Nyamasheke: Nzanywayimana wishe ababyeyi be bombi abakase amajosi yishwe arashwe

Mu masaa kumi n’igice ashyira saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa 9 Kanama, ni bwo Nzanywayimana Eliezer w’imyaka 34, uherutse kwica se Ndindayino Samuel w’imyaka 74 na nyina Mukaburanga Rachel abakase amajosi, mu mudugudu wa Gakomeye,akagari ka Kigarama,mu murenge wa Kanjongo, mu karere ka Nyamasheke, yajyanwaga aho yakoreye icyaha muri uyu mudugudu, agejejwe […]

Perezida Tshisekedi yakiriye, aganira na Blinken

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Felix Antoine Tshisekedi Tshilombo yakiriye anaganira n’Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony John Blinken. Blinken yageze i Kinshasa avuye muri Afurika y’Epfo, aho yagiriraga uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula wamuherekeje ku biro bya Perezida Tshisekedi. Tshisekedi […]

Rayon Sports yisubije Rwatubyaye Abdul

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwisubiza myugariro Rwatubyaye Abdul wahoze ayikinira, nyuma y’iminsi nta kipe afite. Uyu myugariro uri mu beza u Rwanda rufite yasinye amasezerano yo gukinira iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda mu myaka ibiri iri imbere. Rwatubyaye yari amaze iminsi akorera imyitozo muri AS Kigali, nyuma yo gutandukana na FC Shkupi […]

CAF Champions league: APR FC yatomboye nabi

Ikipe ya APR FC yatomboye US Monastir yo muri Tunisia, mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League 2022/23. Hari muri tombora yabereye mu kanya kashize i Cairo mu gihugu cya Misiri. Monastir iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yatomboye ni imwe mu makipe akomeye cyane mu gihugu cya Tunisia, mu mwaka ushize w’imikino ikaba yari yabaye iya […]

Information Technology Officer (IT) at GVTC

GREATER VIRUNGA TRANSBOUNDARY COLLABORATION Intergovernmental Organization- Organisation Intergouvernementale P.O. Box 6626 Kigali Rwanda Telephone Mob. +250 788573965 E-mail: info@greatervirunga.org Job Announcement Position: Information Technology Officer (IT) Supervisor: Executive Secretary (ES) Duty Station: Kigali, Rwanda Background The Greater Virunga Transboundary Collaboration (GVTC) is an intergovernmental organization established through the GVTC treaty signed in 2015 between DRC, […]

Ishimwe Clement avuga ko ibyo kwigiriza nkana ku bahanzi mu Rwanda atari bishya

Umuyobozi w’Inzu itunganya Umuziki yitwa KINA MUSIC, Ishimwe Clement, avuga ko ibyo gusuzugura abahanzi mu Rwanda byahozeho atari bishya. Mu kiganiro na Radio Rwanda, uyu mugabo yavuze ko ” Ibi bintu si bishya, byahozeho. Si aba bahanzi bashya gusa na bakuru babo byagiye bibabaho.” Avuga ko abahanzi batagomba gucisha bugufi ibyo bagenderaho kugira ngo abashaka […]

Amb. Ntampaka Mironko présente ses lettres de créance pour représenter le Rwanda en Azerbaïdjan

L’ambassadeur du Rwanda en Turquie, Fidelis Ntampaka Mironko, a prĂ©sentĂ© ses lettres de crĂ©ance au prĂ©sident AzerbaĂŻdjanais, Ilham Aliyev, pour reprĂ©senter le Rwanda dans le pays situĂ© dans le Caucase. La prĂ©sidence azerbaĂŻdjanaise a rĂ©vĂ©lĂ© que Amb. Ntampaka a prĂ©sentĂ© ses lettres de crĂ©ance et s’est entretenu samedi avec le prĂ©sident Aliyev. Au cours de […]

Perezida wa Ukraine yaganiriye n’uwa RDC

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yaganiriye na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix-Antoine Tshisekedi Tshilombo. Zelensky kuri uyu wa 9 Kanama 2022 yatangaje ko ikiganiro cye na Tshisekedi cyibandaga ku ngaruka z’intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine, by’umwihariko ku ibura ry’ibiribwa. Yagize ati: “Nagiranye ikiganiro na Perezida Felix Tshisekedi. Mu kiganiro […]

