Germany’s CDU debates ‘Rwanda plan’ for asylum-seekers

Germany’s conservative opposition party wants to send asylum-seekers to third countries for processing, seeming to follow a model pursued by the UK. But experts are divided over the legal and logistical workability. The conservative Christian Democratic Union (CDU) put the plans for sending asylum-seekers to third countries into the draft of its new “basic principles […]

Muhanga: Batandatu baregwa guhindura imyaka y’abana barekuwe by’agateganyo

Abantu batandatu bari bakurikiranyweho guhindura imyaka y’abana bakinnye irushanwa ryahuje amashuri ya Paris Saint Germain mu kwezi kwa Kamena 2023 barekuwe by’agateganyo n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, mugenzi wabo umwe bareganwa akomeza gufungwa. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 27 Ukuboza 2023 ku cyicaro cy’uru rukiko saa munani zuzuye, nibwo urubanza rwasomewe […]

Mu ishyaka CDU baganiriye kuri ‘gahunda y’u Rwanda’ ku basaba ubuhungiro mu Budage

Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi mu Budage rirashaka kohereza abasaba ubuhungiro mu gihugu cya gatatu kugira ngo dosiye zaho zihatunganyirizwe, igisa nko gukurikira urugero rw’u Bwongereza, ariko abahanga ntibavuga rumwe ku bijyanye n’amategeko n’uko bizashyirwa mu bikorwa. Ishyaka CDU riharanira inyungu z’abakristu baharanira demokarasi (CDU) ryashyize gahunda yo kohereza abasaba ubuhungiro mu gihugu cya gatatu mu […]

Icyo nakwizeza Abagande nimutangiza intambara Banyarwanda tuzayirangiza — Frank Gashumba

vlcsnap-2023-12-28-13h01m43s873.png

«  Ikintu nakwizeza Abagande, Abanyarwanda ntituzatangiza intambara ariko igihe muzatangirira intambara tuzayirangiza. Munyizere. Turi abaturage bubaha amategeko, ntidushobora gutangiza intambara ariko igihe mwatangiza intambara yo kuturwanya nta yandi mahitamo twagira usibye kwirwanaho,  » ibi ni ibyatangajwe na Frank Gashumba, Umuyobozi w’ihuriro ry’Abagande bafite inkomoko mu Rwanda bazwi nk’ «  Abavandimwe.  » Ni mu Kiganiro The […]

Tshisekedi arashinjwa gushyira abo mu bwoko bwe gusa muri CENI n’urukiko rw’itegeko nshinga

Kuva hashyirwa ahagaragara igice cy’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yo ku itariki ya 20 Ukuboza, igice cy’abatavuga rumwe n’ubutegetsi cyongereye ibirego kuri Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI), ndetse n’ubutegetsi bwa Tshisekedi bushaka manda ya kabiri. Uheruka gutunga intoki izi nzego ni Umuvugizi wa MoĂ ÂŻse Katumbi, Olivier Kamitatu, ushinja ubutegetsi bwa Tshisekedi gushaka kuguma ku butegetsi bushyiraho […]

Gaston Glock wakoze masotera yamamaye yamwitiriwe yapfuye ku myaka 94

Gaston Glock, injeniyeri wo muri Autrichia wahimbye imbunda ya Glock, yapfuye afite imyaka 94. Isosiyete ya Glock mu itangazo ryayo yavuze ko umurimo w’uwayishinze “uzakomeza mu mwuka we”. Iyi ntwaro yo mu bwoko bwa masotera (pistol) yakoreshejwe n’ingabo, abashinzwe umutekano, abatunze imbunda n’abagizi ba nabi ku Isi. Iterambere ryayo ryashimangiwe n’umuco wa pop w’abanyamerika ndetse […]

Clare Akamanzi nommé directeur général de NBA Afrique

Clare Akamanzi, avocate en commerce international et en investissements qui a Ă©tĂ© un acteur clĂ© de l’écosystĂšme des affaires du Rwanda et qui promeut les secteurs du tourisme et de l’innovation, a Ă©tĂ© nommĂ©e le 27 dĂ©cembre directrice gĂ©nĂ©rale de NBA Africa. Pendant prĂšs de 20 ans, cette mĂšre de deux enfants a occupĂ© des […]

