Breaking News: Lionel Messi yatandukanye na FC Barcelona
Ikipe ya FC Barcelona imaze gutangaza ko umunya-Argentine Lionel Messi yamaze gutandukana na yo, nyuma yo kurangiza amasezerano bari bafitanye. FC Barcelona yemeje ko itazakomezanya na Messi mu itangazo yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo zose. Iyi kipe yavuze ko “Uretse kuba FC Barcelona na Messi bari bamaze kugera ku bwumvikane ndetse impande zombi zifite ubushake […]
Nyamirambo: Ikamyo yahitanye umusore, imusanze mu nzira yâabanyamaguru
Ikamyo yari ifite umuvuduko mwinshi kuri uyu wa 5 Kanama 2021 yiciye ahitwa Sun City mu Murenge wa Nyamirambo wâAkarere ka Nyarugenge umusore uri mu kigero cyâimyaka 25 na 30 wari uvuye gupagasa, imusanze mu nzira yagenewe abanyamaguru. Abaturage babonye iyi mpanuka iba babwiye Bwiza ko umushoferi wâiyi kamyo byagaragaraga ko yabuze feri, yabonye ishobora […]
Perezida Kagame yakiriye Faustin-Archange Touadéra muri Village Urugwiro (Amafoto)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane yakiriye muri Village Urugwiro Faustin-Archange TouadĂ©ra wa Repubulika ya Centrafrique watangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ni bwo Perezida TouadĂ©ra n’itsinda ry’intumwa yari ayoboye bageze mu Rwanda, aho batangiriye uruzinduko rw’iminsi ine. Bakigera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali bakiriwe […]
Abanyarwanda ntibaritabira gutwika imirambo y’ababo nubwo hari amategeko abigenga
Mu kwezi gushize, komite ihoraho yâinteko ishinga amategeko ishinzwe imibereho myiza yâabaturage yerekanye raporo ikubiyemo isuzuma ryâimpamvu gushyingura binyuze mu gutwika imirambo (Cremation)Abanyarwanda baarabyitabira nubwo hari amategeko abibemerera kandi abigenga. Raporo yagaragaje, mu zindi mbogamizi, kubura ibikoresho nâibibazo byâumuco. Mu gihe bamwe mu badepite bavuga ko gutwika imirambo byakemura burundu ikibazo cyâibura ryâubutaka ndetse nâigiciro […]
Nyaruguru: Padiri Mukuru wa Paruwasi ya Cyahinda yaguye mu mpanuka ikomeye

Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Cyahinda muri Diyosezi ya Butare, Buhanga Jean Claude yitabye Imana kuri uyu wa 5 Kanama 2021, azize impanuka y’imodoka yabereye mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Kibeho, mu Karere ka Nyaruguru. Iyi mpanuka yabaye mu masaa tanu y’amanywa, ubwo imwe mu makamyo yifashishwa mu gukora umuhanda yavaga ahagana ku […]
Umusore yishyurwa Frw asaga miliyoni eshanu ku munsi ku bwo kwirirwa afashe umutaka utwikiriye umuhanzi
Umuhanzi wo mu itsinda rya Migos muri Amerika, Quavo, yatangaje ko umusore utwara umutaka umutwikira, Joshua Washington, ahabwa $5,000 (503934,50) ku munsi umwe. Ibi yabitangarije kuri Instagram, ati ” Ibihumbi bitanu ku mukozi wanjye. Yabaye miliyoneri.” Joshua Washington afasha umutaka Quavo ariko anafite akazi ko kwita ku bibera muri Quavo Huncho Records. Biramutse ari impamo, […]
Uganda: Ba Gen Kazoora, Mugisha na Kutesa mu basezerewe mu gisirikare
Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Kanama 2021, Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyasereye abasirikare bo ku rwego rwa ofisiye bakuru nâabato nâabandi basirikare 604, kongeraho abajenerali 14, bagiye mu zabukuru. Amakuru atangazwa na Chimpreports aravuga ko mu bantu basirikare bagiye mu zabukuru harimo, Lt Gen. Pecos Kuteesa, umwe mu bari bahagarariye igisirikare mu nteko, na […]
Tanzania: Freeman Mbowe imbere yâurukiko kuwa Gatanu ashinjwa iterabwoba
Umuyobozi wâishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi muri Tanzania, Freeman Mbowe uyobora Chadema, kuri uyu wa Gatanu, itariki 06 Kanama, ategerejwe imbere yâurukiko rwa Kisutu, i Dar es Salaam, aho aregwa ibyaha birimo iterabwoba. Uru rubanza rukaba rwari ruteganyijwe kuri uyu wa Kane mbere yo gusubikwa. Perezida wa Chadema nâabandi bayoboke 10 bâishyaka rye batawe muri yombi […]
Hari ibivugwa ko bigiye kurimbura Isi || Abantu bazashira burundu ngo ntakuzuka kuzabaho-STEPHEN
Abaganga bakuye abana b’impanga mu nda y’umwana w’umukobwa wavutse (Amafoto)

Abaganga mu bitaro byitwa Assuta Medical Center biri ahitwa Ashod muri Israel bakuye insoro (embryos) ebyiri zari zirimo gukurira mu mwana w’umukobwa wari umaze kuvuka. Ibi byabaye mu ntangiriro za Nyakanga bizwi mu buvuzi nka fetus-in-fetu, nk’uko Times of Israel yabigarutseho. Uyobora agace kita ku bana mu Bitaro bya Assuta, Omer Globus, avuga ko mu […]
Perezida Touadéra wa CAR ari mu Rwanda

Ibiro bya Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Village Urugwiro, bimaze gutangaza ko Perezida wa Repubulika ya Centrafurika, Faustin-Archange TouadĂ©ra yamaze gusesekara mu gihugu. Ku rubuga rwa Twitter, Village Urugwiro yagize iti: âPerezida Faustin-Archange TouadĂ©ra ageze ku kibuga cyâindege mpuzamahanga cya Kigali, muri gahunda yâuruzinduko rwâakazi mu Rwanda.â Mu ruzinduko rwâiminsi ibiri Perezida TouadĂ©ra afite mu […]
Umugore wa Seif yavuze ko yari amaze ibyumweru bibiri mu gasozi
Umugore wa Niyonzima Olivier ‘Seif’, Mushambokazi Belyse, yavuze ko mbere y’uko umugabo we yirukanwa na APR FC yari amaze ibyumweru bibiri atazi aho aba. Ejo ku wa Gatatu tariki ya 04 Kanama ni bwo APR FC yirukanye Seif waherukaga kongera amasezerano y’imyaka ibiri azira imyitwarire mibi. APR FC mu itangazo yanyujije ku rubuga rwayo yavuze […]
Le président centrafricain Faustin-Archange Touadera attendu au Rwanda ce jeudi
Le prĂ©sident centrafricain Faustin-Archange TouadĂ©ra doit arriver au Rwanda ce jeudi 5 aoĂ»t pour une visite d’Etat. Selon des responsables, le prĂ©sident TouadĂ©ra devrait s’entretenir en tĂȘte-Ă -tĂȘte avec son hĂŽte, le prĂ©sident Paul Kagame, des entretiens bilatĂ©raux et assister Ă la signature d’un certain nombre d’accords. Selon des responsables, la visite vise Ă renforcer la […]
Mozambique: Uwahoze ari Perezida yasabye ibiganiro n’inyeshyamba zihanganye na RDF
