Hashyizweho uburyo bwihariye bwo gufasha abaturage bataye ikarita ndagamuntu
Kuri ubu hashyizweho uburyo bwihariye bwo gufasha abaturage bataye ikarita ndagamuntu, aho kuri ubu bazajya bashakishwa aho bari hose bakazisubizwa cyangwa zigasubizwa mu kigo cy’indangamuntu kikabashakisha bakazisubizwa. Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, iravuga ko ibi biri muri gahunda yo gufasha abaturage kutazacikanwa n’amahirwe yo gutora. Hari abaturage bavuga ko bagiye bitabira gahunda zo kwifotoza ku bashya no […]
FARDC ntikiri mu bisirikare 10 bya mbere muri Afurika, menya ibigenderwaho mu gukora urutonde
Ku bijyanye no gupima imbaraga z’igisirikare, hari ibintu byinshi bigomba gusuzumwa. Bimwe muri ibi ni ingengo yâimari, amahugurwa, ibikoresho, nâabakozi. Muri iyi nkuru turagaruka ku ngabo 10 za mbere zikomeye muri Afurika dushingiye kuri ibyo bintu nkâuko tubikesha defenceweb.za. Hariho ingingo zitandukanye zishobora kugenderwaho mu gutondekanya ingabo zikomeye muri Afurika. Bimwe mu bikunze kugenderwaho harimo: […]
Raila Odinga arateganya kuza mu Rwanda gusaba Perezida Kagame kumushyigikira
Umuyobozi wâihuriro rya politiki, Azimio la Umoja, ryo muri Kenya, Raila Odinga, yagaragaje ko yizeye kwegukana umwanya wa Perezida wa Komisiyo yâUmuryango wa Afurika Yunze Ubumwe aho mu rwego rwo gushaka amajwi ateganya kuza iki Kigali mu cyumweru gitaha gusaba Perezida Kagame kumushyigikira. Ubwo yavuganaga n’imbaga y’abantu nyuma yo gufungura isoko rya Marani muri Kisii, […]
Tchad: Gen. Mahamat Idriss Deby yemeje ko azahatana mu matora ategerejwe muri uyu mwaka
Perezida w’agateganyo wa Tchad, Mahamat Idriss Deby, yatangaje ku wa Gatandatu ko ateganya kuzitabira guhatana mu matora ya perezida ategerejwe muri uyu mwaka. Icyemezo cya Deby kije nyuma yâ icyumweru cyâakajagari aho umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi, Yaya Dillo, yarasiwe akicirwa mu murwa mukuru N’Djamena, bituma Umuryango wâUbumwe bwâibihugu byâu Burayi ugaragaza ko uhangayitse cyane. Urupfu […]
Centrafrica: Abapolisi b’u Rwanda bifatanyije n’abaturage mu muganda rusange
Abapolisi b’u Rwanda bagize Itsinda RWAFPU 3-2 riri mu butumwa bw’umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Werurwe,bazindukiye mu gikorwa cy’umuganda. Ni igikorwa cyaranzwe no gukora isuku, hakurwa imyanda mu muhanda, gutema ibihuru bikikije imihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Bangassou no gusukura isoko rya Tokoyo riherereye muri […]
Ingendo za Rwandair zijya cyangwa ziva i Mumbai zizasubikwa hagati muri uku kwezi

Sosiyete ya Rwandair yatangaje ko igiye gusubika ingendo zâindege ziva cyangwa zijya i Mumbai mu Buhinde ku mpamvu zitatangajwe. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa gatanu nyuma ya saa sita, Rwandair yagize iti â Tubabajwe no kubamenyesha ko Rwandair izasubika ingendo zâindege zijya cyangwa ziva Mumbai, guhera kuwa 15 Werurwe 2024. Iri tangazo rikomeza […]
Ambasaderi wa Ukraine yashimye inkunga yâu Rwanda mu myanzuro yamagana u Burusiya
Mu gihe cyo kwibuka ku mugaragaro imyaka ibiri ishize u Burusiya buteye Ukraine, Ambasaderi udasanzwe kandi uhagarariye Ukraine mu Rwanda, H.E. Andrii Pravednyk, yashimye uruhare rukomeye rw’u Rwanda mu mahoro n’umutekano ku Isi. Yashimye kandi inkunga u Rwanda rutera Ukraine. Ambasaderi Pravednyk yagize “Muri ibi bihe bitoroshye, ubufatanye bw’u Rwanda na Ukraine bwabaye ingirakamaro. Inkunga […]
