Perezida wa FIFA azatorerwa mu Rwanda
Akanama k’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), kahaye u Rwanda kwakira Inteko Rusange ya 73 y’iyi mpuzamashyirahamwe izasiga hatowe Perezida wayo. Kuri uyu wa Kane ni bwo abagize aka kanama (Perezida wa FIFA na ba Perezida b’impuzamashyirahamwe z’umupira w’amaguru ku migabane itandatu y’Isi) bateranye bayobowe na Perezida Gianni Infantino wa FIFA. Banzuye ko Inteko Rusange […]
Bakame yigaramye Ndoli umushinja kumuroga bagikinana muri APR FC
Umunyezamu wa Police FC n’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Ndayishimiye Eric ‘Bakame’, yigaramye Ndoli Jean Claude umushinja kumuroga avuga ibyo amushinja ari we usanzwe ubikora. Ndoli na Bakame bakinye imyaka ine muri APR FC, nyuma y’uko uyu wa kabiri ageze muri iyi kipe y’Ingabo z’igihugu avuye muri ATRACO FC. Icyo gihe aba banyezamu bombi bari banasanzwe bagenderwaho […]
Yolande Makolo kuri Ingabire Victoire wasabye Min. w’Intebe w’Ubwongereza gusura gereza zo mu Rwanda
Umuvugizi wa Leta y’u Rwanda, Yolande Makolo, yasubije Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi mu Rwanda, Ingabire Umuhoza Victoire, wavuze ko Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Boris Johnson, yasura gereza zo mu Rwanda, areba uko byifashe. Ingabire yabwiye BBC ko abategetsi bo muri Commonwealth barimo na Boris Johnson, bakwiye “gusura gereza bakareba abatavuga rumwe n’ubutegetsi, abanyamakuru bigenga n’abo ku […]
Vital Kamerhe wari umaze imyaka 2 afunzwe yagizwe umwere
Umunyapolitiki Vital Kamerhe wari umaze imyaka ibiri n’amezi hafi abiri afunzwe, yagizwe umwere ku byaha byo kunyereza umutungo w’igihugu yari akurikiranweho. Me Jean-Marie Kabengela uri mu banyamategeko bunganiraga Kamerhe yemereye ikinyamakuru 7 Sur 7 aya makuru kuri uyu wa 23 Kamena 2022. Kamerhe yatawe muri yombi muri Mata 2020 ubwo yari umuyobozi w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, […]
PSG yahaye FC Barcelona amahirwe yo kwisubiza Neymar ku giciro gito
Ikipe ya FC Barcelona yo mu gihgu cya Espagne yahawe amahiwre na PSG yo kwisubiza umunya-BrĂ©sil Neymar Jr kuri miliyoni 50 z’ama-Euro, mu gihe yamuguze agera kuri miliyoni 222 z’amayero ubwo yavaga muri iyi kipe. Neymar umaze imyaka 5 ageze mu ikipe ya PSG yo mu Bufaransa, n’ubwo ataragera ku musozo w’amasezerano ye muri PSG […]
Turkiya: Haburijwemo umugambi wa Iran wo gushimuta abadipolomate b’Abanya-Israel
Ikinyamakuru cyo muri Israel cyatangaje ko mbere gato yuko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Yair Lapid agera muri Turkiya, ubutasi bwa Turkiya bwashoboye kuburizamo umugambi wa Iran wo gushimutira Abanya-Israel muri Istanbul ku wa Gatanu ushize. Raporo y’ubutasi ivuga ko Abanya-Irani bashakaga gushimuta abadipolomate ba Israel na ba mukerarugendo muri Istanbul. Amakuru avuga ko abagombaga kubikora bari […]
Museveni yakiranwe ubwuzu mu Rwanda, binyura umuhungu we (Amafoto)

