Abasirikare ba Israel bahuye nâumunsi wahitanye benshi muri bo bwa mbere muri Gaza
Igisirikare cya Israel kiravuga ko kuri uyu wa Kabiri abasirikare ba yo 21 biciwe i Gaza, umunsi wahitanye abasirikare benshi ba Israel kuva ibikorwa byabo byo ku butaka byo kurwanya Hamas byatangira. Umuvugizi wâIgisirikare cya Israel (IDF), Daniel Hagari, yavuze ko bikekwa ko ari igisasu cya rokete cyakubise igifaru cyari hafi hafi yâinyubako ebyiri bari […]
Le Rwanda déplore les propos incendiaires du président burundais

Le gouvernement du Rwanda a qualifiĂ© de « incendiaires et anti-africains  » les propos tenus par le prĂ©sident burundais Evariste Ndayishimiye, qui a imputĂ© au Rwanda lâinsĂ©curitĂ© dans la rĂ©gion des Grands Lacs et a qualifiĂ© la jeunesse rwandaise de « prisonniers dans la rĂ©gion  ». Cette Ă©volution intervient alors que les relations entre les […]
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye amagambo rutwitsi yavuzwe na Perezida Ndayishimiye
Guverinoma y’u Rwanda ibabajwe n’amagambo rutwitsi kandi arwanya Afurika yavuzwe na Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye mu birori byabereye i Kinshasa ku itariki ya 21 Mutarama 2024. âPerezida Ndayishimiye, yigize impirimbanyi ya Afurika Yunze Ubumwe kubwâUrubyiruko, Amahoro nâumutekano, , yashinje ibirego byinshi bidafite ishingiro kandi rutwitsi bigamije gukurura amacakubiri hagati yâabanyarwanda, no kurushaho guhungabanya amahoro […]
RICA yasabye ababazi kwirinda kubabaza amatungo igihe bayabaga
Ikigo cyâIgihugu gishinzwe Ubuziranenge, Ihiganwa mu Bucuruzi no Kurengera Umuguzi (RICA) cyirihanangiriza ababaga amatungo kwirinda kuyababaza mbere yâuko abagwa kuko bigira ingaruka ku buziranenge bwâinyama ziyakomokaho. Simbarikure Gaspard, Umuyobozi ushinzwe kugenzura isuku, ubuziranenge nâakato kâibikomoka ku matungo muri RICA, avuga ko uko itungo rihohoterwa cyangwa uburyo ritwarwamo mbere yâuko ribagwa bigira ingaruka ku bwiza bwâinyama […]
Umugaba Mukuru wa RDF yakiriye mugenzi we ukuriye Ingabo za Mozambique

Umuyobozi mukuru wâingabo zâigihugu cya Mozambique (FADM), Admiral Joaquim Mangrasse yasuye icyicaro gikuru cyâingabo zâu Rwanda aho yakiriwe nâUmugaba Mukuru wa RDF, Gen. MK Mubarakh. Bagiranye ibiganiro bigamije kuzamura umubano uriho hagati y’ingabo zombi. Admiral Mangrasse kandi yasuye minisitiri wâingabo, Hon. Juvenal Marizamunda. Nyuma y’uru ruzinduko, Admiral Mangrasse yagize ati: “Twaganiriye ku bufatanye bukomeje mu […]
Kigali: Abakodesha aho kuba bahangayikishijwe n’ibiciro by’ubukode bikomeje gutumbagira
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali baravuga ko ibiciro by’ubukode ku bakodesha inzu zo kubamo bikomeje gutumbagira kuri ubu kubasha kubwigondera bikaba bigoye. Ni mu gihe Leta yâu Rwanda yatangiye gahunda yo kujya itanga ubufasha ku bafite imishinga yo kubaka inzu zihendutse zigenewe guturwamo hagamijwe gukemura ikibazo cyâamacumbi mu Mujyi wa Kigali no mu […]
Un responsable de la bonne gouvernance arrĂȘtĂ© pour corruption et harcĂšlement

Le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂ ÂȘtĂ© le 21 janvier Vedaste Kabera, le directeur chargĂ© de la bonne gouvernance dans la province du Sud, pour corruption et harcĂšlement conjugal. Les entitĂ©s gouvernementales locales font partie des institutions gouvernementales oĂ Âč la probabilitĂ© de corruption est Ă©levĂ©e, selon le Rwanda Bribery Index (RBI) 2022. LâĂ©dition 2023 […]
Abantu 15000 bamaze kwicirwa i Darfur bazira ubwoko – UN
