AFC: Bisimwa yagizwe umuhuzabikorwa wungirije, Gen. Makenga agirwa ushinzwe igisirikare

gg978wbxqaexbdd.jpg

Kuri uyu wa 22 Gashyantare 2024, ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ryakoze iminduka mu buyobozi bwaryo, aho Corneille Nangaa yagizwe Umuhuzabikorwa wa politiki, Gen. Sultan Makenga agirwa umuhuzabikorwa we ushinzwe igisirikare, mu gihe Bertrand Bisimwa, usanzwe ari Perezida wa M23 yagizwe umuhuzabikorwa wungirije ushinzwe politiki na dipolomasi. Ni mu nama nkuru y’ubuyobozi bwa politiki n’igisirikare, […]

Ibihugu bigitanga igihano cy’urupfu n’ibyagikuyeho mu mategeko cyangwa mu bikorwa

capital_punishment_in_the_world.svg

Gushyira mu bikorwa igihano cy’urupfu ku Isi hose birahari ku migabane yose, ariko mu myaka mirongo ishize ibihugu byinshi byakuyeho igihano cy’urupfu. Mu 2022, ibihugu 142 byakuyeho igihano cy’urupfu mu mategeko yabyo cyangwa mu bikorwa ariko ibihugu 53 biracyagitanga. Umubare w’abishwe wanditswe muri 2019 wari ku rwego rwo hasi mu myaka icumi ishize, iyo mibare […]

Hemejwe amasezerano y’abimukira hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza

Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite yatoye ku bwiganze umushinga w’itegeko ryemeza amasezerano hagati y’u Rwanda n’ Bwongereza agamije kwakira abimukira n’abasaba ubuhunzi bashobora kuva mu Bwongereza. Mu gihe cyo gutora uyu mushinga, abadepite babiri bawanze, abandi babiri barifata, 58 barawemeza. Ni nyuma yo kumva isobanura mpamvu y’uyu mushinga bagejejweho na Bwana Emmanuel Ugirashebuja minisitiri w’ubutabera […]

BNR yagumishije inyungu fatizo yayo kuri 7,5%

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yagumishije inyungu fatizo yayo kuri 7,5%, igipimo cyariho kuva mu kwezi kwa 8 ku mwaka ushize. BNR ivuga ko muri iki gihe ibiciro ku masoko byamanutse, ariko ko itahita imanura inyungu fatizo yayo, ishaka kubanza kugenzura neza niba ingamba zashyizweho mu kugabanya umuvuduko w’ibiciro ku masoko koko zikomeza gutanga umusaruro. BNR […]

IGP Felix Namuhoranye yakiriye Minisitiri w’umutekano wa Centrafrique

Umukuru wa Polisi, IGP Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Kane yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, Michel Nicaise Nassin, Minisitiri w’umutekano muri Repubulika ya Centrafrique ari kumwe na General Landry Ulrich Depot, Umuyobozi Mukuru wa Jandarumori (Gendarmerie) muri icyo gihugu. Minisitiri Nicaise Nassin n’itsinda ayoboye bari mu Rwanda mu ruzinduko ruzamara […]

NEC yashyize ahagaragara ingehabihe y’amatora ya perezida n’abadepite

Komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora (NEC) yashyize ahagaragara ingengabihe y’amatora ya perezida n’abadepite yo mu 2024 ateganijwe muri Nyakanga. Igihe cyo kwiyamamaza kizatangira ku itariki ya 22 Kamena, kikazarangira ku ya 13 Nyakanga mbere y’uko amatora atangira kuva ku itariki ya 14 na 16 Nyakanga, nk’uko byatangajwe na NEC kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 21 […]

Afurika y’Epfo: Minisitiri w’ingabo yemeje ko abasirikare 2 baherutse gupfira muri DRC atari aba mbere

Minisitiri w’ingabo wa Afurika y’Epfo, Thandi Modise, yavuze ko Abasirikare ba Afurika y’Epfo (SANDF) boherejwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) bazakomeza guharanira amahoro muri iki gihugu, yemeza ko abasirikare 2 baherutse kuhapfira atari aba mbere. Icyemezo cya Afurika y’Epfo cyo gutanga ingabo mu butumwa bw’Umuryango w’Iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) cyamaganwe n’amashyaka […]

