Gakenke: Umushoramari aratabaza Perezida kubera akarengane avuga ko yakorewe na Visi Meya n’undi muntu ukomeye

Umushoramali Habyarimana Jean Nepomuscene, usaba kurenganurwa kuko akomeje guhomba kubera amaboko manini amusumirije

Umushoramari witwa Habyarimana Jean Nepomuscène wo mu karere ka Gakenke, arataka akarengane avuga ko akorerwa n’ubuyobozi bw’akarere bugamije kumuhombya, akaba atabaza Perezida Paul Kagame ngo amurenganure kuko ahandi byananiranye. Uyu muhinzi wa kawa wabigize umwuga, avuga ko akarengane gaturuka ku mushinga yatangiye mu 2008 ubwo yatangiraga kwihangira umurimo mu mushinga w’ubuhinzi bwa kawa. Mu kiganiro […]

Min. Biruta yakiriye Depite Kayabaga wo muri Canada

fbadc7bwyaktqr-.jpg

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Vincent Biruta kuri uyu wa Kabiri,yakiriye Kayabaga Arielle, Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Canada. RBA kuri Twitter yavuze ko Kayabaga, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Kayabaga ahagarariye agace ka London West mu nteko ya Canada.

Edouard Bamporiki yashyikirijwe ubushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwamaze gushyikiriza ubushinjacyaha dosiye ya Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco. Bamporiki akurikiranyweho icyaha cyo gusaba, kwakira cyangwa gutanga indoke, RIB ikaba yamushyikirije ubushinjacyaha nyuma y’igihe akorwaho iperereza. Ku wa 05 Gicurasi 2022 ni bwo RIB yatangaje ko yatangiye iperereza ku cyaha cya ruswa n’ibyaha bifitanye […]

Abasirikare ba RDF bari kuvura abarwayi muri Tanzania

Itsinda ry’abaganga 15 bo mu gisirikare cy’u Rwanda (RDF), bari muri Tanzania aho bitabiriye igikorwa cyo kuvura abaturage gihuza ingabo zo mu karere kizwi nka EAC CIMIC (Civili Military Cooperation Medical Outreach). Ni gahunda yatangiye ku wa Mbere tariki ya 29 Kanama ikazasozwa ku wa Gatatu tariki ya 31 Kanama 2022. Mu minsi ibiri ishize, […]

Digital Marketing Manager at Premier Bet

DIGITAL MARKETING MANAGER We are looking for an experienced digital marketing manager to develop, implement, track, and contribute to the planning, implementation, and optimization of our online marketing campaigns duties across all digital channels. The online marketing manager’s responsibilities include promoting products or services through digital platforms, creating marketing strategies, and monitoring the online presence […]

Umukobwa wa Dennis Rodman yabaye umukinyi wa mbere uhembwa akayabo muri ruhago y’abagore

rodman_trinity_cc-scaled.jpg

Trinity Rodman, umukobwa w’imyaka 19, w’icyamamare mu mukino wa Basketball, Dennis Rodman, yabaye umukinnyi wa mbere uhembwa menshi mu mateka ya shampiyona y’umupira w’amaguru w’abagore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu wabaye umukinnyi mushya w’umwaka mu 2021 yongereye amasezerano na Washington Spirit. Mu iyongerwa rye rishya harimo amasezerano y’imyaka ine kuri miliyoni 1.1 y’amadolari […]

Umunyamakuru Mutoni mu mazi abira

db27a2459bbd1a02bc74db649d9759bd.jpg

Komite ishinzwe kurwanya amashusho y’urukozasoni muri Uganda iri gusuzuma niba batumiza Umunyamakuru wa NTV, Etania Mutoni, ngo ahatwe ibibazo abe yanafatirwa ibihano ku bw’amafoto ye yashyize hanze. Mutoni ukora ikiganiro Mix Show ubwo yizihizaga isabakuru ye y’amavuko y’imyaka 23, yashyize hanze ifoto yambaye ubusa, ku myanya y’ibanga, ahakingirije ikinyamakuru. Uyu mukobwa wiyise ” Life of […]

Plus de 99% dénombrés alors que le recensement tire à sa fin

Plus de 99% des mĂ©nages rĂ©pertoriĂ©s ont Ă©tĂ© Ă©numĂ©rĂ© lors du cinquième recensement national de la population et du logement, a dĂ©clarĂ© Venant Habarugira, directeur du dĂ©partement du recensement Ă  l’Institut national de la statistique du Rwanda (NISR), au New Times. La phase de collecte des donnĂ©es, qui conclut tout le processus du recensement, devrait […]

Kagame to visit Central American country

Rwandan President Paul Kagame is expected to visit Belize next month, the only country in Central America with a monarch as its head of state. BWIZA has learnt that Kagame has been invited by Belize PM John ?r???ñ?. Breakingbelizenews.com broke the story that the one day visit is slatted on September 14, this year. PM […]

