Mango Telecom yari yirukanye umukozi utwite yisubiyeho, nyuma yo kotswa igitutu
Ikigo Mango Telecom Ltd gicuruza interineti ya 4G cyari cyirukanye umukozi wacyo utwite, cyisubiyeho nyuma yo kokerezwa igitutu ku mbuga nkoranyambaga, ubwo uyu mubyeyi yasobanuraga imiterere y’ikibazo cye. Mu gitondo cy’uyu wa 16 Ugushyingo 2021 ni bwo uyu mubyeyi witwa Isimbi Jael uri mu igerageza mu ishami ry’imenyekanishabikorwa muri iki kigo yashyize ahabona ubutumwa burangiza […]
Uganda: Hafashwe undi mwiyahuzi washakaga guturitsa igisasu muri Nansana
Kuri uyu wa Kabiri, Polisi yavuze ko yataye muri yombi umuntu ukekwaho kuba umwiyahuzi bivugwa ko yagerageje guturitsa igisasu mu gace ka Nansana muri Uganda, nyuma y’igihe gito bagenzi be batatu (abiyahuzi) bishe byibuze abasivili batatu mu gitero cya bombe cy’ubwiyahuzi mu murwa mukuru, Kampala. Umuvugizi wa polisi, Fred Enanga, yavuze ko ingabo zishinzwe kurwanya […]
La police met en garde contre l’utilisation des mĂ©dias sociaux pour rĂ©pandre des rumeurs
La Police nationale rwandaise (RNP) a mis en garde les personnes qui utilisent les plateformes de mĂ©dias sociaux pour rĂ©pandre des rumeurs et inciter Ă la peur. Cela survient après qu’Elode Manishimwe, 20 ans, ait utilisĂ© son compte Twitter pour affirmer qu’il y avait de l’insĂ©curitĂ© dans la cellule de Byahi, dans le secteur de […]
IT Officer at Bboxx Capital Rwanda Ltd
We are hiring IT Officer Bboxx Capital Rwanda Ltd is a next generation utility, powering growth and transforming lives in developing countries. We are positively impacting customers’ quality of life through provision of affordable, clean energy solutions. Today, we offer pay-as-you-go solar power. Our aim is to expand rapidly to provide other vital utility services, […]
Finance Manager at The African Institute for Mathematical Sciences (AIMS)
We’re transforming Africa through innovative scientific training, technical advances, and breakthrough discoveries! The African Institute for Mathematical Sciences (AIMS) is a pan-African network of centres of excellence for postgraduate training in mathematical sciences, research, and public engagement in STEM. Its mission is to enable Africa’s brightest students to flourish as independent thinkers, problem solvers and […]
Hamenyekanye bimwe mu byabereye mu iturika ry’ i Kampala
Abantu batandatu barimo n’abapolisi babiri nibo bamaze kumenyekana ko basize ubuzima mu gitero cy’ibisasu mu Murwa mukuru wa Uganda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nk’uko bitangazwa n’ikigo gishinzw ubutabazi, NECOC, (Uganda’s National Emergency Coordination and Operations Centre. Iki kigo kivuga ko kigikora iperereza ngo kimenye neza abakomerekeye muri iki gitero. Mu gitondo, igisasu […]
Amerika yarakajwe na misile y’Abarusiya yashyize mu kaga abari mu cyogajuru cya ISS

Umuyobozi wa NASA, Bill Nelson, yatangaje ko ku wa Mbere, “yarakajwe” n’igerageza rya misile yo mu kirere y’u Burusiya yahashwanyukiye ikirere kikuzuramo ibice bigashyira mu kaga abahanga mu by’isanzure bari mu cyogajuru ISS (International Space Station) bikaba ngombwa ko bakwepakwepa. Nelson yagize ati: “N’amateka maremare kandi kibitseho mu by’ikirere by’abantu, ntibyumvikana ukuntu u Burusiya bwashyira […]
Streit Group yo muri UAE igiye gutangira gukorera imodoka z’intambara muri Uganda

Uruganda Streit Group rukora ibimodoka by’intambara by’imitamenwa, rwo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) ku bufatanye na National Enterprise Corporation (NEC) rugiye gutangiza uruganda rw’izi modoka mu gihugu cya Uganda. Streit Group ni uruganda rukora imodoka z’intambara z’imitamenwa (armoured personnel carriers (APCs) rufite icyicaro mu gihugu cya UAE . rukora kandi imodoka z’agaciro n’izindi modoka […]
Seif wasigaye muri Kenya yagaragaye abyinisha abakobwa batatu

