Iby’ingenzi kuri Zewde wanze kujya muri ‘bus’ yatwaye ba Perezida mu Bwongereza

Iyi foto y'abakuru b'ibihugu muri bus yavuzweho byinshi kuri interineti

Sahle-Work Zewde yavutse ku itariki ya 21 Gashyantare 1950. Ni umunyapolitiki ukomoka muri Ethiopia akaba Perezida w’iki gihugu kuva mu mwaka w’2018. Ni na we mugore wa mbere wakiyoboye. Zewde yatorewe kuyobora Ethiopia ku itariki ya 25 ukwakira 2018. Ni itora ryakozwe n’abagize inteko inshinga amategeko, ryanashyizeho Abiy Ahmed nka Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu. Ku […]

Rusizi/Bugarama: Imiryango iremeza ko amakimbirane y’urudaca ari kuyiheza mu bukene bw’akarande

Abayobozi banyuranye mu bukangurambaga bwo kurwanya amakimbirane yo mu ngo

Bamwe mu batuye umurenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi bavuga ko kuba bafite amahirwe yo guturira imipaka y’ibihugu 2 byagombye kubabera imwe mu mpamvu y’iterambere rirambye kubera uburyo bw’imikorere ibyara amafaranga buva kuri ayo mahirwe barusha ahandi henshi mu gihugu ariko bitabuza bamwe guhora mu bukene bw’akarande kubera ko ibyo babonye bitabagirira akamaro bitewe […]

Musanze: Bamaze imyaka 9 basaba ingurane y’ibyangijwe n’ikorwa ry’urugomero rwa Mukungwa II

Imyaka ibaye 9 abangiririjwe ibyabo n'ibikorwa by'uru rugomera bishyuza ariko amaso yaheze mu kirere

Abaturage bo mu mirenge ya Nkotsi na Rwaza mu karere ka Musanze bararira ayo kwarika kubera kubura ingurane z’ibyabo byangijwe n’ikorwa ry’urugomero rwa Mukungwa II, imyaka ikaba ibaye icyenda bishyuza, amaso akaba yaraheze mu kirere. Ubwo hubakwaga urugomero rwa Mukungwa II, ubutaka bw’abaturage bwari mu nkuka z’umugezi wa Mukungwa bwaje kurengerwa n’amazi bitewe no kuyagomera, […]

Musanze: Rurageretse hagati y’umunyamategeko Me Sirimu Diogène n’umuturage

Mu rukiko rwisumbuye rwa Musanze hari kuberamo urubanza rw’uburiganya hagati y’umunyamategeko Me Sirimu Diogène n’umuturage witwa Munyandekezi Marcel ruzasomwa kuya 14 Ukwakira 2022 saa cyenda. Ni urubanza rukomoka ku nguzanyo yatanzwe na Banki ya Kigali (BK), ishami ryayo rya Byangabo, yahawe Munyandekezi Marcel ariko yishyingirwa na Koperative yitwa COJYAMUGA. Munyandekezi yatangiye kwishyura banki ideni yari […]

Rwandan Police boss in Rome

The Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza is in Italy since Wednesday, October 5, for a week-long working visit aimed at strengthening cooperation between Rwanda National Police (RNP) and Italian Arma dei Carabinieri. The Rwandan Police Chief is visiting Italy at the invitation of the General Commander of the Italian Arma dei Carabinieri, Lt. […]

FARDC yagize icyo ivuga ku makuru avuga ko hari inyeshyamba za M23 zageze muri Sud-Ubangi

Igirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kirahakana ko inyeshyamba za M23 ziri ku Kirwa cy’Inguge muri Libenge, agace gaherereye mu ntara ya Sud-Ubangi mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu . Ibi byatangajwe muri raporo yakiriwe na 7SUR7.CD kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 06 Ukwakira, nyuma y’ubutumwa bugufi bwa Brig. Gen. Mugabo Baguna Asani […]

Rwatubyaye Abdul yihakanye umugore wigeze gutangaza ko yamurongoye

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ na Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul, yatangaje ko yamaze gutandukana n’uwari umukunzi we, Hamida wari wigeze gutangaza ko bakoranye ubukwe. Muri Kamena 2021 ni bwo Hamida abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram yemeje ko we na Rwatubyaye bamaze gusezerana imbere y’Imana mu gihe bari bagitegereje guhamya isezerano ry’abo n’imbere y’amategeko. Hamida kuri […]

Nyuma yo gufungurwa, Ndimbati yasubukuye umukino w’urwenya

Uwihoreye Jean Bosco Moustapha uzwi nka Ndimbati mu rwenya nyarwanda yasubukuye uyu mukino nyuma y’iminsi irindwi afunguwe n’ubuyobozi bwa gereza ya Nyarugenge. Ndimbati yagarutse mu rwenya rw’uruhererekane rwa Papa Sava rutegurwa n’umukinnyi mugenzi we Niyitegeka Gratien. Mu gace k’uru rwenya rwasohotse kuri uyu wa 7 Ukwakira 2022, Ndimbati agaragara yakinnye umwanya w’umusaza w’umunyamururumba. Urukiko rwisumbuye […]