Abimuwe “Kwa Dubai” barasaba umujyi kubasubiza inzu zabo bakisanira

Abimuwe mu Mudugudu uzwi nko kwa Dubai kubera inzu zubatswe n’uyu mushoramari zendaga kubagwira, barasaba Umujyi wa Kigali kuzibasubiza bakazisanira kuko ngo ibyo bijejwe byo kuzisanirwa bitigeze bikorwa. Ni inzu 7 zari zituwemo n’imiryango 23 nk’uko iyi nkuru dukesha Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, ivuga. Umujyi wa Kigali muri Mata, uyu mwaka, nibwo wasabye abari bazituyemo […]

Kibumba: Haravugwa imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC n’abasangirangendo ba yo

Ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa n’imitwe y’inyeshyamba bifatanyije ryagabye ibitero ku birindiro bya M23 muri Kibumba biba ngombwa ko yirwanaho inarinda abaturage, igikorwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa, Benjamin Mbonimpa avuga ko ari ukurenga ku gahenge no gusuzugura umuryango mpuzamahanga n’Abanyekongo. Kuri yu wa Gatatu itariki 27 Ukuboza ku gicamunsi nbwo hatangiye kumvikana amakuru y’imirwano i hagati […]

Umujyi wa Kigali na RURA bagaragaje aho abazajya kurira ubunani mu ntara bazategera

Mu rwego rwo koroshya ingendo mu Mujyi wa Kigali muri ibi bihe by’iminsi mikuru, ubuyobozi bw’umujyi bufatanyije n’Ikigo ngenzuramikorere (RURA) bwashyizeho gahunda izatangira kubahirizwa kuwa Gatandatu, itariki 30 Ukuboza kugeza ku Cyumweru, itariki 31 Ukuboza, yo gutega imodoka ku bifuza kugana mu ntara zitandukanye. 1. Aberekeza mu Ntara y’Amajyepfo n’iy’Iburengerazuba mu turere twa Nyamasheke, Rusizi, […]

Kinshasa: Igipolisi cyahanganye n’abayoboke ba Fayulu agoterwa mu biro

Ibintu byarushijeho kuba bibi ku cyicaro gikuru cy’ishyaka ECIDE aho abarwanashyaka bateraniye ngoo bagire uruare mu rugendo rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi rwo kwamagana “amatora y’akajagari” ibisubizo by’ibice byatangajwe kugeza ubu biha FĂ©lix Tshisekedi amahirwe menshi yo gutsinda. Nyuma y’igihe gito Martin Fayulu nawe yiyunze ku barwanashyaka. Ariko mu kugerageza guhagarika urugendo, impagarara zahise ziyongera. Abarwanashyaka batwika […]

Kivu y’Amajyepfo: Abaturage bariye karungu batwitse Umu-Wazalendo ari muzima

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Ukuboza, abaturage ba Bulambika, muri Teritwari ya Kalehe, (Kivu y’Amajyepfo), batwitse ari muzima, umurwanyi wo mu mutwe witwaje intwaro “wazalendo”. Bamushinje kuba yararashe akica umumotari ukomoka mu karere ku itariki ya 25 Ukuboza ahagana mu ma saa tanu z’ijoro mu Mujyi wa Bulambika nk’uko tubikesha Radio Okapi. Delphin […]

RDC: Umunyapolitiki Franck Diongo wari wahamagajwe n’ubutabera arabarizwa i Paris

Umunyapoltiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akaba Perezida w’ishyaka rya Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), Franck Diongo, yahamagajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 26 Ukuboza n’ubushinjacyaha ku Rukiko rw’Ubujurire rwa Kinshasa-Gombe, icyakora, ntiyitaba kuko ari mu rugendo i Paris mu Bufaransa. Kuri uyu wa Kabiri, mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ku […]

Umukinnyi wa film w’icyamamare muri Koreya yasanzwe mu modoka yapfuye

maxresdefault-35.jpg

Lee Sun-kyun, umukinnyi wa film w’Umunyakoreya wamamaye cyane ku Isi nyuma yo kugaragara muri film “Parasite” yatwaye igihembo cya Oscar, kuri uyu wa Gatatu ushize yasanzwe mu modoka yapfuye mu gisa nko kwiyahura. Lee w’imyaka 48 wagize ibihe byiza muri cinema mu 2019 ubwo film yakinnye yabaye iya mbere mri Korea yEpfo yari itsindiye igihembo […]

Rutsiro: Yafatanwe amasashe ibihumbi 30 yari atwaye mu modoka

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rutsiro yafashe umugore w’imyaka 30 y’amavuko, wari utwaye mu modoka amasashe ibihumbi 30. Yafatiwe mu Murenge wa Gihango mu kagari ka Kongo-Nili, mu ijoro ryo ku wa Mbere, itariki ya 25 Ukuboza, ahagana ku isaha ya saa tatu n’igice, ari mu modoka yavaga mu karere ka Rubavu yerekeza i […]