USA: Uwitwa Utamuliza Karinganire akurikiranweho ibyaha bisa nkâiterabwoba
Umugore ufite izina ryâIkinyarwanda mu cyumweru gishize yafatiwe ku Ishuri Ryisumbuye rya Jefferson County (JCPS) muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma yâuko abapolisi bavuze ko yateye ubwoba ko azica abanyeshuri ndetse akagerageza no kubatwika. Ahagana mu masaha ya saa sita, abapolisi ba JCPS boherejwe ku kigo cya Fern Creek Elementary ku Muhanda wa Ferndale […]
Australia: Nta cyizere ku iburanisha cyangwa koherereza u Rwanda 2 bakekwaho uruhare muri jenoside
Australia irasabwa gukora ibirenze kugirango ikore iperereza ku birego bya jenoside n’ibyaha by’intambara, aho bamwe mu mpuguke mu by’amategeko basaba ko hanashyirwaho ishami ryihariye kandi rihoraho rishinzwe gukurikirana ibyo birego. Uyu muhamagaro uje ukurikira inkuru yâikinyamakuru Four Corner and Guardian cyo muri Australia gisohoye inkuru muri iki cyumweru ivuga ko u Rwanda rurimo gushaka abagabo […]
Umunyezamu wa Bugesera FC yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda
Habarurema Gahungu usanzwe afatira ikipe ya Bugesera FC, yatawe nuri yombi na Polisi yâIgihugu Ishami ryo mu muhanda nyuma yo gufatwa atwaye imodoka yanyoye ibisindisha. Uyu musore yafashwe mu rukerera rwo ku wa Gatatu ubwo yari ari mu muhanda Kigali-Bugesera atwaye imodoka kandi yasinze. Gufungwa ku uyu mukinnyi, bivuze ko atazagaragara mu mukino wa Shampiyona […]
Canada: Brian Mulroney wahoze ari Minisitiri wâintebe yapfuye afite imyaka 84
Uwahoze ari Minisitiri wâintebe wa Canada, Brian Mulroney, kuri uyu wa Kane, yapfuye afite imyaka 84, nkuko umukobwa we Caroline Mulroney yanditse kuri X. Yanditse ati: “Mu izina rya mama n’umuryango wacu, ni n’akababaro kenshi dutangaje urupfu rwa data, Right Hon. Brian Mulroney, Minisitiri wâintebe wa 18 wa Canada. Yapfuye mu mahoro, akikijwe n’umuryango.” Minisitiri […]
U Burusiya: AlexeĂ ÂŻ Navalny arashyingurwa mu mutekano udasanzwe
Kuri uyu wa Gatanu, Alexei Navalny arashyingurwa i Moscou mu gihe umutekano wakajijwe no mu gihe abamushyigikiye batinya igitero cya polisi mu gihe cyo kumushyingura. Navalny, wanenze cyane Perezida wâu Burusiya, Vladimir Putin, yapfuye afite imyaka 47 mu buryo bw’amayobera ubwo yari afungiwe mu kigo cya gereza ku itariki ya 16 Gashyantare. Abamushyigikiye bahisemo gutambutsa […]
Muhanga: Bane bafashwe nyuma yâaho umwana amennye ibanga ryâahari imibiri yâabishwe muri Jenoside
Mu Karere ka Muhanga abantu bane batawe muri yombi, nyuma yâaho umwana na se bashwanye bikarangira amennye ibanga ryâamakuru yâahari imibiri yâinzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bari bamaze imyaka ikabakaba 30 baryamyeho . Mu bafashwe harimo Nzabamwita Antoine nâumuhungu we Niyoyita Bonaventure, ari na we watanze amakuru nyuma yo kutumvikana na se. Imirimo […]
Abagaba bâingabo zâibihugu byohereje abasirikare kurwanya M23 bateraniye i Goma

Abagaba bakuru bâingabo zâibihugu byohereje ingabo mu butumwa bwâIngabo zâUmuryango wâIterambere wâibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIRDC) hiyongereyeho u Burundi, mu rwego rwo gushyigikira Ingabo za DRC (FARDC) mu guhangana na M23 kuri uyu wa Kane bageze i Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru ya Kivu mu nama yo mu rwego […]
Rayon Sports yazanye umukinnyi mushya w’Umudage
Kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Gashyantare 2024 mu myitozo y’ikipe ya Rayon Sports y’abagore yagaragayemo umukinnyi w’uruhu rwera bivugwa ko yaje gufatanya urugendo rwa Shampiyona na Gikundiro. Mu gushaka amakuru arambuye kuri uyu mukinnyi, twaje kumenya ko ari umukinnyi w’umupira w’amaguru ukomoka mu gihugu cy’Ubudage witwa Helan, aho yaje gusinyana amasezerano na Rayon […]
MONUSCO yatanze inkambi ya mbere mu rwego rwo gusoza ubutumwa buhoro buhoro
Inkambi ya MONUSCO yari iri muri Kamanyola, muri Kivu yâAmajyepfo, kuri uyu wa Gatatu, itariki 28 Gashyantare 2024 yashyikirijwe ku mugaragaro abayobozi ba Congo, mu rwego rwo gutangira kuva mu butumwa muri DRC, hakurikijwe gahunda yashyizweho umukono hagati ya MONUSCO na guverinoma. Umuryango wâAbibumbye rero ukaba watangiye gushyira mu bikorwa gahunda yo gusoza ubutumwa gahoro […]
Ikibazo cyâibisimu nâimyobo by’ahacukurwa amabuye y’agaciro cyahagurukije abadepite

Inteko Rusange y’Umutwe wâAbadepite yasabye Minisitiri w’Intebe kugaragaza uko hazakemurwa ikibazo cyâibisimu nâimyobo byacukuwe mu gihe cyâikorwa ryâimirimo yâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro na kariyeri, cyane cyane ibyacukuwe mu gihe cyâubukoloni nâibyacukuwe nâamasosiyete yâubucukuzi bwâamabuye yâagaciro yahoze ari aya Leta. Igenzura ry’Urwego rwâUmuvunyi ku bucukuzi bwâamabuye yâagaciro na kariyeri ryagaragaje ko hari: Imyobo nâibisimu byakorewemo ubucukuzi kera […]
Twirwaneho irashinja Michombero gutanga impamvu yo kugaba ibitero ku Banyamulenge

Umutwe wa Twirwaneho uravuga ko watunguwe no kubona kuri X (iyahoze ari twitter) yâumunyamakuru wigenga, Daniel Michombero, ubutumwa buvuga ko uyu mutwe washinze inkambi za gisirikare mu misozi yo muri Uvira, muri Kivu yâAmajyepfo, aho ngo uwabwanditse avuga ko hakenewe ubutabazi bwihuse bwâigisirikare bitaba ibyo imidugugudu myinshi yo muri Kivu yâAmajyepfo igafatwa. Twirwaneho ivuga ko […]
Amadou Oury Bah yagizwe Minisitiri wâIntebe mushya wa Guinea
Abasirikare kari ku butegetsi muri Guinea, bashyizeho Minisitiri wâIntebe mushya, iminsi umunani nyuma yo gusesa guverinema yariho. Ibyo bibaye mu gihe mu murwa mukuru Conakry, bisa nâaho ubuzima bwahagaze ku munsi wa kabiri wâimyigaragambyo, kuri uyu wa Gatatu ushize, ibera mu gihugu cyose. Abigaragambya barasaba ko umuyobozi wâurugaga ufunzwe arekurwa, nâibiciro byâibiribwa bikagabanuka. Ikindi basaba […]
Abasaba inyemezabuguzi ya EBM bagiye kujya bagenerwa ishimwe

Guverinoma y’u Rwanda igiye gushyira mu bikorwa gahunda yo kugenera ishimwe abasaba inyemezabuguzi ya EBM no korohereza abakererewe gusora batanga amakuru ku bushake nkuko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Minisiteri y’imari kuri uyu wa Gatatu. Soma itangazo hano
ICC yategetse Dominic Ongwen kwishyura indishyi za miliyoni 56$
Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, rwategetse Dominic Ongwen wahoze ari umuyobozi mu mutwe wa LRA, kwishyura indishyi zâakababaro zingana nâamadolari arenga miliyoni 56 ku bantu yahohoteye muri Uganda. Hagati aho, Joseph Kony nawe arashakishwa na ICC kubera amabi ashinjwa ariko ntawe uzi irengero rye. Dominic Ongwen, yari umwana wâimyaka icyenda ubwo LRA, (Lord’s Resistance Army), ya […]
Burera: Yafashwe atwaye kuri moto amasashe ibihumbi 80
Polisi yâu Rwanda ku bufatanye nâizindi nzego zâumutekano nâabaturage mu Karere ka Burera, yafashe umusore wâimyaka 28 yâamavuko, wari utwaye kuri moto amasashe ibihumbi 80. Yafatiwe mu mudugudu wa Gasenyi, akagari ka Buramba mu murenge wa Gahunga, mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 27 Gashyantare, ayatwaye kuri moto yerekeza mu Karere ka Musanze. […]
