Abarundi bavuye mu Bubiligi baje gushyigikira RSSB Tigers BC

Bamwe mu bakunzi bâumukino wa basketball baganiriye na Bwiza ku munsi wa nyuma wâirushanwa, bashima uburyo u Rwanda rushyira imbaraga mu kubaka ibikorwa remezo no guha urubyiruko amahirwe yo kugaragaza impano zarwo. Eddy, Umurundi utuye mu Bubiligi, yagize ati: “NkâAbanyafurika, biradushimisha kubona igihugu cyâu Rwanda gifite Umuyobozi ukunda abaturage be kandi agashyigikira siporo, yubaka ibikorwa […]
Perezida Kagame na Macron bagiye gufungura i Paris Urwibutso rwa Jenoside yakorewe AbatutsiÂ

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Emmanuel Macron w’u Bufaransa, ku wa Kabiri tariki ya 2 Kamena bazafungura ku mugaragaro Ikimenyetso cyâUrwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mujyi wa Paris. Uru rwibutso rwiswe âLâArchiveâ, rwubatswe ku nkengero zâUmugezi wa Seine ku bufatanye bwa Leta yâu Bufaransa nâUmujyi wa Paris. Perezida Emmanuel Macron yatangaje […]
Iki kintu kimwe cyatabara urugo rwawe rugiye gusenyuka

Mu gihe abantu benshi batekereza ko impano zihenze, ingendo zidasanzwe cyangwa amafunguro y’urukundo ari byo bituma urukundo rukomera, ubushakashatsi bushya bwakozwe na Kaminuza ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bugaragaza ko hari ikindi kintu cyoroheje ariko gifite imbaraga kurushaho. Ubwo bushakashatsi bwerekanye ko gusangira inshingano za buri munsi hagati y’abashakanye bishobora kugira uruhare […]
Icyinyoma cyihishe inyuma ya Demokarasi

Tekereza ubyutse mu gitondo. Ufata ifunguro rya mu gitondo, ujya ku kazi cyangwa ku ishuri, ukoresha telefone, internet, banki, imodoka cyangwa moto. Ushobora gutekereza ko ibyo byose ubigenzura ubwawe. Ariko se, ni nde ufata ibyemezo bigena ibyo urya, ibyo unywa, amafaranga ukoresha cyangwa amakuru ureba buri munsi? Iyi ni yo ngingo nyamukuru icyegeranyo cyitwa “The […]
Ba Jenerali bayobowe na Tshiwewe bagiye gutangira kuburanishwa ku byaha bikomeye bashinjwa

Abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo barangajwe imbere na Gen. Christian Tshiwewe wahoze ari Umugaba Mukuru wazo, bagiye gutangira kuburanishwa nâUrukiko Rukuru rwa Gisirikare. Ku wa Kane tariki ya 5 Kamena 2026 ni bwo bariya basirikare bazagezwa imbere y’ubutabera, nyuma y’umwaka abenshi muri bo batawe muri yombi. Usibye Tshiwewe, abandi ni […]
Umunyamakuru Sadi Habimana arafunzwe

Umunyamakuru wa siporo Sadi Habimana amaze iminsi afunzwe nyuma y’ikibazo cyabaye hagati ye n’umukozi ushinzwe umutekano ku mukino wahuje Rayon Sports na Kiyovu Sports. Ibi byabereye kuri Stade ku wa Gatanu tariki ya 29 Gicurasi 2026, ubwo ayo makipe yombi yanganyaga igitego 1-1 mu mukino wasoje shampiyona. Uwo musaruro watumye Rayon Sports irangiza iri ku […]
U Rwanda rwatsinzwe urubanza rwarezemo u Bwongereza

Kuri uyu wa Mbere, Urukiko ruhoraho rwâUbukemurampaka rwatangaje ko u Bwongereza butagomba kwishyura u Rwanda miliyoni mirongo zâamapound kubera amasezerano yâabimukira yahagaritswe. Uru rwego ruherereye i La Haye rwavuze ko rwanze ibirego byose byâimari byatanzwe n’u Rwanda, ruvuga ko u Bwongereza bugikeneye kubahiriza ibikubiye muri ayo masezerano Minisitiri wâIntebe Keir Starmer â yahagaritse mu 2024. […]
Jean-Luc Habyarimana ni muntu ki mu mibanire ya RDC n’abatavuga rumwe na Kigali?

