RMC ivuga ko Nkusi Agnes atakiri umunyamakuru w’umwuga wemerewe gukorera mu Rwanda

Urwego rw’abanyamakuru bigenzura, RMC (Rwanda Media Commission), rumaze gutangaza ko Uwimana Nkusi Agnes atakiri umunyamakuru w’umwuga wemerewe gukorera mu Rwanda. Mu itangazo uru rwego rwashyize ahabona kuri uyu wa 14 Nzeri 2021, rusobanura ko impamvu Nkusi washinze igitangazamakuru Umurabyo Newspaper atakiri umunyamakuru w’umwuga ari uko atagifite ikarita yarwo. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 13 […]

Dr Muganga ukekwaho ubutasi yambuwe ubwenegihugu

Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Victoria muri Uganda, Dr Lawrence Muganga uherutse gutabwa muri yombi akekwaho gukorera ubutasi igihugu cy’amahanga, yambuwe ubwenegihugu. Umuvugizi w’urwego rwa Uganda rushinzwe abinjira n’abasohoka, Jacob Siminyu mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa 13 Nzeri 2021, yatangaje ko icyatumye Dr Muganga yamburwa ubwenegihugu ari uko afite ubwenegihugu burenze bumwe. Siminyu […]

Mozambique: Minisitiri w’umutekano yaburiye abarimo RDF

Minisitiri w’Umutekano w’imbere muri Mozambique, Amade Miquidade, yavuze ko hari ubwoba bw’uko iterabwoba rishobora kwiyongera muri kiriya gihugu, asaba inzego za gisirikare, izishinzwe umutekano ndetse n’abaturage kuryamira amajanja. Yabigarutseho ku wa Mbere ubwo yari mu gace ka Nampula. Minisitiri Miquidade yatanze uyu muburo mu gihe amakuru aturuka muri Mozambique avuga ko ibyihebe byatakaje uduce twose […]

Kenya: Umusenateri yagejejwe mu rukiko ashinjwa ibyaha by’urukozasoni

linturi.png

Umusenateri wo muri Kenya witwa Mithika Linturi, yashinjwe ibyaha birimo gushaka gufata ku ngufu umugore w’imyaka 36 n’icyaha cy’urukozasoni. Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 14 Nzeri 2021, ubwo yari yitabye umucamanza mukuru mukuru, Martha Nanzushi mu rukiko rwa Milimani, uyu musenateri utavugwaho rumwe yanashinjwe gukora igikorwa cy’urukozasoni. Ubushinjacyaha buvuga ko ku itariki ya 30 […]

Yolande Makolo ku basaba u Bwongereza kwanga Min. Busingye nka Amb. w’ u Rwanda

Umuvugizi wa Leta y’ u Rwanda, Yolande Makolo, avuga ko Minisitiri w’Ubutabera w’igihugu cye yakoze neza inshingano ze n’umuhate mwinshi kandi ko ifatwa rya Paul Rusesabagina ryakurikije amategeko haba ay’igihugu cyangwa mpuzamahanga. Aya ni amagambo ya Makolo wavugaga ku kuba hari abasabiye Busingye ibihano ndetse bagasaba ko yakwangwa nka Ambasaderi w’ u Rwanda mu Bwongereza, […]

Njebarikanuye wari wungirije Perezida wa Sena yegujwe nyuma yo gufatwa yazamuye ibiciro by’isukari

Hon. Spes Caritas Njebarikanuye wari uwa mbere wungirije Perezida wa Sena y’u Burundi, yegujwe kuri iyi nshingano nyuma yo gufatwa yazamuye ibiciro by’isukari mu buryo budakurikije amategeko. Abagize Sena kuri uyu wa 14 Nzeri 2021 nyuma yo kumweguza, bakoze itora ry’ugomba kumusimbura, ryegukanwa na Hon. Denise Ndadaye wabonye amajwi yose (100%). Ibiro by’intara ya Gitega […]

Un homme d’affaires rwandais abattu au Mozambique

Un membre Ă©minent de la communautĂ© des rĂ©fugiĂ©s rwandais au Mozambique, qui avait dit Ă  la police qu’il y avait un complot pour le tuer, a Ă©tĂ© abattu. RĂ©vocat Karemangingo avait Ă©tĂ© lieutenant dans l’armĂ©e rwandaise renversĂ©e en 1994 par le Front Patriotique Rwandais. Au Mozambique, il est devenu un homme d’affaires et n’a pas […]

Uganda: Abantu 4 mu muryango umwe batwikiwe mu nzu ari bazima

Polisi mu Karere ka Ntungamo iri gukora iperereza ku rupfu rw’abantu bane bo mu muryango umwe bahiriye mu nzu bikaba bivugwa ko inkongi yabahitanye yatewe n’umuntu. Abantu bahitanwe n’iyi nkongi ni Akampurira Obed w’imyaka 28, akaba se w’abana Ainamatsiko Innocent w’imyaka 10, Natwijuka Peterson w’imyaka 9 na Ainembabazi Patricia w’imyaka 7. Nyina w’abana witwa Birungi […]

Umukobwa yiswe ‘Umunyarwanda’ nyuma yo kuvugwaho gusenya urugo rw’abanyamakuru bubashywe muri Uganda

Umukobwa witwa Mercy Twinomujuni wavuzwe ko ari we nshoreke ya Andrew Kabuura, umunyamakuru wa Siporo kuri NTV, yatangiye kwitwa Umunyarwanda na bimwe mu binyamakuru nyuma yo gutungwa intoki ko asenye urugo rwa Flavia Tumusiime, umunyamakuru ukunzwe na benshi. Ku cyumweru nibwo habonetse ibimenyesto bigoye guhakana ko Kabuura adaca inyuma umugore wubashywe mu itangazamakuru rya Uganda, […]