MINECOFIN na RRA byatanze ikiganiro ku mateka ya Minisitiri atandukanye yemejwe mu nama y’abaminisitiri

Minisiteri y’imari n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka ku mateka ya Minisitiri atandukanye yemejwe mu nama y’abaminisitiri yo ku wa 27/02/2024. Ni Iteka rya Minisitiri rigena uburyo nâibisabwa kugira ngo abasora bemererwe uburenganzira bukomoka ku kwigaragaza ku bushake (Voluntary disclosure). Iri teka riha uburenganzira abasora, bwo gukurirwaho ibihano ku misoro batishyuye mu […]
Nigeria: Hadutse imyigaragambyo yamagana izamuka rikabije ry’igiciro cy’imibereho
Kuri uyu wa Kabiri, ibihumbi by’abakozi, abacuruzi, abaharanira uburenganzira bwa muntu nâabanyeshuri bigabije imihanda yâimijyi minini yo muri Nigeria, bamagana igiciro gikomeje kuzamuka cyâibiribwa, imiti, gaze yo guteka, nâibicuruzwa by’ingenzi. Ihuriro ryâabakozi muri Nigeria ryatangaje imyigaragambyo yâiminsi ibiri mu gihugu hose guhera ku itariki ya 27 Gashyantare, risaba ko guverinoma yagabanya ibibazo byâubukungu byatewe nâikurwaho […]
Iperereza ryâu Burundi rirateganya kwerekana Imbonerakure zikitwa aba RED-Tabara bagasebya u Rwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye ndetse nâurwego rwâigihugu rwâubutasi, barimo gutegura Imbonerakure benda kwereka Abarundi nâamahanga bakavuga ko ari abarwanyi ba RED-Tabara bafashwe bagatanga ubuhamya ko batorejwe mu Rwanda. Nkâuko amakuru dukesha Radio Inkinzo (La Voix du Grand Lacs) avuga, ngo hari itekinika ririmo rirategurwa nâiperereza rya […]
Huye: Urubanza rwa Munyenyezi rushobora gupfundikirwa kuri uyu wa Gatatu
Mu rubanza Beatrice Munyenyezi aburanamo nâubushinjacyaha ibyaha bya jenoside, abanyamategeko bamwunganira babwiye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko abatangabuhamya bamushinje ibyaha bita âIbinyomaâ mu mugambi wo kumugerekaho urusyo. Biteganyijwe ko umucamanza apfundikira urubanza rwa Munyenyezi kuri uyu wa Gatatu, hatagize igihinduka. Bruce Bikotwa na mugenzi we Felicien Gashema bunganira Beatrice Munyenyezi batindanye ijambo rya nyuma ku […]
Mali: Impanuka ya bisi yahitanye abagera kuri 31
Abagera kuri 31 kuri uyu wa Kabiri, bapfuye bazize impanuka muri Mali ubwo imodoka yo mu bwoko bwa bisi yibirunduraga ku rutindo rwo ku mugezi uri hafi yâumujyi wa Kenieba. Byatangajwe na minisiteri yo gutwara ibintu nâabantu. Iyo bisi yari ku muhanda yerekeza muri Burkina Faso, ubwo yakoraga impanuka mu masaha ya saa kumi nâimwe […]
RDF yitabiriye imyitozo ya Justified Accord 24 muri Kenya

Itsinda ryâabasirikare ba RDF ryifatanije nâibihugu bisaga 23 mu myitozo mpuzamahanga yiswe Justified Accord 24 yakiriwe na Repubulika ya Kenya mu kigo ibikorwa byo kurwanya inyeshyamba, iterabwoba, cya cya NANYUKI (CITSO). Imyitozo yatangiye ku itariki ya 25 Gashyantare izarangira ku ya 7 Werurwe 2024. Ni imyitozo ngarukamwaka ihuza ibihugu byinshi itangwa nâingabo za Amerika zo […]
Teta Gisa Rwigema yagizwe umuyobozi mukuru muri MINAFFET

Teta Gisa Rwigema umukobwa wa Fred Rwigema, yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe Afurika muri Minisiteri yUbubanyi n’Amahanga nkuko byemejwe mu nama y’abaminisitiri kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Gashyantare 2024, yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu gihe Francis Kamanzi yagizwe CEO w’Ikigo gishinzwe Mine, Peteroli na Gaze.