Raporo yâUmuryango wâAbibumbye yabonwe na Reuters ku wa Gatanu, iravuga ko abantu bari hagati ya 10,000 na 15.000 biciwe mu mujyi umwe wo mu Ntara ya Darfur yâIburengerazuba muri Sudani mu mwaka ushize bazize ihohoterwa rishingiye ku moko rikozwe nâingabo za Rapid Support Forces (RSF) zifatanyije nâizindi nyeshyamba zâAbarabu. Muri raporo yâAkanama kâUmuryango wâAbibumbye gashinzwe […]
M23 iravuga ko yatanze isomo muri Mweso mu gihe havugwa indi mirwano i Kanyamahoro
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere imirwano hagati ya M23 nâihuriro ryâinyeshyamba zifatanya na FARDC (Wazalendo) biravugwa ko yaramukiye ku muhanda Kanyamahoro-Buhumba muri Teritwari ya Nyiragongo hafi yâUmujyi wa Goma. Amakuru aturuka aho atangazwa nâuruhande rwegereye guverinoma aravuga ko inyeshyamba za M23 zihanganye na Wazalendo, aho ngo urusaku rwâintwaro nto nâiziremereye rwumvikana mu nkengero […]
Misiri yatangaje ko yiteguye gutabara Somalia mu gihe Ethiopia yavogera ubusugire bwa yo
Kuri iki Cyumweru, itariki 21 Mutarama, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al-Sisi, yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko hagira uwo ari we wese uhungabanya Somalia, nyuma yâuko Ethiopia ivuze ko itekereza kwemera ubwigenge bwa Somaliland mu masezerano azayemerera kugera ku nyanja. Aya magambo ni yo akomeye avuzwe kuri iki kibazo na Misiri, isanzwe ifitanye umubano […]
Bujumbura: Benshi batawe muri yombi mu mukwabu ukaze mu gace ka Ngagara
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 21 Mutarama 2024, mu gihugu cyâu Burundi muri quartier ya 6 muri Zone Ngagara mu majyaruguru yâUmurwa mukuru wâubucuruzi ,Bujumbura, babyutse hagoswe nâabasirikare bitwaje imbunda nyinshi, aho inzira zose zisohoka nâizinjira aho hantu zari zicunzwe nâabasirikare mu gihe abapolisi bari mu ngo barimo gusaka, ako gace karimo inzu […]
Abacuruzi barashinja ikigo cyâimisoro cya Uganda (URA) kurebera magendu yinjira iva mu Rwanda
Abacuruzi bo muri Uganda bagaragaje ko ikigo cyâigihugu gishinzwe kwinjiza imisoro nâamahoro cya Uganda (URA) nâabandi bashinzwe umutekano ku mipaka, bagira uruhare mu gukingira ikibaba magendu ku mupaka wa Uganda nâu Rwanda, cyane cyane i Katuna mu Karere ka Kabale. Bavuga ko ubucuruzi bwa magendu bukomeje kubera ubufatanye nâabakozi ba URA nâabashinzwe umutekano, aho abacuruzi […]
Mu mwaka wâamashuri wa 2025/2026 abarimu bose bazaba bafite mudasobwa – REB
Mu mwaka wâamashuri wa 2025/2026, abarimu bose bo mu Rwanda bazaba bafite mudasobwa muri gahunda ya mudasobwa kuri buri mwarimu nk’uko byatangajwe n’Urwego rwâIgihugu Rushinzwe Uburezi bwâIbanze (REB). Dr. Nelson Mbarushimana, Umuyobozi Mukuru wa REB, wari umutumirwa mu kiganiro Kubaza Bitera Kumenya kuri Radio Rwanda kuri iki Cyumweru, yavuze ko guha mudasobwa abarimu biri muri […]
Goma: Umunyamabanga wa SADC yasuye ingabo zayo zoherejwe muri RDC

Umuryango wâubukungu wâibihugu bya Africa yo mu majyepfo (SADC) watangaje ku cyumweru umunyamabanga wawo Elias Magosi yasuye ingabo zawo zoherejwe mu mirwano muri DR Congo. SADC ivuga ko Magosi, ukomoka muri Botswana, yari yaje âkwishimira no kugenzura uko ibikorwa byifasheâ. Umutwe wa SADC kugeza ubu ugizwe nâingabo zavuye muri Africa yâEpfo, Malawi na Tanzania, waje […]
Perezida Ndayishimiye yiyemeje gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda ku mugaragaro
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangarije i Kinshasa ko yiteguye gutanga umusanzu mu guhirika ubutegetsi bwâu Rwanda mu cyo yise âkubohora urubyiruko rwagizwe imfungwaâ. Ni mu kiganiro n’itangazamakuru kuri iki Cyumweru i Kinshasa aho yitabiriye irahira rya mugenzi we, Felix Tshisekedi , ugiye kuyobora manda ya kabiri itavugwaho rumwe. âMu Karere abaturage babanye neza, ndabizi […]
Meteo Rwanda yateguje imvura idasanzwe mu gice cya gatatu cya Mutarama

