Kabandana promoted to Lieutenant General
Rwandan President Kagame Paul has promoted Maj Gen Innocent Kabandana to the rank of Lieutenant General. Gen Kabandana has been in war-torn Mozambican Province, Cabo Delgado. He was a coordinator of the Rwandan troops activities to fight terrorism. He was this year replaced by Gen Eugene Nkubito. Kabandana was the commander of RDF Special Forces […]
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Maj Gen Innocent Kabandana
Perezida Paul Kagame usanzwe ari Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Maj Gen Innocent Kabandana amugira Lieutenant General. Maj Gen Kabandana yazamuwe mu ntera nyuma yo kurangiza ubutumwa yari amazemo umwaka muri Mozambique, aho yari afite inshingano zo guhuza ibikorwa by’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu butumwa mu Ntara ya Cabo Delgado. […]
Uwahoze ari umuyobozi mu mutwe wa Seleka yahakanye ibyaha aregwa imbere ya ICC
Ukekwaho kuba yarahoze ari mu bayobozi b’umutwe w’inyeshyamba wa Seleka wo muri Centrafrica, Mahamat Said Abdel Kani, yahakanye ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu aregwa kuri uyu wa Mbere ubwo hatangiraga urubanza rwe mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) . Abashinjacyaha bavuze ko Said yari akuriye gereza yo mu murwa mukuru, Bangui, aho imfungwa zakubitirwaga zikanakorerwa iyicarubozo. “Ndahakana […]
RDF yashyikirije FARDC umukomando wayo wari umaze iminsi afungiye mu Rwanda
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Mbere cyashyikirije icya Congo Kinshasa (FARDC) umusirikare wacyo, nyuma y’iminsi ibiri afungiye mu Rwanda. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo uyu musirikare wa Congo yafatiwe mu Rwanda bigaragara ko yasinze, nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RDF, Brig Gen Ronald Rwivanga. Uruhande rwa Congo rwo ruvuga ko yari yaje […]
Gasabo: Inzu ApĂ´tre Mutabazi yari yarakodesheje yafunguwe hakoreshejwe inyundo
Abayobozi mu nzego z’ibanze bafunguye inzu umuvugabutumwa ApĂ´tre Mutabazi Kabarira Maurice yari yarakodesheje mu kagari ka Karama, umurenge wa Kinyinya, akarere ka Gasabo, ariko akamara amezi arindwi atishyura ubukode. Mu cyumweru gishize ni bwo umugabo witwa Mukeshimana CĂ©lestin utuye muri Kinyinya yatangaje ko Mutabazi yamwambuye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 420 y’ubukode bw’inzu ifite icyumba kimwe […]
Gunman kills 13, injures dozens in Russian school
A gunman killed 13 people, including seven children, at a school in central Russia on Monday, September 26, the TASS news agency reported. The motive for the attack in the city of Izhevsk, about 970 km east of Moscow, was unclear, the interior ministry said, adding the gunman subsequently killed himself. Officials had said earlier […]
Le SĂ©nat amĂ©ricain a votĂ© en faveur de la ratification de l’Amendement de Kigali
Le SĂ©nat amĂ©ricain a votĂ© en faveur de la ratification de l’Amendement de Kigali pour Ă©liminer progressivement les Hydrofluorocarbures (HFC) . L’Amendement de Kigali engage les pays Ă rĂ©duire la production et la consommation de HFC de plus de 80 % au cours des 30 prochaines annĂ©es. On estime qu’une mise en Ĺ“uvre mondiale de […]
Umuntu witwaje imbunda yishe abantu 13 akomeretsa 21 mu gitero ku ishuri ryo mu Burusiya
Byibuze abantu 13 bishwe abandi 21 barakomereka nyuma yo kurasirwa mu kigo cy’ishuri cyo mu Burusiya rwagati mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere . Imibare y’ibanze yavugaga ko hapfuye abantu 9 hagakomereka 20 ndetse uwarashe nawe akiyahura. Mu bapfuye, harimo abazamu babiri, abarimu babiri n’abanyeshuri batanu nk’uko byatangajwe na komite yashinzwe iperereza. Uku kurasa […]
Ebola death toll rises in Uganda