Guinea: Babiri biciwe mu myigaragambyo yo kugaragaza kutishimira imibereho
Ku wa Mbere, itariki ya 26 Gashyantare, abantu babiri baguye mu mirwano nâabapolisi mu nkengero zâumurwa mukuru wa Guinea Conakry, nk’uko imiryango yabo nâamakuru ava kwa muganga avuga. Izo mpfu zabereye mu myigaragambyo yahagaritse ubuzima mu murwa mukuru, Conakry nkâuko tubikesha Reuters. Amasoko yari yafunzwe, amabanki arafunga, imihanda minini yari irimo ubusa. Ariko nanone habaye […]
Abanyamulenge barashinja Minisitiri Alexis Gisaro na Ruberangabo kubagambanira
Umuryango wâAbanyamulenge uravuga ko wanze gukoreshwa no guterwa ubwoba na Tshisekedi na bagenzi be, ndetse ushinja Minisitiri Alexis Gisaro, Enock Ruberangabo nâabandi kugambanira benewabo bâAbanyamulenge. Ibi byatangajwe mu nyandiko ndende yatambukijwe ku rubuga soleildugraben.org kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Gashyantare 2024. « Ku itegeko rya sebuja Tshisekedi, umunyamabanga wa Leta akaba na minisitiri wâibikorwa […]
U Rwanda rwemerewe kwakira icyicaro cy’Umuryango Mpuzamahanga ukora Inkingo muri Afurika
Icyicaro cy’Umuryango Mpuzamahanga ukora Inkingo, International Vaccine Institute, IVI, mu Karere kigiye gushyirwa mu Rwanda, bikazafasha Afurika kwihaza mu gukora ubushakashatsi bwerekeye inkingo. Muri uyu mwaka, nibwo biteganyijwe ko International Vaccine Institute izafungura Ibiro byayo byo mu Karere mu Mujyi wa Kigali nk’uko byatangajwe na Minisiteri yâUbuzima ibinyujije ku Rukuta rwa X. Minisiteri y’ubuzima iti […]
Goma: Umunyamakuru Awa Jean de Dieu wa Nyota Radio Télévision yarusimbutse
Umunyamakuru Awa Jean De Dieu wa Nyota Radio TĂ©lĂ©vision y’i Lubumbashi akaba afite na channel yitwa Hope tv, yasimbutse urupfu ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 26 Gashyantare 2024, i Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nkâuko amakuru aturuka hafi yâumuryango we abitangaza, […]
Benin na yo yemeye kohereza ingabo guhashya ibyigomeke byo muri Haiti
Igihugu cya Benin cyemeye gutanga ingabo 2000 mu butumwa bwemejwe nâUmuryango wâAbibumbye buyobowe na Kenya bwo kurwanya udutsiko twâabagizi ba nabi twazengereje Haiti. Ibi byatangajwe na Ambasaderi wa Amerika muri Loni, Linda Thomas-Greenfield ku wa Mbere, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Georgetown, muri Guyana nkâuko iyi nkuru dukesha BBC ivuga. Ambasaderi Thomas-Greenfield yavuze ko yaganiriye […]
Abadepite ba ICGLR basanga amahanga yirengagiza nkana umuzi w’ikibazo cy’umutekano mu karere
Perezida w’itsinda ry’Abadepite bo mu Nteko zishinga amategeko mu bihugu bigize Inama Mpuzamahanga mu ku Karere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR) rishinzwe gusuzuma umuzi w’ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jemmu Nunu Kumba, asanga Leta y’iki gihugu yirengagiza nkana umuzi w’ikibazo cy’umutekano muri ako gace kimwe n’Umuryango Mpuzamahanga. Ihuriro ry’Abadepite bagize Umuryango […]
Minisitiri wâintebe wa Palesitine yatangaje ubwegure bwe na guverinoma ye
Minisitiri wâintebe wa Palesitine, Mohammad Shtayyeh, yatangaje ubwegure bwe na guverinoma ye kuri uyu wa Mbere. Ubu bwegure buraharura amayira yâimpinduka mu butegetsi bwa Palestine, Amerika yizera ko buzagira uruhare runini mu mibereho ya Gaza ya nyuma yâintambara. Kugeza ubu haracyari inzitizi nyinshi mu kuba ubutegetsi buvuguruye bwa Palestina bwaba impamo. Perezida Mahmoud Abbas, ingabo […]
Polisi yâu Rwanda yashimye imyitwarire yaranze abaturarwanda muri Tour du Rwanda

Polisi yâu Rwanda irashimira imyitwarire yaranze abaturarwanda byâumwihariko abakoresha umuhanda mu gihe isiganwa ryâamagare âTour du Rwandaâ ryabaga ku nshuro ya 16, rikabasha kurangira neza nta mbogamizi ibayeho. Byagarutsweho nâUmuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga, ubwo hasozwaga iri rushanwa, mu muhango wabereye kuri Kigali Convention Center (KCC), mu murenge […]