Umukinnyi Niyonzima Olivier Seif w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, yagaragaye abyinisha abakobwa batatu mu kabyiniro ko mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi. Aya mashusho afite uburebure bw’amasegonda 33 yashyizwe hanze nyuma y’aho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru, FERWAFA, ritangarije ko ryamuhagaritse mu ikipe y’igihugu bitewe n’imyitwarire idahwitse gusa ntiryasobanura iby’iyi mitwarire. Aya mashusho atumvikanamo amajwi, agaragaza uyu […]
Adeline Rwigara yabwiye urukiko ko aburana n’abanyembaraga
Umugore wa Rwigara Assinapol, Adeline Mukangemanyi Rwigara yabwiye urukiko rukuru rw’ubucuruzi ko aburana n’abanyembaraga mu kwerekana ko nta cyizere afite ko atazatsinda urubanza ruhagarikisha cyamunara y’igorofa y’umuryango we igeretse kane. Uru rubanza umuryango wa Rwigara mu izina ry’uruganda Premier Tobacco Company Ltd uraruburanamo na Cogebank ivuga ko ruyibereyemo ideni ry’amafaranga y’u Rwanda abarirwa muri miliyoni […]
Kirehe: Inka 13 ziherutse gupfira rimwe zaba zarishwe n’ibinyabutabire biba mu masaka
N’ubwo ibizamini byo muri Laboratwari bitaratanga ibisubizo, Dr Uwituze Solange, Umuyobozi wungirije muri RAB ushinzwe iterambere ry’ubworozi avuga ko bakeka ko inka 13 z’umuturage ziherutse gupfira icyarimwe mu Karere ka Kirehe zaba zarishwe n’ibinyabutabire bibiri. Ni nyuma y’aho izo nka zapfuye mu buryo bw’amayobera kuwa Gatandatu ushize, itariki 13 Ugushyingo, mu Murenge wa Mpanga mu […]
Two simultaneous explosions in Kampala
Two explosions rocked Ugandan capital Kampala Tuesday morning. The explosions went off simultaneously bringing traffic in the city center to a standstill as the police rescue vehicles and ambulances rushed to the scene. One blast was near the Central Police Station while the other went off near the Parliament building at about 10am. Security agents […]
U Bwongereza bwanyagiye San Marino ibitego 10-0, bwiyongera ku bihugu bizakina Igikombe cy’Isi cya 2022
Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, The Three Lions, yiyongereye mu makipe y’ibihugu azakina imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 izabera muri Qatar nyuma yo kunyagira San Marino ibitego 10-0. Rutahizamu Harry Kane yatsinze wenyine ibitego bine muri uyu mukino, ahita aba umukinnyi wa gatatu watsinze ibitego byinshi mu mateka y’ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza. Kane usanzwe ari na […]
Umusore ukekwaho guhuruza Polisi ayibeshya yatawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2021 yataye muri yombi umusore utuye mu Kagari ka Byahi, Umurenge wa Byahi w’Akarere ka Rubavu, Manishimwe Elode, imukekaho kuyihuruza ayibeshya ko habereye ubwambuzi bwakomerekeyemo abantu benshi. Aya makuru Manishimwe yayatangiye kuri Twitter tariki ya 14 Ugushyingo 2021, ashyiraho ifoto y’uwigeze gukubitirwa mu Murenge wa Cyuve w’Akarere […]
Kampala: Ibisasu byaturikiye hafi y’ingoro y’Inteko na sitasiyo ya Polisi
Ibisasu bibiri byaturikiye hafi y’ingoro y’Inteko ishinga amategeko ya Uganda mu murwa mukuru, Kampala no ku igorofa ya Kooki iteganye na sitasiyo ya Polisi y’uyu mujyi mu gitondo cyo kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2021. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga n’ibitangazamakuru byo muri Uganda agaragaza umwotsi mwinshi n’umuriro byazamukiye kuri iyi gorofa, ahaparitse imodoka. Daily […]
Le Zimbabwe et le Rwanda s’engagent dans la dĂ©fense et la collaboration en matière de sĂ©curitĂ©
Le Zimbabwe et le Rwanda se sont engagĂ©s hier Ă travailler sur des modalitĂ©s qui intensifieront la collaboration en matière de dĂ©fense et de sĂ©curitĂ© pour faire face aux menaces traditionnelles et non traditionnelles affectant le continent africain. L’engagement a Ă©tĂ© pris lors d’une visite de courtoisie du ministre rwandais de la DĂ©fense, le gĂ©nĂ©ral […]
Umugabo wa Teta yatunzwe agatoki ko yateye inda undi mugore
Amakuru yamenyekanye avuga ko umugabo w’Umunyarwandakazi, Teta Sandra witwa Weasel Manizo (Douglas Mayanja) yateye inda undi mugore witwa Grace Khan, usanzwe ari umuhanzi. Bikimara kumenyekana ko Grace Khan atwite, abantu benshi bahise bakeka ko inda yaba ari Prince Omar wibera i London mu Bwongereza. Hari amakuru avuga ko ibi bishobora kuba atari impamo ari nako […]
Iby’ingenzi kuri Gen. Odowaa uyobora ingabo za Somalia kuva afite imyaka 32
Mu bintu bigoye/bivunnye mu gisirikare harimo kuzamurirwa ipeti kuko biraharanirwa, bigasaba ubwitange bw’umusirikare; noneho kubona ipeti riri ku rwego rwa General bikaba akarusho, ubwo kuba Umugaba Mukuru w’ingabo z’igihugu byo bikaba ibindi bindi. Ariko uyu muhigo umenyerewe ku bantu biganjemo cyane abakuze (inararibonye zarwanye intambara zitandukanye), umusirikare wo muri Somalia witwa Odowaa Yuusuf Raagge yawugezeho […]
Niyonzima Olivier ‘Seif’ yahagaritswe mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryatangaje ko Niyonzima Olivier bita ‘Seif’ yahagaritswe igihe kitazwi mu kipe y’Igihugu ‘Amavubi’ kubera imyitwatire mibi. FERWAFA yemeje aya makuru mu butumwa yanditse kuri Twitter yayo. Iti: “FERWAFA iramenyesha abanyarwanda bose ko NIYONZIMA Olivier ahagaritswe igihe kitazwi “undetermined” mu Ikipe y’Igihugu kubera imyitwarire idahwitse. Tuboneyeho kumenyesha abo bireba bose […]
Col. Doumbouya yavuze ko nta mubano wihariye yigeze agirana n’uwari Perezida, Condé
Col. Mamady Doumbouya uyoboye Repubulika ya Guinea mu nzibacyuho nyuma yo guhirika ubutegetsi bwa Alpha CondĂ© yahakanye ibyavugwaga ko yari inshuti ye ya hafi. Uyu musirikare yabitangarije mu kiganiro cyo kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2021 yagiranye n’umunyamakuru wa Radiyo Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, kikaba ari nacyo cya mbere yagiranye n’itangazamakuru kuva yahirika CondĂ©. Col. Doumbouya […]
Steve Bannon wahoze ari umuntu wa hafi wa Donald Trump yatawe muri yombi
Steve Bannon, umwe mu nkoramutima cyane z’uwari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatawe muri yombi kubera gusuzugura inteko ishinga amategeko. Ni nyuma y’aho komisiyo yihariye y’Umutwe w’Abadepite irimo gukora iperereza ku gitero cy’abashyigikiye Trump cyo ku italiki ya 6 Mutarama gushize ku ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko y’Amerika (Capitol), ihamagaje Bannon, w’imyaka […]
Akanyamuneza kuri Dani Alves nyuma yo kongera guhura na bagenzi be bahoze bakinana (Amafoto)

