Icyizere cy’Abakongomani cyo gusimbura Gabon muri CAN cyaraje amasinde
Akanama gashinzwe imyitwarire mu mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika (CAF), katesheje agaciro ikirego ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri RDC (FECOCA) ryari ryarezemo Gabon bapfa umukinnyi witwa Geulor Kanga. FECOFA mu kirego cyayo, yari yashinje Gabon kuba yarakinishije Kanga imikino y’amajonjora yo gushaka itike ya CAN, nyamara afite ibyangombwa bibiri bitandukanye. Ibyangombwa Gabon ifite byerekana ko Kanga […]
Kivu yâAmajyaruguru na Ituri: Goma irayoborwa nâumusirikare, indi mijyi ikomeye iyoborwe nâabapolisi bakuru
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo akaba nâUmugaba wâingabo wâikirenga, FĂ©lix Tshisekedi, kuri uyu wa 25 Gicurasi 2021 yahaye imijyi ikomeye mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru na Ituri ubuyobozi bwa gisirikare nâigipolisi. Iyi mijyi ni: Goma na Beni muri Kivu yâAmajyaruguru, Bunia na Butembo muri Ituri. Uyobora Goma ni umusirikare witwa Kebya Makosa François, […]
Hahishuwe ko abateguye Raporo Duclert hari inyandiko bangiwe kugeraho zâingenzi
Mu gihe Emmanuel Macron yitegura gusura u Rwanda ku wa kane, inyandiko ishaje yatekerejweho nâumusosiyaliste Michel Rocard ku ruhare rwâu Bufaransa muri iki gihugu yongeye kugaragara kandi igaragaza isesengura rishimishije, ariko ryamaganwe nkana. Ni inyandiko itarasohotse , cyangwa yasibwe, ariko ikinyamakuru LibĂ©ration cyabashije kubona mbere yâuruzinduko rwasobanuwe nk “amateka” rwa Perezida, Emmanuel Macron kuri uyu […]
Rwabuze gica hagati ya APR FC na AS Kigali, zirinda Rayon Sports
Umukino wa shampiyona y’ikiciro cya mbere y’u Rwanda wahuzaga ikipe ya APR FC na AS Kigali, urangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1, yombi arindira ikipe ya Rayon Sports. Kuri uyu wa Gatatu hakinwaga umukino wa kabiri muri irindwi igomba guhuza amakipe umunani ya mbere agomba kuvamo izegukana igikombe cya shampiyona. APR FC na AS Kigali […]
Mali: Bah NâDaw uherutse kuvanwa ku butegetsi yatanze ubwegure bwe
Uwari Perezida wâinzibacyuho wa Mali, Bah NâDaw, yamaze gushyikiriza ubwegure bwe visi perezida we, Assimi GoĂŻta, wahise uba Perezida wâinzibacyuho. Mu masaha atageze kuri 48 akuye ku kimirimo yabo, perezida wâinzibacyuho, Bah NâDaw na Minisitiri wâIntebe we, Moctar Ouane, Col. Assimi GoĂŻta niwe wahise aba Perezida wâinzibacyuho. Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Gicurasi, nibwo […]
Amafoto: Umugore wâabana 6 yakoze ubukwe bukomeye ânâUmwuka Weraâ

Imiziki, imbyino, imvugirizo, urusaku nâibindi bigize ibyishimo, ni byo byaranze ubukwe bukomeye bwâumubyeyi wâabana 6 wo mu gace ka Mukutano mu Karere ka West Pokot muri Kenya, Elizabeth Nalem uvuga ko yakoranye nâUmwuka Wera. Amashusho dukesha The Standard agaragaza umubyeyi Nalem yambaye agatimba, kamupfutse mu maso nkâuko bisanzwe ku mugeni wakoze ubukwe, ariko umukwe (umusore […]
Igitero cya FLN: Rushorera mu mubano w’ u Rwanda n’ u Burundi
Perezida wâu Rwanda Paul Kagame aravuga ko ahangakishijwe nâuburyo umubano wâigihuhu cye nâu Burundi wari utangiye kuba mwiza nyamara icyo gihugu baturanye kikaba gikomeza kuvugwa ko giha intwaro abatera u Rwanda. Prezida Kagame yabibwiye ikinyamakuru Jeune Afrique cyandikirwa mu Bufaransa. Iyo nkuru yashyizwe ahagaraga ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, nyuma yâibitero byabaye mu […]
Gakenke: Uwashatse kwica umugore we amuziza 50,000 Frw yahawe igihano cyâintangarugero
Umugabo wo mu Karere ka Gakenke wari ukurikiranweho gushaka kwica ku bushake umugore we amujijije amafaranga 50,000 Frw yakoresheje amusura ubwo yari afunze yakatiwe imyaka 25 yâigifungo. Ni icyaha cyakozwe mu rukerera rwo ku itariki 11 Mata 2021, ahagana saa kumi nâimwe mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Gisozi, Umurenge wa Nemba, ho mu Karere […]
J. Cole yavuye mu Rwanda ‘ku mpamvu ze bwite’
Umuraperi wâumunyamerika J. Cole wari uri gukinira ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda mu mikino ya Basketball Africa League ntabwo azakina imikino ya 1/4 kuko yahisemo kuva mu Rwanda ku bivugwa ko ari impamvu ze bwite. Cole nta makuru arambuye yatanze ku mpamvu zatumye agenda iri rushanwa ritarangiye. Ikipe yari yaje gukinira ya Patriots […]
WhatsApp yajyanye mu nkiko Guverinoma y’u Buhinde
WhatsApp yareze leta y’u Buhinde kubera amategeko mashya agenga ikoreshwa rya internet iyi sosiyete ivuga ko âazahungabanya cyaneâ ubuzima bwite bw’abayikoresha. Amategeko mashya agenga ikoreshwa rya internet mu Buhinde, yiswe ayo gukandamiza no gukomeretsa, aha guverinoma y’u Buhinde imbaraga nyinshi zo gukurikirana ibikorwa byo kuri interineti, harimo no gukurikirana porogaramu ubundi ziba zifunze ku muntu […]
Abakorana na Ntamuhanga Cassien bemeza ko yatawe muri yombi

