Gen. Kainerugaba yifurije amahirwe Ian Kagame witegura kuba ofisiye

Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yifurije amahirwe umuhungu wa Perezida Paul Kagame, Ian Kagame witegura gusoza amasomo ya ofisiye mu ishuri rya gisirikare rya Royal Military Academy Sandhurst mu Bwongereza. Mu butumwa uyu musirikare yanyujije kuri Twitter, yagize ati: “Umunyeshuri w’umwofisiye Ian Kagame, nkwifurije ibyiza muri Sandhurst! Komera, ube fit cyane kandi ntihagire ugutera ubwoba.” Gen. […]

UN yategetse CAR gufungura abasirikare b’u Bufaransa, ishingiye ku budahangarwa bafite

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (UN), Antonio Guterres yategetse ubutabera bwa Repubulika ya Centrafrica (CAR) kurekura abasirikare bane b’u Bufaransa buherutse guta muri yombi, bushingiye ku budahangarwa bafite nk’abari mu butumwa bw’amahoro. Aba basirikare baterewe muri yombi imbere y’ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bangui, tariki ya 21 Gashyantare 2022, ubwo bari baherekeje Komanda w’ingabo ziri mu butumwa […]

Pasiteri aremeza ko gutanga ituro ari itegeko nko gutanga umusoro

Umushumba w’itorero rya Salvation Ministry ryo muri Nigeria, Pasiteri David Ibiyeomie yemeza ko kudatanga ituro rya kimwe mu icumi (1/10) ari icyaha gihanirwa. Ikinyamakuru Sahara Reports cyatangaje ko Pasiteri Ibiyeomie yabimenyesheje abayoboke be mu iteraniro ryo ku wa 19 Gashyantare 2022. Uyu mushumba yabwiye aba bayoboke ko abenshi badahirwa mu buzima kubera ko baba banga […]

Gen Muhoozi yatangaje ko Ingabo za Uganda zimaze kwica ibyihebe bya ADF 1,000

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ingabo za Uganda zifatanyije n’iza Congo Kinshasa zimaze kwica ibyihebe bibarirwa mu gihumbi byo mu mu mutwe wa ADF. Uyu mugabo usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni yemeje aya makuru mu butumwa yanditse kuri Twitter ye. Ati: “Njyewe Lt Gen […]

Rulindo: Abanyeshuri 30 bakubitiwe n’inkuba mu ishuri Imana ikinga akaboko

Inyubako zimwe z’ishuri rya G.S Gihinga riherereye mu Murenge wa Kinzuzi mu Karere ka Rulindo, zakubiswe n’inkuba harimo abanyeshuri, bituma abagera muri 30 bagira ibibazo bajyanwa mu bitaro. Iri shuri ryo mu Kagari Budakiranya mu Murenge wa Kinzuzi, risanzwe ryigwamo n’abanyeshuri kuva mu cyicuro cy’incuke kugeza mu cyiciro cy’ayisumbuye. Ku gasusuruko ko kuri uyu wa […]

Hospitality Coordinator at The Dian Fossey Gorilla Fund International

Job Title: Hospitality Coordinator Reports to: Facility Manager Location: Kinigi, Musanze, Rwanda Background The Dian Fossey Gorilla Fund International, (“DFGFI”) is a U.S. non-profit organization, registered in Rwanda as a non-governmental organization (Reg NÂş106/RGB/18). As a mission, The Dian Fossey Gorilla Fund is dedicated to the conservation, protection and study of gorillas and their habitats […]

Kagame pays tribute to Joe Ritchie

“Joe was a friend, who played a big part in the economic transformation of our nation”. That is how President Paul Kagame reflected on the life of Joe Ritchie, the deceased former chief executive of Rwanda Development Board. Ritchie, who was 75, breathed his last on Tuesday, February 22. The President paid tribute to his […]

Senate to summon PM Ngirente

Senators have resolved to summon Prime Minister in order to provide strategies to address issues affecting Integrated Development Programme (IDP) model villages and other grouped settlements. It made the resolution as it adopted the report of the Senatorial ad hoc committee on issues identified in IDP villages and other grouped settlement sites where the government […]

Kakwenza wahunze Uganda yamaze kugera mu Budage

kakwenza.jpg

Umwanditsi Kakwenza Rukirabashaija wahunze ubutabera bwa Uganda bwari bumukurikiranyeho icyaha cyo gutuka Umukuru w’Igihugu n’umuhungu we, yamaze kugera mu Budage. Umuyobozi w’umuryango w’abanditsi, PEN Center mu Budage, Deniz YĂĽcel yemeje ko Kakwenza yagezeyo amahoro kuri uyu wa 23 Gashyantare 2022. Ku rubuga rwa Twitter, YĂĽcel yagize ati: “Nka PEN Deutschland twishimiye kwakira Kakwenza Rukira mu […]

Kenya: Hahishuwe umugambi mugari wo kwivugana Perezida Uhuru Kenyatta

Ku wa Gatandatu tariki ya 19 Gashyantare umunyemari Stanley Livondo wo muri Kenya yatangaje ko hari abantu muri kiriya gihugu bafite umugambi wo kwivugana Perezida wacyo, Uhuru Kenyatta. Mu mbwirirwaruhame yuje imbamutima Livondo yavugiye mu gace ka Thika, yatangaje ko hari umuyobozi ukomeye muri Guverinoma ya Kenya wagerageje gutwara ubuzima bwa Perezida Kenyatta binyuze mu […]

