Ingabo za SADC ziri guhunga umujyi wa Goma

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Ingabo z’Umuryango wa SADC zari mu mujyi wa Goma ziri kuhava, zerekeza i Bukavu. Ingabo zo mu bihugu bya Afurika y’Epfo, Malawi na Tanzania ziri muri RDC kuva mu mpera z’umwaka ushize wa 2023, aho zaje gufasha FARDC mu ntambara ihanganyemo na M23. Zimwe muri […]

Ibice10 by’abakobwa biza imbere mu gukurura abagabo

Buri musore wese cyangwa umugabo usanga afite ibice runaka bimukurura ku mubiri w’umukobwa runaka bahuye cyangwa babana muri sosiyete atauyemo. Ibi ni byo bice 10 by’umubiri ku mukobwa bishobora gukurura abagabo bigatuma amarangamutima yabo azamuka bakaba banabibagaragariza mu ruhame. 10. Ibirenge; abagabo bakunda kwitegereza cyane ibirenge by’abakobwa, ni nayo mpamvu uzasanga igitsinagore kita kuri buri […]

Twirwaneho iravugwaho gukubita ahababaza Ingabo z’u Burundi na FARDC

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) n’iz’u Burundi zibarizwa mu misozi miremire y’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’amajyepfo, ku wa Gatatu biravugwa ko zagabye igitero ku barwanyi b’umutwe wa Twirwaneho mbere yo kuzikubita ahababaza. Amakuru avuga ko imirwano y’impande zombi yabereye ahitwa i Nyawaranga ho muri Groupement ya Bijombo, Chefferie ya Bavira […]

Killaman yakoze ubukwe bwa Miliyini 60 Frw

Umukinnyi wa filime Niyonshuti Yannick wamamaye nka Killaman muri sinema nyarwanda, yakoze ubukwe bwa Miliyoni 60 z’amafaranga y’u Rwanda. Killaman yakoze ubukwe n’umugore we Umuhoza Shemsa nyuma y’imyaka igera ku munani babana mu buryo butemewe n’amategeko. Ubukwe bw’uyu mukinnyi wa Filime bwavugishije benshi ku mbuga nkoranyamba kubera ukuntu bwagenze n’uko bwari buteguye. Ku mbuga nkoranyambaga […]

Haruna Niyonzima yakuwe mu ikipe y’igihugu Amavubi

Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima yakuwe mu bakinnyi azifashisha mu mikino ya gicuti azakinira mu gihugu cya Madagascar muri uku kwezi. Mbere y’uko amakipe y’ibihugu yitabira imikino mpuzamahanga iteganyijwe muri Werurwe, amakipe atandukanye y’ibihugu yatangiye kugenda ahamagara abakinyi bayo bakina mu bihugu bigiye bitandukanye. Amavubi nayo yamaze guhamagara abakinnyi yaba abakina mu Rwanda ndetse […]

Umwihariko wo kurya ibishyimbo mu mubiri w’umuntu

Ibishyimbo ni ikiribwa gikundwa na bose kandi kikaba ikimenyabose kubera intungamubiri gikizeho bituma gikundwa ndetse kikaba ifunguro rya buri munsi kubtari bake.Ikindi abantu badakunda kumenya n’uko abantu babyibushye bibafasha kubungabunga ingano y’umubii wabo. Ikinyamakuru Medical News To day , kivuga ko niba kurya ibishyimbo ubigize ubuzima bwa buri munsi, birashoboka cyane ko ingano y’umubiri wawe […]

Minisitiri w’Intebe yakiriye Mafalda Duarte uyobora Ikigega Green Climate Fund

gier8d0wsaedvtl.jpg

Kuri uyu wa Kane, itariki 07 Werurwe 2024, Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Mafalda Duarte, Umuyobozi Mukuru w’Ikigega Green Climate Fund gitera inkunga imishinga yo kubungabunga ibidukikije, uri mu Rwanda mu nama ya 38 y’Ubuyobozi bw’icyo Kigega. Ibiganiro byabo byibanze ku gukomeza ubufatanye busanzweho. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko ibiganiro by’abayobozi bombi byibanze ku […]

Burundi: Umugabo w’imyaka 60 yishwe n’Imbonerakure zimuziza kutitabira umuganda

Oscar Mbonihankuye, w’imyaka 60, yatawe muri yombi, yicwa urubozo hanyuma ajugunywa mu mugezi wa Mubarazi n’Imbonerakure, hashize ibyumweru birenga bibiri. Nk’uko amakuru agera kuri SOS Media Burundi abitangaza, ibyo byabereye ku musozi wa Musama muri komini ya Mbuye mu Ntara ya Muramvya. Amakuru aturuka mu buyobozi agaragaza ko abantu batandatu bakekwaho kuba Imbonerakure zo muri […]

