Ikipe yamanutse mu cyiciro cya 2 mu cyumweru gishize yabonye itike ya CAF Confederation Cup
Ikipe ya Moghreb Athletic TĂ©touan yo muri Maroc yaherukaga kumanuka mu cyiciro cya kabiri, yabonye itike yo guhagararira kiriya gihugu mu mukino ya CAF Confederation Cup nyuma yo kugera ku mukino w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri kiriya gihugu. Mu cyumweru gishize ni bwo iyi kipe yari yamanutse mu cyiciro cya kabiri nyuma yo gutsindwa na RS […]
Ese koko u Rwanda rutoherereje u Burundi abagerageje âCoupâ kuri Nkurunziza, umubano ntiwazahuka?
Ni kenshi Leta yâu Burundi yagiye igaragaza ko intandaro ikomeye yâumwuka mubi uri mu mubano wayo nâiyâu Rwanda umaze imyaka hafi itandatu ari uko iki gihugu gicumbikiye abagerageje guhirika ubutegetsi bwâuwahoze ari Perezida, Pierre Nkurunziza. Mu gihe u Burundi bwashinjaga u Rwanda gucumbikira aba bantu barimo: abahoze ari abasirikare, abapolisi, abanyapolitiki, impirimbanyi zâuburenganzira bwâikiremwamuntu nâabanyamakuru; […]
Botswana nayo yateye utwatsi icyemezo cya AU cyo kugira Israel indorerezi yayo
Guverinoma ya Botswana nayo yateye utwatsi icyemezo cyâUmuyobozi Mukuru wa komisiyo yâumuryango wa Afurika yunze ubumwe, AU, yafashe cyo kugira Leta ya Israel indorerezi yawo. Itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga nâUbutwererane ya Botswana kuri uyu wa 1 Kanama 2021 rivuga ko ari ikibazo gikomeye kuba Perezida wa komisiyo ya AU yarafashe iki cyemezo […]
Trump wayoboraga Musanze FC n’abagize Komite ye beguye, ngo amafaranga ikipe yagenewe ni make
Tuyishimire Placide (Trump) wayoboraga Musanze FC hamwe na komite ye bamenyesheje ubuyobozi bwâAkarere ka Musanze ko beguye ku nshingano bitewe nâamafaranga make bwageneye ikipe mu mwaka wâimikino. Mu ibaruwa iyi komite yashyizeho umukono kuri uyu wa 1 Kanama 2021, isobanura ko amafaranga Musanze FC yagenewe mu ngengo yâimari yâ2021/2022 âatarangiza irushanwa ryâumupira wâamaguru mu Rwanda, […]
Rusizi: Meya avuga ko hari imbunda nâibindi bihungabanya umutekano byaba bikibitse mu baturage

Mu gihe hatarashira ibyumweru 3 mu mudugudu wa Cyirabyo, akagari ka Gahinga mu murenge wa Mururu w’akarere ka Rusizi hatoraguwe imbunda irimo nâamasasu yayo mu murima wâumuturage usanzwe uhingwa bigakekwa ko ari nkâuwaba yari ayibitse mu nzu, umutima wamukomanga akayitaba hariya ngo atazayifatanwa cyangwa ashaka guteza ibibazo uwo muturanyi bakeka ko ari we wayihitabiye, ubwo […]
Le Rwanda et la Tanzanie signent quatre accords bilatéraux

