RDF yakiriye abasirikare 30 bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda

Umugaba Mukuru wa RDF, Lt Gen. Mubarakh Muganga aganiriza aba basirikare

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyakiriye ku cyicaro cyacyo ku Kimihurura abasirikare bahagarariye ibihugu byabo, kibaganiriza ku ngingo zitandukanye zirebana n’umutekano. Ingingo baganiriyeho zarebagana n’umutekano w’imbere n’uwo hanze, ubufatanye bwa RDF n’ingabo za Mozambique n’iza Repubulika ya Centrafrica ndetse n’ibikorwa byayo mu butumwa bw’amahoro mu bihugu bitandukanye. Minisiteri y’ingabo isobanura ko iyi nama yateguwe n’ishami rya […]

Bidasubirwaho Simba yemeje Leandre Essomba Onana nk’umukinnyi wayo

Ikipe ya Simba Sport Club yo muri Tanzania yemeje ko Leandre Essomba Willy Onana bidasubirwaho ari umukinnyi w’iyi kipe nyuma yo gusinya imyaka amasezerano y’imyaka ibiri.Mu butumwa bugaragara ku rukuta rwa Twitter rw’iyi kipe, buha ikaze uyu mukinnyi bwemeza ko yamaze kuba umwe muri bo.Mu byo yitezweho n’ugutsinda ibitego bizahesha iyi kipe igikombe cya shampiyona […]

Urutonde rw’abanyamahanga 6 bamaze kumenyekana nk’abakinnyi bashya ba APR FC

Ikipe ya APR FC bimaze kumenyekana ko yamaze kumvikana n’abakinnyi batandatu b’abanyamahanga bari mu bo izitabaza mu mwaka utaha w’imikino. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yisubiye kuri Politiki yo gukinisha Abanyarwanda gusa yari yarafashe mu myaka 11 ishize. Kuva isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rifunguye imiryango APR FC yavuzwemo abakinnyi benshi b’abanyamahanga, gusa barindwi […]

Ubuzima bwa Jose Chameleone buri mu kaga

Umuhahanzi Dr Jose Chameleone ubuzima bwe ntibwifashe neza nyuma y’uko igifu cyimwibasiye akajya kukibagisha mu bitaro bimwe bibarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni uburwayi bivugwa ko amaranye igihe, ariko kuri iyi nshuro ngo yahisemo kujya kwibagisha bitewe n’uburibwe bwari bumaze iminsi bumwibasiye ,kugeza ubu akaba nta makuru arambuye y’aho bigeze yitabwaho n’abaganga. Uburwayi […]

RDC: Minisitiri yagize icyo avuga ku kuba M23 yaba yarageze muri Kivu y’Amajyepfo

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu ku rwego rw’intara muri Kivu y’Amajyepfo, Albert Labani yahakanye amakuru yavugaga guhera kuri uyu wa mbere ushize ko inyeshyamba za M23 zaba zarageze no muri iyi ntara ahazwi nka Ngoma, muri Teritwari ya Walungu ihana imbibi n’u Rwanda. Yabivuze mu ruzinduko yagiriye mu mujyi wa Uvira mu rwego rw’imihango yo kwambika imidari […]

Kagame aliwasili Trinidad na Tobago kuhudhuria Mkutano wa 45 wa CARICOM

22812.jpg

Rais Paul Kagame Julai 5, aliwasili Trinidad na Tobago kuhudhuria Mkutano wa 45 wa Wakuu wa Serikali wa Jumuiya ya Karibea na Soko la Pamoja (CARICOM) . Mkutano wa mwaka huu wa CARICOM, unaofanyika kuanzia Julai 3 hadi 5, unaitishwa chini ya uenyekiti wa Roosevelt Skerrit, Waziri Mkuu wa Dominika. Kagame anahudhuria mkutano huo pamoja […]