Meteo Rwanda, Ikigo cyâIgihugu cyâIteganyagihe, cyatangaje ko mu gice cya gatatu cya Mutarama , hagati y’itariki ya 21 kugeza 31 Mutarama 2024, hateganyijwe imvura nyinshi kurusha isanzwe igwa henshi mu gihugu. Ikigo cyâIgihugu cyâIteganyagihe mu itangazo ryacyo cyavuze ko imvura iteganyijwe henshi mu gihugu ndetse mu majyepfo yâuburengerazuba bwâigihugu hakaba hagiteganyijwe imvura nyinshi ugereranyije nâizagwa […]
Abarusiya 2, Abanya-Ukraine 2 nâUmunya-Lithuania bamaze amezi 8 ari imbohe ku Cyambu cya Maputo
Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya yatangarije Ibiro Ntaramakuru bya Leta, RIA, ko abasare babiri bâAbarusiya bafungiwe ku Cyambu cya Maputo muri Mozambique bazira amakimbirane ashingiye ku mafaranga hagati ya nyirâubwato bari batwaye nâumukiriya we wâUmunyamozambike, mu magambo yatangajwe kuri iki Cyumweru. Ikinyamakuru SHOT cyo mu Burusiya cyatangaje mu cyumweru gishize kuri Telegramu yacyo ko Abarusiya […]
M23 yashyizeho “couvre feu” mu bice igenzura

Nyuma yâibitero byâindege, bimaze iminsi byibasiye ibice M23 igenzura na nyuma y’iycwa ry’abayoboozi b’ingabo bawo 2 biciwe mu gico batezwe bagiye kuganiriza abaturage, uyu mutwe ubu washyizeho isaha yo gutahiraho no gufunguriraho ibikorwa. Uyu mutwe mu itangazo ryawo wavuze ko couvre feu ari guhera saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba kugeza saa kumi n’ebyiri za mu […]
Irak: Abasirikare benshi ba Amerika bakomerekeye mu gitero cya misile
Abasirikare benshi ba Amerika bakomerekeye mu gitero cya misile cyagabwe ku birindiro byâindege mu burengerazuba bwa Iraki. Ubuyobozi bukuru bwâingabo za Amerika bwatangaje ko umutwe w’ingabo zishyigikiwe na Iran wibasiye ikibuga cyâindege cya Al Asad, kiriho ibirindiro byâingabo zâAbanyamerika, ukoresheje misile za ballistique na roketi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu. Umubare utazwi w’abakozi bâAbanyamerika […]
MINICOM yatangaje igiciro fatizo ku bigori bihunguye n’ibidahunguye
Minisiteri yâUbucuruzi nâInganda MINICOM yatangaje igiciro fatizo ku bigori, aho ibihunguye ari amafaranga yâu Rwanda ku kilo naho ibidahunguye bikagura amafaranga yâu Rwanda 311 ku kilo. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yo ku itariki ya 18 Mutarama 2024 yahuje MINICOM, MINAGRI, Ikigo cyâIgihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi nâUbworozi (RAB), abahagarariye abahinzi bâibigori, inganda zibitunganya nâabahagarariye […]
Abapolisikazi basaga 100 basoje amahugurwa abategura kujya mu butumwa bwâamahoro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama, abapolisikazi 110 bitegura kujya mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye bwo kubungabunga amahoro, basoje amahugurwa bamazemo ibyumweru bibiri, abera mu Ishuri ryâamahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana. Ubwo yasozaga aya mahugurwa ku mugaragaro, umuyobozi wa Polisi yâu Rwanda Wungirije ushinzwe ubutegetsi nâabakozi […]
Baravuga ko babangamiwe n’umwanda uva mu Ibagiro rya Gakenke
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke baravuga ko babangamiwe n’amayezi avanze n’undi mwanda biva mu Ibagiro rya Gakenke, aho bemeza ko usibye umunuko biteza, binangiza ibidukikije kuko biruhukira mu mugezi wa Base. Umuyobozi wâAkarere ka Gakenke yemeje ko iki kibazo bacyumvise kandi bagihagurukiye ngo gikemuke vuba. Ni nyuma yâaho abaturage bamwe bari basabye […]
Uganda yagiranye amasezerano yâubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica
Muri iki cyumweru Uganda yagiranye amasezerano yâubufatanye mu bya gisirikare nâigihugu bidasangiye umupaka cya Repubulika ya Centrafrica. Minisitiri wâingabo nâibibazo byâabavuye ku rugerero wa Uganda, Vincent Ssempijja, avuga ko amasezerano yâubwumvikane (MOU) âyongeye gushimangiraâ ubushake bwâigihugu cye bwo kugirana ubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica. Ati: âUganda yahoze ishaka guteza imbere amahoro n’umutekano mu karere […]
Kicukiro: Umwe mu bari bagiye kwiba mu kigo cya Real Construction yarashwe ahita apfa
Umwe mu bakekwaho ubujura bari bagiye kwiba ibikoresho bya Kompanyi yâubwubatsi ya âReal Constructionâ mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, yarashwe ubwo bashakaga kurwanya abashinzwe umutekano nkâuko byemejwe na polisi. Uwarashwe agahita ahasiga ubuzima, ni umusore warashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Nyabigugu mu […]
U Burundi bukomeje kurunda ingabo nâibikoresho ku mupaka nâu Rwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko abagabo bambaye impuzankano za gisirikare nâigipolisi, bitwaje intwaro nyinshi, bakomeje kurundwa mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rwa za komini Mabayi na Bukinanyana mu ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru yâiburengerazuba bwâu Burundi) hafi yâumupaka nâu Rwanda. Abaturage baho bavuze ko bafite impungenge ariko komanda ushinzwe ibikorwa aho […]
Indege zâintambara za FARDC zakomeje kwibasira ibirindiro bya M23 muri Masisi

Kuri uyu wa Gatanu Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gifatanyije nâingabo za SADC bakomeje ibitero byâindege ku birindiro bitandukanye bya M23 muri Masisi. Amakuru atangazwa nâabanyamakuru begereye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo baravuga ko igitero cyâindege cyibasiye ibirindiro byâinyeshyamba za M23 mu ifamu bita Espoir muri Teritwari ya Masisi, hafi yâuruganda […]
Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali basabye ababishinzwe guhagurukira abanyereza imitungo yabo
Nubwo bishimira umusaruro bagezeho babikesha gukorera hamwe mu makoperative, Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo barasaba ko inzego zibishinzwe zahagurukira imicungire mibi yâamakoperative bagakumira abanyereza imitungo yayo. Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, uwitwa Nyirambanjineza Josephine amaze imyaka itanu yinjiye muri Koperative KOMUSES ihinga umuceri ikanatubura ibigori mu Gishanga […]
Gen. Habarurema ukuriye ubutasi bwâu Burundi aravugwaho kuba inyuma yâubujura buyogoje Bujumbura
Ikigo cyâigihugu gishinzwe iperereza mu Burundi (SNR) kiravugwa mu byaha byâubukungu no kumena amaraso. Ibyo byaha biteye impungenge kandi bikorwa nâabakozi bâuru rwego rwâubutasi. Aba biravugwa ko bakingirwa ikibaba nâumuyobozi wa bo, Brig. Gen. Ildephonse Habarurema kandi ntibahanwa kabone niyo baba bafashwe. Ibikorwa byâubugizi bwa nabi byâabakozi bâubutasi bwâu Burundi byabatijwe SEVUMA, nk’uko amakuru agera […]
Bahangayikishijwe n’amafaranga yabo muri banki zigurwa n’abanyamahanga batategujwe
Bamwe mu babitsa muri banki zitandukanye mu Rwanda baravuga ko bagira impungenge iyo abanyamahanga bagura imigabane yâamwe mu ma banki yo mu gihugu bakayegukana ndetse agahindurirwa nâamazina kuko usanga batamenya uko biba byagenze ngo banki zigurishwe ugasanga bafite impungenge z’amafaranga yabo. Ni nyuma y’uko hashize igihe humvikana abanyamahanga bagura imigabane yâamwe mu ma banki yo […]
Les soldats des RDF acquiÚrent des compétences de combat avancées

Les officiers des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) et d’autres soldats ont terminĂ© avec succĂšs, mercredi 17 janvier, une formation avancĂ©e d’infanterie de sept mois au Centre d’entraĂ Âźnement militaire de base de Nasho, dans le district de Kirehe. Le gĂ©nĂ©ral Moubarakh Moubarakh, chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense (CDS) des RDF, a prĂ©sidĂ© la cĂ©rĂ©monie de […]
