Yoya Jamal uri i Burayi yasangije abakunzi be indirimbo ye nshya “NKunda Kuborerwa”

Nyuma y’umwaka wose atigaragaza mu ruhando rwa muzika, umuhanzi w’umurundi uherereye i Burayi, yashyize hanze hanze indirimbo nshya y’amajwi yise “ Nkunda kuborerwa” . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzi yerekeje mu gihugu cy’u Bwongereza muri Mata 2016 avuye mu Rwanda, aho yaramaze umwaka wose ari mu buhungiro kubera ibibazo bya politiki byabaye mu Burundi. Indirimbo ya […]

Uganda : Indege y’u Burusiya yafatanywe intwaro zari zigiye kujyanwa muri Sudani y’Epfo

[clear] Muri iki cyumweru, indege yo mu gihugu cy’u Burisiya yari ipakiye toni zisaga 40 z’intwaro bikekwa ko zari zijyanywe muri Sudani y’Epfo yaguye ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda. Amakuru yatanzwe n’ubuyobozi bw’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe kuri uyu wa kane tariki ya 31 Kanama 2017, avuga ko indege yo mu bwoko bwa […]

Minisitiri w'Intebe, Dr Ngirente yahererekanyije ububasha na Anastase Murekezi yasimbuye

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard uherutse guhabwa izi nshinhano na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahererekanyije ububasha na Anastase Murekezi wari kuri uyu mwanya, wagizwe Umuvunyi Mukuru. Ni umuhango wabereye mu biro bya Minisitiri w’Intebe, ku wa Kane tariki ya 31 Kanama 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu bandi bahererekanyije ububasha, Uwamariya Odette yabuhererekanyije na Sayinzoga Kampeta […]

Perezida Kagame arasaba abagize Guverinoma nshya gukora bakagaragaza impinduka mu nzego zose

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abagize Guverinoma barahiye gukora ibishoboka bakagaragaza impinduka mu nzego zitandukanye, biciye mu gukora cyane. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku wa Kane tariki ya 31 Kanama 2017, ubwo yari amaze kwakira indahiro z’Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta bagize guverinoma nshya, yashyizeho ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama uyu mwaka, nyuma yo […]

Miliyoni 12 zitumye Yannick Mukunzi yerekeza muri Rayon Sports

Ikipe ya Rayon sports yamaze gusinyisha umukinnyi w’ikipe ya APR FC, Yannick Mukunzi ku bwumvikane bw’amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni 12. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu minsi ishize ni bwo Yannick Mukunzi yatangarije kimwe mu binyamakuru byo mu Rwanda ko amasezerano ye mu ikipe ya APR FC yarangiye ndetse ko hari hakiri amahirwe menshi yo kuba […]

U Rwanda na Uganda ntibikozwa kwakira impunzi zirukanwe muri Israel ku ngufu zitabishaka

Urukiko Rukuru muri Israel ruravuga ko gufunga mu gihe kitazwi abasaba ubuhungiro muri iki gihugu bidashobora gukoreshwa mu rwego rwo guhatira aba gusubira aho bavuye cyangwa bakimurirwa mu bindi bihugu nk’u Rwanda na Uganda, ibihugu bitemera kuba byakwakira abantu boherejwe ku ngufu bitari mu bushake bwabo. Abayobozi ba Israel bakaba bari gukora ibishoboka ngo iki […]

Indirimbo 'Seduce me' ya Ali Kiba iciye agahigo, mu minsi 6 irebwe n'abasaga miliyoni 3

Indirimbo y’umuhanzi wo muri Tanzaniya, Ali Kiba, yise “Seduce Me” yaciye agahigo ko kuba indirimbo yujuje abayirebye ku rubuga rwa Youtube barenga miliyoni 3 mu minsi 6. Iyi ndirimbo ibaye indirimbo ya mbere iciye aka gahigo, yashyizwe ku rubuga rwa Youtube tariki ya 25 Kanama 2017, kugeza aho twandikiye iyi nkuru yari imaze kurebwa n’abantu […]

Burundi: Umutwe wa FOREBU urwanya leta uremeza ko ugihari kandi utahinduye izina

Nyuma y’uko mu minsi mikeya ishize havutse umutwe wa FPB (Forces Populaires du Burundi) bivugwa ko ari umutwe wa FOREBU wahinduye izina n’ubuyobozi, ibiro bikuru bya FOREBU biyobowe na Gen. Godefroid Niyombare, uravuga ko watunguwe no kumva ivuka ry’uyu mutwe mushya wavuye muri FOREBU ugira byinshi utangaza mu itangazo washyize ahagaragara kuri uyu wa Kabiri […]

Perezida Kagame yongeye kugirira icyizere abakiri bato muri Guverinoma Nshya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Guverinoma nshya irimo n’abakiri bato ku isonga hari Uwihanganye Jean de Dieu w’imyaka y’amavuko 30, wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe gutwara abantu n’Ibintu. Muri ivugururwa rya Guverinoma, Perezida Kagame yakoze mu Kwakira 2016, hari bamwe mu bagaragaraga nk’abakiri bato batongeye kuyigaragaramo. Bamwe bavugaga ko abari muri […]