Abakorana na Ntamuhanga Cassien bibumbiye mu muryango bise âRANP Abaryankunaâ urwanya Leta yâu Rwanda bemeje amakuru yâitabwa muri yombi rye. Ni amakuru yatangiye kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga guhera mu ntangiriro zâiki cyumweru, avuga ko Ntamuhanga yafatiwe mu murwa mukuru wa Mozambique, Maputo, aho yabaga nkâimpunzi. Aya makuru yavugaga ko nyuma yo gufatirwa i Maputo, byitezwe […]
Perezida Ndayishimiye yahaye inyigisho ba Ofisiye bakuru muri FDNB (Amafoto)

Perezida w’u Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo za kiriya gihugu, kuri uyu wa Gatatu yahaye inyigisho ba Ofisiye bakuru mu gisirikare cy’u Burundi. Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko izi nyigisho zigamije kubakangurira kuzirikana igihugu zatangiwe mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya ISCAM. Ni igigisho zitabiriwe n’abasirikare bakuru b’u Burundi, barimo n’Umugaba Mukuru […]
John Cena yasabye imbabazi u Bushinwa nyuma yo kwita Taiwan igihugu

âNkunda kandi nubaha u Bushinwa nâAbashinwa. Mumbabarire, Mumbabarire kubwâisoko ryanjye. Nsabye imbabazi, nsambye imbabazi Mumbarire cyane,â aya ni amgambo yavuzwe nâUmukinnyi wa filimi ndetse nâumukino wo gukirana uzwi nka âwrestlingâ mu cyongereza, nyuma yo kwita Taiwan igihugu mu kiganiro yahaga itangazamakuru avuga kuri filimi ya Fast & Furious igice cya 9 yamaze kujya ahagaragara. John […]
Abo mu kigo RISA bariye indimi kuri asaga Frw miliyari ebyiri babitse
Mu gihe bimwe mu bigo bya Leta hadasizwe na za minisiteri zimwe na zimwe bahuye n’ikibazo cy’ingengo y’imari yabaye iyanga, Ikigo cya Leta cyitwa RISA ( Rwanda Information Society Authority) kibitse asaga Frw miliyari ebyiri, abayobozi bacyo batavuga uko azakoreshwa. Kuwa 23 Mutarama 20218, RISA yafunguye konti nomero 1000043105 muri Banki Nkuru y’ u Rwanda […]
Perezida Kagame yavuze kuri Tshisekedi utavuga rumwe na we kuri âRapport Mappingâ
Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame yavuze kuri mugenzi we uyoboye Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi utavuga rumwe na we ku bakoze âRapport Mappingâ. Rapport Mapping yakozwe na Komisiyo yâimpuguke zâUmuryango wâAbibumbye ishinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu, igaragaza ibyaha byakorewe mu burasirazuba bwa RDC hagati yâ1993 n’2003, nâababikoze. Muri iyi raporo, ingabo zâu […]
Minisitiri wâubucuruzi yihanangirije abacuruzi biha kuzamura ibiciro uko bishakiye

