Nigute wasengera imisozi 7 (ibice) by’ ingirakamaro mu Rwanda

2 INGOMA 7:14 Niba ushaka uburyo bufatika kandi bunoze bwo gusengera u Rwanda, hari ibice birindwi bikeneye kwizera kwawe ndetse n’amasengesho yawe. Shakisha uko wasengera imisozi irindwi y’ingirakamaro mu Rwanda! Ntabwo nshaka kuvuga za Jali cyangwa za Nyawinka uzamuha ugana ku isambu Papa yansigiye cyangwa iyindi misozi dore ko dufite myinshi yatumye igihugu cyacu cyitwa […]

Kirehe: Gitifu arashinjwa gutuka uwamubajije impamvu abakire basezeranye batambaye udupfukamunwa

Abaturage batuye mu Murenge wa Mushikiri mu karere ka Kirehe bavuga ko Umunyamanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mushikiri, Hakizamungu Adelte, mu cyumweru gishize yanditse ku rubuga rwa WWhatsApp amagambo akomeye yita umusazi Murara Emmanuel imboni ya Radio Izuba. Umwe mu bakozi b’umurenge utarashatse ko amazina ye amenyekana yemeza ko Gitifu Hakizamungu yakoze ikosa ryo gusezeranya abantu […]

BRD ntifite amakuru yuzuye ku bize kaminuza ku nguzanyo ya Leta

Umugenzuzi Mukuru wa Leta y’u Rwanda, Obadiah Biraro mu kwezi gushize yagaragaje ko Banki y’igihugu itsura amajyambere idafite amakuru yuzuye ku barangije kaminuza n’amashuri makuru bigiraga ku nguzanyo ya Leta. Nk’uko The Chronicles yabitangaje, iyi banki izwi nka BRD yahawe inshingano yo kubika amakuru y’abanyeshuri, uretse no kugira amakuru yose ku rutonde rw’abo ifite, ngo […]

Mpfa buri munsi – Umusirikare wa Israel wafashwe bugwate na Hamas

Hamas yasohoye amajwi y’umugabo ivuga ko ari imbohe y’Umunya-Israel yafatiwe muri Gaza, nyuma y’icyumweru umuyobozi w’uyu mutwe w’abarwanyi b’Abanyapalesitine avuze ko yiteguye kugirana imishyikirano yo guhererekanya imfungwa na Israel. Mu majwi yashyizwe ahagaragara na Al-Jazeera, ishami ryayo ry’Icyarabu ku cyumweru, uyu mugabo yumvikana avuga ko ari “umusirikare wa Israel wafashwe mpiri” na Hamas kandi ko […]

Le Rwanda et l’Arabie saoudite discutent des relations bilatĂ©rales

Le ministre des Affaires Ă©trangĂšres et de la CoopĂ©ration, Dr Vincent Biruta, a accueilli lundi dans son bureau le ministre d’Etat saoudien chargĂ© des Affaires africaines, l’ambassadeur Ahmed Kattan, en visite officielle dans le pays. “Les deux ministres ont discutĂ© du renforcement des relations bilatĂ©rales et ont signĂ© un accord gĂ©nĂ©ral de coopĂ©ration”, lit-on dans […]

Nyaruguru: Umugabo bamumennye umutwe bamuziza kwinjira urugo rwa mushiki wabo

Umugabo witwa Sebagabo Vianney w’imyaka 48, utuye mu mudugudu wa Rasaniro, akagari ka Mariba, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru yakomerekejwe bikomeye mu mutwe na baramu be bamuziza kwinjira mushiki wabo witwa Eugenie Nyirasangwa akahabyara umwana w’umuhungu. Sebagabo yagize ati: “Baraje bagota inzu ngo ninsohoke. Byaratinze ngira ngo bagiye ndasohoka. Banyirukaho baramfata, bankubita igihiri mu […]

