Abanyereza amafaranga ya Leta bafatiwe ibyemezo bikakaye

Ntabwo hariho uburyo bunoze bwo kugaruza amafaranga ya Leta yanyerejwe aho umuntu yanyereje amafaranga ya Leta ajyanwa mu rukiko akaburana yamara kuburana yatsindwa agafungwa ndetse agategekwa kugarura ayo mafaranga bigasa naho birangiriye aho ngo hashyizweho ingamba zikakaye zirebena n’iki kibazo. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Werurwe 2017, Minisitiri muri Perezidansi y’u […]

Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano, ese bimaze iki? (igice cya 6)

Ikibazo benshi bakomeje kwibaza ku kunyara k’umugore, kiragira giti: “Ni ibihe byiza byo kunyaza umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina? Bifasha iki umugabo n’umugore? Mu bice byatambutse hagaragajwe uko bikorwa, pozisiyo nziza bikorwamo n’ibindi bibazo benshi bibaza, kuri ubu benshi mu bagabo bataragira amahirwe yo gutera akabariro ngo abagore babo bazane amavangingo usanga baba bumva babifitiye […]

Ingingo 3 nyamukuru Umwiherero wa 2017 watanze zageza u Rwanda ku ireme ry’uburezi ryifuzwa

Minisitiri w’Uburezi, Dr. Papias Musafiri Malimba avuga ko uburezi ari kimwe mu byagarutsweho mu Mwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu wasojwe kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017. Hakaba hararebwe ibyagezweho muri uru rwego n’ibikenewe gukorwa mu gihe kiri imbere harimo Ingingo zagenderwaho kugira ngo habe ireme ry’uburezi ryifuzwa. Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, […]

RDC: Leta yanze inkunga ya Loni mu iperereza ku bwicanyi FARDC ishinjwa gukorera abasivili

Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kane yanze ubufasha bw’Umuryango w’Abibumbye mu iperereza ku bwicanyi ingabo za leta zishinjwa kuba zarakoreye abasivili muri Kasai. “ Niba ari inkunga igamije kurushaho kuduhungabanya, oya, barakoze ”, uwo ni umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Lambert Mende kuwa gatatu ushize mu kiganiro n’itangazamakuru kuri iyi […]

Amateka: Nyarubuye na Nkomangwa, urubanza rw’inyambo rwaciwe na Rudahigwa

Nyarubuye na Nkomangwa, ubu ni utugari twegeranye two mu murenge wa Munyiginya, akarere ka Rwamagana. Ku gihe cy’abami n’abatware, habereye urubanza rw’inyambo z’ibikomerezwa bibiri: Kagimbura wari muramu wa Rudagigwa na Mugabo wari umukwe w’umutware Rwubusisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi misozi yombi yegereye ikiyaga cya Muhazi mu Buganza, ukatiye aho bita kwa Karangara. Kera hari hatuye abo […]

Zimwe mu mpamvu zituma abagabo n’abagore bacana inyuma batabireka

Iyo uganiriye n’abasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba n’aho usanga umugore n’umugabo babikora nk’aho ari uguhimanwa. Nubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu […]

Umwiherero 2016 – Imyanzuro 4 ntiyashyizwe mu bikorwa

Muri Werurwe 2016 nibwo i Gabiro mu Karere ka Gatsibo habereye Umwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu ku nshuro ya 13 . Umwiherero wafatiwemo imyanzuro 14 aho 10 yagezweho mu kigero gishimishije kigera kuri 70% naho 4 muri yo ikaba itarashyizwe mu bikorwa bitewe n’impamvu zitandukanye. Ibi byatangajwe na Minisitiri muri Perezidansi ,Venancia Tugireyezu kuri uyu wa […]

Muhanga: Abaturage bavuga ko akagari kabo gakorera mu kabari

-Bacururizagamo utuyoga n’utundi twa butiki tudafashije -Umuyobozi atugeraho ku wa kabiri no ku wa Gatanu -Akagari ka Gasharu kwagirango kari inyuma y’igihugu, tumeze nk’abatari mu Rwanda -Ibibazo byacu bikemurwa ari uko Perezida Kagame azaza inaha – Gasa nk’agakorera mu kabari Ibi ni ibitangazwa n’abaturage batuye mu kagari ka Gasharu gaherereye mu Murenge wa Rongi, akarere […]

Polisi yatangaje ko ifite Umwongerezakazi ukekwaho gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu

Igipolisi cy’u Rwanda gicumbikiye Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bw’u Bwongereza wari waje mu Rwanda aje gusura umuryango we ariko yari asanzwe akurikiranweho ibyaha bikomeye nk’uko byemejwe na polisi. Ambasade y’u Bwongereza mu Rwanda yamenyeshejwe ifatwa rye, ndetse uhereye uyu munsi akaba ashobora gusurwa n’umuryango we ndetse akanabona ubufasha bwa ambasade nk’uko umuvugizi w’igipolisi, ACP Theos Badege […]

Umuhanzi Diamond ashobora gusimbura Wema Sepetu mu buroko

Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzaniya Diamond Platnumz ngo yaba ari mu mazi abira nyuma y’aho muri iki cyumweru gishize yashyizwe ku rutonde rwa bamwe mu banyereje imisoro n’ikigo cy’igihugu cya Tanzaniya cy’imisoro n’amahoro, ariko kugeza ubu iperereza rikaba ngo ryerekana ko yaba yaranacuruzaga ibiyobyabwenge, kimwe mu byatumaga adatanga imisoro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru aravuga ko […]

