Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 73

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 18 Ukuboza 2020 yatangaje ko abantu 73 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 3468 byafashwe. Barimo 40 babonetse mu mujyi wa Kigali mu bagenzi binjira mu gihugu, 17 babonetse mu Karere ka Rubavu, 7 babonetse mu Karere ka Huye, 6 babonetse muri Musanze, 2 babonetse muri Rwamagana n’undi […]
Nyamasheke: Abahinzi bâicyayi basabwe imbaraga mu kongera ubwinshi nâubwiza bwacyo

N’ubwo abahinzi bâicyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura na COOTHEVIGI mu karere ka Nyamasheke bakorana nâuruganda rwâicyayi rwa Gisakura bishimira ko uruganda rwabo ruri mu nganda 4 mu gihugu igiciro cyâicyayi cyazamutse muri 18 zihabarizwa kuko izindi cyaguye, barasabwa kutirara, bakarushaho kuzamura ubwinshi nâubwiza bwacyo kuko bitaragera ku rwego rushimishije kandi biri mu bishobora gutuma badasubira inyuma […]
Muhanga: Yatumwe kuroga abamucumbikiye âkubera ko birataâ
Uwitwa Icyimpaye NoĂ«lla wo mu Mudugudu wa Nyarucyamu I, mu Kagari ka Gahogo mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, akurikiranyweho guha uburozi umukobwa ucumbikiwe nâabaturanyi ngo yice umwana waho na nyina ngo kuko birata. Umutoniwase Fiona wareraga umwana wa mubyara wa Se, yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko Icyimpaye yamwegereye agatangira kumwoshya ngo […]
Gicumbi: Umunyamakuru wa Radio Ishingiro yafunzwe azira gukubita umwarimukazi
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru wa Radio Ishingiro yo mu Karere ka Gicumbi, rumukurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umwarimukazi. Uyu munyamakuru yafunzwe tariki ya 15 Ukuboza 2020, nyuma yâamakuru yo gukubita umwarimukazi wacumbikiye umugore we wari wahunze amakimbirane bari bafitanye. Umuvugizi wâUmusigire wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE ko […]
Ngizi insengero udakwiye kongera gukandagiramo, niba ukunda Imana
Bamwe muri twe, tujya mu nsengero kugira ngo twumve ubutumwa Imana itugenera, buciye mu bantu barimo ababwirizabutumwa (Abashumba, ba Bishop, ba ApĂŽtre,âŠ) hiyongereyeho abaririmbyi nâabahanzi ku giti cyabo. Gusa nkâuko na Bibiliya ibivuga, aba bavugabutumwa si ko bose ari shyashya, ni nka âba bahanuziâ batandukanye; barimo abâukuri nâabâibinyoma. Umuvugabutumwa mubi ashobora gutuma itorero cyangwa urusengero […]
Les députés adoptent un projet de loi visant à rendre les coopératives plus efficaces
Les coopĂ©ratives obtiendront un certificat de personnalitĂ© juridique leur donnant le pouvoir absolu de travailler en tant que telles entitĂ©s uniquement si elles ont rĂ©alisĂ© leurs plans d’action, prĂ©voit un nouveau projet de loi. La loi rĂ©gissant les organisations coopĂ©ratives au Rwanda que la Chambre des DĂ©putĂ©s a votĂ©e le jeudi 17 dĂ©cembre 2020 indique […]
Uganda: Polisi yongeye gutobora amapine y’imodoka ya Bobi Wine (Amafoto)

Robert Ssentamu Kyagukanyi Alias Bobi Wine uri mu bakandida biyamamariza kuyobora Uganda, aravuga ko Abapolisi ba kiriya gihugu barashe imodoka ye bakayitobora amapine. Imodoka ya Bobi Wine yashwe ubwo yerekezaga ahitwa Rwampara nk’uko yabingaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ati: “Kare turi mu nzira twerekeza Rwamara, abantu bari bahishe amasura bambaye imyambaro y’umukara ya […]
Nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda, Schoof agiye gushinga andi maradiyo muri Uganda
Gregg Schoof, umuvugabutumwa wâUmunyamerika wari warashinze Radio Ubuntu Butangaje (Amazing Grace) yafunzwe imiryango nyuma yâikiganiro kitavuzweho rumwe cyafashwe nkâikibasira igitsinagore, aravuga ko agiye gushinga andi maradiyo nâinsengero muri Uganda aho yimukiye nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda. Mu ibaruwa we yatambukijwe kuri uyu wa Kane ku rubuga rwa âFundamental Baptist Missions Internationalâ yatangaje ko umuryango we […]
Ethiopia yiyemeje kuzahemba uzafasha gufata abayobozi bâumutwe wa TPLF
Leta ya Ethiopia yiyemeje guha miliyoni 10 zâamafaranga akoreshwa muri iki gihugu (260,000$), umuntu wese watanga amakuru yageza ku ifatwa ryâabayobozi bâumutwe wa TPLF, wari umaze igihe uhanganye nâingabo za guverinoma mu majyaruguru yâigihugu. Igihembo kigenewe uwafasha guta muri yombi abayobozi bâumutwe wa TPLF (Tigray Peopleâs Liberation Front) cyatangajwe kuri radio na televiziyo byâigihugu (EBC), […]
Rusizi: Impanuka ya moto yahitanye batatu bo mu muryango umwe
Amakuru aturuka mu murenge wa Nyakabuye mu karere ka Rusizi aravuga urupfu rwâumukecuru Nyiranzirorera Alexiane wâimyaka 52, umukobwa we Mukandayisenga Rachel wâimyaka 32 wari uhetse uruhinja rwâumwaka umwe, bose uko ari 3 bari batwawe nâumumotari witwa Habimana Philippe kuri moto RB 928 Z. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Motari Habimana yashatse guca ku modoka […]
Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)

