Parliament of Rwanda official indicted over rape, attempting murder
The Public Accounts Parliamentary Committee, Evode Mushingwamana, has been charged of raping a 19-year-old Burundian refugee, Igihe broke the story. The outgoing Prosecutor General, Mutangana Jean Bosco confirmed on Twitter that Evode is currently being prosecuted for the crime. He wrote in reply to Juliette Karitanyi, a Twitter user who addressed her concern of Mushingwamana […]
DRC: Biravugwa ko mu nkambi y’impunzi z’Abanyarwanda hatewe bombe 50
Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo avuga ko mu nkambi y’impunzi z’Abanyarwanda yitwa Gitindiro iri i Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo yateweho bombe zigera kuri 50, zigahitana bamwe abagera ku 20,000 bagakwira imishwaro. Ibi ngo byabaye mu ijoro ryo kuwa mbere rishyira kuwa kabiri w’iki cyumweru dusoza, bisiga impunzi zimwe zihasiga ubuzima abandi bahungira […]
Nta mbabazi ku wo ari wese washaka gutera Uganda-Museveni
Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko uwo ari we wese washaka gutera Uganda nta mbabazi azamugirira. Mu ijambo rye ryo kuwa 29 Ugushyingo 2019 ubwo yafunguraga ku mugaragaro ikigo kizaba gishinzwe kugenzura umutekano binyuze muri za kamera, yavuze ko ubu butumwa bureba nanone uwashaka guhohotera Umunya-Uganda cyangwa se Umunyafurika. Yavuze ko kuba umwe […]
Icyo u Rwanda ruvuga ku kuba Uburundi bwaratabaje amahanga burushinja kubugabaho ibitero
Umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, avuga ko nta mpungenge biteye ku kuba Uburundi bwaratabaje imiryango mpuzamahanga buvuga ko buterwa n’u Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Umuvugizi wa Leta y’Uburundi, Pierre Ntahorwamiye, avuga ko hari abava mu Rwanda bagatera Uburundi, asaba imiryango mpuzamahanga nk’Ubumwe bwa Afurika, (AU), Uw’Abibumbye (UN), […]
Down Town: Akura amafaranga y’ishuri mu gucuruza umunzani upima ibiro

Umukobwa witwa Uwase Chance avuga ko umunzani upima biro n’uburebure umufasha kwishyura amafaranga y’ishuri ndetse no gushaka ibindi byangombwa nkenerwa. Bwiza.com mu mwanya wahariwe Business Today, yamusanze mu Murenge wa Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali ahitwa Down Town (muri gare). Uwase avuga ko iyi mashini yayiguriwe na Se umubyara kandi ko imwinjiriza amafaranga amufasha cyane. […]
Abantu 83 barimo Abanyarwanda n’Abanye-Congo bafatiwe muri Uganda
Abantu bagera kuri 83 barimo Abanyarwanda n’Abanye-Congo bafatiwe muri Uganda ubwo bari bageze mu karere ka Kabale. Aba bafashwe kuwa Kane tariki ya 28 Ugishyingo mu gitondo ahagana saa yine bari muri bisi ifite ibirango UAV 118U ya Kompanyi Bismarkan Coach. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Kabale, Brian Ampeire yabwiye The Observer ko mu […]
Uburundi buvuga ko bumaze kugabwaho ibitero icyenda bivuye mu Rwanda kuva mu 2015
Uburundi butangaza ko bumaze kugabwaho ibitero n’abitwaje intwaro bavuye ku butaka bw’u Rwanda inshuro icyenda kuva habaho ipfuba ry’ihirikwa ry’Ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza kuwa 13 Gicurasi 2015. Iyi ni ingingo yagarutsweho mu butumwa bwari mu rurimi rw’Ikirundi bwasomwe n’Umuvugizi wa Leta y’Uburundi, Pierre Ntahorwamiye kuwa 28 Ugushyingo 2019. Muri iri tangazo Uburundi bwavuze ko […]
Abanyarwanda birukanwe muri Uganda bavuga ko baje amara masa