USA: Umuyapani arashinjwa gushaka guha Iran ubutare bwa uranium na plutonium

Abashinjacyaha bo muri Amerika bashinje umuntu ukekwaho kuba muri mafiya yo mu Buyapani kuba yaracuze umugambi wo kugurisha magendu ibikoresho byo gucura ibisasu bya kirimbuzi. Bivugwa ko Takeshi Ebisawa w’imyaka 60, yagerageje kugurisha ubutare bwa uranium na plutonium yizeraga ko buzajyanwa muri Iran gukoreshwa mu kubaka igisasu cya kirimbuzi. Muri Mata 2022, Ebisawa na mugenzi […]

Abanyeshuri 4 ba Kibogora Polytechnic bahiye nyuma ya gaz yaturikiye aho barara

Abanyeshuri bane ba Kaminuza ya Kibogora Polytchnic bahiye barakomereka nyuma ya gaz yaturikiye mu nyubako abahungu bararamo, ahagana saa mbiri n’igice z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Gashyantare. Abo banyeshuri uko ari bane bahiye amaguru n’amaboko, ubu barwariye mu Bitaro bya Kibogora mu Karere ka Nyamasheke nk’uko amakuru agera ku Imvaho Nshya dukesha […]

Ukraine: Abasirikare 60 b’u Burusiya biciwe mu kigo cy’imyitozo muri Donetsk

Amakuru avuga ko Nibura ingabo 60 z’u Burusiya zishwe nyuma y’uko ahantu hakorerwa imyitozo kwitoreza mu burasirazuba bwa Ukraine bwigaruriwe harashwe misile ebyiri. Amakuru aturuka aha agera kuri BBC avuga ko ingabo zari ziteraniye aho mu karere ka Donetsk zitegereje kuhagera k’umuyobozi mukuru. Amashusho y’ibyabaye yagaragaye yerekana umubare munini w’abapfuye. Umukozi w’u Burusiya yemeje ko […]

Muhanga: Bafashwe bagerageza guhindura pulake za moto ebyiri bacyekwaho kwiba

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Muhanga, yafashe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 21 Gashyantare, abagabo batatu bacyekwaho kugira uruhare mu bujura bwa moto no kuzihindurira nimero iranga ikinyabiziga (Pulake). Abafashwe ni umugabo w’imyaka 30 usanzwe ari umumotari n’abakanishi babiri; umwe ufite imyaka 48 na mugenzi we w’imyaka […]

Ambasaderi wa RDC muri Loni yasabye ko u Rwanda rutazongera guhabwa ijambo

Mu nama y’Akanama k’Umutekano k’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa kabiri ushize, itariki ya 20 Gashyantare, intumwa ihoraho ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo muri Loni, Zénon Makongo, yasabye Loni kubuza u Rwanda uburenganzira bwo kuvuga «  kugeza igihe ingabo zarwo zizaba zavuye ku butaka bwa Congo  ». Mu ijambo rye, Ambasaderi wa Congo yashinje u […]

Minisiteri y’ubucuruzi yagaragaje igiciro fatizo kivuguruye cy’ibigori

gg2onfvx0aagepf.jpg

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda kuri uyu wa Gatatu, itariki 21 Gashyantare, yasohoye itangazo rivuguruye rimenyesha igiciro fatizo cy’ibigori mu gihembwe cy’ihinga 2024A, aho igiciro fatizo ku bigori bihunguye bifite ubwumwe buri hagati ya 13,5%-18% ubu ari amafaranga 400 ku kilo. Mu itangazo ryayo, minisiteri y’ubucuruzi yavuze ko hashingiwe ku nama yo kuwa 19 Gashyantare 2024 yahuje […]

Uvira: Abigaragambya basabye leta kwirukana Abatutsi bose mu nzego z’umutekano

Mu myigaragambyo yo kuri uyu wa Kabiri ushize, mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Congo, imiryango itegamiye kuri Leta ndetse n’urubyiruko rwo mu moko amwe n’amwe basabye leta gukora ibarura kugirango hamenyekane Abatutsi bose bari mu gisirikare, igipolisi, mu rwego rushinzwe abinjira n’abasohoka ndetse no mu butasi kugira ngo […]

Guverinoma igiye kwisubiza ubutaka butari gukoreshwa mu byanya by’inganda

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) yatangaje ko izisubiza ‘ubutaka butari gukoreshwa mu byanya by’inganda biri mu gihugu hose. Iki cyemezo nk’uko byatangajwe na Jean-Chrysostome Ngabitsinze, Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, cyafashwe nyuma y’uko abashoramari bananiwe cyangwa batinze gukoresha ubutaka bahawe mu byanya by’inganda. Yasubizaga ibibazo by’abadepite, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Gashyantare 2024, bavuga ko abashoramari […]