Yaciye agahigo kari gafitwe n’umugore wo muri Mali nyuma yo kubyara abana 10

Umugore wo muri Afurika yabyaye abana 10, aca agahigo ka Guiness World Record kari gafitwe n’Umunyamalikazi, Halima Cisse, uherutse kubyarira muri Maroc abana 9 mu kwezi gushize. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Afurika y’Epfo, Gosiame Thamara Sithole w’imyaka 37, yabanje kubagwa kugirango abyazwe abana b’abahungu 7 n’abakobwa 3, ahita aba umugore ukicuye agahigo ko kubyara […]

Perezida Emmanuel Macron yakubiswe urushyi n’umuturage

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, kuri uyu wa Kabiri yakubiswe urushyi n’umuturage, ubwo yari mu gace ka DrĂŽme mu ngendo zizenguruka igihugu ari kugira muri iyi minsi. Abantu ba hafi ya Perezida Macron babwiye AFP ko yakubitiwe mu gace ka Tain-l’Hermitage ho muri DĂ©partement ya DrĂŽme iherereye mu majyepfo ashyira Uburasirazuba bw’u Bufaransa, ku manywa […]

Rusizi: Ikibazo cy’ubucucike mu mashuri yo mu Bugarama kiracyari ingorabahizi

Abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi, ubuyobozi bw’uyu murenge n’ababyeyi baharerera, bavuga ko n’ubwo Leta imaze kububakira ibyumba 65 by’amashuri, byanatumye hashingwa ishuri rishya ngo harebwe uko ikibazo cy’ubucucike cyagabanuka, kikiri cyose kuko kugeza ubu abana mu cyumba cy’ishuri babarirwa hagati ya 60 na 80 bikaba n’ingorabahizi ku ngamba […]

Uwakunze gutumwa na Museveni kuri Kagame yaba ari we ugiye gusimbura Kutesa

home04pix-data.jpg

Amakuru yashyizwe hanze aravuga ko urutonde rw’abagomba kujya muri Guverinoma ya Uganda bashya harimo na Amb. Adonia Ayebare, wakunze koherezwa na Museveni wa Uganda ngo ageze ubutumwa bwe kuri Perezida Kagame w’ u Rwanda. Mu bimenyerewe nka leaks (amakuru aba yacitse abakabaye bayarinda) mu bitangazamakuru bya Uganda, harimo ko Adonia Ayebare, mukuru wa Gen Maj […]

Wiha kubanyuraho, bakurasa-Museveni

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni Tibuhaburwa avuga ko abanyabyaha bakwiriye kurya bari menge cyane abakoresha za moto bagakora ibyaha, barangiza bakanyura ku bapolisi bakora mu muhanda bahunga, nta we ugize icyo ababaza, ko ubu ibintu byahindutse. Museveni bigaragara ko yababajwe n’iraswaho rya Gen Katumba Wamala, yavuze ko ubu abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda […]

Amafoto: Hibutswe umwaka ushize Pierre Nkurunziza apfuye hanizihizwa Umunsi wo gukunda igihugu

e3wflpjweaacvxi.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 08 Kamena 2021, mu gihugu cy’u Burundi hizihijwe umunsi wo gukunda igihugu wahuriranye no kwizihiza umwaka ushize Perezida Pierre Nkurunziza apfuye, mu muhango wabereye mu Murwa Mukuru wa politiki, Gitega. Uyu muhango witabiriwe n’umukuru w’igihugu, Evariste Ndayishimiye n’umufasha we, bakikijwe n’umuryango wa nyakwigendera Pierre Nkurunziza, umugore n’abana babo, ukaba wabereye […]

Super Manager yagize icyo avuga kuri Kagere wamwihakanye nk’umu-Agent we

Gakumba Patrick uzwi nka Super Manager, na we yemeje ko atakiri umu-Agent wa rutahizamu Meddie Kagere wa Simba, nyuma y’umunsi umwe uyu rutahizamu atangaje ko nta muntu n’umwe wo kumushakira amakipe bafitanye amasezerano. Kagere yahamirije itangazamakuru aya makuru, nyuma y’umukino wa gicuti Amavubi y’u Rwanda yari amaze kunyagiramo Centrafrique ibitego 5-0. Super Manager byari bimaze […]

