Rubavu: Arashinja ubushinjacyaha gushaka kumuriganya imodoka yaguze y’ufitanye isano n’umushinjacyaha

0f4ff592-76a7-4109-b283-62c8f927e509.jpg

Uwitwa Nyirantibiringirwa Claudine utuye mu Mudugudu wa Gikombe, Akagali ka Kitarimwa, Umurenge wa Nyakiriba, mu Karere ka Rubavu, aratabaza inzego zitandukanye azisaba kumurenganura nyuma yo kugura n’umuntu imodoka yo mu bwoko bwa Rav4 nyuma bikaza kugaragara ko uwo bayiguze atari nyirayo, none akaba yarayambuwe ntasubizwe n’amafaranga yatanze agatunga urutoki umushinjacyaha avuga ko ari mu mugambi […]

Umubiligi wagejeje Simba SC muri 1/4 cya CAF Champions league ni we uhabwa amahirwe yo gusimbura Masudi muri Rayon Sports

Nyuma y’uko ikipe ya Rayon Sports itandukanye n’Umurundi Irambona Masudi Djuma, iyi kipe kuri ubu ikomeje ibiganiro n’abatoza batandukanye barimo Umubiligi Patrick Winand Aussems wigeze gutoza Simba yo muri Tanzania. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Aussems w’imyaka 56 ari umwe mu batoza bari mu biganiro na Rayons Sports, gusa bakaba batari kumvikana ku mushahara […]

Ibyo Yolo The Queen yasubije uwamubajije umukunzi we byatangaje benshi

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda biganjemo abakunda kubona umukobwa Yolo The Queen ufite ikimero n’miterere ireshya abagabo, yongeye kuvugisha benshi ubwo yavugaga ko umunsi azagaragaza umukunzi we abatabona bazabona n’abatumva bakumva. Yolo The Queen asanzwe ari mu bakobwa bakurura abagabo batari bake haba mu Rwanda cyangwa hanze yarwo, bitewe n’imitere ye idasanzwe hamwe n’ikimero cye […]

Imbere ya Lt. Gen Mubarakh Muganga, APR FC yabimburiye izindi kipe mu gusubukura imyitozo

Lt Gen Mubarakh Muganga yakurikiranye iyi myitozo

Kuri uyu wambere tariki ya 10 Mutarama 2022, ikipe y’igihugu y’ingabo z’igihugu APR FC, yabimburiye izindi mu gusubukura imyitozo nyuma yaho amakipe ndetse n’imikino hano mu Rwanda byongeye gusubukurwa. Iyi myitozo nkuko bisanzwe ikaba yabereye i Shyorongi, ndetse ikurikirwa n’umuyobozi wa APR FC, Lt. Gen Mubarakh Muganga, ndetse iyobogwa n’umutoza mukuru w’iyi kipe Adil Erradi […]

Mutsinzi Ange na Trofense ye batsindiwe mu rugo

Myugariro w’ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Mutsinzi Ange na Trofense yo muri Portugal akinira, bananiwe kwitwara neza batsindirwa mu rugo na Vlafranquense ibitego 1-3. Bakinaga umunsi wa 17 wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri ya Portugal. Mohamed Belkheir ni we wafunguye amazamu ku ruhande rw’ikipe ya Vilafranquense ku munota wa 15, Nuno Rodrigues atsinda igitego cya kabiri ku […]

Nyuma yo gutandukana n’uwamwambitse impeta mbere, Bijoux n’umuhanzi Sentore bakoze ubukwe

Munezero Aline uzwi muri sinema Nyarwanda nka Bijoux, yasabwe ndetse anakobwa n’umuhanzi Lionel Sentore bari bamaze igihe bakundana nyuma yo gutandukana n’uwari yaramwambitse impeta mbere ye. Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo Bijoux uzwi muri filime y’uruhererekane ya Bamenya yasabwe anakobwa na Sentore, mbere yo guhamiriza isezerano ryabo imbere y’Imana mu muhango wabereye mu rusengero […]