RDC: Ishyaka MLC rya Bemba ryitandukanyije na Jacques Mamba wifatanyije na AFC irwanya ubutegetsi
Ishyaka rya politiki, âMovement de la Liberation du Congoâ (MLC), rya Jean-Pierre Bemba, Minisitiri w’ingabo wa RDC, mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki ya 26 Gashyantare 2024, ryagaragaje ko ritishimiye uwahoze ari umukada mukuru waryo n’umudepite, Jean-Jacques Mamba wamaze kwifatanya na AFC irwanya ubutegetsi. Nyuma yo gutangaza ko yifatanyije n’ihuriro […]
Amafoto: Ba Minisitiri Biruta na Ugirashebuja bakiriye intumwa z’u Bwongereza

Uyu munsi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Vincent biruta, afatanije na Minisitiri wâubutabera, Eugene Ugirashebuja, hamwe nâabayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda, bakiriye intumwa za komite yâinteko ishinga amategeko yâu Bwongereza ishinzwe uburenganzira bwa muntu mu nama hagati yâibihugu byombi ku bufatanye mu bijyanye n’ibibazo by’abimukira nâiterambere ryâubukungu (MEDP). Ibiganiro bigamije guteza imbere kumva ibintu kimwe no […]
Burundi: OLUCOME yasabye leta kuganira na RED-Tabara no kuvanaho impapuro zo guta muri yombi abahunze
Umuryango urwanya ruswa no kunyereza ubukungu mu Burundi (OLUCOME) wasabye ko hakurwaho impapuro zo guta muri yombi abanyamuryango ba sosiyete sivile, abanyapolitiki nâabanyamakuru bari mu buhungiro. OLUCOME yabisabye nyuma yâinama yâabavuga rikijyana mu Burundi yabereye i Gitega, umurwa mukuru wa politiki. Nkâuko byatangajwe na Gabriel Rufyiri, Perezida wa OLUCOME, “Ntidushobora kuvuga imibanire myiza nâiterambere mu […]
Guverinoma yâu Burundi yongeye gutunga u Rwanda urutoki nyuma yâigitero cyo mu Bubanza

Perezidansi yâu Burundi ibinyujije ku Munyamabanga Mukuru wa Leta, yemeje igitero cya RED-Tabara cyo kuri iki Cyumweru, itariki 25 Gashyantare 2024 mu gace ka Buringa, Komini Gihanga, Intara ya Bubanza aho ivuga ko iki gitero cyibasiye umuryango wari uri mu kiriyo kigahitana abantu 9 barimo abagore 6 nâumusirikare umwe wari utabaye, naho abandi bantu 5 […]
Ruto utorohewe no gukora amavugurura muri Kenya azoroherwa no kuyakora muri AU ?
Icyifuzo cya Perezida wa Kenya, William Ruto, cyo kuzana ibitekerezo bye by’amavugurura mu Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) gishobora kuba cyarakuze mu cyumweru gishize nyuma yo kwemezwa na bagenzi be ngo asimbure Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, wari ufite izi nshingano kuva mu 2016. Ariko ngo bishobora kuba iteshamutwe rishya kuri Perezida Ruto wagerageje […]
Nyabugogo: Umugabo bikekwa ko yiyahuye yahanutse ku igorofa ahita apfa
Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru gishize, itariki 25 Gashyantare 2024, umugabo witwa Kayitare Maurice wâimyaka 55 yahanutse ku nyubako yâAmashyirahamwe izwi nko mu Nkundamahoro iherereye Nyabugogo mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Kimisagara, Akagari ka Kimisagara, Umudugudu wâAkabeza ahita apfa. Abari aho byabereye bavuga ko uyu mugabo yaba yiyahuye nyuma yo gukina umukino wâamahirwe […]
Afurika yâEpfo: Impuguke zikomeje kwemeza ko SANDF idafite ubushobozi bwo guhangana na M23

Mu gihe Perezida wa Namibiya, Hage Geingob yashyinguwe kuri iki cyumweru i Windhoek, abakuru b’ibihugu benshi bari bitabiriye uyu muhango baboneyeho umwanya wo kuganira ku ntambara ibera mu burasirazuba bwa DRC, harimo na perezida wa Afurika y’Epfo. Afurika y’Epfo, igiye kohereza abandi basirikare 2.900 mu butumwa SADC, yabpfushije abasirikare babiri hagati muri Gashyantare, hafi ya […]
Burundi: Haravugwa ikindi gitero cya RED-Tabara muri Bubanza
