Musanze yabonetsemo abantu 39 banduye Covid-19

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 15 Ukuboza yagaragaje kk mu Karere ka Musanze kabonetsemo abantu 39 banduye icyorezo cya Covid-19, babonetse mu bibasiwe kurusha ahandi. Ni mu gihe mu gihugu hose habonetse abanduye 85 mu bipimo 2294 byagashwe. Abo barimo aba babonetse i Musanze, 30 babonetse i Kigali mu bagenzi binjira mu gihugu, […]
Uganda: Omah Lay na Tems bafunguwe nyuma y’aho Bobi Wine abashakiye abavoka
Leta ya Uganda yafunguye abahanzi b’Abanya-Nigeria, Stanley Omah Didia uzwi nka Omah Lay na Temilade Openiyi uzwi nka Tems, nyuma y’amasaha make umuhanzi akaba n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) abashakiye ababunganira mu mategeko. Aba bose bombi batawe muri yombi n’inzego z’umutekano za Uganda tariki ya 13 Ukuboza 2020 bashinjwa kwica itegeko No 171 rirebana no […]
Florent Ibenge yongeye guhabwa inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu ya RDC
Umukongomani Jean Florent Ibenge Ikwange wahoze atoza ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ‘Les LĂ©opards’ yongeye kuyigarukamo nyuma y’umwaka umwe yeguye ku nshingano zo kuyitoza. Ibenge watwaranye na Congo Kinshasa irushanwa rya CHAN yari yabereye mu Rwanda muri 2016, yahawe inshingano zo gutoza iriya kipe mu mikino ya CHAN iteganyijwe kubera muri CamĂ©roun […]
RURA yatangaje ko ibiciro by’ingendo bidahinduka
Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA), kuri uyu wa 15 Ukuboza 2020 rwahumurije Abaturarwanda bari bafite impungenge z’uko ibiciro by’ingendo ku modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange bishobora kongera kuzamurwa, ivuga ko haragumaho ibisanzwe. Yashingiye ku byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 14/12/2020, yafashe icyemezo cy’uko imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange zigomba gutwara gusa […]
EAC 2020: U Rwanda ni urwa mbere mu gufunga abanyamakuru benshi
Umuryango utegamiye kuri Leta urengera abanyamakuru (Committee to Protect Journalists (CPJ) utangaza ko abanyamakuru 47 bo mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa Sahara bafunzwe, muri bo hakabamo batanu bo mu Rwanda. Iyi mibare yariyongereye kuko raporo ya CPJ igaragaza ko kugeza tariki 1 Ukuboza 2020, abanyamakuru bafunzwe bavuye kuri 39 muri 2019 bagera kuri 2020. […]
Musanze: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe imisozi

Ku wa Gatanu tariki 11 Ukuboza 2020 mu Karere ka Musanze hizihijwe umunsi mpuzamahanga wahariwe imisozi wari ufite insanganyamatsiko igira iti: “Imisozi ni ingirakamaro kuko ari indiri y’urusobe rw’ibinyabuzima” ku bufatanye bw’Umuryango utegamiye kuri leta ubungabunga ibidukikije, Virunga Wildlife Clubs, ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere, ishami rishinzwe Pariki y’Igihugu y’Ibirunga (RDB/PNV). Umuyobozi […]
Rusesabagina yareze sosiyete y’indege yo mu Bugereki gufatanya n’u Rwanda ‘kumushimuta’
Paul Rusesabagina kuri ubu ufungiye mu Rwanda, yajyanye mu nkiko Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation yo mu Bugereki n’umuvugabutumwa witwa Costantin Niyomwungere; abashinja ‘gufatanya n’u Rwanda kumushimuta’. Rusesabagina yafatiwe ku kibuga cy’indege cya Kigali mu mpera za Kanama, yerekwa itangazamakuru n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ku wa 31 Kanama. Umuryango wa Rusesabagina wakunze kuvuga ko uyu […]
Ingabo za Somalia n’iza Kenya zishobora gukozanyaho
Nyuma y’amasaha make Guverinoma ya Somalia itangaje ko ihagaritse umubano wayo na Kenya, yatangiye kohereza abasirikare benshi n’imodoka z’intambara ku rubibi rutandukanya ibihugu byombi hafi n’agace ka Mandera, ku buryo hari impungenge ko hashobora kuba imirwano. Nk’uko Daily Nation yabitangaje, amakuru yemejwe n’abaturage ndetse n’ubuyobozi muri Mandera, ku buryo bamwe bagize ubwoba ngo bahunze. Umuturage […]
RIB yaburiye abakoresha Whatsapp

