P. Kagame yavuze ko igitutu Amerika yashyira ku Rwanda ngo rurekure Rusesabagina ntacyo cyatanga

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rudatewe ubwoba n’igitutu rushobora kotswa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika zisaba ko rwarekura Paul Rusesabagina, ashimangira ko ntacyo gishobora kugeraho. Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Nyakanga, mu butumwa yanditse ku rubuga rwa Twitter atanga igitekerezo ku butumwa bw’umwe mu barukoresha. Ubutumwa Perezida […]

Ese wayoberwa Icyongereza bwo wayoberwa n’uko indege yitwa?_Perezida wa Rwamagana City wigaramye ibaruwa yamwitiriwe

Perezida w’ikipe ya Rwamagana City FC, Uwimana NĂ©hĂ©mie, yamaganye ibaruwa yanditse mu izina rye iherutse gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ko ntaho ahuriye na yo. Kuva mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo abakoresha imbuga nkoranyambaga batangiye guha urw’amenyo uriya muyobozi, nyuma y’ibaruwa irimo Icyongereza gikocamye yanditswe mu izina rye. Ni ibaruwa yahamagaraga umwe mu bakinnyi […]

Dr Tedros aratabariza abo muri Tigray bagiye kumara imyaka ibiri badakoresha amabanki

Umunyamabanga Mukuru w’umuryango mpuzamahanga ushinzwe ubuzima (WHO) usanzwe ari umwenegihugu wa Ethiopia, Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus, aratabariza abatuye mu ntara ya Tigray bamaze hafi imyaka ibiri badakoresha serivisi za banki. Mu butumwa Dr Tedros yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 10 Kanama 2022, yabajije ati: “Ni he handi ku Isi Leta ibuza abaturage miliyoni 6 […]

Trump yanze gusubiza ibibazo yabajijwe n’ubutabera buri kumukurikirana

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), yatangaje ko yanze gusubiza ibibazo yabajijwe n’umushinjacyaha mukuru muri Leta ya New York, bijyanye n’amanyanga akekwaho gukora mu ishoramari rye. Nk’uko ibinyamakuru bitandukanye birimo ibiro ntaramakuru by’Abanyemerika, Associated Press bibisobanura, Trump yitabye umushinjacyaha mukuru, Letitia James, kuri uyu wa 10 Kanama 2022. Yamwitabye, arabazwa […]

No declaration of presidential results today, says Kenya election agency

THE EASTAFRICAN Kenya’s Independent Electoral and Boundaries Commission (IEBC) will not name the winner of the presidential election on Wednesday. This is according to the agency’s chair, Mr Wafula Chebukati, who also acknowledged that third parties such as the media had already begun tallying using the available Form 34As. “Results in the public portal are […]

Rubavu: Ba Gitifu barimo uwahagarariwe n’umukwikwi mu kwibuka n’umukozi w’akarere birukanwe burundu

Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge ibiri y’akarere ka Rubavu n’umukozi wako wari ushinzwe ‘Mituelle’, birukanwe mu kazi burundu bazira amakosa ajyanye n’akazi bakoze. Abirukanwe mu kazi ni nk’uko byemejwe na Meya Kambogo Ildephonse, barimo Habimana Aaron wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyundo, Murenzi Augustin wayoboraga by’agateganyo Umurenge wa Rugerero na Biryabanzi Onesphore wari umukozi w’akarere ka Rubavu […]

Perezida Kagame yabwiye amagambo y’urukundo Jeannette Kagame wujuje imyaka 60 y’amavuko

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yifashishije amagambo yuje urukundo yifuriza madamu we, Jeannette Kagame, isabukuru nziza y’amavuko. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 10 Kanama 2022 ni bwo madamu Jeannette Kagame yujuje imyaka 60 abonye izuba. Perezida Kagame abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, yabwiye umufasha we ko imyaka 60 y’amavuko yujuje yumva ari mike. […]

Ituri: Guverineri Lt. Gen. N’kashama yiteguye gutangaza amazina y’abadepite bakoresha imitwe y’inyeshyamba

Guverineri wa gisirikare w’Intara ya Ituri, Lt. Gen. Luboya N’kashama kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Kanama aganira n’abanyamakuru i Bunia, yamaganye imyitwarire y’abadepite bamwe bo mu ntara, ashinja gukoresha imitwe yitwaje intwaro no kugira uruhare mu guhungabanya Intara ya Ituri, atangaza ko bidatinze nibakomeza kwitwara gutyo azabashyira ku karubanda. Luboya N’kashama yaganiriye n’abanyamakuru, […]

