CAN: Mukansanga Salma yandikiye amateka mu mukino Guinée-Conakry yatsinzemo Malawi

Umunyarwandakazi Mukansanga Radia Salma, yanditse amateka yo kuba umugore wa mbere usifuye Igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bagabo. Mukansanga w’imyaka 33 y’amavuko, yabigezeho kuri uyu wa mbere ubwo yasifuraga umukino wo mu tsinda rya kabiri Syli National ya Guinée-Conakry yatsinzemo Malawi igitego 1-0. Uyu mugore yari umusifuzi wa kane muri uyu mukino. Igitego cyo ku […]

Butembo: Ikamyo yari irimo imyambaro isa n’iya UPDF yafashwe, harakekwa kirogoya

Igisirikare cya Uganda, UPDF, n’icya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (FARDC) biratangaza ko abakozi bo kuri gasutamo mu mujyi wa Butembo uri Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bafashe ikamyo itwara ibicuruzwa yari irimo imyambaro isa n’iy’iki gisirikare. Ibi bisirikare mu itangazo byasohoye kuri uyu wa 10 Mutarama 2022, bivuga ko uwafatanywe iyi myambaro ari umucuruzi […]

RDF na FADM bemeranyije kwagura ubufatanye mu gukomeza guhashya ibyihebe muri Cabo Delgado

Igisirikare cy’u Rwanda n’icya Mozambique kuri uyu wa Mbere byasinyanye amasezerano yo kwagura ubufatanye, mu rwego rwo gukomeza guhashya ibyihebe byugarije intara ya Cabo Delgado. Ni amasezerano yashyizweho umukono n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura n’uw’iza Mozambique, Joaquim Rivas Mangrasse wasuye Icyicaro gikuru cya RDF ku Kimihurura. Aya masezerano ari mu murongo […]

Perezida Kagame yakiriye intumwa za Ndayishimiye w’u Burundi

nibigira.jpg

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa 10 Mutarama 2022 yakiriye intumwa eshatu zoherejwe na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye. Izi ntumwa zirimo umuyobozi wungirije w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Laurentine Kanyana na Brig. Gen. Silas Pacifique Nsaguye uyoboye urwego rw’ubutasi ziyobowe na Minisitiri ushinzwe umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), urubyiruko, umuco na siporo, […]

HEC yemeje ko kaminuza ya AIU Dr Igabe yizemo itemewe

hec.jpg

Inama nkuru y’amashuri makuru na za kaminuza mu Rwanda, HEC, yatangaje ko yasanze Atlantic International University (iyo Dr Igabe Egide yizeho) itemewe n’amategeko. Ni nyuma y’impaka nyinshi zishingiye ku itabwa muri yombi rya Dr Igabe ukekwaho gukoresha impamyabumenyi y’ikirenga, PhD, mpimbano, kandi iyi kaminuza izwi mu mpine nka AIU yiyemerera ubwayo ko ari yo yamwigishije, […]

Mutsinzi Ange na Trofense ye batsindiwe mu rugo

Myugariro w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Mutsinzi Ange na Trofense yo muri Portugal akinira, bananiwe kwitwara neza batsindirwa mu rugo na Vlafranquense ibitego 1-3. Bakinaga umunsi wa 17 wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri ya Portugal. Mohamed Belkheir ni we wafunguye amazamu ku ruhande rw’ikipe ya Vilafranquense ku munota wa 15, Nuno Rodrigues atsinda igitego cya kabiri ku […]

Kigali: Ubujura bwo gushikuza amasakoshi na telefone bwongeye kwaduka

Ubujura bwo gushikuza amasakoshi na za telefone bwari bumaze iminsi busa nk’ubwagabanyutse hari bamwe mu baturage bavuga ko bwongeye kwaduka mu Mujyi wa Kigali. Abakora ubu bujura bivugwa ko ari insoresore n’abana bo mu muhanda bashikuza cyane cyane amatelefone n’amasakoshi y’abagore, bibwira ko bashobora gusangamo iby’agaciro. Ngo hari nubwo bashikuza umugore cyangwa umukobwa isakoshi batasangamo […]