Nyuma y’igihe ari mu mvune, hamenyekanye igihe Jacque Tuyisenge azagarukira mu kibuga

Kapiteni w’ikipe ya APR akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi, Tuyisenge Jacque nyuma y’igihe kinini atagaragara mu kibuga bitewe n’imvune amaranye iminsi, yahishuye igihe azagarukira mu kibuga. Mu kiganiro yagiranye n’urubuga rucishwaho amakuru rwa APR FC, ubwo yabazwaga kuntu yumva ameze nyuma yimvune yamushegeshe bityo ntabashe kwitabira imikino myinshi iyi kipe yakinnye. Ati ” Nibyo koko […]

Mashami Vincent yibaza impamvu hari abadasinzira bitewe n’amasezerano ye afite yo gutoza Amavubi

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu Rwanda Amavubi, Mashami Vincent, abona harabo ashobora kuba yarabereye umutwaro kubera amasezerano ye afite yo gutoza Amavubi. Nyuma y’umukino wahuje ikipe y’igihugu Amavubi, ku munsi wejo aho yakinaga n’ikipe ya Guinea maze umukino ukarangira u Rwanda rutsinzwe 2-0, nyuma y’undi mukino wa mbere aho u Rwanda narwo rwari rwanyagiye […]

Indirimbo WHY ya Diamond na The Ben yahise ikuraho agahigo kari gafitwe my VOW

Nyuma y’igihe gito indirimbo yiswe WHY, The Ben yakoranye n’umuhanzi Diamond igiye hanze, kuri ubu iyi ndirimbo yamaze guca agahigo kari gafitwe na Meddy k’indirimbo yakozwe n’umuhanzi w’umunyarwanda imaze kurebwa kenshi mu gihe gito ku rubuga rwa Youtube. Mugihe cy’umunsi umwe iyi ndirimbo imaze igiye hanze yaciye agahigo ko kurebwa na Miliyoni 1 mu gihe […]

Rubavu: Umucamanza yabajije ‘Huissier’ uburana na Kanyabutembo niba yerekwa akamenya iby’urukiko

Mu rubanza rwatangiye tariki ya 5 Mutarama 2022 ku Rukiko rwibanze rwa Gisenyi ruri mu karere ka Rubavu, aho Kanyabutembo Virginie aregamo Umuhesha w’Inkiko (Huissier), ari we Uwayezu Anselme, Perezida w’inteko y’abacamanza yabajije Uwayezu niba yaba yerekwa akamenya ibyo urukiko ruri gutekereza atararuregera cyangwa ngo yandikire perezida warwo! Ni nyuma yaho yari amaze kuvuga ko […]

Rubavu: Abaturanyi b’umukecuru utabaza Perezida Kagame ngo umutungo we utagurishwa n’utari nyirawo, baramusabira kurenganurwa

kanyabutembo_1.jpg

Bamwe mu baturage baturanye n’abana b’uwitwa Kanyabutembo Virginie wo mu Kagari ka Mbugangari, Umurenge wa Gisenyi, ho mu Karere ka Rubavu baramagana igisa nko kwiba umutungo we ugizwe n’ikibanza n’inzu zirimo nyuma y’aho urukiko rwemeje ko uwari umugabo we afite uruhare ku mutungo. Ibintu bitakiriwe na bo kuko bose bemeza ko uyu mugabo usibye no […]

Kimisagara: Baravuga ko abayobozi barebera abajura babatega bakabambura

Abaturage bo mu Murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge, ahazwi nka Katabaro baravuga ko ubwambuzi bakorerwa butizwa umurindi n’abayobozi badahana udutsiko tw’abajura dukunze kuhaboneka mu masaha y’igitondo na nimugoroba. Bayisabe Erneste utuye muri santere y’ubucuruzi ya Katabaro avuga ko nyuma yo guhohoterwa n’abajura akaza gutabarwa n’umuturage wumvise atabaza ku wa 21 Ugushyingo 2021, yatereranywe […]

