Yakoze ibirometero hafi 25 mu kirere akoresheje intebe isanzwe nâibipurizo: Amafoto
Mu cyagaragaraga nka kamwe mu duce tuzaba tugize filimi, umugabo ukomoka mu Bwongereza, Tom Moragan, yakoze ibirometero hafi 25 mu kirere akoreshejeje intebe isanzwe yo kuruhukiramo yari iziritseho ibipurizo byinshi cyane byari byashyizwemo imyuka ya Helium (He) yatumye bibasha kurushuho kujya mu kirere. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Morgan wakoze Miles 15,5 (Km 24,9) ubwo yari muri Afurika […]
RDC: Imirwano ikomeye hagati ya FARDC nâinyeshyamba mu nkengero za Beni
Urusaku rwâintwaro ziremereye nâintoya kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukwakira 2017, byumvikanye mu majyaruguru yâuburasirazuba bwâumujyi wa Beni mu ntara ya kivu yâAmajyaruguru. Ni mu gihe Ambasaderi wa Leta zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, Nikki Haley, yatangiye uruzinduko rwâakazi rwâiminsi 2 muri iki gihugu guhera ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, itariki […]
Nigeria: Umupasiteri yahaye abayoboke nimero za konti ye nâiza telefoni ngo bajye bamwohererezaho amafaranga
Umupasiteri witwa Emmanuel Newman Edward, yanditse amateka ku gasozi abarizwaho nyuma yo gusaba abayoboke bâitorero ryw gutura amafaranga nâimodoka ku mugaragaro, akababwira ko ari bwo bari bubone imigisha yâImana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muvugabutumwa akaniyita intumwa yâImana wo mu itorero Faith Tabernacle prophetic ministries, Overseer mu gace ka Uyo aherutse gutanga nimero ye ya konti ya […]
Dore abagore 10 bâibihangange ku Isi muri iki gihe kubera ibikorwa byabo
Hanze aha hari abagore bafite uruhare rukomeye muri politiki nâubukungu ku Isi, aho ikinyamakuru wonderlist kivuga ko gukora urutonde rwâabagore 10 ba mbere bâibihangange byakigoye kubera abagore benshi kuri ubu bagira uuruhare mu bikorrwa bitandukanye ku isi. Aba bagore bagaragaje ko bafite ibisabwa ngo bayobore isi nubwo bagenda bahura nâimbogamizi zikomeye zishingiye ku buringanire. Urutonde […]
Kicukiro: Istinda Potterâs Hand Worship rigiye kumurika album âIshimwe ni iryaweâ
Itsinda Potterâs Hand Worship ryateguye igitaramo gikomeye mu rwego rwo kumurika album yabo ya mbere bise âIshimwe ni iryaweâ. Mu kiganiro na Bwiza.com, Umuyobozi wa Potterâs Hand Worship , Emmanuel Rwagasana yashimangiye yizeye ko bafite Imana, anavuga ko iki gitaramo bateguye gifite intego nyamukuru yo gukangurira abantu kugirana ibihe byiza nâ Imana. Abajijwe impamvu istinda […]
Perezida Trump asanga agomba kubanza kuba inshuti na Putine kugira ngo arangize ikibazo cya Koreya ya Ruguru
Perezida wa leta zunze ubumwe zâAmerika, Donald Trump yavuze ko leta yâu Burusiya iri kwitambika ibikorwa byâAmerika byo guhagarika Koreya ya Ruguru ku bikorwa bya yo byo gukoresha ibisasu bya kirimbuzi, mu gihe u Bushinwa bwo ngo buhagaze neza kuri iki kibazo. Mu kiganiro perezida Trump yagiranye nâikinyamakuru Fox Business Network yavuze ko u Burusiya […]
Ikipe ya Rayon Sports FC yabuze ikibuga ikoreraho imyitozo
Ikipe ya Rayon Sports yabuze ikibuga ikoreraho imyitozo nyuma yo guhagarikwa gukorera ku kibuga cyâumufatanyabikorwa wayo â Skolâ. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 26 Ukwakira 2017, ikipe ya Rayon Sport nibwo yabuze ikibuga ikoreraho imyitozo, ibi bikaba bibaye nyuma yaho amasezerano ifitanye nâumufatanyabikorwa wayo skol ahagaritswe bityo igahita itakaza uburenganzira bwo […]
Amatora ya perezida muri Kenya yaguyemo batatu mu mijyi imwe yimurirwa umunsi
