Perezida Kagame yagarutse ku cyorohereje uruganda rwa Volkswagen gukorera mu Rwanda
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko amavugurura y’ubucuruzi no koroshya ishoramari iki gihugu cyakoze yagize akamaro ku buryo yafashije uruganda rw’imodoka rwa Volkswagen ruhitamo kuhakorera. Mu ijambo rye i Berlin mu Budage kuri uyu wa Kabiri, aho yitabiriye inama y’ishoramari ihuza ibihugu 20 bikize ku Isi n’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika, izwi nka […]
Rwanda: Serikali yapiga marufuku jambo la kupiga magoti kwa kuomba uchumba
Tume Kuu ya Lugha na Utamaduni nchini Rwanda, RALC imewashauri vijana kukoma kupiga magoti ili kuomba wasichana kama watakubali kufunga ndoa nao. RALC imesema jambo hilo ni kinyume na desturi na pia mila za Rwanda. “ Nawapinga mno wale wanaoiga magoti. Unaona mambo hayo katika vyombo vya habari bila familia kujua.” Amesema Dk. Nzabonimpa Jacques. […]
Nyamagabe: Barataka gusiragizwa umwaka urenga basaba ingurane y’ibyabo byangirijwe
Abaturiye umuhanda Huye-Kitabi mu Karere ka Nyamagabe barataka kumara umwaka wose basiragizwa n’ubuyobozi bashaka ingurane y’imitungo yabo yangirijwe mu iyubakwa ry’umuhanda. Aba baturage bavuga ko bamze umwaka urenga bategereje ibngurane y’imitungo yabo, ariko bakaba barahebye. Nsekalije Leonard avuga ko amaze gusiragira inshuro nshinshi ku karere ariko kugeza ubu amaso yaheze mu kirere. Yagize ati ”Kuba […]
Promoters to pay taxes for foreign artists invited for a show in Rwanda
Rwanda Revenue Authority (RRA) has told events organizers and promoters that there will be charged taxes from shows perfomed by foreign artists. During a consultative meeting between promoters, RRA staff, and artistes, it was emphasized that artistes should understand workings and why they should pay. RRA representative, Innocent Kayitana told local newspapers that normally there […]
USA: Urujijo ku rupfu rw’Umunyarwanda wiciwe hafi y’akabari

Hakomeje kuba urujijo ku rupfu rw’Umunyarwanda, Yves Gakuba wabaga muri Leta ya Colarado wishwe nyuma yo kuva mu kabari kuwa 2 Ugushyingo hafi y’ahitwa Mariposa. Gakuba w’imyaka 34 nk’uko CBS4 dukesha iyi nkuru ivuga ko amakuru y’uko uyu Munyarwanda yishwe yamenyekanye nyuma y’aho yari avuye mu Kabari kitwa Pioneer kari hafi na kampisi (Campus) ya […]
Gicumbi: Hari abajya muri Uganda ntibagaruke abandi bakaburirwa irengero
Abaturage bo mu Mirenge y’Akarere ka Gicumbi bavuga ko hari abaturage bajya muri Uganda bavuga ko bagiye gushaka imirimo muri Uganda ntibagaruke mu gihe hari n’ababurirwa irengero. Umwe mu baturage yabwiye City Radio dukesha iyi nkuru ko abaturage bambuka mu buryo butemewe, bavuga ko bagiye gusoroma icyayi. Bavuga ko kuba baba begereye Uganda, bituma batajya […]
Huye: Bamwe bakomeretse abandi barakubitwa barwanira inzoga zamenetse mu muhanda

Umwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukura, mu Karere ka Huye yakomeretse abandi barakubitwa, mu bushyamirane bw’inzoga zakomotse ku modoka yari izitwaye nyuma igafungukira mu muhanda rwagati. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ugushyingo nk’uko TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru bitangaza, ngo ubwo inzoga zamenekaga mu […]
Kigali: Kumepatikana maiti ya msichana ikivaa uchi