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yakiranwe ubwuzu n’urugwiro rudasanzwe ubwo yageraga mu Rwanda kuri uyu wa Kane, binyura umuhungu we Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane Tariki ya 23 Kamena ni bwo Perezida Museveni yageze mu mujyi wa Kigali, aho yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za Gouverinoma z’umuryango wa […]
Enseignant de Musique au College at Ecole Francophone Antoine de Saint Exupéry (EFASE)
COMMUNIQUE / RECRUTEMENT L’Ecole Francophone Antoine de Saint-ExupĂ©ry (EFASE), sise Ă RUGUNGA/ KIYOVU Ă Kigali, voudrait recruter un(e) enseignant(e) de musique pour le collège. Le/la candidat(e) Ă ce poste doit rĂ©pondre aux conditions gĂ©nĂ©rales suivantes : Avoir un diplĂ´me/certificat en art d’enseigner la musique Avoir une expĂ©rience de 3 ans au moins Ă un poste […]
Iby’ingenzi ku Munyafurika muto uri mu batunze miliyari z’amadolari
Maroc ni igihugu mu isi kirimo ubukungu bwinshi, kiyoborwa n’Umwami Mohamed VI. Mu gihe yaba atanze, byateganyijwe ko azasimburwa n’Igikomangoma Moullay Hassan gifite imyaka 19 y’amavuko. Uyu Moullay niwe uzaragwa ubutunzi bwuyu muryango uyobora Maroc guhera mu 1931 burimo ubwoko butandukanye bw’amabuye y’agaciro, nka zahabu na diyama. Ubwami bwa ba Mohamed bubitse amadolari ya Amerika […]
Ukraine yateguje u Burusiya ibihe bikomeye nyuma yo kwakira HIMARS zaturutse muri USA

Minisitiri w’ingabo wa Ukraine, Oleksii Reznikov, yateguje u Burusiya ibihe bikomeye nyuma yo kwakira intwaro za HIMARS zaturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, USA. Minisitiri Reznikov kuri uyu wa 23 Kamena 2022, yashimiye mugenzi we wo muri USA, General Lloyd Austin kuba yohereje izi ntwaro Ukraine imaze iminsi isaba kugira ngo ibashe guhangana n’ingabo […]
Perezida Museveni ari mu Rwanda nyuma y’imyaka itanu atahagera

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yitabiriye inama ya CHOGM ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma z’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza. Mu minota mike ishize ni bwo Museveni yageze hano i Kigali. Mu masaha yashize ni bwo Perezida Museveni yahagurutse i Kampala na kajugujugu y’Igisirikare cya Uganda […]
Rubavu: Ushinjwa amarozi yasabye ko bakwerekana uwo yishe

Umukecuru witwa Bucyangenda Consolate, wo mu Kagari ka Gisa mu Murenge wa Rugerero mu Karere ka Rubavu, ushinjwa n’abaturanyi be kuroga abaturage, avuga ko bamubeshyera kuko nta muntu barerekana yishe ahubwo ko ari ishyari bamugirira kuko yifashije. Bucyangenda yabwiye RADIOTV10 dukesha iyi nkuru, ko atewe impungenge n’umutekano we kuko abaturanyi be bakomeje kumushinja amarozi, akaba […]
Leta ya RDC yemeza ko yoroheye u Rwanda muri ibi bihe
Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya, yagaragaje ko igihugu cye cyoroheye u Rwanda muri iki gihe umubano w’ibihugu byombi watutumbyemo umwuka mubi. Mu kiganiro yagiranye na RFI, Muyaya yashimangiye ko ingabo z’u Rwanda zinjiye ku butaka bwa RDC, zijya gufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 mu mirwano yabereye mu […]
Kenya tax staff to wear cameras on duty
The Kenya Revenue Authority (KRA) says its workers will start wearing body-worn cameras in the latest bid to curb tax cheating and bribery. The Business Daily reported that the body cams would be used by staff who work in the domestic tax department and customs and border control. Some KRA staff have been accused of […]
RIB yafunze Nzeyimana uheruka kwirukanwa muri FERWAFA n’umwe mu basifuzi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Nzeyimana FĂ©lix wahoze ashinzwe amarushanwa muri FERWAFA cyo kimwe n’umusifuzi witwa Tuyisenge Javan. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye umunyamakuru wa BWIZA ko aba bagabo batawe muri yombi nyuma y’ikirego cyatanzwe na FERWAFA gikomoka kuri ruswa bakekwaho ifite aho ihuriye n’amarushanwa y’umupira w’amaguru, RIB ikaba yatangiye […]
Ibintu bimeze neza mu Rwanda ariko tuzongera tugerageze u Burayi – Impunzi zavuye muri Libya
Abasaba ubuhungiro boherejwe mu Rwanda bavuye muri gereza za Libya zanduye kandi ziteje akaga bavuga ko aho batujwe hari iterambere ryinshi ariko bagishaka kugera mu Burayi nubwo bahangayikishijwe n’ibibazo bijyanye n’ingaruka z’umugambi w’u Bwongereza wo kwimurira abimukira mu Rwanda. U Bwongereza bwatangaje ko buteganya kohereza umuntu wese wafashwe agerageza kwinjira mu gihugu mu buryo butemewe […]
Amafoto: Perezida Kagame yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza n’abandi bitabiriye CHOGM 2022

