Haji Manara uheruka gutandukana na Simba SC yerekeje muri Yanga Africans
Uwahoze ari umuvugizi w’ikipe ya Simba Sports Club yo muri Tanzania, Haji Manara, yatunguye abatari bake kuri uyu wa Kabiri yerekeza mu kipe ya Yanga Africans yamugize umuvugizi wayo mushya. Mu minsi ishize ni bwo Haji Manara yafashe umwanzuro wo gusezera muri Simba yari amaze igihe abereye umuvugizi, nyuma y’igihe adacana uwaka na Mo Dewji […]
Ingabo za RDF n’iza Mozambique zagoteye ibyihebe mu birindiro byari bisigaranye
Amakuru aturuka muri Mozambique aravuga ko Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza kiriya gihugu, zamaze kugota uduce twa Siri I na Siri II inyeshyamba zo mu mutwe wa Islamic State zari zisigaranye. Ingabo za RDF n’iza FADM zatangije ibitero muri turiya duce twombi nyuma y’iminsi ine zirukanye ibyihebe mu gice cy’amashyamba cya Mbau, nyuma y’imirwano ikomeye […]
Polisi y’u Rwanda yatangiye ubufatanye n’iya Lesotho

Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Lesotho, CP Holomo Molibeli n’itsinda ayoboye basuye Polisi y’u Rwanda, uru rukaba ari uruzinduko rwabaye intangiriro y’ubufatanye ‘bukomeye’ hagati y’impande zombi. CP Molibeli yakiriwe na mugenzi we wo mu Rwanda, CG Dan Munyuza mu biro bye, bagirana ikiganiro kirebana n’ubu bufatanye bushya. Nk’uko urubuga rwa Polisi y’u Rwanda rwabitangaje, CG […]
Les forces rwandaises et mozambicaines encerclent la dernière cachette des terroristes
Les forces rwandaises et mozambicaines ont encerclé les dernières zones d’opération majeures du groupe terroriste lié à l’État islamique, Siri I et Siri II, selon des informations. Ce qui apparaît comme la dernière grande poussée militaire des forces conjointes contre les insurgés dans la province la plus septentrionale du Mozambique, Cabo Delgado, survient à peine […]
General Mabeyo uyobora ingabo za Tanzania ari mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, General Venance Mabeyo n’itsinda ayoboye kuva kuri uyu wa 23 kugeza ku wa 26 Kanama 2021 bari mu Rwanda. Ibiro bya Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda bivuga ko Gen. Mabeyo yasuye Minisitiri Maj. Gen. Albert Murasira, agirana ikiganiro na mugenzi we, Gen. Jean Bosco Kazura uyobora ingabo […]
Umuyobozi wa CIA aravugwaho kubonana mu ibanga n’umuyobozi w’Abatalibani
Umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, CIA, William Burns, aravugwaho guhura mu ibanga n’umuyobozi w’Abatalibani, Abdul Ghani Baradar i Kabul nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru nka Washington Post na Associated Press. Iyi nama yaba yaba yabaye mu gihe ibikorwa byo guhungisha abanya-Afghanistan n’Abanyamerika bakoreraga muri iki gihugu. Kugeza ubu abantu 16,000 bamaze guhungishwa bavanwa […]
Hakizimana Muhadjiri aravugwaho kubeshya CS Sfaxien yamwifuzaga
Amahirwe ya rutahizamu Hakizimana Muhadjiri yo kuba yakwerekeza mu ikipe ya CS Sfaxien muri Tunisia akomeje kuyoyoka umunsi ku wundi, nyuma y’uko ibiganiro hagati y’iyi kipe na Police FC bikomeje kogorana nyamara yaratangiye kuvugana n’uyu mukinnyi izi ko nta kipe afite. Club Sportif Sfaxien yari yifuje gusinyisha Muhadjiri, nyuma yo kumushima mu mikino Nyafurika y’umwaka […]
Hissène Habré wayoboje Tchad inkoni y’icyuma yapfiriye muri gereza
Uwahoze ari Perezida wa Tchad, Hissène Habré, yapfiriye muri gereza yari afungiyemo mu gihugu cya Senegal ku myaka 79 y’amavuko. Yari afungiye muri iyi gereza nyuma yo gukatirwa igifungo cya burundu mu 2016 kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa kabiri. Ibinyamakuru byo muri Senegal byatangaje ko uyu mugabo wigeze kuyoboza Tchad inkoni […]
Rubavu: Umugabo akurikiranweho kwica umukobwa we amuziza ko yatinze gutaha
