Karim Benzema yegukanye Ballon d’Or ya 2022 ahigitse Umunyafurika
Umufaransa Karim Benzema usanzwe akinira Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne, ni we wegukanye igihembo cya Ballon d’Or ya 2022 gihabwa umukinnyi wahize abandi ku Isi mu mupira w’amaguru. Hari mu birori byo gutanga ibihembo bitangwa n’ikinyamakuru France Football ku bahize abandi mu mupira w’amaguru ku Isi byabereye i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa. […]
VP Gachagua yemereye akazi mu biro bye umukobwa wamwise Riggy G

Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yemereye akazi mu biro bye umukobwa witwa Ivy Chelimo wamwise izina ryâakabyiniriro rya Riggy G ahamya ko rituma urubyiruko rumwiyumvamo. VP Gachagua yatanze iri sezerano kuri uyu wa 17 Ukwakira 2022, aritangaza ku mugaragaro ubwo yitabiraga umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa wizihirijwe mu karere ka Kajiado. Nkâumushyitsi mukuru, Gachagua yasabye […]
Nyaruguru: Umwana w’imyaka 10 yishwe n’igisasu cyari mu ishyamba
Umwana w’umuhungu w’imyaka 10 y’amavuko witwa Ngiriyambonye Emmanuel, wari utuye mu mudugudu wa Bunge, akagari ka Bunge, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, yaturikanywe n’igisasu cya ‘grenade’ kiramwica ubwo yari yagiye kwahira ishinge mu ishyamba. Nk’uko abaturage bo mu mudugudu wa Bunge babibwiye BWIZA, iyi mpanuka y’uyu mwana wigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanze […]
APR FC yahagamwe na Police FC, ifata umwanya wa kabiri muri shampiyona
Ikipe ya APR FC yaguye miswi na Police FC igitego 1-1, mu mukino w’ikirarane amakipe yombi yari yahuriyemo ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere. Iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yari yakiriye iya Polisi y’u Rwanda, mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo. Umunota wa gatanu w’umukino wari uhagije ngo Ishimwe Christian afungurire APR […]
Dr Rutunga ushinjwa guhemba ikimasa abakoraga Jenoside yasoje kwiregura
Dr Venant Rutunga wahoze ari umuyobozi wâikigo cyâubushakashatsi mu buhinzi cya ISAR ushinjwa guhemba ikimasa abakoraga Jenoside mu 1994, yasojwe kwisobanura ku byaha 3 aregwa birimo icyaha cya jenoside no kurimbura nkâicyaha cyibasiye inyokomuntu. Ni ibyaha ubushinjacyaha bumurega ko yakoreye mu kigo yayoboraga cya ISAR no mu nkengero zacyo, we akaburana abihakana. Mu byo ubushinjacyaha […]
EALA MPs to meet in Kigali
The East African Legislative Assembly (EALA), the legislative arm of the now seven-member East African Community, will bring its plenary sessions to Kigali. As announced by the regional House, the upcoming fifth session of the fourth Assembly will take place at the Parliament of Rwanda, from October 23 to November 5. Due to disruptions including […]
Mali: Abasirikare 2 ba MINUSMA bapfuye abandi bane barakomereka
Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Ukwakira, abasirikare babiri bâUmuryango wâAbibumbye bapfuye abandi bane barakomereka bikabije ubwo imodoka yabo yagongaga igisasu mu majyaruguru ya Mali, nkuko byatangajwe na MINUSMA kuri twitter . Abarwanyi ba kisilamu, bamwe bafite aho bahurira na al Qaeda na Leta ya Kisilamu, mu myaka icumi ishize bagabye ibitero bitandukanye mu majyaruguru […]
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Umupasiterikazi wo muri Nigeria washinze Itorero Life of Faith and Prosperity Ministry, Veronica, yaciye igikuba ubwo yavugaga igitsina cye cyasizwe amavuta ku buryo umugabo baryamanye inshuro imwe ahita akira. Uyu mugore uyobora itorero ahitwa Asaba muri Leta ya Delta avuga ko ” Kuryamana nanjye kuko igitsina cyanjye cyahawe umugisha bifasha abagabo batabyara guhita bikemuka.” Uyu […]
Kampala: Ikizamini cyanyomoje Kabanda waregaga ibitaro kumwiba impyiko
Ikizamini cyo kwa muganga cyanyomoje umusore wâimyaka 25 yâamavuko witwa Kabanda Muhammad washinjaga ibitaro bya Old Kampala kumwiba impyiko yâibumoso. Kabanda yasobanuriye urwego rwa Polisi rushinzwe ubugenzacyaha ko yakoze impanuka mu mpera za Nzeri 2022, akomereka ku mutwe, ajyanwa kwivuriza ibikomere muri ibi bitaro. Umuganga Dr Mugalu Alex yamukoreye operasiyo (kumubaga) yo ku gahanga tariki […]
RDC: Jean Marc Kabund ushinjwa gusuzugura umukuru wâigihugu yongeye kwitaba urukiko
Uwahoze ari inshuti ya Perezida FĂ©lix Tshisekedi, Jean-Marc Kabund, kuri uyu wa Mbere, itariki ya 17 Ukwakira yasubiye mu rukiko . Iperereza ku rubanza rwe rizakomereza imbere yâurukiko. Mu iburanisha riheruka, ntabwo yitabye kubera impamvu z’ubuzima nkâuko iyi nkuru dukesha lâInterview ivuga. Jean-Marc Kabund , yemerewe gufungirwa mu rugo, ariko aracyafungiwe muri Gereza Nkuru ya […]
Espagne: Umukinnyi Neymar Jr. yitabye urukiko rugiye kumuburanisha ku byaha bya ruswa

