Bugesera: Avugwaho guca ikiganza cy’umukozi we, akisobanura ko ari isake yabagaga

Umuhinzi uzwi nka Mukiga wo mu Kagari ka Biryogo, Umurenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera aravugwaho gutema Niyomukiza Jean Pierre wamurindiraga umuceri akamuca ikiganza, nyuma agahita yisarisha, asobanura ko ari isake ye yabagaga. Nk’uko yabitangarije TV1, Niyomukiza w’imyaka 18 y’amavuko avuga ko byabaye tariki ya 28 Ukuboza 2021 ubwo yishyuzaga Mukiga amafaranga y’u Rwanda […]

Nyamasheke: Ikamyo yikoreye sima yahitanye uwari uyitwaye

Saa kumi n’ebyiri na 45 z’umugoroba wo ku wa 16 Gashyantare, ikamyo yo mu bwoko bwa Scania ifite pulake RL 090 IT, IT 995 RG, yari ikuye sima mu karere ka Rusizi iyijyanye mu Bugesera, yageze mu mudugudu wa Rukerereza, akagari ka Kanazi, umurenge wa Ruharambuga mu karere ka nyamasheke, umushoferi akase ikorosi rihari riramunanira […]

Musa Esenu yafashije Rayon Sports gutsinda Rutsiro FC

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Rutsiro FC igitego 1-0, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona wabaye kuri uyu wa Kane. Rayon Sports yaherukaga gutsindirwa na Mukura VS igitego 1-0 i Huye yari yakiriye Rutsiro FC, mu mukino w’umunsi wa 17 wa shampiyona wabereye i Huye. Umunota wa 18 w’umukino wari uhagije ngo Rayon Sports […]

RDC: CODECO yagize ibyo isaba kugirango irekure Thomas Lubanga na bagenzi be

Ni bike bizwi ku bisabwa n’umutwe wa CODECO mbere yo kurekura Thomas Lubanga hamwe n’abandi bagize urwego rwiswe ‘Task Force’, bari boherejwe mu Ntara ya Ituri na Perezidansi ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gukangurira imitwe yitwaje intwaro guhagarika imirwano. Biravugwa ko umuvugizi w’uyu mutwe yakwirakwije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga kandi buniaactualite.com yemeje ko ari […]

Advocacy & Communications Team Leader at Care International

JOB ADVERTISEMENT: CARE International is seeking to recruit an “Advocacy & Communications Team Leader” Introduction CARE International is a global humanitarian organization with physical presence in 104 countries worldwide in 2021. CARE’s vision is to seek a world of hope, inclusion, and social justice where poverty has been overcome and all people live in dignity […]

Le président Kagame en Belgique pour le sommet UA-UE

Le prĂ©sident Paul Kagame est arrivĂ© en Belgique oĂč il participe au sommet Union africaine-Union europĂ©enne, les 17 et 18 fĂ©vrier. Le sommet rĂ©unit les dirigeants des deux institutions ainsi que des reprĂ©sentants de leurs États membres respectifs pour discuter de la maniĂšre dont les deux continents peuvent construire une plus grande prospĂ©ritĂ©. Les discussions […]

Ishyaka FDC rya Col Besigye ryanenze uburyo u Rwanda ruri kubakamo umubano warwo na Uganda

Ishyaka Forum for Democratic Change (FDC) rya Col Dr Kizza Besigye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, ryanenze uburyo Leta y’u Rwanda iri kubaka umubano wayo na Uganda rivuga ko wakabaye ushingira ku gihugu n’abantu aho kuba ku muryango wa Perezida Yoweri Museveni. FDC yatangaje ibi nyuma y’amakuru yamenyekanye ku munsi w’ejo y’uko Gen Salim Saleh […]

Nkundabanyanga byavugwaga ko yakatiwe imyaka 30 kubera ibyaha bya jenoside yafunguwe

nkunda.png

Nkundabanyanga Eugenie w’imyaka 81 y’amavuko wari umaze amezi 10 afungiwe muri gereza ya Nyarugenge, byavugwaga ko Urukiko Gacaca rwamukatiye igifungo cy’imyaka 30 nyuma yo kumuhamya uruhare muri jenoside yagizwe umwere, ahita afungurwa. Nkundabanyanga mu kiganiro yagiranye na Ukwezi TV, yavuze ko n’ubwo yari amaze gufungwa, yari afite icyizere ko igihe kizagera agafungurwa, kuko ngo yarenganaga, […]

U Bufaransa n’abandi Banyaburayi biyemeje kuvana ingabo zabo muri Mali

U Bufaransa n’abafatanyabikorwa babwo mu ngabo z’u Burayi batangaje ko bazatangira gukura ingabo zabo muri Mali nyuma y’imyaka igera ku 10 barwanya intagondwa. Itangazo ryashyizweho umukono n’u Bufaransa n’inshuti zabwo z’Abanyafurika n’Abanyaburayi kandi ryasohowe kuri uyu wa Kane rivuga ko “inzitizi nyinshi” zatejwe na guverinoma y’ingabo zahiritse ubutegetsi zivuze ko gukorera muri Mali bitagishoboka. Iki […]