Mushikiwabo yigiriye muri Senegal kubonana na Macky Sall mu gihe hakomeje imvururu za politiki

ggz_txhxgaa3ist.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 20 Gashyantare, Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie, Louise Mushikiwabo, yerekeje i Dakar, kugira ngo aganire kuri politiki ya Senegal na Perezida Macky Sall. Umunyamabanga Mukuru wa OIF yishimiye icyemezo cya Perezida cyo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’Akanama gashinzwe kurengera itegeko nshinga yo ku ya 15 Gashyantare anamushishikariza kwihuta muri […]

Kayanza: Bahangayikishijwe n’inyeshyamba z’Abanyarwanda zizenguruka aho batuye

Abaturage baturiye ishyamba rya Kibira muri Komini ya Muruta na Kabarore mu Ntara ya Kayanza (mu majyaruguru y’Uburundi) bavuze ko bahangayikishijwe n’umutwe w’Abanyarwanda witwaje intwaro uzenguruka cyane cyane nijoro muri iki gice. Itsinda ry’abantu bitwaje imbunda bavuga Ikinyarwanda n’Igiswahili. “Bavuga Igiswahili cyane ariko abandi bavuga Ikinyarwanda. Nta gushidikanya ko abo ari abintu ba FDRL ”aba […]

Gen. Chicko yagizwe umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Rwindi

Kuri uyu wa Kabiri, Gen. Major Chicko Tshitambwe yagizwe umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya gisirikare bya FARDC muri Rwindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko ubutumwa bwatanzwe n’Umugaba Mukuru, General Christian Tshiwewe bubitangaza. Gen. Chicko Tshitambwe ntabwo yasimbuye Gen. Fall Sikabwe bitandukanye nibyo Ibiro Ntaramakuru bya Congo (ACP) byanditse mu butumwa bwabanje. Umugaba wungirije w’ingabo z’igihugu […]

Kuri kaminuza yo muri Nigeria intare yishe uwayitagaho

Umukozi witaga ku nzu yororerwamo inyamaswa kuri kaminuza yo muri Nigeria yishwe n’imwe mu ntare yari amaze imyaka hafi icumi yitaho. Olabode Olawuyi, wari ushinzwe kwita ku nyamaswa zororerwa kuri Obafemi Awolowo University (OAU), yatewe n’iyo ntare ubwo yari arimo kuzigaburira, nkuko iyo kaminuza yabivuze. Mu itangazo, iyo kaminuza yongeyeho ko bagenzi be batashoboye kumutabara […]

Nyamasheke: Uwari umaze kwiba moto ebyiri yafatiwe ku ya gatatu

Mu Mudugudu wa Murenge, Akagari ka Murambi, Umurenge wa Cyato, Akarere ka Nyamasheke, Bikorimana Jean Bosco w’imyaka 29 yongeye gufatirwa kuri moto yari akimara kwiba nyuma y’izindi nshuro ebyiri nabwo yagiye agerageza kuziba agafatwa. Uyu ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanjongo, mu Karere ka Nyamasheke, nyuma yo gufatwa atwaye iyo moto ayigejeje mu […]

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria yasuye icyicaro gikuru cya RDF

2-28.jpg

Kuri uyu wa Kabiri, General Saà¯d Chanegriha, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’igihugu cya Algeria, hamwe n’intumwa ayoboye basuye Icyicaro gikuru cya RDF kandi yakirwa na Gen. MK Mubarakh, Umugaba mukuru wa RDF. Yasuye kandi Minisitiri w’ingabo, Juvenal Marizamunda, mbere yo guhabwa ikiganiro ku rugendo rw’impinduka muri RDF no ku mutekano mu karere. Gen. Chanegriha aganira n’itangazamakuru […]

Umupilote w’Umurusiya wari warahungiye muri Ukraine yiciwe muri Espagne

ac4b25a-kuzminov3.jpg

Umurambo w’umugabo warasiwe muri Espagne biravugwa ko ari uw’umuderevu wa kajugujugu y’u Burusiya wahungiye muri Ukraine umwaka ushize. Muri Kanama, nibwo Maxim Kuzminov yafashe kajugujugu ayijyana muri Ukraine yishyikiriza ubuyobozi. Polisi ya Espagne ntabwo yemeje ku mugaragaro umwirondoro w’uyu mugabo wiciwe hafi ya Alicante mu cyumweru gishize. Icyakora, ubutasi bwa Ukraine bwemeje urupfu rwa Kuzminov […]

Masisi: Imirwano yubuye hagati ya FARDC na M23 ku dusozi twa Ndumba na Kashungamutwe