Amakuru ataremezwa neza ava mu Burundi aravuga igitero cyagabwe nâumutwe witwa RED-Tabara muri zone ya Buringa, komini ya Gihanga, intara ya Bubanza. Nta mubare w’abantu bapfuye cyangwa bakomeretse uramenyekana ariko icyicaro cy’ishyaka riri ku butegetsi ,CNDD-FDD,, cyaba cyashenywe n’inyeshyamba za RED-Tabara. Imirwano hagati y’abasirikare ba leta (FDNB) n’inyeshyamba bivugwa ko yari ikomeje muri iyi ntara […]
Burkina Faso: Abantu 15 bishwe basanzwe mu misa
Kuri iki Cyumweru, mu majyaruguru ya Burkina Faso, igitero cyâintagondwa ku bakristu bâabanyagatolika bari muri misa, cyahitanye abasivili 15 abandi babiri barakomereka nkuko byatangajwe na musenyeri Jean-Pierre Sawadogo uyobora paruwasi ya Dori. Yavuze ko iki gitero cyabereye ku mudugudu wa Essakane, ubwo abakristu bari muri misa. Musenyeri Sawadogo yamaganye abakoze ayo mahano ahamagarira ababishinzwe kwimakaza […]
Umugaba mukuru na Minisitiri wâIngabo za Ukraine bigiriye ku rugamba kureba uko byifashe
Kuri iki Cyumweru, Umugaba Mukuru wâIngabo za Ukraine, Oleksandr Syrskyi na Minisitiri wâIngabo, Rustem Umerov, yatangaje ko basuye ibirindiro byâubuyobozi bwâingabo hafi yâumurongo wâimbere wâurugamba kugira ngo basesengure uko ibintu byifashe. Igisirikare cya Ukraine kirimo guhangana nâIngabo zâu Burusiya ku murongo wâimbere mu gihe igitero simusiga cya Moscou kimaze kurenga imyaka ibiri. Syrskyi yanditse kuri […]
Abavoka mpuzamahanga batangiye gutegura ibirego ku gisa nka jenoside iri gukorerwa Abatutsi muri RDC
Abanyamategeko barimo Me Bernard Maingain baravuga ko ibirimo kubera mu burasirazuba bwa Congo bijya gusa neza nâibyabaye mu Rwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse batangiye gutegura ibirego bigomba kugezwa mu butaberanyuma yo kwakira ubuhamya butandukanye butabaza. Ati: âKu wa gatanu ushize, itariki ya 16 Gashyantare, ubwo twakoraga ikiganiro n’abanyamakuru i Buruseli kugira ngo tugaragaze ihohoterwa […]
ECOWAS yakuyeho ibihano yari yafatiye Niger, Mali na Burkina Faso
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 24 Gashyantare, Umuryango wâubukungu wâibihugu bya Afurika yâiburengerazuba (ECOWAS) wakuyeho ibihano byâubukungu nâingendo kuri Niger, Mali, na Burkina Faso. Komisiyo ya ECOWAS yakuyeho ibihano byâingendo, ubucuruzi nâubukungu byafatiwe ibihugu uko ari bitatu byari bigamije guhindura icyemezo cyo guhirika ubutegetsi kwa gisirikare kwabaye muri ibi bihugu mu 2023, 2022, na 2021, […]
Namibia: Ramaphosa, Tshisekedi na Ndayishimiye bakomeje kunoza umugambi wo kumara bamwe mu Banyekongo
Perezida wa Afurika yâEpfo, CyrilRamaphosa yakoranye inama na Perezida Felix Tshisikedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Perezida wâu Burundi, Ă â°variste Ndayishimime, ndetse na Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera wa Malawi. Aba bakuru bâibihugu bose bohereje ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufasha FARDC kurwanya inyeshyamba za M23, babonanye mu gitondo cyo […]
M23 irashinja FARDC, FDNB, SADC na MONUSCO kuramuka bibasira ibice bituwe muri Masisi
« Kuva saa kumi n’imwe za mugitondo, ingabo zifatanyije nâubutegetsi butemewe bwa Kinshasa byâumwihariko, FARDC, FDLR, Abacanshuro, inyeshyamba, Ingabo zâu Burundi nâIngabo za SADC, zishyigikiwe na MONUSCO binyuranyije nâamasezerano mpuzamahanga yose nâimyanzuro yâUmuryango wâAbibumbye, bateye uturere dutuwe cyane muri Nyenyeri, Bitare no mu nkengero, bakoresheje imbunda zirasa kure nini nâibifaru byâintambara  », uyu ni Umuvugizi […]
Nyamasheke: Umubyeyi yahanutse ku mukingo ahita apfa
Uwitwa Umazekabiri BĂ©atha wâimyaka 60, wo mu Mudugudu wa Butare, Akagari ka Butare, Umurenge wa Gihombo mu Karere ka Nyamasheke, biravugwa ko yahubutse ku mukingo agahita apfa ubwo yajyaga mu mahugurwa ku kagari, ajyanye no kwiteza imbere binyuze mu kwizigamira bahabwa nâumushinga ubibahuguramo. Niyitegeka JerĂŽme, uyobora Umurenge wa Gihombo, yabwiye Imvaho Nshya, dukesha iyi nkuru, […]