Amateka ya Perezida Karume wiciwe ku gisoro

Sheikh Abeid Amani Karume yavutse ku itariki ya 4 Kanama 1905, apfa ku ya 7 Mata 1972. Ni we wabaye Perezida wa mbere wa Zanzibar nyuma yimpinduramatwara zahabaye zigasiga zikuye ku butegetsi Jamshid Bin Abdullah wabaye umwami wa nyuma waho, muri Mutarama 1964. Nyuma ya mezi atatu hashinzwe Repubulika yunze ubumwe ya Tanzaniya, Karume yabaye […]

IMF igiye kuguriza u Rwanda amafaranga miliyari zisaga 300

Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, cyemeye guha Leta y’u Rwanda inguzanyo y’amadolari ya Amerika agera kuri miliyoni 310 yo kurufasha guhangana n’imihindagurikire y’ibihe. Umuyobozi w’intumwa za IMF zoherejwe mu Rwanda muri gahunda yo gusuzuma uburyo inguzanyo yayo izakoreshwa, Haimanot Teferra, ni we wemeje aya makuru nk’uko ikinyamakuru The Bloomberg cyabitangaje kuri uyu wa 7 Ukwakira 2022. […]

Twirwaneho yakozanyijeho n’ingabo kabuhariwe za MONUSCO

Abitwaje intwaro bo muri Twirwaneho bakozanyijeho n’ingabo zidasanzwe za Guatemala ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Congo (MONUSCO). MONUSCO ivuga ko mu cyumweru gishize yasubije inyuma ibitero bibiri by’abitwaje intwaro gusa Twirwaneho niyo itungwa agatoki ku kugaba ibi bitero. XHINUA News itangaza ko Twirwaneho yakije umuriro ku birindiro bya MONUSCO kuwa Gatatu mu Minembwe […]

Ibisasu 10 bya mbere bikomeye kandi biteje akaga ku Isi

tsar_bomba.jpg

Kamere muntu imutera guhora mu makimbirane agera aho akavamo intambara mugihe ibintu bitagenda uko abishaka. Kubera iyo mpamvu, Abantu bashishikarijwe gukora intwaro zo kwirwanaho birinda abanzi babo kubera izo ntambara mu gihe zatangiye. Intwaro na zo zagiye zivugururwa mu mateka, kimwe n’ibindi bintu byose, akaba ari muri urwo rwego twabateguriye urutonde rwa bombe 10 zitinyitse […]

Biden yateguje ko Putin ashobora gukoresha intwaro kirimbuzi kuko ‘adakina’

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, yateguje ko mugenzi we uyobora u Burusiya, Vladimir Putin, ashobora gutegeka ko mu ntambara iri kubera muri Ukraine hakoreshwa intwaro kirimbuzi, kuko ngo ntaba akina iyo abivuga. Mu nama y’ishyaka Democrate riri ku butegetsi, kuri uyu wa 6 Ukwakira 2022 Biden yavuze ko Isi ishobora […]

USA yashinje u Burusiya kwiba umutungo kamere wa Afurika ugakoreshwa mu ntambara muri Ukraine

Kuri uyu wa Kane, Amerika yashinje abacanshuro b’Abarusiya gucukura umutungo kamere muri Repubulika ya Centrafrica, Mali, Sudani n’ahandi kugira ngo ubafashe gutera inkunga intambara yo muri Ukraine, ikirego u Burusiya bwateye utwatsi buvuga ko ari “umujinya wo kurwanya u Burusiya .” Ambasaderi wa Amerika mu Muryango w’abibumbye, Linda Thomas-Greenfield, yavuze ko ikigo cy’abacanshuro cya Wagner […]

Abarundi baratangira kujya basabira ibyangombwa by’inzira kuri interineti

Nzeyimana yatangaje ko ubu buryo bushya buratangira mu cyumweru gitaha

Umuvugizi wa Perezida w’u Burundi, Alain Diomède Nzeyimana, yateguje Abarundi ko guhera mu cyumweru gitaha bazajya basabira ibyangombwa by’inzira kuri interineti. Ubutumwa yatangaje kuri uyu wa 6 Ukwakira 2022 bugira buti: “Guhera mu cyumweru gitaha, gusaba ibyangombwa by’inzira bizajya bikorerwa kuri interineti kandi abasaba bazajya bategereza mu gihe bitunganwa. Nta kongera gutonda imirongo ku biro […]

Min. w’Ubwikorezi wa DRC yavuze ko hari ibihugu byo muri ICAO bishyigikiye ‘ubushotoranyi bukorwa n’ u Rwanda’