Kuri uyu wa Kabiri, haravugwa imirwano mishya hagati y’inyeshyamba za M23 n’abarwanyi ba Wazalendo hafi ya Bweremana, umurwa mukuru wa Sheferi ya Bahunde muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace atangazwa n’uruhande rwa leta abitangaza, imirwano yatangijwe saa moya za mugitondo na M23 yibanze ku misozi ya […]

Leta y’u Burusiya yanze guha umuryango wa Navalny umurambo we

Umuryango wa Alexei Navalny, utaravugaga rumwe na Putin uherutse gupfira muri Gereza y’u Burusiya, uravuga ko babwiwe ko umurambo we utazarekurwa nyuma y’ibyumweru bibiri. Uhagarariye Navalny yavuze ko nyina yamenyeshejwe ko umurambo ugikorerwa ibizamini. Nta makuru y’aho umurambo uherereye atangwa n’abayobozi b’u Burusiya, mu gihe imbaraga zishyirwa mu kumenya aho uherereye zitambitswe inshuro nyinshi nkuko […]

Kamonyi: Yatonganye n’umubyeyi we umujinya awutura urutoki

img-20240219-wa0065-1-1.jpg

Mu Murenge wa Nyarubaka mu Kagari Gitare mu Mudugudu wa Remera mu Karere ka Kamonyi, uwitwa Ntakirutimana Emmanuel w’imyaka 28 yatemye insina 60, ibisheke 10 n’ingemwe z’amacunga 3 biturutse ku mujinya waturutse ku makimbirane yagiranye n’umubyeyi we. Ibi byamenyekanye ahagana saa tatu za mugitondo (9:00 am) kuri uyu wa 19 Gashyantare 2024. Providence Mbonigaba Mpozenzi […]

Amafoto: SADC na MONUSCO bikomeje gukaza ibirindiro mu mpande zitandukanye zikikije Goma na Sake

ggtzcf9wsaafrxn.jpg

Ingabo za SADC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bari gukaza ibirindiro mu mpande zitandukanye zikikije umujyi wa Goma n’umujyi wa Sake kugirango bahangane n’inyeshyamba za M23. Umuvugizi w’ingabo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye i Goma, Lt Col. Kedagni Mensah, avuga ko ihungabana ry’umutekano ku Muhanda wa 2 muri Kivu y’Amajyaruguru ryatumye MONUSCO […]

Avdiivka: U Burusiya burashinjwa kwica imbohe z’intambara

Mu cyumweru gishize, ingabo za Ukraine zarekuye Umujyi wa Avdiivka mu burasirazuba, zari zimaze amezi zirwanira n’Ingabo z’u Burusiya. Kwigarurira Avdiivka byerekana intsinzi y’ingenzi ku Burusiya, gushimangira umutekano w’umurwa mukuru w’akarere, Donetsk, ndetse bikaba byanakingura inzira z’ibindi bitero mu turere tukigenzurwa na Ukraine. Umugaba mukuru w’ingabo za Ukraine, Oleksandr Syrskyi, avuga ko yategetse kuva muri […]

Guinea: Perezida Doumbouya yasheshe Guverinoma

Perezida wa Guinea, Mamady Doumbouya yasheshe guverinoma avuga ko aza gushyiraho indi nshyashya nkuko byatangajwe n’umunyamabanga mukuru muri perezidansi y’icyo gihugu. Iki gihugu kimaze igihe gitegetswe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi bwari busanzweho kuva mu kwezi kwa cyenda 2021. Umuryango w’ubukungu wo mu karere k’Afurika y’uburengerazuba (CEDEAO), umaze igihe wotsa igitutu ubu butegetsi bwa gisirikare usaba ko […]

Huye: Munyenyezi yabwiye urukiko ko atari kwiga muri Kaminuza nta mpamyabumenyi y’amashuri yisumbuye

Beatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya jenoside yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko abatanze ubuhamya bumushinja bavuze ibinyoma kandi ko ubuhamya bwabo bwaranzwe no kwivuguruza. Mu rubanza bamwe mu batangabuhamya bavuze ko Beatrice Munyenyezi yigaga muri Kaminuza y’u Rwanda i Butare, ngo agatoranya abakobwa b’Abatutsi akabaha abasirikare ngo babasambanye. Yavuze ko jenoside yabaye yiga mu ishuri […]

