Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho 73

epi0ikmw4a8vr_s.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 18 Ukuboza 2020 yatangaje ko abantu 73 banduye icyorezo cya Covid-19 mu bipimo 3468 byafashwe. Barimo 40 babonetse mu mujyi wa Kigali mu bagenzi binjira mu gihugu, 17 babonetse mu Karere ka Rubavu, 7 babonetse mu Karere ka Huye, 6 babonetse muri Musanze, 2 babonetse muri Rwamagana n’undi […]

Nyamasheke: Abahinzi b’icyayi basabwe imbaraga mu kongera ubwinshi n’ubwiza bwacyo

img-20201217-wa0030.jpg

N’ubwo abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura na COOTHEVIGI mu karere ka Nyamasheke bakorana n’uruganda rw’icyayi rwa Gisakura bishimira ko uruganda rwabo ruri mu nganda 4 mu gihugu igiciro cy’icyayi cyazamutse muri 18 zihabarizwa kuko izindi cyaguye, barasabwa kutirara, bakarushaho kuzamura ubwinshi n’ubwiza bwacyo kuko bitaragera ku rwego rushimishije kandi biri mu bishobora gutuma badasubira inyuma […]

Muhanga: Yatumwe kuroga abamucumbikiye ‘kubera ko birata’

Uwitwa Icyimpaye NoĂ«lla wo mu Mudugudu wa Nyarucyamu I, mu Kagari ka Gahogo mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, akurikiranyweho guha uburozi umukobwa ucumbikiwe n’abaturanyi ngo yice umwana waho na nyina ngo kuko birata. Umutoniwase Fiona wareraga umwana wa mubyara wa Se, yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko Icyimpaye yamwegereye agatangira kumwoshya ngo […]

Gicumbi: Umunyamakuru wa Radio Ishingiro yafunzwe azira gukubita umwarimukazi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru wa Radio Ishingiro yo mu Karere ka Gicumbi, rumukurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umwarimukazi. Uyu munyamakuru yafunzwe tariki ya 15 Ukuboza 2020, nyuma y’amakuru yo gukubita umwarimukazi wacumbikiye umugore we wari wahunze amakimbirane bari bafitanye. Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE ko […]

Ngizi insengero udakwiye kongera gukandagiramo, niba ukunda Imana

Bamwe muri twe, tujya mu nsengero kugira ngo twumve ubutumwa Imana itugenera, buciye mu bantu barimo ababwirizabutumwa (Abashumba, ba Bishop, ba ApĂŽtre,
) hiyongereyeho abaririmbyi n’abahanzi ku giti cyabo. Gusa nk’uko na Bibiliya ibivuga, aba bavugabutumwa si ko bose ari shyashya, ni nka “ba bahanuzi” batandukanye; barimo ab’ukuri n’ab’ibinyoma. Umuvugabutumwa mubi ashobora gutuma itorero cyangwa urusengero […]

Les députés adoptent un projet de loi visant à rendre les coopératives plus efficaces

Les coopĂ©ratives obtiendront un certificat de personnalitĂ© juridique leur donnant le pouvoir absolu de travailler en tant que telles entitĂ©s uniquement si elles ont rĂ©alisĂ© leurs plans d’action, prĂ©voit un nouveau projet de loi. La loi rĂ©gissant les organisations coopĂ©ratives au Rwanda que la Chambre des DĂ©putĂ©s a votĂ©e le jeudi 17 dĂ©cembre 2020 indique […]

Uganda: Polisi yongeye gutobora amapine y’imodoka ya Bobi Wine (Amafoto)

img_20201218_132317.jpg

Robert Ssentamu Kyagukanyi Alias Bobi Wine uri mu bakandida biyamamariza kuyobora Uganda, aravuga ko Abapolisi ba kiriya gihugu barashe imodoka ye bakayitobora amapine. Imodoka ya Bobi Wine yashwe ubwo yerekezaga ahitwa Rwampara nk’uko yabingaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ati: “Kare turi mu nzira twerekeza Rwamara, abantu bari bahishe amasura bambaye imyambaro y’umukara ya […]

Nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda, Schoof agiye gushinga andi maradiyo muri Uganda

Gregg Schoof, umuvugabutumwa w’Umunyamerika wari warashinze Radio Ubuntu Butangaje (Amazing Grace) yafunzwe imiryango nyuma y’ikiganiro kitavuzweho rumwe cyafashwe nk’ikibasira igitsinagore, aravuga ko agiye gushinga andi maradiyo n’insengero muri Uganda aho yimukiye nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda. Mu ibaruwa we yatambukijwe kuri uyu wa Kane ku rubuga rwa ‘Fundamental Baptist Missions International’ yatangaje ko umuryango we […]

Ethiopia yiyemeje kuzahemba uzafasha gufata abayobozi b’umutwe wa TPLF

Leta ya Ethiopia yiyemeje guha miliyoni 10 z’amafaranga akoreshwa muri iki gihugu (260,000$), umuntu wese watanga amakuru yageza ku ifatwa ry’abayobozi b’umutwe wa TPLF, wari umaze igihe uhanganye n’ingabo za guverinoma mu majyaruguru y’igihugu. Igihembo kigenewe uwafasha guta muri yombi abayobozi b’umutwe wa TPLF (Tigray People’s Liberation Front) cyatangajwe kuri radio na televiziyo by’igihugu (EBC), […]

Rusizi: Impanuka ya moto yahitanye batatu bo mu muryango umwe

Amakuru aturuka mu murenge wa Nyakabuye mu karere ka Rusizi aravuga urupfu rw’umukecuru Nyiranzirorera Alexiane w’imyaka 52, umukobwa we Mukandayisenga Rachel w’imyaka 32 wari uhetse uruhinja rw’umwaka umwe, bose uko ari 3 bari batwawe n’umumotari witwa Habimana Philippe kuri moto RB 928 Z. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Motari Habimana yashatse guca ku modoka […]

Umuzunguzayi w’uburanga budasanzwe yongeye gutuma abantu bavugishwa ari mu kajipo kagufi (Amafoto)

g-107.jpg

Umukobwa ufite imiterere n’ikibuno bitangaje yongeye ashavuza abagabo benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda yikoreye akabase karimo ibyo yagendaga acuruza yambaye agakanzu kagufi kamufashe. Uyu mukobwa wari wambaye akaganzu keza cyane k’ibara rya orange, kamwegereye ubonako iyi kanzu igaragaza imiterere y’ikibuno cye, yatunguye benshi ubwo yagaragaraga mu muhanda agenda ashaka abamugurira ibyo yari yavanye murugo abitwaye […]

CECAFA U17: Djibouti inganyije na Tanzania, Amavubi arasezererwa

Ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) y’abatarengeje imyaka 17 y’amavuko, isezerewe mu irushanwa ry’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba (CECAFA U17), nyuma y’aho Djibouti inganyirije na Tanzania. Uyu mukino wahuzaga Tanzania kuri uyu wa 18 Ukuboza 2020, urangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Harimo icyo umukinnyi wa Djibouti witwa Abdek Mouhoumed yitsinze ku munota wa 33 ndetse […]

Goma: Impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Theoneste Gakuru, yarusimbutse

Impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Theoneste Gakuru Bahati, kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 16 Ukuboza 2020 yarokotse urupfu ubwo abantu bitwaje imbunda bari kuri moto bamutegaga bakayimutunga agakizwa n’amafaranga menshi yari afite n’ibindi bintu. Ibi byabereye i Goma mu murwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuryango ufasha imfubyi ahagarariye rivuga ko Bahati ameze […]