Le Rwanda et la Tanzanie ont signĂ© le 2 aoĂ»t quatre accords bilatĂ©raux lors d’une visite d’Etat de deux jours de la prĂ©sidente tanzanienne Samia Suluhu Hassan Ă l’invitation de son homologue, le prĂ©sident Paul Kagame. Le premier jour de la visite, les deux dirigeants ont eu des entretiens en tĂȘte-Ă -tĂȘte suivis d’entretiens bilatĂ©raux qui […]
Umwami wa Buganda yaciye amarenga yâuko bashobora kwitandukanya na Uganda
Umwami wa Buganda, Ronald Muwenda Mutebi II yavuze ko Ubwami bwa Buganda butazahwema kuvuganira abaturage babwo mu bijyanye nâimitungo yabo irimo n’ubutaka, aho yibaza impamvu ubutaka bwâabaturage be bukomeje kwibasirwa na guverinoma. Ku wa Gatandatu, mu birori byo kwizihiza isabukuru yâimyaka 28 amaze yimitswe byabereye ku Ngoro ya Nkoni mu Karere ka Lwengo, Kabaka yavuze […]
VIDEO: Bihishe byinshi :Uruzinduko rwa Perezida Suluhu mu Rwanda,bishobora kuba Umuzuko w’umubano mu karere
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Minisitiri w’Ingabo za Zimbabwe ari mu Rwanda
Minisitiri w’Ingabo w’Ingabo za Zimbabwe, Oppah Muchinguri Kashiri, ari hano mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Urubuga rwa Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda rwatangaje ko Minisitiri w’Ingabo za Zimbabwe kuri uyu wa Mbere yabonanyr na Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Murasira Albert, bakagirana ibiganiro byibanze ku bijyanye n’uko bashimangira ubufatanye bwa Gisirikare hagati […]
Mushiki wanjye Suluhu, Musaza wanjye Kagame, uko abaperezida bitanye nyuma yâumukono ku masezerano

Nyuma yo gushyira umukono ku masezerano yâubufatanye atandukanye hagati ya Tanzania nâu Rwanda, abakuru bâibihugu byombi mu ijambo ryabo bongeye kugaragaza ko ibihugu byombi bisangiye byinshi bitari imipaka gusa ahubwo ari ibivandimwe, ndetse abakuru bâibihugu byombi babishimangira umwe yita undi mushiki we undi yita undi musaza we. Amasezerano ibihugu byombi byashyizeho umukono, arimo ayajyanye nâubutwererane […]
Umusore wiga ubuvuzi yahunze isomo asanze umurambo ari kwigiraho ari uw’umukunzi we
Enya Egbe, umunyeshuri wiga ubuvuzi muri Kaminuza ya Calabar muri Nigeria byabaye ngombwa ko ahunga agasohoka mu isomo rya ‘anatomie’ nyuma yo gushengurwa no kubona umurambo yari asabwe kwigaho. Uyu munyeshuri w’imyaka 26 aribuka neza ko kuwa kane nimugoroba mu myaka irindwi ishize muri University of Calabar ya Nigeria yari kumwe n’abanyeshuri bagenzi be ku […]
Perezida Kagame yakiriye Samia Suluhu muri Village Urugwiro (Amafoto)

Perezida wa Repububulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere, yakiriye ku biro bye Samia Suluhu Hassan wa Tanzania watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri hano mu Rwanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ni bwo Perezida Samia yageze i Kigali, yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta. Umukuru w’Igihugu cya Tanzania n’intumwa yari […]
Intego yacu ni ugutwara ibikombe byose mu Rwanda no mu mikino mpuzamahanga_Gen. Muganga uyoboye APR FC
Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt. Gen. Mubarakh Muganga yatangaje ko intego iyi kipe ifite ari ugutwara ibikombe byose mu Rwanda nâibyâamarushanwa mpuzamahanga ategurwa nâishyirahamwe ryâumupira wâamaguru muri Afurika, CAF. Gen. Muganga yabitangarije mu nama yayoboye, yahuje ubuyobozi bwa APR FC nâabakozi bayo kuri uyu wa 2 Kanama 2021, yibandaga ku ntego nâicyerekezo byâiyi kipe. […]
Aba-hooligan ba Rayon Sports bazindutse Perezida wayo ngo agire ibyo abasobanurira
Abafana b’intoranywa ba Rayon Sports bazi ku izina ry’aba-hooligans, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere bazindukiye ku biro byayo ku Kimihurura kugira ngo babonane na Perezida wayo, Uwayezu Jean FidĂšle. Byari mu rwego rwo kungurana ibitekerezo ku hazaza h’iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu gihugu. Aba bafana bazindutse ubuyobozi bwari budafitanye gahunda na bo, […]
Niyonsaba wavuzweho gusiganwa nâabagore afite imisemburo ya kigabo yongeye gusezererwa i Tokyo