Minisitiri wâubucuruzi nâinganda, Beata Habyarimana, yihanangirije abacuruzi biha kuzamura ibiciro uko bishakiye bitwaje ko ibiciro byazamutse ku rwego mpuzamahanga. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Gicurasi, Bwiza.com ifitiye kopi, Minisitiri Habyarimana avuga ko ashingiye kuri raporo yâigenzura ryakozwe ku masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali no mu turere; aho byagaragaye […]
Sudani yâEpfo yasubije inkingo za Covid-19 yari yarahawe
Leta ya Sudani yâEpfo kuri uyu wa 25 Gicurasi 2021 yasubije urwego rwa Covax inkingo 72,000 za Covid-19 mu 132,000 rwari rwarayihaye muri Werurwe, bitewe nâibibazo byâubukungu. Ni icyemezo cyafashwe mu rwego rwo kwirinda ko izi nkingo zayisaziraho, zigapfa ubusa, kuko ngo ntabwo iri kubona ubushobozi bwo kuba zose yaramaze kuzikoresho kugeza tariki ya 18 […]
L’ancienne cour d’appel de Ruhengeri devient un mĂ©morial du gĂ©nocide
Les restes de plus de 800 victimes du gĂ©nocide contre les Tutsi qui ont Ă©tĂ© tuĂ©s dans et autour de la ville de Musanze, anciennement Ruhengeri, doivent ĂȘtre enterrĂ©s au mĂ©morial du gĂ©nocide nouvellement créé Ă l’ancienne cour d’appel de Ruhengeri. S’adressant au New Times, Axelle Kamanzi, vice-maire en charge des affaires sociales dans le […]
Bamenye ko nta mwanya bafite_Ndayishimiye ku bateye za grenade i Bujumbura
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko abaraye bagabye ibitero bya za grenade i Bujumbura ari abifuza gusubiza u Burundi inyuma, yihanganisha imiryango y’ababuze ababo. Ku mugoroba w’ejo ku wa Kabiri ni bwo i Bujumbura mu murwa mukuru w’ubucuruzi w’u Burundi hagabwe ibitero bitatu bya za grenade, bihitana ubuzima bwa bamwe mu Barundi. Minisiteri yâUmutekano […]
Ambasade yâu Bubiligi yaburiye Ababiligi batuye i Bujumbura
Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga ikoresha nka facebook na twitter, Ambasade yâu Bubiligi mu Burundi ifite icyicaro I Bujumbura yaburiye Ababiligi batuye muri iki gihugu nâabakozi bayo ibasaba kuguma aho batuye kubera kutizera umutekano nyuma yâibitero bya grenade byibasiye ahantu hatandukanye muri Bujumbura kuri uyu wa Kabiri. Itangazo yashyize ahagaragara rigira riti â Kubwâamakuru yo kwemeza, […]
Umuhanga avuga ko u Rwanda rurimo gutandukana na RDC

Umuhanga mu bumenyi bwâibibera mu nda yâIsi wigisha amasomo abwerekeyeho muri Kaminuza yâu Rwanda, Dr Digne Rwabuhungu avuga ko u Rwanda rurimo gutandukana na Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), mu myaka myinshi iri imbere ibi bihugu bikazatandukanywa nâinyanja. Dr Rwabuhungu yabitangarije kuri Radiyo Rwanda kuri uyu wa 25 Gicurasi 2021, mu kiganiro cyibandaga ku […]
Kicukiro: Uwahoze mu Ngabo zâu Rwanda yakubise umuturage inyundo mu mutwe
Umugabo witwa Mukurarinda Ernest bakunda kwita Komanda yakubise uwitwa Umutesi Elizabeth inyundo mu mutwe incuro eshatu bapfa amafaranga avuga ko bamwibye ubwo basangiraga inzoga mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 22. Abaturage batuye mu Mugudu wa Nyakarambi, Akagari ka Gitaraga, Umurenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro ho mu mujyi wa Kigali babwiye UMUBAVU ko […]
AMARUSHANWA CYIYONI ARAYEGUKANYE ,IWABO WACYIYONI IBYISHIMO NIBYOSE
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Hatangijwe amasomo ya live streaming mu gihe gito

Mu Rwanda hagiye gutangizwa amasomo yâigihe gito ya Live streaming, uburyo bwifashishwa mu isakazamashusho nâamajwi hifashishijwe internet. Live streaming ni uburyo bwo gufata amajwi nâamashusho bigasakazwa imbonankubone (LIVE) hifashishijwe internet ukaba wakurikira umuhango cyangwa igikorwa runaka nkâuhibereye unyuze ku mbugankoranyambaga cyangwa se urubuga rwa internet biri gutambukaho. Live streaming kandi yabaye igisubizo muri iki gihe […]
Mali: Abigaragambya basabwe kwishakamo Min. w’Intebe
Itsinda rikomeye ryo muri Mali rizwi nka M5 RFP ryateguye imyigaragambyo yo mu mwaka ushize yagejeje ku ihirikwa rya perezida wari uriho icyo gihe, ryavuze ko ryasabwe gutanga umukandida ku mwanya wa minisitiri w’intebe. Soya Djigue wo muri iryo tsinda, yavuganye na BBC mu kiganiro Focus on Africa ku wa kabiri, nyuma yuko ku wa […]
VIDEO: Umupfumu Salongo yavuze kuri ba Apostle na Pastor bamuvuga nabi ngo nibyo bibatunze
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Bujumbura: Abatari bake baguye mu bitero bya za Grenade, benshi barakomereka
Abantu babiri baraye baguye mu bitero bya za grenades zatewe mu mujyi wa Bujumbura mu gihugugu cy’u Burundi, abandi benshi barakomereka. Izi grenades bitaramenyekana abaziteye, zatewe ahantu batandukanye hahurira abantu benshi i Bujumbura, harimo ahakorerwa ubucuruzi n’ahategerwa imodoka zitwara abagenzi. Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu Burundi, yaraye yanditse kuri Twitter ko abantu babiri ari bo baguye […]