Perezida Kiir yirukanye ba visi perezida 2 n’ukuriye umutekano
Mu ijoro ryo ku wa Mbere, rishyira kuri uyu wa Kabiri, Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir Mayardit, yirukanye ba Visi Perezida James Wani Igga na Hussein Abdelbagi, hamwe n’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutekano, Akech Tong Aleu, mu iteka rya perezida ryasomewe kuri radio na televiziyo by’igihugu. Mu iteka ryihariye, Kiir yashyizeho Benjamin Bol Mel […]
Libya: Havumbuwe imva rusange ishyinguwemo abimukira

Mu gihugu cya Libya mu Ntara ya Kufra, mu majyepfo y’uburasirazuba bw’igihugu, havumbuwe imva rusange irimo imirambo 28 y’abimukira bo munsi y’ubutayu bwa Sahara hafi y’ahantu bivugwa ko bari bafungiwe kandi bagakorerwa iyicarubozo. Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko iyi mva rusange yabonetse nyuma y’umukwabu wakozwe kw’icuruzwa ry’abantu, aho abayobozi babohoje abimukira 76 bo munsi y’ubutayu bwa […]
Abasirikare 84 ba FARDC bashinjwe guta urugamba no guhohotera rubanda muri Kivu y’Amajyepfo

Urukiko rwa gisirikare rwa Bukavu rwatangije kuri uyu wa Mbere, itariki ya 11 Gashyantare 2025, urubanza rw’abasirikare 84 bo mu ngabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), bashinjwa kwicwa abasivili nibura icumi i Kavumu na Miti, muri Kivu y’Amajyepfo, mu ijoro ryo ku itariki ya 7 kugeza ku ya 8 Gashyantare. Ku Cyumweru, […]
Israel: Netanyahu yitabye urukiko aregwamo ibyaha bya ruswa

Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye kwitaba urukiko mu rubanza akomeje gukurikiramwamo icyaha cya ruswa. Netanyahu yinjiye mu cyumba cy’urukiko i Tel Aviv mu gihe umugore umwe wari witabiriye urubanza yabajije ati: “Ntubona ko igihe kigeze cyo kubohoza imbohe zose?” Ibi yabitangaje nyuma y’uko Abisiraheli batatu bari bafashwe bugwate barekuwe […]
Pretoria: Abadepite barajya impaka ku mpamvu SANDF iri muri Congo

Inteko Ishinga Amategeko iraterana uyu munsi, ku wa Mbere, itariki 10 Gashyantare 2025, kugira ngo bungurane ibitekerezo ku Ngabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF) ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC). Ibiganiro byasabwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi (DA), bije bikurikira urupfu rw’abasirikare cumi na bane ba SANDF, rwateje impungenge zikomeye ku iyoherezwa ryabo […]
Abasirikare ba mbere ba FARDC bataye urugamba muri Kivu y’Amajyepfo mu rukiko

Kuri iki Cyumweru, itariki 9 Gashyantare ubushinjacyaha bwa gisirikare bwatangaje ko kuri uyu wa Mbere abategetsi ba Congo bashyira nibura abasirikare 75 mu rukiko bazira guta urugamba imbere y’inyeshyamba za M23 mu ntara y’iburasirazuba ya Kivu y’Amajyepfo ndetse no kubera guhohotera abaturage, harimo kubica no kubasahura. Umuryango w’Abibumbye wavuze ko hari ihohoterwa ryakorewe abantu benshi […]
Israel yakuye Ingabo mu muhora ugabanyamo Gaza kabiri

Ingabo za Israel zavuye mu Muhora wa Netzarim, agace ka gisirikare gatandukanya amajyaruguru y’akarere ka Gaza n’amajyepfo. Abanyapalestina babarirwa mu magana bari mu modoka no ku magare byuzuye matelas n’ibindi bikoresho batangiye gusubira mu majyaruguru ya Gaza nyuma yo kuhahunga kubera ubukana bw’ibitero bya Israel. Kuhava kwa Israel bihuye n’amasezerano yo guhagarika imirwano ya Israel […]
Perezida Trump yahagaritse imfashanyo yahabwaga Afurika y’Epfo

Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko Perezida Donald Trump yasinye itegeko ryo gukuraho imfashanyo Amerika yahaga igihugu cy’Afurika y’Epfo. Ni nyuma yo kunenga amategeko y’icyo gihugu yerekeye ubutaka n’ikirego cya Afurika y’Epfo yatanze mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubutabera irega Israel, igihugu gicuditse na Amerika, gukorera jenoside Abanyepalestina mu Ntara ya Gaza. Mu 2023, […]
Gabiro: Hafi 500 mu nzego zitandukanye z’umutekano basoje imyitozo

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 8 Gashyantare, abasirikare n’abapolisi bakuru n’abato, n’ab’Urwego rushinzwe amagereza mu Rwanda (RCS) barangije neza amasomo y’umwuga wa gisirikare y’amezi ane n’igice mu kigo cy’imyitozo yo kurwana cya RDF i Gabiro. Aya masomo yabahaye ubushobozi bwo kuba bayobora kinyamwuga za kompanyi, platoon, kuba ba serija majoro ba kompanyi na ba serija […]
Abantu barenga 50 biciwe mu gico mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali

Abantu barenga 50 biciwe hafi y’umujyi wa Gao uherereye mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Mali nyuma y’uko abantu bitwaje imbunda bateze imodoka zabo hamwe n’abasirikare bari babaherekeje, nk’uko umuyobozi waho ndetse n’abaturage babitangaje kuwa Gatanu. Abagabye igitero bagikoreye hafi y’umudugudu wa Kobe, ku birometero 30 uvuye i Gao mu karere aho amashami ya Leta ya Kisilamu […]
U Rwanda rwanyuzwe n’imyanzuro y’inama hagati ya EAC na SADC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwishimiye imyanzuro yafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bo muri EAC na SADC, yateraniye muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu. “Ni inama y’amateka kuko ni iya mbere y’abakuru b’ibihugu b’iyi miryango yombi, EAC na SADC. Iyi miryango ni yo DRC irimo kandi yanagize uruhare mu […]
Sam Nujoma waharaniye ubwigenge bwa Namibia yatabarutse ku myaka 95

Sam Nujoma, impirimbanyi y’ubwigenge akaba n’umuyobozi w’inyeshyamba waje kuba perezida wa mbere watowe muri Namibia, yapfuye ku wa Gatandatu, itariki 8 Gashyantare 2025 afite imyaka 95. Kuri iki Cyumweru, Perezidansi ya Namibia yabitangaje ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga. Itangazo ryayo rigira riti: “N’akababaro n’agahinda kenshi ndatangariza muri iki gitondo cyo ku itariki ya 9 Gashyantare 2025 […]
Hagati y’ibiganiro n’intambara Tshisekedi arahitamo iki kuri iyi nshuro?

Inama ihuriweho na SADC-EAC yateranye ku wa Gatandatu, itariki 8 Gashyantare 2025 muri Tanzaniya, yategetse ko inzira z’amahoro za Luanda na Nairobi zahurizwa hamwe. Icyemezo gifungura inzira iganisha ku biganiro bitaziguye hagati ya Guverinoma ya Congo n’inyeshyamba za M23 zigenzura uduce twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Inama yabereye muri Tanzaniya ntabwo yamaganye u […]
Polisi yafashe abantu 15 bacyekwaho kuyogoza abaturage babiba moto

Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Gashyantare 2025, mu Karere ka Nyagatare, yeretse itangazamakuru abantu 15 bagize itsinda rikurikiranyweho ubujura bwa moto zibwe mu turere twa Nyagatare na Gicumbi. Bose uko ari 15 bacyekwaho kugira uruhare mu kwiba moto 9 zibwe mu mezi atatu ashize, aho enye muri zo zamaze kugaruzwa […]
U Burundi bugiye kohereza izindi ngabo i Bukavu

Hashize iminsi ibiri, batayo nshya, ya 22 ya Task Force irimo gukusanyirizwa i Gatumba, umujyi uhana imbibi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), mbere yo koherezwa i Bukavu, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo. Ibi biratuma umubare w’ingabo u Burundi zimaze kohereza mu burasirazuba bwa DRC ugera kuri batayo 16, zigizwe n’abasirikare hagati ya […]
U Rwanda rwabwiye Loni ko rufite ibimenyetso by’igitero simusiga rwari rugiye kugabwaho

Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda rwavuze ko rufite ibimenyetso byerekana igitero gikomeye Repubulika ya Demokarasi ya Congo yateganyaga kurugabaho, kandi rwongera guhakana ko rufite uruhare mu bibera hakurya y’imipaka yarwo. Iyi nkuru dukesha Reuters ivuga ko Kigali na Kinshasa byagiye bishinjanya kuba inyuma y’ihungabana ry’umutekano ryubuye mu burasirazuba bwa Congo, aho inyeshyamba za M23 […]
Trump yafatiye ibihano Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC)

Kuri wa Kane, itariki 6 Gashyantare, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyize umukono ku iteka rifatira ibihano Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha kubera iperereza ryakozwe kuri Israel, umufatanyabikorwa wa hafi wa Amerika. Yaba Amerika cyangwa Israel ntabwo ari abanyamuryango cyangwa bemera urukiko. Israel ni inshuti magara ya Amerika kandi urukiko ruherutse gutanga icyemezo […]
Loni iremeza niba ikwiye kohereza itsinda ry’iperereza ku byaha byakorewe mu burasirazuba bwa DRC

Kuri uyu wa Gatanu, ibihugu 47 bigize Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burenganzira bwa Muntu, birafata umwanzuro niba bizohereza byihutirwa ubutumwa bw’iperereza ku ihohoterwa ryakorewe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahamaze igihe habera imirwano ikaze. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru i Geneve, Julien Paluku, wahoze ari Guverineri wa Kivu, akaba na Minisitiri w’ubucuruzi […]
Imirambo y’abasirikare biciwe mu mirwano itegerejwe muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Gatanu

N’ubwo byari byatangajwe bwa mbere n’Umuyobozi w’Ingabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF) ko izacyurwa ku wa Gatatu, bigaragara ko imirambo y’abasirikare 14 ba Afurika y’Epfo biciwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) iza gucyurwa mu rugo kuri uyu wa Gatanu. Urubuga defenceWeb dukesha iyi nkuru, rwamenye ko imibiri y’abasirikare bishwe mu gihe inyeshyamba za […]
Kampala: Perezida Museveni yagiranye ibiganiro na Ambasaderi Claver Gatete

Mu gihe Uganda yitegura kwakira inama mpuzamahanga ya Africa Region Forum on Sustainable Development ya 11 Perezida Museveni kuwa Gatatu yakiriye itsinda ry’intumwa riturutse muri Komisiyo y’Ubukungu y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe Afurika ziyobowe na Amb. Claver Gatete. Perezida Museveni abinyujije kuri X yagize ati: “Nakiriye intumwa ziyobowe na Bwana Claver Gatete, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Ubukungu […]
Ukraine yakiriye inkunga nshya y’indege z’indwanyi y’ u Bufaransa n’u Buholandi

Perezida Zelenskyy avuga ko itsinda rya mbere ry’indege z’intambara z’Abafaransa zo mu bwoko bwa Mirage ryageze muri Ukraine. Indege z’Abafaransa ngo zahinduwe kugira ngo zihuze n’imiterere y’intambara muri Ukraine no hejuru yayo. Kuri uyu wa Kane, itariki 6 Gashyantare 2025, Perezida Volodymyr Zelenskyy yemeje ko ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zabonye indege za Mirage […]
Ubushinjacyaha bwateye utwatsi urwitwazo rwa Sgt. Minani wakatiwe igifungo cya burundu

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 6 Gashyantare, Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Sergeant Minani Gervais, ukurikiranyweho kurasa abaturage batanu mu Karere ka Nyamasheke. Sergeant Minani Gervais yajuriye nyuma yo guhamwa n’ibyaha 3, agakatirwa igifungo cya burundu no kwamburwa impeta zose za gisirikare. Mu iburanisha ryabereye mu Kagari ka Rushyarara […]
USA: Marco Rubio yanze kwitabira inama ya G20 izabera muri Afurika y’Epfo

Kuri uyu wa Gatatu ushize, nyuma y’iminsi mike Perezida Donald Trump akangishije guhagarika inkunga igenerwa igihugu cya Afurika y’Epfo, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, ntazitabira inama y’ibihugu 20 bikize kurusha ibindi (G20) izabera muri Afurika y’Epfo. Afurika y’Epfo izakira inama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu itsinda rya G20 kuva ku itariki […]
U Bubiligi bwemereye RD Congo ko gufatira ibihano u Rwanda muri EU biri kwanga

