Musanze: Aba mu kiraro cyabagamo inka kwa nyirabukwe n’umuryango we wose

Iyi nka yakuwe mu kiraro kugira ngo Ndererimana n'umuryango we babone aho bacumbika

Umuryango w’abantu icyenda (9) barimo umugabo ari na we mukuru w’umuryango witwa Ndererimana Hassan, umugore we Muhawenimana Yvonne n’abana barindwi babaye bacumbitse mu cyahoze ari ikiraro cy’inka ya Gira Inka mu mudugudu wa Kabogobogo, akagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza mu gihe bagitegereje ubufasha. Uyu mugabo Ndererimana Hassan yashakanye na Muhawenimana Yvonne, bombi bavuka […]

Tshisekedi ukomeje gahunda yo gushyira ibirego ku Rwanda yakiriwe n’Umwami Charles III

Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Ukwakira yakiriwe i Londres n’umwami Charles III w’u Bwongereza. Aba bombi babonaniye mu ngoro ya Buckingham iherereye i Londres mu murwa mukuru w’u Bwongereza. Perezidansi ya Congo Kinshasa ku rubuga rwa Twitter, yatangaje ko ibiganiro hagati ya […]

Raporo: Abatunzi ba miliyoni zirenga 100 z’amadolari mu Rwanda baziyongera kuri 70% mu myaka 10

Raporo nshya y’ibigo New World Wealth na Henley & Partners yerekana ko umubare w’abatunzi ba miliyoni zirenga 100 z’amadolari ya Amerika mu Rwanda ugana ku kwiyongera ku kigero cya 70% kugeza mu mwaka w’2032. Ibi bigo bikora ubushashatsi ku bukungu bw’Isi byagaragaje ko u Rwanda ari cyo gihugu kiri mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) […]

Putin yatangaje ibihe bidasanzwe mu turere twa Ukraine u Burusiya buherutse kwiyomekaho

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Vladimir Putin yatangaje ibihe bidasanzwe mu turere tune u Burusiya bwigaruriye muri Ukraine mu kwezi gushize nk’uko tubikesha Euronews . Perezida w’u Burusiya yasohoye aya mabwiriza kuri Donetsk, Lugansk, Kherson na Zaporizhia, uturere igihugu cye giherutse kwiyomekaho kitwambuye Ukraine nyuma y’amatora ya kamarampaka ataravuzweho rumwe. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’inama […]

Museveni agiye gutumira Macron ngo baganire ku bibazo byo muri RDC

Perezida Museveni wa Uganda arateganya gutumira mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bakaganira ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo no ku bindi bibazo byugarije Afurika . Museveni yavuze ko azasaba Macron gusura Uganda mu mwaka utaha ubwo igihugu kizaba kizihiza Umunsi wo kwibohora, wizihizwa ku itariki ya 26 Mutarama buri […]

Gen. Muhoozi defies father’s advice to stop tweeting

General Muhoozi Kainerugaba, Uganda’s first son and Senior Presidential Advisor in Charge of Special Operations has defied his father’s directives to leave Twitter, his favourite social media platform. His father, the President of Uganda, Yoweri Museveni was quoted by Ugandan media this October 18 saying that “Gen Muhoozi must leave Twitter” Museveni is said to […]

Musanze house maid arrested over stealing over one million

Police in Musanze District have recovered Rwf1,544,000, which is part of the money that was reported stolen on Sunday from a resident in the same district in Cyuve Sector, Kabeza Cell in Kabeza Village. The money was recovered on Monday October 17, from the suspected thief identified as Ayishakiye Claudine, who was also arrested. Ayishakiye […]

Centrafrique: Minisitiri w’Intebe yatesheje agaciro impungenge za RDC kuri RDF

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Centrafrique, FĂ©lix Moloua, yagaragaje ko ibyo kuba Ingabo z’u Rwanda zishobora guhungabanya umutekano wa Congo Kinshasa zifashishije ubutaka bw’igihugu cye ari ibihimbano bidafite ishingiro. Mu kwezi gushize kwa Nzeri Ambasaderi wa RDC muri Centrafrique, Esdras Kambale Bahekwa, yagaragaje ko ahangayikishijwe n’ibice ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Centrafrique […]

Kinshasa: Umunyamakuru yegetsweho ikosa ku itangazwa rya Général wapfuye nka komanda w’ingabo

Gen. Kisebwe ni we komanda mushya w'ingabo zikorera muri Nord Equateur

Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo byasobanuye uko byagenze ngo hatangazwe GĂ©nĂ©ral Major Floribert Kisembo Bahemuka wapfuye mu myaka 11 ishize atangazwe nka komanda w’ingabo mu karere ka Nord Equateur. Tariki ya 17 Ukwakira 2022, umunyamakuru yasomeye kuri televiziyo y’igihugu, RTNC, icyemezo cy’Umukuru w’Igihugu ati: “Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya ya […]

Gisenyi: Abataramenyekana biraye mu baturage babatemesha imihoro

Abantu bataramenyekana bitwaje imihoro, bateye mu Mudugudu wa Nyabagore mu Kagari ka Nengo mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, batema abacunga umutekano barimo inkeragutabara ebyiri n’umuzamu umwe ndetse bakubita n’abaturage babiri, barabakomeretsa. Ibi byabaye mu gicuku kinishye cyo mu ijoro ryo kuwa 19 Ukwakira aho abaturage bavuga ko ibi byatangiye saa sita bikageza […]