Batatu bamaze gupfa barashwe, abandi bakomeretse Mu bice bitandukanye bya Kenya, amatora yagiye yitabirwa ahandi ntiyitabirwa. Mu turere dutandukanye tugize Kisumu, ahari abayobok benshi ba NASA, amatora ntiyitabiriwe. Ibikoresho bya Komisiyo yâmatora byabuze uko bigezwa ku biro byâitora, kubera ibibazo byâumutekano muke. Byatangajwe ko hari abantu batatu bishwe mu bigaragambya barashwe na polisi mu mijyi […]
Muhanga: Umugabo wasambanyije umwana we yakatiwe igifungo cya burundu yâumwihariko
Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwarezemo umugabo witwa Nsengimana Ntakaburimvano Selemani, icyaha cyo gusambanya umwana afiteho ububasha(umwana we), nyuma yo kumuhamya icyaha rumuhanisha igihano cyâigifungo cya burundu yâumwihariko nâihazabu ingana nâibihumbi 100. Ni urubanza rwasomwe ku wa 19 Ukwakira 2017. Ku ruhande rwâUbushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwasabiye iki gihano uyu mugabo […]
RDC: Ambasaderi Nikki Haley i Kinshasa mu rwego rwo kwibutsa Kabila ko igihe kigeze
Nyuma yo kuva muri Ethiopia no muri Sudani yâEpfo, Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango wâAbibumbye, Nikki Haley, kuri uyu wa gatatu yaraye I Kinshasa muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo mmu ruzinduko rwâiminsi 2. Biteganyijwe ko asura MONUSCO i Goma muri Kivu yâAmajyaruguru, mbere yo kubonana nâabatavuga rumwe nâubutegetsi na sosiyete […]
Rulindo: Ku wa Gatanu ibiro nâibibuga biba bifunze
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Gatabazi JMV asanga umunsi wo ku wa Gatanu bamwe mu bakozi ba Leta barawugize uwâikiruhuko, bagafunga ibiro bose ngo bagiye muri siporo nyamara wagera aho yateganijwe gukorerwa ukababura. Ubwo yaganiraga nâabakozi bâakarere ka Rulindo, yatangajwe no kumva ko abantu babiri aribo bagera ku kibuga. Umudamu ushinzwe imiyoborere myiza muri aka karere ntabasha […]
Umugore yibarutse umwana wâibiro 7.1 (Amafoto)
Mu gihe bimenyerewe ko abagore babyara abana bafite ibiro hagati ya 1-4, ndetse ugasanga uwakabije yabyaye umyana wâibiro 5, kuri ubu, umugore wo mu gihugu cya Vietnam aherutse kwibaruka umwana wâibiro 7.1 Ni ibintu bitamenyerewe ko umwana yavukana ibiro nkâibi nubwo hagiye hagaragara nâabashobora kuba baravukanye ibirenze ibi, gusa usanga abo babyeyi batungurwa kuko baba […]
Karongi: Umubyeyi ushinjwa kwicisha uruhinja rwe umuhini arasabirwa gufungwa burundu
Umubyeyi wo mu karere ka Karongi ukurikiranweho icyaha cyo kwica umwana we wâuruhinja arasomerwa kuri uyu wa kane, itariki 26 Ukwakira 2017 nyuma yo gusabirwa igifungo cya burundu nâubushinjacyaha. Ku wa 20 Ukwakira 2017, nibwo Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Karongi bwasabiye igihano cyâigifungo cya burundu uyu mubyeyi witwa Mukashyaka Betty, bukurikiranyeho icyaha cyo kwihekura […]
Abarwanyi 71 bahoze muri FDLR bagiye gusubizwa mu buzima busanzwe
Ku barwanyi 209 batahutse bava muri Congo-Kinshasa kuva muri Mutarama 2017, 71 nibo bari busubizwe mu buzima busanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Ukwakira 2017. Iki gikorwa kibaye mu gihe Leta yâ u Rwanda ikomeje gusaba Umuryango Mpuzamahanga kwihutisha gahunda yo gucyura abahoze ari abarwanyi ba FDLR babarizwa mu nkambi za Kanyabayonga, Walungu […]
Nta gikuba cyacitse, abanyereza umutungo barakurikiranwa- Hon. Byabarumwanzi
Aya ni amagambo atanga ituze nâ ihumure mu banyarwanda, ko ubukungu butazajegajezwa nâabanyereza umutungo wa Leta kuko bakurikiranwa. Biravugwa nâIntumwa ya rubanda Byabarumwanzi Francois, ubwo yabazwaga nâabanyamakuru ukuntu inkingi yâubukungu izitabwaho kandi raporo zigaragaza ko umutungo wa Leta usahurwa. Ni mu kiganiro abahagarariye amwe mu mashyaka yifatanije na FPR, ndetse nâuwari umukandida wâishyaka Green Party […]
