Igisubizo cy’u Rwanda ku bakomeje kwibasira ubufatanye nka “Visit Rwanda”

maxresdefault 1 1

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye kugerageza guherutse kwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) guhungabanya ubufatanye mpuzamahanga bw’u Rwanda binyuze mu makuru y’ibinyoma ndetse n’igitutu cya politiki. “Izi mbaraga ntizigaragaza ukuri gusa ahubwo zibangamiye urufatiro rw’amahoro, umutekano, n’ubufatanye mu bukungu twakoranye umwete kugira ngo twubake”, nkuko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ku rubuga rwa RDB. Iri […]

Kayonza: Ibigo by’amashuri byasabwe gukora ubukangurambaga bukundisha abana ishuri

IMG 20250220 WA0031 1

Ibi byasabiwe mu bukangurambaga bwahariwe gukangurira abanyeshuri kwirinda guta ishuri, mu kigo cya G.S Mukarange Catholique giherereye mu kagari ka Nyagatovu karere Kayonza,kuwa Gatatu tariki 19 Gashyantare 2025. Ubwo bukangurambaga bwari bufite insanganyamatsiko igira iti “Uruhare rw’umunyeshuri mu kwirinda guta ishuri n’umusingi w’uburezi kuri bose.” Bwari bumaze igihe kirenga ukwezi bukorwa mu biganiro no mu […]

U Rwanda rwasabye Ingabo z’amahanga zose ziri mu burasirazuba bwa Congo kuhava kuko ari ikibazo ku mutekano warwo

Screenshot 2025 02 20 094440

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Ernest Rwamucyo, yatangarije mu Kanama k’umutekano ko Ingabo z’amahanga zose ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zigomba kuhava kuko zibangamiye umutekano warwo, agaragaza ko u Rwanda nta yandi mahitami rufite usibye gukaza ubwirinzi bwarwo Kandi ruzakomeza kubikora. Ni kuri uyu wa Gatatu, i New York mu […]

Amaherezo Macron na Starmer batumiwe muri White House mu biganiro ku kibazo cya Ukraine

95269727 0 image a 37 1739725728315

Umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, Mike Waltz, yatangaje ko abayobozi bombi b’ibihugu by’i Burayi bazagira icyicaro ku meza y’imishyikirano nyuma y’uko abayobozi b’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi bazamuye impungenge z’uko Donald Trump Ari gukemura ikibazo cy’intambara yo muri Ukraine. Ese urusimbi rwa Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, rutangiye kwishyura? Nyuma yo gutegura inama ebyiri zihutirwa muri […]

Trump yise Zelensky umunyagitugu

569649 3752621 updates

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yamaze umunsi yibasira Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, amwita “umunyagitugu” ndetse akomeza kuzamura umwuka usanzwe utari mwiza hagati y’abayobozi bombi. Ibyo bitero bye bibaye nyuma y’uko Zelensky, anenze ibiganiro bya Amerika n’u Burusiya muri Arabia Saoudite aho Kyiv itatumiwemo, avuga ko Perezida wa Amerika ” atuye mu Isi y’amakuru y’ibinyoma” […]

Gicumbi: Umusore w’imyaka 27 y’amavuko, yafatanywe ipikipiki akekwaho kwiba

WhatsApp Image 2025 02 19 at 16.20.24 20643360

Polisi y’u Rwanda yashimiye abaturage bagaragaza ubufatanye mu kurwanya ibyaha by’ubujura batanga amakuru abwerekeyeho, iburira n’ababwishoramo ko amayeri yose bakoresha azatahurwa bagafatwa bakabiryozwa. Ni ubutumwa butanzwe nyuma y’uko ku bufatanye n’abaturage bo mu Karere ka Gicumbi, umusore w’imyaka 27 y’amavuko, yafatanywe ipikipiki akekwaho kwiba yo mu bwoko bwa TVS Victor, ku mugoroba wo ku wa […]

Bujumbura: Inkongi y’umuriro yibasiye Isoko rya Gatoki yangije byinshi

Marche de Gatoki

Inkongi y’umuriro yibasiye, mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Gashyantare, igice cy’Isoko rya Gatoki, riherereye hafi y’ahahoze Isoko Rikuru rya Bujumbura, muri Komini ya Mukaza. Iyi mpanuka yateje igihombo kinini, cy’ibicuruzwa bibarirwa agaciro k’amamiliyoni menshi y’Amafaranga y’u Burundi nkuko iyi nkuru dukesha ikinyamakuru Iwacu-Burundi ivuga. Nk’uko byatangajwe […]

Huye: Umusore w’imyaka 25 akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 1