Kinshasa: Umunyapolitiki Franck Diongo yahamagajwe n’ubushinjacyaha

Franck Diongo, umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi ushyigikiye Moise Katumbi muri aya matora aheruka, kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Ukuboza, yahamagajwe n’ubushinjacyaha ku Rukiko rw’Ubujurire rwa Kinshasa ngo ahatwe ibibazo ku byaha akurikiranweho. “Nananirwa kubikora (kwitaba), azabihatirwa nk’uko biteganywa n’amategeko,” ibi ni ibikubiye mu butumwa bumuhamagaza bwo kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 25 Ukuboza […]

Ukraine irigamba gusenya ubwato bw’u Burusiya bwari bwikoreye za drones

Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zavuze ko zagabye igitero ku bwato bwa gisirikare bw’u Burusiya ku birindiro biri mu karere ka Crimea kigaruriwe n’u Burusiya, Kyiv ivuga ko bwari butwaje drones zo gukoresha mu ntambara ya Moscou. Kuri uyu wa Kabiri, ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zavuze ko Novocherkassk, ubwato bunini bugwaho indege […]

Rwezamenyo: Kuri Noheli habonetse umurambo w’umusore umanitse mu giti

Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 25 Ukuboza 2023, mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge, hagaragaye umurambo w’umusore bikekwa ko yiyahuye hagendewe ku butumwa bwasanzwe muri telephone ye. Umurambo we wasanzwe umanitse mu giti mu Mudugudu w’Umucyo mu Kagari ka Rwezamenyo II mu Murenge wa Rwezamenyo, telephone ye ikaba yasanzwemo ubutumwa yari yanditse […]

Isi irimo irareka ngo ibyabaye Srebrenica no mu Rwanda bibe muri Gaza – Francesca Albanese

Kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ukuboza, Francesca Albanese, impuguke yigenga y’Umuryango w’Abibumbye ku bibazo bya Palestine, yatangaje ko ibikorwa bya Israel muri Gaza bidatandukanye cyane n’ubwicanyi buheruka mu bindi bice by’Isi nka Srebrenica n’u Rwanda. “Ntabwo bitandukanye cyane n’ubundi bwicanyi bwakorewe abaturage urebye neza. Jenoside ni inzira, ntabwo ari igikorwa kimwe. Igomba gukumirwa ariko […]

Nigeria: Ibitero mu midugudu itandukanye byahoitanye byibuze abantu 160

Umubare w’abantu mu bitero byo mu mpera z’icyumweru muri Leta ya Plateau muri Nigeria wakomeje kwiyongera. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 25 Ukuboza, abayobozi b’inzego z’ibanze muri iyi ntara rwagati mu gihugu bavuze ko byibuze hapfuye abantu 160, bazize ibitero byakorewe mu turere dutatu: Mangu, Bokkos na Barkin-Ladi. Ubugizi bwa nabi […]

Kayonza: Yafashwe amaze gutema ibiti birenga 170 mu ishyamba rya Leta

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Inzego z’ibanze n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yafashe umugabo w’imyaka 40 y’amavuko, ukurikiranyweho kwigabiza ishyamba rya Leta, akaritemamo ibiti bigera ku 174. Yafashwe ahagana ku isaha ya saa cyenda z’igicamunsi cyo ku Cyumweru tariki 24 Ukuboza, mu murenge wa Mwiri, akagari ka Kageyo mu mudugudu wa Sabasengo, iryo shyamba riherereyemo. […]

Igihugu cya Niger cyahagaritse ubufatanye bwose cyari gifitanye na OIF

Igihugu cya Niger cyahagaritse ubufatanye bwose bwacyo n’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), nk’uko abayobozi bacyo b’abasirikare batangaje mu gihe kigenda kandi gicana umubano buhoro buhoro n’u Bufaransa bwahoze bugikolonije. Kuri iki Cyumweru, itariki 24 Ukuboza, Umuvugizi w’akanama ka gisirikare kari ku butegetsi muri Niger kuri televiziyo y’igihugu yavuze ko uyu muryango w’ibihugu 88 ukoreshwa […]

Hamas irashinja Israel kwica abantu 70 mu nkambi y’impunzi

Minisiteri y’ubuzima muri Gaza iyoborwa na Hamas yatangaje ko ibitero by’indege bya Israel byahitanye byibuze abantu 70 mu nkambi y’impunzi ya Al-Maghazi iherereye rwagati muri Gaza. Umuvugizi w’iyi minisiteri Ashraf al-Qudra, yavuze ko imibare ishobora kwiyongera bitewe n’imiryango myinshi iba muri ako gace. Ku ruhande rwacyo, Igisirikare cya Israel cyabwiye BBC ko kikireba muri raporo […]

