwiza […]
Abavandimwe ba Tshisekedi baba bari inyuma yâurupfu rwa ChĂ©rubin Okende?
Uwahoze ari Minisitiri wâubukerarugendo, Modero Nsimba, kuri uyu wa Kane, itariki 21 Werurwe, yagejejwe imbere yâurukiko i Kinshasa nyuma yo gutabwa muri yombi kuwa Gatandatu ushize nyuma yo gushyira amajwi atavugwaho rumwe ku mbuga nkoranyambaga. Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ayo majwi avugwa, yitiriwe uwahoze ari Minisitiri wâUbukerarugendo, arimo impaka ku rupfu rwâuwahoze ari […]
Mu gihe hamenyerewe kwegeza inyuma amatora muri Algeria bayegeje imbere
Perezida wa Algeriya, Abdelmadjid Tebboune, kuri uyu wa Kane yafashe icyemezo cyo kwigiza imbere amatora ya perezida ayashyira muri Nzeri aho kuba itariki yari ateganijwe mu Kuboza. Itangazo ryasohowe nyuma yâinama yari iyoboye na Perezida Tebboune ubwe baganira ku myiteguro yâamatora riragira riti: “Hafashwe umwanzuro wo gukora amatora yâumukuru wâigihugu yari ateganijwe ku wa Gatandatu, […]
Kaminuza y’u Rwanda igiye kongerwamo indi koleji
Kugeza ubu Kaminuza y’u Rwanda (UR) yari igizwe na Koleji esheshatu(6), ubu umushinga w’itegeko uteganya ko, izaba igizwe na za Koleji zirindwi (7). Ni nyuma yo gusaba ko Koleji yâUbuhinzi, Ubumenyi nâubuvuzi bwâamatungo (CAVM) izagabanywamo amashuri abiri (2) ari yo; Koleji ryâUbuhinzi nâAmashyamba hamwe na Koleji yâubuvuzi nâubumenyi bwâamatungo (College of Veterinary and animal sciences). […]
Masisi: M23 yigaruriye Kirumba, Gyagoro na Kalengera nyuma yâimirwano ikaze
Imidugudu imwe ndetse nâuduce twinshi two muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, ubu biragenzurwa nâinyeshyamba za M23 nyuma yâimirwano ikaze yabahuje nâigisirikare cya FARDC na Wazalendo kuri uyu wa Kane, itariki 21 Werurwe 2024, nyuma ya saa sita, muri Centre ya Kirumbu, muri Sheferi ya Bashali, yo muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu yâAmajyaruguru. Amakuru agera […]
Umwishywa wa Franà §ois Mitterrand wayoboye u Bufaransa yapfuye ku myaka 76
Umwishywa w’uwahoze ari perezida, Franà §ois Mitterrand, wari uzwi kuri televiziyo, muri cinema, n’ubuvanganzo, kandi akaba yarakoze muri guverinoma iyobowe na Nicolas Sarkozy, yapfuye kuri uyu wa Kane, itariki 21 Werurwe, afite imyaka 76. Izina rya FrĂ©dĂ©ric Mitterrand ryonyine rizamura amashusho menshi n’ibice bifitanye isano n’ubuzima bw’umuco w’u Bufaransa. Uyu mugabo wari uzwi cyane mu buvanganzo […]
Umuyobozi wâikibuga cyâindege cyitiriwe ba Clinton yarashwe nâabashinzwe umutekano
Igipolisi muri Amerika cyavuze ko umuyobozi mukuru w’ikibuga cy’indege cya Bill and Hillary Clinton kiri Little Rock, muri Arkansas, yarashwe ku wa Kabiri ubwo abashinzwe umutekano bageraga iwe bagiye kuhasaka. Bryan Malinowski, w’imyaka 53, umuyobozi mukuru wâikibuga cyâindege, yakomerekejwe nâamasasu ubwo yarasanaga nâabashinzwe umutekano nyuma yâisaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ubwo abakozi […]
Itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda rizongera kugibwaho impaka nyuma ya Pasika
Amategeko ashaka guhagarika izindi mbogamizi zâurukiko kuri gahunda ya Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, yo kohereza abashaka ubuhungiro mu Rwanda izongera kugibwaho impaka mu nteko ishinga amategeko ku itariki ya 15 Mata. Guverinoma irashaka kwimurira mu Rwanda ibihumbi by’abasaba ubuhungiro bagera mu Bwongereza mu mato mato, buri mwaka kugira ngo dosiye zabo abe ari […]
RDC: Ba Ofisiye 10 barimo Gen. Chiko bahamagajwe igitaraganya i Kinshasa kubera ifatwa rya Rwindi
Abasirikare bagera mu 10 bo ku rwego rwa ofisiye mu Gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, barimo Gen. Chiko Tshitambwe, bahamagajwe i Kinshasa mu murwa mukuru ngo batange ibisobanuro ku ifatwa ryâumujyi wa Rwindi uherutse kwigarurirwa nâinyeshyamba za M23. Ubutumwa bwa telegram bwavuye ku Mugaba Mukuru wa FARDC buvuga ko bahamagajwe byihutirwa mu […]
Konti za banki za Jacob Zuma zahagaritswe igice
Banki ya Afurika yâEpfo yatangaje ko ihagaritse igice konti zâuwahoze ari perezida, Jacob Zuma, amezi abiri mbere yâamatora rusange aho yari yizeye kongera gutangiza umwuga we wa politiki. Banki ya Mbere yâIgihugu (FNB) yavuze ko urukiko rwategetse iki cyemezo kubera ikibazo kijyanye nâamafaranga yakoreshejwe nâuyu mugabo wâimyaka 81 mu gusana inzu ye bwite no gushyiraho […]
Umuvugizi wa Mushikiwabo yagize icyo avuga ku myitwarire ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Werurwe, wari Umunsi Mpuzamahanga wa Francophonie. Ibirori byinshi byâumuco byari byateguwe mu bihugu bivugwamo Igifaransa. Ariko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, banze kwizihiza uyu munsi kubera umubano utifashe neza hagati ya Kinshasa n’Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie, Louise Mushikiwabo, kubera gusa ko ari Umunyarwandakazi. Ibi OIF yagize icyo […]
Lusaka: Hagiye guteranira inama yo kunoza ubutumwa bwa SADC muri DRC na Mozambique
Kuri uyu wa Gatandatu utaha, amaso n’amatwi mu Muryango wâIterambere rya Afurika yâAmajyepfo (SADC) bizaba bihanzwe ku murwa mukuru wa Zambia, Lusaka, ahazaba hateraniye inama yo kongera gusuzuma ibikorwa byo kubungabunga amahoro byâuyu muryango muri iki gihe. Iyi nama izayoborwa na Perezida Hakainde Hichilema, Perezida wa Repubulika ya Zambia mu nshingano ze nk’umuyobozi wâUrugaga rw’ubufatanye […]