Abanyarwanda 33 birukanwe muri Uganda bavuga ko bacujwe ibyo bari bafite byose ku buryo bageze ku Mupaka wa Cyanika mu Karere ka Kisoro, bagashyikirizwa u Rwanda nta kintu bafite. Aba baturage bakiriwe n’u Rwanda mu ijoro ryo kuwa 27 Ugushyingo nta kintu na kimwe bafite. Bavuga ko bambuwe byose ku buryo nta n’umwe muri bo […]
Uwari mushinjacyaha mukuru aravugwaho kuzambya urubanza ADEPR iburanamo Frw miliyari eshatu zanyerejwe
Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Kane tariki 28 Ugushyingo yemeje ko Umushinjacyaha Mukuru, Jean Bosco Mutangana asimbuzwa uwitwa Aimable Havugiyaremye, wari usanzwe ayobora Komisiyo y’amavugurura mu by’amategeko. Mutangana wasimbujwe bivugwa ko ari mu baza ku isonga mu kunaniza Itorero rya ADEPR mu rwego rw’amategeko mu rubanza riburanamo n’abantu 12, inyerezwa rya miliyari eshatu zari zigenewe kwishyura […]
Abanyeshuri bane b’Abanyarwanda bigaga kaminuza muri Uganda batawe muri yombi
Abanyeshuri bane b’Abanyarwanda bigaga muri Kaminuza ya Kampala International University (KIU) batawe muri yombi n’Urwego Rushinzwe Iperereza mu Gisirikare cya Uganda (CMI). Mu bafashwe harimo Uwari uhagarariye abanyeshuri b’Abanyarwanda biga muri iyi kaminuza, Joram Rwamwojo, Mugisha, Emmanuel na Kagara. The New Times dukesha iyi nkuru ivuga ko aba banyeshuri bafungiwe mu kigo cya gisirikare kandi […]
Kamonyi: Abaturage barataka inkoni z’abanyerondo
Hari abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu Murenge wa Runda, bavuga ko bakubitwa n’abanyerondo iyo batashye mu masaha y’umugoroba kandi ko bo nta kosa baba bafite ndetse banafite ibibaranga byose. Umwe mu baturage witwa Rulinda Thomas avuga ko gutaha ku masaha y’umugora ugahohoterwa n’abanyerondo ari kimwe mu bibahangayikishije. Aganira na Radio 10 ati ” […]
Kigali: Umukobwa yatawe muri yombi akekwaho ubugambanyi n’ubutasi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) ruratangaza ko kuwa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo rwafashe uwitwa Jackie Umuhoza agafungwa akekwaho ibyaha by’ubutasi n’ubugambanyi. Uru rwego rubinyujije ku rukuta rwa Twitter rwarwo rwagize ruti “ Jackie Umuhoza yafashwe kuwa Gatatu tariki 27, arakekwaho ubugambanyi n’ubutasi. Kuri ubu afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi i Remera [mu Mujyi […]
$1240 earnings for every Rwandan per year in 2020 won’t be achieved, admits government
The set goal that every Rwandan on average should be earning $1240 per year in 2020 may not be attained due to unpredictable performance shortfalls that, The Government of Rwanda has announced Rwanda embarked on ‘Vision 2020’, citing at least every citizen would have an income of $1240, almost a million Rwandan Francs a year. […]
Kusini Rwanda: Wamshitaki kiongozi mambo ya ruswa, huduma ovyo
Wakazi Wilayani Huye, Tarafa ya Mbazi kijijini Mutunda wamemshitaki kiyongozi kwa Wajibu wa mambo ya kijamii, Vestine Nyirangendahimana kura rushwa na kuwapatia huduma mbaya. Mmoja mwa wakazi ameambia Ukwezi.com kuwa Vestine alikata kumpa huduma ya Ubudehe. Amesema miaka miwili imetimia bila yeye kupatiwa huduma. Kuhusu madai ya rushwa, mkazi amesema Vestine anawaomba pesa wanaotaka kuonekana […]
Ibitaro bya Ruhengeri bivuga ko abakomerekeye mu gitero cya RUD-URUNANA bashegeshwe