Ibinyamakuru byegereye Leta y’u Burundi birashinja u Rwanda kuba inyuma y’igitero cyo mu Gatumba

Ibinyamakuru byo mu gihugu cy’u Burundi byegereye leta biravuga ko hongeye kuzamuka umwuka mubi hagati y’iki gihugu n’u Rwanda nyuma y’igitero giherutse kugabwa mu Murenge wa Vugizo, Zone Gatumba, Komini Mutmbuzi mu Ntara ya Bujumbura, kigambwe n’umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bwa CNDD-FDD. Ikinyamakuru burundi-agnews.org cyanditse kiti «  Ubushyamirane bushya hagati y’u Burundi n’u Rwanda: […]

Parike y’Akagera irateganya kuzajya yinjiza byibuze miliyari 3 ku mwaka guhera mu 2025

Parike y’igihugu y’Akagera yo mu Rwanda ivuga ko guhera mu 2025 iteganya kuzajya yinjiza byibuze miliyari 3 z’amafaranga y’u Rwanda buri mwaka. Ubuyobozi bwa parike bwavuze ko bukurikira ibimenyetso bifatika byerekana ko amafaranga yinjira yiyongera azafasha ubuyobozi bwa parike gushyira ku munzani amafaranga agenda mu bikorwa byayo n’amafaranga yinjira. Vuba aha, iyi parike, ari na […]

Somalia: Igisirikare kirigamba kwica abarwanyi ba Al Shabaab 130

Kuri iki Cyumweru, itariki 24 Ukuboza, minisiteri y’ingabo ya Somalia yavuze ko byibuze abarwanyi ba al-Shabaab 130 bishwe mu gihe cy’ibikorwa bya gisirikare byabereye icyarimwe rwagati mu gihugu no mu majyepfo, yemeza ko mu minsi itatu ishize bambuye ubutaka bunini umutwe w’iterabwoba ufitanye isano na al-Qaeda. Igisirikare cya Somaliya, gishyigikiwe n’imitwe yitwara gisiikare y’abanyagihugu, cyagiye […]

FARDC yikomye Nyota TV n’ibindi bitangazamakuru

gcjirhcw8aa4ntc.jpg

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kirashinja Televiziyo ya Nyota (Nyota TV) ya MoĂ ÂŻse Katumbi ndetse n’ibindi bitangazamakuru bimwe na bimwe “guhungabanya umutekano, guca intege no gucamo ibice ingabo”. Binyuze muri videwo, yatambutse ku Cyumweru, itariki ya 24 Ukuboza, umuvugizi w’ingabo General Major Sylvain Ekenge, FARDC yaburiye ibi bitangazamakuru. Itangazo rigenewe abanyamakuru ryasomwe […]

Muhanga: Abivurizaga ku Bitaro bya Kabgayi bari mu gihirahiro

Nyuma yo gutangira gusenya zimwe mu nyubako zishaje z’Ibitaro Bikuru bya Kabgayi biherereye mu Karere ka Muhanga, bamwe mu babiganaga bagowe no kumenya aho serivisi zimwe na zimwe zimuriwe. Izo nyubako zishaje zasenywe kugira ngo hubakwe inyubako nshya z’Ibitaro bya Kabgayi bigezweho. Ibitaro bya Kabgayi byubatswe ahagana mu mwaka wa 1937 byubakwa na Diyosezi Gatolika […]

Ngoma: Abaveterineri bashinjwe kwanga gupimira inyama abaturage bataratanga Ejo Heza

Amakuru aturuka mu Karere ka Ngoma, aravuga ko abaturage babagiye amatungo mu isantere ariko ba veterineri bakanga kubapimira inyama kubera ko bataratanga umusanzu wa Ejo Heza mu gihe bifuza akaboga ko kwifashisha muri iyi minsi mikuru, aho ubuyobozi bw’akarere bwemeza ko bwihanije abaganga b’amatungo bari banze gupimira abaturage akaboga. Ibi byagaragaye mu tugari twa Kibare […]