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye y’umusore w’imyaka 25 ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 3 y’amavuko. Icyaha uregwa akurikiranyweho cyakozwe ku itariki ya 08/02/2024 mu gihe cya sa yine z’amanywa mu mudugudu wa Rusuma, akagari ka Kabusanza,umurenge wa Simbi, mu karere ka Huye. Mu ibazwa rye, uregwa asobanura ko yabonye […]

Commonwealth irasaba Leta ya Uganda gufungura umunyapolitiki Kizza Besigye

kizza besigye arrives court kampala

Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, wahamagariye Uganda, kimwe mu bihugu 56 bigize uyu muryango, kurekura umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Kizza Besigye, uvuga ko ifungwa rye ryabangamiye demokarasi n’uburenganzira bwa muntu. Patricia Scotland, Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth, yavuze ko ifungwa rya Besigye, umwunganizi we n’uwo bafatanyije muri politiki, byatesheje agaciro “amahame ya demokarasi, uburenganzira bwa muntu […]

Huye: Urukiko rwagumijeho igifungo cya burundu cyahawe Jean Mitzig kubera jenoside

csm UBUSHINJACYAHA HUYE 67668d60e7 1

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Munyaneza Jean de Dieu alias Jean Mitzig w’imyaka 54 mu rwego rw’ubujurire, rugumishaho igihano cy’igifungo cya burundu yari yarakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Busasamana ku wa 29/12/2022 nyuma yo guhamwa n’icyaha cya Jenoside n’icyaha cyibasiye inyoko-muntu. Ibyaha Munyaneza Jean de Dieu alias Jean Mitzig akurikiranyweho yabikoze hagati […]

Igisubizo cy’u Bubiligi ku bihano bwafatiwe n’u Rwanda

08419be897405321542838d77f855226 1719764877

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Prevot Maxim, yagize icyo atangaza ku cyemezo cy’ u Rwanda cyo guharika gahunda y’ubutwererane rwari rufitanye n’u Bubiligi, mu kwikura mu isoni avuga ko nabo bari barimo kubisuzuma. Abinyujije kuri X, Prevot Maxim yavuze ko bamenye icyemezo cy’u Rwanda cyo guhagarika gahunda y’ubufatanye hagati yarwo n’u Bubiligi. Akomeza agira ati: […]

Mozambique: Ambasaderi w’u Bwongereza yasuye Ingabo za RDF muri Cabo Delgado

GkFQ liXkAAGD1z

Uyu munsi, kuwa Kabiri itariki ya 18 Gashyantare 2025, Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique, Maj Gen Emmy K Ruvusha, yakiriye Ambasaderi w’u Bwongereza muri Repubulika ya Mozambique, Madamu Helen Lewis n’intumwa yari ayoboye. Ibiganiro byabo nkuko byatangajwe na Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda, byibanze ku kibazo cy’umutekano mu Ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru […]

UDPS iravuga ko abayoboke bayo bari kwicwa mu bice byigaruriwe na M23

bitmap 1200 nocrop 1 1 20210329110057651055 060b5fb9 8e4d 4e39 ace8 21d4a55d55f4

Ishyaka riharanira Demokarasi n’Iterambere ry’Imibereho (UDPS), riri ku butegetsi muri Repubulika ya Demokarasi Congo mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, itariki 17 Gashyantare, ryamaganye ibyo ryita ubwicanyi buri gukorerwa abayoboke baryo mu turere twigaruriwe n’inyeshyamba za M23. UDPS ivuga ko ibi byatangiye kuva muri Mutarama 2025 nyuma y’intambara muri Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo. […]

Antonio Guterres asanga ibyo Nangaa avuga byo kugera i Kinshasa ari ukwikinira

Screenshot 2025 02 18 094912

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yatangaje ko ibyo Umuyobozi w’Ihuriro AFC, Corneille Nangaa, avuga by’uko bazakomeza urugamba kugeza bageze i Kinshasa bagakuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi, ari ugukina bitashoboka. Ibi Guterres yabitangaje mu kiganiro yahaye France 24 kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Gashyantare 2025, ubwo yabazwaga aho abona urugamba rwa AFC/M23 ruzagarukira nyuma yo […]

Impanuka ku Kibuga cy’indege cya Toronto yakomerekeje 18

hq720 4

Indege ya Sosiyete ya Delta yibiranduye mu gihugu cya Canada ubwo yageraga ku wa Mbere ku Kibuga cy’Indege cya Toronto Pearson nyuma y’imvura y’amahindu, hakomereka abantu 18 muri 80 bari bayirimo nkuko byatangajwe n’ubuyobozi. Abantu batatu muri iyi ndege, yari ivuye ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Saint-Paul i Minneapolis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, […]