Urukiko rwa EAC rwategetse u Rwanda kuriha Rujugiro arenga Frw miliyari

Urukiko rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) kuri uyu wa Kabiri, rwategetse Leta y’u Rwanda kwishyura umunyemari Ayabatwa Tribert Rujugiro arenga Frw miliyari imwe nyuma yo gusanga yarafatiriye ndetse ikanagurisha umutungo we mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Rujugiro yari amaze igihe mu rubanza na Leta y’u Rwanda ayishinja gufatira no kugurisha mu cyamunara umutungo we ugizwe n’inyubako […]

Court allows Raila Odinga access to servers, ballot boxes

The Eastafrican The Supreme Court of Kenya has ordered the electoral agency to give Azimio la Umoja One Kenya Coalition presidential candidate Raila Odinga access to any server(s) at the national tallying centre that may have been used for storing and transmitting voting information. The court also directed the Independent Electoral and Boundaries Commission (IEBC) […]

Huye: Abagabo bane barashinjwa kwica umusaza w’imyaka 68

Kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Kanama 2022, Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Huye bwakiriye dosiye bukurikiranyemo abagabo 4 bakekwaho kwica umusaza w’imyaka 68. Bivugwa ko mu ijoro ryo ku wa 23/08/2022 abaregwa bishe uyu bamukubise isuka, amabuye n’inkoni bamusanze iwe mu rugo, mu Mudugudu wa Mbagabaga, Akagari ka Ruhashya, Umurenge wa Ruhashya, Akarere ka […]

Kenya: Urukiko rw’Ikirenga rwasabye ko amajwi yongera kubarwa ku biro by’itora 15

Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya rwasohoye icyemezo gitegeka kongera kubara amajwi mu biro 15 by’itora mu gihe cy’amasaha 48. Muri iki cyemezo, Urukiko rw’Ikirenga rwavuze ko udusanduku tw’itora ku biro 15 by’itora dufungurwa kugira ngo tugenzurwe kandi amajwi akongera kubarwa, mu masaha 48 nk’uko iyi nkuru dukesha kenyans.co.ke ivuga. Komisiyo Yigenga y’Amatora (IEBC) yahawe guhera saa […]

RDC: Fayulu ntiyumva ukuntu umushahara w’umudepite ugeze kuri miliyoni 21 Frw ku kwezi

Umunyapolitiki Martin Fayulu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatunguwe no kumenya ko umushahara w’umdepite muri iki gihugu guhera muri Mutarama 2022 wazamuwe ukagera kuri Miliyoni zisaga 21 z’Amanyarwanda (21,000$) ku kwezi, maze asaba ko inteko yose yakwegura kubera icyo yise kumungwa na ruswa. Ubwo yatangaga ibitekerezo ku […]

Kenya: Hatanzwe ibisobanuro ku bashinzwe umutekano bakuru bashinjwa kwivanga mu ibarura ry’amajwi

Akanama ka Kenya gashinzwe umutekano katanze ibisobanuro ku kirego cy’uko abakuru bakagize bivanze mu ibarura ry’amajwi y’abatoye abakandida bahataniraga umwanya w’Umukuru w’Igihugu tariki ya 9 Kanama 2022. Ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje gusakara urutonde rw’abantu bashinjwa kugaba igitero muri Bomas aho abagize komisiyo yigenga ishinzwe amatora, IEBC, babaruriraga amajwi, ngo bagamije guha umurongo ibyavuyemo byagombaga gutangazwa. […]

Umugabo wa Fille Mutoni yavuze ku byo gutongana na nyirabukwe

Umugabo w’Umunyarwandakazi ukorera umuziki muri Uganda witwa Fille Mutoni, ari we Katamba uzwi nka MC Kats, avuga ko ari kurebana nabi na nyirabukwe bitewe n’uko ari kugira uruhare mu kumwima abana be kandi we yaramugiriye neza. Kats aherutse kugaragara ari guterana amagambo na nyirabukwe amushinja kumwima abana be. Ku rukuta rwe Instagram, yemeye ko atabikoze […]

Perezida Kagame ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu kindi gihugu cyo muri Amerika

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Belize muri uku kwezi gutaha, aho azaba yitabye ubutumire bwa Minisitiri w’Intebe, John ?r???ñ?. Iyi nkuru dukesha urubuga, breakingbelizenews.com, iravuga ko uruzinduko rwa Perezida Kagame muri iki gihugu ruteganyijwe ku itariki ya 14 kugeza ku ya 15 Nzeri 2022. Minisitiri w’Intebe wa Belize, […]

Rutahizamu wa APR FC n’umufasha we bibarutse imfura

Rutahizamu wa APR FC ndetse n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Lague Byiringiro, we na madamu we Uwase Kelia bibarutse imfura. Madamu wa Lague yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ati: “Nubwo umunsi wanjye waba mubi gute, bisaba umugeri umwe kugira ngo ibintu byose bigende neza.” Amakuru avuga ko Lague na Madamu we […]

