Ingabo za SADC ziri guhunga umujyi wa Goma
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Ingabo z’Umuryango wa SADC zari mu mujyi wa Goma ziri kuhava, zerekeza i Bukavu. Ingabo zo mu bihugu bya Afurika y’Epfo, Malawi na Tanzania ziri muri RDC kuva mu mpera z’umwaka ushize wa 2023, aho zaje gufasha FARDC mu ntambara ihanganyemo na M23. Zimwe muri […]
Ibice10 by’abakobwa biza imbere mu gukururaĂÂ abagabo
Buri musore wese cyangwa umugabo usanga afite ibice runaka bimukurura ku mubiri w’umukobwa runaka bahuye cyangwa babana muri sosiyete atauyemo. Ibi ni byo bice 10 byâumubiri ku mukobwa bishobora gukurura abagabo bigatuma amarangamutima yabo azamuka bakaba banabibagaragariza mu ruhame. 10. Ibirenge; abagabo bakunda kwitegereza cyane ibirenge by’abakobwa, ni nayo mpamvu uzasanga igitsinagore kita kuri buri […]
Twirwaneho iravugwaho gukubita ahababaza Ingabo z’u Burundi na FARDC
Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi zibarizwa mu misozi miremire yâi Mulenge mu ntara ya Kivu y’amajyepfo, ku wa Gatatu biravugwa ko zagabye igitero ku barwanyi b’umutwe wa Twirwaneho mbere yo kuzikubita ahababaza. Amakuru avuga ko imirwano y’impande zombi yabereye ahitwa i Nyawaranga ho muri Groupement ya Bijombo, Chefferie ya Bavira […]
Killaman yakoze ubukwe bwa MiliyiniĂÂ 60 Frw
Umukinnyi wa filime Niyonshuti Yannick wamamaye nka Killaman muri sinema nyarwanda, yakoze ubukwe bwa Miliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda. Killaman yakoze ubukwe n’umugore we Umuhoza Shemsa nyuma y’imyaka igera ku munani babana mu buryo butemewe n’amategeko. Ubukwe bw’uyu mukinnyi wa Filime bwavugishije benshi ku mbuga nkoranyamba kubera ukuntu bwagenze n’uko bwari buteguye. Ku mbuga nkoranyambaga […]
Haruna Niyonzima yakuwe mu ikipe y’igihugu Amavubi
Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima yakuwe mu bakinnyi azifashisha mu mikino ya gicuti azakinira mu gihugu cya Madagascar muri uku kwezi. Mbere y’uko amakipe y’ibihugu yitabira imikino mpuzamahanga iteganyijwe muri Werurwe, amakipe atandukanye y’ibihugu yatangiye kugenda ahamagara abakinyi bayo bakina mu bihugu bigiye bitandukanye. Amavubi nayo yamaze guhamagara abakinnyi yaba abakina mu Rwanda ndetse […]
Umwihariko wo kurya ibishyimbo mu mubiri w’umuntu
Ibishyimbo ni ikiribwa gikundwa na bose kandi kikaba ikimenyabose kubera intungamubiri gikizeho bituma gikundwa ndetse kikaba ifunguro rya buri munsi kubtari bake.Ikindi abantu badakunda kumenya nâuko abantu babyibushye bibafasha kubungabunga ingano yâumubii wabo. Ikinyamakuru Medical News To day , kivuga ko niba kurya ibishyimbo ubigize ubuzima bwa buri munsi, birashoboka cyane ko ingano yâumubiri wawe […]
Minisitiri wâIntebe yakiriye Mafalda Duarte uyobora Ikigega Green Climate Fund

Kuri uyu wa Kane, itariki 07 Werurwe 2024, Minisitiri wâIntebe Dr. Ngirente yakiriye Mafalda Duarte, Umuyobozi Mukuru wâIkigega Green Climate Fund gitera inkunga imishinga yo kubungabunga ibidukikije, uri mu Rwanda mu nama ya 38 y’Ubuyobozi bw’icyo Kigega. Ibiganiro byabo byibanze ku gukomeza ubufatanye busanzweho. Ibiro bya Minisitiri wâIntebe byatangaje ko ibiganiro byâabayobozi bombi byibanze ku […]
Burundi: Umugabo wâimyaka 60 yishwe nâImbonerakure zimuziza kutitabira umuganda
Oscar Mbonihankuye, wâimyaka 60, yatawe muri yombi, yicwa urubozo hanyuma ajugunywa mu mugezi wa Mubarazi nâImbonerakure, hashize ibyumweru birenga bibiri. Nkâuko amakuru agera kuri SOS Media Burundi abitangaza, ibyo byabereye ku musozi wa Musama muri komini ya Mbuye mu Ntara ya Muramvya. Amakuru aturuka mu buyobozi agaragaza ko abantu batandatu bakekwaho kuba Imbonerakure zo muri […]