By The Daily Monitor The death toll from Ebola in Uganda has risen to four, while the number of confirmed Ebola cases rose to 16, data from the Ministry of Health indicates. Ministry spokesperson Emmanuel Ainebyoona said that apart from the four confirmed deaths, 17 other fatalities are probable cases of Ebola infection. He added […]
RDF yemeje ko yafatiye mu Rwanda umusirikare wa FARDC yasinze
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyemeje ko giheruka gufatira ku butaka bw’u Rwanda umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) byagaragaraga ko yari yasinze. Congo Kinshasa yaherukaga gutangaza ko uyu musirikare yafatiwe ku butaka bw’u Rwanda ku wa Gatandatu tariki 24 Nzeri. Iby’ifatwa rye byanemejwe n’Umuyobozi wa Polisi ya Congo Kinshasa muri […]
Senegal: Imyaka 20 irashize impanuka y’ubwato Joola ihitanye abaruta abishwe na Titanic

Imyaka 20 irashize muri Senegal habaye impanuka y’ubwato iri mu za mbere zahitanye abantu benshi ku Isi ndetse yahitanye abaruta abahitanwe n’impanuka ya Titanic yahitanye abantu 1517 mu 1912 . Ku itariki nk’iyi ya 26 Nzeri mu 2002, impanuka y’ubwato bwa Joola yahitanye abantu 1,863 mu basaga 1900 bari barimo. Ubu bwato bwavaga mu Ntara […]
Ihuriro Dypro ryashyikirije CPI ikirego kirega Perezida w’u Rwanda
Umuhuzabikorwa ku rwego rw’igihugu w’Ihuriro ry’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri RDC, Dynamique Progressiste RĂ©volutionnaire ( Dypro -opposition), Constant Mutamba, yatangaje mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 24 Nzeri, ko kuri uyu wa Mbere aza gushyikiriza ibiro by’uhagarariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ikirego kirega Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kubera ibyaha […]
Perezida Ruto yemeje ko ateganya gutumiza lisansi mu Burusiya
Perezida William Ruto wa Kenya, yabwiye BBC ko yiteguye kugura lisansi mu Burusiya. Ibihugu byinshi muri iki gihe byanze gukorana n’u Burusiya kuva bwatera Ukraine, ariko Perezida Ruto yavuze ko arimo gutekereza ku mahitamo yose ashoboka Ati “Ubu ngiye kwerekeza kuri gahunda yo kureba neza ko dufitanye umubano hagati ya guverinoma na guverinoma uzatangira buhoro […]
USA yateguje u Burusiya akaga gakomeye
Umujyanama wihariye wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) mu by’umutekano, Jake Sullivan, yateguje u Burusiya akaga gakomeye mu gihe bwagerageza gukoresha intwaro kirimbuzi mu ntambara yabwo na Ukraine. Ni mu gihe mu Burusiya hari kubera amatora ya kamarampaka agamije kumenya uko abaturage bumva gahunda yo komeka ku gihugu cyabo bimwe mu bice bya Ukraine, […]
Perezida wa Turkiya yaciye amarenga y’uko bashobora gutera u Bugereki babutunguye
Amakimbirane akomeje kwiyongera hagati ya Turkiya n’u Bugereki kubera ubutaka bapfa mu Nyanja ya Aegeaya. Mu bihe byashize, amakimbirane nk’aya yagiye akemurwa n’abayobozi b’Abanyamerika cyangwa Abanyaburayi, ariko kuri iyi nshuro hari ubwoba ko bashobora kurangazwa n’intambara yo muri Ukraine, Turkiya ikaba yatera u Bugereki mu buryo butunguranye nk’uko byavuzwe na Perezida Erdogan . Ubwo yagezaga […]
Ku biro bya Perezida Ruto hazajya habera amasengesho ngarukakwezi yo gushima Imana

Umufasha wa Perezida wa Kenya, Rachel Ruto, yatangaje ko ku biro by’Umukuru w’Igihugu hazajya habera amasengesho yo gushima Imana buri kwezi, kuko isubiza ibyifuzo by’Abanyakenya. Rachel yabitangaje kuri uyu wa 25 Nzeri 2022, ubwo kuri ibi biro hatangizwaga aya masengesho yitabiriwe n’abarimo umugabo we, Perezida William Ruto. Yagize ati: “Bibiliya iravuga ngo abantu bazajya bajya […]
RwandAir remporte trois distinctions aux World Airline Awards
RwandAir, la compagnie aĂ©rienne nationale, a Ă©tĂ© Ă©lue “Meilleur personnel de compagnie aĂ©rienne en Afrique pour la deuxième fois consĂ©cutive lors des World Airline Awards 2022” . La compagnie aĂ©rienne a Ă©galement remportĂ© le prix “Meilleur Ă©quipage de cabine en Afrique” et “Meilleure propretĂ© de la cabine aĂ©rienne en Afrique”, pour complĂ©ter un trio de […]