Umurundikazi Francine Niyonsaba, wari umugore wa kabiri wagiye utsindira ibihembo byinshi mu gusiganwa metero 800 mu mikino ngororamubiri, kimwe na mugenzi we, Caster Semenya wo muri Afurika yâEpfo wari uwa mbere, babwiwe ko imibiri yabo irekura imisemburo ikabije ya testosterone itajyanye nâiyâabandi bakinnyi bahangana na bo mu masiganwa yâImikino Olempike biba ngombwa bahabwa andi mahitamo […]
IBUKA ivuga ko ititeguye gukorana n’ishyirahamwe ryiswe Igicumbi
Abanyarwanda batuye ku migabane yâUburayi nâAmerika bamuritse ku mugaragaro ishyirahamwe, âIgicumbi: Ijwi ryâabarokotse Jenoside yakorewe Abatutsiâ, IBUKA ikavuga ko ititeguye gukorana naryo. Mu muhango wabereye kuri murandasi kuri icyi cyumweru, umuyobozi wâIgicumbi, Philippe Basabose, wigisha muri Kaminuza ya Memorial University muri Canada, yatangaje ko bazakorana nâandi mashyirahamwe arengera uburenganzira bwâabarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, ndetse nâumuryango […]
Uko Covid-19 yari igiye gusenya umubano wa Afurika nâu Bushinwa nâuko yongeye kuwubaka

Kuba Umushinwa muri Afrika byari ikibazo gikomeye cyane mu ntangiriro za 2020, Abanyafurika batutse Abashinwa, babashinja guteza icyorezo cya COVID-19. Muri icyo gihe, Abashinwa nabo bashinjaga Abanyafurika gukwirakwiza icyorezo. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga muri Werurwe na Mata 2020 yerekanaga abategetsi bâAbashinwa birukana Abanyafurika ku gahato mu ngo zabo i Guangzhou, mu Bushinwa, babashinja gukwirakwiza […]
Perezida Samia Suluhu ari i Kigali mu ruzinduko rw’amateka (Amafoto)

Perezida wa Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yamaze kugera i Kigali hano mu Rwanda aho yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri. Mu kanya kashize ni bwo Perezida Samia yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe, yakirwa na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, mbere yo kwerekeza kuri Village Urugwiro ku Kacyiru aho […]
VIDEO: ADEPR yirukanye abavugabutumwa basaga 1500\benshi bari mu gahinda ko kubura akazi
Imyaka 6 irashize Gen. Nshimirimana yishwe, atewe roketi

