Nigeria: Akurikiranyweho gufatira ku ngufu umukobwa mu rusengero
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 30 wo muri Nigeria witwa Ajibola Akindele akurikiranyweho gusambanyiriza mu rusengero umukobwa w’imyaka 20. Umuvugizi wa polisi muri aka gace, Lanre Bankole, avuga ko ushinjwa icyaha yatawe muri yombi ku wa Mbere nyuma y’uko nyina w’uwo mukobwa atanze ikirego, avuga ko yohereje umukobwa we kujya gukora isuku ku rusengero mu […]
Perezida Kagame ategerejwe muri Uganda kuri uyu wa Gatandatu
Perezida Paul Kagame ategerejwe muri Uganda kuri uyu wa Gatandatu, mbere yo kwitabira ibirori by’isabukuru y’imyaka 48 y’Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akanaba umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba. Gen Muhoozi aheruka kwemeza aya makuru mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter. Yagize ati: “Nejejwe cyane no gutangaza ko […]
Perezida Kagame yafashe mu mugongo abanya-Kenya nyuma y’urupfu rwa Kibaki
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yihanganishije abanya-Kenya ndetse n’umuryango wa Mwai Kibaki, nyuma y’urupfu rw’uyu mukambwe wabaye Perezida wa Kenya. Kibaki yayoboye Kenya imyaka 10 hagati ya 2003 na 2013, mbere yo gusimburwa na Perezida Uhuru Kenyatta kuri ubu na we uri mu nzira yo gusoza manda ye ya kabiri yo kuyobora kiriya gihugu. Perezida […]
Polisi yatangaje ko hari imihanda irafungwa ubwo Gen. Kainerugaba araba yizihiza isabukuru y’amavuko
Ishami rya Polisi ya Kampala rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko hari imihanda izafungwa ubwo umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba azaba yizihiza isabukuru y’imyaka 48 y’amavuko. Ibi birori bizabera ku kibuga cya Lugogo Cricket Oval kuri uyu wa 23 Mata 2022, bizabanzirizwa […]
Uganda yatangije iperereza ku cyateye impanuka y’indege ya RwandAir i Kampala
Ikigo cya Uganda Gishinzwe Indege za Gisivile (UCAA), cyatangaje ko cyamaze gutangiza iperereza ngo hamenyekane icyihishe inyuma y’impanuka indege ya RwandAir iheruka gukorera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe i Kampala. Saa kumi n’imwe n’iminota 31 z’igitondo cyo ku wa Gatatu w’iki Cyumweru ni bwo iyi ndege ya RwandAir CRJ 900 yanyereye, igwa inyuma y’ikibuga […]
Rwamagana: Umubyeyi yasobanuye uko Interahamwe zamwiciye abana, zikamusambanya

Ku wa 20 Mata 2022, mu muhango wo kwibuka abagore n’abana bishwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ahahoze ari muri segiteri Sovu yabarizwaga muri komini ya Rutonde, ubu ni mu murenge wa Kigabiro, humvikanye ubuhamya bw’umubyeyi Kayiraba Consesa ufite imyaka 68 Interahamwe ziciye abana, zikanamusambanya ku ngufu. Uyu mubyeyi yagize ati: “Nari ndi kumwe […]
Gen. Nkashama uyobora Intara ya Ituri arashinjwa gukorera iyicarubozo umugore utwite
Umugore utwite ufungiye muri gereza nkuru ya Bunia kugeza ubu arashinja Guverineri w’umusirikare wa Ituri, Lt. Gen. Luboya Nkashama kuba yaramukoreye iyicarubozo mu biro bye ubwo yahajyanwaga ngo amwerekwe. Mu ibaruwa isaba ubuvuzi bwihutirwa yohereje mu miryango myinshi iharanira uburenganzira bwa muntu kandi ko buniaactualite.com yashoboye kubonaho, Solange Lotsove, ukurikiranyweho icyaha cyo gucuruza intwaro ku […]
Administration and Finance intern at World Relief Rwanda
VACANCY ANNOUNCEMENT To facilitate the implementation of its activities in Kigali, World Relief Rwanda wishes to recruit a qualified and well experienced candidate to fill the position of Intern. The job description and other requirements for this position are as follows: Job Description Department/Program: Administration and Finance Location: Kigali, Rwanda Start Date: Immediately Length of […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa NIYONSENGA Bertin
48.2% of all criminal suspects are under 30
