Umwaka urangiye Covid-19 yishe abandi bantu 6

Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko abandi Banyarwanda batandatu (6) bishwe n’icyorezo cya Covid-19 kuri uyu wa 31 Ukuboza 2020, bituma umubare w’abamaze gupfa ugera kuri 92. Barimo abagore b’imyaka 38 na 40 n’abagabo b’imyaka 52, 57, 62 na 71 bose bapfiriye mu Mujyi wa Kigali. Abanduye uyu munsi bo ni 133 mu bipimo 4332. Barimo […]
FDLR yivuganye umwofisiye wa FARDC, na yo yicirwa abarwanyi babiri
Igisirikare cya Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko umusirikare wacyo wo ku rwego rwa Ofisiye yivuganwe na FDLR, gusa na cyo kica abarwanyi babiri b’uriya mutwe urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda. FARDC kuri Twitter yayo yemeje ko uriya mu-Ofisiye wayo n’abo barwanyi baguye mu mirwano ikomeje kuyisakiranya na FDLR mu gace ka Nyamilima ho […]
VIDEO: Umugore n’umugabo barwaniye mu kabari amumenaho inzoga – ISI N’ABANTU
RDC: Hari umuti watangiye kugera ku isoko, bizera ko wavura Covid-19
Umuhanga mu by’imiti wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Etienne-Flaubert Batangu yakoze umuti witwa ‘Manacovid’ avuga ko ushobora kuvura icyorezo cya Covid-19 ndetse ngo watangiye kugera ku isoko. Nk’uko tubikesha Actualité, uyu muti wakozwe mu bimera byo muri RDC wemewe na Minisiteri y’Ubuzima y’iki gihugu tariki ya 24 Ugushyingo 2020 nyuma yo kugeragezwa bikagaragara […]
Nyaruguru: Gitifu w’Umurenge wa Kibeho yatawe muri yombi, nabo bakorana baranugwanugwa
Karegeya Vianney , Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibeho, mu Karere ka Nyaruguru, ho mu Ntara y’Amajyepfo, yatawe muri yombi ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, itariki 31 Ukuboza, nyuma yo gufatirwa mu Matyazo. Bikaba bihwihwiswa kandi ko nabo bakorana harimo abashobora gutabwa muri yombi. Amakuru agera kuri Bwiza kugeza ubu ntabwo avuga icyaba cyateye […]
Une des rares femmes rwandaises conductrices de camions transfrontalière a été tuée dans un accident
Une des rares femmes rwandaises conductrices de camions transfrontalière , Ladouce Munyakazi – est décédée à la suite d’un sinistre accident survenu dans le district de Kirehe, dans la soirée du mercredi 30 décembre. L’homme de 30 ans laisse dans le deuil un mari et trois enfants. Munyakazi, qui fait partie des rares femmes conductrices […]
Butembo: Komanda wa polisi yahagaritswe azira kurenga ku mabwiriza yo gukumira Covid-19
Komanda wa Polisi mu Mujyi wa Butembo, Col. Richard Mbambi Kingana Kitabakulu, yahagaritswe ku mirimo ye azira agasuzuguro no kurenga ku ngamba zo kurwanya icyorezo cya Covid-19 zashyizweho kuva ku itariki 10 Werurwe 2020 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Itangazo ry’ihagarikwa rye ryasomwe mu ibaruwa yaturutse mu buyobozi bukuru bw’igipolisi mu Ntara ya Kivu […]
Igitutsi ku gihugu cyacu ni ukuba wambaye umwambaro w’igisirikare cyacu_Bobi Wine abwira Muhoozi
Depite Robert Kyagulanyi uzwi Bobi Wine utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yibasiye Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari imfura ya Perezida Museveni akanaba Umuyobozi w’umutwe w’ingabo zishinzwe kumurinda (SFC); amubwira ko kuba yambaye umwambaro w’igisirikare cya Uganda ari igitutsi gikomeye ku gihugu. Mu gihe amatora y’umukuru w’Igihugu muri Uganda akomeje kwegereza, ni ko intambara y’amagambo […]