Umutwe wa RSF urashinjwa gufatanya na Wagner mu gusahura zahabu ya Sudani

Mu ntambara ikomeje yo kugenzura Sudani, ingabo za Rapid Support Forces (RSF) ngo zishingiye cyane kuri zahabu isohorwa mu gihugu magendu ndetse n’umubano wa hafi wazo n’ikigo cyo mu Burusiya cya Wagner Group, ubu kizwi ku izina rya Africa Corps, nk’uko isesengura ry’Umuryango w’Abibumbye ryabigaragaje. Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zanditse ziti: “Imiyoboro ikomeye yashyizweho na RSF […]

Goma: Abigaragambya bongeye gutwika ibendera rya Amerika

ggrpmvfxoaagwyc.jpg

Ibendera rya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryatwitse muri iki gitondo n’abasore bigaragambya mu Mujyi wa Goma nyuma y’ibyo bita «  uburyarya bwabo mu kibazo cy’umutekano mu burasirazuba bwa DRC  ». Irindi bendera rya Amerika ndetse n’iry’u Bubiligi yaherukaga gutwika mu myigaragambyo y’i Kinshasa. Muri iki gitondo cyo kuwa Mbere, uru rubyiruko rwigabije imihanda mu […]

Bukavu: Batangiye kubura ibiribwa nyuma y’ifungwa ry’umuhanda uhuza Kivu zombi

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abaturage ba Kivu y’Amajyepfo batangiye guhura n’ikibazo cyo kubura ibiribwa nyuma y’uko intambara hagati ya FARDC na M23 ikomeje gufata intera mu ntara bituranye ya Kivu y’Amajyaruguru isanzwe igaburira Umujyi wa Bukavu ku biribwa none intambara yahagaritse urujya n’uruza ku muhanda wa Goma-Bukavu kandi kuba hari inyeshyamba mu turere […]

Indege zitwaye abasaba ubuhungiro zizajya mu Rwanda mbere y’amatora ataha – Min. Tomlinson

Minisitiri ushinzwe kurwanya kwinjira mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko mu Bwongereza, Michael Tomlinson, yatangaje ko ashobora kwemeza ko indege zitwara abasaba ubuhungiro zizahaguruka zijya mu Rwanda mbere y’amatora ataha ubwo yarengeraga gahunda ya guverinoma yo “guhagarika amato”. Rishi Sunak yanze inshuro nyinshi kujya kure, avuga ko intego ye ari ukubona indege mu kirere. Minisitiri […]

Meteo Rwanda yateguje umuyaga ukabije mu turere umunani

Ikigo gishinzwe iteganyagihe mu Rwanda cyatanze umuburo w’uko uturere umunani dushobora guhura n’umuyaga ukaze mu minsi itatu iri imbere. Nk’uko iki kigo kibitangaza, ngo biteganijwe ko umuvuduko w’umuyaga uri hagati ya metero umunani na 12 ku isegonda utegerejwe mu bice byinshi bya Musanze, Burera, Gisagara, Huye, Nyanza, ibice bya Muhanga, mu majyaruguru y’iburengerazuba bwa Kamonyi, […]

Senegal: Abashyigikiye Bassirou Diomaye Faye barasaba ko arekurwa bwangu

Abashyigikiye umunyapolitike Bassirou Diomaye Faye, umukandida wiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu muri Senegal, barasaba ko yarekurwa vuba na bwangu. Baravuga ko babishingiye ku buringanire ku biyamamariza uwo mwanya bugenwa n’itegeko nshinga ry’icyo gihugu. Itangazo ryasohowe n’ibiro bishinzwe kumwamamaza ryavuze ko abakandida bose bagengwa n’ihame rigenwa n’itegeko nshinga ko bagomba gufatwa kimwe, bityo rubanda ikaba isabye ko […]

Vital Kamerhe arifuza ko RDC ikoresha uburenganzira bwayo mu guhangana n’u Rwanda

Vital Kamerhe, Umuyobozi w’ishyaka UNC, yavuze ku kibazo cy’umutekano uhangayikishije mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyane cyane mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara n’umuyobozi w’itumanaho, Michel Moto Muhima, Vital Kamerhe, umwe mu bagize ubuyobozi bw’ihuriro riri ku butegetsi, Union Sacre, yashyigikiye Perezida Félix Tshisekedi avuga ko […]

Tshisekedi, Ramaphosa na Neva baganiriye ku guhangana na M23

ggmw3r1wsaaqwgp.jpg

Kuri iki Cyumweru mu gitondo, Perezida Félix Tshisekedi na bagenzi be Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo na Jenerali Ndayishimiye w’u Burundi bakoze inama y’ibihugu bitatu i Addis Abeba, muri Ethiopia ku bijyanye no kohereza ingabo za SADC (SAMIDRC) mu burasirazuba bwa DRC. Kuri iyi ngingo, Abakuru b’ibihugu bitatu baganiriye ku guhuza ibikorwa neza ku butaka […]