Rubavu: Uwavuye iwe abwiye umugore we ko agiye gutwika inzuki yasanzwe yapfuye nyuma yo kumudwinga
Bigirabagabo Sekayuzi DĂ©o wo mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, yasanzwe mu murima we yapfuye mu gihe yari yasize abwiye umugore we ko agiye gutwika inzuki yari yawusanzemo. Ku wa 24 Nzeri ni bwo Bigirabagabo w’imyaka 65 y’amavuko yavuye mu rugo rwe ruherereye mu mudugudu wa Burevu ho mu kagari ka Kinigi, yerekeza […]
Ingabo za Kenya zamaze kwinjira muri RDC zinyuze Bunagana
Ingabo za Kenya zoherejwe mu bikorwa byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) zamaze kwinjira muri iki gihugu zinyuze mu gace ka Bunagana muri teritwari ya Rutshuru, intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturuka ku munyamakuru wo muri Kenya, Mwangi Maina, avuga ko izi ngabo zo mu mutwe wihariye […]
U Butaliyani bugiye kugira minisitiri w’intebe wa mbere w’umugore
Giorgia Meloni wishimye cyane, umuyobozi w’ishyaka Brothers of Italy, akaba yiteguye kuba Minisitiri w’Intebe wa mbere w’umugore w’u Butaliyani, yavuze ko abatora bahaye ishyaka rye uburenganzira bwo kuyobora kandi ko azayobora guverinoma kubw’Abataliyani bose . Meloni yabivugiye muri mitingi y’ishyaka rye i Roma nyuma y’imibare y’agategano yerekanaga ko Abavandimwe bo mu Butaliyani (Brothers of Italy) […]
Uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Belize rwari rwasubitswe rugiye gusubukurwa
Guverinoma y’igihugu cya Belize yatangaje ko uruzinduko rwa Perezia w’u Rwanda, Paul Kagame, ruherutse gusubikwa rugiye gusubukurwa . Mu nama y’Inteko Rusange ya 77 y’Umuryango w’Abibumbye I New York muri iki cyumweru gishize, Perezida Kagame yabonanye na Minisitiri w’Intebe wa Belize, ??hn ?r???ñ? . Abayobozi bombi bategetse ba ambasaderi b’ibihugu byabo i New York kwemeranya […]
Kenya: 11 biganjemo abapolisi bishwe n’abajura b’inka
Abantu 11 barimo abapolisi umunani, biciwe mu majyaruguru ya Kenya nyuma yo gutegwa igico n’abajura b’inka birukankagaho. Agace aba bantu uko ari 11 biciwemo, kamaze igihe karangwamo cyane ubujura bw’inka ahanini kubera amapfa yatumye inzuri n’amazi biba ingume. Polisi ya Kenya ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, yatangaje ko kiriya gico “cy’ubugizi bwa nabi kandi […]
RDC iravuga ko hari umusirikare wayo ufunzwe na RDF
Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ziravuga ko hari umusirikare w’iki gihugu ufunzwe n’Igisirikare cy’u Rwanda nyuma yo kumufatira ku butaka bw’u Rwanda yaje gutashya inkwi. ACTUALITE.CD yatangaje ko uyu musirikare yafatiwe ku butaka bw’u Rwanda ku wa Gatandatu tariki 24 Nzeri. Iki gitangazamakuru cyasonanuye ko yambutse umupaka uhuza Congo Kinshasa n’u Rwanda […]
Rubavu: Inkongi ikomeye yibasiye inzu y’ubucuruzi
Inzu y’ubucuruzi iherereye mu karere ka Rubavu yafashwe n’inkongi y’umuriro hahiramo ibintu bifite agaciro ka Frw miriyoni 7, bigakekwa ko iyi mpanuka yatewe n’insinga z’amashanyarazi. Iyi mpanuka yabaye kuri icyi cyumweru mu masaha ya saa sita; ibera mu mudugudu wa Buhuru, akagari ka Byahi houmurenge wa Rubavu. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Rubavu, Harerimana Emmanuel Blaise […]
Bamporiki yasabiwe imyaka 20, Gen. Yav ukekwaho gukora n’u Rwanda na Muhizi wagejejwe mu rukiko: inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 19 Nzeri 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirimo izerekeye politiki, ubutabera n’umutekano. Harimo: Ifungwa rya Gen. Yav ukekwaho gukorana n’u Rwanda Urwego rw’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) rushinzwe iperereza tariki ya 19 Nzeri rwataye muri yombi komanda w’ibikorwa byo kurwanya imitwe yitwaje intwaro mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, […]