Umukobwa ufite imiterere nâikibuno bitangaje yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ibyo yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe. Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane kâibara rya orange, kamwegereye ubonako iyi kanzu igaragaza imiterere yâikibuno cye, yatunguye benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda agenda ashaka abamugurira ibyo yari yavanye murugo abitwaye […]
CECAFA U17: Djibouti inganyije na Tanzania, Amavubi arasezererwa
Ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) y’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko, isezerewe mu irushanwa ry’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba (CECAFA U17), nyuma y’aho Djibouti inganyirije na Tanzania. Uyu mukino wahuzaga Tanzania kuri uyu wa 18 Ukuboza 2020, urangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Harimo icyo umukinnyi wa Djibouti witwa Abdek Mouhoumed yitsinze ku munota wa 33 ndetse […]
Goma: Impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Theoneste Gakuru, yarusimbutse
Impirimbanyi yâuburenganzira bwa muntu, Theoneste Gakuru Bahati, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 16 Ukuboza 2020 yarokotse urupfu ubwo abantu bitwaje imbunda bari kuri moto bamutegaga bakayimutunga agakizwa nâamafaranga menshi yari afite nâibindi bintu. Ibi byabereye i Goma mu murwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara nâumuryango ufasha imfubyi ahagarariye rivuga ko Bahati ameze […]
Ibihugu 10 bya mbere bifite abasirikare benshi kurusha ibindi ku Isi

Igihugu cy’u Bushinwa gikomeje kuza imbere ku Isi mu kugira umubare munini w’abasirikare kurusha ibindi bihugu, na cyane ko ari cyo gituwe kurusha ibindi, kigakurikirwa n’u Buhinde, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibindi bigakurikira nk’uko tubikesha urubuga statista.com. Dore ibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku Isi: U Bushinwa: 2,035,000 U Buhinde: 1,445,000 USA: […]
Musanze/Cyuve: Ijerekani y’inkari iragura Frw 1,000
Abaturage batuye mu Kagari ka Bubandu mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze bari mu byihsimo ko baboneye isoko ryo kugurishaho inkari, aho ijerekani imwe umushoramari ayigura ku Frw 1,000. Aba baturage babwiye KT Radio ko ubu bucuruzi bubinjiriza amafaranga, ko ubu batacyihagarika mu bwiherero. Umwe muri bo ati ” Ntitugisoba mu musarani. Ni […]
Kwihangana byanze! Cristiano yagaragaye yigunze nyuma yo gutsindwa na Lewandowski
Rutahizamu Cristiano Ronaldo wa Juventus yo mu Butaliyani, yagaragaye asa n’uwigunze nyuma yo gutsindwa na Robert Lewandowski wa Bayern Munich akamutwara igihembo cy’umukinnyi wahize abandi ku Isi muri 2020. Mu ijoro ryakeye ni bwo Lewandowski yegukanye Igihembo cy’uwahize abandi ku Isi, ahigitse Cristiano Ronaldo na Lionel Messi. Umuhango wabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, mu rwego rwo kwirinda […]
Tanzania: Abaguze imodoka zihenze bari mu mazi abira
Minisitiri w’Intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa yatanze itegeko ko kuva kuwa 17 Ukuboza 2020 abayobozi mu nzego za Leta baguze imodoka zihenze bagomba gutangira gutanga ibisobanuro mu cyumweru kimwe. Majaliwa yavuze ko Umunyamabanga mu biro bya minisitiri w’intebe, abashinzwe kugenzura ibyo kugura imodoka mu biro bye, abayobozi mu mujyi wa Mwanza, abo mu ri njyanama […]
Bamwe mu batwara abagenzi babanje guhabwa mazutu kugirango bemere gukora
Nyuma yâaho guhera kuri uyu wa Gatatu hari bamwe mu batwara abagenzi mu buryo bwa rusange bari bahisemo guparika imodoka zabo kubera ko ibiciro bitazamuwe nyuma yo gusabwa gutwara 50% y’abo bemerewe, byabaye ngombwa ko ibigo bitwara abagenzi bibanza guhabwa mazutu ku bwunganizi leta yabageneye, kugira ngo bemere gutwara abagenzi nk’uko byari bisanzwe. Ibi byaje […]
FARDC irashinjwa ubucuruzi butemewe bwâamabuye yâagaciro
Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zoherejwe mu bikorwa byo kurwanya inyeshyamba muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu yâAmajyaruguru zirahakana ibirego zishinjwa byo kwivanga mu bucuruzi butemewe bwâamabuye yâagaciro acukurwa mu birombe bya Matungu, FARDC ivuga ko nta gihe gishize ibyambuye inyeshyamba za NDC. Bamwe mu bavuga rikijyana nâimpirimbanyi batunga urutoki abasirikare boherejwe muri […]
Karidinali Kambanda yahawe izindi nshingano i Vatican
Karidinali wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda, Antoine Kambanda yahawe izindi nshingano zo kuba umwe umwe mu bashinzwe iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika ku Isi yose, (Congregation for the Evangelization of Peoples (CEP). CEP ni urwego rufite mu nshingano kuba umuhuzabikorwa w’ibijyanye n’imirimo y’iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika. Izi nshingano nk’uko amakuru BWIZA ikesha RBA abivuga, ziyongera kuba […]
Afurika mu 2020: Ababaye ba Perezida 12 barimo 4 ba EAC barapfuye