Uwahoze ari Perezida wa Mozambique, Joaquim Alberto Chissano, yasabye Leta ya kiriya gihugu kureba uko yagirana ibiganiro n’imitwe yitwaje intwaro bahanganye mu ntara ya Cabo Delgado. Joaquim Chissano yabaye Perezida wa Mozambique hagati y’umwaka wa 1986 na 2005. Mu kiganiro yagiranye na Radio Mozambique, yavuze ko bibaye byiza umuyobozi wa ziriya nyeshyamba yakwigaragaza agaha Leta […]
Perezida Museveni araha ikiruhuko ba âGeneralâ 14 mu ngabo zâigihugu
Perezida wa Uganda akaba nâUmugaba wâIngabo wâIkirenga, Yoweri Museveni kuri uyu wa 5 Kanama 2021 araha ikiruhuko cyâizabukuru abasirikare 14 bâamapeti ya jenerali (General). Umuvugizi wa Minisiteri yâIngabo za Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso yatangaje ko umuhango wo kubasezeraho urabera ku biro byâUmukuru wâIgihugu. Hari kandi abofisiye bakuru 604, abofisiye nâabasirikare bato barajya mu kiruhuko, […]
Umuhanzi Eddy Kenzo yakoze impanuka ikomeye

Umuhanzi wâicyamamare muri Uganda ndetse ufite inkomoko mu Rwanda, Eddy Kenzo, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, akoze impanuka ikomeye ku muhanda wa Masaka, ariko Imana ikinga akaboko abasha kuyirokoka nâibikomere byoroheje. Eddy Kenzo yagize ati âTwagize impanuka iteye ubwoba yâimodoka, umuhanda wari utose kandi unyerera kubera imvura tugeze Maya hari umugunguzi mu muhanda […]
Urugo rwâuwahoze ari nyiri Nakumatt rugiye gutezwa cyamunara
Urugo rwa Atul Shah wari nyirâikigo cyâishoramari cya Nakumatt cyari gifite amasoko manini mu Karere ka Afurika yâIburasirazuba, ruzatezwa cyamunara tariki ya 24 Kanama 2021. Uru rugo rwiswe ruherereye mu gace ka Lavington i Nairobi muri Kenya rugiye gutezwa cyamunara bitewe nâideni Shah abereyemo banki ya KCB ringana nâamashilingi ya Kenya miliyoni 30 muri miliyari […]
Nta gikuba cyacitse ku buryo yafatirwa ibihano_Minisitiri Gatabazi kuri Gitifu washyizeho Guma mu Rugo
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianey, yavuze ko kuba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatare muri Nyamagabe yarashyize kamwe mu tugari tuwugize muri Guma mu Rugo nta gikuba cyacitse ku buryo yabihanirwa, gusa avuga ko akwiye kugirwa inama. Ku wa 03 Kanama 2021 nibwo hasohotse itangazo ryanditswe nâUmunyamabanga Nshingwabikorwa wâUmurenge wa Gatare, Ndagijimana Gustave, rishyira […]
Uko ibihugu bya Afurika bikurikirana mu kubamo coup d’etat n’aho itaraba n’imwe
Ihirikwa ry’ubutegetsi (Coup dâEtat) ni uguhirika umuntu ufite ubutegetsi, mu buryo butemewe n’amategeko kandi akenshi bikarangwa no kumena amaraso. Muri Afurika, ibi bintu ntabwo ari ibidasanzwe. Ibihugu hafi ya byose bya Afrika bimaze guhura nâiki gihe cyâumwijima mu mateka yabyo. Coup d’etat ishobora gutandukanywa nâimpinduramatwara kuko iyi iba ishyigikiwe nâabaturage. Dore urutonde rwâibihugu bya Afurika […]
Leta irishyuza Umurundikazi imisoro yâamafaranga arenga miliyari 52
Ikigo cyâu Burundi gishinzwe gukusanya imisoro nâamahoro, OBR, kirishyuza Umurundikazi witwa Nitereka Charlotte imisoro yâamafaranga akoreshwa iwabo (FBU) miliyari 52,683,428.785 (miliyari zirenga 26 z’amafaranga y’u Rwanda). Itangazo rigaragara ku rubuga rwa Twitter rwa OBR ryashyizweho umukono na Komiseri Mukuru wayo, Pacifique Munyenshongore tariki ya 3 Kanama 2021, rirebana nâukwishuza Nitereka, rigira riti: âIkigo gishinzwe gukusanya […]
