Byibuze abasivili 40 ni bo bamaze gupfira mu mirwano ya FARDC na M23 kuva umwaka watangira

Perezida w’umuryango uharanira inyungu z’abaturage mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Thomas D’aquin Mwiti, yatangaje ko byibuze abasivili 40 ari bo bamaze gupfira mu mirwano yubuye hagati y’ingabo za Leta n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntangiriro z’uyu mwaka. Mu kiganiro yagiranye na radiyo Top Congo FM, Mwiti […]

Perezida Biden yageze muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati

Joe Biden, yageze i Tel Aviv muri Israel mu ruzinduko rwe rwa mbere mu Burasirazuba bwo Hagati nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Biden yagombaga kuvuga ijambo rigufi kuri uyu wa Gatatu mu birori byo kumwakira, mbere yo guhabwa amakuru n’abashinzwe umutekano muri Israel ku bijyanye na sisitemu y’ubwirinzi bwa misile ya Iron […]

London: Indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza mu Kwakira

Indege ya mbere izohereza abimukira mu Rwanda ishobora gutinda kugeza nibura mu Kwakira, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rwimuriye isuzuma ryo kureba ko bizaba byubahirije amategeko mu kwezi kwa cyenda. Ku wa Mbere ushize, abacamanza bemeye icyifuzo cyo kwimurira muri Nzeri isuzuma ngo hamenyekane niba gahunda yo kwimura abimukira hagati ya Guverinoma y’u Bwongereza n’iy’u Rwanda […]

Bucyibaruta yavuze ibibazo bibiri amaze imyaka 28 yibaza

Laurent Bucyibaruta nyuma yo gukatirwa imyaka 20 ku bwo guhamwa n’ibyaha bya jenoside, yavuze ko hari ibibazo bibiri yicuza atigeze ahwema kwibazamu myaka 28 ishize, jenoside yakorewe Abatutsi ibaye. Ubwo iburanisha ryarangiraga ku wa kabiri, AFP isubiramo amagambo ya Bucyibaruta abwira urukiko ati: “Sinigeze na rimwe mba ku ruhande rw’abicanyi”. Mu butumwa bwe, Bucyibaruta yagize […]

Sri Lanka crisis: Protesters enter PM office as president flees

Anger against PM and acting President Ranil Wickremesinghe grows after President Gotabaya Rajapaksa flees to Maldives. At least 30 protesters have been injured during demonstrations at the prime minister’s office, according to the Sri Lankan news agency NewsWire. Protesters, who have been on the receiving end of tear gas and water cannon used by police […]

French court hands genocide suspect Bucyibaruta 20-year sentence in jail

The Cour d’assises de Paris has handed former Gikongoro prefet, Laurent Bucyibaruta, a 20-year jail sentence for his role in the 1994 Genocide against the Tutsi. He was immediately placed under arrest following the sentencing. Bucyibaruta, 78, has lived in France for over two decades. His trial that started on May 9, lasted two months […]

Mu Rwanda hadutse ubuhinzi bw’umuceri bufatanye n’ubw’ bw’amafi mu murima umwe

Mu Rwanda hamaze gutangizwa ubuhinzi budasanzwe bw’umuceri bukomatanyije n’ubworozi bw’amafi mu murima umwe, busanzwe bukorwa na bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Rwamagana bemeza ko bwabateje imbere. Akabarore ni mu Gishanga cya Cyimpima aho abahinzi bari kwita ku mafi, akiri mu mazi yo mu murima basaruyemo umuceri. Mu kwezi kwa Mbere aba bahinzi batunganyije […]

Léon Kengo wa Dondo wabaye Perezida wa Sena ya RDC yaba afungiwe mu rugo rwe i Buruseli

Nk’uko amakuru yizewe agera ku kinyamakuru mediacongo.net avuga, LĂ©on Kengo wa Dondo wigeze kuba perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuva mu 2007 kugeza 2019, yaba afungiwe iwe mu rugo aho atuye kuri Avenue Dreve-pitoresque muri Uccle, kamwe mu turere twiyubashye i Buruseli mu Bubiligi. Muri iyi “gereza” y’umuryango, ngo yaba ari […]

Kiyovu Sports yaburijemo umugambi wa Rayon Sports wo kwisubiza Kimenyi

Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze kongerera amasezerano umunyezamu Kimenyi Yves usanzwe ari Kapiteni wayo. Kimenyi amakuru avuga ko yongereye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukinira Urucaca. Kimenyi wari ku musozo y’amasezerano ye Rayon Sports byavugwaga ko yifuza kumwisubiza, nyuma yo gutandukana na yo mu myaka ibiri ishize. Rayon Sports yifuzaga kumusimbuza umunyezamu Kwizera Olivier Kugeza ubu […]