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwaburiye abaturage bakoresha Whatsapp ko hari ibikorwa by’ubutekamutwe. Ibyo RIB yatangaje.
Ngoma: Umusore bivugwa ko “yateye icyuma umukobwa ngo yamwimye” na we akacyitera yapfuye
Umusore witwa Bizimana Jean Paul wajyanwe kwa muganga i Kibungo ku wa Mbere tariki 14 Ukuboza 2020, bivugwa ko yarwanye n’umukobwa w’inshuti ye “bapfa ko yashakaga ko bakorana imibonano mpuzabitsina undi akabyanga” akamutera ibyuma, na we akabyitera, yaje gupfa. Muganga Mukuru ku Bitaro bya Kibungo, Dr. Gahima John yemeje urupfu rw’uriya musore. Yabwiye Umuseke ko […]
Hari amakipe akurikiranweho na RIB kubeshya ko abakinnyi bayo batanduye COVID-19
Minisititi wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yatangaje ko hari amakipe yo mu cyiciro cya mbere hano mu Rwanda ari gukorwaho iperereza n’ubugenzacyaha, nyuma yo gukina imikino y’umunsi wa mbere abakinnyi n’abakozi bayo akerekana ibya ngombwa bihimbano byerekana ko byakozwe. Ni nyuma y’uko mu minsi ishize, mu makipe amwe akina mu cyiciro cya mbere hagaragaye abakinnyi […]
Museveni yaciye amarenga ko atazemera gutsindwa na Gen. Muntu cyangwa Tumukunde
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yaciye amarenga ko atazemera gutsindwa n’abasirikare barimo Rtd. Maj. Gen. Mugisha Muntu na Rtd. Lt. Gen. Henry Tumukunde bahatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu. Byumvikana muri videwo televiziyo ya NBS yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter kuri uyu wa 15 Ukuboza 2020, yafashwe […]
Ubunebwe bwateje impanuka yishe 14 Singida
Impanuka polisi ivuga ko yatejwe n’ubunebwe bw’umushoferi yahitanye abantu 14 abandi barakomereka ubwo imodoka barimo yagonganye n’ikamyo ahitwa Kiini mu Ntara ya Singida muri Tanzania. Iyi mpanuka yaturutse ku kugongana kw’imodoka y’abagenzi ntoya yagonganye n’ikamyo yari ivuye i Dar- Es Salaam igana Kahama. Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Singida, Sweetbert Njewika avuga ko iyi […]
Perezida Trump yanze ko abakozi b’ibiro bye bakingirwa COVID-19
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yaburijemo gahunda yo guha inkingo za COVID-19 abakozi bo mu biro bye bya White House yari iteganyijwe mu minsi iri imbere. Ni nyuma y’uko ku Cyumweru ibiro bya Perezida wa Amerika byari byatangaje ko abakozi ba White House bari mu bantu ba mbere bari guhabwa urukingo […]
IRMCT reveals the fugitive kayishema’s whereabout after 26yrs
The chief prosecutor in IRMCT, the UN mechanism acting for the former International Criminal Tribunal for Rwanda (ICTR), Serge brammertz has revealed that after 26yrs the fugitive kayishema fulgence is in South Africa. Rwanda Prosecution accuses the fugitive kayishema fulgence, the role in the death of 2000 Tutsi in Nyange church on 16 April 1994. […]
Umuhanzi Danny Vumbi yakoze impanuka
Mu mpera z’icyumweru, umuhanzi Danny Vumbi n’umugore we Muhawenimana Jeannette mu mpanuka y’imodoka bakoreye mu Karere ka Musanze. Iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 11 Ukuboza 2020 yatewe n’uko imodoka yabuze feri bityo Uhujimfura Claude wari uyitwaye ahitamo kuyihirika mu muferege. Uhujimfura Claude wari utwaye uyu muryango, yabwiye Igihe ngo ”Twari […]
U Bubiligi bugiye kugarura iryinyo rya Lumumba
Perezida wa Congo-Kinshasa, Felix Tshisekedi kuwa Mbere yabwiye abadepite ko u Bubiligi bugiye kugarura iryinyo rya Patrice Émery Lumumba waharaniye ubwigenge. Iri ryinyo ryatswe umupolisi w’Umubiligi wari wararifashe ubwo Lumumba yashyingurwaga amaze kwicwa mu 1961. Iri ryinyo rizashyikirizwa umuryango we muri Kamena mbere y’uko hizihizwa isabukuru y’ubwigenge. Ku bwa Tshisekedi ngo ” Hazazirikanwa uruhare rwa […]
Dr. Kaberuka yavuze ko Afurika isabwa miliyari 12$ kugira ngo ibone inkingo za Covid-19 zihagije
Dr. Donald Kaberuka uri mu itsinda ry’impuguke rishinzwe gushakira umugabane wa Afurika igisubizo ku ihungabana ry’ubukungu muri iki gihe icyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi, yavuze ko uyu mugabane usabwa amafaranga agera kuri miliyari 12 z’amadolari ya Amerika kugira ngo ubone inkingo zihagije. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa The East African, Kaberuka yavuze ko ari inkuru […]
France Football yatangaje abakinnyi 11 ba ruhago b’ibihe byose