RDC: Umubiligi wari mu butumwa bw’indorerezi za EU yapfuye urupfu rudasobanutse

Impuguke mu bijyanye n’ikoranabuhanga y’Umubiligi, wari umwe mu bagize ubutumwa bw’indorerezi mu matora zoherejwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) mu matora yo mu Kuboza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), yapfuye mu buryo butarasobanuka neza. Nk’uko amakuru abanza abitangaza, uyu ngo yahanutse ku igorofa ya 12 ya hotel yararagamo. Ubushinjacyaha bwatangije iperereza kugira […]

Uganda: Umuhungu wa Idi Amin yemeje ko ibisigazwa bya se bitazashyingurwa muri Uganda

Umuryango w’uwahoze ari umunyagitugu, Idi Amin Dada, wemeje ko ibisigazwa bye bitazasubizwa muri Uganda ngo ahashyingurwe nyuma y’imyaka 23 ashyinguwe i Jeddah mu gihugu cya Arabia Saoudite. Umuhungu wa Amin witwa Amin Lumumba, avuga ko bakiriye ubusabe bwinshi bw’Abagande bifuza ko ibisigazwa bya se byasubizwa muri Uganda kandi agashyingurwa mu cyubahiro nk’uwategetse igihugu. Lumumba wigeze […]

M23 iremeza ko indege, ibifaru na za drones bya FARDC biri kurasa ku baturage no ku birindiro byabo

Amakuru aturuka muri Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Ukuboza 2023, habaye imirwano ikaze hagati y’Ingabo za Congo (FARDC), zifatanyije na Wazalendno, ndetse n’inyeshyamba za M23 ku muhanda wa Muremure-Karuba ndetse imirwano ikaba ikomeje. Imirwano yamaze akanya gato kandi yavuzwe kuri iki Cyumweru i Mushebere na Bumbasha muri Gurupoma ya Bukombo […]

Muhanga: Ibirayi birakosha kubera inyemezabwishyu za EBM

Mu Mujyi wa Muhanga, abacuruzi b’ibirayi n’abaguzi babyo baravuga ko guhera ku wa 22 kugeza ku wa 23 Ukuboza 2023, ibirayi byabuze ku isoko kubera ko ababikura ku makusanyirizo yabyo mu Majyaruguru n’Iburengerazuba babujijwe kubizana, kubera ko nta nyemezabwishyu za EBM (Electronic Belling Machine) bafite. Ku wa Kane, itariki 22 Ukuboza 2023, imodoka zizanye ibirayi […]

Kenya: Najib Balala wahoze ari minisitiri yafashwe akekwaho ibyaha bya ruswa

Najib Balala wahoze ari Minisitiri w’ubukerarugendo muri Kenya yatawe muri yombi azira ruswa ivugwa ko irimo miliyari 8.5 z’amashiringi ya Kenya (hafi miliyoni 54 $). Abashinzwe iperereza muri komisiyo ishinzwe imyitwarire no kurwanya ruswa bataye muri yombi mu rwego rwo gukora iperereza ku kwishyura mu buryo budasanzwe miliyari 8.5 z’amashiringi ya Kenya yagenewe kubaka ishuri […]

Uruhande rwa Katumbi rwasabye ko Perezida wa CENI yegura kandi agashyikirizwa ubutabera

Amatora ya perezida, ay’inteko ishinga amategeko, n’ayo ku wgo rw’intara yaranzwe n’uburiganya bukabije, n’uko byemezwa n’umukandida MoĂ ÂŻse Katumbi, usaba ko yateshwa agaciro ndetse na Perezida wa Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI), Denis Kadima akegura. Umwuka mubi urakomeza kuzamuka muri DRC mu gihe amatora yagombaga kuba gusa ku wa Gatatu, itariki 20 Ukuboza akurikije kalendari ya CENI, […]

Huye: Abamotari barinubira gukuba 2 amahoro ya parikingi bishyuzwaga

Abamotari bo mu Mujyi wa Huye baravuga ko muri iki cyumweru batunguwe no kubona KVCS irimo kubishyuza amafaranga 200 ku isaha, mu gihe bari basanzwe bishyura 100, amahoro yitwa aya parikingi. Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buvuga ko KVCS idafite ububasha bwo kuzamura ayo mahoro. Muri gare ya Huye aho abamotari baparika baravuga ko uyu mwaka […]

RDC: Tshisekedi yaje imbere mu bagize amajwi menshi mu batoreye hanze y’igihugu

Kuri uyu wa Gatanu, Komisiyo Yigenga y’Amatora mi Repubulika ya Demokaras ya CongoCeni yasohoye amajwi y’Abanyekongo muri diaspora: Afurika y’Epfo, u Bubiligi, u Bufaransa, Canada na Amerika, aho bigaagara ko Perezida Tshisekedi aza imbere mu majwi y’abatoye. Dore amajwi yabonye muri Diaspora Afurika y’Epfo: 81%, u Bubiligi: 75% Canada :72% ; Amerika: 78% u Bufaransa: […]