A total of 18,082 people aged between 18 and 30 make up 48.2 per cent of all criminal suspects, according to the National Public Prosecution Authority (NPPA) July to December 2021 report. They are followed by those aged between 31 and 40 who make up 11,020 suspects equal to 29.4 per cent of all 37,490 […]
Somali minister survives ‘assassination’ attempt
Somalia’s Foreign Minister Abdisaid Muse Ali escaped unhurt following a Thursday evening attack in Galkayo town in Puntland, 750 km north of the Somali capital Mogadishu. The minister claimed it was an attempt on his life. Reports from the town indicate that armed confrontations erupted at a compound owned by clan elder Yasin Abdisamad, who […]
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Somalia yarusimbutse
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Somalia, Abdisaid Muse Ali yarusimbutse, nyuma y’igitero we n’abo bari kumwe bagabiweho mu mujyi wa Galkayo. Ni umujyi uherereye mu gace ka Puntland, ku birometero 750 mu majyaruguru y’Umurwa mukuru Mogadishu. Minisitiri Abdisaid yatangaje ko igitero yagabweho cyari kigambiriye gutwara ubuzima bwe. Amakuru aturuka mu mujyi wa Galkayo avuga ko ubwo […]
Muhanga: Urukiko rwakatiye umwarimu washinjwaga ibyaha birimo kuriganya abaturage
Umwarimu wari ukurikiranweho n’Ubushinjacyaha ku Rwego rw’Ibanze rwa Nyamabuye icyaha cyo kwihesha amafaranga y’abaturage akoresheje uburiganya, kuri uyu wa Kane, itariki 21 Mata, yakatiwe igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu ya miliyoni 5 z’amafaranga y’u Rwanda. Kuva mu mwaka wa 2019, Ubushnjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko uyu mwarimu wo mu Murenge wa Nyarusange, Akarere […]
Polisi ya Kenya yemeje ko ifite abapolisi 2000 bafite ibibazo byo mu mutwe
Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Kenya, Hillary Mutyambai, yatangaje ko hari abapolisi bagera ku 2000 bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe badakwiye gukomeza aka kazi. Nk’uko The Standard ibivuga, uyu mubare wabonetse nyuma y’isuzuma ryakozwe n’abaganga, ryatewe n’ubwiyongere bw’abapolisi ba Kenya bari bakomeje kwiyahura n’umuhangayiko ukabije (depression). Mu kiganiro yagiranye n’abayobozi b’amatorero n’amadini tariki ya […]
Urukiko mu Bushinwa rwakatiye Umunyamerika igihano cy’urupfu
Kuri uyu wa Kane, itariki 21 Mata 2022, urukiko rwo mu Bushinwa rwakatiye Umunyamerika Shadeed Abdulmateen igihano cyo kwicwa azira kwica nkana umukobwa w’imyaka 21, wahoze ari umukunzi we, nk’uko byatangajwe na Televiziyo y’u Bushinwa, CCTV. Mu cyemezo cyarwo Urukiko Rwisumbuye rw’Abaturage rwa Ningbo mu Ntara ya Zhejiang rwasanze nyuma y’uko batumvikanye ku gutandukana kwabo […]
U Bushinwa bwagize ibyo busaba u Rwanda nyuma yo gukatira umwenegihugu wabwo
Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda yagize icyo isaba ubutabera bw’iki gihugu nyuma y’aho urukiko rwisumbuye rwa Karongi rukatiye umwenegihugu Shujun Sun igifungo cy’imyaka 20, azira icyaha cyo gukora iyicarubozo. Tariki ya 19 Mata 2022 ni bwo uru rukiko rwahamije iki cyaha, nyuma y’aho muri Kanama 2021 yagaragaye mu mashusho n’amafoto akubita Abanyarwanda, yabazirikiye ku giti […]
Mwai Kibaki wahoze ari Perezida wa Kenya yapfuye
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Mata 2022, Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yatangaje ko uwahoze ari Perezida Mwai Kibaki yapfuye ku myaka 90 y’amavuko. Perezida Uhuru Kenyatta yatangaje ko Kibaki yapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 21 Mata, ariko ntiyatangaje icyamwishe. Kibaki yabaye perezida wa gatatu wa Repubulika ya Kenya kuva […]
Fayulu abona Perezida Tshisekedi agiye kugabiza RDC imitwe yitwaje intwaro

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yavuze ko Perezida FĂ©lix Tshisekedi agiye kugabiza iki gihugu imitwe yitwaje intwaro. Mu butumwa yatambukije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 22 Mata 2022, Fayulu yagize ati: “Ntibyumvikana uburyo Bwana FĂ©lix Tshisekedi yemererwa gushyira igihugu mu maboko y’imitwe yitwaje intwaro.” Uyu […]
