Abanyereza amafaranga ya Leta bafatiwe ibyemezo bikakaye
Ntabwo hariho uburyo bunoze bwo kugaruza amafaranga ya Leta yanyerejwe aho umuntu yanyereje amafaranga ya Leta ajyanwa mu rukiko akaburana yamara kuburana yatsindwa agafungwa ndetse agategekwa kugarura ayo mafaranga bigasa naho birangiriye aho ngo hashyizweho ingamba zikakaye zirebena nâiki kibazo. Mu kiganiro nâabanyamakuru kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Werurwe 2017, Minisitiri muri Perezidansi yâu […]
Ibibazo 10 benshi bibaza ku kunyara kâumugore mu gihe cyâimibonano, ese bimaze iki? (igice cya 6)
Ikibazo benshi bakomeje kwibaza ku kunyara kâumugore, kiragira giti: âNi ibihe byiza byo kunyaza umugore mu gihe cyâimibonano mpuzabitsina? Bifasha iki umugabo nâumugore? Mu bice byatambutse hagaragajwe uko bikorwa, pozisiyo nziza bikorwamo nâibindi bibazo benshi bibaza, kuri ubu benshi mu bagabo bataragira amahirwe yo gutera akabariro ngo abagore babo bazane amavangingo usanga baba bumva babifitiye […]
Ingingo 3 nyamukuru Umwiherero wa 2017 watanze zageza u Rwanda ku ireme ryâuburezi ryifuzwa
Minisitiri wâUburezi, Dr. Papias Musafiri Malimba avuga ko uburezi ari kimwe mu byagarutsweho mu Mwiherero wâAbayobozi bakuru bâigihugu wasojwe kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017. Hakaba hararebwe ibyagezweho muri uru rwego nâibikenewe gukorwa mu gihe kiri imbere harimo Ingingo zagenderwaho kugira ngo habe ireme ryâuburezi ryifuzwa. Mu kiganiro nâAbanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, […]
RDC: Leta yanze inkunga ya Loni mu iperereza ku bwicanyi FARDC ishinjwa gukorera abasivili
Guverinoma ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kane yanze ubufasha bwâUmuryango wâAbibumbye mu iperereza ku bwicanyi ingabo za leta zishinjwa kuba zarakoreye abasivili muri Kasai. â Niba ari inkunga igamije kurushaho kuduhungabanya, oya, barakoze â, uwo ni umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, Lambert Mende kuwa gatatu ushize mu kiganiro nâitangazamakuru kuri iyi […]
Amateka: Nyarubuye na Nkomangwa, urubanza rwâinyambo rwaciwe na Rudahigwa
Nyarubuye na Nkomangwa, ubu ni utugari twegeranye two mu murenge wa Munyiginya, akarere ka Rwamagana. Ku gihe cyâabami nâabatware, habereye urubanza rwâinyambo zâibikomerezwa bibiri: Kagimbura wari muramu wa Rudagigwa na Mugabo wari umukwe wâumutware Rwubusisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi misozi yombi yegereye ikiyaga cya Muhazi mu Buganza, ukatiye aho bita kwa Karangara. Kera hari hatuye abo […]
Zimwe mu mpamvu zituma abagabo nâabagore bacana inyuma batabireka
Iyo uganiriye nâabasheshe akanguhe muri iyi minsi, bagusobanurira uko babona impamvu zaba zituma habago gucana inyuma cyane mu minsi ya none. bavuga ko kuri ubu ingo nyinshi zicana inyuma ariko ntibipfe kumenyekana kuko bikorwa mu ibanga ndetse hakaba nâaho usanga umugore nâumugabo babikora nkâaho ari uguhimanwa. Nubwo hari abihangana bakarenzaho ngo usanga mu ngo abantu […]
Umwiherero 2016 – Imyanzuro 4 ntiyashyizwe mu bikorwa