U Butaliyani: Yirukanywe mu nkambi y’impunzi ahitamo kwiyahura (Amafoto & Video)

Umugabo ufite inkomoko muri Nigeria yatunguye abantu ubwo yafataga umwanzuro wo kwiyahura nyuma y’uko inzego z’ubuyobozi zimusabye kuva mu nkambi y’impunzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo utatangajwe amazina yuriye igorofa y’inyubako 2 arasimbuka agwa hasi nk’uko bigaragara mu mashusho yafashwe na bamwe mu bamubonye. Amakuru urubuga bwiza.com rwakuye ku bitangazamakuru bitandukanye byo muri Nigeria avuga ko […]

Jules Sentore yiteguye kuzaserukana umucyo mu birori by’iserukiramuco muri Maroc

Jules Sentore avuga ko nyuma yo gutumirwa mu bazaririmba mu birori by’iserukiramuco muri Maroc, imyiteguro ayigeze kure kugirango azahaserukane umucyo. Jules Sentore, umusore uririmba umuziki wa Gakondo, aganira na Bwiza.com, yavuze ko ageze kure imyiteguro ndetse ko yiteguye kuzakoresha indirimbo ze. Ati” Imyiteguro nyigeze kure, igisigaye ni ukugenda nkakora ibitaramo, nzagenda ku wa Gatandatu w’igitaha […]

Muhanga: Abatuye mu mudugudu wa Gakombe bugarijwe n’ingaruka zo kutagira amazi meza

Abatuye mu mudugudu wa Gakombe, akagari ka Ruri, umurenge wa Shyogwe ho mu karere ka Muhanga, bavuga ko bari bafite ivomo mu mudugudu wa bo bubakiwe n’Ubudehe, ubu rimaze imyaka ibiri n’igice ridakora. Ivomo ryari rihari bavoma neza, ijerekani igurwa amafaranga 20, nyuma ngo ryishwe n’umusore bavuga ko yitwa Gatoya, wari uje kurwana n’abaje kuhavoma […]

Umugabo yasezeranye n’abagore 3 icyarimwe (Amafoto)

Mu gihe mu bihugu bimwe na bimwe byo muri Afurika usanga gushaka abagore barenze umwe bifatwa nk’icyaha, haracyari n’ibihugu byemera guharika ariko bigatanga umubare ntarengwa w’abagore umugabo atagomba kurenza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urugero ni aho nko muri leta ya Centrafrica usanga umugabo yemerewe gushaka abagore bageze kuri 4 ariko ntibarenge. Ni muri urwo rwego bwiza.com yasanze […]

London: Umusore w’Umugande wigaga muri Royal Airforce yishwe arashwe

Umusirikare wa Uganda, Abdul Mayanja, wakurikiranaga amasomo mu gisirikare cyo mu kirere cy’u Bwongereza, Royal Airforce Force (RAF), kuwa Gatanu ushize yarasiwe hafi ya Olympic Park, mu burasirazuba bwa London ubwo yerekezaga mu munsi mukuru w’inshuti. Uyu akaba yari afite imyaka 19 y’amavuko. Ibi bintu bibabaje nk’uko bitangazwa n’urubuga rwo mu Bwongereza, Evening Standard, ngo […]

Abagore 5 n’umugabo umwe ni Abaminisitiri bashya muri Guverinoma

Guverinoma Nshya igizwe n’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11, yongewemo amaraso mashya yiganjemo abagore ndetse n’umugabo umwe. Abagore bashya bashyizwe muri iyo Guverinoma barimo bane bashyizwe ku rwego wa Minisitiri n’umugabo umwe wari usanzwe kuri urwo rwego(Umunyamabanga wa Leta) akaba yagizwe Minisitiri wuzuye. Abo ni Tumushime Francine, wagizwe Minisitiri w’Ubutaka n’Amashyamba. Hari kandi Kayisire Marie […]

Afurika y’Epfo: Umuvuzi gakondo yasabye abantu kujya bamwita Yesu

Umuvuzi gakondo mu mujyi wa Durban uherereye mu ntara ya KwaZulu-Natal muri Afurika y’Epfo yatangaje ko atakiri umuvuzi gakondo ahubwo ko afite ububasha nk’ubwa Yesu bityo ko agomba guhindurirwa amazina yahamagarwaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugavo witwa Bhaka Nzama wari usanzwe azwi ho kuvura indwara zitandukanye akoresheje ibyatsi byo mu gasozi, yabanje gushing urusengero ahita avuga […]

Dore amwe mu magambo akunzwe kuvugwa n’abakobwa agatera abasore urujijo mu rukundo