President Kagame sends birthday wishes to First Lady Jeannette

President of Rwanda, Paul Kagame has sent birthday wishes to First Lady, Jeannette Kagame, who is celebrating 60 years of age. Using his Twitter page, Kagame on Wednesday said 60 years sounds short. “A very Happy BD Jeannette! 60years sounds short. IMAGINE for 30+ we’ve been together-It is when everything FAMILY & COUNTRY we could […]

Les émissaires chinois et malawite présentent leurs lettres de créance

fzu7tfgwaagsaef.jpg

Deux nouveaux Ă©missaires accrĂ©ditĂ©s au Rwanda ont prĂ©sentĂ© mardi 9 aoĂ»t leurs lettres de crĂ©ance au prĂ©sident Paul Kagame, alors qu’ils entamaient leur mandat de reprĂ©sentation de leur pays au Rwanda. Les Ă©missaires sont le Chinois Wang Xuekun qui a remplacĂ© Rao Hongwei, tandis que le Malawite Andrew Zumbe Kumwenda remplace Glad Chembe Munthali. L’envoyĂ© […]

Butembo: Igitero kuri gereza kiciwemo abapolisi imfungwa zisaga 800 ziratorokeshwa

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Kanama 2022, igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyagabwe kuri Gereza Nkuru ya Kakwangura, muri Butembo, muri Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, imfungwa zisaga 800 muri 872 zari muri gereza ziratorokeshwa abapolisi bari ku burinzi baricwa. Amakuru y’ibanze agera ku rubuga Politico.cd dukesha iyi nkuru, […]

Uganda igiye gukurikirana abavuga Ikinyarwanda bajyanye umukobwa kurongorwa ku ngufu

Polisi ya Uganda yatangaje ko igiye gukora iperereza ku itsinda ry’abasore baherutse gushimuta umukobwa bivugwa ko afite imyaka 14 y’amavuko, bamujyanye kurongorwa na mugenzi wabo. Kuri uyu wa 9 Kanama 2022, uwitwa Abraham yashyize hanze videwo y’amasegonda 30, yongeraho ubutumwa bugira buti: “Ni mu 2022, abakobwa bakiri bato baracyashimutswa kugira ngo barongorwe. Ikibabaje ni uko […]

Huye: Uwashinjwaga gusambanya umwana we yakatiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki ya 08 Kanama 2022, Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo umugabo w’imyaka 33 icyaha cyo gusambanya umwana we w’imyaka 12, rumuhamya icyaha maze rumuhanisha igifungo cya burundu. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko nubwo uyu yaburanye yemera icyaha agasaba imbabazi, urukiko rwamuhanishije icyo gifungo cya […]

Sheila Gashumba n’umugabo wa Fille Mutoni basabye ko Weasel ajyanwa kuvurwa mu mutwe

Umukobwa w’ikimenyabose, Sheila Gashumba n’Umugabo w’Umunyarwandakazi, Fille Mutoni ari we Katumba Edouard uzwi nka MC Kats, basabye umuryango Teta Sandra yashatsemo, ko wajyana umwana wabo mu bitaro bivura mu mitwe. Uretse abasaba ko Douglas Mayanja uzwi nka Weasel Manizo yafungwa, MC Kats yavuze ko ” Weasel afite ikibazo cyo mu mutwe agomba gufashwa byihuse.” Uyu […]

Abakuru b’ibihugu 10 ba mbere bahembwa akayabo muri Afurika

bi.jpg

Imwe mu mpamvu ngo ituma Abanyafurika bakunda kurwanira ubutegetsi cyangwa bagakora ibishoboka byose ngo batsinde amatora, ahanini ngo ni ugukururwa n’ubuzima bwiza n’umushahara uri hejuru n’ibindi bintu bitandukanye umukuru w’igihugu yemererwa, ari nayo mpamvu usanga uwasogongeye kuri ubwo buzima ahanini aba adashaka kubuvamo cyangwa agakora ibishoboka ngo abugumemo kugeza apfuye. Hifashishijwe imibare ituruka ku mbuga […]