Rubavu-Nyundo:Abaturiye umugezi wa Sebeya barahangayitse
Abaturage bo mu karere ka Rubavu umurenge wa Nyundo baturiye umugezi Sebeya bafite impungenge ko mu minsi runaka ushobora kuzura ugateza ibibazo. Bavuga ko mu gihe hadafunzwe inzira zagiye zisigazwa mu kubaka ku nkengero zâuyu mugezi ushobora kwangiza byinshi birimo no gutwara ubuzima bw’abantu bikamera nko muri Gicurasi 2023, umugezi wangizaga ibitari bike ku nkengero […]
Platini yaburiye abanyamakuru atari yabajyanaĂÂ muĂÂ nkiko
Umuhanzi wamenyekanye mu itsinda rya Dream Boys Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P yaburiye abanyamakuru binjira mu buzima bwe n’umugore we Ingabire Olivia, bavuga ko batandukanye. Mu mwaka washishe wa 2023 nibwo mu binyamakuru hasakaye amakuru y’umuhanzi Platini avuga ko yatandukanye n’umugore we nyuma yo gusanga umwana babyaranye atari uwe. Amakuru yavugaga ko […]
Rubaya: Ba Jenerali n’abanyapolitiki bakomeye mu bujura bw’amabuye y’agaciro
Mu gihe imirwano hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 ikomeje kujya mbere mu bice by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bamwe mu basirikare bakomeye ndetse n’abanyapolitiki baravugwa mu kuyibyaza umusaruro basahura amabuye y’agaciro yo mu birombe by’i Rubaya. Agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa […]
Kenya:Opozisiyo igiye kwitambika umwanzuro wo kohereza abapolisi muri Haiti
Ejo ku wa gatatu, umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Kenya Dr. John Ekuru Longoggy Aukot, yavuze ko ateganya gutangiza ikindi ikirego gishya cyâurukiko kirwanya gahunda yo kohereza abapolisi muri Hayiti. Uyu munyapolitiki avuga ko bidakwiye ko Kenya yohereza abapolisi muri Haiti mu gihe Perezida William Ruto atarakemura ikibazo cy’umutekano mucye mu gihugu cye. Ati” Muri […]
Uwakiniraga APR FC y’abato yisanze ari gutunganya imiziki nyarwanda
Murwanashyaka Christopher wamenyekanye nka Tell Dhem mu muziki nyarwanda, yavuze ko yabanje kuba umukinnyi wa APR FC binyuze mu ikipe yâabato yayo âIntare FCâ mbere y’uko ajya mu mwuga wo gutunganya indirimbo z’abahanzi nyarwanda. Aganira na Inyarwanda, uyu musore yavuze ko mbere y’uko ajya mu mwuga wo kujya gutunganya imiziki y’abahanzi yari umukinnyi w’umupira w’amaguru […]
U Rwanda na Cuba byashyize umukono ku masezerano yâubufatanye mu rwego rwâubuzima

Guverinoma za Cuba n’u Rwanda zashimangiye ubushake bwazo bwo gushimangira umubano mu rwego rw’ubuzima, binyuze mu gusinya amasezerano y’ubwumvikane hagati y’abayobozi bâizi nzego, JosĂ© Ă Ângel Portal na Dr Sabin Nsanzimana. Minisitiri wa Cuba yashimangiye ko aya masezerano azagira uruhare kuri ejo hazaza heza muri gahunda zâubufatanye zihuriweho, nko mu rwego rwo guhugura abakozi, gukaza gahunda […]
RDC: Imirwano ikomereje Kibirizi nyuma yâuko M23 ifashe Nyanzale, Kirima, Kashalira, Kikuku na Kibingu
Inyeshyamba za M23 zikomeje kwegera imbere no gufata teritwari zitandukanye muri Kivu yâAmajyaruguru, aho amakuru yemeza ko mu masaha 48 inyeshyamba za M23 zabashije kwigarurira ibice bya Nyanzale, Kirima, Kashalira, Kikuku na Kibingu. Kuri uyu wa Kane ushize, itariki 7 Werurwe guhera saa moya nâigice za mu gitondo, urusaku rwâamasasu rwumvikanaga muri Kibirizi, muri Sheferi […]
FBI irimo guhiga bukware intasi za Iran zishaka kwica abayobozi ba Amerika