Umuyobozi w’Ibitaro Bikuru bya Ruhengeri, Dr. Muhire Philbert avuga ko abakomerekeye mu bitero by’inyeshyamba za RUD -URUNANA mu Mirenge ya Nyange, Kinigi na Musanze bashegeshwe n’ingaruka z’ibyababayeho. Agendeye ku kuba abaganga b’ibitaro bya Ruhengeri ari byo byavuraga abakomerekeye mu gitero cyo muri Nzeri 2019 kikica 14, aba ndi bagera kuri 18 bakajyanwa mu bitaro, avuga […]
Uko Gen. Koromboka wagizwe Umuyobozi muri FDLR yari agiye gukubitwa agafuni mu ntambara y’abacengezi
Umwe mu babaye muri FDLR mu myaka umunani avuga ko Gen. Maj. Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Niyo Thedeum Koromboka Avé Marie Mugisha yari agiye gukubitwa agafuni ku bwo amakosa y’akazi ka gisirikare. Uyu wavuye muri FDLR mu 2005 utashatse ko amazina ye atangazwa, yabwiye Bwiza.com ko icyemezo cyo gukubita ifuni Gen. Koromboka cyaturutse ku kuba […]
Kayonza: Aravugwaho gukorera umugore we ibikorwa byatumye atakibasha kuvuga
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza kuri uyu wa kabiri tariki ya 26 ugushyingo 2019 bavuze ko hari umugabo witwa Vuguziga Yohani wanigaguye umugore we bikamuviramo kutabasha kuvuga. Abaturage bo muri ako gace babwiye Radio 1 ko bavuze ko uyu mugabo bakunze kwita Rukarangira ko “Uretse gutera uyu mugore […]
Ruhango: Mwanamke auawa baada ya siku chache kuachana na mumewe
Mwanamke Mukarurangwa Mkazi Tarafa ya Bweramana Wilayani Ruhango ameuawa baada ya na watu amabao hawajatambulika. Kisa hicho ni baada ya siku chache kufarakana na mumewe Lando juu ya kutoelewana. Kwa hilo, Mahakama ilitoa uamuzi kwamba mwanamke aendelee kuwalea watoto. Mashahidi wamesema, Mukarurangwa amekatwa wakati ambapo watoto hawakuwa nyumbani pia mchungaji wa ng’ombe alikuwa hayupo. Upelelezi […]
Rulindo District residents accuse leader of depriving them avocado trees seedling
Residents from Bushoki Sector in Rulindo say The Executive Secretary, Nzeyimana Pierre Claver has allegedly taken away from them 200 avocado trees seedling that were supposed to be given to the vulnerable for plantation. Nzeyimana, however, he planted the seedling in his own filed, residents told IGIHE. ” We saw him taking them away, we […]
Uganda: Ushinzwe umutekano yagejejwe mu nkiko ashinjwa kwiba umugati
Umugabo w’imyaka 23 Jimmy Opoka yagejejwe imbere y’ubutabera ashinjwa kwiba umugati, amacupa atandatu y’inzoga n’abiri ya fanta. Opoka wari usanzwe akorera kompanyi ya Saracen yagejejwe imbere y’umushinjacyaha mu rukiko rukuru, Elisabeth Kabanda kuwa Kabiri tariki ya 26 Ugusyingo kugira ngo yiregure ku byaha aregwa. Uyu nk’uko Daily Monitor ibitangaza, yanze kwemera ibyo ashinjwa, maze yoherezwa […]
Gen. Omega yongejwe ipeti ngo ayobore FDLR itorohewe mu bya gisirikare
Amakuru yashyizwe ahagaragara ni uko Maj. Gen. Pacifique Ntawunguka uzwi nka Omega yagizwe Umugaba Mukuru w’inyeshyamba za FDLR/FOCA ndetse agahabwa ipeti rya LIiyetona Jenerali (Lt. Gen.) ngo asimbure ku mugaragaro Lt. Gen. Sylivestre Mudacumura wishwe n’Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC). Iki cyemezo biravugwa ko cyafatiwe muri Gurupoma ya Tongo,Teritwari ya Rutshuro muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya […]
Haravugwa urujijo mu rupfu rw’uwacuruzaga amakara mu Gatsata
Umugore witwa Uwihirwe Aline wari mu kigero cy’imyaka 25 bamusanze mu rugo rwe yapfuye mu mudugudu wa Gashubi Akagari ka Nyamabuye, Umurenge wa Gatsata Akarere ka Gasabo. Abaturanyi ba nyakwigendera babwiye Radio Flash dukesha iyi nkuru ko batazi uburyo yapfuyemo ariko bakekwa ko yishwe kuko ku mugoroba wo kuwa 26 Ugushyingo yari muzima. Ubuyobozi bw’Akagari […]