Mu gihe umubano wâu Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kurangwa nâubushyamirane bushingiye ku mutekano wâakarere, amazina yâabanyapolitiki nâabandi bantu bavugwa mu matsinda atavuga rumwe na Kigali akomeje kugarukwaho mu isesengura rya politiki. Muri abo harimo Jean-Luc Habyarimana, umuhungu wa Habyarimana JuvĂ©nal wahoze ari Perezida w’u Rwanda umaze igihe avugwa mu nkuru […]
Ikipe y’Inzego z’umutekano z’u Rwanda yatsinzwe n’Akarere ka MocĂmboa da Praia

Kuri iki Cyumweru, Inzego zâumutekano z’u Rwanda (RSF) zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado zakinnye umukino wa gicuti wâumupira wâamaguru nâurubyiruko rwo mu Karere ka MocĂmboa da Praia. Uyu mukino wateguwe mu rwego rwo kurushaho gukomeza umubano mwiza hagati yâabaturage nâInzego zâumutekano z’u Rwanda. Witabiriwe n’abayobozi batandukanye, abaturage hamwe n’abo mu nzego z’umutekano ku mpande […]
Ethiopia: Bazindukiye mu matora yitezweho kugumisha Abiy Ahmed ku butegetsi

Kuri uyu wa Mbere, abaturage ba Ethiopia bagiye mu matora, aho ishyaka riharanira iterambere (PP) rya Minisitiri wâIntebe uriho ubu, Abiy Ahmed, ryiteze intsinzi. Abiy uri ku butegetsi kuva mu 2018, amaze iminsi ashinjwa kuba yarakomeje gutegekesha igitugu no guhashya abatavuga rumwe nâubutegetsi, bitandukanye nâimyaka ye ya mbere ku butegetsi ubwo yatsindiraga igihembo cyâamahoro cyitiriwe […]
RSSB Tigers yanditse amateka yo kuba ikipe ya mbere yo mu karere itwaye BAL

Ikipe ya RSSB Tigers BBC yanditse amateka yo kuba ikipe ya mbere yo mu Rwanda ndetse no muri Afurika y’Iburasirazuba, yegukanye igikombe cya Basketball Africa League (BAL), nyuma yo gutsinda Petro de Luanda yo muri Angola amanota 90 kuri 88. Hari mu mukino wa nyuma wabereye muri BK Arena, ku Cyumweru tariki ya 31 Gicurasi […]
Masisi: Imirwano ikomeye ihuje AFC/M23 na FARDC i Buhimba

Inyeshyamba za AFC/M23 nâingabo za FARDC zishyigikiwe na Wazalendo, zirahanganye kuva ku Cyumweru nijoro kugeza kuri uyu wa Mbere, itariki ya 1 Kamena, i Buhimba, muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nkâuko amakuru aturuka muri ako gace agera kuri ACTUALITE.CD abitangaza, ngo imirwano yatangiye mu masaha ya saa tanu z’ijoro ku isaha […]
Iran yaturikije ibigo 20 by’Amerika

Intambara imaze amezi hagati ya Iran na Amerika ikomeje gufata indi ntera, aho amakuru mashya yagaragaje ko Iran yangije nibura ibigo bya gisirikare bya Amerika birenga 20 biri mu bihugu bitandukanye byo mu Burasirazuba bwo Hagati. Amashusho yafashwe nâicyogajuru ndetse nâisesengura ryakozwe nâabanyamakuru ba BBC Verify byerekana ko ibyo bitero byateje iyangirika rikomeye ku bikoresho […]
RDC: Abamaze kwandura Ebola barakabakaba 300

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje kuri iki Cyumweru gishize, ko umubare wâabanduye Ebola wemejwe wiyongereye bagera kuri 282 nyuma yâibisubizo 19 bishya byâibizamini. Nkâuko imibare yatanzwe na minisiteri y’itumanaho ibigaragaza, mu ntara ya Ituri hagaragaye abantu 264 banduye byemejwe, 15 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na batatu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Minisiteri y’itumanaho […]
Gen. Mubarakh yakiriye ikipe ya APR FC n’abafana mu birori byo gusangira

Umugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh, uyu munsi yakiriye abakinnyi ba APR FC, abatoza, abagize itsinda ryâubuyobozi bwâikipe ndetse nâabafana bayo mu birori byo gusangira byabereye kuri Mess ya Ofisiye bakuru, Kimihurura. Iki gikorwa cyitabiriwe kandi nâUmugaba wâIngabo zirwanira ku butaka, Umugaba wâInkeragutabara nâabandi bayobozi bakuru muri RDF, cyateguwe mu rwego rwo […]
Trump yasabye impinduka mu masezerano na Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ko habaho impinduka ku masezerano hagati ya Amerika na Iran agamije kurangiza imirwano yatangiye mu ntangiriro z’uyu mwaka. Impinduka zijyanye nâUmuhora wa Hormuz nâikurwaho ryâamabuye yâagaciro ya uranium, nkâuko CBS News, igitangazamakuru gikorana na BBC muri Amerika kibitangaza. Ibiro bya Perezida wa Amerika, White House, […]