Mu gihe imirwano yabereye i Goma yaba yarahitanye abantu 3.000 nk’uko imibare y’agateganyo ya Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Congo ivuga, ThĂ©rèse Kayikwamba Wagner, kuri uyu wa Gatatu itariki 5 Gashyantare 2025, yari i Buruseli kugira ngo agaragaze ikibazo cya DRC mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi n’u Bubiligi, akaba yarabonanye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga. Muri […]
USA: Igipolisi kiri guhiga abajura bibye amagi 100,000

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abayobozi barasaba abaturage ubufasha bwo kubona abajura bibye amagi 100.000, afite agaciro ka $ 40.000, yibwe mu modoka imwe muri Leta ya Pennsylvania. Ibicurane by’inyoni byateje ibura ry’amagi muri Amerika, niyo mpamvu rero ibiciro biri hejuru muri iki gihe nkuko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. Ku wa Gatatu, […]
Dubai: Ikipe ya RNP yahigitse andi asaga 100 mu cyiciro cyo kunyura mu nzitane

Ikipe ya mbere ya Polisi y’u Rwanda (RNP SWAT Team 1) yitabiriye irushanwa ryahuzaga ibihugu 70 byo hirya no hino ku isi, i Dubai muri Leta Zunze ubumwe z’Abarabu (UAE), yongeye kwitwara neza yegukana umwanya wa mbere mu gace ko kunyura mu nzitane (Obstacle course). Ikipe ya mbere ya Polisi y’u Rwanda yabigezeho ikoresheje iminota […]
Huye: Akurikiranweho kwica umugore we nyuma yo kumukekaho ubusambanyi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye kuwa Kabiri bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugabo w’imyaka 25 wishe umugore babanaga w’imyaka 25 amutemesheje umuhoro. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru bivugwa ko icyaha cyabaye kuwa 25 Mutarama 2025, mu gihe cya saa saba z’ijoro, mu Mudugudu wa Gisagara, Akagari ka Shyembe, Umurenge wa Maraba, mu […]
Impamvu Afurika y’Epfo idashaka impinduka mu butegetsi bwa DRC zikomeje kugaragazwa

Umubano hagati yu Rwanda na Afurika y’Epfo wifashe nabi mu gihe intambara ikomeje mu burasirazuba bwa DR Congo. Mu gihe guverinoma igenda itakaza ibice ariko M23 yagura aho igenzura, ibihugu byombi by’ibihangange bivugwa muri iki kibazo bisa nk’ibidashobora kumvikana. Ariko se ni ukubera iki? Mu gihe Umuryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo (SADC) n’Umuryango wa Afurika […]
Umunyamabanga Mukuru wa CNDD-FDD akomeje kwivuriza i Dubai nyuma yo kuva Nairobi

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka CNDD-FDD, RĂ©vĂ©rien Ndikuriyo, akomeje kwivuriza mu bitaro by’i Dubai, Umurwa mukuru wa Emirate ya Dubai. Yimuriweyo nyuma yo kuva muri bimwe mu bitaro byo mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, Aga Khan Hospital. Nk’uko amakuru agera kuri SOS Media Burundi avuga, RĂ©vĂ©rien Ndikuriyo yimuriwe i Dubai amerewe nabi cyane. Umwe mu bamwegereye […]
Perezida Trump yakuye Amerika mu Kanama k’Uburenganzira bwa Muntu asaba Loni kwisubiraho

Kuri uyu wa kabiri, itariki 4 Gashyantare 2025, Perezida Donald Trump yashyize umukono ku iteka ryo gukura Amerika mu Kanama gashinzwe Uburenganzira bwa Muntu (UNHRC) k’Umuryango w’Abibumbye. Iri teka kandi ririmo gusubiramo isuzuma ry’inkunga za Amerika mu Muryango w’Abibumbye. Ni iki kindi kiri muri iri teka? Trump yategetse kandi Amerika kuva mu Kigo cy’Umuryango w’Abibumbye […]
Uganda yohereje izindi ngabo ibihumbi mu Burasirazuba bwa Congo

Uganda yongereyeye ingabo zayo mu burasirazuba bwa Congo, aho yohereje izindi ngabo 1.000-2000 hafi y’akarere M23 igenzura. Uganda yongereye ku buryo bugaragara ingabo zayo mu burasirazuba bwa Congo, yohereza abandi basirikare bari hagati ya 1.000 na 2000 mu cyumweru gishize mu rwego rwa Operation Shujaa, ubutumwa ifatanije n’Ingabo za Congo. Amakuru aturuka mu badipolomate no […]
Trump yiyemeje kwigarurira Gaza, Abanyapalestina bagatuzwa ahandi