Gen. Mugisha Muntu yasabye Museveni guta muri yombi abaminisitiri niba ashaka kurwanya ruswa
Umwe mu batavuga rumwe na Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, Rtd. Maj.Gen. Mugisha Muntu avuga ko bitakoroha kumvisha Abagande ko Leta iriho irwanya ruswa kandi ba minisitiri n’abandi bategetsi baza ku isonga mu kuyirya. Gen. Muntu kuri ubu uyoboye Ishyaka Alliance for National Transformation (ANT) avuga ko Abagande bashobora kuba bibeshya ko Perezida Museveni […]
Western Rwanda: Whole sector has not yet got electricity
Only one Sector namely Nyabirasi has not yet got electricity amongst 13 that make up Rutsiro District. The Sector, according to the residents, has suffered a big loss in terms of social and economic development. Some told media that they have to got about two hours to reach in Rubavu District to access services which […]
Gisagara: Mkazi aeleza alivyopokonywa ng’ombe wake
Mkazi Wilayani Gisagara, Tarafa ya Save Kijijini Syanda, Clementine Mukeshimana ameonekana mbele ya Gavana wa Mkoa wa Kusini, Emmanuel Gasana akiwa na malalamiko ya kunyanganywa ng’ombe aliyepatiwa na serikali kwa mradi wa ‘ Gira Inka’ kumaanisha ” Miliki ng’ombe’ Mkuu wa Kijiji, alimuambia Gavana tarehe 5 Novemba kwamba Mukeshimana alinyimwa ng’ombe wake kwani hakuwa na […]
Mibirizi: Umubyeyi arashinja muganga guhugira kuri mudasobwa kugeza ubwo nyababyeyi ye yangiritse
Umubyeyi witwa Nyiragasigwa Jeanne avuga ko yagiye mu bitaro bya Mibirizi tariki ya 16 ugushyingo 2019 ubwi yari yoherejwe n’Ikigo Nderabuzia cya Nyakarenzo. Uyu mugore wari ugiye kubyara avuga ko umuganga witwa Marisiyana ngo yaramurangaranye kugeza ubwo yamuhamagaraga ngo amufashe, uyu muganga akamubwira ko niba abishoboye yakwibyaza. Uwari urwaje Nyiragasigwa Jeanne akaba na nyirabukwe, Mukantagara […]
Gasabo: Baravuga ko babangamiwe n’amafaranga bishyura nyuma yo kugurisha isambu
Bamwe mu batuye mu Karere ka Gasabo bavuga ko babangamirwa n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 30 basabwa mu gihe bagurishije isambu mu rwego rwo guhindura nyirayo (mutation). Aba baturage bavuga ko ari menshi, bityo bakifuza ko itegeko ryavugururwa bakagena uyishyura kandi ngo akanagabanywa. Ufitinema Chanelle waganiriye na Radiotv10 yavuze ko “Hashize igihe abaturage bagaragaza ko batumva […]
Goma: Uko umwana umwe yarokotse impanuka y’indege yahitanye ab’iwabo

Umwana wiga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza witwa Rene wari wagiye kugura umugati na Se wari utari mu rugo ni bo barokotse impanuka y’indege yaguye ku ngo z’abantu kuwa 24 Ugushyingo mu Mujyi wa Goma. Umwe mu baturanyi b’uyu muryango, Nelson Asani yavuze ko iyi mpanuka yabaye mu gitondo areba. Yabwiye BBC dukesha iyi […]
Fresh graduate found dead in Kigali
A Christian University of Rwanda fresh graduate, Donath was found dead by his two roommates in Kimisagara Sector, Nyarugenge District yesterday. The owner of the house that the trio rent, Mary Mukamuraza told the media that Donath was healthy before he went to sleep last night. ” He was healthy before he went to sleep, […]
Rwanda: Vingozi kutatua changamoto zinazowakabili mashoga
Baadhi ya viongozi wa ngazi za chini Mjini Kigali wamekusanyika na kutoa wito wa kutoa masuluhisho ya matatizo ya wapenzi wa jinsia moja. Mkutano uliotokea Alhamisi uliwahamasisha viongozi kutoa mchango wao kudhibiti ubaguzi na unyanyasaji unaowakumba mashoga nchini Rwanda. Viongozi wamezinduwa kuhusu namna ya kuwapa mashoga huduma sawa. Kiongozi wa Shilika la Hope and Care, […]