Nkore iki?Nasariye umunyamakuru wo kuri YouTube kandi afite umugore

Umukobwa wo ku gisozi yanditse agisha inama y’icyo yakora nyuma yo kubenguka umunyamakuru wo kuri YouTube akamusarira nyamara abizi neza ko afite umugore. Yagize ati”Nitwa ….., nkunda gukurikira inkuru zica kuri YouTube by’umwihariko mu gisata cy’imyidagaduro.Kuva natangira kureba ibiganiro bitandukanye rero hari umunyamakuru nakunzeho bitewe n’uburyo akoramo ibiganiro bye. Ubusanzwe nikundira kwisengera kuko nibubusanzwe ndirimba […]

Umupilote mukuru wa Museveni azajya ahembwa akabakaba Frw miliyoni 10

Guverinoma ya Uganda yazamuye imishahara y’akazi bamwe na bamwe mu nzego zitandukanye, by’umwihariko abashinzwe serivisi yo gutwara indege y’Umukuru w’Igihugu. Nk’uko bigaragara mu igazeti y’imishahara yasohotse tariki ya 30 Kamena 2023, aba bapilote baratangira kongezwa muri uyu mwaka w’ingengo y’imari mushya (2023/2024) watangiye muri uku kwezi kwa Nyakanga. Umuyobozi mukuru w’urwego rushinzwe gutwara Perezida wa […]

Sake: Abaturage bitambitse Ingabo z’Abarundi, zo zivuga ko zatewe na Nyatura

Mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu, biravugwa ko hari abaturage bakomeretse nyuma yo kurwaswaho n’ingabo z’u Burundi zoherejwe mu butumwa bwa EAC mu burasirazuba bwa Congo, ubwo aba baturage ngo bageragezaga kuzitambika mu nzira zijya i Kilolirwe. Umwe mu ngabo z’u Burundi we avuga ko bitambitswe n’abantu bitwaje intwaro bo mu […]

Hafunguwe umupaka mushya w’u Rwanda na Uganda

Umupaka mushya wa Rwempasha uherera muri Nyagatare

Ibiro by’abinjira n’abasohoka byatangaje ko kuri uyu wa 5 Nyakanga 2023, u Rwanda rwafunguye umupaka mushya uruhuza na Uganda. Byagize biti: “Ubuyobozi Bukuru bw’Abinjira n’Abasohoka mu gihugu buramenyesha abantu bose ko umupaka mushya wa Rwempasha/Kizinga uhuza u Rwanda na Uganda mu Karere ka Nyagatare, ufunguwe k’ubantu bose kuva uyu munsi, taliki ya 5 Nyakanga 2023.” […]

Rutshuru-Masisi: Amasasu aravuza ubuhuha hagati y’inyeshyamba za M23 na Nyatura

capture-38.jpg

Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 5 Nyakanga, imirwano ikaze hagati ya M23 na Wazalendo iravugwa ahantu hatandukanye muri Rutshuru na Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru . Nk’uko bigaragara kuri twitter zikoreshwa n’abanyamakuru bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ngo ku muhanda Kilolirwe-Kausa, guhera saa kumi n’imwe z’igitondo inyeshyamba za M23 zihanganye […]

France: Guillaume Soro agiye gukurikiranwa ku ruhare rwe mu iyicwa rya Ibrahim Coulibaly

Mu Bufaransa hashyizweho umucamanza w’iperereza kugira ngo akore iperereza ku byerekeranye n’urupfu, rwo muri Mata 2011 i Abidjan, rw’uwari umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba witwa ” commando invisible “, Ibrahim Coulibaly, wishwe n’abasirikare ba Cote d’Ivoire. Muri uru rubanza, Guillaume Soro wahoze ari Minisitiri w’intebe aregwa ikirego cy’iyicarubozo n’ubwicanyi cyatanzwe muri Gicurasi 2020 . Ni gute Ibrahim […]