Minisitiri w’Ubwikorezi wa RDC, ChĂ©rubin Okende Senga, yabwiye abitabiriye inteko ya 41 y’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe iby’indege za gisivili (ICAO), iteraniye i Montreal muri Canada, ko hari ibihugu byo muri iryo huriro bishyigikiye icyo yise ubushotoranyi bukorwa n’u Rwanda ku gihugu cye. Minisitiri ChĂ©rubin Okende mu ijambo yamaganye icyo yise ubushotoranyi bw’u Rwanda ku gihugu cye […]

Buruseli: Ubutabera bugiye gushyira ahagaragara amakuru mashya ku iyicwa rya Patrice Lumumba

I Buruseli haravugwa impinduka zikomeye mu iperereza ku iyicwa rya Patrice Lumumba muri Mutarama 1961. Ubutabera bw’u Bubiligi bwafashe icyemezo cyo gushyira muri dosiye y’iperereza inyandiko hafi ya zose za komisiyo y’iperereza ryakozwe mu myaka 22 ishize n’Inteko ishinga amategeko. Iki cyemezo cyafashwe n “urugereko rw’ubujurire” mu rwego rw’iperereza ryatewe n’ikirego cyatanzwe ku ya 23 […]

Hatowe itegeko rigenga polisi rikubiyemo ibihano bigenewe abazajya batoroka akazi

Abagize inteko ishinga amategeko, umutwe w’abadepite, kuri uyu wa Kane, batoye umushinga w’itegeko rigenga polisi y’igihugu, riteganya ibihano bitandukanye ku bapolisi bashobora gutoroka akazi. Ni ibihano bigiye bisumbana bijyanye n’urwego umupolisi arimo ndetse n’igihe yamara yarataye inshingano . Mu ngingo zasuzumwe n’inteko rusange y’umutwe w’abadepite, harimo iya 63 y’uyu mushinga w’itegeko, iteganya igihano cy’igifungo kiri […]

Zephanie Niyonkuru limogée de son poste de directeur adjoint du RDB

Le prĂ©sident Paul Kagame a limogĂ© , le 6 octobre, Zephanie Niyonkuru de ses fonctions de directeur gĂ©nĂ©ral adjoint du Rwanda Development Board (RDB) . Selon un communiquĂ© du bureau du Premier ministre, Niyonkuru a Ă©tĂ© dĂ©mis de ses fonctions en raison d’Ă©checs de gestion rĂ©pĂ©tĂ©s. RDB est une entitĂ© chargĂ©e de diriger le dĂ©veloppement […]

Uganda: Hari abasanga Gen Muhoozi yari akwiye kumanurwa mu ntera ndetse akajyanwa mu rukiko

Bamwe mu bayobozi n’intiti muri Uganda bagize icyo bavuga ku mbabazi Perezida Museveni yasabye Kenya byihuse mu izina ry’umuhungu we Gen Muhoozi Kainerugaba w’imyaka 48, yirukanye ku buyobozi bw’ingabo zirwanira ku butaka ariko agahita amuzamura mu mapeti akamugira Jenerali w’inyenyeri enye . Batatu muri bo, Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Mathias Mpuuga, Umuyobozi w’Umujyi wa Kampala, […]

Joe Biden yategetse ko abakoresha urumogi batakongera gufungwa

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Joe Biden, yategetse ko abakoresha cyangwa abatunga ikiyobyabwenge cya Marijuana cyangwa urumogi batakongera gufungwa. Ni itegeko rigaragara mu butumwa uyu Mukuru w’Igihugu yatangarije ku rubuga rwa Twitter kuri uyu wa 6 Ukwakira. Yagize ati: “Nk’uko nabivuze mbere, nta muntu ukwiye gufungwa kubera gukoresha cyangwa gutunga marijuana. Uyu munsi […]

RDC yashyikirije Uganda abasirikare ba UPDF ‘bari barashimuswe’ na FARDC

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyikirije iya Uganda abasirikare babiri bo mu ngabo zayo byari byavuzwe ko bashimuswe na FARDC. Ku wa Mbere w’iki cyumweru ni bwo aba basirikare bafatiwe n’Ingabo za Congo Kinshasa ku mupaka uhuza ibihugu byombi, ibyo abanya-Uganda bise ubushimusi. Ejo ku wa Kane ni bwo aba basirikare barimo uwitwa […]

CG Dan Munyuza agiye kumara icyumweru mu Butaliyani

Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Dan Munyuza, ari mu Butaliyani ku butumire bwa Lieutenant General Teo Luzi, umuyobozi mukuru wa Italian Arma dei Carabinieri aho biteganyijwe ko azamara icyumweru muri icyo gihugu. Bimwe mu bizibandwaho muri uru ruzinduko nk’uko RBA yabitangaje, harimo ubufatanye bugamije gukomeza amahugurwa hibandwa ku masomo atangirwa mu ishuri rikuru […]

Kagame fires RDB deputy boss

fey_7-jamaemo5w-671ec-2.jpg

President Paul Kagame has, on October 6, dropped Zephanie Niyonkuru from his position as the deputy Chief Executive of Rwanda Development Board (RDB). According to a communique from the Office of the Prime Minister, Niyonkuru was discharged from his duties over repeated managerial failures.