Uvira: Urujijo ku rusaku rw’amasasu rwakomeje kumvikana mu Kibaya cya Rusizi

rss 1517238979 1e30351ceacf7cb6f2567ca4396df687cd481ad6 0

Bamwe mu Banyekongo basaga 300 kuri uyu wa Mbere bambutse umupaka wa Bugarama – Kamanyola bavuga ko bahungiye i Bukavu kubera imirwano ibera mu Kibaya cya Rusizi yakomeje guteza urujijo. Aba Banyekongo barimo abagabo, abagore n’abana, kandi ubona ko bahangayitse cyane, bamwe bavuga ko bahunze imirwano irimo kubera mu Kibaya cya Rusizi ku ruhande rwa […]

IGP Namuhoranye yakiriye ba Ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi

SENIOR C 3

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Gashyantare 2025, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, itsinda rya ba Ofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze. Ni muri gahunda y’urugendoshuri batangiye ruzamara icyumweru imbere mu gihugu, rukubiye mu […]

Kinshasa: Umuryango wa Col. Bahati mu gihirahiro nyuma y’ifungwa rye

Gj kkp6WUAAjYql

Col. Justin Bahati wa FARDC akomeje kuburirwa irengero nyuma yo gutabwa muri yombi i Kinshasa n’abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kurinda umukuru w’igihugu. Itabwa muri yombi bivugwa ko rinyuranyije n’amategeko rya Col. Bahati ryabaye mu gicuku cyo kuwa gatandatu, itariki 15 Gashyantare 2025 i Kinshasa nk’uko tubikesha Umuyobozi w’ikinyamakuru Afrikarabia, Christophe Rigaud. Uyu munyamakuru avuga […]

U Bwongereza bwatangaje ko bwiteguye kohereza ingabo muri Ukraine

download

Kuri iki Cyumweru, itariki 16 Gashyantare 2025, Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko yiteguye kohereza Ingabo z’u Bwongereza muri Ukraine niba Moscou yemeye amasezerano asaba ko hakoherezwa ingabo zo kubungabunga amahoro z’i Burayi. Ni ku nshuro ya mbere Umuyobozi w’u Bwongereza avuga yeruye ko yiteguye kohereza Ingabo z’u Bwongereza muri Ukraine kandi bije […]

Uganda: Bazindukiye mu myigaragambyo isaba irekurwa rya Dr Kizza Besigye

Gj mfVgXsAAkbqS

Kuri uyu wa Mbere, itariki 17 Gashyantare 2025, abayoboke b’ishyaka riharanira impinduka muri Demokarasi (FDC)  i Ishaka, mu Karere ka Bushenyi, bagiye mu mihanda muri iki gitondo basaba irekurwa ry’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi, Dr Kizza Besigye ukurikiranweho ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi akoresheje intwaro. Abigaragambya bahamagariye Guverinoma ya Uganda kurekura byihuse uwashinze ishyaka ryabo, Dr […]

RDC: Minisitiri Kayikwamba mu gahinda nyuma y’uko Arsenal FC yanze kuvugana nawe

Screenshot 20241203 163233 0

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal ikomeje gushinjwa gusuzugura bikabije Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanga kubonana na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, ThĂ©rèse Kayikwamba Wagner kugira ngo baganire ku masezerano yayo n’u Rwanda. ThĂ©rèse Kayikwamba Wagner, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), wari i Londres muri iki cyumweru gishize kugira ngo […]

Perezida Sassou Nguesso yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza w’u Rwanda na RDC

IMG 3484

Mu gihe JoĂŁo Lourenço, umuhuza hagati ya RDC n’u Rwanda, agomba kwibanda ku mirimo ye mishya y’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze ubumwe (AU), Denis Sassou Nguesso, ukomeje umubano mwiza na Tshisekedi na Kagame, yavuze ko “yiteguye” kuba umuhuza mu gushaka igisubizo cy’amahoro mu makimbirane hagati y’impande zombi. Mu guhangana n’akaga k’intambara y’akarere, Perezida wa Congo-Brazzaville […]

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa Mauritius yatawe muri yombi

thumbs b c 69cce3a52d7eb2be6497296910b2329d 1

Komisiyo ishinzwe ibyaha by’imari ya Leta (FCC) muri Maurtius, ku Cyumweru yatangaje ko uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Pravind Jugnauth, yatawe muri yombi kandi akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza amafaranga. Umuvugizi wa FCC, Ibrahim Rossaye, yatangarije abanyamakuru ko Jugnauth “afunzwe”, yongeraho ko azafungirwa muri Gereza ya Moka mu Karere ka Moka rwagati muri Mauritius. FCC […]