Uko wakwambuka inyanja y’ubukene hamwe na IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL

IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL yizemo n’umuhanzi Humble Jizzo

Ishuri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL , ryongeye gutegura amasomo wabasha kwiga kwiga akakugeza kure mubijyanye n’iterambere rijayanye nigihe nka film making uba ushobora kwigamo camera, editing, amajwi, editing y’ibidasanzwe Visual effect, ushobora kwigamo uko bandika film mbarankuru ;documentary cyangwa film wihimbiye; fiction film ndetse na photography. Muri IBTC FILM AND DESIGN SCHOOL bigisha graphic […]

Urubyiruko rukwiriye kugira uruhare mu gukumira no kurwanya inda zitateguwe- KHO

Umuyobozi wa Kigali Hope Organization (KHO), Muragijerurema Viateur yibukije urubyiruko rwitabiriye amahugurwa yabaye kuri uyu wa Gatandatu ku kigo nderabuzima cya Kagugu mu mujyi wa Kigali ko hakenewe uruhare rwabo mu gukumira inda zitateganijwe no kuba haba kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zirimo n’agakoko gatera SIDA. Mu kiganiro yagiranye n’urubyiruko rwitabiriye amahugurwa k’ubuzima bw’imyororokere, […]

Celebration of the Independance Day of the Kingdom of Morocco

This Thursday, November the 18th, the Moroccan people are celebrating the Kingdom’s Independence Day, which commemorates the historic speech of 18 November 1955 by the father of the Nation, the late HisMajesty Mohammed V, announcing the end of the protectorate over Morocco and the liberation of the Homeland. It will remain for all eternity a […]

NSHIMIYIMANA Eric uri mu biyamamariza kujya muri Njyanama y’akarere ka Rutsiro abahishiye byinshi

Umunyamakuru NSHIMIYIMANA Eric, ukorera www.rwandanews24.rw mu ntara y’Iburengerazuba yatangiye gahunda yo kwiyamamaza kuba Umujyanama rusange w’Akarere ka Rutsiro. Umukandida NSHIMIYIMANA Eric aganira na BWIZA yavuze ko yahisemo kwiyamaza agira ngo nawe atange umusanzu mu kubaka iterambere ry’umuturage w’Akarere ka Rutsiro. Nshimiyimana ati “Inama njyanama nirwo rwego rukuru mu karere, rushyiraho amabwiriza ariko atanyuranye n’Amategeko y’Igihugu […]

Nyuma y’indirimbo ‘Amakuru’ yakunzwe, umuhanzi Kagame yasohoye iyitwa Abanyuzwe

whatsapp_image_2021-11-04_at_16.19.07.jpg

Umuhanzi uri mu bagezweho mu muziki uhimbaza Imana, Kagame Charles, yasohoye indirimbo nshya yise ‘‘Abanyuzwe’’; ni nyuma y’amezi asaga icyenda ashyize hanze iyitwa “Amakuru’’ yakunzwe cyane. Kagame Charles asengera mu Itorero ‘Lifehouse Church’ ribarizwa mu Mujyi wa Coffs Harbour muri Australia ndetse ni naho akorera ivugabutumwa rinyuze mu ndirimbo. Uyu muhanzi wongeye kugaruka mu muziki […]

Ikinyamakuru BWIZA gihaye ikaze abiyamamariza imyanya y’ubuyobozi mu turere

Bwiza Media Ltd ifite Ikinyamakuru Bwiza.com na shene ya YouTube ya Bwiza TV iramenyesha abakandida biyamamariza imyanya y’ubuyobozi mu turere tw’igihugu uko ari 30 ko batambutsa ubutumwa bwabo bukagera iyo bashaka ko bugera, binyuze kuri iyi miyoboro no ku mbuga nkoranyambaga byayo. Kwiyamariza kuri iyi miyoboro binyura mu buryo butandukanye burimo: gukorerwa inkuru mu buryo […]