Mu gihe habura ukwezi ngo hatangire imikino yâIgikombe cyâIsi, Umukinnyi Neymar Jr. wo muri Brazil kuri uyu wa Mbere yitabye urukiko rwo muri Espagne rumukurikiranyeho amanyanga yakozwe ubwo yajyaga mu ikipe ya Barcelona mu myaka hafi 10 ishize . Uyu mukinnyi wa Paris Saint-Germain wâimyaka 30, yageze mu rkiko rwâintara rwa Barcelona muri iki gitondo […]
U Burusiya bwahaye kimwe mu bihugu bya Afurika kajugujugu rutura z’intambara
Igisirikare cy’u Burusiya cyamaze gushyikiriza icya Burkina Faso kajugujugu ebyiri z’intambara byitezwe ko zigomba gufasha kiriya gihugu cya Afurika y’Uburengerazuba guhangana n’iterabwoba. Izi kajugujugu zirimo imwe yo mu bwoko bwa Mil Mi-8 n’indi ya rutura yo mu bwoko bwa M-35. Amakuru avuga ko Burkina Faso yashyikirijwe n’u Burusiya izi kajugujugu zombi mu cyumweru gishize (ku […]
U Rwanda mu bihugu 10 bya mbere bigaragaramo izamuka rikabije ryâibiciro byâibiribwa ku Isi â Banki yâIsi

U Rwanda, Zimbabwe na Ghana ni byo bihugu bitatu bya Afurika mu bihugu 10 bigaragaramo izamuka rikabije ryâibiciro byâibiribwa mu isuzuma rya Banki y’Isi riheruka . Ibihugu bya Zimbabwe, Liban, Venezuela na Turkiya biza mu myanya ine ya mbere mu mu isuzuma mu gihe Iran, Sri Lanka, Argentine, Moldaviya, u Rwanda na Ghana ari byo […]
Abagize BTS bagomba kumara umwaka bakorera igisirikare cya Koreya bakwanga bagafungwa