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Amerika “izigarurira” kandi “ikayigira iyayo” Gaza nyuma yo gutuza Abanyapalestine ahandi muri gahunda idasanzwe yo kuvugurura ibintu yavuze ko ishobora guhindura ako gace “Riviera yo mu Burasirazuba bwo Hagati”. Perezida Trump yatangaje izo ngamba nshya z’igihugu cye mu Burasirazuba bwo Hagati, ariko adatanze ibisobanuro […]
Norvege: Stoltenberg wari Umunyamabanga Mukuru wa NATO yagizwe minisitiri w’imari

Jens Stoltenberg wahoze ari Umunyamabanga Mukuru wa NATO, azagaruka mu buryo butunguranye muri politiki ya Norvege nka minisitiri w’imari, kubera ko iki gihugu gihangayikishijwe n’intambara y’ubucuruzi mpuzamahanga ishobora kwaduka ndetse nyuma y’iminsi mike ihuriro riri ku butegetsi ricitsemo ibice. Stoltenberg, mbere yo kwinjira muri NATO wabaye Minisitiri w’Intebe wa Norvege imyaka icyenda, yagize ati: “Nishimiye […]
El Salvador yemeye kwakira inkozi z’ibibi ziri muri gereza zo muri Amerika

Umunyamabanga wa Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, aravuga ko El Salvador yemeye gufata “inkozi z’ibibi” zifungiye muri gereza z’Abanyamerika, harimo n’abafite ubwenegihugu bwa Amerika. Nyuma yo guhura na Perezida Nayib Bukele mu ruzinduko muri iki gihugu cyo muri Amerika yo Hagati, Rubio yavuze ko Amerika “ishimira byimazeyo”, yongeraho ko “nta gihugu […]
Ntabwo tuzongera kuba abacakara b’u Rwanda – Jean-Pierre Bemba

Minisitiri w’ubwikorezi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean-Pierre Bemba,kuri uyu wa Mbere ushize yari Kisangani mu murwa mukuru w’Intara ya Tshopo aho yavugiye imbwirwaruhame ikakaye yibasira u Rwanda na Uganda asaba urubyiruko kwitegura intambara. Ni kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Gashyantare 2025 i Kisangani aho yabwiye abaturage ko azi ubushake n’imbaraga zabo […]
Kinshasa: Harategurwa inama yihutirwa yo kwiga ku kibazo cy’umutekano nyuma y’ifatwa rya Goma

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 3 Gashyantare, abaperezida b’Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, Vital Kamerhe, na Jean-Michel Sama Lukonde, baherekejwe n’abavugizi babo, baganiriye ku itegurwa ry’inama idasanzwe y’Inteko Ishinga Amategeko kugira ngo basuzume uko umutekano uhagaze mu burasirazuba bw’igihugu, cyane cyane nyuma yo kwigarurira umujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Kwa […]
Umuyobozi mukuru muri Islamic State yafatiwe muri Puntland

Ku wa Mbere, itariki 4 Gashyantare 2025, umuyobozi mukuru w’ishami rya Leta ya Kisilamu muri Somaliya yafashwe, nkuko byatangajwe n’abapolisi, n’ibitangazamakuru bya Leta nyuma yiminsi ibiri ubuyobozi bwa IS bwibasiwe n’ibitero by’indege bya Amerika kandi mu gihe inzego z’umutekano zikomeje ibitero bimaze icyumweru. Mu myaka mike ishize, ishami rya Leta ya Kisilamu muri Somaliya ryabaye […]
Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rwakora icyo ari cyo cyose kugirango rwirinde

“Hariho ibintu byinshi ntazi. Ariko niba ushaka kumbaza, niba hari ikibazo muri Congo kireba u Rwanda? Kandi niba u Rwanda rwakora icyo ari cyo cyose kugirango rwirinde? Navuga 100%”, ibi ni bimwe mu byatangajwe na Perezida Kagame mu kiganiro cyihariye yagiranye n’umunyamakuru wa CNN, Larry Madowo, ubwo yabazwaga niba koko u Rwanda rufite ingabo muri […]
Nyuma yo gukubitwa na M23 basanga Igisirikare cya Afurika y’Epfo gikwiye kongera gutyazwa