Klopp yavuze ibanga Liverpool atoza iteganya gukoresha kugira ngo ishyikire Manchester City

Umudage JĂĽrgen Klopp utoza Liverpool yo mu Bwongereza, yavuze ko bagomba gutsinda imikino ya shampiyona yose isigaye kugira ngo babashe gufata Manchester City bahataniye igikombe. Kugeza ubu Liverpool igifite umukino w’ikirarane irarushwa amanota atandatu na Manchester City, gusa Klopp uyitoza avuga ko afite icyizere cyo gukuramo aya manota, n’ubwo yemeza ko bibasaba akazi katoroshye ko […]

CAR: Hahishyuwe impamvu zikomeye zatumye abasirikare bane b’u Bufaransa batabwa muri yombi

Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika ya Centrafrica (CAR), Laurent Lengande, bwahishuye impamvu abasirikare bane b’u Bufaransa baterewe muri yombi ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bangui kuri uyu wa 21 Gashyantare 2022, bunemeza ko batangiye gukorwaho iperereza. Aba basirikare bafashwe ubwo bari baherekeje Umugaba Mukuru w’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye buzwi nka MINUSCA, Gen. Stephane […]

Gen Muhoozi yakozwe ku mutima n’ifoto yo mu 1988 irimo Perezida Kagame

fmqeoszamaav3wb.jpg

Umugaba w’Ingabo za Uganda (UPDF) zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yashimishijwe n’ifoto yohererejwe n’uwitwa Sharangabo (@rufaragari) yo kuwa 25 Kamena 1988, irimo abasirikare bakuru batandukanye barimo na Perezida Kagame Paul. Muri iyi foto uyu muhungu wa Perezida Museveni Yoweli akaba n’umujyanama we mu bijyanye na operasiyo zidasanzwe, Museveni yasuhuzaga abasirikare barimo: […]

Shingiro Mbonyumutwa washakishwaga n’ubutabera yapfuye

Shingiro Mbonyumutwa wari umaze imyaka irenga 20 mu buhungiro mu gihe yashakishwaga n’ubutabera bwamukurikiranagaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, yapfuye. Amakuru agera kuri Bwiza avuga ko Shingiro yapfiriye mu Bubiligi kuri uyu wa 22 Gashyantare 2022, azize uburwayi. Shingiro, umuhungu wa Mbonyumutwa Dominique, yabaye Umuyobozi w’Ibiro by’uwari Minisitiri w’Intebe mu gihe cya Jenoside, Kambanda Jean. […]

Perezida Kagame yihanganishije umuryango wa Joe Ritchie

Perezida w’ u Rwanda, Paul Kagame, yihanganishije inshuti n’umuryango wa Joe Ritchie wari mu bayobozi ba Komite ngishwanama y’Umukuru w’Igihugu, akaba ari na we wabaye Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere(RDB) mu 2009. Urupfu rw’uyu mugabo rwamenyekanye kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Gashyantare 2022, agwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ariko yari anafite ubwenegihugu […]

Virunga: Abarwanyi babiri ba FDLR bishwe, undi arafatwa

Ikigo cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo gishinzwe kurengera ibidukikije, ICCN, cyatangaje ko abarinzi ba Pariki ya Virunga bari kumwe n’abasirikare bishe abarwanyi babiri b’umutwe witwaje intwaro wa FDLR ukomoka mu Rwanda, undi afatwa mpiri. Nk’uko itangazo rya ICCN ribivuga, byabereye mu mirwano y’aba barinzi ndetse na FDLR yari yabategeye igico rwagati muri iyi pariki, […]

Agathon Rwasa ahakana ko CNL ikorana na RED Tabara

Umudepite washinze ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi rya CNL, Agathon Rwasa, yahakanye ko ikirego cy’uko ryaba rikorana n’umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara ukorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Tariki ya 20 Gashyantare 2022 ubwo yari avuye mu nama yahuje umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) n’uwa Afurika yunze ubumwe (AU) yaberaga mu Bubiligi, […]

Sena yatumije Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente

Inteko rusange ya Sena yafashe umwanzuro wo gutumiza Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente kugira ngo atange ibisobanuro mu magambo ku bibazo bigaragara mu midugudu y’icyitegererezo n’indi midugudu leta yatujemo abaturage. Ibi byatangajwe mu nteko Rusange ya Sena ubwo yagezwagaho raporo ya Komisiyo idasanzwe ya Sena, yashyiriweho kureba mu gihe cy’iminsi 30 ibibazo binyuranye biri mu […]

Perezida Kagame yagaragaye aconga ruhago mu muhango wo gutaha Stade ya Abdoulaye Wade (Amafoto)

img_20220223_005346.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaye aconga ruhago n’abanyacyubahiro bagenzi be, ubwo bari mu birori byo gutaha Stade ya Abdoulaye Wade yo muri SĂ©nĂ©gal. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ni bwo iyi Stade y’akataraboneka yubatse mu mujyi wa Diamniadio yatashywe ku mugaragaro, mu birori by’akataraboneka byasojwe n’imukino wa gicuti wahuje abakanyujijeho muri SĂ©nĂ©gal […]