Ibihugu 10 bya mbere bifite abasirikare benshi kurusha ibindi ku Isi

china-military-parade-e1440480133985.jpg

Igihugu cy’u Bushinwa gikomeje kuza imbere ku Isi mu kugira umubare munini w’abasirikare kurusha ibindi bihugu, na cyane ko ari cyo gituwe kurusha ibindi, kigakurikirwa n’u Buhinde, Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibindi bigakurikira nk’uko tubikesha urubuga statista.com. Dore ibihugu 10 bya mbere bifite ingabo nyinshi ku Isi: U Bushinwa: 2,035,000 U Buhinde: 1,445,000 USA: […]

Musanze/Cyuve: Ijerekani y’inkari iragura Frw 1,000

Abaturage batuye mu Kagari ka Bubandu mu Murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze bari mu byihsimo ko baboneye isoko ryo kugurishaho inkari, aho ijerekani imwe umushoramari ayigura ku Frw 1,000. Aba baturage babwiye KT Radio ko ubu bucuruzi bubinjiriza amafaranga, ko ubu batacyihagarika mu bwiherero. Umwe muri bo ati ” Ntitugisoba mu musarani. Ni […]

Kwihangana byanze! Cristiano yagaragaye yigunze nyuma yo gutsindwa na Lewandowski

Rutahizamu Cristiano Ronaldo wa Juventus yo mu Butaliyani, yagaragaye asa n’uwigunze nyuma yo gutsindwa na Robert Lewandowski wa Bayern Munich akamutwara igihembo cy’umukinnyi wahize abandi ku Isi muri 2020. Mu ijoro ryakeye ni bwo Lewandowski yegukanye Igihembo cy’uwahize abandi ku Isi, ahigitse Cristiano Ronaldo na Lionel Messi. Umuhango wabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, mu rwego rwo kwirinda […]

Tanzania: Abaguze imodoka zihenze bari mu mazi abira

Minisitiri w’Intebe wa Tanzania, Kassim Majaliwa yatanze itegeko ko kuva kuwa 17 Ukuboza 2020 abayobozi mu nzego za Leta baguze imodoka zihenze bagomba gutangira gutanga ibisobanuro mu cyumweru kimwe. Majaliwa yavuze ko Umunyamabanga mu biro bya minisitiri w’intebe, abashinzwe kugenzura ibyo kugura imodoka mu biro bye, abayobozi mu mujyi wa Mwanza, abo mu ri njyanama […]

Bamwe mu batwara abagenzi babanje guhabwa mazutu kugirango bemere gukora

Nyuma y’aho guhera kuri uyu wa Gatatu hari bamwe mu batwara abagenzi mu buryo bwa rusange bari bahisemo guparika imodoka zabo kubera ko ibiciro bitazamuwe nyuma yo gusabwa gutwara 50% y’abo bemerewe, byabaye ngombwa ko ibigo bitwara abagenzi bibanza guhabwa mazutu ku bwunganizi leta yabageneye, kugira ngo bemere gutwara abagenzi nk’uko byari bisanzwe. Ibi byaje […]

FARDC irashinjwa ubucuruzi butemewe bw’amabuye y’agaciro

Ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zoherejwe mu bikorwa byo kurwanya inyeshyamba muri Teritwari ya Masisi, muri Kivu y’Amajyaruguru zirahakana ibirego zishinjwa byo kwivanga mu bucuruzi butemewe bw’amabuye y’agaciro acukurwa mu birombe bya Matungu, FARDC ivuga ko nta gihe gishize ibyambuye inyeshyamba za NDC. Bamwe mu bavuga rikijyana n’impirimbanyi batunga urutoki abasirikare boherejwe muri […]

Karidinali Kambanda yahawe izindi nshingano i Vatican

Karidinali wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda, Antoine Kambanda yahawe izindi nshingano zo kuba umwe umwe mu bashinzwe iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika ku Isi yose, (Congregation for the Evangelization of Peoples (CEP). CEP ni urwego rufite mu nshingano kuba umuhuzabikorwa w’ibijyanye n’imirimo y’iyogezabutumwa muri Kiliziya Gatolika. Izi nshingano nk’uko amakuru BWIZA ikesha RBA abivuga, ziyongera kuba […]