Burya abakobwa ntibakunda kuvuga ibibari ku mutima usanga akenshi bakoresha andi magambo cyangwa bakerekana ko nta kibazo bafite nyamara bashize. Igihe kinini, imbamutima z’abakobwa zikunze gutuma avuga ibintu nyamara atari byo yashakaga gusobanura. Ese byaba byarakubayeho? Wabyitwayemo Ute? Ntabwo bitangaje rwose kuko bitewe n’aho umutima we uba uri ndetse n’ibyiyumvo bye ntibyagutangaza umubajije uti urankunda […]

Rwamagana: Koperative 11 z’ubuhinzi zahawe na RDF imashini zuhira imyaka

Mu ntangiriro z’iki cyumweru, Ingabo z’u Rwanda zo muri Division ya mbere zatanze imashini zuhira zigera kuri 15 n’ibikoresho bijyana nazo ku makoperative 11 y’abahinzi akorera mu Karere ka Rwamagana. Izi mashini zikaba zizabafasha mu kuhira imyaka yabo mu gihe cy’izuba bityo bagahinga mu bihe byose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi w’ingabo mu Karere ka Nyagatare, Gatsibo, […]

Venezuela yafashe ingamba zo gukumira ibisa nk’ibyabaye mu Rwanda mu 1994

Inteko ishinga amategeko nshya ya Venezuela yashinzwe na perezida Nicolas Maduro ubwe, yatangaje ko igiye kujya igenzura ubutumwa ibigo byigenga bishyira ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kurwanya intambara yo mu mutwe isa nk’iri kurwanya socialism ndetse no gukumira jenoside nk’iyabaye mu Rwanda. Perezida w’iyi nteko izwi mu Cyongereza nka National Constituent Assembly (ANC), Delcy […]

Ismaila Diarra ashobora kugaruka muri Rayon Sports

Nyuma y’umwaka umwe avuye mu ikipe ya Rayon Sports akerekeza muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, mu ikipe ya Darling Club Mutema Pembe, rutahizamu Ismaila Diarra aravuga ko ari mu biganiro n’ubuyobozi bw’ikipe yahozemo ku buryo bigenze neza, Abareyo bakongera kubona uyu rutahizamu muri iyi kipe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ismaila Diarra ukomoka mu gihugu cya Mali […]

Rulindo: Umwarimu yakubise umunyeshuri undi ameneka ijisho

Ku kigo cy’amashuri abanza cya Cyondo mu murenge wa Base ho mu karere ka Rulindo, umwarimu yakubise umunyeshuli, akabango k’inkoni karataruka gakomeretsa ijisho rya mugenzi we, umubyeyi arakeka ko ijisho ryaba ryamenetse. Ibi byabaye ku wa 30 Kanama 2017, aho ngo umwarimu yahannye umunyeshuri amukubita bihita biviramo gukomereka kw’ijisho kwa mugenzi we. Bamwe mu batanze […]

Marina yikomye itangazamakuru anahakana ijwi yitiriwe rikubiyemo amagambo y'urukozasoni

Nyuma y’ijwi ririmba indirimbo “Indoro” ryumvikanye mu magambo y’ubusambanyi, bigakekwa ko ari ijwi ry’umuhanzi Marina, uyu muhanzi yahakanye yivuye inyuma iri jwi ndetse yikoma cyane itangazamakuru ryandika ryakwirakwije ibyo we yise ibihuha. Marina atangaje ibi nyuma y’iminsi mike atandukanye n’umujyanama we mu byamuzika Uncle Austin, abakurikiranira hafi ibya muzika baketse ko gutandukana kw’aba bombi, byaba […]

Libya: Abimukira barenga 500 barokowe urupfu

Abasirikare ba Libya barinda inkombe z’amazi bararokoye abimukira 542 barimo abagore n’abana bagerageza kujya ku mugabane w’u Burayi baciye mu Nyanja nini ya Mediteranee. Umuvugizi w’abasirikare bakorera mu mazi ba Libya, Gen Ayoub Kacem yavuze ko ibyo bikorwa byabaye ku wa mbere no ku wa kabiri , mu nkengero z’inyanja ahakunda guca ubwato butwaye abimukira […]

Anastase Murekezi yagizwe Umuvunyi Mukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Anastase Murekezi, wari Minisitiri w’Intebe,Umuvunyi Mukuru. Ni nyuma yo kumusezeranya ko ubwitange bwamuranze kuri uwo mwanya wo kuyobora Guverinoma, yari amazemo igihe, buzamuhesha undi. Yagize ati “Ndashimira uwari Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi ku kuba yarasohoje inshingano ze neza, akagera kubyo twamwifuzagaho”. Yongeyeho ati “Hari imirimo myinshi dutezweho twese , […]

Abagize Guverinoma Nshya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, nyuma anashyiraho n’abagize Guverinoma nshya bazafatanya muri iyi manda nshya yatorewe y’imyaka 7. Nkuko abyemererwa n’Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo ya 116. Minisitiri w’Intebe atoranywa, akanashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika. Minisitiri w’Intebe ashyirwaho bitarenze iminsi 15 nyuma y’irahira rya […]