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Kane yakiriye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson wageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ushize yitabiriye inama ya CHOGM 2022 nyuma y’aho yari yakiriye n’abandi bayobozi batandukanye b’abanyamahanga bitabiriye iyi nama. Amakuru dukesha Twitter ya perezidansi, aravuga ko abayobozi bombi baganiriye ku bufatanye […]
Tanzania: Ishyaka riri ku butegetsi ryemeye ko Perezida agabanyirizwa ububasha
Ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) riri ku butegetsi muri Repubulika yunze ubumwe ya Tanzania, ryemeye ubusabe bw’atavuga rumwe na ryo bwo guhindura Itegekonshinga. Ni icyemezo cyafashwe kuri uyu wa 22 Kamena 2022 nk’uko byemejwe n’Umuvugizi w’iri shyaka, Shaka Hamdu Shaka. Yagize ati: “Ndabamenyesha ko Chama Cha Mapinduzi ishyigikiye ishyirwaho ry’Itegekonshinga rishya. Ishyaka rishyigikiye uruhare rwa […]
Le prince Charles et Camilla rendent hommage aux victimes du génocide

Le Prince Charles, le prince de Galles, et son Ă©pouse Camilla, la duchesse de Cornouailles, ont rendu hommage le mercredi 22 juin aux victimes du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi. Le duo, qui se trouve dans le pays pour la rĂ©union des chefs de gouvernement du Commonwealth (CHOGM), a visitĂ© hier matin le mĂ©morial […]
Impuguke za UN zemeza ko M23 yitoreje muri Uganda, RDC no mu Rwanda

Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (UN), zemeza ko umutwe witwaje intwaro wa M23 witoreje muri Uganda, Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) no mu Rwanda mbere y’uko usubukura imirwano n’ingabo za Leta y’iki gihugu kiri mu burengerazuba. Muri raporo y’impapuro 300 yerekana imiterere y’umutekano mu burasirazuba bwa RDC ikinyamakuru Deutsche Welle cyo mu Budage kivuga ko gifitiye […]
Canada announces expansion of diplomatic relations with Rwanda
MĂ©lanie Joly, Minister of Foreign Affairs, yesterday announced Canada’s intention to further strengthen its diplomatic relationship with Rwanda by converting the Canadian office in Kigali into a high commission. Canada will be increasing its diplomatic capacity to help promote its diverse partnerships with Rwanda and the broad range of our shared interests and cooperation within […]
Ese koko Patrice Lumumba ufatwa nk’intwari ya Congo yaba yarakomokaga mu Rwanda?
Patrice Lumumba ufatwa nk’intwari ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo yaba yarakomoga mu Rwanda nk’uko byemejwe mu 2020 n’umunyamakuru, Kwebe Kimpele, wahungiye mu Bubiligi nyuma y’ihirikwa rya Mobutu nyuma y’ubushakashatsi avuga ko akomeje butararangira. Ibi tubigarutseho nyuma y’aho Ubwami bw’u Bubiligi bushyikirije kuri uyu wa Kabiri ibisigazwa by’umurambo wa Lumumba bigizwe n’iryinyo ari naryo […]
PM Boris Johnson arrives in Kigali for CHOGM
British Prime Minister, Borris Johnson and wife have arrived in Kigali for CHOGM 2022. The couple was received by Prof. Nshuti Manasseh, The State Secretary in Foreign Affairs ministry, together with Omar Daair, UK ambassador to Rwanda. Their arrival follows that of Prince Charles of Wales and Duchess of Cornwall, Camilla.
Rutshuru: Abasivili byibuze 13 baguye mu mirwano ikaze hagati ya FARDC na M23
Ku wa Kabiri ushize, itariki ya 21 Kamena 2022, muri Teritwari ya Rutshuru, biravugwa ko abasivili 13 baguye mu mirwano hagati ya FARDC na M23 bahitanwe n’ibisasu bya bombe. Iyi nkuru dukesha Politico.cd ivuga ko ku wa Kabiri habaye imirwano ikaze muri icyo gice umunsi wose hagati y’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’umutwe […]
Paris: Minisitiri Zacharopoulou arashinjwa n’abagore bagenzi be kubafata ku ngufu
Abashinjacyaha b’i Paris mu Bufaransa bafunguye iperereza ku birego byo gufata ku ngufu bishinjwa umugore w’umuminisitiri winjiye muri guverinoma vuba ushinjwa n’abagore babiri bagenzi be. Ibirego bibiri byarezwe umunyamabanga wa Leta w’u Bufaransa ushinzwe iterambere na Francophonie, Chrysoula Zacharopoulou wahoze ari umuganga w’abagore. Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru Marianne nyuma yaje kwemezwa na AFP avuga ko ikirego […]
Ibihugu 2 bishya bya Afurika bigiye kwinjirira muri Commonwealth i Kigali
Ibihugu bya Gabon na Togo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Kamena, byitezwe ko bizaba abanyamuryango bashya b’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth). Gabon na Togo bazinjirira muri uyu muryango mu nama y’abakuru b’ibihugu byawo na za Guverinoma ikomeje kubera i Kigali. Commonwealth isanzwe igizwe n’ibihugu 54, birimo 19 bya hano ku mugabane wa […]
Boris Johnson n’umugore we bageze i Kigali

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson, n’umugore we Carrie Johnson bageze i Kigali, baje kwitabira inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma bigize umuryango Commonwealth. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali muri iki gitondo, Boris yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Prof. Nshuti Manasseh, hamwe na Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda, Omar Daair. […]
Abarimu n’abaganga bo muri Zimbabwe basabye guhembwa mu madolari ya Amerika
Amashyirahamwe y’abaganga n’abarimu mu gihugu cya Zimbabwe basabye ko bazajya bahembwa mu imishahara yabo mu madolari y’abanyamerika aho guhembwa mu ifaranga ry’igihugu cyabo ryataye agaciro cyane. Benshi mu bakozi ba Leta ya Zimbabwe bahembwa amafaranga angana amadolari hafi 55 ku kwezi. Aya angana na 1/10 cy’ayo bahembwaga mbere, ibintu bitarazamba. Umunyamabanga mukuru w’ishyirahamwe ry’abaganga bakorera […]
M23 ihamya ko idatewe ubwoba n’ingabo za EAC
Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Major Willy Ngoma, ahamya ko badatewe ubwoba n’umutwe uhuriweho w’ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) ziroherezwa mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu gihe cya vuba. Abakuru b’ibi bihugu tariki ya 20 Kamena 2022 bahuriye i Nairobi, basaba imitwe yitwaje intwaro guhagarika imirwano, […]
Twese tuzagukumbura cyane_Mo Salah asezera kuri Sadio Mané
Umunya-Misiri Mohamed Salah yasezeye kuri Sadio ManĂ© bari bamaze igihe bafatanya kuyobora ubusatirizi bwa Liverpool, amumenyesha ko azakumburwa cyane. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Gatatu Sadio ManĂ© yerekeje muri Bayern Munich yasinyiye amasezerano y’imyaka itatu. Iyi kipe yo mu Budage igomba kumutangaho miliyoni 41 z’ama-Euro. ManĂ© yari umukinnyi wa Liverpool kuva muri 2016 nyuma […]