Imyaka 6 irashize, Lt. Gen. Adolphe Nshimirimana wari ufite ijambo rikomeye mu nzego zâumutekano na politiki yâu Burundi, yishwe atewe roketi ubwo yari avuye iwe mu rugo. Gen. Nshimirimana yishwe mu gitondo cya tariki ya 2 Kanama 2015 ubwo imodoka ya Toyota Hillux yari imutwaye yari igeze imbere yâibitaro bikuru bya kaminuza yâigihugu muri Kamenge, […]
Madagascar: Abajenerali 5 muri 21 bamaze gufatwa bakekwaho gushaka kwica perezida
Abantu 21, barimo abajenerali, abasirikare nâabapolisi bamaze gutabwa muri yombi muri Madagascar mu rwego rwâiperereza ku mugambi wo gushaka kwica Perezida Andry Rajoelina. âAbandi bantu bashya bavugwa muri uyu mugambi bafatiwe muri Madagascar nyuma yâumushinga wo gushaka kwica Perezida Andry Rajoelina,â ibi byatangajwe kuri iki Cyumweru, itariki ya 01 Kanama nâUmushinjacyaha Mukuru Berthine Razafiarivony. “Ku […]
Uriya mushinga ukenewe gusubukurwa- Andrew Mwenda ku Rwanda na Uganda
Umusesenguzi muri politiki, umunyamakuru, Andrew M. Mwenda, avuga ko hakenewe abandi bantu bashoboye bajya ku kwiga neza uko umushinga wo kunoza umubano w’ u Rwanda na Uganda, wakongera kubyutswa ukaba mwiza. Mwenda kuri Twitter, yavuze ko imyaka 10 ishize bari bazahuye umubano w’u Rwanda na Uganda gusa ngo byongeye kuzamba. Asanga ariko abantu badakwiriye kujugunyayo […]
Murangwa EugĂšne yamaganye yivuye inyuma ibyo kongera abanyamahanga muri shampiyona y’u Rwanda
Murangwa EugĂšne wahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports n’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, yamaganiye kure icyemezo cya FERWAFA cyo kongera umubare w’abanyamahanga bakina muri shampiyona y’u Rwanda, avuga ko n’ubundi ntacyo bazafasha Abanyarwanda. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni Inteko Rusange ya FERWAFA yongereye umubare w’abanyamahanga bakwiye kugaragara ku mukino wa shampiyona, bava kuri batatu bagera kuri […]
Masisi: Umusirikare yishe arashe umwana wâimyaka 16, amuziza 250 Frw
Mu gace ka Loashi kari muri Teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) umusirikare yahiciye umukobwa wâimyaka 16, amuziza ko atishyuye amafaranga angana nâamanyarwanda 250 yo kuri bariyeri. Byabaye tariki ya 30 Nyakanga 2021 ubwo uyu mwana witwa Utukufu Lukambo yari avuye ku ishuri rya Institut Loashi atashye […]
U Rwanda rwashyirikirije u Burundi abarwanyi ba RED-Tabara, umusirikare wa RDF akomerekera muri Mozambique; inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 26 Nyakanga 2021 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zirimo izerekeye: ubuzima, umutekano, politiki nâimyidagaduro. Zimwe muri zo ni izikurikira: U Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi ba RED-Tabara Igisirikare cyâu Rwanda tariki ya 30 Nyakanga 2021 cyashyikirije icyâu Burundi abarwanyi 19 bâumutwe wa RED-Tabara cyafatiye mu ishyamba rya Nyungwe muri Nzeri 2020. Uyu […]
Perezida Samia Suluhu yashimiye ikipe ya Tanzania U-23 nyuma yo gutsinda u Burundi
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yashimiye ikipe y’Igihugu ya Tanzania y’abatarengeje imyaka 23, nyuma yo kwegukana igikombe cy’irushanwa rya CECAFA y’abatarengeje iriya myaka itsinze u Burundi ku mukino wa nyuma. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize ni bwo Tanzania yatwaye CECAFA yaberaga mu gihugu cya Ethiopia, nyuma yo gutsinda u Burundi kuri penaliti 6-5. Ni […]
Gen Min Hlaing yigize Min. w’intebe, ashinja abamurwanya gukwirakwiza Covid19
Gen Min Aung Hlaing, wafashe ubutegetsi mu kwezi kwa kabiri ahiritse ubwari buriho muri Myanmar, yigize Minisitiri w’intebe anavuga ko abamurwanya bakwirakwiza Covid19 mu gihugu. Uyu mutegetsi kandi yongereye ubutegetsi bwo mu bihe bidasanzwe ubu bushobora kugeza mu kwezi kwa munani mu 2023. Mu ijambo ryamaze isaha imwe, Gen Min Aung Hlaing yasezeranyije gukoresha “amatora […]