Rutshuru: Colonel muri NDC-R yaguye mu mirwano na FDLR

Inyeshyamba yo mu mutwe wa Nduma Defense of Congo Rénové (NDC-R), yaguye mu mirwano iherutse gusakiranya abarwanyi b’uyu mutwe n’abo mu mutwe wa FDLR. Iyi nyeshyamba yiyitaga Colonel Osama yaguye mu mirwano yasakiranyije NDC-R na FDLR yari yiyunze n’undi mutwe witwa CMC (Collectif des mouvements pour le changement). Ni imirwano yabereye muri Teritwari ya Rutshuru […]

Amafoto: RIB yagaragaje ikibazo kiri kuri ‘Equivalence’ ya Dr Igabe

equivalen.jpg

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha, RIB, rwagaragaje ikibazo kiri ku cyemezo gihwanishwa n’impamyabumenyi yatangiwe mu mahanga (Equivalence) cya Dr Igabe Egide uri mu maboko yayo, akekwaho kugihimba. Dr Igabe ni uwo RIB yatangaje ko yataye muri yombi tariki ya 7 Mutarama 2022 imukekaho gukoresha impamyabumenyi mpimbano ya PhD bigaragara ko yakuye muri Atlantic International University. Iyi […]

Video: Hakizimana n’umugore we barashinjanya guhohoterana n’ubuyobozi bukabigiramo uruhare

Uwitwa Hakizimana Evariste wo mu Kagari k’Amahoro, Umudugudu wa Muhabura, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, mu Ntara y’Iburengerazuba, aravuga ko umugore we akomeje kumuhohotera afatanyije n’abayobozi b’ibanze, mu gihe umugore abihakana akemeza ko ahubwo ari we uhohoterwa. Ku itariki ya 18 Ugushyingo 2021 avuga ko yandikiye ibaruwapolisi ayigaragariza ko umutekano we ari mucye, agaragazamo […]

Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire

Umushumba wa Paruwasi ya Remera mu itorero rya Angilikani, Rev. Pasiteri Antoine Rutayisire yavuze ko barambiwe kubona ibikorwa by’ukukozasoni (pornography) mu nsengero. Yabivugiye mu iteraniro kuri uyu wa 9 Mutarama 2022 ubwo yagezaga inyigisho ku bitegura gushyingirwa. Yabasabye ibintu bitatu: kubahiriza igihe, kubivuga hakiri kare mu gihe bahagaritse umugambi wo gushyingirwa, icya gatatu avuga ko […]

Minisitiri yemeje ko we na bagenzi be ari ibisambo bikikije Perezida Tshisekedi

panda.jpg

Minisitiri w’Ubushakashatsi mu bya Siyansi muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), José Mpanda Kabangu yemeje ko we na bagenzi be ari ibisambo bikikije Umukuru w’Igihugu, Perezida Félix Tshisekedi. Mpanda yabitangaje nyuma kugenzura ibikorwa by’iterambere mu Mujyi wa Mbuji-Mayi mu Ntara ya Kasai-Oriental kuri uyu wa 9 Mutarama 2022, agasanga muri byo nta bizagirira akamaro […]

Myanmar: Aung San Suu Kyi yakatiwe indi myaka 4 y’igifungo

Kuri uyu wa Mbere, urukiko rwo muri Myanmar rwakatiye umuyobozi wirukanwe ku butegetsi, Aung San Suu Kyi ikindi gifungo cy’imyaka ine nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutumiza mu mahanga mu buryo butemewe no gutunga ibikoresho by’itumnaho bizwi nk’ibyombo (walkie-talkies) ndetse no kurenga ku mabwiriza yo gukumira coronavirus. Mu kwezi gushize, Suu Kyi yari yahamijwe ibindi […]

Les chefs de la sécurité du Rwanda et du Mozambique tiennent une réunion sur la situation à Cabo Delgado

Les chefs de la défense et de la sécurité rwandais et leurs homologues mozambicains ont convenu dimanche de créer des équipes de sécurité conjointes qui, entre autres, élaboreront de nouvelles stratégies pour améliorer le processus de stabilisation et de réforme du secteur de la sécurité dans la province de Cabo Delgado et au-delà. Le développement […]

