Umunyarwandakazi yishwe na Covid-19

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 9 Ukwakira 2020 yatangaje ko Umunyarwandakazi w’imyaka 41 y’amavuko yishwe n’icyorezo cya Covid-19. Ni mu gihe abanduye biyongereyeho 5, babonetse mu bipimo 963 byafashwe. Uyu abaye uwa 30 wishwe n’iki cyorezo kuva cyagera mu Rwanda muri Werurwe 2020, akaba yapfiriye mu mujyi wa Kigali. Abanduye barimo 3 babonetse […]
PAC yihanangirije abayobozi bakuru ba BDF
Komisiyo yâAbadepite ishinzwe kugenzura imikoreshereze nâumutungo wa Leta PAC yaburiye abayobozi bakuru bâIkigega cyâingwate gishinzwe guteza imbere imishinga mito nâiciriritse (BDF) kubera kunanirwa kuzuza inshingano zo guteza imbere ibigo bito mu Rwanda. Usibye kunanirwa gucunga neza umutungo wa Leta cyari gishinzwe gushora mu gufasha imishinga iciriritse, PAC igaragaza ko BDFyananiwe no kugaruza amafaranga menshi yari […]
Gatsibo: Abasenyewe n’imvura barasaba gutabarwa

Abaturage batuye mu murenge Kiramuruzi mu Kagari k’Akabuga barasaba ubuyobozi n’abagiraneza kubagoboka bakabaha ubufasha kuko inzu zabo zasenyutse ndetse ibikoresho byabo bikangirika. Imvura yarimo umuyaga n’urubura ni yo yasenyeye abaturage, ikaba yaguye ahagana saa saba z’amanywa kuri uyu wa Gatanu. Mukatinda Christine utuye mu Kagari k’Akabuga yabwiye Bwiza.com ko bahuye n’akaga kubera imvura yamusenyeye inzu […]
Byinshi ku buryo RGB yatoranyijemo ubuyobozi bushya bwa ADEPR
Urwego rwâIgihugu rw’imiyoborere (RGB) tariki ya 8 Ukwakira 2020 rwashyizweho abayobozi batanu bâinzibacyuho bâitorero (cyangwa umuryango) nyuma yâiminsi mike rweguje abari abayobozi baryo bakuru. Kweguza aba bayobozi bakuru, kwajyanye no guhagarika inzego nkuru zose zigize iri torero, bitewe nâibibazo byâumwuka wuje amakimbirane n’imicungire mibi. Iki ni icyemezo cyakuruye ibibazo byinshi kuri iri torero ryâAbarokore, ryiganjemo […]
Ev.Caleb yanditse igitabo kivuga ku byo yanyuzemo n’umugore we witabye Imana

Ev. Uwagaba Caleb Joseph wamenyekanye nkâumujyanama wa Papa Emile, yasohoye igitabo mbarankuru (Novel/Roman) yise âIminsi ijana twubatse urugoâ kirimo inkuru ishushanya inzira yanyuzemo nâumugore mu mezi atandatu agahita yitaba Imana Iki gitabo cyâinkuru ndende, kigaruka ku buzima bwite bwa Caleb Uwagaba yabayemo mbere yâuko akora ubukwe nâuwahoze ari umukunzi we Mucyo Sabine wapfuye bamaranye amezi […]
Davis D yakoze indirimbo ihamagarira abakobwa kwicara ku ifarashi ye

Umuhanzi Icyishaka David wamenyekanye nka Davis D nyuma yo gukora indirimbo bivugwa ko zirimo ibishegu, yasohoye indi ihamagarira abakobwa b’ibyamamare mu Rwanda kwicara ku ifarashi ye. Mu iyi ndirimbo Davis D yise ‘Ifarasi’ yakozwe na Producer Nasim Davis, humvikana amagambo agira ati: “Mr Kiboko nkubita kiboko, yicareho yicareho wiyitinya yicareho. Gumaho yicareho ifarasi yicarehoâ Muri […]
RDF yatangiye gusimbuza abasirikare barwanira mu kirere mu butumwa bwa UNMISS

Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyatangiye igikorwa cyo gusimbuza abasirikare bacyo bo mu mutwe w’ingabo zirwanira mu kirere bari bamaze igihe mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Itsinda rya cyenda rigizwe nâabasirikare 162 barimo abapilote, abakanishi b’indege bazasimbura bagenzi babo basoje ikivi muri UNMISS. Icyiciro cya mbere cy’abasirikare cyahagurutse i Kigali cyerekeza i […]
Nta bwoko bwitwa Abanyamulenge buba muri RDC_Fayulu ushinjwa kubanga urunuka
Martin Fayulu, umwe mu bayobozi bâihuriro ryâamashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi ryiswe LAMUKA rikorera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yavuze ko muri icyo gihugu nta bwoko bwitwa ‘Abanyamulenge’ buhabarizwa, mu gihe we ashinjwa kugirira urwango rukomeye abantu bo muri ubwo bwoko. Fayulu yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru cyabereye i Kinshasa. Ni […]
RDC: Minisitiri Ruberwa arasabwa kwegura azira gushaka gushinga Komini Minembwe
Umuryango wâabaturage uharanira uburenganzira bwa muntu, uzwi nka Filimbi, urasaba kwegura minisitiri ushinzwe kwegereza abaturage ubuyobozi no kuvugurura inzego, Azarias Rubebwa, wagize uruhare mu gikorwa, cyasheshwe na Perezida Felix Tshisekedi, cyo gushyiraho komini ya Minembwe mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo, . Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 09 Ukwakira 2020 […]
Umwana wâimyaka 16 ashobora kuba umukozi wa leta yâu Rwanda
Iteka rishya rya leta yâu Rwanda No. 017/2020 ryo ku wa 07/10/2020 rishyiraho sitati rusange igenga abakozi ba leta, ryasohotse mu igazeti idasanzwe yo ku wa 08/10/2020 mu ngingo yaryo ya 9 igena ibisabwa kugira ngo umuntu yinjire mu bakozi; aho bishoboka ko umwana wâimyaka 16 yâamavuko yaba umukozi wa leta. Ibyo bishoboka mu gihe […]
Abapolisi babiri birukanwe bazira gusomana mu gihugu gihana imbibi n’u Rwanda
Abapolisi babiri bo muri Polisi ya Tanzania, birukanwe ku mirimo nyuma y’ifoto yabo yagiye hanze basomana. Ifoto yafatiwe mu gace ka Kagera, mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Tanzania, igaragaza aba bapolisi bari bambaye imyambaro y’akazi basomana, ibyabaye intandaro yo kwirukanwa kwabo. Amakuru avuga ko iyi foto yashyizwe kuri murandasi n’umupolisi wa Tanzania wari kumwe n’aba […]
Papa Francis yibwe miliyoni 22 zâAmayero ntiyarabukwa
Mu nkundura yo kunyereza umutungo ikomeje kuvugwa i Vatican mu murwa mukuru wa Kiliziya, hatahuwe ko Papa Francis yibwe miliyoni zigera kuri 22 avanwe kuri konti ye bwite ntiyigere arabukwa. Mu nyandiko igizwe nâimpapuro 59 yashyizwe ahagaragara nâabashinzwe imari muri Leta ya Vatican, yagaragaje ko amabanga nâububiko bwaho bwigeze kwinjirirwa nâabajura mu ikoranabunga kugeza ubwo […]
Ibyamamare mu Rwanda bivuga iki ku njyana yâibishegu?

Mu Rwanda hamaze iminsi impaka mu biganiro ku ndirimbo zirimo gukorwa nâurubyiruko rwâabahanzi. Umubare munini wiganjemo abakuze uvuga ko indirimbo zirimo gukorwa mu byiswe âInjyana yâibishegu â zikomeje gukangurira urubyiruko rwâu Rwanda kwishora mu busambanyi. Abaririmba izi ndirimbo bo bagiye bavuga ko batishimiye kuba bahagarika bene izi ndirimbo cyane ko isoko ryâumuziki rihinduka. Muri iyi […]
Libya: Umuhungu wa Gen Haftar arashinjwa gusahura Banki Nkuru ya Benghazi akayabo kâamafaranga
Umugabo n’umugore b’Abafaransa batawe muri yombi mu ntangiriro z’Ukwakira i Limoges bafite amayero 20.000 yâinoti zavuye mu bubiko bwasahuwe muri Banki Nkuru ya Benghazi muri Libya mu mpera z’umwaka wa 2017. Icyo gihe, mu mujyi rwagati aho iyi banki yari iherereye, hari hamaze kwigarurirwa nâabarwanyi ba Gen. Khalifa Haftar bahambuye intagondwa zâAbayisilamu. Amakuru yizewe yemejwe […]
Canada ishyigikiye ubusabe bwa Dr. Mukwege bwo gushyiriraho RDC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha
Leta ya Canada ishyigikiye ubusabe bwa Dr. Denis Mukwege bwo gushyiriraho Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, TPI (Tribunal PĂ©nal International) rukurikirana ibyaha byakozwe n’imitwe yitwaje intwaro n’abasirikare bo mu mahanga kugeza mu 2003. Ibi byemejwe kuri uyu wa 8 Ukwakira 2020 na Ambasaderi wa Canada muri RDC, Nicolas Simard mu kiganiro yagiranye […]
Rusizi: Bashyikirijwe inkarabiro zigezweho bari bamaze igihe basaba