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bukurikiranye umugabo ukekwaho kwica umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 amuhoye ko yatinze gutaha. Iki cyaha cyakorewe mu Mudugudu wa RukeriI, Akagari ka Bihungwe, Umurenge wa Mudende, mu Karere ka Rubavu, Intara y’Uburengerazuba, ku itariki ya 11 Kanama 2021 ubwo uregwa yicaga umwana we w’umukobwa w’imyaka 15 amuziza ko yatinze […]
Jose Chameleone yashimiye cyane umubyeyi we uri kumwitaho mu burwayi bwe
Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi nka Dr Jose Chameleone nyuma y’iminsi mike bivugwa ko arembeye mu bitaro i Kampala muri Uganda, yashimiye umubyeyi we Poscovia Mayanja ukomeje kumwitaho mu gihe cy’uburwayi. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo Radio Galaxy yatangaje ko uyu muhanzi mu gitondo cya tariki ya 20 Kanama 2021 yajyanwe mu ivuriro muri Entebbe, […]
Umugabo wanjye yanyemereye ko ndyamana na bosi ushaka kunkubira umushahara gatatu- Umugore w’ i Kigali
Umugore wifashe ntavuge amazina ye gusa akavuga ko atuye i Kigali, avuga akora muri kompanyi imwe y’ubucuruzi, ariko umugabo we akaba ashyigikiye ko yaryamana na bosi we wamwemereye kumukubira gatatu umushahara ngo baryamane. Yasabye inama kuri iyi ngingo, avuga ko umukoresha we yamusabye ko baryamana, akava ku mushahara wa Frw 50,000 akamugeza ku bihumbi 150. […]
Perezida Duterte arateganya kurekura ubutegetsi ahita aba visi perezida

Perezida wa Philippine, Rodrigo Duterte, yemeye kuzaba umukandida w’ishyaka rye (PDP-Laban) mu matora yo mu mwaka utaha ku mwanya wa visi perezida, aho asa nk’uska kwiharurira inzira yo kuzagumana ububasha nyuma yo gusoza kuva ku butegetsi nyuma ya manda yemerewe. Ishyaka PDP-Laban ryatangaje ibi mbere y’amatora y’abagize inteko ishinga amategeko ateganyijwe ku itariki 08 Nzeri, […]
Umupasiteri yavuze icyamuteye gusomana n’abakobwa umwe agahahamuka
Pasiteri mu Idini y’Abapurotesitanti, Rev. Fr. BalthazaR Obeng Labri, yasabye imbabazi ku kuba yarasomeye kuri alitari abakobwa batatu b’abanyeshuri, umwe agahahamuka, avuga ko byatewe no kubifata nk’ibisanzwe. Muri videwo yasakaye mu minsi ishize, Labri yagaragaye asoma abakobwa batatu gusa umwe muri bo byagaragara ko atabishaka, yarahahamutse. Rubanda yihereje imbuga nkoranyambaga, iramunenga biratinda, ingingo yatumye na […]
Sudani: Amafaranga yanyerejwe n’ubutegetsi bwa Omar al Bashir akomeje gushakirwa hasi hejuru
Banki nkuru ya Sudani irimo irahigira hasi hejuru akayabo k’amadolari yabayaranyerejwe n’uwari perezida w’iki gihugu Omar al Bashir n’abantu bamwegereye. Nk’uko bitangazwa na RFI, Banki Nkuru y’iki gihugu yafashe icyemezo cyo gufatira konti za banki z’abantu 161 bakekwaho ibikorwa byo guhungabanya ubukungu. Urutonde ruriho abantu bahoze bashyigikiye Omar al-Bashir n’abantu bo mu muryango we. Iki […]
Nafunzwe amasaha 12, mpatwa ibibazo amasaha atandatu_Me Lurquin nyuma yo kwirukanwa mu Rwanda
Umunyamategeko Vincent Lurquin yatangaje ko mbere y’uko yirukanwa ku butaka bw’u Rwanda mu mpera z’icyumweru gishize, yamaze amasaha 12 yatawe muri yombi harimo atandatu yahaswe ibibazo, gusa akavuga ko yazize ubusa kuko ngo nta tegeko na rimwe yishe. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Me Lurquin usanzwe wunganira Paul Rusesabagina, yirukanwe […]
Umunyamategeko w’Umubiligi wirukanwe mu Rwanda arateganya kuhagaruka
Umunyamategeko w’Umubiligi Vincent Lurquin uherutse kwirukanwa mu Rwanda nyuma yo gushaka kuburanira Paul Rusesabagina atabiherewe uburenganzira, aravuga ko yiteguye kugaruka ubwo urubanza ruzaba rusubukurwa mu kwezi kwa cyenda. Ibi uyu munyamategeko yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma yo kuva mu Rwanda nk’uko tubikesha Ijwi rya Amerika. Leta y’u Rwanda kuri uyu wa Gatandatu tariki ya […]