Maiti ya msichana ambaye anadaiwa kuwa ni kutola Wilayani Gakenke imepatikana mjini Kigali, mtaani Gatsata ikivaa uchi. Inatuhumikakwamba aliuawa lakini kumepatikanavikaratasi kutoka hospitalini, jambo ambalo linaleta wazo kuwa ameuawa. Kwa mujibu wa Tovuti Umuseke, mashahidi wamesema, maiti ilikuwa na jeraha kwenye paja na kulikuwa kamba karibu na shingo lake. Msemaji wa Polisi Mjini Kigali, CIP […]
More than thousand toll free calls intended to insult police, reports
Rwanda National Police (RNP) has provided toll free numbers to the general public, a common practice in any police organization worldwide yet reports say some individuals use them what they are no meant to. RNP recent report indicates that 1,092 calls intended to insult police. Regarding the issue, The RNP Spokesperson, CP Jean Bosco Kabera […]
Muhima: Hari ibicuruzwa byavaga muri Uganda byabuze burundu
Nyuma y’aho umubano mubi hagati ya Uganda n’u Rwanda ufatiye intera, Abanyarwanda ‘bakagirwa inama’ yo kutajya muri Uganda, bimwe mu bicuruzwa byatangiye kubura, nyuma bigura igiciro kiri hejuru kugeza n’aho bimwe bibuze burundu ku isoko. Bwiza.com yanyarukiye mu Murenge wa Muhima, Mu Kagari k’Amahoro mu Karere ka Nyarugende ngo imenye byinshi kuri iyi ngingo. Iki […]
Hari umwuka w’intambara hagati y’u Rwanda na Uganda- Dr. Besigye
Umwe mu bayobozi bakomeye batavuga rumwe na Leta ya Uganda, Col (Rtd) Dr. Kizza Besigye Kifefe avuga ko ubu hari umwuka w’intambara hagati y’u Rwanda na Uganda. Mu nkuru ya The Eastafrican yo kuwa 17 Ugushyingo mu kiganiro yagiranye n’iki kinyamakuru, Besigye yavuze ku ngingo nyinshi zitandukanye, ageze ku buryo abona umubano hagati y’u Rwanda […]
Uzigerezaho akatsa umuriro azicuza icyo yawakirije-Perezida Nkurunziza
Perezida Nkurunziza akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’Uburundi avuga ko uwo ari we wese washaka kugaba igitero ku Burundi, yaba yigerejeho kandi ko byarangira yicuza icyatumye agira icyo gitekerezo. Mu ijambo risoza icyumweru ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi ryise icyumweru cy’intwari, yavuze ko urugamba rw’amasasu rwarangijwe n’ishyaka rye ariko ko uwashaka kugarura urwamo rw’imbunda, […]
Sinzahunga kandi sinteganya no kujya mu bwihisho-Agathon Rwasa
Umuyobozi w’Ishyaka CNL, Agathon Rwasa yabeshyuje amakuru yavugaga ko ashobora gufata iy’ubuhungiro bitewe n’igitutu n’iterabwoba bikorerwa abatavuga rumwe n’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD. Mu kiganiro n’abanyamakuru I Bujumbura ku Cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo, Rwasa yavuze ko adateganya guhunga cyangwa ngo ajye kwihisha, ahubwo ko yiteguye kuzahangana mu matora ya perezida ateganyijwe mu […]
Gisagara: Kwenga ibitoki bisaba kubimenyesha Mudugudu
Bamwe baturage bo mu Murenge wa Save mu Karere ka Gisagara bavuga ko iyo bagiye kwenga ibitoki byabo bagomba kubimenyesha umukuru w’umudugudu ngo abahe uburenganzira. Babwiye TV na Radio 1 ko iki ari ikibazo kuri bo kuko babifata nko kwamburwa uburenganzira ku bitoki byabo batinya kwitwa ko bari mu benga ibikwangari. Abaturage bavuga ko “ […]
Kagame believes Rwanda and Uganda tensions will be solved harmoniously
Rwandan President Paul Kagame isi still optimistic that two years frosty relation between Rwanda and Uganda will be solved in harmonious manner. Both countries witnessed bilateral standoff since 2017 ‘If things were addressed properly and issues resolved, it would be for the good of everyone. Everyone benefits, so why not remain optimistic? At some point, […]
Abaturage barataka igihombo baterwa no kutamenya igishushanyo mbonera