Kampala: Rwandair ivuga ko buri sosiyete izita ku bagenzi bagizweho ingaruka n’ibyabaye
RwandAir yerekanye ko buri sosiyete y’indege ifite abagenzi bagizweho ingaruka n’ibyabaye ku wa gatatu zizishyura amafaranga y’indishyi z’abakiriya bazo. Bisobanuye ko niba Rwandair yari itwaye abagenzi yahawe n’indi sosiyete ari yo izabitaho muri ibi bibazo byatewe n’impanuka yorohereje yabereye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe, i Kampala kuwa Gatatu. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane […]
Le Kenya accueillera des pourparlers entre la RD Congo et les rebelles
Nairobi accueille ce vendredi des pourparlers entre les rebelles opĂ©rant dans l’est dĂ©chirĂ© par la violence de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo et le gouvernement de Kinshasa, a annoncĂ© jeudi la prĂ©sidence kenyane. Jeudi, les dirigeants du Kenya, de l’Ouganda, du Burundi, du Rwanda et de la RDC se sont rĂ©unis Ă Nairobi pour discuter […]
Musanze: Umunyonzi wari ugiye kurangura inzoga yagonganye na moto ahita apfa

Umunyonzi BWIZA yamenye ko yitwa TUYI uri mu kigero cy’imyaka 25, wari ugiye kurangura inzoga muri Vunga yapfiriye mu mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, mu isanteri ya Kabaya, ahita apfa. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Mata ahagana saa tatu […]
RDC: Umunyamakuru yiyahuye kubera imiterere y’imyanya ndangagitsina ye
Umunyamakuru Muhindo Sirasi Samuel, w’imyaka 26, wakoreraga Radiyo Ijwi rya Ruwenzori, ivugira i Mutwanga, mu birometero 35 mu burasirazuba bw’umujyi wa Beni, muri Groupement ya Bolema, mu Ntara ya Kivu, yiyahuye yimanitse, ku wa Gatatu itariki 20 Mata 2022, mu murima uri mu Mudugudu wa Kalembo, Umurenge wa Ruwenzori ku muhanda wa Kasindi. Mu itangazo […]
U Burusiya bwaburiye Israel
Ambasaderi w’u Burusiya muri Israel, Anatoly Viktorov, yayiburiye ko niha u Ukraine imfashanyo, igihugu cye nacyo kitazazuyaza gusubiza. Ambasaderi Viktorov yabitangarije mu kiganiro yagiranye na televiziyo y’u Burusiya, asubiza Minisitiri w’ingabo wa Israel, Benny Gantz wemeje ko bateganya guha Ukraine imfashanyo y’ingofero n’amakote by’ubwirinzi. Ibiro bya Minisitiri Gantz byasohoye iri tangazo nyuma yo kugirana ikiganiro […]
Gen Muhoozi yasabye Museveni na Tshisekedi kumwemerera kujya kuyobora ibikorwa bya nyuma byo guhiga ADF
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yifuza kujya muri Congo Kinshasa kuyobora ibikorwa bya nyuma byo guhiga umutwe wa ADF, mu gihe ba Perezida Yoweri Kaguta Museveni na FĂ©lix Tshisekedi baba babimwemereye. Gen Muhoozi mu butumwa aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa Twitter, yavuze ko yifuza kujya kuyobora […]
Carlos Ghosn wayoboraga ihuriro Renault Nissan (RNBV) arashakishwa n’ubutabera bw’u Bufaransa

Ubutabera bw’u Bufaransa bwasohoye impapuro mpuzamahanga zo guta muri yombi Carlos Ghosn wahoze ari umuyobozi w’ihuriro Renault Nissan (RNBV), mu rwego rw’iperereza ryakorewe i Nanterre (Hauts-de-Seine) cyane cyane ku gukoresha nabi umutungo w’ibigo no kunyereza amafaranga nk’uko ubushinjacyaha bwa Nanterre bwabitangarije AFP kuri uyu wa Gatanu. Uyu mugabo ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa, ubwa Libani n’ubwa […]
Abadepite basabye Min. w’Intebe kubagaragariza uko kunoza imikoranire y’inzego byafasha amakoperative
Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yasabye Minisitiri w’Intebe kuyigaragariza uburyo hanozwa imikoranire y’inzego mu gukurikirana ibikorwa by’Amakoperative, imicungire yayo igatangirira ku rwego rwo hasi, bikoroshya imikorere kandi abaturage bakayagirira icyizere. Uyu mwanzuro wafashwe nyuma ya raporo y’ubusesenguzi bwa Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore mu Iterambere ry’Igihugu, bwakozwe kuri raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiyoborere (RGB), ibugeza […]