Mukarange: Abarokotse jenoside barasabira Padiri Jean Bosco Munyaneza gushyirwa mu ntwari n’abatagatifu

Abatutsi biciwe hamwe na Munyaneza mu rugo rw'abapadiri kuri Paruwasi ya Mukarange (icyitonderwa: ifoto si iyo mu 1994)

Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 bahungiye kuri Paruwasi Gatulika ya Mukarange iri mu Karere ka Kayonza barasaba Kiliziya Gatulika gushyira Padiri Munyaneza Jean Bosco mu batagatifu na Leta ikamugira intwari kubera kwanga kwitandukanya n’abatutsi bari bamuhungiyeho muri icyo gihe, akemera gupfa. Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi   bavuga ko uwo mupadiri yagaraje ubutwari yita ku […]

Rwanda: Umubare w’abamaze gukira Covid-19 wageze kuri 42

img-20200413-wa0049.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 13 Mata 2020 yatangaje ko abantu 42 bamaze gukira indwara y’icyorezo ya Covid-19. Ni mu gihe itangaza ko ubu abantu 127 ari bo bamaze kwandura nyuma y’aho kuri uyu munsi habonetse undi murwayi umwe wari uherutse gukorera ingendo mu bihugu bitandukanye. Uyu murwayi rukumbi yabonetse mu bipimo (sample) […]

Burundi: MINISANTE yemeje ko umuntu wa mbere uri mu gihugu yishwe na Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Burundi kuri uyu wa 13 Mata 2020 yemeje ko umuntu wa mbere muri iki gihugu yishwe n’indwara y’icyorezo ya Covid-19. Amakuru yakwirakwiye ku mbuga z’abanyamakuru bo mu Burundi avuga ko umuntu wa mbere muri batanu bagaragayeho indwara y’icyorezo ya Covid-19 yapfuye kuri uyu wa 12 Mara 2020, koko bikaba byemejwe n’iyi Minisiteri. […]

Ubukwe bwabereye kuri Facebook kubera Coronavirus

Umusore witwa Kennedy Muriithi n’inkumi yitwa Pauline Waithira bo mu gace ka Thika muri Kenya, bakoze ubukwe bwitabiriwe n’abo mu miryango yabo bakoresheje facebook kubera kwirinda icyorezo cya Coronavirus. Muri Kenya ndetse n’ahandi Ku Isi, abantu ntibemerewe guhurira mu ruhame hirindwa kwanduzanya icyorezo cya Coronavirus. Ibi ni byo byatumye Julius Kamau n’umugore we Margaret Wamweru, […]

Rwanda: Kesi 46 za itikadi ya mauaji ya kimbari zapatikana wiki moja

Polisi chini Rwanda imetangaza kumejitokeza kesi 46 za itikadi ya mauaji ya kimbari zapatikana wiki moja. Tangu wiki ya kumbukumbu ya mauaji ya kimbari dhidi ya Watutsi ianze, kesi hizo husika na itikadi ya mauaji ya kimbari zimeoneka. Msemaji wa Polisi nchini humo, CP John Bosco Kabera amesema kuna uhalifu kama vile kuharibu nyuma na […]

RDC: Abakomeye bakomeje gutabwa muri yombi muri gahunda yo kurwanya inyereza ry’umutungo

Kamanzi akurikiye umupolisi wa mbere

Emmanuel Kamanzi Runigi wabaye Minisitiri w’Imari mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru akaba n’umuherwe w’umushoramari, Modéste Makabuza uzwi nka ‘Mode’ kuri uyu wa 13 Mata 2020 baterewe muri yombi mu mugi wa Goma muri gahunda ya Perezida Tshisekedi yo gushakisha abafite aho bahuriye n’inyerezwa ry’umutungo wa leta na ruswa. Amakuru agera kuri bwiza.com avuga ko Kamanzi […]

Rwanda’s workers union warns against unfair job layoffs due to COVID-19 concerns

Rwanda’s leading trade union has cautioned employers against unfairly laying off their employees due to COVID-19 concerns, a union official said Sunday. “We are concerned of looming massive layoffs of workforce most especially in the private sector where companies are facing unprecedented business challenges due to COVID-19 pandemic,” Africain Biraboneye, deputy secretary general of the […]

Uganda: Umusirikare n’umuvandimwe we bakurikiranweho kwica nyina bamushinja kuroga

Abavandimwe babiri b’Abanya-Uganda barimo n’umusirikare w’iki gihugu, batawe muri yombi na Polisi ya kiriya gihugu bazira kwica nyina ubabyara bashinja kuroga. Uyu musirikare ni ufite ipeti rya Private wishe nyina, yitwa Saul Kyalimpa, akaba abarizwa muri diviziyo ya kabiri ikorera i Mbarara. Akurikiranweho icyaha cyo kwica nyina ari kumwe na murumuna we witwa Innocent Guma. […]

Abatuye mu nkengero z’Umujyi wa Musanze barataka inzara

Bamwe mu baturage batuye mu nkengero z’Umujyi wa Musanze batangaza ko bafite inzara muri iki gihe basabwe kuguma mu rugo birinda Coronavirus (COVID-19). Abaturage bavuga ko ” bashonje” baganiriye na TV1 bavuga ko bahabwa ikibafasha muri iki gihe bagumye mu rugo. Babwiye iki nyamakuru ko ” Babonaga amaramuko ari uko bagiye gushakishiriza mu mujyi ubu […]