Umunyamakuru Fatakumavuta ngo yari yaraburiwe irengero kubera amarozi

Umunyamakuru Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta yatangaje byinshi ku byatumye abura mu itangazamakuru aho yasobanuye ko ngo yari yararozwe ariko ku bw’amahirwe umupfumu bamurogeshejeho aramuhamagara aramuvura. Hari hashize iminsi isaga 60 uyu Fatakumavuta yarabuze mu ruhame aho atari agikora ibiganiro ku mashene atandukanye ya You Tube, abantu bakibaza uko byamugendekeye bikabayobera.Kuri iyi nshuro rero […]

Brig Gen Andrew Nyamvumba muri RDC

Brig Gen Andrew Nyamvumba ushinzwe ibikorwa n’amahugurwa mu Gisirikare cy’u Rwanda, ku wa Kabiri yari i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho yari yitabiriye inama yahuje abayobozi b’Ingabo za EAC ziri muri Congo (EACRF). Ni inama yasuzumirwagamo umusaruro Ingabo za EAC zimaze gutanga, kuva mu mpera z’umwaka ushize ubwo zoherezwaga mu butumwa bwo […]

Nyaruguru: Baracyatwika amakara mu buryo bwangiza ikirere

Ubu ni uburyo bwa gakondo bwangiza ikirere

Nubwo habayeho amahugurwa menshi ku buryo bwo gutwika amakara butangiza ikirere kandi bubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima bwitwa ubwa “Casamance”, ku misozi myinshi y’akarere ka Nyaruguru, haracyagaragara inzina z’amakara atwikwa ku buryo bwa gakondo. Uburyo busaba ibiti byinshi kandi butumura imyotsi yangiza ikirere bikagira ingarumbi mbi ku kwangirika kw’akayunguruzo k’ikirere kitwa “ozone”, aribyo bitera ibiza tubona muri […]

RDC: Depite Kiove yitandukanyije n’ishyaka rya Kamerhe yari abereye umunyamabanga

Depite à‰douard Kiove Kola yitandukanyije n’ishyaka Union pour la Nation Congolaise (UNC), rya Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ubukungu, Vital Kamerhe, mu gihe habura amezi make ngo habe amatora rusange muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Mu nyandiko yashyizwe ahagaragara kandi igenewe Perezida wa UNC, Vital Kamerhe, uyu mudepite uhagarariye Lubero , intara […]

Kagame demande aux jeunes d’honorer les sacrifices faits lors de la libĂ©ration

Le prĂ©sident Paul Kagame a soulignĂ© l’importance d’honorer les sacrifices consentis par ceux qui ont libĂ©rĂ© le pays et a exhortĂ© les jeunes à  continuer de s’appuyer sur les progrès rĂ©alisĂ©s jusqu’à  prĂ©sent. Dans un tweet publiĂ© le 4 juillet, alors que le Rwanda cĂ©lĂ©brait le 29e jour de la libĂ©ration, le prĂ©sident Kagame a […]

P. Kagame yagendereye Sénégal mbere yo kwerekeza mu birwa bya Carraà¯bes

Perezida Paul Kagame ari i Port of Spain mu gihugu cya Trinidad & Tobago, aho yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize ibihugu bihuriye mu muryango w’ibirwa bya CarraĂ ÂŻbes. Ni inama yahuriranye n’isabukuru y’imyaka 50 uriya muryango wa CARICOM umaze ushinzwe. Mbere y’uko Umukuru w’Igihugu agera i Port of Spain ku wa Kabiri yari […]

Perezida Kagame arabaza abataka inzara aho bakura ay’agacupa ka buri munsi

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, arabaza aho abavuga ko babuze ibyo kurya bakura ubushobozi bwo kugura inzoga ubudasiba. Iki kibazo cyakomotse ku cyo yabajijwe kijyanye n’inama zo kwirinda umunaniro mwinshi (stress), aho yasubije ko amafunguro umuntu afata ndetse n’ibyo anywa byagikemura. Mu kiganiro yagiriye kuri radiyo na televiziyo by’igihugu kuri uyu wa 4 Nyakanga 2023, […]