Bamwe mubaturage batuye mu karere ka Musanze bavuga ko babangamiwe no kutamenya igishushanyo mbonera cy’umugi batuyemo kigendanye n’icyerekezo. Ibi ngo bibagiraho ingaruka zibateza igihombo gikomeye nko gusenyerwa inzu. Umwe muri bo Mwizere Emmanuel utuye mu murenge wa Cyuve, ukora ubucuruzi, avuga ko atazi igishushanyo mbonera cy’umugi wa Musanze. Ati “ Njyewe njya nganira na bamwe […]
Ifoto y’umunsi: Perezida Nkurunziza na ‘machine gun’ mu ntoki, amadarubindi n’ingofero ireba inyuma

Hari ifoto ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri Twitter igaragaza Perezida Nkurunziza Pierre w’Uburundi afite mashingani (machine gun) mu ntoki, yambaye amadarubindi n’ingofero ireba y’abasitari ireba inyuma. Nkurunziza akikijwe n’abandi basirikare b’inyeshyamba babiri. Impuguke muri politiki mpuzamahanga akaba n’umushakashatsi, Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bagize icyo bavuga kuri iyi photo. Yavuze ko ” […]
Haribazwa niba u Rwanda ruzitabira imikino y’inteko z’ishinga amategeko za EAC muri Uganda
Abategura imikino y’abagize inteko ishinga amategeko z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bavuga ko bataramenya niba u Rwanda ruzitabira iyi mikino iteganyijwe gutangira kuwa 7 Ukuboza 2019. Umuyobozi ushinzwe gutegrura iyi mikino, Gideon Gatpan yabwiye abanyamakuru ku wa 15 Ugushyingo ko batarategura uko amakipe azahura (fixtures) bitewe n’uko u Rwanda na Sudani y’epfo bataratangaza […]
Umuyobozi wungirije wa Kaminuza ya UTAB yirukanwe ku kazi

Prof. Dr. Padiri Nyumbayire Faustin wari Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ubumenyi (UTAB) yirukanwe kuri uwo mwanya. Mu ibaruwa yo kuwa 28 Ukwakira yandikiwe Mgr. Servianus Nzakamwita, uhagarariye iyi kaminuza mu rwego rw’amategeko, Bwiza.com ifitiye kopi, ivuga ko Prof. Nyumbayire yasezerwe ku kazi ku bwo kutumvikana n’umwungirije ushinzwe imari, iterambere n’imiyoborere, Niyibizi Mbabazi Justine. Ni […]
Tanzania yahombye miliyoni 437 z’amadolari zavaga mu bunyobwa
Leta ya Tanzania yahombye miliyoni 437 zavaga mu kohereza hanze ubunyobwa ugereranyije no mu Gushyingo 2018. Imibare itangwa na Banki Nkuru ya Tanzania (BoT), igaragaza ko iki gihugu mu Gushyingo 2018 cyari cyaramzae kwinjiza miliyaridi y’amadolari ya Amerika. Gusa ubu bamaze kwinjiza miliyoni 563.5 ziva mu kohereza ubunyobwa. BoT ivuga ko iki gihombo cyaturutse ku […]
Gasabo: Umuturage avuga ko yarebwe nabi n’abaturage ku bwo gutanga amakuru y’ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuturage wo mu mudugudu wa Nyange mu Kagari ka Gatunga mu Murenge wa Ndoba mu Karere ka Gasabo, Christopher Sinamenye avuga ko abaturage bo mu gace atuyemo bamureba nabi nyuma yo gutanga amakuru y’ahari imibiri y’abasihwe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi bavuga ko ibyo yakoze bizatuma hari abafungwa. Ibi yabitangarije mu nama yahuje abahuguwe […]
Rwanda clarifies request to cancel second bilateral meeting with Uganda
Rwanda has explained reasons behind a request to postponement of the second meeting of the AdHoc Commission to review the implementation of the Luanda Agreement which was scheduled for November 18 in Kampala. The Minister of State for Foreign Affairs in charge of East African Community Amb. Olivier Nduhungirehe told KT Press that several members […]
Nigeria: Abashakanye basabwe kuzajya batanga umusoro