Muri Werurwe 2016 nibwo i Gabiro mu Karere ka Gatsibo habereye Umwiherero wâAbayobozi bakuru bâigihugu ku nshuro ya 13 . Umwiherero wafatiwemo imyanzuro 14 aho 10 yagezweho mu kigero gishimishije kigera kuri 70% naho 4 muri yo ikaba itarashyizwe mu bikorwa bitewe nâimpamvu zitandukanye. Ibi byatangajwe na Minisitiri muri Perezidansi ,Venancia Tugireyezu kuri uyu wa […]
Muhanga: Abaturage bavuga ko akagari kabo gakorera mu kabari
-Bacururizagamo utuyoga nâutundi twa butiki tudafashije -Umuyobozi atugeraho ku wa kabiri no ku wa Gatanu -Akagari ka Gasharu kwagirango kari inyuma yâigihugu, tumeze nkâabatari mu Rwanda -Ibibazo byacu bikemurwa ari uko Perezida Kagame azaza inaha – Gasa nkâagakorera mu kabari Ibi ni ibitangazwa nâabaturage batuye mu kagari ka Gasharu gaherereye mu Murenge wa Rongi, akarere […]
Polisi yatangaje ko ifite Umwongerezakazi ukekwaho gushaka guhungabanya umutekano wâigihugu
Igipolisi cyâu Rwanda gicumbikiye Umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bwâu Bwongereza wari waje mu Rwanda aje gusura umuryango we ariko yari asanzwe akurikiranweho ibyaha bikomeye nkâuko byemejwe na polisi. Ambasade yâu Bwongereza mu Rwanda yamenyeshejwe ifatwa rye, ndetse uhereye uyu munsi akaba ashobora gusurwa nâumuryango we ndetse akanabona ubufasha bwa ambasade nkâuko umuvugizi wâigipolisi, ACP Theos Badege […]
Umuhanzi Diamond ashobora gusimbura Wema Sepetu mu buroko
Umuhanzi wo mu gihugu cya Tanzaniya Diamond Platnumz ngo yaba ari mu mazi abira nyuma yâaho muri iki cyumweru gishize yashyizwe ku rutonde rwa bamwe mu banyereje imisoro nâikigo cyâigihugu cya Tanzaniya cyâimisoro nâamahoro, ariko kugeza ubu iperereza rikaba ngo ryerekana ko yaba yaranacuruzaga ibiyobyabwenge, kimwe mu byatumaga adatanga imisoro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amakuru aravuga ko […]
Burundi: Uko FOREBU na RED-Tabara byiteguye gukuraho Nkurunziza nâimbogamizi bigifite
Mu gihe hashize amezi agera kuri 20 amakimbirane ashingiye kuri politiki mu gihugu cyâu Burundi atangiye, ikinyamakuru IBTimes cyo mu Bwongereza cyagiranye ikiganiro nâumwe mu bâingenzi bayoboye umutwe witwaje ibirwanisho ukorera mu gihugu agira byinshi agitangariza ku cyo barwanira, aho yatangaje ko biteguye urugamba rwo gukura perezida Nkurunziza ku butegetsi ndetse nâuburyo bagiye kubikoramo. Aya […]
Guhindurwa na Kirisito uri muri wowe imbere
Abagalatiya 2:20 Nabambanywe Na Kristo, ariko ndiho, nyamara si jye uriho, ahubwo ni kristo uriho mu rinjye. Maze Gusoma iri Jambo ry’lmana mbonye ibintu bitatu: 1.Abantu bafite Kristo ubariho inyuma utari muribo imbere -Niyo mpamvu usanga umuntu avuga Kristo ariko ibikorwa bye bigaha kana Yesu avuga. -Imbuto zaba vuga Yesu badatunze muribo zigaragazwa nimirimo yabo. […]
Arsene Wenger yahakanye amakuru ko ashobora gusimbura umutoza wa Fc Barcelona, Enlique
Nyuma gato yâuko umutoza wâikipe ya Fc Barcelona Luis Enrique atangaje ko nyuma yâiki gihembwe azahita ava ku gutoza iyi kipe, abantu batandukanye batangiye gukwirakwiza amakuru ko Arsene Wenger yaba ari umwe mu bantu bashobora guhatanira uriya mwanya ariko we akaba babihakanye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo gutsinda ikipe ya Sporting Gijon ibitego 6-1 kuwa gatatu […]
Abanyarwanda 87% banyurwa na serivisi zâubufasha mu byâamategeko bahabwa – Ubushakashatsi