Urupfu rw’abasirikare ba Afurika y’Epfo bari mu butumwa bw’Umuryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) rwateje impaka zikomeye ku bijyanye no kohereza Ingabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF) hariya hantu. Bamwe, harimo n’amashyaka ya politiki, bibajije niba abo basirikare baratojwe bihagije, bafite ibikoresho kandi bashyigikiwe. Lindy Heinecken yamaze imyaka […]
Afurika y’Epfo yahaye Taiwan igihe ntarengwa cyo kuvana ambasade yayo i Pretoria

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Taiwan yavuze ko Guverinoma ya Afurika y’Epfo yahaye Taiwan igihe ntarengwa cy’impera za Werurwe cyo kwimurira ambasade y’icyo kirwa hanze y’umurwa mukuru, Pretoria. Afurika y’Epfo yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Taiwan mu 1997 kandi ikomeza kugirana umubano ukomeye kandi wa hafi n’u Bushinwa, bubona ko iki kirwa kiyobora kandi muri demokarasi […]
Nyuma yo gukubitwa na M23 basanga Igisirikare cya Afurika y’Epfo gikwiye kongera gutyazwa

Urupfu rw’abasirikare ba Afurika y’Epfo bari mu butumwa bw’Umuryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) rwateje impaka zikomeye ku bijyanye no kohereza Ingabo z’igihugu cya Afurika y’Epfo (SANDF) hariya hantu. Bamwe, harimo n’amashyaka ya politiki, bibajije niba abo basirikare baratojwe bihagije, bafite ibikoresho kandi bashyigikiwe. Lindy Heinecken yamaze imyaka […]
USAID ni agatsiko k’abagizi ba nabi – Elon Musk

Abayobozi bakuru b’Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga, USAID, bashyizwe mu kiruhuko nyuma yo kugerageza kubuza Ikigo gishya gishinzwe gukurikirana imikorere ya guverinoma, DOGE (Department of Government Efficiency) kwinjira muri sisitemu yayo. Umuherwe Elon Musk ukuriye DOGE, we adaciye ku ruhande yagize ati: “USAID ni agatsiko k’abagizi ba nabi.” Abayobozi babiri […]
U Rwanda rurateganya kuzaba rwaranduye kanseri y’inkondo y’umura mu 2027

Minisitiri w’ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yemeje ko u Rwanda rwiyemeje kurandura kanseri y’inkondo y’umura mu 2027, Imyaka itatu mbere y’intego Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryihaye yo kuba yaranduye iyi kanseri ku Isi mu 2030. Nsanzimana yashimangiye ko iyi ntego izagerwaho hifashishijwe imbaraga rusange. Kanseri y’inkondo y’umura ikomeje kuba imwe mu mpamvu zitera […]
Rwamagana:Urubyiruko rwasabwe kwirinda ibikorwa by’urukozasoni

Abayobozi barimo Depite Nyirabazayire Angelique na Meya Mbonyumuvunyi Radjab mu butumwa bagejeje ku baturage bitabiriye ibirori byo kwizihiza umunsi w’Intwari y’Igihugu wabere mu Murenge wa Kigabiro ku rwego rw’Akarere Rwamagana,basabye urubyiruko kwirinda imyitwarire n’imyifatire bibaganisha ku bugwari ndetse no guca ukubiri n’ibikorwa by’urukozasoni. Urubyiruko rwitabiriye umunsi w’Intwari y’Igihugu rwabwiye Bwiza.com ko umunsi w’Intwari z’Igihugu bawigiramo […]
Abawazalendo bagerageje gutera Bukavu ntibyabahira

Kuri uyu wa Mbere, itariki 3 Werurwe 2025, inyeshyamba za Wazalendo zagerageje gufata agace mu Mujyi wa Bukavu ariko ngo ntibyazihira kuko zasanze AFC/M23 iri maso. Amakuru atandukanye agaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko uyu wa Mbere mu Mujyi wa Bukavu haramukiye urusaku rw’amasasu. Bivugwa ko inyeshyamba za Wazalendo zari yageze ahitwa kuri CampTV!. Aya […]
Usibye gutsinda M23 ibimenyetso byafatiwe i Goma byerekana ko intego yari no gutera u Rwanda.