RDF operations in Mozambique seen as model for future peacekeeping operations

During its more than two-year intervention in Mozambique, Rwanda has attempted to do something difficult: defeat an insurgency while avoiding civilian casualties. According to a new study, there is evidence that it is succeeding, and its approach may offer a blueprint for future peace enforcement operations. In 2021, Rwanda deployed 1,000 troops to Mozambique’s northern […]

Amafoto: Abapolisi bato 2,072 basoje amahugurwa bari bamazemo amezi 9

gb8gp_jxkaal3jf.jpg

Abapolisi bato 2,072 kuri uyu wa Gatanu basoje icyiciro cya 19 cy’amahugurwa yabagenewe mu muhango wabereye mu ishuri rya Polisi rya Gishari wari uyobowe na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Afred Gasana. Aba banyeshuri basoje amasomo 2,072 bagizwe n‘ab‘igitsina gabo 1,645 n’aho ab‘igitsina gore bakaba ari 427 nkuko byatangawe n’umuyobozi w’Ishuri rya polisi rya Gishari, […]

Mozambique: Umugaba mukuru wa FADM yagereranyije RDF na gaze

Umugaba mukuru w’Ingabo za Mozambique, Maj. Gen. Tiago Alberto Nampele, yatangaje ko inyeshyamba zifitanye isano na Leta ya Kisilamu mu Ntara ya Cabo Delgado zatsinzwe, kandi ibice hagati ya 90% na 95% byari byarigaruriwe n’izi nyeshyamba byabohojwe bitekanye, ashimira Ingabo z’u Rwanda avuga ko bigiyeho byinshi. Ibisigisigi by’inyeshyamba ubu biri mu ishyamba rya Catupa, mu […]

M23 yigaruriye uduce twa Busumba na Rugogwe nyuma y’iyubura ry’imirwano

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 22 Ukuboza 2023, umutwe wa M23 wigaruriye uduce twa Busumba na Rugogwe two muri Sheferi ya Bashali-Mukoto, Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’Igisirikare cya FARDC yatangiye mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 21 Ukuboza mu midugudu yavuzwe haruguru. Sosiyete sivile […]

Icyamamare muri film za Fast & Furious, Vin Diesel, arashinjwa ihohotera rishingiye ku gitsina

Uwahoze ari assistant w’umukinnyi wa film w’Umunyamerika, Vin Diesel, arashinja uyu muhanzi wamamaye muri Fast & Furious, kumukorera ihohotera rishingiye ku gitsina ubwo bari barimo gufata amashusho ya Fast Five mu 2010. Umwunganizi w’uyu mukinnyi wa film, amazina ye nyakuri, Mark Sinclair, yavuze ko umukiriya we “ahakana iki kirego cyose uko cyakabaye”. Asta Jonasson avuga […]

Hatangijwe ishami rigiye gufasha abafite ikibazo cy’imboni y’ijisho irwaye

Mu rwego rwo kwihutisha gahunda yo gusimbuza imboni z’amaso (corneas) ku barwayi bazikeneye, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yashyizeho agashami kabarizwa mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) gashinzwe gusimbuza imboni y’ijisho (Corner tissue bank), ku bafite uburwayi busaba ko isimbuzwa. Mu Rwanda hagaragara indwara z’amaso zifata ibice bitandukanye byayo, harimo n’izifata imboni, aho akenshi iyo yarwaye ikenera […]

Czech: Umuntu witwaje intwaro yishe arashe abasaga 10 muri kaminuza yizemo

Repubulika ya Czech yatangaje umunsi w’icyunamo ku rwego rw’igihugu ku wa Gatandatu nyuma y’uko umuntu witwaje imbunda yishe abantu 14 agakomeretsa 25 muri kaminuza y’i Prague. Perezida Petr Pavel yagaragaje “akababaro gakomeye” n “” umujinya kubera gutakaza ubuzima bidakenewe na gato “. Uyu muntu witwaje imbunda, polisi yavuze ko “yivuganye”, ngo yaba yarishe na se […]