Uko virus (ya Corona) ikomeza gukwirakwira niko irushaho kumenyera kwanduza abantu – Impuguke
Umunya-Brazil Tulio de Oliveira, wavumbuye ubwoko bushya bwo Covid-19 avuga ko Abantu nibakomeza kwemerera iki cyorezo gukomeza gukwirakwira ari nako kizagenda kirushaho kumenyera kwanduza abantu. Oliveira ni umuyobozi wa laboratwari ya Krisp yo mu Ishuri ry’ubuvuzi ryitiriwe Mandela ryo muri Kaminuza ya KwaZulu-Natal muri Durban, ho muri Afurika y’Epfo, aho aba kuva mu 1997. Niwe […]
Sudani: Basaba UN ko yarekera ingabo zayo muri Darfur
Bamwe mu baturage bo muri Sudani bababajwe n’umugambi w’Umuryango w’Abibumbye (UN) wo gukura mu Ntara ya Darfur ingabo zawo ziri mu butumwa bw’amahoro (UNAMID), ku buryo byatumye bajya mu myigaragambyo. Nk’uko BBC dukesha iyi nkuru yabitangaje, UN igaragaza ko hari intambwe yatewe ku mutekano wa Darfur ikaba ari nayo mpamvu nyamukuru yo gukurayo UNAMID imazeyo […]
Ibikorwa by’umutima byakozwe n’Abanyarwanda mu 2020

Harabura amasaha make cyane kugira ngo umwaka w’2020 urangire. Ni umwaka waranzwe n’ubwigunge bwatewe n’ingaruka z’icyorezo cya Covid-19 gusa hari Abanyarwanda bamenyekanye babashije kuwubyaza umusaruro, bakora ibikorwa by’umutima mwiza byagiye bigarukwaho cyane mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga. Muri byo harimo icyakozwe n’umugabo witwa Bunani Jean Claude wari umukarani mu mujyi wa Kigali, icyakozwe na […]
Maj Mudaheranwa warashe umusore yitiranyije ko amuteretera umukobwa, yakatiwe icya burundu
Urukiko rwa gisirikare rw’i Nyamirambo kuri uyu wa Kane, rwakatiye igifungo cya burundu n’indishyi za miliyoni 18.5Frw Majoro Mudaheranwa Godfrey, nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica ku bushake umuhungu yitiranyije ko yamutereteraga umukobwa. Urukiko rwa Gisirikare rwari rumaze igihe ruburanisha uyu musirikare ufite ipeti rya Majoro, rumuhanishije kandi kwamburwa impeta za gisirikare. Muri Gashyantare uyu […]
2020: Ba gitifu babaye ibyatwa mu gukubita abaturage
Mu gihe bizwi ko mu nshigano z’ubuyobozi harimo no kwita ku mibereho myiza y’abaturage no kubarinda icyabahungabanya, bamwe mu bayobozi cyane Abanyarwanda Nshingwabikorwa b’imirenge itandukanye, bagarutsweho mu 2020, bakubita abaturage n’ubwo bamwe bitabaguye neza kuko bakurikiranwe n’ubutabera. Intara y’Amajyaruguru 1. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Miyove mu karere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru, Mwanafunzi Deogratias, kuwa […]
Umwe mu Banyarwandakazi bacye batwara za rukururana yishwe n’impanuka
Umunyarwandakazi w’imyaka 30 watwaraga imodoka za rukururana, Ladouce Munyakazi, yitabye Imana kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 30 Ukuboza azize impanuka yabereye mu Karere ka Kirehe, akaba asize umugabo n’abana batatu. Munyakazi wari umwe mu bagore mbarwa batwara amakamyo atwara imizigo mu gihugu, yari mu muhanda aturuka muri Tanzania, ubwo ikamyo yari atwaye yarengaga umuhanda […]
Umunsi nzerekana umukunzi, Leta izatanga ‘conge’, imipaka ifungurwe_Super Manager