Umuyobozi mu cyaro cya Kera mu Ntara ya Kano muri Nigeria, Ado Sa’id yasabye abaturage bashakanye kuzajya abatanga umusoro ungana n’amadolari ya Amerika 377. Ado yavuze ko aya mafarnaga azasimbura ayatangwaga nk’inkwano kugira ngo abasore n’inkumi bakomeze gushakana. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma y’aho uyu muyobozi abonye ko amezi ane yihiritse nta bukwe butashye muri ako […]
Rwanda: Uhaba wa maji safi wazuka Wilayani Rubavu
Uhaba wa maji umejitokeza Kijijini Rugerero, Wilayani Rubavu ambako kuna wakazi wanaotimiza mwezi bila kupata maji safi. Wakazi wameambi televisheni ya TV 1 kuwa wana boma la maji lakini ni kama onyesho kwani halitoi maji. Wakazi wamesema kuna wakati ambapo wanapata maji kutoka Mtoni Sebeya. Kiongozi wa Tarafa la Rugerero, Faustin Nkurunziza amesema tatizo la […]
Ibibazo by’u Rwanda na Uganda nta ngaruka bizagira kuri EAC
Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Ruhakana Rugunda avuga ko ibibazo by’umubano mubi hagati y’u Rwanda nta ngaruka bizagira ku migambi y’Umuryango wa Afurika y’Iburasrazuba (EAC). Rugunda ibi yabibwiye abadepite kuri uyu wa 15 Ugushyingo bamubaza impamvu abanyamahanga bisanga muri Uganda, ariko Abanya-Uganda bakaba badafatwa neza mu bindi bihugu. Chimpreports ivuga ko yabwiye abadepite ko imigambi nk’iyo […]
FARDC yerekanye intwaro ya rutura yasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA

Ingabo za Congo-Kinshasa (FARDC) zibarizwa muri SOKOLA II, na Hibou Special Force zerekanye imbunda nini yo mu bwoko bwa 122 ndetse n’izindi mbunda n’amasasu menshi zasanze mu bubiko bw’inyeshyamba za RUD-URUNANA, zayoborwaga na Brig. Gen. Afrika Jean Michel uherutse kwicwa. FARDC ku bufatanye n’abaturage kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ugushyingo, yavumbuye ububiko bune […]
Gen. Alex Kagame avuga ko abagabye igitero mu Bweyeye bavuye “mu gihugu cy’abaturanyi”
Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Uburengerazuba, Gen. Maj. Alex Kagame avuga ko igitero giherutse kugabwa mu Murenge wa Bweyeye mu Karere ka Rusizi cyakomwe mu nkokora n’ingabo z’igihugu ariko ko abakigabye bavuye mu gihugu cy’igituranyi atavuze izina. Mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu tariki 8 Ugushyingo 2019 mu kagari ka Ninzi ko mu Murenge […]
Uganda: Abapolisi basaga 90 batorotse imyitozo
Polisi ya Uganda yategetse ko abapolisi 91 batabwa muri yombi kugira ku bwo gutoroka imyitozo (amafunzo) yaberaga ahitwa Kyabalye mu Karere ka Masindi. 80 mu batorotse ni abari boherejwe muri iyo myitozo ngo babe abigisha (instuctors). Itangazo ryo kuwa 11 Ugushyingo ryashyizweho umukono na ACP Emmanuel Muheirwe, riragira riti “ Aba bantu babuze ku kazi […]
Ni iki gituma kompanyi z’Abashinwa ziganje ku isoko ryo mu Rwanda
Hirya no hino mu Rwanda hagenda hagaragara ibikorwaremezo byinshi nk’imihanda na zimwe mu nyubako bitwara akayabo byubakwa mu Rwanda by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali, biba biri kubakwa n’Abashinwa. Abantu benshi bumvikana bibaza impamvu aya masoko yinjiza akayabo aba yahariwe Abashinwa. Amakompanyi y’ubwubatsi y’Abanyarwanda, n’abafundi bo mu Rwanda bavuga ko impamvu batabona akazi usanga Abashinwa bafite […]
Ushaka kuduhungabanyiriza umutekano bizamuhenda-Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwiteguye guha akazi k’uwo ari we wese washaka guhungabanya umutekano warwo. Mu ijambo rye ubwo yarahizaga abayobozi batandukanye barimo n’abagisirikare, yavuze ko uzahirahira agerageza guhungabanya umutekano w’u Rwanda, bizamuhenda. Ati “ Tugiye kuzamura ikiguzi cyose byasaba, ku bantu bose bashaka guhungabanya umutekano wacu. […]