Abanzi mwiyahure kuko Teta Sandra ntateze kundeka-Weasel Manizo

Umugabo w’Umunyarwandakazi Teta Sandra ari we Weasel Manizo avuga ko abo yise abanzi bashatse bajya kwimanika bagapfa kuko ibyo bifuza ko we n’umugore we avugwaho guhondagura, adateze kumureka. Douglas Mayanja kuri ubu ari ku gitutu cy’abantu banyuranye basaba ko yafungwa, abandi bakaba bari kugira inama umugore we Teta gutandukana nawe ku bwo kumukubita, akamukomeretsa. Mu […]

Abanyakenya bamwe n’abanyamahanga bahungiye muri Uganda batinya imvururu zakurikira amatora

Abanyakenya babarirwa muri magana ndetse n’Abanyamahanga barimo Abanyarwanda baba muri Kenya, bahisemo kuba bahungiye muri Uganda banyuze ku mupaka wa Busia n’uwa Malaba mbere y’amatora y’umukuru w’igihugu yatangiye kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Kanama batinya ibishobora gukurikira ibizayavamo. Abanyamahanga bageze muri Uganda bavuye muri Kenya barimo Umurundi, Umunyarwanda, Abanyaziya, Umunyamerika n’Abongereza, babwye Daily Monitor […]

Blinken to ask Rwanda for release of Rusesabagina

United States Secretary of State, Antony John Blinken, admits he will ask government of Rwanda to release Paul Rusesabagina who was sentenced to 25 years in prison for terrorism related crimes. Blinken stated this in an interview with Romain Chanson of Radio France Internationale (RFI), this during a working visit in South Africa. Chanson asked […]

Rusizi: Imiryango 34 irimo uw’abari bamaze imyaka 38 bashakanye yasezeranye

Mukashyaka avuga ko yasize uruhinja rw'umunsi umwe mu nzu ajya gusezerana

Imiryango 34 yo mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi, ivuga ko yari yaratinze gusezerana kubana akaramata kubera ibibazo binyuranye birimo ubukene n’ubwoba bwo kubura icyo yakwakiriza abayitahira ubukwe, yasezeranye imbere y’Imana ibifashijwemo n’itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda, ku bufatanye na Compassion international, 15 muri yo ibanza gusezerana imbere y’amategeko, ubajijwe icyo kudasezerana byari […]

Abasirikare ba Mali 17 n’abasivili bane biciwe mu gitero cy’abitwaje intwaro

Kuri iki Cyumweru, itariki 7 Kanama, inyeshyamba zishe abasirikare 17 ba Mali n’abasivili bane mu gitero cyabereye hafi y’umujyi wa Tessit, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Mali. Abasirikare icyenda na bo baburiwe irengero ndetse imodoka n’ibikoresho birasenywa, nk’uko byatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, ryongeraho ko bikekwa ko iki gitero cyagabwe n’ishami rya […]

Umukinnyi ukomeye uheruka kwirukanwa na APR FC yabonye ikipe nshya

Umunyezamu Ahishakiye HĂ©ritier uheruka gusezererwa n’ikipe ya APR FC, yamaze gusubira muri Marines FC yahoze akinira. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Chairman wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yatangaje ko Ahishakiye HĂ©ritier na we atazakomezanya n’ikipe. Byari ukubera imyitwarire itari myiza yagaragaje ubwo yahabwaga uruhushya akarenza amasaha yari yahawe yo kuba yasubiye […]

Blinken yavuze kuri raporo ishinja RDF kwifatanya na M23 n’ibihano RDC isabira u Rwanda

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken, uri mu ruzinduko rw’akazi ku mugabane wa Afurika, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Romain Chanson wa radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI. Chanson wari kumwe na Blinken muri Afurika y’Epfo, yamubwiye ko mu gihe ateganya kugirira uruzinduko mu Rwanda, yumvise raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ishinja ingabo zarwo (RDF) kwifatanya […]

Abasirikare b’u Burundi baguye mu mirwano na RED-Tabara

Umutwe wa RED-Tabara urwanya igihugu cy’u Burundi, watangaje ko hari abasirikare b’iki gihugu ndetse n’abarwanyi bo mu mutwe w’Imbonerakure wiciye mu mirwano yabasakiranyije. Ni mu mirwano uyu mutwe uvuga ko mu ijoro ryakeye yabereye ahitwa Rubarati ho muri Terirwari ya Masango mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. RED-Tabara yatangaje ko yishe batanu ku ruhande rw’umwanzi na […]