Abagize itsinda BTS ryâabahanzi bo muri Koreya yâEpfo, bagomba kujya gufata imyitozo ya gisirikare, nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Mbere nâikigo cyita ku nyungu zabo, birangiza impaka zari zimaze imyaka hibazwa niba ibi byamamare bikwiye gusonerwa kwitabira izi ngando zisanzwe ari itegeko ku Banyakoreya bari munsi yâimyaka 30 . Abagabo bose bo muri Koreya yâEpfo […]
Umwongerezakazi arigamba gufungisha konte za Twitter zâAbanyarwanda âbamwibasiraâ
Umunyamakuru wâUmwongerezakazi uzwiho kwibasira ubutegetsi bwâu Rwanda, Michela Wrong, arigamba gufungisha konte za Twitter zâAbanyarwanda babiri avuga ko bamwibasira. Wrong wakoreye ibinyamakuru birimo BBC na The Financial Times ku mugabane wa Afurika yatangaje aya makuru kuri uyu wa 16 Ukwakira 2022, agira ati: “Konte ebyiri nareze zâAbanyarwanda banyibasira zarahagaritswe mu minsi mike ishize.â Yakomeje agira […]
MINISANTE ntizongera gutangaza uko Covid-19 yifashe buri munsi

Minisiteri y’Ubuzima ( MINISANTE) itangaza ko itazongera gutangaza imibare yerekana ko Covid-19 yifashe mu Rwanda buri munsi nk’uko byari bisanzwe. Ubutumwa bwa MINISANTE kuri Twitter buvuga ko “Amakuru mashya kuri #COVID19 muzajya muyagezwaho rimwe mu cyumweru, ku cyumweru.” Nta mpamvu yavuzwe yatumye hafatwa iki cyemezo. Umwe mu banyamakuru bo mu Rwanda yatangarije BWIZA ko ibi […]
Rubavu: Ku nkengero zâIkiyaga cya Kivu hagiye gushyirwa ubwiherero butahabonekaga
Ku nkengero zâIkiyaga cya Kivu hagiye gushyirwa ubwiherero ndetse hongererwe umutekano kuko hasurwa nâabantu benshi bavugaga ko hari ibitanoze nkâuko byatangajwe nâ Ubuyobozi bwâAkarere ka Rubavu . Abasura Ikiyaga cya Kivu bagaragazaga kuba babura ubwiherero nkâintenge yatumaga bamwe bahitamo kwibohorera mu mazi, naho abandi ntibashobore gutahana ibyo bajyanye ku mazi kubera ubujura bukorwa nâabana bato. […]
Museveni yashimagije umuhungu we mu bya gisirikare
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yashimagije Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari umuhungu we, avuga ko ari “umusirikare mwiza cyane” n’ubwo ari mu gisirikare cyamunzwe na ruswa n’ibindi bibazo bitandukanye. Hari mu kiganiro Umukuru w’Igihugu cya Uganda yagiranye na Televiziyo ya MTN yo mu gihugu cya Kenya; aho yasobanuye ko kuba umuhungu we ari umusirikare […]
Amafoto: Umugore wa Tshisekedi yasuye imva ya Mobutu nâumugore we Bobi Ladawa

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 15 Ukwakira 2022, umufasha wa Perezida Tshisekedi, Denise Nyakeru, yasuye imva ishyinguyemo uwahoze ari Perezida wa Zaire, Mobutu Sese Seko, ndetse anasura umupfakazi we, Bobi Ladawa, i Rabat muri Maroc . Denise Nyakeru avuga ko yabonye Bobi Ladawa ameze neza kandi yishimiye kumva ubunararibonye bwe nâinama ze zâagaciro nkâumuntu […]
Les forces de sĂ©curitĂ© rwandaises au mozambique dĂ©couvrent un stock d’armes cachĂ© par des terroristes