Byarangiye Perezida Kagame atsinze bagenzi be mu kumenya uwaba perezida mwiza wa EAC

capture-25.jpg

Mu matora yo kumenya uwaba Perezida mwiza wa EAC hagati y’abaperezida bane bo muri uyu muryango bakiri mu kazi yateguwe n’ikinyamakuru Kenyans.co.ke, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yanikiye bagenzi be, Uhuru Kenyatta wa Kenya, Samia Suluhu wa Tanzania na Yoweri Museveni wa Uganda aho abatoye kuri internet basaga ibihumbi 31 abenshi bahisemo Perezida Kagame. Ku […]

Madagascar: Abantu 18 bishwe na polisi nyuma yo kugerageza kwinjira ku ngufu muri sitasiyo yayo

Kuri uyu wa Mbere ushize, abantu 18 bapfuye nyuma y’uko abapolisi ba Madagascar bararashe ku baturage bari bariye karungu kubera ishimutwa ry’umwana ufite ubumuga bw’uruhu, nk’uko umuganga mukuru yabitangarije AFP. Abantu benshi barakomeretse, bamwe muri bo bakaba baakomeretse bikomeye. Dr. Tango Oscar Toky, umuganga mukuru mu bitaro byo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Madagascar yagize ati: […]

Museveni yavuze ko isasu Gen. Tumwine yarashe ryatumye bagenzi be bose bamurakarira

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, tariki ya 25 Kanama 2022 yatangaje ko General Elly Tumwine wapfuye uwo munsi ari we warashe isasu rya mbere ryafunguye urugamba rwamufashije kugera ku butegetsi mu 1986 ubwo umutwe witwaje intwaro wa NRA wakuraga Milton Obote ku butegetsi. Uyu Mukuru w’Igihugu yasobanuye ko Gen. Tumwine wabaye Minisitiri w’umutekano wa […]

Kenya: Inama ngishwanama y’umutekano y’igihugu yatunzwe urutoki mu kugerageza guhindura ibyavuye mu matora

Inama ngishwanama y’umutekano y’igihugu (NSAC) muri Kenya yahakanye ibivugwa ko yagerageje kugira uruhare mu byavuye mu matora y’umukuru w’igihugu mu nyungu za Raila Odinga. Bwa mbere mu mateka y’igihugu cya Kenya, NSAC yatanze icyemezo mu rukiko rw’ikirenga mu gusubiza ibirego byatanzwe na ba komiseri ba Komisiyo Yigenga w’Amatora (IEBC), Boya Molu na Abdi Guliye. NSAC […]

Perezida wa Iran yaburiye Israel ko ashobora kuyisenya

Perezida Ebrahim Raisi wa Iran yaburiye Israel ko ashobora kuyisenya, mu gihe yakwibeshya ikagaba ibitero bya gisirikare ku bikorwa remezo byayo by’ingufu za nuclĂ©aire. Perezida Raisi yatangaje ibi mu gihe Israel ikekwaho kugaba ibitero bitandukanye ku masite y’ingufu za nuclĂ©aire atandukanye muri Iran ndetse no ku bahanga kabuhariwe bayo. Mu kiganiro Perezida wa Iran yagiranye […]

Ukraine ivuga ko yashenye umurongo w’ubwirinzi mu gace kagenzurwaga n’Uburusiya

Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyameneye mu murongo wa mbere w’ubwirinzi bw’Uburusiya mu karere bwigaruriye ka Kherson. Uko gutera intambwe kwatangajwe gusa nk’ukugize igitero cyo kwigaranzura cyari kimaze igihe kirekire gitegerejwe, kirimo gukorwa na Ukraine, mu kugerageza kwisubiza amajyepfo y’igihugu nk’uko BBC yabitangaje. Bikurikiye ibyumweru byari bishize by’ibitero bya Ukraine bigamije kuburizamo inzira z’ingenzi abasirikare […]

RED Tabara ivuga ko mu bo ihanganye na bo harimo FDLR

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, uvuga ko mu bo uhanganye na bo mu mirwano iri kubera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) harimo FDLR ikomoka mu Rwanda. Tariki ya 15 Kanama 2022, ingabo z’u Burundi zirenga 600 zageze muri Kivu y’Amajyepfo, zitangira ibikorwa byo […]

Nduhungirehe yasabye RDC gushyiramo agatege, nyuma yo kuregera u Rwanda muri Tunisia

Ambasaderi w’u Rwanda mu Buholandi, Olivier Nduhungirehe, yasabye guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) gushyira agatege mu birego ikomeje kurega iki gihugu cy’igituranyi mu nama mpuzamahanga. Ni nyuma y’aho tariki ya 28 Kanama, Minisitiri w’Intebe, Sama Lukonde, wari uhagarariye Perezida wa RDC mu nama y’u Buyapani yiga ku iterambere rya Afurika yabereye muri […]