Rubavu-Nyundo:Abaturiye umugezi wa Sebeya barahangayitse

Abaturage bo mu karere ka Rubavu umurenge wa Nyundo baturiye umugezi Sebeya bafite impungenge ko mu minsi runaka ushobora kuzura ugateza ibibazo. Bavuga ko mu gihe hadafunzwe inzira zagiye zisigazwa mu kubaka ku nkengero z’uyu mugezi ushobora kwangiza byinshi birimo no gutwara ubuzima bw’abantu bikamera nko muri Gicurasi 2023, umugezi wangizaga ibitari bike ku nkengero […]

Platini yaburiye abanyamakuru atari yabajyana mu nkiko

Umuhanzi wamenyekanye mu itsinda rya Dream Boys Nemeye Platini uzwi ku izina rya Platin P yaburiye abanyamakuru binjira mu buzima bwe n’umugore we Ingabire Olivia, bavuga ko batandukanye. Mu mwaka washishe wa 2023 nibwo mu binyamakuru hasakaye amakuru y’umuhanzi Platini avuga ko yatandukanye n’umugore we nyuma yo gusanga umwana babyaranye atari uwe. Amakuru yavugaga ko […]

Rubaya: Ba Jenerali n’abanyapolitiki bakomeye mu bujura bw’amabuye y’agaciro

Mu gihe imirwano hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 ikomeje kujya mbere mu bice by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bamwe mu basirikare bakomeye ndetse n’abanyapolitiki baravugwa mu kuyibyaza umusaruro basahura amabuye y’agaciro yo mu birombe by’i Rubaya. Agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa […]

Kenya:Opozisiyo igiye kwitambika umwanzuro wo kohereza abapolisi muri Haiti

Ejo ku wa gatatu, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya Dr. John Ekuru Longoggy Aukot, yavuze ko ateganya gutangiza ikindi ikirego gishya cy’urukiko kirwanya gahunda yo kohereza abapolisi muri Hayiti. Uyu munyapolitiki avuga ko bidakwiye ko Kenya yohereza abapolisi muri Haiti mu gihe Perezida William Ruto atarakemura ikibazo cy’umutekano mucye mu gihugu cye. Ati” Muri […]

Uwakiniraga APR FC y’abato yisanze ari gutunganya imiziki nyarwanda

Murwanashyaka Christopher wamenyekanye nka Tell Dhem mu muziki nyarwanda, yavuze ko yabanje kuba umukinnyi wa APR FC binyuze mu ikipe y’abato yayo ‘Intare FC’ mbere y’uko ajya mu mwuga wo gutunganya indirimbo z’abahanzi nyarwanda. Aganira na Inyarwanda, uyu musore yavuze ko mbere y’uko ajya mu mwuga wo kujya gutunganya imiziki y’abahanzi yari umukinnyi w’umupira w’amaguru […]

U Rwanda na Cuba byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima

kbuc-7865046-cuba-ruanda-memrandum-cooperacion-salud.jpg.png

Guverinoma za Cuba n’u Rwanda zashimangiye ubushake bwazo bwo gushimangira umubano mu rwego rw’ubuzima, binyuze mu gusinya amasezerano y’ubwumvikane hagati y’abayobozi b’izi nzego, JosĂ© àngel Portal na Dr Sabin Nsanzimana. Minisitiri wa Cuba yashimangiye ko aya masezerano azagira uruhare kuri ejo hazaza heza muri gahunda z’ubufatanye zihuriweho, nko mu rwego rwo guhugura abakozi, gukaza gahunda […]

RDC: Imirwano ikomereje Kibirizi nyuma y’uko M23 ifashe Nyanzale, Kirima, Kashalira, Kikuku na Kibingu

Inyeshyamba za M23 zikomeje kwegera imbere no gufata teritwari zitandukanye muri Kivu y’Amajyaruguru, aho amakuru yemeza ko mu masaha 48 inyeshyamba za M23 zabashije kwigarurira ibice bya Nyanzale, Kirima, Kashalira, Kikuku na Kibingu. Kuri uyu wa Kane ushize, itariki 7 Werurwe guhera saa moya n’igice za mu gitondo, urusaku rw’amasasu rwumvikanaga muri Kibirizi, muri Sheferi […]

FBI irimo guhiga bukware intasi za Iran zishaka kwica abayobozi ba Amerika

Ikigo cy’igihugu gishinzwe Ubugenzacyaha muri Amerika (FBI) kirimo guhiga intasi bivugwa ko ari intasi ya Iran cyizera ko ifite uruhare mu migambi yo kwica abayobozi ba guverinoma n’abahoze ari abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Iki kigo kirashinja Majid Farahani w’imyaka 42 kuba yarateguye kwihorera ku Banyamerika kubera iyicwa ry’umujenerali wa Iran, Qasem Soleimani. […]