Umubyeyi wa Meya wa Bugesera yamusanze mu biro amutunguye amubaza ikibazo gitangaje

Umubyeyi w’Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi ku yamusanze mu biro bye nk’abandi baturage bose agira ngo hari ikibazo afite aje gushyikiriza ubuyobozi, ahubwo we amubaza igihe ari bugire gufata ifunguro. Meya Mutabazi abinyujije kuri Twitter yashyize hanze amafoto yasuwe na mama we, aho yavuze ko yamusuye bitunguranye. Meya Mutabazi ari kuganira n’umubyeyi we Mutabazi […]
Kigali City to own over 50 idle plots of land
City of Kigali management has revealed a plan to take possession of state owned or individuals’ 50 idle plots of land as well as incomplete residential and commercial buildings. During a press conference held yesterday, Kigali leadership revealed a plan to take possession of such ideal properties in order to maintain cleanliness and implement law […]
Rwanda: Mtihani wahairishwa baada ya wanafunzi kupatiwa mtihani wa siku nyingine
Mtihani wa masomo ya muziki umehairishwa baada ya wanafunzi wa Shule la Nyundo kulalamika kwamba wamepatiwa mtihani wa siku nyingine. Hilo lilitokea tarehe 12 Mwezi Novemba, siku ya kwanza ya mtihani wa taifa nchini Rwanda. Kiongozi wizarani ya Elimu, Dkt. Valentine Mujawamariya amesema mtihani umerudishwa mjini Kigali na mtihina mingine imerudishwa ili kufanyiwa uchunguzi. Kumeamua […]
Ibibazo by’u Rwanda na Uganda bizakemurwa n’abaperezida bombi- Minisitiri Kivejinja
Minisitiri w’Intebe wa kabiri Wungirije wa Uganda ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Kirunda Kivejinja avuga ko uyu muryango nta ruhare uzagira mu gukemura umubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda, ko ahubwo abaperezida b’ibihugu byombi ari bo bazabikemura. Kivejinja yabwiye abanyamakuru kuwa Gatatu ko umuti ku mubano mubi hagati y’u Rwanda na Uganda uzashakirwa umuti […]
Abakozi ba BK bavuga ko ATM yanyereje Frw miliyoni zisaga 140
Abakozi babiri ba Banki ya Kigali ishami rya Kacyiru bafunzwe bakurikiranyweho guteza iyi banki igihombo cy’amafaranga arenga miliyoni 144 yaburiye muri ATM ariko bo bakabihakana bavuga ko ari amakosa yakozwe na ATM. Aba bakozi ba Banki bakurikiranyweho guteza iki gihombo ni umubyeyi w’abana bane Mukasine Jeanine na Nsengiyumva Jean de Dieu. Aba bakaba baratawe muri […]
Gasabo: Umuryango w’abantu barindwi urara hanze aho unyagirwa n’imvura
Umuryango w’umugabo n’umugore n’abana batanu uherutse kugurishirizwa inzu mu cyamunara,mu Murenge wa Nduba ho mu karere ka Gasabo uri kurara ku gasozi uhanyagirirwa n’imvura. Uyu muryango nk’uko TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru bivuga, uratakambira ubuyobozi ngo buwufashe kubona aho barambika umusaya dore ko bari kunyagiranwa abana 5 ngo kuko ntaho bafite ho kwerekeza. […]
Igiciro cy’ikawa cyaragabanutse bikabije kandi abayikenera biyongera
Igiciro cy’ikawa cyaraguye mu myaka itatu ishize ku Isi yose. Ni mu gihe abyinywa bo bagiye biyongera. Umuryango Mpuzamahanga w’ Ikawa (ICO) kivuga ko ikawa nka arabia na robusta zatakaje agaciro ku gipimo cyo hejuru cya 40% ku buryo ari ubwa mbere byabaho mu mateka. Ibi ngo byateje ikibazo abahinzi ba kawa bo muri Burazili, […]
Domestic worker found dead in Kigali