Amerika iravuga ko umutwe wa Hamas ukwiye kurandurwa

Secretary of State Marco Rubio And Israeli Prime Minister Benjamin Netanyahu

Ministiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika, Marco Rubio yavuze ko Hamas igomba kurandurwa kandi ko idashobora gukomeza kuba igisirikare cyangwa se ngo ibe igisirikare cya Leta. Marco Rubio yari i Yerusalemu aho yagiranye ibiganiro na Ministiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, akavuga ko Amerika ishyigikiye byimazeyo intambara ya Israel muri Gaza. Ministiri Rubio yabwiye Netanyahu ko igihe […]

M23 yongeye guhamagarira Guverinoma ya Congo kugana inzira y’ibiganiro bigishoboka

Gj68nOPXMAAePab

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo Congo (AFC / M23) yamaganye guteza umutekano muke, ubwicanyi n’ubusahuzi byakozwe na FARDC, FNDB, FDLR n’abafatanyabikorwa babo, ubwo bari batayanye, rivuga ko hafashwe umwanzuro wo guha ubutabazi abaturage bo mu Mujyi wa Bukavu batereranywe n’ingabo z’ihuriro rya Kinshasa. Nkuko bigaragara mu itangazo yashyize ahagaragara kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 […]

Amafoto: FARDC yongeye guha impano M23 i Bukavu

Gj7bpbPXcAA3Krq

Abarwanyi ba M23 bigaruriye Umujyi wa Bukavu bidasubirwaho kuri iki Cyumweru aho Kuri ubu ari bo bari kurinda umupaka wa Congo uhuza u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amafoto Kuri iki Cyumweru itariki ya 16 Gashyantare 2025 mu Mujyi wa Bukavu kandi abasirikare ba Guverinoma ya Congo bataye ibikoresho byinshi bya gisirikare birimo […]

Bukavu: Abarwanyi ba M23 ubu nibo bagenzura umupaka wa Rusizi I ku ruhande rwa RDC

Screenshot 2025 02 16 134307

Abarwanyi ba M23 ubu nibwo bagenzura umupaka wa Rusizi ya I ku ruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhera saa yine za mu gitondo kuri iki Cyumweru. Biravugwa ko abakozi bashinzwe abinjira n’abasohoka ba Guverinoma ya Congo ku wa Gatanu bataye umupaka bagahunga. Ni nyuma y’ihunga ry’abandi bayobozi b’Intara ya Kivu y’Amajyepfo mu minsi […]

Burundi: Bunyoni yasabye gusubiramo urubanza rwe no kurekurwa by’agateganyo

Bunyoni 3800x2138 c scaled 1

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Burundi, Alain Guillaume Bunyoni, yitabaje urukiko kuri uyu wa Gatanu ushize imbere y’urugereko rw’imanza rw’urukiko rw’ikirenga, mu rubanza rudasanzwe rwabereye muri Gereza Mkuru ya Gitega mu murwa mukuru wa politiki. Kugeza ubu Bunyoni wakatiwe igifungo cya burundu, yasabye ko urubanza yaciriwe rwavaho kugira ngo yongere gufungura dosiye ye. Bivugwa ko […]

M23 ikomeje kugaragara i Bukavu mu gihe FARDC yigambaga kuhagaruka

Gj41CfmWkAAZpnD

Kuri iki Cyumweru mu gitondo, mu Mujyi wa Bukavu rwagati no mu nkengero zaho hagaragaye imirongo miremire y’abarwanyi ba M23, bari kohereza mu bice bitandukanye mu gihe FARDC yari yigambye kugaruka muri uyu Mujyi nyuma yo kuhava Kwa M23. Umunyamakuru w’Umunyekongo utifuje ko amazina ye atangazwa, yabwiye BBC ati: “Muri iki gitondo nanjye nababonye, imirongo […]

Kenya: Raila Odinga arakurikizaho iki nyuma yo gutsindwa mu matora ya AU?

hq720 3

Gutsindwa k’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, Raila Odinga,mu matora y’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUC), ngo ntabwo ari ibanga bigiye guhindura isura y’amatora yo muri iki gihugu mu 2027. Ku wa Gatandatu, itariki 15 Gashyantare 2025, Raila, umunyapolitiki w’inararibonye, ​​yatsinzwe n’umukandida wa Djibouti, Ali Youssouf mu matora yabereye i Addis Abeba, […]

U Burundi bwahambirije uhagarariye PAM

Sibi Lawson Marriott 770x410 1

Leta y’u Burundi kuwa Gatanu yirukanye Sibi Lawson-Marriot uhagarariye ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa kw’Isi, PAM, na Sarah Nguyen wayoboraga ishami rishinzwe umutekano muri ibi biro. Abo bayobozi uko ari babiri, bavuye mu gihugu ku wa Gatanu mu gitondo mu ndege ya Rwandair nyuma y’uko Guverinoma y’u Burundi ibahaye amasaha 48 yo kuba bavuye […]