Umwaka wâ2020 waranzwe cyane nâinkuru mbi zirangajwe imbere nâicyorezo cya Covid-19 cyahitanye ubuzima bwa miliyoni zâabantu ku Isi. Usibye nâagahinda katewe nâiki cyorezo, hari abahamya ko ubuzima bwâibyamamare nâabakomeye muri politiki bwatakariye muri uyu mwaka, ari bwinshi ugererenyije no mu myaka myinshi ishize. Izi nkuru zageze no ku mugabane wa Afurika, aho muri uyu mwaka […]
Nari naraburiye Kayihura kuri Museveni ariko ntiyigeze anyumva â Bobi Wine
Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine, umukandida wâishyaka National Unity Platform (NUP) yasezeranyije kuzababarira uwahoze ari Umukuru wâIgipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura ufite ibirego akurikiranweho mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. Kuri uyu wa Gatatu ushize nkâuko iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor ivuga, Bobi Wine yahaye amashimwe Gen. Kayihura, yigeze kujya avuga ko ari we […]
FIFA the Best: Menya abo Mashami na Tuyisenge Jacques bahundagajeho amajwi
Mu ijoro ryakeye Impuzamashyirahawe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), yaraye itanze ibihembo by’abiganjemo abakinnyi n’abatoza bahize abandi ku Isi mu mwaka wa 2020. Nko mu bagabo umukinnyi wahize abandi ni umunya-Pologne, Robert Lewandowski ukinira Bayern Munich yo mu Budage, nyuma yo kuyitsindira ibitego 55 mu mwaka w’imikino ushize akayihesha ibikombe birimo icya Shampiyona, DFB-Pokal, UEFA […]
RGB yamaganye itangazo ritumira abantu mu rugendo rujya mu Buholandi riyiyitirira

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwihakanye itangazo ryahererekanyijwe ku bantu bamwe ribatumira kujya mu rugendoshuri mu Buholandi. Umuyobozi wa RGB, Dr. Usta Kayitesi yashyize umukono kuri iri tangazo avuga ngo ” Dushaka kumenyesha abantu ko ibaruwa yitirirwa RGB yohererejwe bamwe mu bantu ibatumira kujya mu rugendoshuri mu Buholandi atari iya nyayo.” Dr. Kayitesi yasabye abayakiriye ku […]
Amb. Willy Nyamitwe arashidikanya ku rupfu rwa Pierre Buyoya
Ambasaderi Willy Nyamitwe uyoboye ishami rishinzwe amakuru n’itumanaho mu biro bya Perezida w’u Burundi, amaze kugaragaza amakenga ku nkuru y’urupfu rwa Pierre Buyoya uherutse gukatirwa igifungo cya burundu. Inkuru y’urupfu rwa Buyoya yemejwe n’abo hafi y’umuryango we, aho bakeka ko yaba yishwe n’icyorezo cya Covid-19.” Amabasaderi Nyamitwe mu butumwa atambukije ku rubuga rwa Twitter, agaragaje […]
Pierre Buyoya wayoboye u Burundi imyaka igera kuri 13, yapfuye
Umwe mu bayoboye Repubulika y’u Burundi igihe kirekire uherutse gukatirwa igifungo cya burundu, Pierre Buyoya, yapfuye azize urupfu bikekwa ko rwatewe n’icyorezo cya Covid-19. Inkuru y’urupfu rwa Buyoya yemejwe na Radio Ijwi rya Amerika Ni nyuma y’ibyumweru bitatu bishize yeguye ku nshingano zo kuba Intumwa Yihariye y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Karere ka Sahel […]