Amafoto: Abasirikare bakuru baherutse kuzamurwa mu ntera mu mapeti yabo mashya

gb40xdbxaaackzb.jpg

Mu Gisirikare cy’u Rwanda (RDF) haherutse kwandikwa amateka ubwo abasirikare 7 b’abagore bazamurwaga mu ntera bagahabwa ipeti rya Colonel, ari na bwo bwa mbere byari bibaye, mu gihe Umugaba Mukuru w’Ingabo, Mubarak Muganga nawe yazamuuwe ku ipeti rya General w’inyenyeri enye. Wasoma inkuru bifitanye isano hano hasi Ahabanza Ahabanza Dore amafoto bambaye amapeti yabo mashya

Umuhanzi wa gospel, Eric Moyo, yapfuye nyuma yo kugwa ku rubyiniro

Umuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza Imana, Eric Moyo, yapfuye nyuma yo kugwa hasi ari mu gitaramo mu gihugu cya Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatatu, itariki 20 Ukuboza 2023. Uyu muririmbyi w’Umunya-Zimbabwe wavukiye muri Afurika y’Epfo w’imyaka 41 y’amavuko yari mu itsinda rizwi cyane rya gospel ryitwa Joyous Celebration. Mbere y’urupfu rwe, yakiriwe mu bitaro muri […]

Ambasaderi wa Niger muri Loni wari wanzwe yemerewe guhagararira igihugu cye

Nyuma y’amezi atatu mu gihirahiro, Komisiyo yihariye ya Loni yafashe icyemezo. Ambasaderi wa guverinoma y’inzibacyuho ya Niger yemerewe guhagararira igihugu cye i New York. Muri Nzeri, Loni yari yamubujije kwinjira mu Nteko rusange, yubahiriza amabwiriza yatanzwe n’akanama gashinzwe umutekano gakomeje kwemeza ko guverinoma ya Mohamed Bazoum ari yo yonyine yemewe. Ni igitego cy’umutwe kuri Guverinoma […]

Comment la nouvelle usine d’engrais du Rwanda pourrait stimuler l’agriculture

Une usine de mĂ©lange d’engrais basĂ©e au Bugesera et lancĂ©e par le Rwanda le mercredi 20 dĂ©cembre envisage d’augmenter les rendements des cultures de 40 pour cent, selon ses propriĂ©taires et le MinistĂšre de l’Agriculture et des Ressources animales (MINAGRI). Ils ont indiquĂ© que l’usine de mĂ©lange d’engrais du Rwanda pourrait y parvenir en mĂ©langeant […]

Kinshasa: Umunyamakuru wa RFI yarusimbutse ubwo yakurikiranaga amatora

Ishyirahamwe ry’abanyamakuru bahagarariye ibinyamakuru mpuzamahanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (ACPI-RDC) ryamaganye “ihohoterwa n’ibikorwa bisenya kwishyira ukizana” byakorewe kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki ya 20 Ukuboza i Kinshasa, umunyamakuru Pascal Mulegwa, ukorera Radio France Internationale (RFI) mu gihe yakoraga umwuga we gusa akurikirana ibikorwa by’amatora. Uyu munyamakuru aherekejwe n’umwe muri bagenzi be, yari […]

AfDB ivanye abakozi bayo b’abanyamahanga muri Ethiopia nyuma yo guhohoterwa

Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) yahisemo kuvana abakozi bayo mpuzamahanga muri Ethiopia ako kanya. Ibiro bizakomeza gufungura bikorwamo n’umuyobozi ubishinzwe. Izi ngamba ntizizagira ingaruka ku bakozi bahawe akazi b’Abanya-Ethiopia bazakomeza akazi kabo kandi bakaguma mu mirimo nk’abakozi buzuye ba Banki. Banki izabizeza bo n’imiryango yabo inshingano zayo zo kubitaho. Ibi byemezo bije nyuma yo kutubahiriza […]

Karongi: Hari aho bagikoresha uburyo gakondo mu kugeza abarwayi kwa muganga

Bamwe mu baturage bo mu mirenge ya Murundi, Gashari n’ahandi mu Karere ka Karongi, mu Ntara y’Iburengerazuba, barinubira kuba kugeza abarwayi kwa muganga bibagora kubera ikibazo cy’ibura ry’imbangukiragutabara zabugenewe. Aha ni mu gace k’imisozi miremire, usanga binagaragara ko imihanda yagiye yangirika nk’uko umunyamakuru w’Ijwi rya Amerika wahageze abitangaza, aho yabonye bamwe mu baturage batwaye abarwayi […]

Scatec iri kugurisha imigabane yari ifite mu rugomero rw’amashanyarazi ava ku izuba i Rwamagana