Kinshasa: Polisi yarunzwe kuri za paruwasi gaturika n’iza abaporoso

cathedrale du centenaire a kinshasa 25 jpg 711 473 1

Abayobozi ba polisi basabwe kohereza abapolisi babo kuri za paruwasi Gatolika n’Abaporotesitanti kugira ngo babungabunge umutekano mbere, mu gihe na nyuma yo guterana ndetse na misa byo kuri iki Cyumweru, itariki ya 16 Gashyantare i Kinshasa, nkuko byatangajwe ku wa Gatandatu, itariki ya 15 Gashyantare 2025. Telegaramu yaturutse kuri sitasiyo ya polisi yo mu ntara […]

Papa Francis yajyanwe mu bitaro i Roma

skynews pope francis good friday 6504833

Papa Francis yajyanwe mu bitaro i Roma kuri wa Gatanu, ubwo aho aravurirwa indwara ya bronchitis ikomeje kumurembya. Vatikani yongeyeho ko uyu mukambwe w’imyaka 88 yinjiye mu bitaro nyuma yo kwakira abantu mu gitondo. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byatangaje ko Papa Francis muri iyi minsi ishize afite ibibazo byo guhumeka neza ku buryo abandi bayobozi […]

Umuhungu wa Ingabire yaherukaga mu myaka 15 ishize yaje kumusura mu Rwanda

Gju7 hzWYAAVJuB

Umuhungu wa Ingabire Victoire, Umuyobozi w’ishyaka Dalfa-Umurinzi ritemerewe gukorera mu Rwanda, yaherukaga mu myaka 15 ishize yaje kumusura mu Rwanda ari kumwe n’umugore we ndetse n’umuryango we baturutse mu Buholandi. Mu butumwa yanyujije kuri X kuri uyu wa Gatanu, Ingabire Victoire yagize ati: “Nshimishijwe no kongera kubona ubuheta bwanjye, nyuma y’imyaka 15 tutabonana. Aje kunsura […]

Gasabo: Urukiko rwaburanishije umwana w’umukozi wishe undi w’imyaka 2 yareraga

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 2

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umwana w’umukozi ufite imyaka 15 y’amavuko wishe umwana muto w’imyaka ibiri wo mu rugo yakoragamo amuhoye ko yiyanduje.  Ibyo byabaye ku itariki ya 08 Ukuboza 2024, ubwo uwo mwana w’umuhungu yanigaga umwana abakoresha be bari bamusigiye, bimuviramo urupfu nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyaha Bukuru. Uregwa yaburanye yemera icyaha asobanura ko […]

Ubwato butwara indege z’indwanyi bwa Amerika bwagonganye n’ubwato bw’ubucuruzi

613506

Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, Igisirikare cya Amerika cyavuze ko ubwato bugwaho indege z’indwanyi bw’Ingabo zirwanira mu mazi bwagonganye n’ubwato bw’abacuruzi hafi ya Misiri, aho bivugwa ko nubwo ubu bwato bwa Amerika bukoresha ingufu za nikeleyeri bumeze neza kandi nta wakomeretse. Kugeza ubu igisirikare cya Amerika gifite amato nk’aya atwara indege 11 […]

EU: Abadepite basabiye ibihano abarimo ba Gen. Ruvusha na Karusisi

463236672 1199609017992222 7249276333170398700 n

Abadepite bo mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi basabye inama nkuru y’uyu muryango gukaza ibihano ku bagaba b’ingabo bakuru ba M23, abayobozi b’indi mitwe yitwaje intwaro, cyo kimwe na bamwe mu bagaba b’ingabo ba Congo n’abasirikare bakuru b’u Rwanda. Inteko Nshingamategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kandi yasabye ko amasezerano uyu muryango uheruka kugirana n’u Rwanda […]

Ibyo mwize bizatanga umusaruro witezwe ari uko mwabikurikije uko bikwiye – DIGP Ujeneza

csm WhatsApp Image 2025 02 13 at 17.51.48 f2cbfc5d a55f683464

Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda (DIGP) ushinzwe ubutegetsi n’abakozi, DCG Jeanne Chantal Ujeneza yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gashyantare 2025, mu butumwa yagejeje ku bapolisi basoje amahugurwa yerekeranye no gutwara amapikipiki mu bihe by’ubutabazi (Motorcycle driving in emergency situations course), abasaba kuzakoresha neza ubumenyi bayungukiyemo kugira ngo abashe kugera ku […]