Zerensky yasabye Trump kugenda bakajyana ku rugamba akamwereka intambara nyayo

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye byihutirwa izindi ntwaro nyinshi kugira ngo hirindwe ikibazo gikomeye gishobora kuvuka mu Burayi. Zelensky yabwiye inama mpuzamahanga mu Budage ko “icyuho cy’intwaro” kizafasha u Burusiya gusa nkuko tubikesha BBC. Ingabo za Ukraine zabuze amasasu kubera ko inkunga ikomeye ya Amerika yagiye yitambiikwa n’abashyigikiye uwahoze ari perezida Donald Trump mu […]

Tanzania: Inkambi ya Nduta igiye gufungwa nyuma yo gusaba gucyura ku ngufu impunzi z’Abarundi

Abategetsi ba Tanzaniya batangarije UNHCR n’imiryango itegamiye kuri Leta bifatanya ko inkambi ya Nduta igomba gufungwa bitarenze mu Kwakira uyu mwaka. Impunzi zo ziritotomba zivuga “ihohoterwa ry’uburenganzira bwacu”. Barasaba kurindwa na Loni. Hakurikije ingengabihe ya minisiteri ishinzwe ibibazo by’imbere muri Tanzaniya SOS Médias Burundi yabonye, amashuri, amatorero n’ibikorwa remezo by’ubuzima byose bigomba gufungwa mu kwezi […]

Abafana ba ‘Tour du Rwanda’ basabwe kwirinda icyabangamira imigendekere myiza yayo

Polisi y’u Rwanda irasaba abaturarwanda kwirinda ikintu cyose cyabera imbogamizi isiganwa Mpuzamahanga ry’amagare ‘Tour du Rwanda’ rizatangira ku nshuro yaryo ya 16, kuri iki cyumweru, tariki 18 Gashyantare 2024. Ni irushanwa biteganyijwe ko rizarangira ku itariki ya 25 Gashyantare, nyuma yo kuzenguruka ahareshya n’ibilometero 740 mu gihugu hose. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant of […]

U Rwanda ntiruzigera ruzuyaza cyangwa rusaba imbabazi ku bwo kurinda abaturage barwo – Kagame

Mu nama yigaga ku bibazo byo muri Repulika ya Demokarasi ya Congo, Perezida Kagame yatanze ubutumwa busobanutse ashimangira ko ntawe azasaba uruhushya rwo kurinda u Rwanda kandi yongera kwamagana ubufatanye bwa FDLR na FARDC. Minisitiri ushinzwe itumanaho muri Perezidansi, Stephanie Nyombayire abinyujije kuri X, yatangaje ko muri iyi nama yabereye I Addis Abeba ahaberaga n’inama […]

Amerika yasabye u Rwanda kuvana misile zo guhanura indege rushinjwa kohereza muri RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko zidashyikiye ubufasha u Rwanda rushinjwa guha umutwe wa M23 ndetse zisaba ko ruvana muri Congo abasirikare barwo bose na za misile zo guhanura indege “aka kanya” mu gihe u Rwanda rwakomeje guhakana gufasha M23. Mu itangazo ryo kuwa Gatandatu, Amerika ivuga ko yamaganye bikomeye kuba umutekano mucye urimo […]

Hafashwe abantu 70 bacyekwaho kwiba amatungo

Mu mezi atatu ashize abantu bagera kuri 70 bafatiwe mu bikorwa bya Polisi y’u Rwanda mu bice bitandukanye by’igihugu byo kurwanya ubujura bw’amatungo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, yavuze ko abafashwe ari abiba amatungo maremare n’amagufi bakanayabaga, abikorezi bayageza aho agurishirizwa, abayagura, abafite amaduka acuruza inyama (boucheries), utubari, […]

U Burusiya: Umunyapolitiki Navalny utacanaga uwaka na Putin apfiriye muri gereza

Abayobozi ba gereza yo mu karere ka Yamal-Nenets bavuze ko umugabo utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burusiya, Alexei Navalny, yapfiriye muri iyi gereza kuri uyu wa Gatanu. Serivisi ishinzwe amagereza yavuze ko Navalny yumvise amerewe nabi arimo kugenda arambura amaguru kuri uyu wa Gatanu maze atakaza ubwenge yitura hasi. Nubwo imbagukiragutabara yahageze kandi hagakorwa ibishoboka byose […]

Intara y’Amajyepfo: Uwari ushinzwe imiyoborere yajuririye icyemezo cyo gufungwa by’agateganyo