Umuhanzi Gakumba Patrick uzwi nka Super Manager, yatangaje ko umunsi azerekana umukunzi (Cherie) we, igihugu kizabona ikiruhuko (conge), n’imipaka ifungurwe. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’urubuga X Large rukorera kuri YouTube, cyagiye ahagaragara kuri uyu wa 30 Ukuboza 2020. Avuga ko ubusanzwe adakunda gushyira ubuzima bwe bwite ahagaragara, burimo n’umukunzi we. Ariko ngo igihe azamugaragariza, igihugu […]
Umupolisi ari mu bibaga ibiryabarezi
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu barindwi barimo umupolisi witwa PS(Police Constable) Hakim Ndagijimana bari barakoze itsinda ryo kwambura abantu ibiryabarezi ku maherere kugira ngo babigurishe. Umwe mu bafashwe witwa Nahimana avuga ko bari baratetse umutwe wo gusanga abantu basanzwe bakoresha biriya byuma bita ibiryabarezi bakabahimbira ko babikoresha mu buryo butemewe bityo bakabibaka. Kugira ngo babigereho […]
USA: Umukoloneli wo muri Special Forces arashinjwa gushaka kwica umugore we n’abana
Umusirikare mukuru ubarizwa muri Special Forces y’Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ubarizwa mu birindiro bya Lewis-McChord, I Washington, yatawe muri yombi arekurwa by’agateganyo atanze miliyoni y’Amadolari ashinjwa gutunga imbunda umugore we n’abana be nyuma y’umujinya yari yatewe no gusinda mu gitondo cyo ku Cyumweru gishize, bikarangira amaze amasaha abiri ahanganye n’igipolisi. Uyu musirikare […]
Amavubi yateguye irushanwa rito yitegura CHAN 2021
Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ mu rwego rwo kwitegura irushanwa rya CHAN 2021 rihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo, yateguye irushanwa rito rizakinwa n’amakipe y’ibihugu atatu, arimo Congo Brazzaville na Namibia. Nkuko bigaragara ku rubuga rwa Ferwafa, ni irushanwa riteganyijwe kuzakinwa tariki ya 07-11 Mutarama 2021 rikazakinirwa i Kigali. Ni irushanwa rito (Pre-CHAN mini Tournament), rizafasha aya […]
Gen Muhoozi yongeye kuburira Bobi Wine ko se azamutsinda nabi
Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akaba n’Umuyobozi w’umutwe w’ingabo zishinzwe kumurinda wa SFC (Special Forces Command), yongeye kuburira Depite Bobi Wine uri mu bazaba bahanganye na se mu matora amubwira ko bazamutsinda nabi. Kuva ibikorwa byo kwiyamamaza muri Uganda byatangira izina Bobi Wine riri mu yakunze kugarukwaho cyane, […]
Karongi: Amazi meza anywa abakire abandi bagannye ibiziba
Bamwe mu baturage bo mu Midugudu ya Ndengwa na Kimana mu Kagari ka Kibirizi Umurenge Rubengera akarere ka Karongi, bavuga ko bafite ikibazo cy’amazi aho kuri ubu bakoresha amazi bavoma mu byuzi by’amafi mu gihe hari abifite bakoresha ameza. Aba baturage babwiye Radio Isangano dukesha iyi nkuru ko iki kibazo kigira ingaruka ku buzima bwabo, […]
Utubyiniro n’utubyeri ntitubarangaze_Minisitiri Shyaka ku rubyiruko
Mu gihe habura amasaha make ngo umwaka w’2020 urangire, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yasabye urubyiruko kuguma mu rugo, ntirujye mu tubyiniro no mu tubari kunywa ‘utubyeri’ mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Minisitiri Shyaka kuri uyu munsi wa nyuma w’2020, yifurije urubyiruko gupfundikira uyu mwaka neza no gupfundura (gutangira) uw’2021 ari ruzima. […]
Uganda: Bobi Wine aravuga ko ubuzima bwe buri mu kaga