Gasabo: Abashinjwa kwica umuntu bamuziza kwiba bagejejwe mu bushinjacyaha

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671 1

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bukurikiranye abantu batandatu bari mu kigero cy’imyaka 21 na 43 bakubise umugabo w’imyaka 63 bamuhora ko yibye bikamuviramo urupfu. Icyaha bakurikiranyweho bagikoze ku itariki ya 05 Gashyantare 2025 mu karere ka Gasabo umurenge wa Jali, Akagari ka Nyabuliba, umudugudu wa Kirehe nkuko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga. Bivugwa […]

RDC: Indwara itazwi imaze kwica abasaga 50 mu gihe ibihumbi byahunze

6KBVRAV6AFB4DO2WPXSVGR5BEQ

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Gashyantare, Jean-Paul Boketsu Bofili, umusenateri wo mu Ntara ya Equateur, mu burengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yaburiye ko indwara itazwi yateje impfu zirenga 50 mu byumweru bike mu karere ka Bansakusu. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryakiriwe na Radio Okapi kuri uyu wa Gatatu ushize, uyu muyobozi […]

M23 irimo gusatira Ikibuga cy’indege cya Kavumu nyuma yo gufata Kalehe

GettyImages 1245798766 1440x500 1

Nyuma y’ifatwa rya centre ya Ihusi na Kalehe muri Kivu y’Amajyepfo kuri uyu wa Gatatu ushize, ubu inyeshyamba za M23 ziri gusatira Ikibuga cy’indege cya Kavumu cyegereye Umujyi wa Bukavu. Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko imirwano ikaze yadutse kuva mu gitondo cya kare ahitwa Kasheke-Kabamba, agace gaherereye ku birometero 15 uvuye ku Kibuga […]

Minembwe: FARDC yagabye igitero gikaze ku giturage cya Gakenke

4EB2574F 0E20 43A6 8581 BCF73906E2B9

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, i Minembwe mu giturage cya Gakenke, hagabwe igitero gikomeye cya FARDC cyatumye abaturage benshi bata ibyabo bajya kwihisha, mu gihe aba baturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bakomeje gutaka kwicwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Aya ni amakuru yashyizwe ahagaragara na Hon. Me Moise Nyarugabo wibaza impamvu […]

Amajyepfo: Haravugwa ibura ry’amarimbi n’igiciro gihanitse cyo gushyingura

dsc08683 78bef

Ikibazo cy’ibura ry’amarimbi mu Ntara y’Amajyepfo cyatumye abahatuye basaba ko bafashwa kubona amarimbi hafi y’aho batuye, ndetse n’aho yashyizwe hagashakwa uburyo bwo korohereza abatishoboye ku kiguzi cyo gushyingura nk’aho mu irimbi ry’Akarere ka Huye riherereye mu Murenge wa Ngoma, bavuga ko badafite ubushobozi bwo kubona ibihumbi 600 Frw yo gushyingura ababo. Uretse abaturiye amarimbi bataka […]

Uwahoze ayobora Google yagaragaje impungenge ko AI ishobora gukoreshwa mu iterabwoba

images 2025 02 13T060955.306

Uwahoze ari umuyobozi mukuru wa Google afite impungenge ko ubwenge bw’ubukorano cyangwa Artificial Intelligence bushobora gukoreshwa n’iterabwoba cyangwa “ibihugu bitubahiriza amategeko” mu “kugirira nabi inzirakarengane.” Eric Schmidt yabwiye BBC ati: “Ubwoba nyabwo mfite ntabwo ari bwo abantu benshi bavuga kuri AI – Ndavuga ibyago bikabije.” Umuhanga n’umuherwe mu by’ikoranabuhanga, wari ufite imyanya ikomeye muri Google […]

Rwamagana: Ibyiciro byihariye byibasirwa n’indwara 3 byashyiriweho urubuga rwo kugaragaza ibibazo muri serivisi z’ubuvuzi

IMG 20250212 WA0052

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025, mu Karere ka Rwamagana,hatangijwe umushinga mushya, ugamije gukemura ibibazo ibyiciro byihariye birimo abaryamana bahuje ibitsina n’abakora ubaraya bahura nabyo mu guhangana n’indwara ya Maraliya,igituntu na Virus itera Sida. Uwo mushinga uzatangirira mu turere twa Rwamagana, Gasabo, Rurindo, Rubavu na Gisagara, witezweho kuzorohereza ibyiciro byihariye byibasirwa n’indwara […]