Burundi: Uko FOREBU na RED-Tabara byiteguye gukuraho Nkurunziza n’imbogamizi bigifite

Mu gihe hashize amezi agera kuri 20 amakimbirane ashingiye kuri politiki mu gihugu cy’u Burundi atangiye, ikinyamakuru IBTimes cyo mu Bwongereza cyagiranye ikiganiro n’umwe mu b’ingenzi bayoboye umutwe witwaje ibirwanisho ukorera mu gihugu agira byinshi agitangariza ku cyo barwanira, aho yatangaje ko biteguye urugamba rwo gukura perezida Nkurunziza ku butegetsi ndetse n’uburyo bagiye kubikoramo. Aya […]

Guhindurwa na Kirisito uri muri wowe imbere

Abagalatiya 2:20 Nabambanywe Na Kristo, ariko ndiho, nyamara si jye uriho, ahubwo ni kristo uriho mu rinjye. Maze Gusoma iri Jambo ry’lmana mbonye ibintu bitatu: 1.Abantu bafite Kristo ubariho inyuma utari muribo imbere -Niyo mpamvu usanga umuntu avuga Kristo ariko ibikorwa bye bigaha kana Yesu avuga. -Imbuto zaba vuga Yesu badatunze muribo zigaragazwa nimirimo yabo. […]

Arsene Wenger yahakanye amakuru ko ashobora gusimbura umutoza wa Fc Barcelona, Enlique

Nyuma gato y’uko umutoza w’ikipe ya Fc Barcelona Luis Enrique atangaje ko nyuma y’iki gihembwe azahita ava ku gutoza iyi kipe, abantu batandukanye batangiye gukwirakwiza amakuru ko Arsene Wenger yaba ari umwe mu bantu bashobora guhatanira uriya mwanya ariko we akaba babihakanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo gutsinda ikipe ya Sporting Gijon ibitego 6-1 kuwa gatatu […]

Abanyarwanda 87% banyurwa na serivisi z’ubufasha mu by’amategeko bahabwa – Ubushakashatsi

Ubu bushakashatsi bwakozwe n’ihuriro ry’abafasha mu by’amategeko, ‘Legal Aid Forum’ ku bijyanye n’uburyo abanyarwanda bafata inzego z’ubutabera na serivisi zibaha bugaragaza ko 61.5% by’abanyarwanda batanyurwa n’uburyo Abunzi bakemura amakimbirane cyane cyane bikaba bishingiye kuri ruswa ikunze kuvugwa muri uru rwego. Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017, muri rusange bugaragaza ko […]

Batatu bafashwe baha ruswa abapolisi ahantu hatandukanye

Nzayituriki Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko, Nzabonimpa Gratien w’imyaka 30 na Ramazani Issa w’imyaka 33 bafungiwe ku ma sitasiyo ya Polisi atandukanye aho bakurikiranyeho icyaha cyo kugerageza guha ruswa abapolisi nyuma yo gufatirwa mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bose ku italiki 2 Werurwe. Ramazani Issa yafatiwe mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi, aho […]

Museveni yarekurishije ingabo 150 za Sudani zari zimaze imyaka 6 ari imbohe za SPLM-North

Umutwe wa Sudan People’s Liberation Movement (SPLM)-North urwanya ubutegetsi bwa Sudani ya perezida Omar Bashir warekuye abasirikare 150 barimo abakuru n’abato bari bamaze imyaka 6 ari imbohe bigizwemo uruhare na perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Bamwe mu bakozi b’inzego z’ubutasi bakaba babwiye Chimpreports dukesha iyi nkuru mu ijoro ryo kuwa Gatatu ko aba basirikare barekuwe […]

Abishe Gen Adolphe Nshimirimana bari bakwiye gusabirwa igihano cyo kwicwa

Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri w’ingabo mu Burundi, Emmanuel Ntahomvukiye aho yatangarije abadepite ko hari uburyo harimo gukorwa inyigo y’ukuntu igihano cy’urupfu cyakuweho mu Burundi cyasubizwaho kigacogoza ibyaha bimwe na bimwe. Ku rutonde rw’abantu bazahanishwa iki gihano kibaye gisubijweho ni abarenze ku mategeko agenga igisirikare ndetse n’aya Leta, abashatse guhirika ubutegetsi ndetse n’abahamwe n’icyaha cyo […]

USA: Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa yakatiwe igifungo cy'imyaka 15

Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa wari ukurikiranweho kubeshya inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashaka ubwenegihugu yakatiwe n’Urukiko rw’igihugu rukorera mu mujyi wa Cedar Rapids muri leta ya Iowa igihano cyo gufungwa imyaka 15 nyuma yo guhamwa n’ibyo byaha. Umucamanza Linda Reade yasobanuye ko Ngombwa yagize uruhare rurambuye mu bikorwa byo gushyira […]

Polisi yatahuye ibikoresho byibwe, bamwe mu bakekwaho ubwo bujura barafatwa

Mu mikwabu itandukanye yakozwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki ya 1 Werurwe 2017, hafashwe ibikoresho bitandukanye birimo iby’ikoranabuhanga n’ibindi byo mu nzu. Ibyo bikoresho byafatiwe mu murenge wa Kimirongo uri mu karere ka Gasabo no mu murenge wa Nyarugenge wo mu karere ka Nyarugenge. Mu […]