Umukandida w’ishyaka NUP (National Unity Platform), Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine noneho yeruye agaragaza ko ubuzima bwe buri mu kaga nyuma y’aho benshi mu bamwegereye bakomeje kugabwaho ibitero n’inzego z’umutekano. Ubwo yavuganaga n’abanyamakuru kuwa Kabiri ushize ku biro bya NUP muri Kamwokya, muri Kampala, Kyagulanyi yakoze urutonde rw’inshuti ze nka Nubian Lee, Dan Magic […]
Uganda: Imfungwa y’umugore yishe mugenzi wayo
Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda aravuga ko imfungwa y’umugore yishwe na mugenzi wayo bari bafunganye muri Gereza ya Masindi, aho bivugwa ko uwishwe ari uwitwa Betty Nyesigire wishwe na Joan Bainomugisa, wakatiwe imyaka 19 y’igifungo n’ubundi azira icyaha cy’ubwicanyi. Nyesigire nawe yari afunze ashinjwa ibyaha by’ubwicanyi. Umuvugizi w’Urwego rw’Amagereza muri Uganda, Frank Baine, yatangarije […]
Bukavu: Umunyarwanda yafashwe agerageza kwinjiza magendu muri Congo
Umuyobozi w’agace ka Nyalukemba, mu Mujyi wa Bukavu arahamagarira abayobozi ku nzego zose gukora ibishoboka bagahagarika ibikorwa byose byo kwambuka umupaka kunyuranyije n’amategeko kw’abanyamahanga banyuze mu mugezi wa Rusizi nyuma y’itabwa muri yombi ry’Umunyarwanda wari wambukanye magendu. Uyu muyobozi witwa Deo Kurasa Bahati yabitangarije Kivutimes kuri uyu wa Gatatu, itariki 30 Ukuboza 2020, nyuma yo […]
Karongi: Umunyeshuri yaguye hasi ahita apfa
Munyawera Vital wigaga mu Mwaka wa Kane w’amashuri yisumbuye mu Ishami ry’Ubumenyamuntu, Ubutabire n’Ubumenyi bw’Isi (BCG) ku Ishuri rya St. Alphonse Mubuga mu Karere ka Karongi yikubise hasi yitaba Imana mu buryo butunguranye. Inkuru y’urupfu rwa Munyawera yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 30 Ukuboza 2020. Umuyobozi w’Ishuri rya St. Alphonse […]
Ubutumwa bwa UN bwarimo ingabo nyinshi z’ u Rwanda bwarangiye
Ubutumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Darfur muri Sudan burarangira uyu munsi kuwa kane nyuma y’imyaka 13, nk’uko byemejwe n’Umuryango w’Abibumbye. Imibare ya UNAMID yo mu kwezi gushize yerekana ko u Rwanda ari cyo gihugu gifite abasirikare benshi (1,158) bagize uyu mutwe, imbere ya Pakistan, Ethiopia na Misiri. Abasirikare hafi 4,000 n’abapolisi 2,200 ubu […]
Umuganga w’Umunyarwanda ari mu baguye mu mpanuka y’indege yaturikiye muri Yemen
Abantu bagera 22 barimo n’umuganga w’Umunyarwanda, baguye mu mpanuka y’indege bikekwa ko yarashweho igeze ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Aden muri Yemen igahita isandara. Incuti za hafi z’uriya muganga witwa Kayiranga Saïdi, zabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko yari muri iriya ndege. Kayiranga yari asanzwe ari muganga ucisha abantu mu cyuma (radiography), akaba […]
USA n’u Bushinwa byongeye gusubiranamo
Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) na Repubulika y’u Bushinwa byongeye gusubiranamo, bitewe n’icyorezo cya Covid-19 gikomeje gutwara ubuzima bw’abatuye Isi. Intandaro ni ijambo ry’Umunyamabanga wa USA, Mike Pompeo washinje u Bushinwa gutuma iki cyorezo gikwira Isi yose, aho ngo bwabanje kugihishira ubwo cyadukaga, icyo gihe ntibufate ingamba bwo gukumira ko cyasakara. Nk’uko tubikesha Xinhua, […]