Depite Cecilia Ogwal wanabaye Miss Uganda yapfuye ku myaka 77

Cecilia Barbara Atim Ogwal, Umudepite ukomeye muri Uganda wari uhagarariye abagore watorewe mu Karere ka Dokolo akaba yarabaye na Miss Uganda, yapfuye ku myaka 77. Ogwal wavutse ku itariki ya 12 Kamena 1946, yari umushoramari ukorana nâingabo zâigihugu ndetse akaba n’umujyanama mu micungire, yabaye umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda kuva mu 1996 […]
Umutwe w’abacanshuro wa Wagner Group waje mu yindi sura nâizina rishya muri Afurika
Umutwe wâabacanshuro wa Wagner biravugwa ko ufite izina rishya ikoresha mu bikorwa byawo muri Afurika, ariko ngo ni wa mutwe nâubundi wâabacanshuro bâAbarusiya ukomeje gusahura ubutunzi bwâamabuye y’agaciro kandi ugasiga inyuma ibikorwa byâubugizi bwa nabi ku mugabane wa Afurika. Ahazaza h’umutwe hari hakomeje kwibazwaho nyuma y’urupfu rwo muri Kanama 2023 rwâuwahoze ari umuyobozi wa wo, […]
Imbwa zigiye kwifashishwa mu gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza
Hagiye gutangizwa agashami gashya kazakorera muri Polisi, mu ishami rishizwe gucunga umutekano hifashishijwe imbwa (Canine Brigade). Aka gashami kazafasha gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza. Umuyobozi wa Polisi ishami rishinzwe gucunga umutekano hifashijwe imbwa, CSP Faustin Kalimba, asobanura ko imbwa zifasha mu gutahura ibisasu, ibiyobyabwenge ndetse nâumuntu wiziritseho igisasu. Yavuze ko bateganya gushyiraho akandi gashami gafasha […]
Abadepite yemeje umushinga wa Minisitiri wâIntebe, Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira
Inteko ishinga amategeko yâUbwongereza umutwe wâAbadepite (House of Commons) yemeje umushinga wa Ministri wâIntebe, Rishi Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro. Uwo mushinga watambutse ku majwi 320 kuri 276. Mu badepite bakabakaba 60 bo mwishyaka akomokamo ry’Abakonservateri bawurwanyaga, 11 gusa nibo batoye âOyaâ. Mu minsi mike ishize, uyu mushinga wateje impaka zâurudaca mu […]
Minisitiri Gasana nâUmuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rwâakazi muri Qatar
Minisitiri Gasana nâUmuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rwâakazi muri Qatar Minisitiri wâUmutekano wâimbere mu gihugu, Alfred Gasana ari kumwe nâUmuyobozi Mukuru wa Polisi yâu Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuva ku wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama, bari mu ruzinduko rw’akazi rwâiminsi itatu mu gihugu cya Qatar rugamije gushimangira ubufatanye mu bijyanye nâumutekano n’iyubahirizwa […]
Imbwa yari ifite agahigo kâimbwa ishaje kurusha izindi iri gukorwaho iperereza

Guinness World Records yambuye agahigo imbwa yitwa Bobi nyuma yâiperereza ryayitangijweho nyuma yâurupfu rwa yo. Igihe Bobi byavugwaga ko ari yo ‘mbwa ishaje cyane ku Isi’ yizihije isabukuru yâimyaka 31 umwaka ushize, maze Isi yizihizanya na yo ibyo birori. Igihe yapfaga mu Kwakira, Isi yarababaye. Ariko ubu agahigo yari ifite karimo gukemangwa. Nyuma yâuko abaveterineri […]
Perezida Kagame yemeje ko azasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo abimukira nibatoherezwa
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko ashobora kuzasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo mu gihe abasaba ubuhungiro baba batoherejwe mu gihugu cye mu masezerano cyagiranye na Guverinoma yâu Bwongereza. Umwanditsi wa BBC wâinkuru zijyanye nâubukungu , Faisal Islam, yagiranye ikiganiro gito na Perezida Paul Kagame ari mu nama ya World Economic Forum yabereye i Davos […]
« La Main Rouge  » umwe mu mitwe yâiterabwoba ya mbere yabayeho washinzwe nâu Bufaransa