Abatalibani bategetse ingabo za USA kuva muri Afghanistan bwangu
Ubuyobozi bw’Abatalibani baherutse gufata ubutegetsi bwa Afghanistan bwategetse ingabo z’amahanga kuva muri iki gihugu bitarenze tariki ya 31 Kanama 2021. Ni ubutumwa bwatanze nyuma y’aho Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden ku wa 22 Kanama yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zishobora kuguma muri Afghanistan kugira ngo zikomeze zifashe Abanyamerika gutaha. Igitekerezo cya […]
Ian Kagame, Mr Eazi na King Promise bari muri sitade ubwo Arsenal yatsindwaga na Chelsea

Umuhungu wa Perezida Paul Kagame uyoboye u Rwanda, Ian Kagame n’ibyamamare mu muziki wa Afurika birimo Mr Eazi wo muri Nigeria na King Promise wo muri Ghana, bari muri Emirates Stadium ya Arsenal FC ubwo yatsindwaga na Chelsea. Bigaragarira mu mafoto ibi byamamare byashyize ku mbuga nkoranyambaga zabyo, byifotoje byose bifite imipira ya Arsenal yanditseho […]
Jacques Tuyisenge yasubiye mu mwiherero w’Amavubi nyuma y’iminsi 2 ari mu kwa buki
Rutahizamu wa APR FC, Jacques Tuyisenge, yamaze kongera gusanga bagenzi be mu mwiherero w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ nyuma y’iminsi ibiri yonyine ari mu kwezi kwa buki. Ku wa Kane w’icyumweru gishize ni bwo uyu mugabo usanzwe ari Visi-Kapiteni w’Amavubi yasohotse mu mwiherero w’ikipe y’Igihugu, mu rwego rwo kujya kwitegura ubukwe yari afite. Ku wa Gatandatu w’icyumweru […]
Ntabwo nkeneye igitsina kinini cyangwa kirekire kuko sindi umucukuzi w’imva- Lwasa yasubije
Umuherwe wo mu Mujyi wa Masaka muri Uganda, Lwasa Emmanuel, yavuze ko abamushinja kugira igitsina gito bamenya ko ntacyo akeneye kuko atari umucukuzi w’imva. BWIZA kuwa 23 Kanama yabagejejeho inkuru ko uyu mukire yahaye urw’amenyo abakoresha imbuga nkoranyambaga kuko amashusho y’ubwambure bwe yari yiriwe akwirakwizwa. WASOMA: https://bwiza.com/?Igitsina-cy-umuherwe-Lwasa-cyahaye-abantu-urw-amenyo Lwasa akoresheje imbuga nkoranyambaga yatangaje ko ubiri inyuma […]
Menya ibifaru u Rwanda ruri gukoresha muri Mozambique harimo ibyo bitari bizwi ko rutunze

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique kugarura umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado zitwaje ibikoresho bitandukanye bizifasha muri aka kazi harimo imodoka z’intambara z’umutamenwa harimo izo mu bwoko bwa Isotrex Phantom II zatunguye benshi kuko bitari bizwi ko u Rwanda ruzitunze nk’uko bitangazwa na Africanmilitaryblog. Iki kinyamakuru gikunze gukora inkuru zijyanye n’igisirikare, kivuga ko iyo […]
Hichilema ugiye kuyobora Zambia yatumiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi benshi mu irahira rye
Hakainde Hichilema watorewe kuyobora Repubulika ya Zambia, yatumiye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’ibihugu byo mu karere benshi mu muhango w’irahira rye uraba kuri uyu wa 24 Kanama 2021. Hichilema wari umaze igihe kirekire yari amaze atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zambia muri uyu muhango, AFP ivuga ko yatumiye abarimo umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe, Nelson […]
Burundi: Papa Francis yirukanye burundu Padiri wubatse urugo
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yirukanye ku nshingano y’ubusaseridoti umupadiri w’Umurundi witwa Lino Bikubaza wubatse urugo, akazikomeza. Diyosezi Nkuru ya Gitega mu rwandiko yageneye uyu mupadiri tariki ya 16 Kanama 2021, yamumenyesheje ko Papa Francis “yafashe ingingo yo kumwirukana burundu mu nshingano y’ubusaseridoti tariki ya 30 Nyakanga 2021 kubera ko atubahirije ingingo […]