Ikinyamakuru France Football gisanzwe gitanga igihembo cya Ballon d’Or, cyamaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 11 bagize ikipe y’ibihe byose y’umupira w’amaguru, ruriho ibihangange bitandukanye mu mupira w’amaguru. Ni urutonde rwashyizwe ahagaragara ku mugoroba w’ejo ku wa kabiri, rusimbura umuhango wo gutanga Ballon d’Or ya 2020 kiriya kinyamakuru cyasubitse kubera icyorezo cya COVID-19. Urutonde rw’abakinnyi 11 […]
Impamvu Akarere ka Musanze kafatiwe ingamba zihariye zo kurwanya COVID-19
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Lt. Col. Dr. Tharcisse Mpunga atangaza ko hari impamvu zitandukanye zatumye inama y’abamainisitiri yo kuwa 14 Ukuboza ifatira ifatira ingamba zihariye Akarere ka Musanze mu kurwanya Coronavirus harimo no kuba 13% by’abarwayi bagaragaye mu byumweru bishize bavuye muri ako gace. Mu kiganiro na Radiyo y’igihugu kuwa 15 Ukuboza, Dr […]
RURA yinjiye mu kibazo cy’ubwumvikane buke hagati ya MTN na Airtel Rwanda
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe na zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwinjiye mu kibazo cy’ubwumvikane buke hagati y’ibigo bibiri by’itumanaho bikorerwa mu Rwanda, MTN na Airtel Rwanda. Intandaro y’iki kibazo ni itangazo ryamamaza ritunganyijwe mu buryo bw’ifoto Airtel Rwanda yashyize ahagaragara rifite umutwe ugira uti: “Va ku giti dore umurongo!” Iri tangazo […]
RURA na WASAC mu nzego n’ibigo byahawe abayobozi bashya

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020 yafashe ibyemezo byo guhindura abayobozi bakuru b’ibigo n’inzego bya leta barimo uw’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) n’uw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi, isuku n’isukura (WASAC). Umuyobozi Mukuru mushya wa RURA ni Dr. Nsabimana Ernest wari usanzwe ari Umuyobozi Wungirije w’Umujyi […]
Abagendera mu modoka rusange bagabanyijwe, amasaha y’ingendo aramanurwa, ubukwe burahagarikwa

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Ukuboza 2020, yafashe ibyemezo bikakaye birimo guhagarika imihango y’ubukwe, kugabanya umubare w’abagendera mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange no kugabanya amasaha y’ingendo; mu rwego kurwanya icyorezo cya Covid-19. Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente na Perezida Paul Kagame mu Nama y’Abaminisitiri Ni inama yari yitezweho gushyiraho impinduka […]