« La Main Rouge  » ni izina ryâumutwe witwaje intwaro wâibanga wâAbafaransa , wagabye ibitero byinshi mu Burayi no muri Afurika yâAmajyaruguru mu myaka ya za 1950, mu gihe cyâabakoloni. Uyu mutwe bivugwa ko wari âitsinda ryâurupfuâ ndetse bamwe bafata nkâumutwe wâiterabwoba, wakomotse ku matsinda mato yashingiwe muri Tunisia mu 1952 kandi ugizwe nâabazungu n’abapolisi […]
London: Itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda ryeguje Abayobozi 2 bâishyaka riri ku butegetsi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, abayobozi babiri bungirije bâishyaka ryâaba conservateurs riri ku butegetsi mu Bwongereza beguye ku mirimo yabo mu gihe abadepite batoraga gukora amavugurura ku itegeko ryihutirwa rya Minisitiri wâintebe, Rishi Sunak, rigamije gukumira abinjira mu gihugu binyuranyije nâamategeko. Rishi Sunak yashimangiye ko umushinga w’itegeko ugomba kugera aho guverinoma ishoboye kuko […]
Biryogo: Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagaragaye mu Marangi ari gufata ka cyayi

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama, yagaragaye mu Biryogo, ahazwi nko Mu Marangi ari gufata ka cyayi ari kumwe n’abandi bantu bamwegereye barimo abashinzwe umutekano. Aha yari ari ndetse ari kumwe n’abantu batandukanye barimo umusirikare n’umupolisi bakuru, ni umuhanda wagizwe Car Free Zone uherereye mu Biryo mu Karere […]
M23 yemeje iyicwa rya ba komanda 2 ba yo barimo Col Castro wari ukuriye ubutasi

Amakuru akomeje gucicikana kuva kuri uyu wa Kabiri nimugoroba hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse yananditswe nâikinyamakuru Chimpreports, aravuga ko Umuyobozi wâubutasi wâumutwe wâinyeshyamba za M23 yaba yiciwe mu gitero cyâindege zitagira abapilote mu burasirazuba bwa Congo. Ni amakuru M23 yemeje mu itangazo ryayo ivuga ko abayobozi 2 b’ingabo ba zo bishwe nubwo itavuze […]
Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene
Leta yâu Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bwâikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa nâubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024. Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro byâUbudehe baherereyemo. Ibyiciro by’ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma yâu Rwanda […]
Blinken Commends Rwanda Moves To De-escalate With DR Congo
US Secretary of State Antony Blinken on Tuesday praised Rwanda’s efforts to reduce tensions with the Democratic Republic of Congo even as a new border clash highlighted the troubled ties. Meeting Rwandan President Paul Kagame at the World Economic Forum in Davos, Switzerland, Blinken promised US support for regional diplomacy to end violence in eastern […]
Sudani yahagaritse umubano nâumuryango wa IGAD
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama, Sudani yahagaritse umubano nâumuryango wa IGAD ( Intergovernmental Authority on Development) washakaga gutegura ibiganiro hagati yâabahanganye muri iki gihugu. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yavuze ko guverinoma yahagaritse uruhare rwayo mu bikorwa by’ubwunzi bwâuyu muryango mpuzamaguverima wâiterambere (IGAD). Minisiteri yavuze ko iki cyemezo cyafashwe nyuma yâuko IGAD yongereye Sudani ku […]
Pakistan iramagana igitero cya Iran ku butaka bwa yo cyishe abana
Pakisitani iravuga ko ku wa Kabiri abana babiri bishwe abandi batatu barakomereka mu gitero cyagabwe na Irani bituranye. Irani yavuze ko yibasiye ibirindiro bibiri bifitanye isano nâumutwe wâabarwanyi witwa Jaish al-Adl nkâuko ibiro ntaramakuru byâigisirikare cyâiki gihugu bibitangaza. Ariko Pakisitani ibi yabiteye utwatsi, ibyita “igikorwa kitemewe” gishobora gukurura “ingaruka zikomeye” nkâuko tubikesha BBC. Pakisitani nicyo […]