Ituri: Guverineri Gen. Johnny N’kashama yasabiwe gusimbuzwa mu minsi 10

Sosiyete sivile mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye isimburwa rya guverineri w’umusirikare, Lt. Gen. Johnny N’kashama, bitarenze iminsi 10 uhereye ku wa Kabiri, 15 Gashyantare 2022. Mu itangazo ryayo, sosiyete sivile muri Ituri ishimangira ko hakomeje kubaho “ibintu biteye ubwoba” muri kariya gace k’igihugu, nubwo hashyizweho ubuyobozi bwa […]

Chad: Hahishuwe umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi, uvugwamo Centrafrica na Wagner Group

Umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa UFP (Uninon des Forces Resistance) urwanya ubutegetsi bwa Chad, Timan Erdimi arashaka kwifashisha abacancuro b’umutwe wa Wagner Group ukomoka mu Burusiya kugira ngo bamufashe guhirika ubutegetsi bw’umuhungu wa Marshall Idris DĂ©by, Gen. Mahamat Idris DĂ©by. Nk’uko radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, ibivuga, hasohotse bitunguranye ijwi rya Erdimi arimo kuvugana na Minisitiri […]

Ibuhumbi by’Abanya-Gatolika bo muri Amerika bashobora kongera kubatizwa

Abakirisitu ibihumbi bo muri Amerika mu Idini Gatolika bashobora gusubiramo guhabwa isakaramentu bya Batisimu kuko byamenyekanye ko hari ijambo ryavugwaga nabi na Padiri Andres Arango mu myaka 26 ishize mu gihe abavugiraho amagambo yo muri uwo muhango. Diyosezi ya Phoenix niyo yavumbuye ko Padiri Arango ” Yavugaga ngo ” Turakubatiza” aho kuvuga ngo ” Ndakubatiza” […]

Somalia: Abasirikare b’u Burundi bategetswe kwikingiza Covid-19

Abasirikare b’u Burundi bari mu butunwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) muri Repubulika ya Somalia, AMISOM, bategetswe kwikingiza icyorezo cya Covid-19 ku bw’inyungu z’igihugu cyabo. Radio Inzamba Agateka Kawe ivuga ko nyuma y’aho bamwe mu basirikare b’u Burundi barimo abayoboye Batayo banze kwikingiza iki cyorezo, umuyobozi wa AMISOM yabasabye kwisubiraho bakikingiza, bitaba ibyo […]

40 African heads of state head to Brussels for EU Summit

At least 40 heads of state and government are expected in the Belgian capital Brussels for a Summit with the European Union, officials said on Wednesday ahead of the crucial inter-bloc meeting. Expected attendees The leaders, including Ethiopian Prime Minister Abiy Ahmed, African Union Commission Chairperson Moussa Faki Mahamat, Senegalese President Macky Sall, the current […]

Rulindo: Umuvunyi Mukuru yijeje ubufasha mu kibazo cy’ingurane kimaze imyaka 14

Mu Murenge wa Rusiga mu Karere ka Rulindo haravugwa bamwe mu baturage bamaze imyaka isaga 14 bishyuza ingurane z’ibyangijwe mu ikorwa ry’umuyoboro w’amashanyarazi KININI-RUSIGA ariko na n’ubu amaso yaheze mu kirere ariko Urwego rw’Umuvunyi rukaba rubizeza gukurikirana ikibazo cyabo. Aba baturage bavuga ko bamaze icyo gihe REG ibizeza kwishyurwa ariko bikarangirira aho. Umwe mu baturage […]

Uruzinduko rwa Gen. Saleh mu Rwanda rwasubitswe bitunguranye

Uruzinduko murumuna wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, Gen. (Rtd) Caleb Akandwanaho uzwi nka Salim Saleh yagombaga kugirira mu Rwanda rwasubitswe bitunguranye. Ku mugoroba wo kuri uyu wa 16 Gashyantare 2022 ni bwo umunyamakuru Canary Mugume ukora inkuru zicukumbuye, yatangaje ko amakuru yizeye yakuye mu biro bya Perezida Museveni avuga ko Gen. Saleh agirira uruzinduko […]

Amerika ivuga ko u Burusiya bwajijishije bukongera ku mupaka na Ukraine abasirikare ibihumbi birindwi

Umutegetsi wo hejuru muri Amerika yatangaje ko ibyavuzwe n’Uburusiya ko buri kuvana zimwe mu ngabo zabwo ku mupaka na Ukraine ari “ikinyoma”, ko ahubwo izindi ngabo 7,000 z’inyongera ku zari zihasanzwe, zahageze mu minsi mike ishize. Uyu yavuze kandi ko “igihe icyo aricyo cyose” Uburusiya bushobora gutangaza urwitwazo “rw’ikinyoma” kugira ngo butere Ukraine. Avugana n’abanyamakuru, […]

UEFA Champions league: Salah na Firmino bafashije Liverpool gutsindira Inter Milan imbere y’abafana bayo

Ikipe ya Liverpool yaraye iteye intambwe iyiganisha muri 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions league, nyuma yo gutsindira Inter Milan imbere y’abafana bayo ibitego 2-0. Liverpool yari yasuye Inter Milan mu mukino ubanza wa 1/8 cy’irangiza wabereye kuri Stade ya San Siro. Ibitego by’umunya-BrĂ©sil Roberto Firmino n’umunya-Misiri Mohamed Salah ni byo byafashije iyi kipe y’umutoza Jurgen […]