Ubu bushakashatsi bwakozwe nâihuriro ryâabafasha mu byâamategeko, âLegal Aid Forumâ ku bijyanye nâuburyo abanyarwanda bafata inzego zâubutabera na serivisi zibaha bugaragaza ko 61.5% byâabanyarwanda batanyurwa nâuburyo Abunzi bakemura amakimbirane cyane cyane bikaba bishingiye kuri ruswa ikunze kuvugwa muri uru rwego. Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kane, itariki 2 Werurwe 2017, muri rusange bugaragaza ko […]
Indoneziya: Batunguwe nâumwami wa Arabia wabasuye yitwaje toni 460 zâibikoresho azifashisha
Guhera ku itariki ya mbere uku kwezi, umwami wâigihugu cya Arabia Saudite, Salman bin Abdul Aziz al-Saud ari mu gihugu cya Indoneziya mu ruzinduko rwe rwa mbere nyuma yâimyaka igera kuri 47, akaba ari muri gahunda yo gusura ibihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Aziya birimo Malaysia, Brunei, u Buyapani, u Bushinwa ndetse na Maldives. […]
Batatu bafashwe baha ruswa abapolisi ahantu hatandukanye
Nzayituriki Emmanuel wâimyaka 30 yâamavuko, Nzabonimpa Gratien wâimyaka 30 na Ramazani Issa wâimyaka 33 bafungiwe ku ma sitasiyo ya Polisi atandukanye aho bakurikiranyeho icyaha cyo kugerageza guha ruswa abapolisi nyuma yo gufatirwa mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bose ku italiki 2 Werurwe. Ramazani Issa yafatiwe mu murenge wa Gashonga mu karere ka Rusizi, aho […]
Museveni yarekurishije ingabo 150 za Sudani zari zimaze imyaka 6 ari imbohe za SPLM-North
Umutwe wa Sudan Peopleâs Liberation Movement (SPLM)-North urwanya ubutegetsi bwa Sudani ya perezida Omar Bashir warekuye abasirikare 150 barimo abakuru nâabato bari bamaze imyaka 6 ari imbohe bigizwemo uruhare na perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Bamwe mu bakozi bâinzego zâubutasi bakaba babwiye Chimpreports dukesha iyi nkuru mu ijoro ryo kuwa Gatatu ko aba basirikare barekuwe […]
Abishe Gen Adolphe Nshimirimana bari bakwiye gusabirwa igihano cyo kwicwa
Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri wâingabo mu Burundi, Emmanuel Ntahomvukiye aho yatangarije abadepite ko hari uburyo harimo gukorwa inyigo yâukuntu igihano cyâurupfu cyakuweho mu Burundi cyasubizwaho kigacogoza ibyaha bimwe na bimwe. Ku rutonde rwâabantu bazahanishwa iki gihano kibaye gisubijweho ni abarenze ku mategeko agenga igisirikare ndetse nâaya Leta, abashatse guhirika ubutegetsi ndetse nâabahamwe nâicyaha cyo […]
USA: Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa yakatiwe igifungo cy'imyaka 15
Umunyarwanda Gervais Ken Ngombwa wari ukurikiranweho kubeshya inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka za Leta Zunze Ubumwe za Amerika ashaka ubwenegihugu yakatiwe n’Urukiko rwâigihugu rukorera mu mujyi wa Cedar Rapids muri leta ya Iowa igihano cyo gufungwa imyaka 15 nyuma yo guhamwa n’ibyo byaha. Umucamanza Linda Reade yasobanuye ko Ngombwa yagize uruhare rurambuye mu bikorwa byo gushyira […]
Polisi yatahuye ibikoresho byibwe, bamwe mu bakekwaho ubwo bujura barafatwa
Mu mikwabu itandukanye yakozwe na Polisi yâu Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki ya 1 Werurwe 2017, hafashwe ibikoresho bitandukanye birimo ibyâikoranabuhanga nâibindi byo mu nzu. Ibyo bikoresho byafatiwe mu murenge wa Kimirongo uri mu karere ka Gasabo no mu murenge wa Nyarugenge wo mu karere ka Nyarugenge. Mu […]