Sahara Marocain : Le Maroc ne se laissera pas entraîner dans une guerre

Dans un Communiqué publié, le 1er novembre 2021, la Présidence algérienne dénonce l’assassinat de trois citoyens algériens, lors d’un bombardement de leurs camions sur la route assurant la liaison entre Nouakchott (Mauritanie) et Ouargla (Sud l’Algérie). Selon le site algérien “menadefense.net”, les camionneurs algériens ont été « tués à Bir Lahlou au Sahara occidental ». […]

Rubavu: Haravugwa Umwiryane n’inyerezwa ry’umutungo muri sosiyete y’ubucuruzi ya SOSERGI batabaza RIB

Umwiryane uvugwa muri sosiyete ya SOSERGI (Société des services de Gisenyi) igizwe n’abahoze ari abakozi b’uruganda rwa Bralirwa, kuba hari bamwe mu bayobozi bakekwaho kunyereza amafaranga ashingiye ku modoka bashakaga kugura, hakaba an’bavuga menshi arenze igiciro cyagenwe ,abandi ngo bakaba barihaye imishahara y’ikirenga irenze iyo bahembwaga mu byakuruye umwuka mubi , gucikamo ibice nibindi. Abanyamigabane […]

Abanyarwanda bari mu bazakira abazitabira igikombe cy’Isi cy’umupira w’amaguru muri Quatar

whatsapp_image_2021-10-24_at_11.02.41_am.jpg

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’ubukerarugendo n’ikoranabuhanga UTB, butangaza ko bugiye kuzajya bwohereza abanyeshuri 700 barangije kwiga ibirebana no kwakira abashyitsi, gutegura ibirori n’ubukerarugendo mu gihugu cya Quatar, kwimenyereza no gukorerayo, bakazanabakirira abashyitsi mu gihe igikombe cy’isi kizaba gitangiye gukinwa. Biri mu masezerano iyi kaminuza yasinyanye n’ikigo inspire training management academy cyo muri Quatar giteza imbere ubumenyi […]

Ukwisegura: Gen Kazura nta rugendo aherutse kugirira muri Uganda

Ku wa Gatandatu tariki ya 09 Ukwakira BWIZA yanditse inkuru ivuga ko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura yari muri Uganda, aho yari yitabiriye ibirori by’isabukuru y’imyaka 59 ishize icyo gihugu kibonye ubwigenge. Turamenyesha abakunzi bacu ko Gen Kazura atigeze yitabira biriya birori, ko ahubwo umusirikare wa RDF wagaragaye mu mashusho ya […]

Uko umuzamu Mburanumwe yiyumva ahembwa Frw 10, 000 arinze za miliyoni

Umuturage witwa Mburanumwe Jean Baptiste ni umuzamu w’iduka ryitwa Ineza ku isanteri ya Kabaya mu Kagari ka Kigombe, Umurenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze. Avuga ko yiyakiriye ku kuba ahembwa Frw 10,000 ku kwezi, akaba ashinzwe kurinda iduka rya miliyoni zisaga ebyiri. Ni akazi atangira saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, akagasoza saa kumi n’imwe za […]

Meet Master Musanganya, the Rwandan Karate legend

img-20210912-wa0006-2.jpg

Faustin Musanganya , 65, a resident of Muhoza Sector in Musanze District is one of the Karate legend in Rwanda, who started the sports in his twenties. Aged yet physically fit, Musanganya, is married with five children. He gained Nebraska State citizenship in 1992. He went to a primary school in Burera District in 1962, […]