Myugariro Daniel Alves, yagaragaje akanyamuneza kadasanzwe ubwo yongeraga guhura na bagenzi be bahoze bakinana muri FC Barcelona. Mu cyumweru gishize ni bwo uyu myugariro w’iburyo ukomoka muri BrĂ©sil yagarutse muri FC Barcelona yasinyiye amasezerano y’umwaka umwe ariko ashobora kongerwaho undi. Dani Alves w’imyaka 38, ni we mukinnyi watwaye ibikombe byinshi mu mateka y’umupira w’amaguru ku […]
Urukiko rwemeje ko Dr Kayumba akomeza gufungwa
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2021 rwatesheje agaciro ubujurire bw’umunyapolitiki Dr Kayumba Christopher ku cyemezo urukiko rw’ibanze rwari rwarafashe cy’uko akomeza gufungwa by’agateganyo. Dr Kayumba washinze ishyaka rya RPD (Rwandese Platform for Democracy) nyuma yo kwigisha muri Kaminuza y’u Rwanda no gushinga ikinyamakuru, ashinjwa icyaha cyo gusambanya umuntu ku gahato n’ikindi […]
Mohamed Ali Abikar wo mu gitero cya Garissa cyahitanye 148 yatorotse gereza

Abantu batatu barimo n’uwafashwe bijyanye n’igitero yo mu Mujyi wa Garissa muri Kenya kuri kaminuza yaho, Mohamed Ali abikar, batorotse gereza ya Kamiti mu gicuku cyo kuwa Mbere ahagana saa saba Urwego rushinzwe kugenza ibyaha muri Kenya, DCI, rwemeje ayo makuru ruvuga ko aba batatu babashije gutoroka gereza irinzwe cyane iri i Nairobi. Nta byinshi […]
Gen Albert Murasira ari muri Zimbabwe (Amafoto)

Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Maj Gen Albert Murasira, ari i Harare mu gihugu cya Zimbabwe aho yatangiriye uruzinduko rw’akazi kuva ku wa Mbere tariki ya 15 Ugushyingo 2021. Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda kuri Twitter yayo yavuze ko Gen Murasira ku munsi wa mbere w’uruzinduko rwe yagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru mu ngabo za Zimbabwe, barimo Minisitiri […]