ICC: Haratangwa umwanzuro ku bujurire bw’ “Umubazi wa Bosnia”, Ratko Mladic

Mu 2017, Ratko Mladic wamenyekanye nk’ “Umubazi wa Bosnia” yajuririye igihano cy’igifungo cya burundu kubera ibyaha by’intambara byakorewe muri Bosnia hagati ya mu myaka ya za 90. Abacamanza bo mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha i La Haye basobanuye amarorerwa yakozwe n’abasirikare bayobowe na Mladic nk’amwe “mu bikorwa by’urwango biruta ibindi byamenyekanye ku bantu”. Ibyavuye mu bujurire […]

FDLR ku ifatwa rya Col. Nshimiyimana wasanzwe muri batisimu

Nshimiyimana Augustin ufite ipeti rya koloneri (Col.) mu mutwe w’inyeshyamba za FDLR zirwanya u Rwanda, yafatiwe mu Burasirazuba bwa Congo akaba ngo yarafashwe n’abantu bambaye imyenda ya gisirikare bamukuye muri kiliziya aho yari yitabiriye batisimu y’abana be. Amakuru avuga ko yafashwe ku Cyumweru tariki 06 Kamena 2021, ahitwa i Ngungu muri teritwari ya Masisi nk’uko […]

Inteko ya Tanzania yisanze irimo abagabo gusa

whatsapp-image-2021-06-08-at-10.12.24-950x633.jpg

Inteko Ishinga amategeko ya Tanzania kuri uyu wa 8 Kamena 2021, yisanzemo abadepite b’abagabo gusa bitewe n’uko abagore bose byabaye ngombwa ko bajya mu nama na Perezida, Samia Suluhu Hassan. Perezida Samia ari mu nama n’abagore basaga igihumbi bituma inama ya Gatatu y’inteko ya 12 yisanga irimo abagabo gusa. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza […]

Yaraduhamagaye aratubwira ngo dusakuze cyane_Umukobwa wa Rusesabagina

Umukobwa wa Paul Rusesabagina witwa Lys Rusesabagina ku wa 6 Kamena 2021 yatangaje ko se ufungiwe muri Gereza ya Nyarugenge ari mu bihe bitamworoheye, ngo byageze n’aho abahamagara nk’abagize umuryango we, abasaba gusakuza cyane kugira ngo ahabwe uburenganzira atakibona. Lys yabitangarije mu kiganiro cyatambutse kuri shene ya YouTube yitwa Ikondera Libre ikoreshwa n’abarwanya ubutegetsi bw’uRwanda, […]

Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports bashobora kwanga kujya mu myitozo

Amakuru ahari ni uko hari abakinnyi bamwe ba Rayon Sports bashobora kwanga kwitabira imyitozo yo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 8 Kamena 2021 bitewe n’ibirarane by’imishahara ndetse n’ayo baberewemo kuri recruitment. Radio Rwanda yazindutse itangaza ko ibi biri kuvugwa muri Rayon Sports, bishobora guteza umwuka utari mwiza mu gihe iyi kipe yitegura gucakirana na […]

Uwabeshye ko Mbonyi yapfuye yashoboraga kuzafungwa imyaka itanu, agacibwa na miliyoni 3 FRW

Tariki ya 6 Kamena 2021 ni bwo shene ya YouTube yitwa Faster TV Show yatangaje inkuru y’uko umuhanzi Israel Mbonyicyambu (Mbonyi) yapfuye. Mu gitondo cy’ejo tariki ya 7 Kamena, Mbonyi yabyutse ayinyomoza, avuga ko ari muzima kurushaho. Yagize ati: “Business y’ama views imaze gutuma abantu bata ubunyangamugayo. Ku nshuti zanjye n’umuryango wanjye, ‘NDI MUZIMA KURUSHAHO”. […]