France: Igisasu cya grenade cyatewe mu kabari gikomeretsa abasaga 10

71590273 803

Abantu barenga 10 bakomeretse, bamwe bikomeye, nyuma y’uko grenade yajugunywe mu kabari mu mujyi wa Grenoble, mu Bufaransa. Ibi byabaye nyuma gato ya saa mbiri z’ijoro (1900 GMT) ku kabari kari mu mudugudu wa Olempike, wubatswe igihe umujyi wakiraga imikino Olempike yo mu 1968. Umuyobozi w’akarere ka Grenoble, Eric Piolle, ku wa Gatatu, yagize ati: […]

Nyanza: Aimable Karasira yireguye ku cyaha cyo guha ishingiro jenoside

f6c1d240 d1fa 11ed af0d 9d7df5f76b8a 8cf65

Mu rugereko rw’Urukiko Rikuru i Nyanza, kuri uyu wa Gatatu, Aimable Karasira n’abamwunganira berekanye ko ibyaha akurikiranyweho 4 muri 6 bigendanye n’ibyavugiwe mu itangazamakuru, ko byagombye kurangizwa n’urwego rw’abanyamakuru rubigenzura RMC. Umwunganizi we, Me Bikotwa Bruce yabwiye urukiko ko umushinjacyaha atari impuguke mu itangazamakuru bityo akaba atamenya niba ibyavugiwe mu itangazamakuru bigize cyangwa bitagize icyaha […]

Kivu y’Amajyepfo: M23 yigaruriye Ihusi na Karehe

GjlH6rSXEAAP39a

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatatu itariki 12 Gashyantare 2025, wigaruriye Centre ya Ihusi ndetse na Kalehe nyuma yo kuhirukana Ingabo za FARDC n’abafatanyabikorwa bazo batandukanye. Ngo ni nyuma y’ubushotoranyi bwongeye gukorwa na FARDC ku birindiro bya M23, biba ngombwa ko yirwanaho. Byarangiye rero akarere kose ka Ihusi na Kalehe bifashwe n’abarwanyi ba M23. […]

Musanze: Musenyeri Mugiraneza yaburanye ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo

1 63 14

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 12 Gashyantare 2025, uwahoze ari Musenyeri wa Diyosezi y’Abangilikani ya Shyira, ukurikiranyweho icyaha cyo kunyereza no gukoresha nabi umutungo, yitabye urukiko mu Karere ka Musanze. Samuel Mugisha Mugiraneza yatawe muri yombi muri Mutarama mu gihe hari hagitegerejwe iperereza ku kunyereza umutungo no gukoresha nabi amafaranga y’itorero kubera inyungu ze […]

Arusha: Hatangiye kumvwa urubanza Congo yarezemo u Rwanda

Screenshot 2025 02 12 113043

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Gashyantare 2025, i Arusha ku Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu, hatangiye kumvwa urubanza Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarezemo u Rwanda. Uruhande rw’u Rwanda ruyobowe na Minisitiri w’Ubutabera, Emmanuel Ugirashebuja, rwasabye urukiko kutakira ikirego kubera inenge zitandukanye babonye mu kirego. Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba urukiko gutegeka u […]

RDC: Abayobozi bakomeje gushishikariza urubyiruko kujya muri FARDC bakarwanya u Rwanda

IMG 20250211 WA0006

Binyuze ku mujyanama we ushinzwe itumanaho, Fifi Masuka SaĂŻni, Guverineri w’Intara ya Lualaba, yahamagariye urubyiruko kujya mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). JosuĂ© Muyumba yatangaje ubutumwa bw’umuyobozi mukuru w’intara mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru baho mu minsi ishize. “Amasengesho yonyine ntabwo ahagije. Niba twe, abaturage ba Congo, dushaka kurinda umutekano w’igihugu cyacu, tukarinda […]

Bugesera: Ku myaka 77 arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 13

bugesera district in rwanda 2EJTX2T

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, dosiye y’umugabo w’imyaka 77 wasambanyije umwana w’umukobwa w’imyaka 13 y’amavuko, bumusabira gufungwa by’agateganyo. Ni icyaha Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru bivuga ko cyakorewe mu Kagari ka Gihembe, Umurenge wa Ngeruka, mu Karere ka Bugesera ku itariki ya 27 Mutarama 2025. Kuri uwo munsi, ngo […]

Ituri: Inyeshyamba za CODECO zirashinjwa kwica abaturage basaga 50

IMG 20230829 201929

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Gashyantare, ibitangazamakuru mu gihugu byatangaje ko byibuze abantu 52 baguye mu gitero cyagabwe n’inyeshyamba z’umutwe wa CODECO mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Uyu mutwe w’inyeshyamba wagabye ibitero ku mugoroba wo kuwa Mbere mu duce dutatu muri Dguju mu ntara iherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’igihugu ya […]