A domestic worker identified as Florence, 19, in Kiyovu cell, Nyarugenge sector of Nyarugenge District in Kigali city has been found dead in the kitchen, suspected to have died of suffocation from a heater. The death of the girl hailing from Huye district was known on Monday evening. She was working at the home of […]
Hari abadepite badakozwa ibyo kugura ikoranabuhanga ryafasha mu kumenya ahari imibiri y’abishwe muri Jenoside
Bamwe mu badepite babwiye Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ko nta mafaranga akwiriye gukoreshwa mu kugura ibyuma by’ikoranabuhanga byakwifashishwa mu kwerekana ahari imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 kandi hari abantu babitse ayo makuru. CNLG kuwa Kabiri tariki ya 12 Ugushyingo yari yagejeje igitekerezo ku badepite n’abasenateri ubwo yabagezagaho raporo imigabo n’imigambi […]
Uganda ikwiriye kurwanya magendu iwayo aho kutishima igihe turinze umutekano wacu-Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Amb. Olivier Nduhungirehe yabwiye bwiza.com ko Uganda ikwiriye kurwanya magendu ku ruhande rwayo, aho kwijujuta igihe u Rwanda rwagize icyo rukora ngo rurinde umutekano warwo. Amb. Nduhungirehe avuga ku itangazo Uganda yashyize hanze yikoma u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo babiri barashwe […]
Bamwe mu banya-Kenya bashinjwa kwiba banki yo mu Rwanda bakurikiranweho ibindi byaha iwabo
Abagabo babiri; Reuben Kirongothi Mwangi na Eric Dickson Njagi Mutegi bari mu bandi umunani bakomoka muri Kenya bafungiwe mu Rwanda bakurikiranweho kwiba Banki ya Equity basanzwe bakurikiranweho ibindi byaha mu gihugu cyabo nk’uko Standard Media dukesha iyi nkuru ibitangaza. Aba bagabo babiri bakurikiranweho kugerageza kwiba banki ebyiri zo muri Kenya gusa ngo baje mu Rwanda […]
Nyabihu: Abahinzi bavuga ko uruganda rutunganya ibirayi rutakemuye ikibazo cyabo
Uruganda rwitwa Nyabihu potato Company rwafunguwe mu mwaka wa 2015 ruje gukemura ikibazo cy’abahinzi b’ibirayi bezaga umusaruro mwinshi ukabura isoko bagahora mu gihombo.Byari biteganyijwe ko rujya rwakira toni icyenda z’ibirayi ku munsi ariko abahinzi bavuga ko rutarenza toni enye mu kwezi,ibintu babona ko bitabakemuriye ikibazo cyo kubura aho bagemura umusaruro wabo. Aba bahinzi babwiye Rwandatribune […]
Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo

Leta ya Uganda yikomye u Rwanda ku iraswa ry’abaturage bayo; Job Byarushanga na Jon Bosco Tuheirwe barasiwe mu bice byegereye umupaka uhuza ibihugu byombi ariko ku ruhande rw’u Rwanda mu Murenge wa Tabagwe, mu Karere ka Nyagatare. Itangazo ryamagana ryashyizwe hanze na Uganda kuri uyu Kabiri tariki ya 13 Ugushyingo ryahawe Ambasaderi w’u Rwanda muri […]
Uganda: Umugore akurikiranweho guhamba umwana we ari muzima
Umugore wo mu Karere ka Apac akurikiranweho guhamba umwana we w’umuhungu w’amezi abiri wari muzima. Uyu mugore w’imyaka 19 kuwa Mbere w’iki cyumweru yacukuye imva ashyiramo umwana yibyariye nk’uko abo muri ako gace babivuga. Uyu mubyeyi yafashe uyu mwanzuro nyuma y’aho ababyeyi be bamwimiye ibiryo bamuziza ko yabyaye “ikinyendaro.” Patrick Okello yabwiye The Daily Monitor […]
Uganda: Opozisiyo yatangiye gushaka imikono izayifasha kugeza Museveni muri ICC
Abo muri opozisiyo muri Uganda bibumbiye Leta y’Abaturage batangiye gushaka imikono y’abaturage yazatuma bageza Perezida wa Uganda, Yoweli Museveni mu rukiko mpuzamahanga (ICC) ruri mu Buholandi. Abo muri Leta y’Abaturage mu cyumweru gishize bavuze ko kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2019, ku biro byayo biri ku muhanda wa Katonga, ko batangira kwakira imikono y’abaturage bifuza […]