Komanda wâIngabo za MONUSCO arishimira uko ibikorwa byo kurinda Sake biri kugenda
Komanda w’ingabo za MONUSCO, General Diouf Khar, yavuze ko anyuzwe, nâuko ibikorwa bya gisirikare biri kugenda mu karere k’imirwano i Sake muri Kivu yâAmajyaruguru. General Diouf Khar ku wa Gatanu, itariki ya 23 Gashyantare yabwiye abanyamakuru ubwo yari mu butumwa bw’ubugenzuzi mu mujyi wa Sake: Ati: âNari mpari kugira ngo mbaze ibijyanye n’imikorere y’abasirikare. Nabonye […]
Inyeshyamba zo muri Centrafrica na zo zatangiye kwinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 24 Gashyantare, sosiyete sivile yatangaje ko abarwanyi bo mu nyeshyamba zo muri Centrafrica, zo mu mutwe wa Seleka, muri iki cyumweru zinjiye mu duce tubiri duturanye, two muri Teritwari ya Ango mu Ntara ya Bas-UĂ©lĂ© muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi ngo byabaye mu ijoro ryo ku wa […]
Donald Trump yakubitiye inshuro byoroshye Nikki Haley iwabo muri Caroline yâAmajyepfo
Donald Trump arabura gato ngo atsindire kandidatire yâishyaka ryâAbarepublikani nyuma yo gutsinda cyane Nikki Haley amutsindiye iwabo muri Caroline yâAmajyepfo. Uwahoze ari perezida yatsindiye uwo bahanganye wâibanze iwabo amurusha amajwi 20, mu ntsinzi ye ya kane yikurikiranya. Donald Trump ntacyo yavuze ku mukeba we ubwo yishimiraga intsinzi, ahubwo ahanze amaso amatora rusange yo mu Gushyingo […]
Ngororero: Bane bafatanwe toni y’amabuye yâagaciro bacukuraga bakanagurisha magendu
Polisi yâu Rwanda yaburiye abishora mu bikorwa byo gucukura no gucuruza amabuye yâagaciro batabifitiye Uruhushya, ishimira abaturage bakomeje kugaragaza ubufatanye mu gukumira no kurwanya ibyaha. Ni nyuma yâuko ku bufatanye nâabaturage, kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Gashyantare, mu Kagari ka Kanyana, umurenge wa Sovu mu Karere ka Ngororero, hafashwe abantu bane bari bafite […]
U Rwanda rugiye gutoza abapolisi 500 ba Centrafrica
U Rwanda rugiye guhugura abapolisi 500 bo muri Repubulika ya Centrafrica (CAR) nyuma yâuko ibihugu byombi byiyemeje kongera ubufatanye mu mutekano nk’uko abayobozi babitangaza. Ibi byatangajwe ku itariki ya 22 Gashyantare, i Kigali, nyuma yâuko Minisiteri yâumutekano yâu Rwanda ishyize umukono ku masezerano yâubwumvikane (MoU) ku bufatanye mu mutekano wâimbere mu gihugu na Minisiteri yâumutekano […]
Amafoto: Perezida Salva Kiir yageze i Bujumbura nyuma yo kuva mu Rwanda

Perezida wa Sudani yâEpfo, Salva Kiir kuri uyu wa gatanu yageze i Burundi aho akomereje uruzinduko rwe rwâakazi nkâUmuyobozi wa EAC muri uyu mwaka, nyuma yo kuva mu Rwanda, aho yageze kuri uyu wa Kane ushize. Salva Kiir uherekejwe nâUmunyamabanga Mukuru wa EAC, Peter Muthuki, yakiriwe ku Kibuga Mpuzamahanga cyâIndege kitiriwe Ndadaye mu murwa mukuru […]
Senegal: Perezida Macky Sall yatangaje ko azava ku butegetsi kuwa 2 Mata
Kuri uyu wa Kane, Perezida wa Senegal yatangaje ko manda ye izarangira ku itariki ya 2 Mata agahita ava ku butegetsi kandi inama zijyanye no gutegura amatora y’uzamusimbura zizatangira mu cyumweru gitaha. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu murwa mukuru, Dakar, Macky Sall yavuze ko itariki yo yâamatora ya perezida yari yasubitse izagumaho ariko ko ateganya […]
FPR-Inkotanyi: Hagiye kuba amatora yâabazahagararira umuryango mu matora

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 24 Gashyantare 2024 mu muryango wa FPR Inkotanyi baratangira amatora agamije kwihitiramo abazahagararira Umuryango wa FPR-Inkotanyi mu matora rusange ya Perezida wa Repubulika yâu Rwanda ndetse nâayâabadepite ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka. Nkâuko bigaragara mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatanu, amatora azahera ku rwego rwâumudugudu asorezwe […]