Executive assistant at JALI GROUP

POSITION: Executive assistant TERM: Full Time LOCATION: Company Head Office REPORTING TO: CEO THE ORGANIZATION JALI GROUP is a holding but yet not-large organization that hold an accounting firm called JALI PARTNERS and a startup financial institution called JALI FINANCE. The mission of JALI PARTNERS is to strengthen our clients’ finance departments by providing high-quality, […]

ECOWAS imposes ‘harsh’ sanctions on Mali over delayed transition

The Economic Community of West African States (Ecowas) has announced tougher sanctions on Mali after its military junta failed to meet its deadline for a transition to civilian rule. Effective immediately, Mali is cut off entirely from all Ecowas institutions. All countries of the 16-member West African bloc have been instructed to shut their borders […]

Rubavu: Abarimu 7 banze kwikingiza Covid-19 barirukanwa

Umuyobozi ushinzwe uburezi mu Karere ka Rubavu, Bahizi Gérard yatangaje ko abarimu bagera kuri barindwi bagiriwe inama yo kwikingiza icyorezo cya Covid-19 ariko bakabyanga, bagomba kwirukanwa ku kazi kugira ngo batanduza abanyeshuri cyangwa bagenzi babo. Bahizi yabitangaje kuri uyu wa 10 Mutarama 2022, umunsi abanyeshuri mu gihugu hose batangiriyeho amasomo y’igihembwe cya kabiri. Mu bigo […]

A story of Nyagatare District farmer who host seven zebras in his cattle

A farmer from Kayange, one village in Karangazi Sector of Nyagatare district which hosts the wonder Akagera National Park in Eastern Rwanda has added seven zebras on his farm. They were four when they escaped the gazetted land in 2019, and they have multiplied ever since. A journalist of one Rwanda local newspapers, visited the […]

Ndi idebe ryawe_Bamporiki abwira Isimbi ukina filimi

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard yagaragaye mu mashusho abwira umukinnyikazi wa filimi Isimbi Alliance wamamaye nka Alliah Cool ko ari idebe rye. Yumvikana amubwira ati: “Iyo umugore aguhaye inka, ukayemera, ahandi ari umugabo wayiguhaye witwa umugaragu. Ariko iyo uhawe n’umugore ukayemera, witwa idebe.” Ahuje ibiganza byombi, anaciye bugufi, Bamporiki yabwiye Isimbi […]

Uganda: Amabwiriza ya Musenyeri yo gukumira abanyeshuri batwite ntavugwaho rumwe

Mu gihe amashuri yitegura gufungura imiryango uyu munsi muri Uganda nyuma y’imyaka ibiri afunzwe kubera icyorezo cya Covid-19, Musenyeri James Ssebagala wo muri Diyosezi ya Mukono yategetse abarimu bo mu mashuri aterwa inkunga na Church of Uganda kubuza abakobwa batwite cyangwa bonsa kwinjira mu mashuri. Amabwiriza ya musenyeri ngo aravuguruza amabwiriza ya minisiteri y’uburezi asaba […]

TPLF irashinja Ingabo za Eritrea gutera ingabo zayo

Kuri iki Cyumweru, itariki 09 Mutarama 2022, ishyaka rya Tigray People Liberation Front, rigenzura igice kinini cy’amajyaruguru ya Ethiopia cya Tigray, ryashinje Eritrea gutera ingabo zaryo. Ikigo cy’umuryango w’abibumbye gishinzwe ubutabazi (UNOCHA) cyatangaje ko imiryango y’ubutabazi yahagaritse ibikorwa byayo mu gace ko mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Tigray aho abasivili 56 bahitanywe n’igitero cy’indege mu mpera […]

Cyamunara yarahagaritswe barashima, Nyamvumba asaba Kagame imbabazi, Marshall muri Ethiopia; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 3 Mutarama 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izerekeye ubutabera, umutekano na politiki. Harimo ko: I Rubavu: Cyamumara yarahagaritswe barashima Urukiko rw’Ibanze rwa Gisenyi rwo mu Karere ka Rubavu tariki ya 7 Mutarama rwatesheje agaciro cyamunara y’inzu ya Kanyabutembo Virginie kubera ko Umuhesha w’Inkiko Me Uwayezu Anselme yabikoze mu buryo budakurikije […]