Inengwa ry’amatora muri Tanzania, intandaro y’isubikwa ry’inama ya EAC
Biravugwa ko isubikwa ry’inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), kuwa 30 Ugushyingo, yasubitswe ku bw’ubusabe bwa Tanzania iri mu matora mu nzego z’ibanze, atavugwaho rumwe n’abatavuga rumwe na Leta. Ibaruwa yo kuwa 18 Ugushyingo yasinywe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe, yamenyeshaga Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Liberat Mfumukeko, […]
Muri Uganda haracyari ahantu hateje ikibazo ku Banyarwanda-Amb. Nduhungirehe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko bikigaragara ko muri Uganda atari ahantu horoheye Abanyarwanda. Abanyarwanda mu mpera z’ukwezi kwa Gashyantare 2019, ‘bagiriwe inama’ yo kuba baretse kujya muri Uganda. Ni nyuma y’ifungwa, ubwambuzi, iyicarubozo byagiye bikorerwa bamwe muri bo bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda. […]
Gukora mu Ntara y’Iburasirazuba bizajya bisaba gukora inyandiko yiyemeza kudashuka abakobwa
Intara y’Iburasirazuba yatanze amabwiriza ko umuntu wese ushaka gutangira kuyikoreramo azajya akora inyandiko yemeza ko atazigera yiruka inyuma y’abana b’abakobwa bakiri bato. Aya mabwiriza aregaba uwifuza gukorera mu turere turindwi tugize iyi ntara, biteganyijwe ko azagezwa no mu bikorera ndetse no mu miryango itegamiye kuri Leta (ONG) nk’uko The Chroniles ibitangaza. Ibi byatangajwe na Guverineri […]
Kigali: Amehukumiwa kufungwa maisha jela aliyekuwa mlinzi wa rais
Mahakama ya rufaa Mjini Kigali imeamua afungwe maisha jela Luteni Joel Mutabazi ambaye aliyewahi kuwa mmoja mwa walinzi wa Rais Kagame. BBC imeripoti kuwa Mutabazi amesaini hukumu kwa akiwa na furaha usoni. Mwaka 2014, Mutabazi alihukumiwa kufungwa maisha jela kwa masthaka ya uhalifu wa vitendo vya ugaidi na kulenga kumuua Rais Kagame. Tangu kesi hii […]
Impunzi zivuye muri Libya zitegerejwe mu Rwanda mu masaha macye
Icyiciro cya gatatu cy’impunzi 120 zivuye mu bigo bibacumbikiye muri Libya biteganyijwe ko zigera i Kigali mu Rwanda mu ijoro ry’ejo ku cyumweru. Mu kwezi kwa cyenda u Rwanda rwemeye kwakira impunzi 500, muri Libya hari ababarirwa ku 2,000 babuze amajyo nyuma yo kubuzwa kwambuka inyanja ya Méditerranée ngo bajye i Burayi. Mu mpera y’ukwezi […]
Nyagatare: Umwarimu akurikiranweho kugira umugore umunyeshuri w’imyaka 16
Umwarimu witwa Gakuru Jean Damascène wigisha ku Ishuri Ribanza rya Akayange riherereye mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo kugira umunyeshuri w’imyaka 16 yigishaga umugore we. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ugushyingo 2019, ni bwo Gakuru yatawe muri yombi, nyuma yo gusanga yabanaga n’umwana yigishaga nk’umugore […]
A woman arrested with more than 5,000 pellets of cannabis
A woman suspected of being a drug dealer was arrested on Wednesday in Muyira Sector of Nyanza District, in a targeted operation conducted by the Rwanda National Police (RNP) Anti-Narcotics Unit (ANU). Liliane Musabinema, 31, was at the time of her arrest found in possession of 5,200 pellets of cannabis. Chief Inspector of Police (CIP) […]
Batewe inkeke n’abiyitirira abakozi ba REG