Afurika mu 2020: Ababaye ba Perezida 12 barimo 4 ba EAC barapfuye

_109463750_gettyimages-51391234.jpg

Umwaka w’2020 waranzwe cyane n’inkuru mbi zirangajwe imbere n’icyorezo cya Covid-19 cyahitanye ubuzima bwa miliyoni z’abantu ku Isi. Usibye n’agahinda katewe n’iki cyorezo, hari abahamya ko ubuzima bw’ibyamamare n’abakomeye muri politiki bwatakariye muri uyu mwaka, ari bwinshi ugererenyije no mu myaka myinshi ishize. Izi nkuru zageze no ku mugabane wa Afurika, aho muri uyu mwaka […]

Nari naraburiye Kayihura kuri Museveni ariko ntiyigeze anyumva – Bobi Wine

Robert Kyagulanyi alias Bobi Wine, umukandida w’ishyaka National Unity Platform (NUP) yasezeranyije kuzababarira uwahoze ari Umukuru w’Igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura ufite ibirego akurikiranweho mu Rukiko Rukuru rwa Gisirikare. Kuri uyu wa Gatatu ushize nk’uko iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor ivuga, Bobi Wine yahaye amashimwe Gen. Kayihura, yigeze kujya avuga ko ari we […]

FIFA the Best: Menya abo Mashami na Tuyisenge Jacques bahundagajeho amajwi

Mu ijoro ryakeye Impuzamashyirahawe y’Umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), yaraye itanze ibihembo by’abiganjemo abakinnyi n’abatoza bahize abandi ku Isi mu mwaka wa 2020. Nko mu bagabo umukinnyi wahize abandi ni umunya-Pologne, Robert Lewandowski ukinira Bayern Munich yo mu Budage, nyuma yo kuyitsindira ibitego 55 mu mwaka w’imikino ushize akayihesha ibikombe birimo icya Shampiyona, DFB-Pokal, UEFA […]

RGB yamaganye itangazo ritumira abantu mu rugendo rujya mu Buholandi riyiyitirira

epb6-pxw8aagh7f.jpg

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwihakanye itangazo ryahererekanyijwe ku bantu bamwe ribatumira kujya mu rugendoshuri mu Buholandi. Umuyobozi wa RGB, Dr. Usta Kayitesi yashyize umukono kuri iri tangazo avuga ngo ” Dushaka kumenyesha abantu ko ibaruwa yitirirwa RGB yohererejwe bamwe mu bantu ibatumira kujya mu rugendoshuri mu Buholandi atari iya nyayo.” Dr. Kayitesi yasabye abayakiriye ku […]

Amb. Willy Nyamitwe arashidikanya ku rupfu rwa Pierre Buyoya

Ambasaderi Willy Nyamitwe uyoboye ishami rishinzwe amakuru n’itumanaho mu biro bya Perezida w’u Burundi, amaze kugaragaza amakenga ku nkuru y’urupfu rwa Pierre Buyoya uherutse gukatirwa igifungo cya burundu. Inkuru y’urupfu rwa Buyoya yemejwe n’abo hafi y’umuryango we, aho bakeka ko yaba yishwe n’icyorezo cya Covid-19.” Amabasaderi Nyamitwe mu butumwa atambukije ku rubuga rwa Twitter, agaragaje […]

Pierre Buyoya wayoboye u Burundi imyaka igera kuri 13, yapfuye

Umwe mu bayoboye Repubulika y’u Burundi igihe kirekire uherutse gukatirwa igifungo cya burundu, Pierre Buyoya, yapfuye azize urupfu bikekwa ko rwatewe n’icyorezo cya Covid-19. Inkuru y’urupfu rwa Buyoya yemejwe na Radio Ijwi rya Amerika Ni nyuma y’ibyumweru bitatu bishize yeguye ku nshingano zo kuba Intumwa Yihariye y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Karere ka Sahel […]