Uwari Umuyobozi ushinzwe Imiyoborere Myiza mu Ntara y’Amajyepfo yamaze kujuririra icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye rwemeje ko akomeza gufungwa by’agateganyo ku cyaha cyo gutanga indonke akurikiranyweho. Mu iburana ry’uru rubanza ku cyemezo cyasomwe ku wa 09 Gashyantare 2024, Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko ko Kabera Vedaste yatanze indonke ku wundi muntu kugira ngo adakora ikiri mu nshingano […]

M23 irarwanira ibintu bibiri — Alain Mukuralinda

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, aravuga ko M23 irwanira ibintu bibiri birimo gupfa no gukira , bitandukanye n’izindi ngabo zirimo n’iz’abanyamahanga zikomeje gufasha FARDC , avuga ko zitazi icyo zagiye gukora nk’uko yabitangaje mu kiganiro cyihariye aherutse guha Bwiza TV na Bwiza.com. Uyu munsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo hari ingabo […]

Nyagatare: Bahangayikishijwe n’ibitera bikomeje kwigabiza umujyi ari na ko byangiza

41008.webp

Abaturage bo mu mujyi wa Nyagatare bagenda barushaho guhangayikishwa no kwiyongera kw’ibitera bikomeje kugaragara muri kariya gace. Izi nyamaswa, nk’uko abaturage baho babivuga, biteza umutekano mucye binyuze mu kwangiza ibintu, mu gutera amaduka no kwangiza imyaka, mu gihe ibisenge byo mu mujyi byabaye ahantu biruhukira, bigatuma byangiza amasakaro. Sipiriyani Ntambara, umumotari utuye mu Murenge wa […]

Amerika igiye kubaka ibirindiro 5 bya gisirikare muri Somalia

Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Gashyantare 2024, Amerika na Somalia byashyize umukono ku masezerano y’ubwumvikane (MoU) mu rwego rwo kongera ubushobozi bw’imikorere y’ingabo za Somalia. Aya masezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w’ingabo muri Somalia, Abdulkadir Mohamed Nur hamwe n’abashinzwe umutekano muri Amerika i Mogadishu. Abayobozi bakuru baturutse impande zombi, barimo Perezida wa Somalia, Hassan […]

Umuyobozi w’urwego rw’igihugu rw’ubutasi (ANR) i Goma yatawe muri yombi azira M23

gguhwmfxgaablt1.jpg

Umuyobozi w’Urwego rw’igihugu rw’ubutasi bwa RD Congo (ANR) muri Goma n’abamwungirije babiri bafatiwe i Goma boherezwa i Kinshasa kuva ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki ya 13 Gashyantare 2024, ku mabwiriza ya Gen. Christian Ndaywel, umuyobozi w’ubutasi bwa gisirikare (Demiap), i Kintambo, ari naho bafungiwe. Nk’uko amakuru agera kuri Scooprdc.net dukesha iyi nkuru abitangaza, […]

Albanese agiye kuba Minisitiri w’Intebe wa mbere muri Australia ugiye gushaka ari mu kazi

0abdff7cc0b3a26cc4a31b20a47c4efc.jpg

Minisitiri w’intebe wa Australia, Anthony Albanese yatangaje ko agiye kurushinga n’umukunzi we, Jodie Haydon. Minisitiri w’intebe yashyize ku mbuga nkoranyambaga ifoto yabo iherekejwe n’amagambo agira ati: “Yavuze ngo yego”. Ni we Minisitiri w’Intebe wa mbere ugiye gushaka ari mu kazi. Kuri uyu wa Kane, itariki 14 Gashyantare, nibwo Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese yatangaje […]

U Rwanda ruravugwaho kwibikaho intwaro zihambaye mu kurwanya ibitero bya drones

auds-with-drone.jpg

U Rwanda rwiyongereye ku bihugu bya Afurika bivugwa ko biheruka kwibikaho intwaro zo guhangana na drones za SKYctrl na FIELDctrl zakozwe na sosiyete yo muri Pologne, Advanced Protection Systems (APS). Ni intwaro zakorewe gutahura, gukurikirana no gusenya indege zitagira abapilote (UAVs) zibangamiye umutekano n’ubusugire by’igihugu. SKYctrl ni sisitemu ihuza radar za 3D, gufata amashusho n’amajwi […]

Bwa mbere amabuye y’agaciro yinjirije u Rwanda asaga miliyari y’amadolari mu mwaka umwe