Bamwe mu batuye mu Kagari ka Gakoro Umurenge wa Gacaca baravuga ko bahangayikishijwe n’abantu baza biyita abakozi b’ikigo gishinzwe ingufu z’amashanyarazi (REG) maze bakabaka amafaranga kugira ngo babafashe. Bamwe mu baturage batuye muri aka gace baganiriye na Flash baravuga ko bahangayikishijwe n’abantu baza biyita ko ari abakozi ba REG maze bakurira amapoto ibintu bishobora kubaviramo […]
Muhanga: Ubuyobozi buratabaza ku bw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline avuga ko bakeneye gukorerwa ubuvugizi nk’akarere kugira ngo bahangane n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe. Imirenge 11 kuri 12 igize akarere ka Muhanga yose icukurwamo amabuye y’ agaciro. Henshi mu haboneka aya mabuye muri iyi mirenge acukurwa mu buryo butemewe n’ amategeko. Meya Kayitare yabwiye TV 1 ko kuba Kompanyi zicukura […]
Abatuye Kimisagara bavuga ko hari agashyamba kabateye ubwoba
Abaturage bakoresha inzira ica mu gashyamba kazwi nka Busika mu murenge wa Kimisagara ho mu karere ka Nyarugenge baravuga ko babangamiwe n’amabandi aba muri iri shyamba, abatega akabambura ku manywa y’ihangu. Aba baturage bavuga ko muri ako gashyamba hateye ubwoba kugeza ubwo ugiye kuhanyura agomba gutegereza abandi nibura ngo bahanyure bamaze kuba benshi. Agashyamba ka […]
Kupachikwa mimba na nduguye kulimfanya awachukie wanaume
Msichana mkazi Wilayani Nyagatare ameweka wazi alivyopachikwa mimba na ndguguye, jambo lilikuwa chanzo cha kuwachukia wanaumwe. Msichana huypo, amesema kuwa aliwachukia wanaume hadi baba yake. ” Ilikuwa ni tatizo nyumbani, baba alikuwa karibu kuamua kuhama nyumbani kwa ajili ya chuki yangu” Ameambia KT Press “Baada ya kuwa mja mzito, sikutaka hata kuzaa mtoto wa kike, […]
Ruhango: Abaturage bavuga ko banywa amazi asa na kaki
Abaturage bo mu Mirenge ya Kinazi, Mbuye na Ntongwe mu Karere ka Ruhango bavuga ko bakoresha imirimo yose ikenere amazi y’ibirohwa, afite ibara rya kaki. Ubusanzwe amazi meza nta bara agira, ariko aba baturage babwiye TV 1 ko uretse no kuba aya mazi ari mabi yikidendezi cyitwa Akabebya, bayavoma baturutse kure, atari ukuyakunda ahubwo ko […]
Amavubi ntazitabira CECAFA izabera muri Uganda ku bw’amikoro macye
Ikipe y’Umupira w’Amaguru y’u Rwanda, Amavubi, ntizitabira imikino ya CECAFA Senior Challenge izabera mu gihugu cya Uganda mu kwezi gutaha k’Ukuboza, 2019 kubera ‘amikoro macye’. Aya makuru yemejwe na Minisiteri ifite Siporo mu nshingano zayo mu Rwanda nk’uko ikinyamakuru Funclub cyandika inkuru z’imikino kibitangaza. Umuyobozi w’Agateganyo wa Siporo muri iyi minisiteri yavuze ko nta mikoro […]
Abaturage batinye kubwira Guverineri Munyantwari byinshi ku marozi y’i Rusizi
Benshi mu baturage bo mu Murenge wa Gitambi wo mu karere ka Rusizi bagize ubwoba bwo kubwira Guverineri w’Intara y’Uburengererazuba, Alphonse Munyantwari byinshi ku marozi bavuga ko abateye inkeke. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB mu Kwakira uyu mwaka, rweretse abaturage Umuyobozi w’akagari ka Hangabashi wungirije ushinzwe iterambere n’umuhuzabikorwa wa Dasso mu Murenge wa Gitambi wo mu […]
Abubatse inkambi y’impunzi zavuye muri Libya baratabaza
Bamwe mu bubatse inzu zo mu nkambi ya Gashora, yakiriye impunzi zivuye muri Libya baravuga ko bamaze ibyiciro bitatu (3 Quinzenes) badahembwa, bikaba byaragize ingaruka ku mibereho y’imiryango yabo. Aba bakozi bari gutegura izindi nyubako zizakirirwamo izindi mpunzi n’abimukira bavuga ko bamaze Ibyiciro bitatu (By’iminsi 15 kuri buri kimwe) badahembwa mu gihe ubusanzwe bahemberwa iminsi […]