U Bufaransa bwaciye Google ihazabu ya miliyoni zisaga 200 z’Amadolari

U Bufaransa bwahanishije Google ihazabu y’amadolari miliyoni 268 kubera kwikubira isoko ryo kwamamaza nyuma y’ikirego cy’amasosiyete atatu y’itangazamakuru yitwa News Corp, Figaro na Rossel. Ibi bigo by’itangazamakuru byashinje Google kubizibira amayira kandi umutungo wabyo munini uturuka mu iyamamaza, ahubwo igakoresha serivise zabyo bwite mu rwego rwo kwamamaza ibicuruzwa ku ikoranabuhanga. Ikigo cya leta cy’u Bufaransa […]

Amezi arirenze umusizi Bahati abuze avuye guhura n’abataramenyekana

Umusizi Bahati Innocent ntiyongeye gukubitwa amaso kuva ku cyumweru tariki 07 Gashyantare 2021 nimugoroga ubwo hari umuntu wari gusangira na we kuri Hotel iri mu Mujyi wa Nyanza. Mugenzi we Rumaga, babanaga yatangaje ko abo babonanye bwa nyuma mu Mujyi wa Nyanza bamuheruka ababwira ko atashye. Bahati ukiri ingaragu, azwi mu bisigo bivuga ku mibereho […]

Diamond yasabiwe gukurwa mu irushanwa rya BET azira Magufuli

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma uzwi mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platmunz, yasabiwe gukurwa mu irushanwa ry’Abanyamerika rya BET azira gushyigikira Dr John Pombe Magufuli wahoze ari Perezida wa Tanzania. Diamond ari ku rutonde rw’abahataniye igihembo kizwi nka Best International Act gitangwa na BET (Black Entertainment Television), gusa hari abatishimiye ko ajya muri ririya rushanwa. […]

Umuryango wo muri USA urasaba ko abayobozi babiri mu Rwanda bafatirwa ibihano kubera Rusesabagina

Umuryango Lantos Foundation uhirimbanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu urasaba Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) gufatira ibihano Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston n’Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, Col. Jeannot Ruhunga. Bigaragara mu rwandiko uyu muryango wasohoye ku rubuga rwawo kuri uyu wa 7 Kamena 2021 uvuga ko wagejeje mu biro bya Minisiteri […]

Burundi: Inka yatunguranye yurira hejuru y’imodoka, bayimanura bayibaga (Amafoto)

197337315_334369734724420_7153401518178805477_n-8b0d2.jpg

Ahitwa i Bwasare muri Komine Gasorwe mu ntara ya Muyinga ho mu gihugu cy’u Burundi, inka yakoze yatunguranye yurira imodoka yo mu bwoko bwa Probox yari igiye kuyigonga iyiryama hejuru, bayihamanura bahita bayibaga. Bivugwa ko iyi nka yari yabanje gutoroka ikiraro cyayo, mbere yo kujya mu muhanda igakubitana n’iyo modoka yahise yurira ikaryama hejuru yayo. […]

RDC: Umupfakazi wa Gen Kahimbi n’abo bareganwaga kugira uruhare mu rupfu rwe bagizwe abere

Abaregwaga bose mu rubanza rw’iyicwa rya Gen. Delphin Kahimbi, barimo umugore we na nyirabukwe bagizwe abere. Mu cyemezo cyarwo cyatanzwe ku wa mbere, tariki ya 7 Kamena muri gereza nkuru ya Makala i Kinshasa, Urukiko Rwisumbuye rwavuze ko nta kirego rwasigaranye ku baregwa. Mu gihe nta bimenyetso bifatika byerekeranye n’iyicwa ry’uwahoze ari umuyobozi w’ubutasi bwa […]

Kibira: Abavuga Ikinyarwanda 8 baguye mu mirwano yumvikanyemo imbunda ziremereye, abandi bafashwe

Abasirikare b’u Burundi n’abitwaje intwaro bavuga Ikinyarwanda, bongeye kurwanira mu ishyamba rya Kibira mu masaha y’ikigoroba cyo kuri uyu wa 6 Kamena 2021, ahaherera muri Komini Mabayi mu Ntara ya Cibitoke. SOS Media ivuga ko intandaro y’iyi mirwano yumvikanyemo urusaku rw’imbunda ziremereye, ari igico aba barwanyi batezemo abasirikare b’u Burundi bari ku burinzi tariki ya […]