Ikigo gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyatangaje ko amafaranga yinjiye avuye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro yoherejwe mu mahanga mu 2023 yiyongereye agera kuri miliyari isaga 1.1 z’amadolari, avuye kuri miliyoni 772 z’amadolari yinjijwe mu 2022, bivuze ko yazamutseho 43%. Iyi ni intambwe yegereje kugera ku ntego ya guverinoma yo kwinjiza miliyari 1.5 z’amadolari buri mwaka avuye […]

U Buholandi bwasabye abanyagihugu babwo bari i Goma kuhava

Kuri uyu wa gatatu, Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Buholandi yahamagariye abenegihugu b’u Buholandi bose bari i Goma, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuva muri uyu mujyi, mu gihe ku ruhande rw’u Bubiligi, bukomeje “gutanga inama zikomeye zo kwirinda” ingendo muri aka karere. Mu ijoro kuva ku wa Kabiri kugeza kuri uyu wa […]

Ruracyageretse hagati y’umunyenganda Mironko n’abanyamigabane ba SIRWA Ltd

Umunyenganda Mironko Francois Xavier yategetswe n’Urukiko rw’Ikirenga kugaragaza ibitabo by’ibarurishamari bya Sosiyete y’uruganda rw’amarangi SIRWA Ltd byo mu gihe cy’imyaka 28, mu rwego rwo gushaka gukora igenagaciro rihamye kugira ngo hasuzumwe ikirego cy’abanyamigabane b’urwo ruganda. Ni mu rubanza Mironko aregwamo n’abanyamigabane, Thadee Bagaragaza, abazungura ba Juvenal Bihira ndetse n’abazungura ba Pierre Claver Iyamuremye. Bavuga ko […]

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko biteye ikibazo kuba SADC na MONUSCO bikorana na FDLR

08553277-354c-476b-ae72-a58eb42a5e39.jpg

Kuba ingabo z’ibihugu bitandukanye zaragiranye amasezerano y’ubufatanye na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nta kibazo biteye ku Rwanda, ariko ku rundi ruhande kuba bakorana n’umutwe ufite intego yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, wanabigerageje, wanabikoze, unabigambiriye, byo biteye ikibazo. Ati “Ntekereza y’uko ndanahamya y’uko ari nacyo kibazo Guverinoma y’u Rwanda yakomeje kuvuga ko kigomba gukemuka,” Ibi […]

USA: Umupolisi wo muri Kenya yasanzwe mu cyumba cye cya hotel yapfuye

Abayobozi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika barimo gukora iperereza ku kibazo cy’umupolisi mukuru wo muri Kenya basanze yapfiriye mu cyumba cya hotel i Washington DC. Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Gashyantare mu gitondo, nibwo umurambo wa Komiseri wa Polisi (CP) Walter Nyamato Nyankieya, wabonetse mu cyumba cye cya hotel. Yari mu itsinda ry’abapolisi […]

Depite Habineza yagaragaje impungenge nyuma y’impinduka ku biciro by’ingendo

Depite Frank Habineza, akaba na Perezida w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, yagaragaje ko benshi mu baturage batiteguye kubona ibiciro by’ingendo byiyongera na cyane ko nubwo imibare igaragaza ko ubukungu bw’igihugu buzamuka mu mifuka y’abaturage bitaragenda neza. Yabitangarije mu Nteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Gashyantare 2024, aho Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard […]

Ba mudahusha bamereye nabi abantu bahungiye mu Bitaro bya Nasser muri Gaza

Abantu batatu bahungiye mu Bitaro bya Nasser, ari nabyo binini muri Gaza barashwe na ba mudahusha (snipers) baricwa abandi 10 barakomereka nyuma y’uko Ingabo za Israel zikwirakwije taragiti (inyandiko zitariho umukono) zitegeka guhunga amagana y’abantu bari muri iri vuriro. Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres, yamaganye igitero cy’indege zitagira abapilote za Israel ku banyamakuru babiri […]

Amafoto: Minisitiri w’Ingabo yakiriye abarimo minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Portugal

ggoanx3xyaaxwdx.jpg

Minisitiri w’ingabo, Juvenal Marizamunda ndetse n’Umugaba Mukuru w’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen. MK Mubarakh bakiriye Minisitiri w’ubukungu n’imari wa Burkina Faso, Hon Aboubacar Nacanabo wari uherekejwe na Col Diaouri Ismael, Umuyobozi mukuru mu biro bya Perezida. Baganiriye ku buryo bwo gushimangira ubufatanye buriho nk’uko byatangajwe na Minisiteri y’Ingabo kuri X. Kuri uyu wa Kabiri kandi, […]