Uruganda rukora amashanyarazi ashobora kuvugururwa rwo muri Norvege, Scatec ASA (OSL: SCATC) rwafashe icyemezo cyo kugurisha imigabane ingana na 54% rwari rufite muri Sitasiyo y’amashanyarazi ava ku mirasire y’izuba iherereye ku butaka bukodeshwa, mu kigo cy’umudugudu w’urubyiruko rwa Agahozo Shalom Youth Village (ASYV) itanga megawatt 8.5 z’amashanyarazi mu Rwanda bijyanye n’ingamba zarwo zo kugabanya ishoramari […]

Bugesera: Hafunguwe uruganda rugiye gukemura ikibazo cy’ifumbire

323c5788d9093e71642751064e20dd11.jpg

Uruganda rutunganya ifumbire mvaruganda ruzajya rutunganya nibura Toni ibihumbi 100 ku mwaka kuri uyu wa gatatu, itariki 20 Ukuboza rwafunguwe ku mugaragaro mu Karere ka Bugesera. Abaturage hamwe n’abagurisha ifumbire baravuga ko biteze ibisubizo bizatangwa n’uru ruganda ku bibazo byo kutabona ifumbire ihagije kandi ku gihe byagiraga ingaruka ku musaruro w’ubuhinzi. Kimwe mu bibazo by’ingutu […]

Guinea-Bissau: Perezida Embalo yirukanye Minisitiri w’Intebe nyuma y’icyumweru amushyizeho

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 20 Ukuboza 2023, Perezida wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embalo, yirukanye Minisitiri w’Intebe, Geraldo Martins, nyuma y’icyumweru kimwe gusa amushyize kuri uyu mwanya, amusimbuza umunyapolitiki w’inararibonye mu bukungu. Ku itariki ya 12 Ukuboza, Martins yongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe nyuma y’uko yari yashyizwe kuri uwo mwanya n’ubundi muri Kanama uyu mwaka kugeza […]

RDC: Umukandia Denis Mukwege aramagana iyongerwa ry’igihe cyo gutora

Binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 20 Ukuboza mu masaha 2 mbere y’igihe cyagenwe amatora yagombaga kurangiriraho, umukandida Denis Mukwege yavuze ko ahangayikishijwe cyane n’iimikorere mibi n’intege zagaragaye mu matora ari kuba.  » Ariko, yamaganye icyemezo cya Komisiyo Yigenga ishinzwe Amatora (CENI) “cyo kongera igihe cyo gutora yuma […]

Diplomatic tensions with Angola: Gabon recalls its ambassador

According to several sources, the Gabonese Ministry of Foreign Affairs wrote to the Angolan authorities to announce the return of its ambassador. A specific reminder “for consultations”, says the letter. Disagreements reportedly emerged between the two countries after the August 30 coup. They continued until the summit of the Community of Central African States ECCAS […]

Urubanza rw’abaregwa amanyanga mu kwandikisha abana muri Academy ya Beyern rwasubitswe

Urubanza ruregwamo abantu 6 bakurikiranyweho guhindura imyirondoro y’abana ngo bemererwe kwinjira muri Academy ya Bayern Munich kuri uyu wa Kabiri ushize rwasubitswe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamabuye ruherereye mu Kagari ka Gitarama, Umurenge wa Nyamabuye, Akarere ka Muhanga. Mu gihe hategerejwe itariki n’isaha yo kuburaniraho gusa abaregwa bakomeje gufungirwa kuri Sitasiyo ya RIB ya Nyamabuye. Nshimiyimana […]

Buruseli: Umuherwe Abramovich yatsinzwe urubanza yari yarezemo E.U

Kuri uyu wa Gatatu, umuherwe w’Umurusiya, Roman Abramovich, yatsinzwe urubanza yari yatanzemo ubusabe bwo gukurirwaho ibihano yafatiwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi nyuma y’ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine. Perezida Vladimir Putin amaze gutegeka Ingabo z’u Burusiya kwinjira muri Ukraine muri Gashyantare 2022, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wafatiye ibihano abayobozi b’u Burusiya n’abanyemari benshi b’Abarusiya nka Abramovich, […]

Le chef d’Ă©tat-major, Muganga, promu gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles

37143.jpg

Le chef d’Ă©tat-major des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), Mubarakh Muganga, a Ă©tĂ© promu mercredi 20 dĂ©cembre au grade de gĂ©nĂ©ral quatre Ă©toiles. La promotion par le prĂ©sident Paul Kagame, commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises, a Ă©tĂ© annoncĂ©e un jour aprĂšs que le prĂ©sident a Ă©galement promu le personnel des FDR, dont […]