Ibimenyetso byavumbuwe mu Mujyi wa Goma nyuma yo kwigarurirwa na M23, ngo birerekana ko umugambi w’ihuriro ry’ingabo zishyigikiye Leta ya Kinshasa wari ugukubita inshuro M23 ndetse urugamba rugakomereza mu Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Rwanda yashyize ahagaragara kuri iki Cyumweru yamagana itangazo ry’inama ya SADC. U Rwanda rwateye utwatsi ibirego bishinja […]
Umuryango w’Abibumbye uremeza ko nyuma y’ifatwa rya Goma hatahiwe Bukavu

Jean Pierre Lacroix ukuriye ibikorwa byo kubungabunga amahoro mu Muryango w’Abibumbye, aremeza ko inyeshyamba za M23 zigenda zerekeza mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Mujyi wa Bukavu, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Epfonyuma yo kwigarurira Umujyi wa Goma mu mpera z’ukwezi gushize. Avugana n’abanyamakuru kuwa Gatanu, uyu muyobozi yavuze ko hari […]
Igipolisi cy’u Rwanda cyitabiriye UAE SWAT Challenge 2025 iba ku nshuro ya gatandatu

Irushanwa mpuzamahanga ry’imitwe ya polisi idasanzwe rya “UAE SWAT Challenge”, ribaye ku nshuro ya gatandatu ryatangiye kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 1 kugeza ku ya 5 Gashyantare 2025, ryitezweho kuba rinini cyane kurusha iyandi kuva ryatangira mu 2019. Igipolisi cy’u Rwanda, hamwe n’amakipe abiri y’indobanure, nacyo cyitabiriye ku nshuro ya gatandatu UAE SWAT Challenge […]
Sudani: Igitero cya bombe mu isoko rya Omdourman cyahitanye 54 abandi barakomereka

Isoko ryo mu Karere ka Omdourman, mu nkengero za Khartoum muri Sudani, ryibasiwe n’ibisasu ku wa Gatandatu, itariki ya 1 Gashyantare. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko iki gitero cyagabwe n’ingabo za Rapid Support Forces cyahitanye abantu 54 abandi 158 barakomereka, bitera ubwoba mu bitaro bimwe bikibasha gukora muri uyu mujyi. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga ku […]
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bifatanyije n’abaturage ba Santrafurika mu muganda rusange

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 1 Gashyantare 2025, abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU1-10 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika, bifatanyije n’abaturage mu gikorwa cy’umuganda rusange. Ni umuganda wakorewe muri arrondissement ya 5, imwe mu zigize umujyi wa Bangui, ari nawo murwa mukuru wa Santrafurika, […]
Rusizi: Abanyeshuri 2 bakurikiranweho kugerageza kuroga bagenzi babo

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bwakiriye dosiye iregwamo abanyeshuri 2 bashatse kuroga bagenzi babo bakoresheje umuti wica imbeba bagasobanura ko babitewe nuko bashakaga kubihimuraho ngo kuko nabo babanga bakanababwira amagambo abasesereza. Icyaha cyakozwe ku itariki ya 24 Mutarama 2025, ubwo abanyeshuri babiri, umukobwa w’imyaka 20 n’undi w’imyaka 21 biga mu mwaka wa gatandatu mu […]
Israel yarekuye imfungwa 110 z’Abanyapalestine

Israel yari yaratindije igikorwa cyo kurekura imbohe mu rwego rwo kwamagana uburyo abantu barindwi bari barafashwe bugwate na Hamas bafashwe igihe bashyikirizwaga abakozi ba Croix-Rouge muri Khan Younis. Israel ikaba yarekuye imfungwa 110 z’Abanyapalestine ngo nayo ihabwe imbohe umunani zifunzwe na Hamas, ku nshuro ya gatatu yo kugurana imbohe kuva amasezerano yo guhagarika imirwano muri […]
Uko Igisirikare cya Afurika y’Epfo kigiraga umurinzi wa Afurika cyasebejwe n’inyeshyamba

