Urwego rw’Umuvunyi rwasubije ibibazo byabajijwe n’Inteko Ishingamategeko harimo n’iby’imanza zitarangizwa
Ku butumire bw’Inteko Ishingamategeko, Umutwe w’Abadepite, Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Mutarama 2021, Komisiyo yagiranye ikiganiro n’Urwego rw’Umuvunyi ku bibazo byagaragaye muri raporo y’ibikorwa by’Urwego rw’Umuvunyi by’umwaka wa 2019-2020; aho Umuvunyi Mukuru yagize icyo avuga ku bibazo byabajijwe n’Abadepite. Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine […]
RDC: Minisitiri w’Intebe Sylivestre Ilunga na Guverinoma ye birukanwe
Inteko Ishinga Amategeko ya Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu yafashe umwanzuro wo kwirukana Minisitiri w’Intebe, Sylvestre Ilunga na Guverinoma ye nyuma yo kubatakariza icyizere. Minisitiri Ilunga yirukanwe nyuma y’igihe gito hatowe icyemezo cyo kumutakariza icyizere cyatowe atari mu nteko, kuko yari mu rugendo mu mujyi wa Lubumbashi aho yari yagiye guhura […]
Ihuriro ry’abanyapolitiki barimo Fayulu, Katumbi na Bemba; mu marembera

Ibimenyetso bikomeje kwerekana ko ihuriro LAMUKA ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ryaba riri mu marembera. Ubusanzwe iri huriro rihuje amashyaka ya: ECIDé (Engagement pour la Citoyenneté et le Dévelopment) rya Martin Fayulu, Ensemble MK rya Moïse Katumbi, MLC (Mouvement de Liberation du Congo) rya Jean Pierre Bemba na PALU […]
Imyaka 31: Icyo Museveni yabwiye Perezida Habyarimana ku buhanga bwa Gen. Rwigema

Imyaka 31 irashize, Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuze icyo yavuganye n’uwari mugenzi we, Gen. Juvenal Habyarimana ku ngingo y’intambara yari irimbanyije hagati ya Les Forces Armes Rwandais (FAR) na Rwanda Patriotic Front (RPA). Ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Events Magazine mu Gushyingo 1990, Museveni yaciye amarenga, abwira Habyarimana ko abo muri RPA atazabashobora kuko barimo […]
Shoferi wari ugiye kugonga ababyina intsinzi y’Amavubi yafashwe

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi inereka itangazamakuru umushoferi witwa Ndayisaba Fabrice wari ugiye kugonga ababyinaga intsinzi y’ikipe y’igihugu (Amavubi) yari imaze gutsinda iya Togo ibitego 3-2. Ni nyuma y’aho kuri Twitter, ukoresha urubuga rwa Yego B ahashyize videwo igaragaza uyu mushoferi atwara imodoka ku muvuduko ukabije; ari hafi yo kugonga aba bantu. Uyu yagize […]
Magufuli yasabye abanya-Tanzania kwitondera inkingo za COVID-19 ziri kwamamazwa n’amahanga
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli, yasabye Minisiteri y’Ubuzima mu gihugu cye kwirinda kwihutira gusaba ‘inkingo za COVID-19 zikomeje kwamamazwa n’ibihugu by’amahanga.’ Magufuli yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri ubwo yari mu gace ka Geita, avuga ko ibyo kwifashisha inkingo za COVID-19 bidakwiye gufatwa nk’ibintu byoroshye. Ati: “Mugomba guhagarara bwuma. Inkingo ni mbi cyane. Niba […]
VIDEO: Ijoro ryakeye ni isomo kuri Police\Abanyarwanda berekanye ikintu|| Ababurirwa irengero-#HIRYA NO HINO
Musanze: Umukobwa ari mu bitaro ku bw’igitego cya Sugira
Umukobwa ukora muri imwe muri hoteli mu Karere ka Musanze yishimiye intsinzi y’ikipe y’Igihugu Amavubi anyura mu kirahure cy’urugi akomereka bikomeye bituma arara mu bitaro. Igitego cya Sugira Ernest cyahise gihesha itike u Rwanda rwinjira muri ¼ cy’igikombe cya Afurika cy’amakipe y’abakinnyi bakina imbere mu gihugu CHAN. Ubwo iki gitego cyajyagamo uwo mukozi ibyishimo byamurenze, […]
Kompanyi yirukanye umukobwa kuko ikariso yari yishushanyije mu ipantaro
Umukobwa utavuzwe amazina yirukanwe na kompanyi imwe yo mu Mujyi wa Lagos kuko ikariso yari yishushanyije mu ipantaro yari yambaye (pant line showing). Umwe mu bavuze iby’iyi nkuru kuri Twitter, Odira Orinze yavuze ko iyo kompanyi iri muzikomeye i Lagos ariko ko ifite amabwiriza rimwe na rimwe yafatwa nko gukabya. Umuyobozi wayo ngo ni uko […]
Miss Mutesi Jolly avuga ko yihebeye rutahizamu Sugira Ernest