Musanze: Umugabo akurikiranweho kwica nyina akoresheje ishoka

Umugabo wo mu Karere ka Gakenke akurikiranweho n’Ubushinjacyaha icyaha cyo kwica nyina amukubise ishoka mu musaya. Icyaha ashinjwa cyakozwe ku itariki 22 Kanama 2021, ahagana saa kumi n’imwe (17h00) z’ umugoroba mu Mudugudu wa Ngezi, Akagari ka Kirabo, Umurenge wa Busengo, Akarere ka Gakenke aho uyu mugabo yafashe ishoka iwabo mu rugo yarangiza agasanga nyina […]

Ndahamya ko APR FC itabaniwe ubwo bayimaga penaliti igaragarira buri wese_Sadate

Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, ari mu banze kuripfana yemeza ko APR FC yimwe penaliti ubwo yakinaga na Mogadishu City Club yo muri Somalia ku Cyumweru gishize. APR FC yari yasuye Mogadishu City Club mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions league wabereye muri Djibouti, urangira amakipe yombi aguye miswi 0-0. […]

Abasaga 80 bamaze guhitanwa n’imyizure muri Sudani

Imyuzure yikurikiranya imaze guhitana abantu basaga 80 muri Sudani, mu gihe imaze gusenya ibihumbi by’inzu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Mbere n’umwe mu bayobozi b’iki gihugu. Muri rusange abantu 84 barapfuye naho 67 barakomereka muri leta 11 za Sudani kuva ibihe by’imvura byatangira,” uyu ni Abdel Jalil Abdelreheem, umuvugizi wa w’Inama y’Igihugu ishinzwe umutekano w’abaturage […]

Uvira: Abasirikare baregwaga kwica abagore 4 b’Abanyamulenge bakatiwe

Abasirikare umunani ba FARDC, bari bakurikiranweho kwica abagore bane b’Abanyamulenge no gufata ku ngufu, kuri uyu wa Mbere, itariki 14 Nzeri bakatiwe ibihano biremereye n’Urukiko rwa Gisirikare rwo muri Kivu y’Amajyepfo, rwari rwashinze icyicaro muri Minembwe, muri Teritwari ya Fizi. Amakuru agera ku rubuga LaPrunelleRDC.info, aravuga ko batandatu mu baregwa bahamijwe icyaha cy’ubwicanyi no kugerageza […]

Perezida wa Zambia yaburiye abaminisitiri ko atazazuyaza kubeguza

Perezida mushya wa Zambia, Hakainde Hichilema yaburiye abaminisitiri ko atazuyaza kubeguza mu gihe batazaba buzuza inshingano zabo ku baturage. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu nama yagiranye n’aba baminisitiri yabereye mu murwa mukuru, Lusaka kuri uyu wa 13 Nzeri 2021. Yababwiye ko bakwiye kwirinda ibitotsi mu gihe bari gushaka umuti w’ibibazo bikomeye igihugu gifite, abibutsa ko […]

Musanze: Umukecuru w’imyaka isaga 120 aratakambira Perezida Kagame

umukecuru_n_umukobwa_we.jpg

Umukecuru Venancia Basabose uri mu myaka isaga 120 y’amavuko utuye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Gataraga, Akagari ka Muragwe, Umudugudu wa Manjari, arasaba Umukuru w’Igihugu n’ubuyobozi kumuremera akabona inka yo kumukamira, kubona ifunguro no kubona aho kuba, akabona ubuzima kuko avuga ko abayeho nabi. Basabose avuga yavutse ku ngoma ya Yuhi V Musinga, ashaka […]

Sudani: Igisirikare cyateye utwatsi umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi

Igisirikare cya Sudani ku Cyumweru cyahakanye amakuru yavugaga ko muri iki gihugu haba harabaye kugerageza guhirika ubutegetsi nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi muri Guinea. Amakuru atandukanye yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga kuwa gatandatu ushize yavugaga ko igisirikare cyaba cyaburijemo umugambi wo guhirika ubutegetsi wa bamwe mu basirikare bakuru. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, igisirikare cyavuze ko ayo makuru yakwirakwijwe […]

Karemangingo yishwe arashwe amasasu atandatu- Ishyirahamwe ry’Abanyarwanda muri Mozambique

Umugabo wari mu bakuriye impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique yishwe arashwe amasasu atandatu ku mugoroba wo ku wa mbere ageze hafi y’iwe mu murwa mukuru Maputo, nk’uko ukuriye ishyirahamwe ry’izo mpunzi, ClĂ©ophas Habiyaremye, abivuga. RĂ©vocat Karemangingo, wari ushinzwe komisiyo y’umutungo muri iryo shyirahamwe, yarashwe n’abantu bari mu modoka ya Toyota Fortuner, nk’uko bivugwa na ClĂ©ophas Habiyaremye […]

Volleyball: U Rwanda rwongeye kwisanga hamwe na Uganda mu mukino wo guhatanira umwanya wa 5

Ikipe y’igihugu y’umukino w’intoki wa Volleyball, yongeye kwisanga hamwe na Uganda mu mukino wa shampiyona nyafurika wo guhatanira umwanya wa gatanu. Mu mpera z’icyumweru gishize amakipe yombi yari yahuriye mu mukino w’ishiraniro wari uwa nyuma wo mu tsinda A, urangira u Rwanda rutsinze Abagande amaseti 3-2. Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yaherukaga gusezererwa muri 1/4 cy’irangiza […]