Afurika y’Epfo ikunze gukoresha ubuhangange bwayo muri dipolomasi mu kwigira umurinzi wa Afurika ku rwego rw’Isi, ariko impfu z’abasirikare bayo 13 mu burasirazuba bwa Congo zerekanye ko idashobora kugaragaza igitinyiro no mu gikari cyayo. Guverinoma ya Perezida Cyril Ramaphosa yashatse kugerageza ubuhangange bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ifata icyemezo gikomeye cyo kurwanya ibikorwa bya […]
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa i Kigali nyuma ya Kinshasa

Umunyamakuru wa AFP yavuze ko umuyobozi wa diplomasi y’u Bufaransa, Jean-NoĂ«l Barrot, yageze i Kigali, umurwa mukuru w’u Rwanda, kuri uyu wa Kane, itariki 30 Mutarama 2025, kugira ngo aganire na Perezida Paul Kagame ku kibazo kiri mu burasirazuba bwa DRC, nyuma yo guca muri i Kinshasa akaganira na Tshisekedi. Minisitiri w’Uburayi n’ububanyi n’amahanga w’u […]
Gasabo: Umusore w’imyaka 24 arashinjwa gusambanya abana 6 bato

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gasabo, bwakiriye dosiye iregwamo umusore w’imyaka 24 y’amavuko wasambanyije abana batandatu, abahungu bane n’abakobwa babiri. Abana basambanyijwe bari mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 6 na 12, akaba yarabasambanyije mu bihe bitandukanye kuva mu kwezi kwa Werurwe kugeza mu kwezi ku Ugushyingo 2024 nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyaha Bukuru. Uregwa yemera icyaha, […]
Harare: Harateranira inama idasanzwe y’abayobozi ba SADC ku kibazo cya RDC

Mu gihe Umuryango w’iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) wohereje ingabo z’amahanga zigizwe n’abasirikare bo muri Afurika y’Epfo, Tanzaniya na Malawi mu burasirazuba bwa DRC, hateganijwe inama idasanzwe y’abakuru b’uyu muryango kuri uyu wa Gatanu, itariki 31 Mutarama i Harare, muri Zimbabwe, kugira ngo baganire uko ibintu byifashe muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo. Mu […]
EAPCCO: Abitabiriye irushanwa SWAT Challenge bashimiwe umuhate no gukorera hamwe bagaragaje

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), akaba n’umuyobozi mukuru w’umuryango wa EAPCCO, CG Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Mutarama 2025, yayoboye umuhango wo gusoza irushanwa rimaze iminsi ibiri rihuza amakipe yatoranyijwe mu Karere, afite ubumenyi bwihariye bwo gukoresha intwaro na tekiniki mu guhangana n’ibihungabanya umutekano (EAPCCO SWAT Challenge). Ni umuhango […]
Ngoma: Arashinjwa gutema umuntu amuhoye kumusanga mu rugo rw’umugore babana

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Ngoma bwaregeye Urukiko ikirego cy’umugabo wagerageje kwica mugenzi we amutemesheje umuhoro amuhora ko amusanze mu rugo rw’umugore bari bamaze icyumweru babana yaje gusaba amazi yo kunywa. Icyaha akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 16 Mutarama 2025 mu mudugudu wa Kivogo, akagari ka Nyakagezi, umurenge wa Gahara, mu karere ka Kirehe nk’uko […]
 U Bwongereza bwaburiye u Rwanda rukomeje gushinjwa gufasha M23

 U Bwongereza bwaburiye u Rwanda buvuga ko uruhare rwarwo mu ntambara ikomeje kubera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rushobora guhungabanya inkunga irenga miliyari imwe y’amadorari ruhabwa buri mwaka. Ku wa Mbere, inyeshyamba za M23 bavuga ko zishyigikiwe n’u Rwanda, nubwo rwakomeje kubihakana, zafashe Goma, umujyi utuwe na miliyoni 2 muri RDC, nyuma y’uko impande […]
EAPCCO: Hatangijwe irushanwa rihuza imitwe ya Polisi yihariye mu gukoresha intwaro

Umuyobozi Mukuru wungirije wa Polisi y’u Rwanda (DIGP), ushinzwe ubutegetsi n’abakozi, DCG Jeanne Chantal Ujeneza, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mutarama, yatangije ku mugaragaro irushanwa rihuza imitwe ya Polisi mu bihugu bigize umuryango wa EAPCCO, rijyanye no kugaragaza imyiteguro mu guhangana n’ibihungabanya umutekano hifashishijwe intwaro na tekiniki (SWAT Challenge). Ni umuhango wabereye mu […]