Abarema isoko rya Kamembe mu mujyi wa Rusizi nâabagenda gare ya Rusizi bavuganye na Bwiza.com, baravuga ko bashyikirijwe inkarabiro zigezweho mu gihe bari bamaze igihe bakoresha Kandagira Ukarabe zisanzwe binubiraga ubuziranenge bwazo mu guhangana nâicyorezo cya COVID-19, bizeza kuzibungabunga. Izi nkarabiro zatanzwe nâAkarere ka Rusizi ku bufatanye nâuruganda rwa CIMERWA, zirimo 2 zo mu masoko […]
IGP Munyuza yabwiye abapolisi ko kuba Abanyarwanda biruta amapeti yose bagira
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’Igihugu, IGP Dan Munyuza, yasabye Abapolisi b’u Rwanda berekeje mu butumwa bwo kugarura amahoro i Juba muri Sudani y’Epfo kwirinda gusiga icyasha u Rwanda, ngo kuko kuba Abanyarwanda biruta amapeti yose bagira. IGP Munyuza yabivugiye mu ishuri rya Polisi riri i Gishari mu karere ka Rwamagana, ubwo yahaga impanuro abapolisi 176 […]
Burundi: Hon Banciryanino yaraye muri gereza nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kwigomeka

Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, itariki 08 Ukwakira, Ubushinjacyaha bwa Ntahangwa bwafashe icyemezo cyo kohereza muri gereza itaramenyekana Depite Fabien Banciryanino nyuma yâamasaha menshi ahatwa ibibazo. Iyi nkuru dukesha SOS Medias Burundi iravuga ko Ho. Banciryanino yumviswe nâumucamanza wâUrukiko Rwisumbuye nâUbushinjacyaha bya Ntahangwa, mu Mujyi […]
Abdul Razak Fiston yavuze ko atari ku rwego rwa Rayon Sports
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Burundi, Fiston Abdul Razak, yabeshyuje amakuru akomeje kumwerekeza mu kipe ya Rayon Sports, avuga ko ataragera ku rwego rwo gukinira amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Ku munsi w’ejo ku wa Kane hari hiriwe hacaracara amakuru avuga ko uyu rutahizamu wa JS Kabylie yo muri Algeria ari mu bakinnyi bane […]
Uwari umuyobozi wa ISO, Col Kaka Bagyenda yirukanwe ku mirimo ye

Perezida Museveni yirukanye ku mirimo ye uwari umuyobozi wâUrwego rushinzwe Umutekano wâImbere mu gihugu (ISO) Col. Frank ‘Kaka’ Bagyenda kubera ibyaha byagiye bikorwa nâabakozi bâuru rwego arebera. Amakuru avuga ko Col Bagyenda yasimbujwe Charles Oluka , wari ushinzwe tekiniki nâibikorwa, wungirijwe na Emma Katabaazi, wigeze kuba ashinzwe itangazamakuru muri uru rwego. Amakuru yashyizwe ahagaragara yavuye […]
RIB yafunze ukekwaho kwica umuturage akamutaba mu mwobo
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha kuri uyu wa 9 Ukwakira 2020 rumaze gutangaza ko rwataye muri yombi Bakundinka Jean Nepomuscene wo mu Karere ka Gatsibo, ukekwaho kwica Mutuyimana Diogene akamutaba mu mwobo. Nkâuko bigaragara mu itangazo rya RIB, Mutuyimana yishwe tariki ya 26 Nyakanga 2016. Icyo gihe ukekwa yaba yaramaze kumwica, amushyira mu mufuka, arangije amutaba mu […]
RDC: Byarangiye Perezida Tshisekedi ahagaritse ishyirwaho rya Komine Minembwe
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, kuri uyu wa Kane yahagaritse icyemezo giherutse gushyiraho Komini ya Minembwe, muri Kivu yâAmajyepfo. âKuri njye, agakiza k’abaturage ni itegeko ry’ikirenga. Sinshobora gusiga ubwoko bwanjye mu kaga. Nahisemo guhagarika ibyakorewe kugeza ubu Minembwe, “ibi bikaba byavuzwe na Perezida wa Repubulika, Felix Tshisekedi, mu kiganiro n’abanyamakuru yatanze […]
40% byâumusaruro wâibiribwa bipfa ubusa, 19% byâAbanyarwanda badafite ibyo kurya bihagije â Banki yâIsi
Raporo ya Banki y’isi ivuga ko u Rwanda rutakaza kandi rugasesagura 40% by’umusaruro rusange w’ibiribwa buri mwaka, mu gihe 19% by’abaturage badafite ibyo kurya bihagije. Raporo ya âFood Smart Country Diagnosticâ yashyizwe ahagaragara mu cyumweru gishize yahisemo ibihingwa bitatu bikoreshwa cyane mu gihugu. Ni inyanya, umuceri n’ibigori. Igihombo no kwangirika bivugwa ko bibera ahantu hatandukanye […]