RDC: Abanyamategeko bunganira Francois Beya bikuye mu rubanza

Abanyamategeko bunganira Francois Beya wahoze ari umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi bivanye mu rubanza bashinja abacamanza. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Nyakanga, abunganira Francois Beya bikuye mu rubanza bavuga ko urukiko rudatanga icyizere cyo guca urubanza rutabogamye. Nyuma y’aho aba banyamategeko bikuye mu rubanza nk’uko tubikesha Radio Okapi, Urukiko Rukuru rwasubitse […]

Ibyago Perezida w’umutinganyi yagize

Canaan Sodindo Banana yavukiye muri Zimbabwe tariki ya 5 Werurwe 1936. Yabaye umuyobozi w’umumetodisiti, yize inyigisho ziyobokamana, yabaye umunyapolitiki ndetse aba Perezida wa mbere w’iki gihugu kuva mu mwaka w’1980 kugeza mu w’1987. Ni we wabaye Perezida wa mbere wa Zimbabwe ubwo yari imaze kubona ubwigenge, icyo gihe yari yungirijwe na Robert Gabriel Mugabe. Mu […]

Rutsiro: Bamwe mu banyeshuri biga kuri APAKAPE bigabye mu giturage bajya kwiba

apakapee-ok-1536x1152.jpg

Abanyeshuri icyenda biga ku kigo cy’Amashuri yisumbuye cya APAKAPE kiri mu Murenge wa Mushonyi, mu Karere ka Rutsiro, birukanwe mu gihe cy’icyumweru kimwe harimo batanu baryozwa gutoroka ikigo bakajya kwiba mu giturage. Aba banyeshuri batangiye kwirukanwa mu ntangiriro za Nyakanga 2022, ubwo hamenyekanaga ko hari abanyeshuri 3 bo muri iki kigo biga mu mwaka wa […]

Umuvugizi wa UPDF abona Leta ya RDC yibeshya kuri M23 n’abaturanyi

Umuvugizi w’ingabo za Uganda, Brig. Gen. FĂ©lix Kulayigye, abona Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yibeshya ku kibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bwayo, by’umwihariko ku mutwe wa M23 n’ibihugu by’abaturanyi. Mu kiganiro Imvo n’Imvano kuri BBC giherutse kuba tariki ya 9 Nyakanga 2022, Gen. Kulayigye yavuze ko Leta ya RDC yibasira kuri […]

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko zishe umuyobozi wa Leta ya Kisilamu muri Syria

Kuri uyu wa Kabiri, Amerika yatangaje ko yishe umuyobozi w’umutwe wa Leta ya Kisilamu muri Syria mu gitero cy’indege zitagira abadereva mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’igihugu. Umuyobozi mukuru wa Pentagon, yatangaje ko Maher Al-Agal wagaragajwe nk ‘”umwe mu bayobozi batanu bakomeye” ba Islamic State, yishwe ubwo yari atwaye moto hafi y’umujyi wa Jandairis kandi umujyanama we […]

Ntidukubita abagore inshyi_Ruto asubiza Minisitiri wamushinje gushaka kumukubita

Visi Perezida wa Kenya, William Ruto, yasubije Minisitiri w’Ingabo, Eugene Walamwa wamushinje gushaka kumukubita urushyi ko atajya akubita abagore inshyi. Nyuma yo kumva ko Ruto yashatse gukubita Perezida Uhuru Kenyatta urushyi mu 2017 ubwo bajyaga impaka ku cyemezo cy’urukiko rw’ikirenga cyo gutesha agaciro ibyavuye mu matora, Minisitiri Wamalwa na we yavuze ko Ruto yashatse kurumukubita. […]

Cote d’Ivoire irasaba Mali guhita irekura abasirikare bayo yafashe nk’abacanshuro

Kuri uyu wa Kabiri, Cote d’Ivoire yasabye irekurwa ry’abasirikare bayo 49 bafatiwe muri Mali, iki kikaba ari ikintu gishobora guteza amakimbirane hagati y’abategetsi ba gisirikare ba Mali ndetse n’ab’ibindi bihugu byo muri Afurika y’iburengerazuba mu gihe hafatwa ingamba zo guhashya inyeshyamba z’abayisilamu no kugarura ubutegetsi bwa demokarasi. Ku cyumweru, abasirikare ba Cote d’Ivoire batawe muri […]

Umunyapolitiki ukomeye muri USA yahishuye ko yagize uruhare muri ‘coups d’Ă©tat’ nyinshi

John Robert Bolton wabaye umujyanama mu by’umutekano ku butegetsi bwa Donald Trump muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), yahishuye ko yagize uruhare mu ihirikwa ry’ubutegetsi (coups d’état) mu bihugu bitandukanye. Bolton yabivugiye mu kiganiro yagiriye kuri CNN kuri uyu wa 11 Nyakanga 2022 cyibandaga ku myigaragambyo yabereye ku ngoro y’inteko ishinga amategeko muri Mutarama […]