Umujyi wa Kigali wasenye inzu zitandukanye zubatswe hadasabwe uruhushya

Umujyi wa Kigali urongera kwibutsa abantu bose ko kubaka hadasabwe uruhushya binyuranye n’ibiteganywa n’amategeko agenga imyubakire, cyane cyane Iteka rya Minisitiri Nð03/cab.m/019 ryo ku wa 15/04/2019 rishyiraho amabwiriza ajyanye nâimitunganyirize yâimijyi nâimyubakire. Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Mageragere, Akagari ka Nyarurenzi, Umudugudu wa Musave, hakuweho ibyubatswe n’umuturage avuga ko ari uruganda rwo gutunganya imbaho […]
Davos: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Zelensky

Perezida Kagame uri i Davos mu Busuwisi mu nama mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’Isi, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky. Ibiganiro byabo byibanze ku ntambara yo muri Ukraine ndetse n’ingamba zihari zo gushaka umuti w’amakimbirane. Yahuye kandi nâUmunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi nâAmahanga, Antony Blinken. Baganiriye ku bufatanye nâumubano […]
Umwanditsi Rahim Mohamed asanga ibibera Gaza bidakwiye kugereranywa na Jenoside yakorewe Abatutsi
Ku Cyumweru hari hashize iminsi 100 kuva imirwano itangiye hagati ya Israel na Hamas, yatewe n’igitero byâubugome cya Hamas cyo ku itariki ya 7 Ukwakira mu majyepfo ya Israel. Nubwo umubare wâabahitanwa nâubu, kuri ubu, bidashoboka kugereranywa neza na neza, ntawabura gushidikanya ko abantu bamaze gupfa ari benshi nubwo hari abasanga utabigereranya na jenoside nkâiyakozwe […]
Nyamasheke: Inyubako yubakwaga yagwiriye abantu umwe ahasiga ubuzima
Inyubako irimo kubakwa yaguye mu Karere ka Nyamasheke, umurenge wa Ruharambuga, akagari ka Kanazi, ahantu bakunze kwita kwa âShangaziâ. Ibi byabereye ahari kubakwa sitasiyo ya lisansi, bituma umuntu ahita apfa, abandi batatu barakomereka. Aya makuru yatangajwe bwa mbere nâumunyamakuru wa RBA, ahagana saa sita kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama. Abinyujije kuri X yagize […]
Mu majyepfo yâuburengerazuba bwâigihugu hazakomeza kwibasirwa nâimvura idasanzwe
Ikigo cyâigihugu cyâteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatanze umuburo kivuga ko mu majyepfo yâiburengerazuba bwâigihugu hazakomeza kugwa imvura idasanzwe kugeza ku itariki ya 20 Mutarama 2024. Iteganyagihe rya Meteo Rwanda ryaburiye ko âingaruka ziterwa nâimvura nyinshi zishobora kuba mu bice byo mu majyepfo yâiburengerazuba bwâigihugu aho biteganijwe ko imvura yiyongera [hagati ya milimetero 60 na 120]. Birashoboka […]
Masisi: Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC ubu iri kubera muri centre ya Karuba
Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo yakomeje mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama 2024 muri centre ya Karuba, muri Sheferi ya Bahunde, muri Teritwari ya Masisi. Amakuru aturuka mu Gisirikare cya Congo muri ako gace aravuga ko imirwano yiganje muri centre ya Karuba, imaze ibyumweru […]
Aba-Houthi barashe ubwato bwâimizigo bwo muri Amerika
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko inyeshyamba z’Aba-Houthi zarashe ubwato bwâimizigo bwo muri Amerika zikoresheje missile ya ballistique ku nkombe za Yemeni. Ubu bwato, Gibraltar Eagle, bwatangaje ko “nta nkomere cyangwa ibyangiritse bikomeye”, nk’uko byatangajwe nâubuyobozi bwa gisirikare bwa Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati (Centcom). Ubwato buriho ibendera ry’Ibirwa bya Marshall bwakomeje urugendo rwabwo […]
Ngororero: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ryâudupfunyika 5000 twâurumogi