Tanzania: Haribazwa igikurikira ifatwa rya Gen Ntiranyibagira na Col Nshimirimana bakuriye umutwe wa FPB urwanya u Burundi
Mu guta muri yombi bamwe mu bagize impande ziharanira ubutegetsi mu makimbirane yâu Burundi, ngo Tanzania yarenze ku nshingano zayo nkâumuhuza mu bibazo byâu Burundi nkâuko byemezwa nâimpuguke mu burenganzira mpuzamahanga, Emmanuel Klimis. Ni nyuma yâaho guhera kuwa gatandatu ushize abayobozi 4 bâabarwanyi bâumutwe urwanya ubutegetsi bwâu Burundi, FPB, bafatiwe muri Tanzania aho bari mu […]
Leta ya Tanzania yahagaritse ikinyamakuru cya Kane, âTanzania Daimaâ
Umuvugizi wa Guverinoma ya Tanzania, Dr Hassan Abbasi yatangaje ko ikinyamakuru Tanzania Daima cyandikaga mu rurimi rwâigiswahili gihagarara kubera amakuru giherutse gutangaza bivugwa ko akocamye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nubwo guverinoma ya Tanzania nta makuru yatangaje iki kinyamakuru gishinjwa gutangaza, ngo cyari kimaze kubigira akamenyero gutangaza amakuru leta ivuga ko adafitiwe guhamya ndetse iki kinyamakuru ntigitinye no […]
Mu Rwanda hagiye gufungurwa ikibuga cya Cricket cya hegitare 2.5 cyatwaye akayabo
Mu Rwanda hagiye gufungurwa ikibuga cyâumukino wa Cricket cyubatswe kuri hegitari 2.5 cyatwaye akayabo ka miliyoni yâamapawundi, igikorwa cyagizwemo uruhare nâAbanyarwanda nâabanyamahanga. Abafatanyabikorwa bagize uruhare mu mushinga wo kubaka iki kibuga bavuga ko bagiye gufata ingamba zo kubyaza umusaruro iki gikorwaremezo ndetse barusheho kumenyekanisha uyu mukino ku banyarwanda. Ibi barabitangaza mu gihe hasigaye iminsi micye […]
Uganda: Abayobozi bâigipolisi bari gukorwaho iperereza ku bibazo birimo nâibirebana nâAbanyarwanda
Guhatwa ibibazo kwa bamwe mu bapolisi bakuru ba Uganda bafungiye mu rwego rwâubutasi mu gisirikare (CMI) kwakomeje kuri uyu wa Gatatu ahitwa Mbuya muri Kampala mu gihe inzego zâumutekano zikomeje guhiga abandi bakekwaho ibyaha. Aba barakekwaho kugira uruhare mu byaha bitandukanye birimo no gucyura ku ngufu bamwe mu banyarwanda bahungiye muri Uganda. Mu ntangiriro zâiki […]
Umusore yanteye inda mu muhuro wâubukwe bwe, yanze kumfasha, yanga nâumwana we, ubu arimo kumunsaba kuko uwo yashatse yabuze urubyaro- NKORE IKI?
Mwiriwe neza basomyi ba Bwiza.com, imyaka ishize ari 4, umusore yari inshuti yanjye bisanzwe, ubwo yari afite ubukwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu, buracya ubukwe buba nibwo yanteye inda. Twaraye iwabo turimo gutegura ubukwe kuko nari umwe mu bakobwa bagombaga kumukenyerera, iryo joro twarabyinnye, uko umubiri ukubana, twisanze twagu ye mu bishuko turasambana. Naryamanye […]
Kigali: Abanyamakuru bakoreraga radiyo âHOT FMâ barashinja umuyobozi wayo kubambura
Abanyamakuru bakoreraga radiyo âHOT FMâ ikorera mu mujyi wa Kigali ku murongo wa 103.6, bavuga ko bagiye kurega mu nkiko umuyobozi wayo bashinja kubambura. Aba banyamakuru bavuga ko bakoreraga radiyo âHOT FMâ, bamwe bafite amasezerano yanditse nâatanditse bagiranye nâumuyobozi wayo, Kelvin Katuramu, bamushinja kubambura amafaranga basezeranye yâumushahara wa buri kwezi, ayo yagombaga kubaha yâamatike,⌠Aba […]
Kigali:Abafatanywe amashashi batangaje ko batazongera kurota bayakoresha
Abakozi bâikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije (REMA) na Polisi yâigihugu bakoze umukwabu wo kurwanya amashashi, mu gihe bizwi ko abayafatanwaga bahitaga bahanwa, siko byagenze, bababariwe, abayafatanywe bivugira ko bayacitseho. Iki kigo gikangurira Abanyarwanda kugira uruhare mu kurwanya abakoresha rwihishwa amashashi ya’plastique’ kuko yangiza ibidukikije. Abayafatanywe bayakwaga nâibiyarimo bikajyanwa, ba nyirabyo bagahomba ibicuruzwa byabo, REMA ikaba […]