Byinshi kuri Musanganya, wagize ‘Dan’ ya kabiri ya Karate mu 1988

img-20210912-wa0019.jpg

Umunyabigwi muri Karate mu Rwanda, Faustin Musanganya, ni umwe mu batangije uyu mukino njyarugamba mu Rwanda ku buryo bwemewe na Leta mu 1986, abona Dan ya kabiri muri Karate mu 1988. Musanganya w’imyaka 65, BWIZA yamusanze mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze ahitwa Nyamagumba, aho atuye n’umufasha we, babyaranye abana batanu. Bigaragara ko […]

Abatuye ku Kabaya i Musanze bavuga ko bazengerejwe n’itsinda ‘ry’amabandi’ aheruka gufungurwa

img_20210916_091753_925.jpg

Bamwe mu baturage batuye ku isanteri y’ubucuruzi ya Kabaya mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, bavuga ko batagitekanye nyuma y’irekurwa ry’abo bavuga ko ari itsinda ry’ibisambo ryari rifungiwe ahazwi nka groupement no mu Kinigi. Iyi santeri iri hagati y’utugari twa Ruhengeri na Kigombe, igaragaramo urujya n’uruza rw’abantu b’ingeri zose gusa higanjemo urubyiruko. Abaganiriye […]

ABS bazanye imiti yica udukoko twazengereje abantu mu nzu , amasuku ku ntebe,Tapis n’amakaro bigasubirana ubushya

Aba basore bo muri ABS bafite ibikoresho bigezweho biyemeje gufasha abanyarwanda gukemura ikijyanye n'umwanda ndetse bagatandukana n'udukoko dushobora gutera n'indwara

Amarissa Business system Ltd (ABS) ni Kompanyi ikora ibikorwa by’isuku n’isukura yiyemeje gufasha abanyarwanda muri serivisi zinoze zo kubafasha gusukura aho baba no gutera imiti mu nzu yica udukoko dutandukanye , mu busitani no muri za pisine, koza intebe zo mu nzu, tapis, amakaro ndetse no guhanagura ibirahure by’amazu bikongera bigasubirana ubushyashya bwabyo. Semigabo Charles […]

Itsinda rishya muri Gospel, Holy Mercy ryashyize hanze indirimbo ‘Gumana nanjye’

whatsapp_image_2021-09-20_at_11.00.30_am.jpg

Holy Mercy ni itsinda ry’abana b’abaririmbyi biyemeje kuririmba mu njyana zihimbaza Imana, rigwize n’abana bane bavukana batatu muri bo bavukanye ubumuga bw’uruhu. Mu kiganiro Bwiza yagiranye n’aba bana badutangarije ko bishimye cyane, ikindi biteguye gukora uko bashoboye kose ubutumwa buri muri bo bukagera kure. Baherukaga gushyira hanze indi ndirimbo mu mwaka ushize, kuri ubu bamaze […]

Musanze: Umukecuru w’imyaka isaga 120 aratakambira Perezida Kagame

umukecuru_n_umukobwa_we.jpg

Umukecuru Venancia Basabose uri mu myaka isaga 120 y’amavuko utuye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Gataraga, Akagari ka Muragwe, Umudugudu wa Manjari, arasaba Umukuru w’Igihugu n’ubuyobozi kumuremera akabona inka yo kumukamira, kubona ifunguro no kubona aho kuba, akabona ubuzima kuko avuga ko abayeho nabi. Basabose avuga yavutse ku ngoma ya Yuhi V Musinga, ashaka […]

Umunyamategeko Me MHAYIMANA Isaïe mu rubanza n’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda avuga ko rwamurenganyije

ibaruwa_ya_kavaruganda.jpg

Kuri uyu wa 13 Nzeri, 2021 mu Rukiko Rukuru/Kigali rukorera i Nyamirambo, hatangiye kuburanwa ku nzitizi ku kirego cyatanzwe na Avoka MHAYIMANA arega Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda kubwo kumurenganya mu byemezo yafatiwe na Komite yarwo ishinzwe imyitwarire Ubwo Perezidante wari uyoboye iburanisha ry’urubanza yatangaga ijambo k’ubunganira ababuranyi bombi kugira ngo bagire icyo bavuga ku nzitizi […]