Zari The Boss Lady yasubiranye na Shakib wahukanye kubera Diamond Platnumz

Umuherwekazi Zari The Boss Lady n’umugabo we Shakib Cham, bagaragaye bari kumwe mu Barabu nyuma y’amakuru amazeho iminsi avuga ko batandukanye bitewe n’umubano w’uyu mugore na Diamond Platnumz babyaranye abana babiri. Mu mashusho aba bombi bashyize ku rukuta rwabo rwa Instagrama, bagaragara bishimanye ndetse bahuje n’urugwiro nyuma y’uko bivuzwe ko Shakib yahukanye. Muri ayo mashusho […]

Umuherwe Mo Dewji wa mbere muri Tanzania agiye gushora asaga miliyari 100 Frw mu Rwanda

28848.jpg

Umugabo ukize cyane muri Tanzaniya, Mohammed Dewji, bakunze kwita Mo, ashingiye ku kuntu ubukungu bw’u Rwanda bugenda buzamuka byihuse, arateganya gushora amamiliyoni menshi y’amadolari mu murwa mukuru Kigali abinyujije mu kigo cye cy’ubucuruzi, Mohammed Enterprises Tanzania Limited (MeTL). Dewji uzwi cyane ku izina rya Mo, arashaka gushora miliyoni 100 z’amadolari mu masosiyete ane akomeye akorera […]

U Burusiya bwahushije Perezida Zelensky

U Burusiya burashinjwa kugerageza kwivugana Perezida Volodymyr Zelensky wa Ukraine, nyuma yo kugaba igitero cya missile ku modoka zari zimuherekeje. Ku wa Gatatu Zelensky yari yasuye agace ka Odesa ko mu majyepfo ya Ukraine. Ibinyamakuru byo mu Bugereki byatangaje ko imodoka zari ziherekeje uyu Perezida wa Ukraine zari muri metero zibarirwa mu 150 uvuye ku […]

Senegal: Hagenwe itariki nshya y’amatora ya perezida

Guverinoma ya Senegal yagennye itariki ya 24 Werurwe nk’itariki nshya y’amatora ya perezida yatinze muri iki gihugu, nk’uko umuvugizi wayo yabitangaje ku wa Gatatu nyuma y’Inama y’Abaminisitiri, anatangaza iseswa rya guverinoma no gushyiraho minisitiri w’intebe mushya. Perezida Macky Sall wabujijwe kongera kwiyamamariza kuba perezida kubera manda ntarengwa, yavuze mu ntangiriro za Gashyantare ko yari yasubitse […]

Sena y’u Bwongereza yongeye kwitambika umushinga wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro

Guverinoma y’u Bwongereza yongeye gutsindwa na Sena y’icyo gihugu, mu mushinga wayo wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro. Ni ku nshuro ya gatandatu Sena y’u Bwongereza yatumaga uriya mushinga utsindwa, ibisobanuye ko kugeza ubu muri iki cyiciro leta imaze gutakaza amajwi yose icumi kuri uwo mushinga w’itegeko. Leta y’u Bwongereza yazanye uwo mushinga w’itegeko, nyuma […]

Sudani y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda ziri muri UNMISS zashimiwe akazi zikora

gh_4lmoxiaarri4.jpg

Kuri uyu wa Gatatu, ingabo z’u Rwanda (Rwanbatt-2) zikorera mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zambitswe imidari n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kubungabunga amahoro mu rwego rwo kuzishimira akazi zikora kinyamwuga mu guharanira amahoro muri leta ya Upper Nile. Ibirori byabereye mu mujyi wa Malakal mu nkambi ya Rwanbatt-2. Komanda wa UNMISS, Lt Gen […]

Uruganda rw’isukari rwa Kabuye rwabaye rufunze imiryango kugeza mu gihe kitazwi

Imirimo y’uruganda rw’Isukari (Kabuye Sugar Works) rwabaye rufunze imiryango by’agateganyo, nyuma y’uko ubuso rwakoreragaho ubuhinzi bwibasiwe n’ibiza. Kugeza ubu hegitari 700 kuri hegitari 2000 ruhingaho ibisheke rukoramo isukari zangijwe n’ibiza mu bihe bitandukanye. Mu masaha ya mbere ya saa Sita, kuri uyu wa Gatatu taliki 06 Werurwe 2024 mu ruganda rukumbi rukora isukari mu Rwanda, […]