Ibiryabarezi bigera mu 170 bimaze gufatirwa mu mukwabu wa MINICOM

Umukwabu wa Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda wo gufata imashini zikinirwaho imikino y’amahirwe zizwi nk’ibiryabarezi, umaze gufatirwamo imashini zigera mu 170 . Abakozi ba MINICOM ndetse n’izindi nzego bafatanyije muri iki gikorwa barimo gushakisha ahari izi mashini z’imikino y’amahirwe, ariko ba nyirazo badafite ibyangombwa byo kuzitunga no kuzikoresha mu Rwanda. Izirimo gufatwa harimo n’izitarimo gukoreshwa zibitse ahantu […]

Groupe rebelle FDLR soutenu par l’armĂ©e de la RD Congo – HRW

L’armĂ©e de la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo a soutenu un groupe rebelle rwandais notoire lors de rĂ©cents affrontements avec la milice du M23, a dĂ©clarĂ© Human Rights Watch mardi . L’ONG a dĂ©clarĂ© que l’armĂ©e congolaise avait armĂ© et combattu aux cĂ´tĂ©s d’une coalition de milices impliquĂ©es dans des exactions. Cela comprenait les FDLR, un […]

Gen. Maj. Gaseni Niyirora wa FLN yaba aherutse kwicirwa mu mirwano

Gen. Maj. Niyirora Gaseni wari ushinzwe ibikorwa by’amashuri ya gisilikare muri FLN amaze icyumweru yishwe arashwe,na Mai Mai John, inyeshyamba z’Abakongomani bo mu bwoko bw’Abatembo muri Kivu y’Amajyepfo . Amakuru agera kuri Rwandatribune dukesha iyi nkuru, avuga ko umwe mu bantu bari hafi ya Gen. Habimana Hamada baganiriye, yavuze ko ubwo FARDC yasenyaga ibirindiro bya […]

Tigray: Imirambo y’abantu 46 yarunzwe hamwe iribwa n’impyisi

Umukozi wo mu butabazi mu Mujyi wa Shire muri Tigray utashatse gutangaza amazina ye, avuga ko muri Nzeri 2022, ahitwa Shimblina, abantu 46 bishwe bakarundanywa nyuma bakaribwa n’impyisi kuko babuze gishyingura. Uyu mukozi yabwiye BBC ati: “Muri Nzeri abantu bane batubwiye ko mu mudugudu wa Shimblina, abantu 46 barundanyijwe maze bakicwa. Abaturage basanzwe bapfuye bicanywe […]

Mu kwezi gutaha Rwandair izatangiza ingendo zijya i London nta handi indege zinyuze

Isosiyete nyarwanda y’ingendo zo mu kirere, RwandAir, iravuga ko, guhera ku ya 6 Ugushyingo, izatangiza ingendo zerekeza ku kibuga cy’indege cya Heathrow muri London, nta handi ihagaze, mu rwego rwo gusubiza ibyifuzo byiyongea by’abakiriya bayo . Abagenzi bajya i London ubusanzwe banyuraga i Buruseli kuva mu myaka itanu ishize. RwandAir yavuze ko n’iki cyemezo, hazajya […]

Perezida wa Madagascar yirukanye Minisitiri amuziza kwamagana u Burusiya

Randriamandrato (iburyo) yahamije ko yagendeye ku mutimanama we

Perezida wa Madagascar, Andry Rajoelina, yirukanye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Richard Randriamandrato, amuziza gutora umwanzuro wamagana kuba u Burusiya bwariyometseho ibice bine bya Ukraine. Tariki ya 12 Ukwakira 2022, Umuryango w’Abibumbye wakoresheje itora ryo kwamagana iki cyemezo cy’u Burusiya. Ryashyigikiwe n’ibihugu 143 birimo Madagascar, ryangwa n’ibihugu 5, ibindi 35 birifata. Byamenyekanye ko Minisitiri Randriamandrato yatoye uyu […]

Umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine yemeye ko ingabo ze zimerewe nabi muri Kherson

Umuyobozi w’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine aravuga ko ibintu biri mu mujyi wa Kherson wo mu majyepfo “bigoye” kandi ko abaturage bagomba kwimurwa. Kuri Televiziyo y’u Burusiya, Gen. Serge Surovikin yavuze ko ingabo za Ukraine ziri gukoresha roketi za Himars zibasiye ibikorwa remezo n’inyubako. Ati: “Ingabo z’u Burusiya mbere ya byose ziraharanira ko abaturage bose […]

Tshisekedi yatangaje ko nta gahunda afite yo kwifashisha abacancuro ba Wagner mu kurwanya inyeshyamba

Tshisekedi aganira na Roula muri iyi nama itegurwa na Financial Times

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, yatangaje ko nta gahunda afite yo kwifashisha abacancuro b’umutwe wigenga w’Abarusiya wa Wagner Group mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya uburasirazuba bw’igihugu. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Roula Khalaf wa Financial Times ubwo yari yitabiriye inama ya Afurika irebana n’ubukungu yabereye i Londres mu Bwongereza […]

Gen Muhoozi ntakozwa icyemezo cya se cyo kumukumira kuri Twitter

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atemera na busa icyemezo cya se cyo kumukumira ku rubuga rwa Twitter; ashimangira ko akuze bihagije wo kwifatira ibyemezo. Museveni mu kiganiro aheruka kugirana na Televiziyo za KTN yo muri Kenya na NBS yo muri Uganda, yavuze ko Gen Muhoozi Kainerugaba, atazongera kugira […]

Perezida Kagame yakiriye Wamkele Mene wo muri AfCFTA

Perezida w’ u Rwanda, Kagame Paul kuwa 18 Ukwakira yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Isoko rusange rya Afurika, African Continental Free Trade Area (AfCFTA), Wamkele Mene. Perezidansi ibinyujije kuri Twitter yavuze ko ” Wamkele Mene yari aje kugeza kuri Perezida Kagame uko ishyirwa mu bukorwa ry’ayo masezerano riri kugenda.” Isoko rya Afurika yashyiriweho umukono i Kigali muri […]