Only 4 pct of Rwandans wash hands
Ninety-six Rwandans out of 100 do not wash their hands ahead of doing things like breast feeding, going to their works and even after bathroom, the study has revealed It was revealed on November, 19 while celebrating International Day for washing hands in Rusizi District. Muvunyi Zubeli, Official in Charge of Treatment activities in Rwandan […]
Gicumbi: Imirwano yadutse mu rusengero ubwo umwe yahanuraga
Hadutse icya kwitwa imirwano mu masengesho yo kuri uyu wa Kane tariki ya 21 Ugushyingo, mu itorero rya ADEPR Bugunga mu Murenge wa Byumba, mu karere ka Gicumbi bitewe n’ukutumvikana hagati y’abakirisitu kwakuruwe n’ubuhanuzi bw’umwe muri bo. Izi mvururu zadutse ubwo umwe mu bakiristu yuzuraga umwuka, afata mikofone ahereza undi mukiristu ngo amusemurire ibyo yavugaga […]
Kusini/Ruhango: Wakazi waishi katika hofu juu ya wizi wa usiku
Wakazi Kijijini Nyamagana, Tarafa ya Ruhango, Wilayani Ruhango wametangaza kusihi kwa woga kwa ajili ya wizi wa eneo maarufu kama Muyurupfu, kumaanisha ‘njia ya kifo’. Wamesema njia hio karibu na msitu kunapatikana wavuta bangi na wizi wa mali za wapita njia. Stanislas Byamana amesema hawezi kupita njia hio ikiwa na juu ya saa moja usiku. […]
Two in custody over poisoning two kids
Rwanda Investigation Bureau have arrested a maid identified as Claudine Nyirarukundo, suspecting her of poisoning and dumping the bodies of two children from a family where she has been working. The bodies of Aswab Mudatenguha, from the family of Ahmed Nsengiyumva, and his cousin Afia Benimana, both three years old, were found in a pit […]
Hari ibinini bikorerwa muri Kenya bitemewe gucururizwa mu Rwanda
Ikigo gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda (FDA) cyakumiriye ku isoko ubwoko bwa Paracetamol bwitwa ‘TOTO-MOL’. Paracetamol yakumiriwe ku isoko ni isukika ifite ibirango bya 120/5ml (TOTO-MOL®). Ni icyiciro cy’imiti gifite nimero 73718, ikaba yarakozwe muri Gashyantare 2019 yagombaga kurangira muri Mutarama 2022. Yakozwe n’Ikigo, Laboratory and Allied Ltd cyo mu Mujyi wa Mombasa muri […]
Inyeshyamba zitamenyerewe zigambye igitero cyagabwe mu Burundi
Umutwe w’inyeshyamba udasanzwe umenyerewe mu matwi ya benshi, FRB-Abarundi ni wo wigambye ko wagabye igitero kuwa 17 Ugushyingo, ku birindiro by’ingabo z’u Burundi bikagwamo abatari bake. Izi nyeshyamba zivuga ko ziharanira impinduramatwara mu Burundi nk’uko mu itangazo zashyize hanze nk’uko inkuru ya Igihe.com ivuga. Zavuze ko ari zo zagabye igitero ku birindiro by’igisirikare cy’Uburundi ku […]
Gen. Salim Saleh yishyuye akayabo ku bikoresho byangirikiye mu myigaragambyo y’abanyeshuri ba Makerere
Murumuna wa Perezida wa Uganda, Gen. Caleb Akandwanaho uzwi nka Salem Saleh ni we wishyuye miliyoni 21 z’amashiringi ya Uganda kugira ngo ashumbushe abanyeshuri 21 ba Kaminuza ya Makerere bangirijwe imitungo yabo ubwo igisirikare kirohaga mu buryamo bwabo cyikangiza ibitari bike. Gen. Saleh uzwi nanone Rufu nk’uko ku rugamba bakunze kumwita, yishyuye aya Frw asaga […]
FARDC yahashije bikomeye ADF-NALU mu mirwano y’ahiswe Mpandeshatu y’urupfu
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, ziri igamba insinzi mu guhashya umutwe w’inyeshyamba z’abagande ADF- NALU mu mirwano yabereye ahiswe Mpandeshatu y’urupfu ku wa Gatandatu tariki ya 16 Ugushyingo 2019. Iyi mirwano yabereye ahitwa Mapobu ya gatatu haherereye hagati y’icyaro cya Mapobu ndetse n’Ikirombe cya Mapobu ahiswe Mpandeshtau y’urupfu. Mu mirwano yamaze icyumweru, […]