Imanza zisubirishwamo ku mpamvu z’akarengane n’izidashobora gusubirishwamo

Imanza zisabirwa gusubirwamo ku mpamvu z’akarengane ni imanza zaciwe ku rwego rwa nyuma, zikaba zisubirishwamo bitegetswe na Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga nyuma yo kubisabwa n’Urwego rwabiherewe ububasha n’Itegeko. Urwego rw’Umuvunyi ni rwo rwabanje guhabwa ububasha bwo gusubirishamo imanza ku mpamvu z’akarengane hashingiwe ku ngingo ya 79 y’Itegeko Ngenga n° 03/2012/OL ryo ku wa 13/06/2012 rigena imiterere, […]

KTN Rwanda yatanze amahirwe yo gutunga ikibanza muri Kigali

whatsapp_image_2021-09-02_at_10.05.36_pm.jpg

Kuri ubu gutunga ubutaka muri Kigali ntibikiri inzozi kuri bamwe, kuko sosiyete nyarwanda KTN RWANDA Ltd iherutse kwagurira imbago zayo mu gihugu cya Tanzania ikomeje kuba ikiraro gihuza abifuza kugurisha ubutaka n’abakeneye kubugura kandi bose badahenzwe. KTN RWANDA Ltd yashyize ku isoko ibindi bibanza byo guturamo biherereye mu murenge wa NDERA n’uwa RUSORORO. Ibi bibanza […]

Homeless 11 people family in Musanze seeks help

logo-4.jpg

Felicien Uzabakiriho, 53, resident of Kigombe Cell, Muhoza Sector in Musanze claims he has no place to live in with his family made up of 11 people following heavy rain that distroyed his house in October last year. Sitting in a two room-house given by a good Samaritan for a temporary shelter, Uzabakiriho narrated his […]

Musanze: Umuryango ugizwe n’abantu 11 wabanje kuba mu ihema ubu ntugira aho kuba

logo-4.jpg

Umugabo witwa Felicien Uzabakiriho w’imyaka 53 n’umugore we, Vestine Uwamahoro w’imyaka 46 batuye mu Mudugudu wa Rukereza, Akagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, bavuga ko bo n’abana babo umunani (umwe mu bana be afite umwana ubu ni abantu 12) n’imfubyi imwe barera, ntaho kuba bafite kuva mu Kwakira 2020 ubwo […]

Minisitiri w’Ingabo mushya wa S.A ntiyigeze atesha agaciro ibyo RDF yagezeho muri Mozambique

Minisitiri w’Ingabo mushya wa Repubulika ya Afurika y’Epfo, Thandi Modise ntabwo yigeze anenga ibyo ingabo z’u Rwanda zimaze kugeraho mu bikorwa byo kurwanya intagondwa z’umutwe w’iterabwoba zihungabanya umutekano w’abatuye mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Tariki ya 11 Kanama 2021 ni bwo igitangazamakuru Chimpreports kivugwaho gukorera mu kwaha kwa Leta ya Uganda cyatangaje ko […]

Covid-19 yagaragaje icyuho cy’Ikoranabuhanga mu burezi

Minisitiri w'uburezi Dr. Valentine Uwamariya mu ihurizo rikomeye

Biragaragarira buri wese kandi bikanavugwa ko mu Rwanda ikoranabuhanga ryateye imbere. Nyamara ubwo Icyorezo cya Covid-19 cyageraga mu Rwanda, uburezi buri mu byahungabanye cyane, kandi ari ho ubwo buhanga bucurirwa. Gikomeje se, imyigire yakomeza guhungabana bya hato na hato? Icyuho cy’ikoranabuhanga Covid-19 yerekanye mu burezi cyasibanganywa gute ? Ifoto ya za bisi zinyuranamo zitwaye abana […]