Ikigo cyâigihugu gishinzwe Ubugenzacyaha muri Amerika (FBI) kirimo guhiga intasi bivugwa ko ari intasi ya Iran cyizera ko ifite uruhare mu migambi yo kwica abayobozi ba guverinoma n’abahoze ari abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki kigo kirashinja Majid Farahani w’imyaka 42 kuba yarateguye kwihorera ku Banyamerika kubera iyicwa ryâumujenerali wa Iran, Qasem Soleimani. […]
Zari The Boss Lady yasubiranye na Shakib wahukanye kubera Diamond Platnumz
Umuherwekazi Zari The Boss Lady n’umugabo we Shakib Cham, bagaragaye bari kumwe mu Barabu nyuma y’amakuru amazeho iminsi avuga ko batandukanye bitewe n’umubano w’uyu mugore na Diamond Platnumz babyaranye abana babiri. Mu mashusho aba bombi bashyize ku rukuta rwabo rwa Instagrama, bagaragara bishimanye ndetse bahuje n’urugwiro nyuma y’uko bivuzwe ko Shakib yahukanye. Muri ayo mashusho […]
Umuherwe Mo Dewji wa mbere muri Tanzania agiye gushora asaga miliyari 100 Frw mu Rwanda

Umugabo ukize cyane muri Tanzaniya, Mohammed Dewji, bakunze kwita Mo, ashingiye ku kuntu ubukungu bw’u Rwanda bugenda buzamuka byihuse, arateganya gushora amamiliyoni menshi yâamadolari mu murwa mukuru Kigali abinyujije mu kigo cye cy’ubucuruzi, Mohammed Enterprises Tanzania Limited (MeTL). Dewji uzwi cyane ku izina rya Mo, arashaka gushora miliyoni 100 z’amadolari mu masosiyete ane akomeye akorera […]
U Burusiya bwahushije Perezida Zelensky
U Burusiya burashinjwa kugerageza kwivugana Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, nyuma yo kugaba igitero cya missile ku modoka zari zimuherekeje. Ku wa Gatatu Zelensky yari yasuye agace ka Odesa ko mu majyepfo ya Ukraine. Ibinyamakuru byo mu Bugereki byatangaje ko imodoka zari ziherekeje uyu Perezida wa Ukraine zari muri metero zibarirwa mu 150 uvuye ku […]
Senegal: Hagenwe itariki nshya y’amatora ya perezida
Guverinoma ya Senegal yagennye itariki ya 24 Werurwe nk’itariki nshya y’amatora ya perezida yatinze muri iki gihugu, nk’uko umuvugizi wayo yabitangaje ku wa Gatatu nyuma y’Inama y’Abaminisitiri, anatangaza iseswa rya guverinoma no gushyiraho minisitiri wâintebe mushya. Perezida Macky Sall wabujijwe kongera kwiyamamariza kuba perezida kubera manda ntarengwa, yavuze mu ntangiriro za Gashyantare ko yari yasubitse […]
Sena y’u Bwongereza yongeye kwitambika umushinga wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro
Guverinoma y’u Bwongereza yongeye gutsindwa na Sena y’icyo gihugu, mu mushinga wayo wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro. Ni ku nshuro ya gatandatu Sena y’u Bwongereza yatumaga uriya mushinga utsindwa, ibisobanuye ko kugeza ubu muri iki cyiciro leta imaze gutakaza amajwi yose icumi kuri uwo mushinga w’itegeko. Leta y’u Bwongereza yazanye uwo mushinga w’itegeko, nyuma […]
Sudani y’Epfo: Ingabo zâu Rwanda ziri muri UNMISS zashimiwe akazi zikora

Kuri uyu wa Gatatu, ingabo zâu Rwanda (Rwanbatt-2) zikorera mu butumwa bwâUmuryango wâAbibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidari nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe kubungabunga amahoro mu rwego rwo kuzishimira akazi zikora kinyamwuga mu guharanira amahoro muri leta ya Upper Nile. Ibirori byabereye mu mujyi wa Malakal mu nkambi ya Rwanbatt-2. Komanda wa UNMISS, Lt Gen […]
Uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwabaye rufunze imiryango kugeza mu gihe kitazwi
Imirimo y’uruganda rwâIsukari (Kabuye Sugar Works) rwabaye rufunze imiryango byâagateganyo, nyuma yâuko ubuso rwakoreragaho ubuhinzi bwibasiwe n’ibiza. Kugeza ubu hegitari 700 kuri hegitari 2000 ruhingaho ibisheke rukoramo isukari zangijwe nâibiza mu bihe bitandukanye. Mu masaha ya mbere ya saa Sita, kuri uyu wa Gatatu taliki 06 Werurwe 2024 mu ruganda rukumbi rukora isukari mu Rwanda, […]