Imirambo y’Abagande babiri baherutse kurasirwa mu Rwanda igiye kujyanwa muri Uganda

Imirambo y’abagabo b’Abagande; Job Ebindishanga na John Bosco Tuheirwe baherutse kuraswa na Polisi y’u Rwanda (RNP) ubwo ‘binjizaga magendu y’itabi mu Rwanda, igiye gusubizwa muri Uganda kuri uyu wa 12 Ugushyingo uyu mwaka. Aba baturage bo muri Kamwezi, mu Karere ka Rukiga, barashwe ku cyumweru tariki ya 10 Ugushyingo 2019, bikaba biteganyijwe ko basubizwa iwabo […]
U Rwanda rwaciye ku isoko ibicuruzwa birindwi bisigwa ku mugati byo muri Kenya
Leta y’u Rwanda yahagaritse ku isoko ibicuruzwa birindwi bisigwa ku mugati bikomoka muri Kenya. Kuwa 4 Ugushyingo, nibwo Kenya nayo yari yahagritse izi bata zirimo: Truenutz ya Truenutz Kenya, Fressy ya Fressy Food Company Limited Supa Meal ya Supacosm Products Limited, Nuteez ya Jetlak Foods Limited, Sue’s Naturals ya Nature’s Way Health, Zesta ya Trufoods […]
Illegal goods worth Rwf 80 millions seized in six day security operation
Joint operations conducted by law enforcement agencies and other institutions have arrested at least 46 people suspected of trading in counterfeit, expired, illicit, stolen and smuggled goods. They were arrested in a six-day operation dubbed ‘Operation Usalaama VI’ conducted between October 30 and November 4, during which illegal goods worth over Rwf80 million were seized […]
Kanyinya na Kigali: Bambukira umugezi wa Nyabugogo ku matiyo
Abaturage bo mu Mirenge ya Kanyinya na Kigali mu Karere ka Nyarugenge bambuka umugezi wa Nyabugogo banyuze hejuru y’amatiyo y’amazi, banga kuzengruka kuko nta kiraro kibegereye. Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Ruyenzi mu Kagari ka Nzove no mu Mudugudu wa Kamenge wo mu Kagari ka Nyabugogo mu Murenge wa Kigali, bambuka umugezi wa […]
Musanze: Abiciwe ababo ‘ku mabwiriza’ ya Gen. Afrika bavuze uko bakiriye iyicwa rye
Bamwe mu baturage biciwe ababo batuye mu Mirenge ya Kinigi na Musanze bavuga ko kuba uwari uyoboye inyeshyamba za RUD-URUNANA, Brig. Gen. Afrika Jean Michel zishe ababo 14 mu gitero na we yarishwe ari uguhora kwakozwe n’Imana. Bamwe mu baturage baganiriye na Rwandatribune bavuze ko bigaragaza ko Imana ihora ihoze yo yumvise agahinda kabo. Umwe […]
Iyo abantu bari mu bujiji, nta makuru bafite bayoborwa nk’intama-Dr Murenzi
Inzobere mu mitegekere n’ubutegetsi, Dr Phanuel Murenzi avuga ko igihe abaturage benshi nta makuru bafite bishobora gutera ikibazo ku buryo bashobora kuyoborwa nabi cyangwa se n’abafite inyigisho zbayobya bakaba babyuriraho. Dr Murenzi yabwiye RBA dukesha iyi nkuru ko kuba hari Abanyarwanda benshi banyomoza amakuru atari yo ku mbugankoranyambaga bigaragaza uburyo bakunze igihugu cyabo ndetse ko […]
Turkey congratulates Minister Biruta
Turkey’s Foreign Minister Mevlut Cavusoglu on Monday congratulated his new Rwandan counterpart Vincent Biruta for taking the office. In a phone conversation, Cavusoglu congratulated Biruta for assuming the office. Biruta, who was previously serving as environment minister, was appointed new foreign minister — to replace Richard Sezibera — on the Nov. 4 by Rwanda’s President […]
Kusini: Mfanyakazi wa hosipitali atuhumiwa kumuua kijana anayeuza ‘air time’