RDC: Umupadiri uherutse kuraswa n’abantu bitwaje intwaro yishwe n’igikomere

Padiri Godefroid Pembele, wakomerekeye mu gitero cy’abantu bitwaje intwaro mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru muri couvent ya Mukasa, mu Mujyi wa Kikwit, yahitanwe n’igikomere kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Kanama, nk’uko byatangajwe na Musenyeri TimothĂ©e Bodika. Padiri Pembele yari yarashwe mu rutugu nyuma indege imuvana Kikwit imujyana i Kinshasa kwa muganga […]

Blinken yemeje ko arasaba u Rwanda gufungura Rusesabagina

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken yemeje ko arasaba Leta y’u Rwanda gufungura Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba. Uyu mukuru wa dipolomasi yabihamirije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) mu gihe ari muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri. Umunyamakuru yamubajije ati: “Mu Rwanda hari umuturage wa […]

I Gahini hateguwe urugendo nyobokamana ruzitabirwa n’ibyamamare bitandukanye

Uru rugendo ruteganyijwe tariki ya 10 Nzeri

I Gahini mu karere ka Kayonza benshi bakunze kwita ku gicumbi cy’ububyutse hateguwe urugendo nyobokamana rwise Gahini Revival Trip rugamije kumenyekanisha amateka y’ubukristu ndetse no kwigira ku birango by’ubukristu bihari mu rwego rwo gukomeza urugendo rugana mu ijuru. Ni urugendo rugamije guha abakristu bazaturuka imihanda yose gusabana ,gusenga ndetse no kwidagadura bishingiye ku ndangagaciro nkirisitu, […]

Abandi bana 10 b’Abanyarwanda bafite ibibazo by’umutima bagiye kubagwa muri Israel

Mu cyumweru gishize, abana icumi bagiye muri Israel bagiye kubagwa umutima, babikesheje ubufatanye hagati ya Minisiteri y’ubuzima na Save A Heart’s Child (SACH), umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu ukorera muri Israel ufite intego yo gukiza abana bafite ibibazo bikomeye by’umutima bavukanye. Itsinda rigizwe n’abana bafite hagati y’imyaka 2 na 18. Rikurikiye undi mwana, mu bana batatu […]

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika ategerejwe i Kinshasa kuri uyu wa Kabiri

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Anthony J. Blinken, ategerejwe I Kinshasa, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kabiri, itariki 09 Kanama, aho biteganyijwe ko abanza kwakirwa na Perezida Felix Tshisekedi mu ngoro ye iherereye ahitwa Mont-Ngaliema. Abayobozi bombi barairana ikiganiro kimara hafi isaa mbere yo kubonana n’intumwa […]

Gakenke: Amaze imyaka 47 ahinga ikawa, ariko yasomyeho kabiri

Kamali Balthazar utuye mu kagari ka Nyanza, umurenge wa Coko mu karere ka Gakenke, avuga ko amaze imyaka 47 ahinga ikawa, ariko mu buzima bwe ngo yasomyeho inshuro ebyiri gusa. Kamali w’imyaka 65 y’amavuko mu kiganiro yagiranye na BWIZA TV, yasobanuye ko yatangiye guhinga ikawa ubwo yari afite imyaka 18 y’amavuko, ubu akaba ari umuhinzi […]

FBI yasatse mu rugo rwa Trump ihasanga inyandiko z’ibanga atari akwiye kuba atunze

Inyandiko z’ibanga zo ku butegetsi bwa Trump zavumbuwe aho atuye muri Florida nyuma yo gusaka mu rugo rwe ruherereye mu gace ka i Mar a Lago, bikaba bishobora kumuviramo kuregwa kurenga ku itegeko rivuga ko inyandiko zose z’ubuyobozi zigomba kubungwabungwa n’urwego rwabigenewe. Kuri uyu wa Mbere, uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]

Kenya: William Ruto mu b’inkwakuzi bazindukiye mu matora ahatanyemo (Amafoto)

20220809_072247.jpg

Visi-Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, ari mu banya-Kenya bazindukiye mu matora y’Umukuru w’igihugu ahatanyemo ndetse akanaba umwe mu bahabwa amahirwe yo kuyegukana. Amatora muri Kenya yatangiye nyuma yuko ibiro by’itora bifunguye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo muri iki gihugu. Ni amatora agomba gusiga hamenyekanye Perezida mushya, ba Guverineri b’intara, senateri, […]