Nyuma y’urubanza rwa Bucyibaruta barasaba ko dosiye ya Padiri Munyeshyaka yongera gufungurwa

Nyuma y’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta wari ukurikiranweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi agakatirwa imyaka 20 y’igifungo n’urukiko rwo mu Bufaransa, abarokotse barasaba ubucamanza bw’u Bufaransa kongera gufungura dosiye ya Wenceslas Munyeshyaka wahoze ari umupadiri gatolika mu Rwanda. Urubanza rwa Munyeshyaka, mu 1994 wari umupadiri muri Kiliziya Gatolika ya St Famille i Kigali, n’urwa Bucyibaruta mu […]

Ukwezi kurashize M23 ifashe Bunagana, umugambi wo kuyisubiza warapfubye

Ingabo zari ziyobowe na Maj. Gen. Peter Cirimwami zari zategetswe kwigarurira Bunagana mu kwezi gushize

Mu gitondo cya tariki ya 13 Kamena 2022 ni bwo umutwe witwaje intwaro wa M23 ubicishije mu Muvugizi wayo, Major Willy Ngoma, watangaje ko wafashe umujyi wa Bunagana urimo umupaka wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) na Uganda. Ifatwa rya Bunagana ryateje umwuka mubi mu karere kose kuko imiryango iharanira inyungu z’abaturage nka LUCHA […]

La justice française condamne Bucyibaruta à 20 ans de prison pour génocide

Un tribunal français a emprisonnĂ© mardi un ancien haut responsable rwandais pendant 20 ans après l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le gĂ©nocide de la nation africaine. Laurent Bucyibaruta est le plus haut gradĂ© rwandais Ă  avoir Ă©tĂ© jugĂ© en France pour les massacres de 1994 au cours desquels plus d’un million de personnes ont […]

RDC: Umuhungu wa Maréchal Mobutu yatorewe umwanya ukomeye

Malo Mobutu usanzwe ari umuhungu wa MarĂ©chal Mobutu Sese Seko wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatorewe kuba Guverineri w’Intara ya Ubangi y’Amajyaruguru. Malo asanzwe ari bucura bw’umunyagitugu Mobutu wategetse RDC imyaka irenga 30, mbere yo guhirikwa ku butegetsi na Laurent-DĂ©sirĂ© Kabila mu 1997. Ejo ku wa Kabiri ni bwo yatowe ku […]

Umukinnyi Robert Lewandowski wa Bayern Munich ari gukangishwa kwicwa

Nk’uko byatangajwe n’ibitangazamakuru byo muri Pologne, ngo rutahizamu ukomoka muri iki gihugu ukinira ikipe ya Bayern Munich, Robert Lewandowski, arimo araterwa ubwoba abwirwa ko ashobora kwicwa. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 kuri ubu wafashe icyemezo cyo kuva muri Bayern Munich, yagarutse muri Bavière aho yari yitezwe gusubukura imyiteguro ya shampiyona ibanza. Mu gihe ihangana rikomeje hagati […]

Tanzania: Hadutse indwara itazwi imaze kwica ‘benshi’

Indwara itaramenyekana inkomoko n’izina ryayo yadutse mu gihugu cya Tanzania, uwo ifashe yikubita hasi nk’urwaye igicuri agahita atangira kuva amaraso mu mazuru nk’uko Minisitiri w’Intebe muri iki gihugu yabibwiye perezida Samia nyuma yo gusura agace iyi ndwara yagaragayemo. Ni indwara itaramenyekana imiterere yayo ikaba itaranaboneha mu kindi gihugu ku Isi, yatangiriye mu Majyepfo ya Tanzania; […]

Uwari Burugumesitiri wa Komini Rukondo yatunguranye cyane mu buhamya bwe mu rubanza rwa Twagiramungu

Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza, kuwa 12 Nyakanga 2022, rwakomeje urubanza rwa Jean Twagiramungu ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside, humvwa abarimo Didace Hategekimana, wari Burugumesitiri wa Komini Rukondo, atangaza cyane urukiko mu buhamya bwe. Urukiko rwumvise abatangabuhamya batatu bo ku ruhande rushinjura, bose bemeza ko nta ruhare na ruto yagize mu bwicanyi bwakorewe abatutsi mu […]

Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu

Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu mu ndege ya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo ikomeye ishingiye ku izahara ry’ubukungu bw’iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu kirere cyemeje ko uyu mugabo w’imyaka 73 yahungiye mu birwa bya Maldives ari kumwe n’umugore we n’abashinzwe umutekano babiri. Bageze mu murwa mukuru […]