Mfanyakazi wa hosipitali ya CHUB kusini mwa Rwanda, Ntawuhiganayo Narcisse amekamatwa kwa kutuhumiwa kumuua, Felix Iriboneye kijana wa miaka 28 aliyekua muuzaji wa airtime karibu na hospitali. Malehemu aliuawa kwa kutumia kamba na kumfunga mikono kama mwenzake Ntawukuriryayo, aliambia gazeti la Umuseke. Msemaji wa Ofisi ya Uendeshamashtaka nchini (RIB), Marie Michelle Umuhoza amehakikisha habari hizo […]
Umuhanda uhuza Gakenke na Nyabihu watangiye kwangirika nyuma y’igihe gito wubatswe
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke bavuga ko umuhanda uturutse ku karere ukanyura mu Mirenge ya Gakenke, Janja na Muzo ukanahuza aka karere n’aka Nyabihu muri Vunga wamaze kwangirika nyuma y’imyaka ibiri yubatswe. Abaturage babwiye Radio na Tv1 ko uyu muhanda watangiye kwangizwa n’amazi y’imvura atarakorewe inzira zikwiriye yanyuramo. Bavuga ko amazi “ abura inzira […]
Kenya: Hatahuwe ko kawunga barya irimo uburozi
Iperereza rya televiziyo NTV yo muri Kenya ryerekanye ko kudakurikirana kw’ababishinzwe byatumye abakora ifu y’ibigori (kawunga) bakora irimo uburozi bwitwa aflatoxin ikajya ku isoko. NTV yabonye amoko 12 anyuranye ya kawunga igurishwa mu gihugu irimo ubu burozi. Aflatoxin ni uburozi buva mu binyabuzima bito (fungi) biza mu busaze bw’igihingwa, bukaba bushobora gutera indwara ya kanseri. […]
Uganda: Polisi yafunze abantu basaga ijana yasanze mu kabari kamwe
Polisi muri Uganda yatangaje ko yafunze abantu 120 bari mu kabari i Kampala bafatanywe ibiyobyabwenge, aka kabari gakunze kujyamo abantu b’amahitamo mpuzabitsina atandukanye (LGBTI). Polisi ivuga ko yahawe amakuru ko hari ibiyobyabwenge bitemewe biri gukoreshwa muri ako kabari. Yoherezayo abapolisi benshi mu gicuku ejo ku cyumweru. Umunyamakuru wa BBC avuga ko abo basanze mu kabari […]
Zimbabwe igiye gushyira hanze amafaranga mashya
Banki Nkuru ya Zimbabwe biteganyijwe ko kuri uyu wa Mbere tariki ya 11 Ugushyingo irashyira hanze inoti nshya z’amafaranga y’iki gihugu. Iki cyemezo cyafashwe mu rwego rwo kugabanya ibura ry’amafaranga ryibasiye iki gihugu muri iki gihe ubukungu bw’iki gihugu bukomeje kugana aharindimuka. Zimababwe kandi ivuga ko uku gushyiraho inoti nshya z’amadolari abiri n’atanu ntawe bikwiriye […]
Abanyafurika ni bo bonyine bakomeje kwiheza inyuma-Perezida Kagame
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko kuba Afurika ihera inyuma ugereranyije n’indi migabane nta wundi byabazwa uretse Abanyafrika ubwabo. Ibi yabitangarije mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2019. Mu nama ya Africa Investment Forum iteraniye i Sandton mu mujyi wa Johannesburg, Perezida […]
Gen. Afrika uherutse kwicwa yasanganwe inyandiko zifite amakuru “y’ingenzi”
Uwari Umuyobozi w’Inyeshyamba za RUD-URUNANA, Brig. Gen. Juvenal Musabyimana uzwi nka Afrika Jean Michel yasanganwe inyandiko bivugwa ko zikubiyemo amakuru yiswe ay’ingenzi. Gen. Afrika wavukaga mu Karere ka Nyabihu yishwe nyuma ya saa sita kuri uyu wa 9 Ugushyingo 2019 mu gitero ingabo zagabye hagati y’agace ka Binza na Makola muri Teritwari ya Rutshuru mu […]
Batatu byavuzwe ko ari Abanyarwanda batorokeye muri Uganda nyuma y’iraswa ry’abo bari kumwe

Abantu batatu byavugwaga ko ari Abanyarwanda bari kumwe n’abagande babiri; Job Ebidishanga w’imyaka 32, John Bosco Tuheirwe w’imyaka 35 bombi barashwe na polisi y’u Rwanda ku bwo kuyirwanya, ibafatanye magendu, bahise batorokera muri Uganda. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri iki cyumweru ko yarashe ikica abantu babiri hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda mu karere […]