Le 15 octobre 2022, les Forces de sĂ©curitĂ© rwandaises impliquĂ©es dans les opĂ©rations de lutte contre le terrorisme et de contre-insurrection dans la province de Cabo Delgado au Mozambique ont dĂ©couvert des stocks d’armes et de munitions qui avaient Ă©tĂ© cachĂ©s par les terroristes Ă Mbau, au sud-est du district de Mocimboa da praia en […]
Hatanzwe umuburo ku iyicwa ry’abasivili ‘benshi’ mu gihe TPLF yaba itsinzwe urugamba
Abadipolomate baraburira ko amaraso menshi yâabasivile ashobora kumeneka mu ntara ya Tigray mu gihe inyeshyamba zigenzura iyi ntara zayivanwamo nâingabo za Ethiopia nâiza Eritrea. Avuga ko abasivile barimo kwicwa kandi abakomeretse ntibatabarwe kuko iyi ntara yagoswe. Imijyi irimo kuraswa ibisasu igasenyuka burundu, nkâuko bivugwa na Tedros Ghebreyesus, umukuru wâishami rya ONU ryita ku buzima, WHO/OMS, […]
Umurwa mukuru wa Ukraine wongeye kwibasirwa nâibisasu byâu Burusiya
Umuyobozi w’akarere ka Kyiv, Vitali Klitschko, aravuga ko haturikiye ibisasu byinshi mu karere ko hagati y’umurwa mukuru wa Ukraine . Kuri uyu wa Mbere, ibyo biturika byibasiye akarere ka Shevchenkivskyi mu murwa mukuru, kandi byangiza amazu menshi yo guturamo, nk’uko Klitschko yabitangaje kuri serivisi yo kohererezanya ubutumwa ya Telegram. Klitshchko yagize ati: “Abatabazi bari aho […]
RDC: Ba Colonel babiri bashinjwa gutuma M23 ifata Bunagana no kuyisigira intwaro
Abasirikare babiri bafite ipeti rya Colonel bakurikiranwe nâubushinjacyaha bwâigisirikare ku rwego rwâintara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bashinjwa gutuma umutwe witwaje intwaro wa M23 ufata agace ka Bunagana no kuwusigira ibikoresho birimo intwaro. Aba basirikare ni Colonel DĂ©sirĂ© Lobo uyobora rejima ya 3412 na Colonel Jean Marie Diadia wa Diadia […]
RDF discovers weapons hidden by terrorists in Cabo Delgado
Rwanda security forces involved in counter-terrorism and counter-insurgency operations in Cabo Delgado Province of northern Mozambique on Saturday, October 15, discovered stockpiles of weapons and ammunition hidden by the Islamic State-linked terrorists. The weapons and ammunitions were hidden by the fleeing terrorists in a thick forest region called Mbau, southeast of Mocimboa da Praia District, […]
Kylian Mbappé yamaganye amakuru yavugaga ko yasabye PSG ko batandukana
Umufaransa Kylian MbappĂ© yahakanye amakuru amaze iminsi avuga ko yasabye PSG asanzwe akinira ko batandukana muri Mutarama umwaka utaha; ku mpamvu y’uko atishimiye uburyo abayeho muri iyi kipe. Ibinyamakuru birimo MARCA bimaze igihe bitangaza inkuru z’uko PSG yemeye ko MbappĂ© ayisohokamo, gusa imukumira kuba yakwerekeza muri Real Madrid. Mu mpeshyi yâuyu mwaka ni bwo MbappĂ© […]
Inama mpuzamahanga 2 i Kigali, ihagarikwa rya batatu muri RURA na mwarimu ukekwaho kwica undi: inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 10 Ukwakira 2022 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru zerekeye umutekano, politiki nâubutabera. Harimo: Inama ya IPU na Youth Connekt Africa mu Rwanda I Kigali habereye inama yâihuriro mpuzamahanga ryâinteko zishinga amategeko ku Isi rizwi nka IPU ndetse nâinama yâurubyiruko rwo ku mugabane wa Afurika izwi nka Youth Connekt Africa yabaye ku nshuro […]