Polisi yâu Rwanda irashimira abaturage bamaze gusobanukirwa akamaro ko gutangira amakuru ku gihe atuma ibyaha byinshi bikumirwa bitaraba bikaba nâumurongo mwiza wo kwicungira umutekano buri wese aba ijisho rya mugenzi we. Byagarutsweho nâumuvugizi wa Polisi mu Ntara yâIburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, nyuma yâuko ibikorwa bya Polisi byakorewe mu murenge wa Ngororero, […]
Amajyepfo: Haracyari ahantu batagira network za telefone
Mu Mirenge yo mu turere dutanu ihana imbibi n’igihugu cy’u Burundi abahatuye baravuga ko batorohewe no kujyana n’umuvuduko iterambere rigezeho bitewe nâuko telefone zabo nta huzanzira (Network) ziba zifite. Ubuyobozi bw’iyi Ntara buvuga ko buri mu biganiro n’amasosiyete y’itumanaho kugira ngo hashakwe umuti urambye. Abagaragaza imbogamizi mu gukoresha telefone n’izindi serivisi zisaba ihuzanzira biganjemo abo […]
Ingendo z’indege za Kenya Airways zakumiriwe muri Tanzaniya
Tanzaniya yabujije Kenya Airways gukora ingendo zâindege hagati ya Nairobi na Dar-es-Salaam mu rwego w kwihorera kuri Kenya. âIbi ni ugusubiza icyemezo cyafashwe n’abayobozi bashinzwe indege ba Repubulika ya Kenya cyo kwanga icyifuzo cya Tanzaniya gisaba gukoresha indege zâimizigo za Air Tanzania Company Limited hashingiwe ku burenganzira bwâubwisanzure mu rujya nâuruza hagati ya Nairobi n’ibindi […]
Uganda: Depite Zaake aravuga ko hari abayobozi bari gutegura umugambi wo kumwica
Umudepite utavugwaho rumwe muri Uganda, Francis Zaake yatangaje ko hari abayobozi bakuru barimo gucura umugambi wo kumwivugana. Mu butumwa yanyujije kuri X, Zaake yagize ati: “Nakiriye amakuru yizewe ku muntu utanga amakuru yâumugambi wo kunyica.” Ati: âNabwiwe ko gahunda irimo gutegurwa n’abayobozi mu butegetsi bayobowe n’umuyobozi wa rumwe mu nzego za Guverinoma; Minisitiri mu butegetsi; […]
Kamonyi: Umugabo arashinjwa kwica umugore we amunize
Hakizimana Celestin w’imyaka 45 yâamavuko wo mu Mudugudu wa Giheta, Akagari ka Cyambwe, Umurenge wa Musambira, mu Karere ka Kamonyi, yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we amunize. Urupfu rwa Nyirantezimana Donatha na we w’imyaka 45 rwamenyekanye mu ijoro ryo ku Cyumweru, itariki ya 14 Mutarama, ari na bwo umugabo we yahise atabwa muri yombi […]
Uganda: Asaga miliyari 20 zâAmashilingi yishyuwe abakozi ba leta ba baringa
Muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka w’ingengo y’imari yarangiye ku ya 30 Kamena 2023 yagejejwe ku Nteko ishinga amategeko, Umugenzuzi mukuru w’imari ya leta muri Uganda, John Muwanga, yagaragaje amakosa akabije mu micungire yâimishahara yâabakozi ba leta. Raporo yasuzumye imikoreshereze yâimari mu myaka ine yâingengo yâimari, yagaragaje imbogamizi zikomeye zibangamiye gahunda yâitangwa ryâimishahara, […]
Ishyaka rya Kamerhe ryaje inyuma ya UDPS mu kugira imyanya myinshi mu nteko
Komisiyo yigenga yâamatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI) yasohoye mu rukerera rwo ku Cyumweru, itariki ya 14 Mutarama, urutonde rwâabadepite 477 bâigihugu batowe byâagateganyo. Kandi nkuko byari byitezwe, ishyaka Union pour la nation congolaise (UNC) rya Vital Kamerhe ryabonye imyanya 36 mu nteko ishinga amategeko yâigihugu riba irya kabiri rifite imyanya myinshi nyuma […]
Benshi mu Banyarwanda ntihazwi irengero ryabo nyuma yo gufatwa nâiperereza ry’u Burundi
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko Abanyarwanda bakomeje guhigwa bukware nâabayobozi bâiki gihugu ndetse bamwe mu batawe muri yombi bakaba baramaze kugera mu maboko yâurwego rushinzwe iperereza aho bivugwa ko rwabajyanye ahantu hatazwi. Bamwe mu Banyarwanda bafashwe bivugwa ko babanje gufungirwa muri kasho za polisi muri komini ebyiri kugeza kuwa Gatandatu ku mugoroba. […]