Amafoto: Mali yakiriye indege z’intambara zaturutse mu Burusiya

Col. GoĂŻta asuhuza abitabiriye uyu muhango

Igisirikare cya Mali kirwanira mu kirere cyashyikirijwe indege z’intambara nshya zaguzwe mu Burusiya, zirimo Sukhoi Su-25, Aero L-39 Albatros, kajugujugu za Mi-8 na Mi-24 n’iy’ubwikorezi ya Airbus Casa C295. Uyu muhango wayobowe na Perezida wa Mali w’inzibacyuho, Colonel Assimi GoĂŻta kuri uyu wa 9 Kanama 2022 nk’uko byemejwe n’ibiro by’Umukuru w’Igihugu. Ibi biro byatangarije ku […]

Abashinjacyaha barimo guhugurwa ku ikoranabuhanga rizagabanya idindira ry’imanza

Abashinjacyaha n’abagenzuzi batangiye amahugurwa ajyanye no gukoresha ikoranabuhanga mu gutanga ibirego ku bakekwaho ibyaha, bikaba biteganijwe ko bizagabanya igihe cyakoreshwaga mu rubanza, kwihutisha amadosiye no gukora mu buryo bumwe. Amahugurwa y’iminsi ine yatangiye ku mugaragaro ku ya 9 Kanama akazakomeza kugeza ku ya 12 Kanama. Nk’uko byatangajwe na Marius Jules Ntete, umugenzuzi mukuru w’ikigo cy’igihugu […]

Amerika iravuga ko ihangayikishijwe na raporo ishinja u Rwanda gufasha M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciye mu munyamabanga wazo ushinzwe ububanyi n’amahanga, Anthony Blinken, zatangaje ko zihangayikishijwe n’icyo zise ‘amakuru yizewe’ yerekana ko u Rwanda rufasha inyeshyamba za M23. Blinken yabitangarije i Kinshasa, aho ari mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mbere y’uko aza hano mu Rwanda. Ni uruzinduko yagiriye muri Congo Kinshasa mu gihe iki gihugu […]

Steven Seagal yagaragaye muri Donbass ashinja Ukraine kuba inyuma ya roketi iherutse kwica imfungwa z’intambara

steven-seagal-pictured-at-russian-prison-camp-in-ukraine-days.jpg

Umukinnyi wa filimi w’icyamamare w’Umunyamerika, Steven Seagal, ari muri Ukraine muri Repubulika ya Rubanda ya Donetsk (DPR), aho arimo gufatira amashusho ya filimi mbarankuru ku ntambara yo muri Donbass, ndetse akaba yanatunze urutoki Ukraine ayishinja kuba inyuma y’igitero giherutse kwica imfungwa z’intambara. Denis Pushilin uyobora DPR ni we watangaje kuri uyu wa Kabiri ko Steven […]

Museveni yahakanye gutegurira Lt Gen. Kainerugaba kuzamusimbura

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yahakanye amakuru avuga ko ari gutegura umuhungu we, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba kugira ngo azamusimbure ku butegetsi, yibutsa ko yavukiye muri Tanzania. Museveni yabivugiye mu kiganiro aherutse kugirana n’umunyamakuru wa BBC, Alan Kasujja, cyerekeye gahunda afitiye Uganda muri iki gihe no mu gihe kiri imbere. Yamubajije ati: “Lt Gen. Muhoozi, […]

Perezida Zelensky avuga ko intambara n’Uburusiya igomba gusiga bisubije Crimea

Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yavuze ko intambara Uburusiya bwabashojeho igomba kurangira bisubije agace ka Crimea iki gihugu cyari cyarambuwe mu myaka umunani ishize. Ibi yabivuze kuwa Kabiri, hashize amasaha urukurikirane rw’ibisasu bikubise ku kibuga cy’indege cya gisirikare cy’Uburusiya cyaho, byica umuntu umwe. Yagize ati: “Crimea ni iya Ukraine kandi ntituzigera na rimwe tuyireka”. Yakomeje […]

RDC irasaba UN gutangaza raporo ishinja RDF kwifatanya na M23, FARDC ikifatanya na FDLR

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yandikiye Umuryango w’Abibumbye (UN) iwusaba gushyira ahagaragara raporo y’impuguke zawo ishinja ingabo z’u Rwanda (RDF) kwifatanya na M23 n’ingabo z’iki gihugu zizwi nka FARDC kwifatanya na FDLR. Tariki ya 4 Kanama 2022, ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, byatangaje ko byabonye raporo y’ibanga y’izi mpuguke ivuga ko RDF yifatanyije […]