Nyampinga w’u Rwanda w’umwaka w’2016, Miss Mutesi Jolly yatangaje ko rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, Sugira Ernest ubu ngubu ari we wamutwaye umutima. Ni nyuma y’igitego uyu mukinnyi yatsinze ku mukino wahuje Amavubi na Togo mu irushanwa rya CHAN, cyatumye iyi kipe ikatisha itike ya ¼ cy’irushanwa. Miss Jolly mu butumwa bugufi yashyize ku […]
Abasirikare bakoze ku mabere y’umugore wanjye_Bobi Wine abara uko yari afungiye iwe
Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yashinje inzego zishinzwe umutekano za kiriya gihugu kumukoza isoni we n’umuryango we ndetse n’abakozi be ubwo abashinzwe umutekano bari baramufungiye iwe mu rugo. Kuva tariki ya 14 Mutarama ubwo muri Uganda habaga amatora y’umukuru w’igihugu yegukanwe na Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Bobi Wine bari bahanganye […]
Polisi yihanangirije abishe gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ bishimira intsinzi y’Amavubi
Polisi y’u Rwanda yihanangirije Abaturarwanda baba mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali baraye bigabije imihanda bishimira intsinzi y’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru (Amavubi), bishe ibwiriza rya Guma mu Rugo batanubahirije andi mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Ubwo Amavubi yari amaze gukatisha itike ya ¼ cy’irushanwa rya CHAN, nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Togo ibitego […]
Perezida Biden aravugurura umubano na Palestine, wangijwe na Trump
Ambasaderi wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) mu Muryango w’Abibumbye (UN), Richard Mills kuri uyu wa 26 Mutarama 2021 yatangaje ko igihugu cye kigiye kubyutsa umubano n’iyi Leta imaze igihe kinini ishaka ubwigenge. Ni nyuma y’aho uwari Perezida wa USA, Donald Trump yari amaze igihe ubwo yagaragazaga ko ashyigikiye Leta ya Israeli idacana […]
Minisitiri Shyaka yemeye gufasha uwenda ‘kwicwa n’inzara’ wasabye Perezida Kagame kumuremera
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, yemeye gufasha umuturage watabaje Perezida wa Repububulika, Paul Kagame kuri Twitter, amusaba kumukiza inzara yenda kumwica. Uwatabaje Perezida Kagame agatungira agatoki ubutumwa bwe Ibiro by’Umukuru w’Igihugu na Minisitiri Shyaka ni uwitwa Isham Abdallah uvuga ko yari asanzwe akora akazi ko gutanga ibiryo muri resitora, gusa akazi kakaba karahagaze. Abdallah […]
Iby’intwaro Israeli igurisha umutwe w’ingabo zidasanzwe muri Uganda byageze mu rukiko
Nyuma yo kumenya ko Leta ya Israeli gahunda igurisha intwaro umutwe w’ingabo zidasanzwe za Uganda, SFC (Special Force Command), impirimbanyi z’uburenganzira bw’ikiremwamuntu zafashe icyemezo cyo kuyihagarika zitabaje urukiko. Nk’uko Daily Monitor ibitangaza, izi mpirimanyi zirimo abanyamahanga n’Abagande bari mu buhungiro, zifashishije umunyamategeko, zandikira Minisiteri y’Ingabo ya Israeli tariki ya 5 Ukuboza 2020, zisaba ko iyi […]
Umuhanzi uvukana na Liza Kamikazi yasabye Sugira kumutera inda
Umuhanzikazi Noëlla Izere yasabye Umukinnyi w’Amavubi, Sugira Ernest kumutera inda nk’ishimwe ryo gutsinda igitego cya Gatatu cyatumye u Rwanda rugera muri 1/4 cya CHAN iri kubera muri Cameroon. Abanyarwanda bagaragaje ibyishimo byinshi aho nko mu Mujyi wa Kigali bibagiwe ko bari muri Guma mu Rugo, bakihereza imihanda bagataraka mu byishimo. Uyu muhanzi we yavuze ku […]
U Burundi butegereje ko u Rwanda rukora ibyo rwasabwe
Umuvugizi wa Perezida w’ u Burundi, Claude Karerwa Ndenzako avuga ko kugira ngo u Rwanda n’ u Burundi babane neza, igihugu cye cyakoze ibyo cyasabwaga n’ u Rwanda, bityo ko ubu nabo bategereje ko u Rwanda narwo rukora ibyo u Burundi bwarusabye. Karerwa avuga ko mu byo u Rwanda rwari rwasabye harimo kumenya niba u […]
Sugira ni umunyarwanda wa mbere ukuye abantu muri guma mu rugo inama y’abaminisitiri idateranye-Umuturage
Umwe mu bakoresha Twitter, Sugira Patie Erneste Sindayigaya mu kuvuga ko ab’ i Kigali bishimiye intsinzi y’Amavubi, bakibagirwa ko bari muri Guma mu Rugo yavuze ko Sugira watsinze ari we Munyarwanda wa mbere ukuye aba baturage muri guma mu rugo nta nama y’abaminisitiri ibaye. U Rwanda mu ijoro ryakeye rwari ruhanganye na Togo mu kugera […]
Imana yumvise ugutakamba kw’Amavubi, Togo ihinduka igitambo (Amafoto)

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yaraye ikatishije itike ya 1/4 cy’irangiza cya CHAN ikomeje kubera mu gihugu cya Caméroun, nyuma yo gutsinda Togo ibitego 3-2. Hari mu mukino usoza itsinda C Amavubi y’u Rwanda yasabwaga gutsinda ku kiguzi icyo ari cyo cyose, kugira ngo agire amanota atanu yari gutuma abasha kuguma muri ririya rushanwa. Ibitego bitatu bya […]