COVID-19 yatweretse ko hari byinshi abantu  tudashoboye: Musenyeri Rukamba

Perezida w’Inama y’Abepisikopi  Gatolika mu Rwanda, Musenyeri Philippe Rukamba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya11 Mata 2020 yasabye abakirisitu  kurushaho gusenga no gufasha abafite ibibazo muri ibi bihe Isi yugarijwe n’icyorezo cya COVID 19, cyane ko byagaragaye ko kirenze ubushobozi bw’abantu. Ubutumwa Musenyeri Rukamba yageneye abakirisitu mbere yo kwizihiza Pasika, abasaba gusenga no gufasha abagize […]

Intara y’Amajyepfo: Hari umukoro wo guhangana n’ingengabitekerezo ya Jenoside iharangwa

Intara y’amajyepfo iraza imbere mu kugira ibipimo biri hejuru mu kugira ingengabitekerezo ya jenoside muri ibi bihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi. Muri iki gihe u Rwanda ruri mu cyumweru cya mbere cy’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Intara y’Amajyepfo yagaragayemo ibyaha by’ingengabitekerezo kurusha izindi ntara zigize […]

U Rwanda rwarakomeretse, rurivura, rusagurira n’amahanga

Niba hari igihugu cyakubititse, kigakomereka kikanababara, u Rwanda ruza mu bihugu bya mbere ku isi. Ibi ni ukubera jenoside yakorewe abatutsi yakibayemo mu 1994, aho hishwe abarenga miliyoni imwe mu minsi 100 gusa, ubuzima bw’igihugu burahagarara. Imiborogo yari hose icyo gihe, habura utabara abicwaga, mu gihe ingabo ibihumbi z’amahanga zari zikambitse mu Rwanda, igihugu kirakomereka […]

Uganda: Urugomo rw’abaturage rwatumye umusirikare atakaza ijisho-AMAFOTO

fb_img_15867826278191642.jpg

Urugomo rukorerwa abashinzwe umutekano bari gukaza ingamba zo gukumira indwara ya Covid-19 rurakomeje muri Uganda, bigera aho kuri uyu wa 11 Mata 2020 umuturage akubita umusirikare akamuvanamo ijisho ry’iburyo. Byabereye mu Karere ka Amuru mu isoko ryitwa Bibia mu masaha y’umugoroba, ubwo uyu muturage witwa Stephen Olibia asumira Pte Alex Niwanyine warindaga Komiseri w’aka karere, […]

Abasirikare 11 ba FARDC bishwe n’inyeshyamba za CODECO

Abasirikare 11 b’igisirikare FARDC cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biciwe mu mirwano n’inyeshyamba za CODECO. Iyi mirwano yakomerekeyemo n’abandi benshi nk’uko Radiyo Okapi yabitangaje, yabaye ku wa gatandatu ku wa 11 Mata, ibera mu mudugudu witwa Nyapala wo muri Teritwari ya Djugu iherereye ku birometelo 60 uvuye ahitwa Bunia. Umuvugizi wa FARDC muri Ituri, […]

CESTRAR ihangayikishijwe n’abitwaza Coronavirus bakirukana abakozi

Ubuyobozi bw’urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda (CESTRAR) buvuga ko burajwe ishinga n’ikibazo cy’abakoresha bari kwirukana abakozi ku kazi bitwaje ko icyorezo cya Coronavirus cyagize ingaruka ku bikorwa byabo. Abayobozi muri CESTRAR kuri iki cyumweru batangaje ko ikibazo cyo kwirukana abakozi kiganje mu bikorera ku giti cyabo. Bavuga ko ibi bikwiriye gukorwa habayeho ibiganiro. Umunyamabanga Mukuru […]

Kabarondo : Ngenzi, Barahira na Covid-19 ku munzani w’ubugome

Abarokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 b’i Kabarondo, mu Karere ka Kayonza, basanga ubugome Barahira Tito na Ngenzi Octavien bakoresheje mu kubica ari indengakamere kuruta na Covid-19, icyorezo kirimo kurimbura isi, kinababujije kwibuka ababo mu buryo bari bamenyereye. Ku wa gatatu tariki 13 Mata 1994; ku wa mbere 13 Mata 2020: imyaka 26 iruzuye! Kuva […]

Ivangura ry’abera rishingiye ku buvuzi si rishya ku Banyafurika

Abaganga babiri b’Abafaransa baherutse guteza ubwumvikane buke, ubwo bagaragazaga icyifuzo cyo kugeragereza urukingo rwa Virusi ya Corona ku Banyafurika. Abo ni Jean Paul Mira, umwarimu akaba n’umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubuvuzi mu bitaro bya Cochin by’i Paris mu Bufaransa, na Prof. Camille Locht, umuyobozi w’ubushakashatsi mu kigo cy’Ubufuransa gishinzwe ubuzima no gukora ubushakashatsi ku buvuzi, Inserm. […]