Dr Sebarenzi yavuze ingaruka z’icyemezo cya Perezida Trump ku Burundi
Uwahoze ari Perezida w’inteko ishinga amategeko mu Rwanda (1997-2000), Joseph Sebarenzi Kabuye avuga ko icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump cyo kugumisha Uburundi mu bihugu biri mu bihe bidasanzwe kizagira ingaruka nyinshi. Mu nyandiko iri ku rubuga rw’Ibiro bya perezida wa Amerika, Trump amenyesha inteko ati “Ibintu mu Burundi byakomeje […]
Icyambu cyo ku butaka cya Kigali kigiye kongererwa inshingano z’ubucuruzi
Ba nyir’icyambu cyo ku butaka DP World, World Kigali Logistics Platform bavuga ko bashaka ko kijya ku rwego rw’akarere, kigahuzwa n’ibyo gucuruza hakoreshejwe ikoranabuhanga. Umuyobozi Nshingwabkorwa wa Customs Worlds, Nadya Abdullah Al Kamali, mu nama ya Global Business Forum yabwiye abanyamakuru ko ibikorwa by’iki cyambu bashaka kubihuza n’ubucuruzi bw’ikoranabuhanga (e-commerce). Ati “ Dufitiye gahunda nini […]
Rubavu: Akurikiranweho kwica aroze abana akabajugunya mu cyobo bagisamba
Umukozi wo mu rugo Nyirarukundo Claudine yatawe muri yombi akurikiranweho kwica aroze abana babiri bimyaka itatu b’aho yakoraga, akabajugunya mu cyobo bagisamba. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kandi bwafashe mukase w’aba bana akurikiranweho ubufatanyacyaha. Iby’uru rupfu byamenyekanye ku wa Mbere tariki 18 Ugushyingo 2019 ubwo imirambo y’aba bana Mudatenguha Aswab mwene Nsengiyumva Ahmed na mubyara we Benimana […]
Dead body of a teen girl found in Kigali
A body of unidentified girl was found yesterday in Nyarugenge Sector of Nyarigenge District in Kigali City. The body was dicovered by a farmer namely Uwamurera, who said it was found laying in the back yard of one, Nshimiyimana Marack. It seemed there was a fight in a field where she was laying, the witness […]
Rwanda: Aliyekuwa waziri aachiwa kwa dhamana
Mahakama ya Msingi Mjini Kigali imeamua kumuacha huru kwa dhamana aliyekuwa Waziri wa Utamaduni na Michezo, Robert Bayigamba. Bayigamba alikamatwa tarehe 22 Octoba juu ya tuhuma za kununua mali za watu kinyume na sheria. Mahakama imesema hakuna sababu maaalumu zinazeweza kumfanya Bayigamba aendelee kufungwa. Upande wa mwendeshamashtaka umepewa siku tano kupiga rufaa ya uamuzi huo. […]
Polisi yagize icyo ivuga ku byatangajwe ko hari abana b’Abagande barase ikizamini bafungiwe mu Rwanda
Polisi y’u Rwanda (RNP) yavuze ku makuru yatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Uganda ko hari abana babiri batabashije gukora ikizamini gisoza amashuri abanza muri Uganda (PLE) ku bwo gufungirwa mu Rwanda. Ikinyamakuru Chimperorts mu nkuru yacyo yo kuwa 19 Ugushyingo cyatangaje ko umwana umwe w’imyaka 15 n’undi wa 16 batakoze PLE kubera ko bari bafungiwe mu […]
Kicukiro/Kigarama: Barashinja irondo kubatererana igihe batewe n’amabandi

Abaturage bo mu Mudugudu wa Terimbere, Akagari ka Karugira mu Murenge wa Kigarama baravuga ko iyo batabaje irondo ry’umwuga by’umwihariko n’ijoro igihe batewe n’amabandi, ribatererana. Umwe muri abaturage witwa Emmanuel Kamanzi yabwiye Bwiza.com ko mu saa mu nani z’ijoro haje amabandi ashaka kumwiba, atabaza umuyobozi w’umudugudu ngo atabarwe ariko biba iby’ubusa. Ati “ Amabandi yaje […]