Bugesera: Yafatiwe mu cyuho atekeye Kanyanga mu rugo

WhatsApp Image 2025 02 11 at 16.35.14 72cea978

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Bugesera yafatiye mu cyuho umusore w’imyaka 21 y’amavuko, wari utetse ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa Kanyanga. Yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Gashyantare, ubwo yari amaze kwarura litiro zigera kuri 30 zayo, yitegura guteka indi muri melase yifashishaga ingana […]

Gen. A. Nyamvumba n’itsinda ayoboye bari mu rugendoshuri muri Qatar

GjgRiKbXoAE6kf8

Intumwa zaturutse mu Ishuri Rikuru ry’Ingabo z’u Rwanda, ziyobowe na Brig. Gen. Andrew Nyamvumba, ziri muri Qatar mu rugendoshuri mpuzamahanga rw’icyumweru. Izi ntumwa zasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare ryitiriwe Joaan Bin Jassim n’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’Igihugu, aho bakiriwe n’umuyobozi w’ishuri, Brigadier General Engineer Abdul Hadi Hamad Fahd Al-Dussari, n’umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Gisirikare, Brigadier […]

Gasabo: Urubanza rw’umugabo ushinjwa kwica umwana nyuma yo kumusambanya rwapfundikiwe

1000 F 252112100 FyUV8mTAOjlr9cZwMpo1DmULDC3OzLi5

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rwaburanishije dosiye y’umugabo wishe umwana w’umukobwa nyuma yo kumusambanya, yarangiza akamutaba mu nzu ye. Mu rubanza, uregwa yemeye ko yasambanyije uwo mwana yarangiza akamwica; asobanurira Urukiko ko yabitewe n’inzoga yari yanyoye kandi ko agira ikibazo cyo mu mutwe; abisabira imbabazi. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko urubanza rwapfundikiwe, rukazasomwa ku […]

Gasabo: Bararegwa gutanga ubuhamya bw’ibinyoma barengera umukwe wabo

csm Gasabo 122321pdf 545dd2d8f3 f130dad671

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo bwaregeye Urukiko rw’ibanze rwa Nyamata, dosiye y’umugore n’umugabo batanze ubuhamya bw’ibinyoma bagaragaza ko umwana wabo wasambanyijwe n’umukwe wabo afite imyaka y’ubukure, busaba ko baburanishwa mu mizi ku buryo bwihuse. Ibyo abaregwa bakoze byabaye ku itariki ya 29 Mutarama 2025 ubwo bafatwaga bamaze gukora inyandiko yuzuyemo ibinyoma, bagaragaza ko umwana […]

Gen. Yakutumba wahawe kuyobora wazalendo muri Kivu y’Amajyepfo ntakozwa ibyo kuganira na M23

Screenshot 2025 02 11 104035

Umuyobozi w’umutwe w’inyeshyamba wa Mai-Mai Yakutumba, William Amuri Yakutumba, aravuga ko inyeshyamba ayoboye zitazigera zemera ibiganiro hagati ya leta n’umutwe wa M23 kuko byaba ari ukugambanira igihugu ndetse n’inzira yo kugicamo ibice. Ibi yabitangaje mu mpera z’icyumweru gishize nyuma y’inama ubuyobozi bwa Kivu y’Amajyepfo bwagiranye n’imitwe ya Wazalendo itandukanye irimo Yakutumba, yari igamije kubasaba kuba […]

Korea y’Epfo: Umwarimukazi yateye icyuma umunyeshuri w’imyaka 8 aramwica

download

Umwarimu yateye icyuma umwana w’umukobwa w’imyaka umunani aramwica ku ishuri ribanza muri Koreya y’Epfo, mu kibazo cyatunguye igihugu. Polisi yavuze ko umwarimu w’umugore uri mu kigero cy’imyaka 40, yemeye ko yateye icyuma umunyeshuri mu Mujyi wa Daejeon rwagati. Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 10 Gashyantare, uyu mwana bamusanze afite ibikomere yatewe mu igorofa rya […]

Umusaruro ufite agaciro katarenga miliyoni 12 Frw umuhinzi  asonewe umusoro – RRA

arton163

Komiseri wungirije ushinzwe abasora n’itumanaho muri RRA, Uwitonze Jean Paulin avuga ko amakoperative y’abahinzi n’aborozi yabegereye abagaragariza imbogamizi z’uko atari abacuruzi, bituma hashyirwaho umwihariko ku makoperative y’abahinzi n’aborozi bitandukanye n’uko byakorwaga, aho basabwaga gutanga facture ya EBM no gutanga umusoro ku nyungu ku musaruro wagurishijwe. Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro cyagaragaje ko habaye impinduka mu buryo […]