VIDEO: Mu minsi 100:Uko perezida w’u Burundi yahiritswe ku butegetsiu Rwanda rugahura na kaga k’abahahungiye
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Covid-19: Ibihugu 5 bya EAC biri ku rutonde rushya rutukura rwâu Bwongereza
Guverinoma yâu Bwongereza yashyize ibihugu 5 byo mu Karere ka Afurika yâIburasirazuba (EAC) ku rutonde rutukura rugaragaramo ibirimo ubwandu bukabije bwâicyorezo cya Covid-19. Muri uyu muryango ugizwe nâibihugu 6, Sudani yâEpfo yonyine ni yo itari kuri uru rutonde. Birumvikana ko ibiruriho ari: u Rwanda, u Burundi, Uganda, Tanzania na Kenya. Abaturuka muri ibi bihugu bageze […]
Kabuga w’imyaka hafi 90…ntazi aho ari, ntazi nâibiri kumubaho_Umuryango we
Umuryango wa Kabuga FĂ©licien wagaragaje ko utewe impungenge nâubuzima bwe mu gihe amaze umwaka urenga akurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nkâuko bigaragara mu itangazo washyize hanze tariki ya 3 Kanama 2021, uvuga ko Kabuga wâimyaka 88 yâamavuko ufungiwe muri kasho yâurwego rwâubutabera rwâUmuryango wâAbibumbye (UN) rwashyiriweho u Rwanda, i La Haye mu […]
Ubu Rihanna niwe muhanzi wa mbere ukize ku Isi n’asaga miliyari n’igice y’amadolari
Kuri uyu wa gatatu, ikinyamakuru cya Forbes cyatangaje ko umuhanzi w’icyamamare Rihanna afite agaciro ka miliyari 1.7 z’amadolari, akaba ari we muhanzi ukize kurusha abandi ku Isi, ariko umuziki we ntabwo ari isoko y’ibanze y’ubutunzi bwe. Forbes yatangaje ko uyu muhanzikazi wavukiye muri Barbados, amazina ye y’amavuko ari Robyn Fenty, akomora miliyari 1.4 z’amadolari y’umutungo […]
Akari ku mutima wa Mangwende werekanwe na FAR Rabat yamuguze Frw miliyoni 430
Myugaruro Imanishimwe Emmanuel bita Mangwende yatangaje ko yiteguye guha FAR Rabat ibyo afite byose, nyuma yo kumwerekana nk’umukinnyi wayo mushya. Ku munsi w’ejo ni bwo iyi kipe y’Ingabo za Maroc yerekanye Mangwende nk’umukinnyi wayo mushya, nyuma yo kumugura abarirwa muri Frw miliyoni 430 imukuye muri APR FC. FAR Rabat ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo yahaye […]
RDF na FADM bashobora gutangiza ibitero ku Mujyi wa MocĂmboa da Praia
Nyuma y’igitero cy’ingabo za Mozambique (FADM) n’iz’u Rwanda (RDF) cyavanye inyeshyamba mu birindiro byari bisigaye byazo mu gace ka Awasse, ahafatwaga “nk’icyicaro cyazo”, ubu ibitero bishobora kugana ku Mujyi wa MocĂmboa da Praia. Umunyamakuru wa BBC muri Mozambique, Jose Tembe, yagize ati ” Umujyi wa MocĂmboa da Praia uri ku nyanja ukiri mu maboko y’izi […]
Abantu 17 bari mu bukwe bishwe n’inkuba
Abantu batari munsi ya 17 mu bari mu birori by’ubukwe bapfuye muri Bangladesh nyuma yuko bakubiswe n’inkuba, nkuko abategetsi babivuze. Abandi 14, barimo n’umugabo wakoze ubukwe, bakomeretse. Umugeni ntabwo yari ari muri ibyo birori. Abari muri uwo munsi mukuru bari barimo basohoka mu bwato mu mujyi wa Shibganj ukora ku mugezi, bajya mu nzu y’abageni, […]